Uwunganira Kabuga Felicien wifuzaga kuva mu rubanza rwe yategetswe kurugumamo
Umunyamategeko Emmanuel Altit wunganira Kabuga Felicien, yangiwe n’urukiko rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe na ICTR, kuva muri uru rubanza yari yasabye ko yavanwamo kubera ubwumvikane bucye hagati ye n’uwo yunganira. Muri Mutarama nibwo Altit yandikiye uru rukiko rwasigariyeho urwa Arusha (UNIRMCT), asaba kwishyurwa akava muri uru rubanza kubera kutumvikana n’uwo yunganira n’umuryango we, nk’uko biri mu […]
Umuhanzi Akon yageze muri Uganda aho azagirana ibiganiro na Perezida Museveni

Umuhanzi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Senegal, Aliaune Damala Badara Thiam uzwi nka Akon yasesekaye mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatanu, itariki 2 Mata mu ruzinduko rwa business aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na Perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Uru rugendo rwa Akon muri Uganda ruje rukurikira urwo umugore we, Rozina Negusir yagiriye muri […]
Hatangiye icyiciro cya 2 cyo gukingira Covid-19: Ibintu 5 ukwiye kumenya
Guhera kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Mata Guverinoma y’u Rwanda yatangije icyiciro cya kabiri cyo gutanga urukingo rwa Covid-19 ku bantu bahawe doze ya mbere. Mu Rwanda mu gihugu hose ubukangurambaga bwo gukingira Covid-19 bwatangiye mu ntangiriro za Werurwe bwakoresheje Pfizer na AstraZeneca, ebyiri mu nkingo zisaba abazihawe kubona doze ebyiri kugira ngo barinde […]
USA: Za nkweto za Satan zirimo ibitonyanga by’amaraso y’abantu zahagaritswe ku isoko
Umucamanza wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyigikiye igihangange mu myambaro ya siporo, Nike Inc mu gutegeka isosiyete y’i New York guhagarika by’agateganyo gukomeza kugurisha “Inkweto za Satan” zakozwe ku bufatanye n’umuraperi Lil Nas X. Umucamanza wo ku rwego rw’akarere muri Brooklyn, Eric Komitee, yatanze umwanzuro nyuma y’iminsi itatu Nike ireze sosiyete y’abanyabugeni ya […]
Afurika y’Epfo: Umugore w’umuyobozi yagaragaye mu nama yambaye ubusa
Umugore w’umutware gakondo muri Afurika y’Epfo yagaragaye yambaye ubusa kuri televiziyo, bivugisha abantu mu gihugu. Inkosi Xolile Ndevu, umwe mu bagize urugereko rw’abayobozi b’ibanze yari hagati mu nama yakorerwaga kuri internet mu cyumba cye. Ntiyabonye rero ko umugore we yinjiye. Icyatunguye abantu cyane nuko uyu mugore yari yambaye ubusa buriburi. Ibi bikaba byahungabanyije abari mu […]
Des marchandises de qualitĂ© infĂ©rieure d’une valeur de plus de 42,7 millions saisis par la police
Des produits de qualitĂ© infĂ©rieure, pĂ©rimĂ©s et illicites d’une valeur de plus de 42,7 millions de francs rwandais ont Ă©tĂ© saisis sur les Ă©tagères de diffĂ©rentes rĂ©gions du pays. Les marchandises ont Ă©tĂ© saisies dans le cadre d’opĂ©rations distinctes menĂ©es les 29 et 30 mars par la Police nationale rwandaise (RNP), le Bureau d’enquĂŞte rwandais […]
Komisiyo y’Igihugu y’Itorero mu nzira zo gukorwamo amavugurura
Mu mushinga w’itegeko rishya risaba ivugurura rikomeye mu mikorere ya Komisiyo y’Igihugu y’Itorero, harimo no guhindura izina ry’uru rwego. Mu ivugurura, umushinga w’itegeko wasabye ko izina rya Komisiyo y’Igihugu y’Itorero yahindurwa izina ikitwa Itorero ry’u Rwanda. Uyu mushinga w’itegeko urasaba kandi ko Itorero yibanda kuri gahunda z’abakorerabushake mu gihugu ndetse no mu mahanga. Rosemary Mbabazi, […]
Uganda: Amabandi yashize ubwoba yibye mu rugo rwa Lt. Gen. Andrew Gutti
Agatsiko k’amabandi yashize ubwoba mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ushize kinjiye mu rugo rw’Umuyobozi w’urukiko rwa gisirikare muri Uganda, Lt. Gen. Andrew Gutti, kiba imashini ihinga izwi nka “tractor”. Ibi byabereye mu giturage cya Iriiri mu Karere ka Napak. John Lokut, umunyamabanga ushinzwe umutekano muri iki giturage, yavuze ko aya mabandi yatwaye iyi […]
Raporo ku ruhare rw’u Bufaransa mu Rwanda izagira ingaruka ku mibanire na Afurika yose – Perezidansi
Perezidansi y’u Bufaransa iravuga ko ibyavuye muri raporo iherutse gushyirwa ahagaragara ku ruhare rw’u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda bishobora kuzazana ubwiyunge hagati y’ibihugu byombi ariko bizanagira ingaruka ku mibanire y’u Bufaransa n’umugabane wa Afurika wose. Kuva ku ruhare rw’Abafaransa mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda kugeza ku byaha byakozwe mu gihe cy’ubukoloni […]
Beni: Inyeshyamba zishe abaturage 29 zishimuta abandi 50
Abasivili 29 barishwe abandi 50 barashimutwa mu gihe cy’iminsi ibiri y’ibitero by’inyeshyamba za ADF mu biturage bya Moliso, Beu-Manyama na Musangwa, muri Teritwari ya Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Ubu bwicanyi bwakozwe ku wa kabiri ushize no kuwa Gatatu, ku itariki 30 na 31 Werurwe 2021. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano na Sosiyete Sivile, aravuga […]
RDC: Inshuti ya Mnangagwa bivugwa ko icuruza intwaro yaganiraga iki na Kabila?
Ushinzwe gukurikirana ibibazo by’abaturage ba Zimbabwe mu gihugu cya Belarus, Alexander Zingman yafunguwe muri gereza yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yari amaze ibyumweru bibiri afungiyemo nyuma yo guhura na Joseph Kabila. Zingman bivugwa ko acuruza intwaro yatawe muri yombi nyuma yo guhura na Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya […]
Urubanza rwa Iyamuremye ruzasomwa nyuma y’amezi 3 kubera uburemere bwarwo
Jean Claude Iyamuremye ukurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatatu yarinze asoza kwiregura agihakana ibyaha byose ashinjwa birimo uruhare mu bitero by’i Gahanga, kuri ETO Kicukiro, ku kigo nderabuzima cya Kicukiro ndetse n’igitero kivugwa ko cyagabwe ku Batutsi bari barahungiye iwabo mu rugo, urubanza rukaba ruzasomwa nyuma y’amezi atatu kubera uburemere […]
La police arrĂŞte 39 personnes dont le chanteur Social Mula lors d’un rassemblement interdit
La police nationale rwandaise (RNP), mardi 30 mars, a dĂ©filĂ© devant les mĂ©dias 39 personnes dont le chanteur Social Mula de vrais noms Lambert Mugwaneza, qui a bafouĂ© les directives nationales de prĂ©vention du COVID-19. Parmi les personnes arrĂŞtĂ©es, il y a Ă©galement deux journalistes; Irene Murindahabi et Phil Peter travaillant tous deux pour Isibo […]
Abanyarwanda bakomeje gushinjwa kwambuka Rusizi rwihishwa bakaburira muri Bukavu
Komite y’ibanze ishinzwe imikoranire (CLGP) yo mu gace ka Panzi ku nshuro ya cyenda yongeye kwemeza ko Abanyarwanda bakomeje kwambuka rwihishwa uruzi wa Rusizi bakaburira mu Mujyi wa Bukavu uhana imbibi na Kamembe. Iki bafata nk’ikibazo ni kimwe muri byinshi byagaragajwe n’abaturage ba Panzi byashyikirijwe perezida w’ibiro by’ubuhuzabikorwa bwa sosiyete sivile ya Kivu y’Amajyepfo mu […]
Uruganda rwa Nike rwajyanye mu rukiko abahinduye inkweto zarwo iza Satan

Uruganda rwa Nike rwajyanye mu rukiko itsinda ry’abanyabugeni ba MSCHF ryo muri Brooklyn kubera inkweto zayo bakiniyeho bakazitirira Satan zifite talon irimo igitonyanga cy’amaraso ya nyayo y’umuntu. Izi nkweto zifite agaciro k’Amadolari 1018 zigaragaraho umusaraba ucuritse, ikimenyetso cya pentagram gikunze kwifashishwa n’abakoresha imbaraga z’imyuka mibi, n’ijambo Luka igice cya 10, umurongo wa 18 (Luke 10:18), […]
Kenya: Ishyamba si ryeru hagati y’impunzi z’Abarundi n’Abanyasudani y’Epfo
Hashize iminsi impunzi z’Abarundi n’iza Abanyasudani y’Epfo muri Kenya zirebana ay’ingwe, aho Abarundi bashinja Abanyasudani y’Epfo gushaka kubirukana mu nzu bashyizwemo na HCR. Impunzi z’Abarundi kandi zishinja bagenzi bazo kubiba mu ngo ku buryo hari Umunyasudani y’Epfo uherutse kubura gato ngo yicirwe mu guhangana kwabaye hagati y’izi mpunzi. Amakuru agera ku rubuga rwa SOS Medias […]
Amateka y’uruganda rwa Toyota n’inkomoko y’izina ryarwo

Amateka ya Toyota yatangiye mu 1933 iki kigo ari igice cya Toyoda Automatic Loom Works cyahariwe gukora imodoka kiyobowe n’umuhungu w’uwashinze uru ruganda witwa Kiichiro Toyoda. Kiichiro Toyoda yari yarakoze ingendo mu Burayi no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu 1929 agiye gukora ubushakashatsi ku modoka za moteri ikoresha lisansi, nawe atangira ubushakashatsi kuri […]
Uganda: Uwashakaga kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Masaka arashinjwa ubujura bw’imodoka

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Masaka kiri gukora iperereza ku wigeze gushaka kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Masaka ukekwaho ubujura bw’imodoka. Uyu mugabo witwa Wills Mbabazi Bamwesigye yatawe muri yombi nyuma y’aho umwe mu barega wamukodesheje imodoka mu gihe yiyamamazaga atangarije ko imodoka ye yibwe. Iperereza ry’igipolisi nk’uko tubikesha urubuga commandonepost, rigaragaza ko Mbabazi yari […]
Intumwa zo mu bihugu bya Commonwealth zaje kureba aho imyiteguro ya CHOGM 2021 igeze- Amafoto

Intumwa ziturutse mu bihugu bitandukanye bigize Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth) ziri i Kigali mu rwego rwo gusura ahazabera inama no kuganira n’itsinda ritegura aho imyitegura y’inama ya CHOGM 2021 iteganyijwe kubera I Kigali guhera ku itariki ya 22 kugeza ku ya 24 Kamena, igeze. CHOGM ni inama iterana rimwe mu myaka ibiri igahuza abakuru […]
Nyanza: Bamaze imyaka 10 bishyuza ingurane z’ubutaka bakuwemo
Abagera kuri 300 batuye mu Kagali ka Rwotso mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza baravuga ko bamaze imyaka 10 basaba guhabwa ingurane cyangwa bagasubizwa ubutaka bwabo bakabukoresha. Ni abaturage bimuwe mu myaka 10 ishize babwirwa ko aho bari batuye hagiye kugirwa pariki y’inyamanswa, aho bemeza ko mu kubibasaba, ubuyobozi bwari bwabijeje ko buzabaha […]
Perezida Kagame asanga umutekano w’abanyeshuri birirwa kuri internet ukwiye kurindwa
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame asanga umutekano w’abanyeshuri birirwa kuri internet ukwiye kurindwa bitewe n’igihe kinini bamaraho cyarushijeho kwiyongera kubera ibihe bya Covid-19 byatumye abanyeshuri batakaza umwaka wose w’amasomo. Yabitangaje kuri uyu Wa Mbere mu nama ya Komisiyo Mpuzamahanga y’Umuyoboro Mugari wa Interineti yahuriyemo n’umushoramari Carlos Slim, Umuyobozi Mukuru wa UNESCO, Audrey Azoulay, ndetse n’Umuyobozi […]
Gen KAZURA muri RDC||Abaperezida 10 basezeyeho MAGUFULI#ISANZURE
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Muhanga: Uwafashe ku ngufu umugore akanatema abamutabaye yarakatiwe
Umugabo witwa Bikorimana Simeon wari ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya umugore ku gahato akanatema abamutabaye mu mpera z’icyumweru gishize yakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 16 n’ihazabu ya Miliyoni imwe n’igice y’Amanyarwanda (1,500,000 Frw) nyuma y’aho Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rumuhamije ibyaha. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwari bwashyikirije Urukiko dosiye y’uwasambanyije umugore ku gahato, akamutema, akanatema […]
Le Rwanda a confirmé 12 cas de nouvelles variantes de la souche de Covid-19
Le Rwanda a confirmĂ© 12 cas de nouvelles variantes de la souche de Covid-19. Le Dr Daniel Ngamije, ministre de la SantĂ©, a rĂ©vĂ©lĂ© que tous les cas Ă©taient liĂ©s Ă des voyages internationaux dans le pays. Parmi les 12 cas, a-t-il soulignĂ©, 2 patients ont Ă©tĂ© dĂ©tectĂ©s avec la variante britannique, tandis que les […]
Perezida Museveni yasezeye bwa nyuma Magufuli aciye muri ambasade – Amafoto

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri uyu wa Mbere yasezeye nyakwigendera Perezida John Pombe Magufuli ariko abinyujije muri Ambasade ya Tanzania i Kampala mu gihe hari abandi bakuru b’ibihugu bagera mu 10 bagiye kumusezera muri Dodoma. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa Perezida Museveni, yavuze ko yasuye Ambasade ya Tanzania muri kampala ngo ashyire […]
Gen. Lecointre asanga ibiregwa Ingabo z’u Bufaransa zari mu Rwanda ari ubusazi
“Ni ubusazi gutekereza ko ingabo zari muri Turquoise zagiye gukora ikindi kintu kitari uguhagarika ubwicanyi bw’Abatutsi bwakorwaga n’Abahutu”, aya ni amagambo y’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bufaransa, Gen. François Lecointre wateye utwatsi ibirego bishinja ingabo z’igihugu cye zari mu Rwanda gufasha leta yashyize mu bikorwa jenoside. Ni mu kiganiro yagiranye na BFM TV, aho yatangaje ko […]
Gen. Numbi mu buhungiro/ Bamporiki ati ndi mu kazi Petit || Hirya no hino
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Abakuru b’ibihugu bemeje ko bazitabira gusezera Perezida Magufuli
Byibuze abayobozi 10 bo muri Afurika bemeje ko bazitabira umuhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida wa Tanzania, John Magufuli, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa guverinoma, Hassan Abbasi kuri iki Cyumweru. Abbasi yabwiye abanyamakuru ko umuhango wo gusezera mu rwego rwa leta ubera kuri uyu wa Mbere kuri Stade Jamhuri mu murwa mukuru Dodoma uzitabirwa n’abayobozi barimo […]
Ibihugu 20 bya mbere ku Isi byibasiwe n’ubutekamutwe
Ibiro by’ubugenzacyaha bizwi cyane muri Amerika nka FBI byakoze urutonde rw’ibihugu 20 byibasiwe cyane n’ibyaha by’ikoranabuhanga, harimo n’ibihugu 2 bya Afurika. Imibare yihariye ya Leta ushobora kuyisanga muri Raporo y’ibyaha byo kuri interineti ya 2020 ikubiyemo amakuru ku birego 791.790 by’ibyaha bikorerwa kuri interineti, aho byiyongereyeho ibirego 300.000 ugereranije na 2019. Igihombo kivugwa nacyo cyarenze […]
Umunyeshuri muri kaminuza yafatanwe mudasobwa 7 z’ikigo yari amaze kwiba
Polisi ishinzwe umutekano muri kaminuza ya Makerere mu gihugu cya Uganda, yataye muri yombi umunyeshuri wiga mu mwaka wa kabiri ushinjwa kwiba za mudasobwa n’ibindi bikoresho bya kaminuza. Uyu ukekwaho icyaha ni Dembe Dumba w’imyaka 24 wafatiwe mu cyuho mu gisenge cy’ishuri ry’ishami ry’amashyamba aho yari yihishe nyuma yo kwiba mudasobwa zigendanwa n’ibindi bikoresho. Nk’uko […]
Akayabo k’amafaranga Koffi Olomide aca ngo avuge amazina y’umuntu mu ndirimbo ye
Nyuma y’abahanzi nka Fally Ipupa na But na Filet, umuhanzi w’icyamamare, Koffi Olomide nawe yatangaje amafaranga aca umuntu kugirango avuge izina rye mu ndirimbo ye, ariko avuga ko abantu be bamwegereye batakimwishyura ngo abavuge mu ndirimbo ze. “Muri rusange sinjya nakira amafaranga y’abantu mvuga amazina yabo mu ndirimbo kubera ko ari umuryango. Mbikora nishimisha,” uyu […]
Akomeje intambara mu nkiko kubera ko yanze kuryamana n’umugabo we
Umugore watsinzwe mu rubanza rw’ubutane yatanze ikirego mu rukiko rw’Uburayi rw’Uburenganzira bwa Muntu nyuma y’uko inkiko z’u Bufaransa zemeje ko yarenze ku ‘nshingano z’abashakanye’ yanga gukorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo we. Amatsinda y’abagore aramagana ibyo babona nk’ubucakara bw’imibonano mpuzabitsina mu bashakanye. Mu mwaka wa 2019, urukiko rw’ubujurire i Versailles rwasanze uyu mugore ugeze mu zabukuru w’imyaka […]
Uko umunsi wo ku Cyumweru wahindutse umunsi w’ikiruhuko
Imyaka 1700 irashize, Umunsi wa dimanche (Ku Cyumweru) utangiye kuba uko bimeze uyumunsi mubihugu byinshi by’Isi: umunsi w’ikiruhuko. Iki ni kimwe mu bintu byerekana ko, uramutse uretse amatsiko yawe akakurangaza imbere, byatuma uvumbura ibindi bintu byinshi bitangaje. Byose byatangiye ku ya 7 Werurwe 321, ni ukuvuga ko hashize ikinyagihumbi, ibinyejana birindwi n’icyumweru kimwe. Kuki mu […]
Un homme arrêté pour avoir torturé son enfant de quatre ans
Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) a dĂ©filĂ© vendredi 19 mars Samuel Mushimiyimana, 29 ans, soupçonnĂ© d’avoir torturĂ© sa fille de quatre ans pour avoir fait pipi au lit. Le suspect aurait utilisĂ© un fil pour battre sa fille. Selon Thierry Murangira, le porte-parole de RIB, Mushimiyimana fait face Ă des accusations de harcèlement ou d’imposition […]
Uganda: Intare esheshatu zo muri Pariki ya Elisabeth zapfiriye rimwe
Intare zigera kuri esheshatu zasanzwe zapfuye mu Murenge wa Ishasha, wo muri Pariki y’Igihugu yitiriwe Umwamikazi Elisabeth, mu Karere ka Kanungu, mu gihugu cya Uganda, aho abayobozi b’urwego rushinzwe ubuzima bw’inyamanswa (UWA) rukeka ko izi nyamanswa zaba zarozwe. Nk’uko UWA (Uganda Wildlife Authority) ibitangaza, ngo izi ntare zasanzwe ibice byazo hafi ya byose byatwawe. Usibye […]
Umugabo yicishije inyundo umwana w’umukunzi we
Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatawe muri yombi ashinjwa kwicisha inyundo umwana w’umuhungu w’imyaka 7 w’umugore wari umukunzi we, arangije abwira abayobozi ko yari yawutaye nk’uko byatangajwe na polisi. Uyu mugabo witwa Rashad Akeem Thompson, w’imyaka 34, yakoze iki cyaha ahagana saa munanini na 45 z’igicuku kuri uyu wa Kane ushize agikoreye […]
Uganda: Igitero mu rugo rw’umuyobozi w’urukiko cyahitanye umugore we
Abapolisi bo mu Karere ka Kakumiro mu gihugu cya Uganda barimo guhiga abantu bitwaje imbunda bateye umuryango w’umuyobozi w’urukiko rw’inama Njyanama ya Mpasana III bakarasa umugore we. Abantu babiri bitwaje imbunda bateye mu rugo rwa Bwana Charles Magembe, utuye i Mpasana wo muri Njyanama y’Umujyi wa Mpasana, barasa umugore we, Rose Nakabito. Avuga ku kababaro […]
Ingabo z’u Rwanda muri Centrafrica zahawe imidari ya Loni – Amafoto

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Werurwe, ingabo z’u Rwanda zo muri Batayo ya 7 (Rwabatt7)yoherejwe kubungabunga amahoro mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) zahawe imidari y’umuryango w’abibumbye kubera uruhare zagize mu mahoro mu gihugu, mu muhango wabereye mu nkambi Socatel M’poko i Bangui. Mu gihe yari ayoboye uyu muhango, Umuyobozi w’ingabo […]
RDC: Igitero ku birindiro bya FARDC cyaguyemo batatu abandi barakomereka
Inyeshyamba z’umutwe wa APCLS kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Werurwe zagabye igitero ku birindiro by’Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ahitwa Kashebere, muri Teritwari ya Walikale, ho muri Kivu y’Amajyepfo, aho imibare y’agateganyo igaragaza ko hapfuye abantu batatu abandi batatu bagakomereka , mu gihe amaduka yasahuwe n’ibyo birindiro bya FARDC bigatwikwa. Iki gitero […]
Minisitiri w’Intebe agiye kugaragaza gahunda ya leta yo kuzamura ubukungu bw’igihugu
Biteganijwe ko Minisitiri w’intebe Édouard Ngirente azitaba inteko ishinga amategeko ku wa kane w’icyumweru gitaha aho azamurika gahunda ihari yo kuzahura ubukungu bw’igihugu. Mu ibaruwa yanditse mu ntangiriro z’uku kwezi, Ngirente yasabye abavuga rikijyana bombi kumuha umwanya wo kwerekana ibikorwa bya guverinoma bijyanye no kuzahura ubukungu. Yanditse ati: “Nishimiye kubasaba kumpa umwanya kugira ngo mbashe […]
Le Premier ministre fera la lumière sur la reprise économique au Parlement
Le Premier ministre Édouard Ngirente devrait comparaĂ®tre au Parlement jeudi la semaine prochaine oĂą il fera la lumière sur la reprise Ă©conomique nationale. Dans une lettre Ă©crite au dĂ©but du mois, Ngirente a demandĂ© aux deux prĂ©sidents du parlement de lui accorder du temps pour prĂ©senter les activitĂ©s du gouvernement en matière de reprise Ă©conomique. […]
RDC: Urugo rw’uwahoze ari umuyobozi w’ubutasi, Kalev Mutond, rwasatswe
Urugo rwa Kalev Mutond, wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) ku butegetsi bwa Joseph Kabila, kuri uyu wa Kane, itariki 18 Werurwe rwatewe n’inzego z’umutekano zaruteye hejuru zirusaka. Nyuma y’iki gikorwa za telefone, mudasobwa na modem byatwawe n’abashinzwe umutekano bamwe bari bambaye igisirikare abandi bambaye gisivili nk’uko byemejwe n’umwe […]
Abantu hafi 20 bishwe no kurya inyama z’akanyamasyo
Guhera kuwa Mbere ushize, itariki 15 Werurwe, abantu basaga 34 bajyanwe mu bitaro nyuma yo kurya akanyamasyo ko mu nyanja kari mu bwoko bubujijwe. Abantu 19 muri abo bajyanwe mu bitaro barimo abana 9 byabaviriyemo urupfu. Ibi byabanje kubera ahitwa Vatomandry, mu burasirazuba bwa Madagascar, aho abayobozi mu by’ubuzima bavuga ko abantu 10 mu bariye […]
Abayobozi b’ibihugu bya Afurika bapfuye bari ku buyobozi mu myaka ya vuba

Ku wa gatatu tariki ya 17 Werurwe, Tanzaniya yatakaje Perezida John Magufuli wapfuye azize indwara y’umutima bivugwa ko yari amaze imyaka igera kuri 10 ahanganye na yo. Mu gihe bari mu cyunamo muri Tanzania, urupfu rwa Magufuli rwateje kwibukwa ibihe nk’ibi bibabaje byabaye ku mugabane wa Afurika, akaba ari muri urwo rwego twabateguriye urutonde rw’abaperezida […]
Burundi: Ukuriye Imbonerakure yafatiwe mu cyuho asambanya umwana wiga mu ishuri ribanza
Umuyobozi w’Imbonerakure muri Komini Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, mu gihugu cy’u Burundi arashinjwa n’abaturage gusambanya abana b’abakobwa bataragira imyaka y’ubukure abashukisha amafaranga. Kuri ubu biravugwa ko uyu mugabo aherutse gufatirwa mu cyuho ari gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, abaturage bakaba bamagana kuba uyu adahanwa. Uyu muyobozi w’Imbonerakure muri Komini […]
Le gouvernement fait demi-tour sur la taxe foncière
Le gouvernement a suspendu l’augmentation des taxes foncières (propriĂ©tĂ©s immobilières) jusqu’Ă nouvel ordre, selon le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Dr. Uzziel Ndagijimana. La dĂ©cision est l’une des rĂ©solutions du cabinet du 15 mars dans lesquelles le gouvernement a Ă©galement assoupli les restrictions de Covid-19 alors que les nouvelles infections chutent et […]
USA: Ku nshuro ya mbere mu mateka umusangwabutaka yagizwe minisitiri
Ku nshuro ya Mbere mu mateka, Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa Mbere ushize yemeje Umunyamerikakazi w’umusangwabutaka, Deb Haaland w’imyaka 58 y’amavuko, ku mwanya wa minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu. Deb Haaland, umudemokarate wari uhagarariye New Mexico mu nteko, yanabaye umwe mu bagore babiri b’Abanyamerikakazi b’Abahinde bo muri Amerika b’ababasangwabutaka batorewe kujya mu nteko ishinga […]
Uganda: Col Kaka wahoze akuriye ISO yanze akazi ko kuba ambasaderi muri Angola
Perezida Yoweri Museveni arimo arashaka ambasaderi mushya yohereza muri Angola nyuma y’aho uwahoze ari Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Umutekano imbere mu gihugu (ISO), Col Frank Kaka Bagyenda yangiye uyu mwanya yari yahawe nyuma yo gukurwa ku buyobozi bw’uru rwego. Iyi nkuru dukesha Chimpreports, iravuga ko mu Ugushyingo, umwaka ushize wa 2020, Col Kaka yanze kwitaba Komite […]
RDC: Abaturage babiri bapfiriye mu guhangana hagati yabo n’abasirikare
Abaturage babiri bari mu myigaragambyo bishwe ubwo bahanganaga n’abasirikare ba FARDC kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Werurwe, mu gasantere k’ubucuruzi gaherereye ahitwa Marabo, muri Teritwari ya Irumu mu majyepfo ya Bunia. Umuyobozi w’aka gace yavuze ko urubyiruko rwari rwarakaye rwigaragambyaga rwamagana itabwa muri yombi ry’abasivili 10 bari bafashwe n’abasirikare mu gace ka Nyakasate, gaherereye […]
Ntabwo umuturage yaba umupagasi wa leta, niyo igomba kuba umupagasi we – Dr Kayumba
Dr. Christopher Kayumba, washinze ishyaka RPD (Rwanda Platform for Democracy) asanga leta ikwiye kuba umukozi w’abaturage aho kuba umubyeyi w’abaturage. Ni mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza.TV na Bwiza.com kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’umunsi umwe atangaje ku mugaragaro ishingwa ry’iri shyaka rije ryiyongera ku yandi akorera mu Rwanda nubwo ritarandikwa. Mu bintu avuga ko […]
Tanzania: Abandi banyapolitiki 4 batavuga rumwe n’ubutegetsi bahungiye muri Kenya
Abanyapolitiki bane batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania bahungiye muri Kenya bavuga ko bafite imoungenge z’umutekano wabo, mu gihe hashize iminsi 17 Perezida John Pombe Magufuli atagaragara mu ruhame. Aba banyapolitiki uko ari bane bava mu Karere ka Rorya, mu majyaruguru y’igihugu bari bafite imyanya muri njyanama hagati ya 2015 na 2020 aho batorewe ku iturufu […]
RBC apaise les craintes concernant le vaccin AstraZeneca
Le Dr Sabin Nsanzimana, directeur gĂ©nĂ©ral du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC), a dissipĂ© les craintes concernant les informations selon lesquelles le vaccin AstraZeneca Covid-19 provoque des caillots sanguins. Le vaccin AstraZeneca a continuĂ© de dominer l’actualitĂ©, car plus d’une douzaine de pays europĂ©ens ont temporairement suspendu son utilisation après avoir signalĂ© que certaines personnes […]
Fredia Gibbs, umugore wa mbere uteye ubwoba ku Isi ni muntu ki?

Fredia “The Cheetah” Gibbs yavutse ku itariki 08 Nyakanga 1963, ni Umunyamaerikakazi w’Umwirabura ufatwa nk’umugore wa mbere uteye ubwoba ku Isi wahoze ari umukinnyi w’imikino njyarugamba ya Karate, Kickboxing na Boxe, wabigize umwuga witabiriye amarushanwa mpuzamahanga kuva mu 1975 kugeza mu 2005. Gibbs yabaye uwa mbere ku Isi mu marushanwa ya ISKA (International Sport Karate […]
Kiliziya ntiyaha umugisha umubano w’abahuje ibitsina, Imana ntiha umugisha icyaha – Vatican
Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Werurwe, Vatican yatangaje ko Kiliziya Gaturika idashobora guha umugisha gushyingirana kw’abahuje ibitsina kubera ko ngo Imana itaha umugisha icyaha. Ibiro bya Orotodogisi ya Vatikani, Itorero ry’inyigisho z’ukwemera, byatanze iki cyemezo mu gusubiza ku mugaragaro ikibazo cyerekeranye no kumenya niba abayobozi ba Kiliziya Gatolika bashobora guha umugisha gushyingiranwa kw’abahuje ibitsina. […]
Uganda: Uwakekwagaho guteza imvururu mu matora yarasiwe muri kasho ya polisi
Igipolisi mu Karere ka Kakumiro, mu gihugu cya Uganda cyafashe umwe mu bapolisi ushinjwa kurasira muri kasho umuntu wakekwagaho icyaha cyo guteza imvururu mu matora. Uwishwe yitwa John Barugahare wo mu mudugudu wa Kamuli, mu Murenge wa Kikwaya, mu Karere ka Kakumiro. Yarashwe mu ijoro ryo ku Cyumweru arasiwe muri station ya polisi ya Kikwaya […]
Les produits de Honey Hive interdit sur le marché
L’AutoritĂ© rwandaise des aliments et des mĂ©dicaments (Rwanda FDA) a demandĂ© Ă tous les distributeurs, supermarchĂ©s et magasins de dĂ©tail d’arrĂŞter la distribution et la vente de produits Ă base de miel sous le nom de marque Honey Hive et de retourner toutes les quantitĂ©s aux fournisseurs dans les 10 jours ouvrables. La dĂ©cision est […]
Umuyobozi muri minisiteri arafunzwe, aravugwaho kwakira ruswa ya 50,000 Frw
Udahemuka Jean Bosco, Umuyobozi ushinzwe Ubunyamabanga Bukuru muri Minisiteri y’Ibidukikije, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kuva ku itariki 10 Werurwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho yakira ruswa. Dr Thierry Murangira, Umuvugizi wa RIB yatangaje ko kuri ubu afungiye kuri Station ya RIB ya Nyamirambo mu gihe dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha. Ati “Uyu mugabo […]
Abanyamakuru n’abarimu ba kaminuza mu bakomerejweho gukingirwa Covid-19
Abanyamakuru bo mu Rwanda nabo kuri uyu wa Mbere bari mu bantu batangiye guhabwa urukingo rwa Covid-19 barimo n’abarimu bo muri kaminuza n’abacuruzi ba rimwe mu masoko yo mu nkengero z’umujyi wa Kigali. Abacuruzi babarirwa mu 1500 bo mu Gakiriro, mu masoko ya Gahanga na Karembure nibo bahawe urukingo rwa Covid-19 mu gikorwa cyabereye mu […]
Burundi: Ikigo Al Hamra cyo muri UAE kigiye gufasha SNR gukumira ubutasi
Mu gihe hakomeje kugaragara urwikekwe hagati y’u Burundi n’u Rwanda nubwo rwagiye rugabanyuka kuva mu mwaka ushize, u Burundi ngo buracyafitiye amakenga u Rwanda kubw’ibyo bikaba bivugwa ko ubutasi bw’iki gihugu kuri ubu bwahaye akazi ikigo cyo muri UAE kizobereye gukumira ubutasi ngo kibufashe gutahura ibikorwa by’ubutasi ku butaka bwabwo. Mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo […]
Ingabo za Afurika y’Epfo mu myitozo yo kurwanira mu mashyamba mbere y’ubutumwa bushya muri RDC – Amafoto

Abasirikare b’intoranwa mu Gisirikare cya Afurika y’Epfo bo muri Brigade ya 43 bamaze iminsi bahugiye mu myitozo ikaze yo kurwanira mu mashyamba n’imijyi mu gihe bitegura koherezwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nk’ingabo zidasanzwe zigomba gufasha MONUSCO guhangana n’imitwe yitwaje ibirwanisho yigize akaraha kajya he. Iyi myitozo iri kubera ahitwa Entabeni hafi ya Thohoyandou […]