Pedro Someone arakangurira abafana be kwisiramuza hakoreshejwe impeta (prepex)
Nk’umuhanzi ufatanya umuziki n’ akazi k’ubuganga (umuforomo) yifuza ko abafana be babaho mu buzima bwiza, bityo akaba abakangurira kwitabira gahunda yo kwisiramuza/gukebwa hakoreshejwe uburyo bushya bw’Impeta (prepex). Aganira na bwiza.com, umuhanzi Pedro yatangaje ko ubu buryo bwo gusiramura hakoreshejwe impeta nawe yabuhuguriwe ndetse akaba anabukoresha mu kazi asanzwe akora k’ubuganga. Akomeza avuga ko ibyifuzo bye […]
Nyuma y'imyaka 56, umwana yasomye bwa mbere ibaruwa yandikiwe na se
Mu ijoro rimwe mbere y’uko yitaba Imana, Wen — Kung yanditse amabaruwa atanu ayandikira umuryango. Muri aya mabaruwa atanu harimo iyo yandikiye umwana we wari umaze amezi atanu avutse iyo baruwa akaba yaraje kuyibona nyuma y’imyaka 56 yanditswe. “Mukundwa wanjye Chun-Ian, nafashwe igihe wari ukiri mu nda y’umubyeyi wawe,” uko ni ko yavuze mu ibaruwa […]
E.U. yahagaritse inkunga yateraga guverinoma y’u Burundi
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (E.U), ari nawo muterankunga mukuru wa guverinoma y’u Burundi, kuri uyu wa Mbere tariki 14 Werurwe wafashe icyemezo cyo guhagarika inkunga wateraga iki gihugu kuko ngo guverinoma y’u Burundi yananiwe kugira icyo ikora ku mpungenge zawo ku ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu. “Uko ibintu bimeze mu Burundi biracyahangayikishije bikomeye […]
Urukiko rwize ku ifunga n’ifungurwa rya bane bashinjwa kugaba igitero muri Ndera
Urukiko mu Karere ka Gasabo ruriga ku cyemezo cyo gufunga cyangwa gufungura abantu bane ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cyo gutera ndetse no gutema abaturage bo mu Murenge wa Ndera. Ibintu byabaye muri Gashyantare uyu mwaka. Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize, isomwa ry’iki cyemezo ryarasubitswe ku mpamvu urukiko rwasobanuye ko zihurira ku cyo rwise uburemere bwa dosiye y’ikirego. […]
Jeannette Kagame yahawe igihembo na KICD
Umufasha wa perezida wa repubulika, Jeannette Kagame yahawe igihembo kubera ingufu ahozaho mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina no guteza imbere umugore yahawe n’Inama mpuzamahanga ku itangazo ryasinyiwe i Kigali mu mwaka wa 2010 (Kigali International Conference Declaration (KICD) General Assembly). Iki gihembo cyo ku rwego rwa Afurika cyatangiwe mu nama rusange y’inzego z’umutekano n’uruhare […]
Umugabo ugendera mu igare ry’abafite ubumuga yibye banki
Umugabo ugendera mu igare ry’abafite ubumuga mu gihugu cya Croatia yibye banki nyuma y’uko abantu bihitiraga bamufashije kuyinjiramo nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ryo muri icyo gihugu. “Mfite bombe” , uko niko uyu mugabo w’imyaka 35 ufite ubumuga yasakuzaga abwira abakozi ba Erste Bank yo muri Autrichia ikorera mu mujyi wa Zagreb rwagati, mbere yo kubahatira kumuha […]
Impamvu 8 gukora imibonano mpuzabitsina mu gitondo ari byiza
Imibonano mpuzabitsina ikorwa igihe cyose ba nyiri kuyikora babyumvikanyeho,ariko biba akurusho iyo ikozwe mu gitondo kuko ifatwa nk’ifunguro rya mugitondo . Gukora imibonano mpuzabitsina mu gitondo ni imwe mu nkingi za mwamba zituma umugore n’umugabo bashimangira urukundo rwabo bikaba byatuma bahorana umunezero uhoraho. 1.imyitozo ngororamubiri Iyo wakoze imibonano mpuzabitsina mu gitondo bikongerera imbaraga n’umuvuduko mu […]
Iterambere rirambye rikwiye gushingira kuri Ndi Umunyarwanda — Fidele Ndayisaba
Umunyambanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidele Ndayisaba, asanga iterambere rirambye rigomba gushingira kuri Ndi umunyarwanda. Ibi akaba yarabivugiye mu mwiherero w’iminsi 2 hagati y’iyi komisiyo n’abakozi bashinzwe uburezi, urubyiruko n’abatahira n’imitorero ku rwego rw’uturere twose. Ubwo uyu mwiherero watangizwaga ku mugaragaro mu mpera z’icyumweru gishize, bwana Fidele Ndayisaba yavuze ko gahunda ya Ndi […]
Kirehe: Umuyobozi wa Rusumo High School wafatwaga nk’igihangange yatawe muri yombi
Umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Rusumo (Rusumo High School), wafatwaga nk’indakorwaho muri ako Karere, yatawe muri yombi hamwe n’abandi bantu babiri, bakekwaho kunyereza umutungo wa leta no kwigwizaho umutungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Radio 10 dukesha iyi nkuru ivuga ko uwo muyobozi w’ishuri yatawe muri yombi nyuma y’aho iperereza ry’urwego rw’Umuvunyi ritahuye ko yanyereje umutungo w’ikigo, […]
RDC : FDLR yivuganye abaturage 3 i Rutshuru
Abaturage batatu biciwe mu gace ka Rutshuru muri Kivu ya Ruguru bishwe n’abarwanyi ba FDLR bari babateze igico mu mpera z’iki cyumweru. Aba baturage bakaba bishwe barashwe ubwo bari mu makamyo atwaye ibicuruzwa muri aka gace. Nk’uko byatangajwe na komite y’abarobyi mu kiyaga cya Edouard, ngo iyi kamyo yari ivuye ahitwa Vtshumbi igana mu isoko […]
Uganda: Haravugwa umutwe mushya wiyemeje guhirika Museveni ku butegetsi
Agatsiko gashya kisobanura nk’umutwe w’inyeshyamba muri Uganda kigambye igitero giherutse kugabwa kuri station ya polisi ya Kapchorwa mu cyumweru gishize kigahitana abantu batatu ndetse imbunda 3 zikibwa. Mu ibaruwa yagiye izenguruka mu Turere twa Kapchorwa na Kween yashyizweho umukono n’uwitwa Misin Kongoi, umuyobozi w’uwo mutwe, abagabye iki gitero biyita abagize Uganda Saving Force (USF), bakavuga […]
Abasirikare ba ONU bakoze ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bakandwa
Mu mateka yako ya mbere, akanama k’umutekano ka ONU katoye umwanzuro wo guhana abasirikare ba ONU bagaragayeho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina. Ibi bihano bizajya bihanishwa ibihugu byohereje aba basirikare ikintu kitishimiwe n’ibi bihugu. Uyu mwanzuro uvugwaho kudaca mu kuri ukaba warateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mwanzuro mushya uvuga ko abasirikare ba […]
Undi musirikare wa Tchad muri MINUSMA yishe bagenzi be 2
Undi musirikare wa Tchad uri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Mali yarashe bagenzi be babiri akomeretsa uwa gatatu mu majyaruguru ya Mali nk’uko byatangajwe na Loni kuri iki Cyumweru. Uyu musirikare yatawe muri yombi nyuma yo kurasa kuwa Gatandatu ahitwa Tassalit mu karere ka Kidal nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Loni, Radhia Achouri […]
Police FC yitwaye neza imbere ya VC Mokanda mu marushanwa nyafurika
Ku munsi w’ejo tariki 12 Werurwe, nibwo umukino ubanza wa 1/8 wagombaga guhuza ikipe ya VC Mokanda (Congo Brazzaville) na Police FC warangiye amakipe yombi aguye miswi, umukino warangiye nta kipe ibashije kureba mu izamu ry’iyindi. Umukino watangiye Police FC idafite myugariro wayo Jean Paul Uwihoreye wari wasimbuwe na Heritier Turatsinze nawe wabashije kuzibira ikipe […]
Amaso abona ikibazo cy’abana, muyateze ku baterankunga? Perezida Kagame
Perezida Kagame yabajije abayobozi bateraniye mu mwiherero niba bakeneye umuterankunga wo hanze uzabaha amaso abona neza kugirango bakunde babone ikibazo cy’abana b’inzererezi buzuye mu mihanda. Ibi umukuru w’igihugu yabivuze nyuma y’uko mu mujyi wa Kigali kamwe n’ahandi hose mu gihugu hagaragaye ubwiyongere bw’abana mu mihanda batagira icyo bakora. Perezida Kagame yagize ati: “Ko twashyizeho gahunda […]
Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse
Nitwa X, Nagejeje imyaka 18 ntarakora imibonano mpuzabitsina ariko nkumva babiteramo ikiganiro nanjye nkumva mfite amashyushyu yo kumva uko biryoha ariko kubona umuntu nizera ndetse nazajya nibukiraho ko ariwe nahaye ubusugi bwanjye nkamubura. Nakundanye n’umusore ubwo nari ndi mu wa 6 secondaire, nkiva gukora ikizamini tugiye gutandukana ansaba kumusezeraho by’umwihariko, namubwiye gukora icyo yifuza cyose […]
Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rulindo , ku itariki ya 10 Werurwe 2016, yagiranye inama n’abanyeshuri barenga 300 bo mu ishuri rikuru ryigisha ikoranabuhanga (Tumba College of Technology), ibigisha ubwoko bw’ibiyobyabwenge, ingaruka zabyo kandi ibakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu kurwanya inyobwa, itundwa n’icuruzwa ryabyo. Ubu butumwa babuhawe n’umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda muri […]
Kenya: Umusirikare yiyahuye nyuma yo kuva kurwanya Al Shabab
Umusirikare mu ngabo za Kenya yafashe icyemezo cyo kwiyahura ubwo yari mu giturage cy’iwabo ahitwa Bukalama muri Busia nyuma y’igihe gito avuye muri Somalia. Abo mu muryango w’uyu musirikare bavuga ko Josh Ochieng Magar w’imyaka 52 wagombaga gusezererwa mu gisirikare kuwa 12 Werurwe yari yoherejwe mu kiruhuko hatazwi igihe cyari kuzarangirira nyuma yo ugaragaza ibimenyetso […]
“Magufuli yandushije ubugabo” Perezida Kagame
Afungura umwiherero ku nshuro ya 13 i Gabiro, Perezida Kagame yatangaje ko mugenzi we Magufuli wa Tanzania yamurushije ubugabo aca burundu ingendo zo hanze z’abayobozi cyane aba Minisitiri bajyamo. Aha yiyamye cyane abayobozi bajya mu butumwa bw’akazi kandi budafite ikintu kinini bumariye igihugu, aho yavuze ati: “Mu bintu banyereka bagiye kugenda urareba ukaburamo neza impamvu […]
RDF iravuga ko itazi uri kwitwa umusirikare w’u Rwanda wafatiwe mu Burundi
Nyuma y’aho hakomeje gucaracara amakuru avuga ko hari umusirikare w’Umunyarwanda wafatiwe mu Burundi yagiye mu bikorwa byo kuneka, igisirikare cy’u Rwanda kiranyomoza aya makuru kivuga ko ari ibinyoma ndetse kitanazi uwo musirikare muri RDF. Mu nkuru twakeshaga BBC twabanje gutambutsa, yavugaga ko Igipolisi cy’u Burundi kivuga ko cyataye muri yombi maneko w’Umunyarwanda cyafatiye ku musozi […]
Angola: Perezida Dos Santos yatangaje igihe azavira ku butegetsi
Perezida Jose Eduardo dos Santos wa Angola, umwe mu bakuru b’ibihugu barambye ku butegetsi muri Afurika kuko yabugiyeho kuva mu 1979, kuri uyu wa gatanu ushize yatangaje ko azava ku butegetsi mu 2018. “Nafashe icyemezo cyo kuva mu bikorwa bihoraho bya politiki mu 2018”, uwo ni Dos Santos mu ijambo yagejeje ku barwanashyaka bafata ibyemezo […]
Urutonde rw’imijyi 10 igaragaramo umwanda kurusha indi ku isi
Iyi mijyi igaragara mu bihugu bitandukanye byo ku isi, by’umwihariko harimo n’ibizwi nk’ibikize ku isi ndetse benshi usanga bifuza kujya guturamo. 10.Port au Prince (Haiti) Uyu mujyi niwo uza ku isonga mu mijyi igaragaramo umwanda cyane, abaturage batuye muri uyu mujyi bamena toni ibihumbi 5 buri munsi ariko uyorwa ukajyanwa kumenwa ahabugenewe uhwanye na 7%. […]
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zatangiye gusimbuzwa
Ingabo z’u Rwanda 222 zabarizwaga muri batayo ya 51 zari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo zasoje ubutumwa bwazo kuri uyu wa 11 Werurwe zisimbuzwa izindi zo muri batayo ya 19. Brig gen. JJ Mupenzi wakiriye izi ngabo ku kibuga cy’indege cya Kigali, yazishimiye akazi keza zakoze mu butumwa zarimo azibwira […]
Igipolisi cy’u Burundi kiremeza ko cyafashe maneko w’Umunyarwanda
Igipolisi cy’u Burundi kiravuga ko cyataye muri yombi maneko w’Umunyarwanda cyafatiye ku musozi witwa Rushenya muri Komini Giteranyi ho mu Ntara ya Muyinga. Uyu bavuga ko ari Umunyarwanda ngo yitwa Cyprien Rucyahintare wavukiye i Kabale muri Uganda mu 1992 nk’uko ngo yabyivugiye, akaba yarinjiye ngo mu gisirikare cy’u Rwanda mu 2011 akaba yari afite ipeti […]
Umunyakenya Huddah Monroe yahishuye pozisiyo nziza yo gukoramo imibonano mpuzabitsina
Nyuma y’uko uwitwa Mustupfa ashimagije umunyamideli Huddah Monroe ko yitwara neza mu mibonano Mpuzabitsina, bidatinze yashyizwe ahishura pozisiyo yakoresheje yatumye ashimagizwa n’uwo musore. Akoresheje imbuga nkoranyambaga Monroe yasangije benshi uburyo bwiza akoramo imibonano mpuzabitsina anaboneraho kwigisha abagore ibanga nyaryo ryo gushimisha abagabo. Huddah Monroe avuga ko gukoresha pozisiyo imbwa zikoresha(Doggy Style) ariryo banga ryo kuryoshya […]
Remera: Batatu bakekwaho kwibisha imbunda bari mu maboko ya polisi
Igipolisi cy’u Rwanda kirashimira abaturage bagifashije guta muri yombi abantu batatu bakekwaho kwibisha imbunda. Ibi bikaba bije nyuma y’aho mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu ushize ahitwa Nyabisindu mu Murenge wa Remera wo mu Karere ka Gasabo habereye ubujura. Umuvugizi wa polisi, ACP Celestin Twahirwa, yavuze ko abantu bane bari bitwaje imbunda za AK […]
Burundi: Ubwicanyi bukorerwa mu nkambi z’impunzi ziri imbere mu gihugu buteye inkeke
Ishyirahamwe AC Genocide Cirimoso ryagize icyo rivuga ku bwicanyi bubera mu ma site y’impunzi ari hagati mu gihugu cy’u Burundi, ko ubwo bwicanyi bukomeje gutera inkeke. Ishyirahamwe AC Genocide Cirimoso rivuga ko ibirimo kubera mu ma site y’abateshejwe ibyabo n’intambara y’ 1993 bikorwa n’abashyigikiwe na CNDD-FDD na Petero Nkurunziza. Ibyo ngo bikaba bikorwa mu rwego […]
Nyamagabe: Afunzwe akurikiranyweho gusambanya abakobwa be 3
Polisi ikorera mu karere ka Nyamagabe yafashe umugabo wagiye asambanya abakobwa be batatu mu buryo buhoraho, muri iyi myaka ibiri ishize. Munyandamutsa Felisiyani w’imyaka 43 y’amavuko, niwe wafashwe akaba akurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa batatu yibyariye, bafite imyaka 17, 15 na 14 y’amavuko, yagiye asambanya mu myaka ibiri ishize , ariko kubera uburyo bahungabanye bakaba bari […]
Ibitugu bya Giround nibyo bigiye gufasha Wenger kwigobotora ingoyi ya Premier League
Wenger utorohewe na gato n’abafana bitewe no gutsindwa kwa hato na hato, ubu yemeje ko ibitugu bya Giround bigiye kumufasha kwigobotora amakipe ahanganye nayo ngo yigarurire amanota azamuhesha igikombe. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga n’itangazamakuru avuga ko Olivier Giround ari umwe mu bakinnyi beza kandi bafite ibitugu bimwongerera imbaraga agatsinda ibitego bitunguranye. Kuba arimo kugaragaza umuvuduko […]
Kuri iki cy'umweru hitezwe ibihe byiza muri Concert ya Albert Niyonsaba
kuri iki cy’umweru Tariki ya 13 Werurwe mu igitaramo cy’umuhanzi Albert Niyonsaba hitezwemo ibintu bidasanzwe mu kuririmbira Imana bayihimbaza aho umuhanzi albert avuga ko bizaba ari umugisha ku umuntu uzabasha kuhagera. Mu kiganiro Albert Niyonsaba yagiranye www.bwiza.com yavuze ko mu Gitaramo cye cyo gushyira k’umugaragaro umuzingo we w’indirimbo z’amashusho yise ntabe ari twe bizaba ari […]
Dore akamaro ka Rugongo benshi baririmba ko iryoshya imibonano mpuzabitsina
Rugongo (clitoris) iza ku isonga mu bice by’umubiri w’umugore bishyirwa mu majwi mu kuryoshya imibonano mpuzabitsina iyo ugerageje kuyikabakaba cyangwa kuyikozaho igitsina(umugabo). Mu byerekeranye no guhuza ibitsina k’umugore no gushimishwa na byo rugongo iza ku mwanya wa mbere. Rugongo ni inkingi mu gushimishwa n’igitsina k’umugore kandi ni ngombwa ko ikinishwa kugira ngo umugore arangize bitamugoye. […]
Abakozi ba leta bagiye kugabanyirizwa za misiyo zo hanze
Perezida Kagame yatangaje ko abakozi ba leta boherezwa mu butumwa bwo hanze ko izi misiyo bajyamo zagabanywa kuko bituma akazi kadakorwa neza.Ibi yabivugiye mu kigo cya gisirikare cya Gabiro ubwo yatangizaga ku nshuro ya 13 umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu bagera kuri 250. Mu ijambo rye ubwo yatangizaga ku mugaragaro uyu mwiherero Perezida Kagame yagarutse ku […]
Abarwanya Nkurunziza iyo bafashwe ngo basukwaho acide cyangwa bagakatwa ibice by’umubiri
Uwacitse ku icumu akagira amahirwe yo gutoroka muri gereza y’ahazwi nko kwa Ndadaye avuga ko gutabwa muri yombi ukajyanwa gufungirwa aho ko ari urupfu. Avuga ko bakugezayo bakagukuramo amakuru bakoresheje iyicarubozo, amakuru bakayagukuramo bagutwikisha bomboni cyangwa bakagukata ibice by’umubikiri. Ati: “ nasanzeyo abandi baboshye ubwo natwe batumanuraga turi 2 tubohanye, badushyira hamwe, harimo bomboni zo […]
Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi
Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kugenda hagaragara ibikorwa byo gucana inyuma ku bashakanye ariko bikaba bigora bamwe kubimenya igihe nta wafashe undi ari muri icyo gikorwa, Kugeza ubu hari ibimenyetso bishobora gufasha umugore kumenya ko umugabo we amuca inyuma. 1.Kudashyira Telefoni hasi iki ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byatuma biba ikimenyetso simusiga, […]
Pro-Femme ngo abatuye mu midugudu 99% ntibabona amazi 89% bo ntibagira amashuri
Ubushakashatsi buherutse gukorwa n’umuryango Pro — Femme Twese hamwe ku miturire y’abaturage mu midugudu buragaraza ko abayituyemo, 99% batagira amazi meza n’aho abasaga 70% bakaba batagira amashuri. Ubwo bushakashatsi bugamije kureba uko gahunda yo gutura ku midugudu ikorwa, ibyiza n’imbogamizi ziyirimo, bwakorewe mu turere tune: Rutsiro, Ngoma, Huye na Ngororero, bwagaragaje ko 99% by’abatuye mu […]
Polisi y’u Rwanda irakangurira gukomeza ingamba zo kwita ku burenganzira bw’abana
Nk’uko Leta y’u Rwanda yashyizeho ingamba zo kurinda abana ihohoterwa, Polisi y’u Rwanda irakangurira abayobozi b’inzego z’ibanze n’ababyeyi gukomeza izo ngamba. Ubu butumwa bwatanzwe na Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa kane tariki ya 10 Werurwe, nyuma y’aho hari umwana w’umukobwa w’imyaka 12 ukomoka mu karere ka Burera wataye ishuri, akaza gushaka akazi ko gukora […]
Imyigaragambyo irimo urugomo yatumye ibya Donald Trump imbwa zibirwaniramo
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Werurwe 2016, nibwo ibikorwa bya Donald Trump byahagaritswe i Chicago nyuma y’uko imyigaragambyo yamagana uyu mukandida wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani igaragayemo urugomo. Abigaragambya babarirwa mu majana bateraniye ahaberaga igikorwa cyo kwiyamamaza I Chicago muri Kaminuza ya Illinois mbere y’uko Bwana Trump ahagera. Abashinzwe umutekano bari benshi Imbere muri […]
Mu rusobe rw’ibitutsi, Chris Brown yandagaje Trump anamwita indaya
Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram icyamamare Chris Brown yandagaza Dodald Trump wiyamamariza kuba Perezida wa USA, amutuka uruhurirane rw’ibitutsi harimo no kumwita indaya amuziza kwanga abirabura. Mu bikorwa byo kwiyamamaza Trump agenda akorera hirya no hino muri Amerika, usanga imwe mu migabo n’imigambi aba abwira abaturage ko azirukana abirabura bose babarizwa muri icyo gihugu. N’umujinya […]
Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije?
Bikunze kuvugwa ko abarangizaga amashuri kera kabone niyo yabaga ari make babaga bafite ubumenyi buhanitse bitewe n’uko babaga bigishijwe. Kuri ubu ngo umunyeshuri arangiza kaminuza atazi kwiyandikira ibaruwa isaba akazi mu gihe mu myaka yatambutse umuntu yarangizaga amashuri yisumbuye azi kwandika ibaruwa isaba akazi. No mu kazi abakera bavugwaho ubumenyi mu kazi kurusha abubu, no […]
Urwego rw’iperereza mu Burundi indiri y’ubwicanyi n’iyicarubozo
Ibi ni ibitangazwa n’umuryango wa sous-Lieutenant Aristide Mbonabuca watawe muri yombi n’uru rwego rushinzwe iperereza mu Burundi ashinjwa ibyaha birimo kuba inyuma y’ibikorwa byo gutera gerenade bimaze iminsi bikorwa. Umuryango wa sous-Lieutenant Aristide Mbonabuca wari usanzwe ari umusirikare mu ngabo z’u Burundi uvuga ko urwego rw’iperereza rukora iyicarubozo ndetse rugafunga mu buryo butemewe n’amategeko. Nk’uko […]
Umuvandimwe wa Kim Kardashian yagizwe Ambasaderi wa PUMA
Kylie Jenner, murumuna wa Kim Kardashian yagizwe umuhuza (Ambassador) wa kompanyi ya Puma nyuma yo kwambara umwenda wo kogana w’iyo sosiyete ikimero cye kikanyura abayobozi bayo. Amakuru aturuka kuri Kanye West, umugabo wa kim, yemeje aya makuru avuga ko uyu mukobwa yamaze kwinjira mu gikorwa nyirizina cyo gufatanya n’iyi kompanyi mu gihe yabonaga ko ikimero […]
Col Kadhafi yasabye imbabazi abamwicaga bazimwimye abita imbwa
Nyuma y’urupfu rwa Muammar al-Gaddafi, bimwe mu bimenyetso bigaragaza inzira yanyuzemo ajya kwicwa byagiye bishyirwa hanze, muri byo bakaba barashyize hanze n’amwe mu magambo yavuze ubwo yicwaga anasaba imbabazi. Video yashyizwe hanze n’ikinyamakuru “ The Mirror ” ntigaragara neza ariko amagambo amwe n’amwe arumvikana n’ubwo bwose hari mu rusaku, Col Kadhafi yasabaga imbabazi anabaza abamwicaga […]
Uburyo kurongora no kurongorwa byakorwaga mu Rwanda rwo hambere
Umugeni n’abakwe iyo bamaze kwinjira mu nzu, umuhungu urongora, araza akambika umukobwa umwishywa mu ijosi, akavuga ati: “Ndakurongoye, ndi N…” Umugeni akawikuramo akawujugunya hasi, abari aho bakawutora, bakawushyira ababyeyi b’umugeni. Umuhungu akongera akabunda intama y’ amata akayamucira. Utayafite akamucira inzoga ivanze n’umubazi, ngo azabyare atunge. Ngo ni ko Ryangombe yabigenjeje. Nuko bose bamara kwicara, abakwe […]
RDC: FDLR na MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ bongeye kuvugwaho ibikorwa by'ubunyamaswa mu duce dushya bigaruriye
Abarwanyi ba FDLR bifatanyije n’abo mu mutwe wa Mai Mai Pareco hashize ibyumweru hafi 3 bagaragara mu gace ka Bingi — Kasugho muri territoire ya Lubero. Ibi byemejwe n’umuyobozi w’aka gace Bokele Joy nyuma y’aho hatangiye kugaragara ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikorerwa abaturage batuye muri utu duce n’iyi mitwe yombi yigaruriye. Ibi birindiro bishya bije […]
Umunya Sierra Leone wari ufungiye mu Rwanda yongeye gutabwa muri yombi
Moinia Fofana wigeze gufungirwa mu Rwanda kandi akaba yarigeze kuba umuyobozi w’umutwe wa gisirikare muri Sierra Leone, nyuma yo gufungurwa yongeye gutabwa muri yombi. Ku itariki 9 Werurwe uyu mwaka nibwo umuyoyobozi muri Loni ushinzwe ibyaha bw’intambara yavuze uyu mugabo yakongera agafungwa kuko atubahirije ibyo yagombaga gukora nyuma yo gufungurwa. Nkuko bivugwa ko uyu mugabo […]
Polisi y’u Rwanda ikomeje ubukangurambaga n’imikwabu bigamije kurwanya ibiyobyabwenge
​Mu rwego rwo kurwanya ibiyobyabwenge, kuva kuwa mbere, Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere dutandukanye tw’Igihugu yatangije ubukangurambaga mu baturage no gukora imikwabu hagamijwe kubirwanya. Muri iyo mikwabu umubare munini w’ ababicuruza n’ababinywa batawe muri yombi, naho ibiyobyabwenge byafashwe birangizwa. Muri iyo mikwabu hafashwe abantu bagera kuri 20 bakekwaho kubicuruza no kubinywa hanafatwa ibiro 20 […]
Umutoza wa New Castle yirukanwe izuba riva asimbuzwa uwahoze muri Real Madrid
Steve McClaren watozaga ikipe ya New Castle yahambirijwe izuba riva kuri uyu wa gatanu taliki ya 11 Werurwe 2016 asimbuzwa Rafa Benitez wahoze atoza Real Madrid. Ubuyobozi bukuru bwa New Castle buganira na Skysports bwemeje aya makuru ko Steve atakiri umutoza w’ikipe ahubwo ko yasimbuwe na Rafa Benitez, nyuma y’imyaka isaga 3 uyu mugabo ashakishwa […]
Ku myaka 11, abangamiwe no kudakora imibonano mpuzabitsina n’umugore we w’imyaka 64
Mu 2014 muri Afurika y’Epfo nibwo umwana wari ufite imyaka 9 yashyingiranwe n’umugore wari ufite 62 birasakara cyane ariko kuva icyo gihe bari batararyamana none uwo mwana arasaba ko umugore we yamwemerera bakajya bakora imibonano mpuzabitsina. Mu gihe uyu mugore yari afite undi mugabo ariko akaza kubirengaho agasezerana na Sanele ubu ufite imyaka 11 ngo […]
Selena Gomez mu ikanzu igaragaza ubwambure bwe- REBA AMAFOTO
Ibisa no kwambara ubusa nibyo byaranze imyambarire ya Selena Gomez mu birori byo kumurika imideri (Paris Fashion Week) byabereye mu bufaransa. Ikinyamakuru Dailymail cyatangaje ko uyu muhanzikazi mbere y’uko yitabira ibi biroro yasabye umudozi we ko yamudodera ikanzu irushijeho kumwegera kandi isatuye imbere kugeza hejuru y’amavi ijya kugaragaza kimwe mu bice by’ibanga. Agisohoka mu modaka […]
Abayobozi bagiye mu mwiherero i Gabiro – Reba Amafoto
Ku gicamunsi cy’uyu wa 11 Werurwe, nibwo abayobozi bakuru b’igihugu cyacu bahagurutse ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo berekeza mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo aho bitabiriye Umwiherero ku nshuro ya 13. Reba Amafoto:  Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter Amafoto: Primature Bwiza.com
Trump na Rubio ku kibazo cya Islam bongeye guterana amagambo
Marco Rubio wo mu ishyaka ry’aba Republicain uri gushaka kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika yanenze Donald Trump kuba yaravuze ko abayisilamu badakwiye gukandagiza ikirenge muri Amerika. Marco Rubio ubwo yari mu ntara ya Florida, yavuze ko Islam ifite ikibazo cy’abayitwaza bakayikoresha nabi. Yongeraho ko aba Islam benshi bakunda Amerika. “Aba Perezida ntibashobora kuvuga icyo […]
Sudani y’Epfo: Abantu 60 baguye muri kontineri bafungiwemo n'ingabo za leta
Igisirikare cya leta muri Sudani y’Epfo kirashinjwa kwica abantu bagera kuri 60 barimo abagabo n’abana, ubwo cyabafungiranaga muri kontineri kikayishyira mu izuba rikabije mu Ukwakira 2015 bikabaviramo gupfa bose nk’uko byatangajwe na Amnesty International kuri uyu wa Gatanu ishyira ahagaragara kimwe mu bikorwa bya kinyamanswa byakozwe n’abarwanira ubutegetsi muri iki gihugu. Muri raporo isobanura neza […]
Kirehe: Umugabo yateye umugore we umutwe ahita apfa
Uwitwa Sinaruhamagaye Mathias wo mu Mudugudu wa Ryamukaza, mu Kagari ka Nyakerera, mu Murenge Kigarama mu Karere ka Kirehe kuri uyu wa 10 Werurwe 2016 yishe umugore , Nyambuga Vestine w’imyaka 45 amukubise umutwe mu musaya ahita apfa. Abaturanyi babwiye Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru ko byose byaturutse ku kutumvikana ku ngemeri eshatu z’ibigori umugabo […]
Umuhanzi Diamond yarijijwe ayo kwarika n’umukobwa Tiffah
Diamond Platnumz umaze iminsi ashinjwa na benshi ko atabyara, ibizamini byagaragaje ko Tiffah ari uwe nyuma yo kujya kwisuzumisha muri Afurika y’Epfo, ibyishimo bye akaba yabigaragaje mu marira. Mbere y’uko uyu musore yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nibwo yerekeje muri Afurika y’Epfo ari kumwe na Zari n’umwana wabo Tiffah ngo hafatwe ibizamini ” […]
Obama arashinja Sarkozy na David Cameron kuba ari bo bateje akaga Libya irimo
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy ndetse n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, David Cameron, bashinjijwe na perezida Obama kuba ari bo bateje ibibazo byugarije Libya muri iki gihe. Mu kiganiro yahaye The Atlantic cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, perezida Obama yavuze byinshi ku byaranze ibitero bya NATO byari biyobowe n’u Bwongereza ndetse […]
Ibi bibazo 5 abari mu mwiherero i Gabiro babyibuke
Kuva kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Werurwe 2016, abayobozi 250 bari kujya i Gabiro kwitabira umwiherero wabo uzatangira ejo ku itariki ya 12 ugasozwa ku wa mbere tariki ya 14Werurwe 2016. Abayobozi bazawitabira cyane cyane abo bireba ibi bibazo 5 biri muri society nyarwanda muzabyibuke mubivugutire umuti ukwiye nk’uko abaturage bavuganye na Bwiza.com […]
U Rwanda rugiye gufasha Guinea kubyutsa Air Guinée
Igihugu cya Guinea kirateganya kohereza impuguke zacyo mu bijyanye no gutwara abantu mu ndege ngo bahabwe amahugurwa n’u Rwanda nyuma bazabashe kuzamura urwego rwo gutwara abantu mu ndege mu gihugu cyabo. Igihugu cya Guinea Conakry kizera ko ubunararibonye bw’u Rwanda buzongera kubyutsa urwego rw’ubwikorezi mu kirere rwacyo, gihereye kubyo Rwandair imaze kugeraho. Minisitiri w’ubwikorezi wa […]
Gasabo: Hatashywe amashuri yubatswe ku bufatanye bw’akarere na RDF
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Francis Kaboneka kuri uyu wa Kane tariki 10 Werurwe 2016 yatashye ku mugaragaro ibyumba by’amashuri Mirongo ine na birindwi (47) byubatswe ahantu hatandukanye mu Karere ka Gasabo n’igisirikare cy’;u Rwanda (RDF) gifatanyije n’akarere. Ibi byumba by’amashuri bikaba bije nk’igisubizo ku bana bakoraga urugendo rurenga km 6 bajya ku ishuri. Mu muhango wo […]
CNDD yashinjije Abanyarwanda babaye mu Burundi ibyaha bikomeye mu itangazo yasohoye
Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi kuri uyu wa Kane tariki 10 Werurwe ryasohoye itangazo rirerire ribaza impamvu bamwe mu banyapolitiki bamwe batangiye kwanga ko komisiyo ishinzwe gushaka ukuri no guhuza Abarundi bise, CVR mu magambo ahinnye, ikora, aho muri iri tangazo tutaribugire icyo duhinduramo iri shyaka rinashinja Abanyarwanda babaye mu Burundi ibyaha bitandukanye. […]
Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi
Birababaza kandi biranagoye kumva aho umwe mu bashakanye avuga ko umugore cyangwa umugabo we amubihiriza mu gihe cy’ mibonano mpuzabitsina, Iyo rero mugiye gukora iki gikorwa ku bw’ urukundo mufitanye, bisaba kubanza gutegurana ndetse no kumva neza ko igikorwa mugiye gukora ari umunezero wanyu mwese ku buryo buri umwe yumva ko ari ngombwa ko mutangira. […]