Maj.Petero Buyoya arashinjwa ubugambanyi agamije gucura bufuni na buhoro ubutegetsi
Ibi ni ibyatangajwe nâubuyobozi bwâishyaka CNDD FDD, ko major Petero Buyoya na bamwe mu banyapolitiki badashyigikiye imikorere yâakanama kashyizweho na Loni ko gukora iperereza ku mabi yakorewe i Burundi. Uku kudashyigikira ngo byaba bifitanye isano no gutinya ko ubugambanyi bwabo bugaragara bwo gushaka gucura bufuni na buhoro ubutegetsi buriho. Majoro.Petero Buyoya hamwe nâumubiligi Louis Michel, […]
Alpha Conde yahishuye uko yamenye Kagame nâukuntu Abanyarwandakazi ari beza
Perezida wâu Rwanda mu ruzinduko rwâamasaha 48 aherutse kugirira mu gihugu cya Guinee, kuri uyu wa Gatatu ushize mu nyubako yitiriwe Umwami Mohammed V, aherekejwe na mugenzi we wa Guinea, Alpha Conde, yahaye ikiganiro itangazamakuru. Muri icyo kiganiro perezida Alpha Conde nawe yibukije ukuntu amateka mato hagati yâibihugu byâu Rwanda na Guinee yavutse kugeza ashimangiwe […]
Burundi : Umushinjacyaha mukuru yananiwe gusobanura irengero ryâabantu 7 biciwe muri gereza
Nyuma yâiminsi 2 impuguke za ONU zari mu iperereza mu Burundi zitashye Umushinjacyaha mukuru wâu Burundi Valentin Bagorikunda yatangaje ko nta bantu bishwe ngo batabwe mu byobo rusange nkâuko byari byaremejwe. Gusa impuguke za ONU zo zemeza ko hari abantu bishwe mu buryo bunyuranye nâamategeko ariko ntibyatangaza ababishe. Nyuma yâamezi atatu gusa komisiyo idasanzwe yashyizweho […]
RDC: Umukuru wâinyeshyamba yishyikirije ingabo za leta
Umuyobozi mu mutwe wâinyeshyamba wa Mai-Mai witwa Ngombe Musemwa, aherutse kwishyira mu maboko yâingabo za leta ahitwa Kitobo muri Mitwaba, aho amakuru aturuka aha hantu avuga ko yitanze aherekejwe nâabo mu muryango we ndetse na bamwe muri bagenzi be ba hafi. Nkâuko byatangajwe na AndrĂ© Ilunga , umuyobozi wa Kitobo, ngo kwitanga kwa Ngombe Musemwa […]
Ibyaha bya jenoside Bernard Munyagishari ashinjwa birenze imyumvire ya muntu
Kuri uyu wa kane, Urugereko rwihariye rwâurukiko rukuru ruburanisha imanza zo ku rwego mpuzamahanga nâibyaha byambukiranya imbibi rwatangiye kumva Ubushinjacyaha busobanura inyandiko yabwo itanga ikirego mu rubanza buregamo Bernard Munyagishari. Uyu akaba ashinjwa kuba yari umuyobozi wâInterahamwe ndetse mu byaha aregwa bwâubwicanyi hakaba harimo icyâuko hari umugore yaciye ibere akariha imbwa. Ubushinjacyaha bwabwiye Urukiko ko […]
Polisi yasinye amasezerano y'ubufatanye na NPPA hamwe na RMDC hagamijwe gutanga ubutabera bunoze
Kuri uyu wa kane tariki ya 10 Werurwe, Polisi y’u Rwanda yasinyanye amasezerano yâubufatanye nâubushinjacyaha bwâu Rwanda (NPPA) ndetse nâurugaga rwâabaganga nâabakura amenyo (RMDC). aya masezerano y’ubufatanye yasinywe hagamijwe gutanga ubutabera bunoze hagati yâizi nzego. Umuhango ukaba wabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda ashyirwaho umukono nâumuyobozi mukuru wa Polisi yâu Rwanda Inspector General […]
Umugore wari mu rugendo yafashwe yahishe umwana mu isakoshi
Umugore wari mu rugendo ava Istanbul muri Turukiya igana I Paris yafashwe yahishe umwana mu isakoshi nkâuko byatangajwe na societe yâindege yâabafaransa ya Air France. Iyi societe ivuga ko uwo mwana wafashe indege atarishye itike bamusanze muri iyo ndege mu ijoro ryo kuwa mbere. Ibiro ntaramakuru byâabafaransa AFP bivuga ko usanzwe aba mu Bufaransa yari […]
Huye: Ikoranabuhanga rikomeje gushyirwamo ingufu
Mu rwego rwo kurushaho kwegereza abaturage ikoranabuhanga mu Karere ka Huye, muri iyi minsi haje ikoranabuhanga rigendanwa( ICT BUS) izafasha abatuye aka Karere kurushaho kwihugura mu ikoranabuhanga. Iyi bus izazunguruka mu mirenge yose igize Akarere ka Huye, aho yahereye mu murenge wa Mukura, ikazakomereza mu mirenge ya Tumba na Gishamvu ikazasoza Akarere kose ka Huye. […]
Umubiri wo ku kibuno cya Jackie Chandiru ushobora gukatwa ugashyirwa ku bindi bice bye
Umuhanzi Jackie Chandiru umaze iminsi azahajwe nâuburwayi bumugejeje nâaho ngo yaba ageze ku rwego rwo gushaka kwiyahura bitewe nâuburibwe bivugwa ko ari Cancer,kubera iyo mpamvu hashobora kwifashishwa umubiri wo ku kibuno cye ugashyirwa ku bindi bice byâumubiri we. Ibyo byatangajwe nâabaganga bâinzobere nyuma yo kubona ko yarenzwe nâibiyobyabwenge, ari nabyo byamukururiye indwara ya Cancer ku […]
Icyo Nyangoma Leonard uyoboye CNARED azihutira gukora nafata ubutegetsi
Ikinyamakuru gisanzwe gikora ku makuru yâubukungu muri rusange nâicukurwa ryâamabuye yâagaciro The Africanintelligence kiravuga ko Leonard Nyangoma ngo naramuka afashe ubutegetsi azahita ahindura amasezerano yasinywe na leta yâu Burundi hamwe nâikigo cyâu Burusiya gicukura amabuye yâagaciro. Guhindura cyangwa gusubiramo amasezerano yâamabuye yâagaciro asanzwe ari mu Burundi ni kimwe mu byari kwihutirwa gukorwa nâishyirahamwe CNARED mu […]
Nyuma yo kugura ifi agasangamo igitsina cyâumugabo yifuje ko nâumugabo we yagira ikingana nacyo
Govinder ukomoka muri Afurika yâEpfo mu ntangiriro zâiki cyumweru nibwo yaguze ifi ngo ayitekere umugabo we nyuma aza gutungurwa no gusangamo igitsina cyâumugabo ariko igitangaje nuko yifuje ko nâumugabo we yagira ikingana nacyo. Uyu mugore avuga ko yagiye mu isoko akagura ifi ageze mu rugo akomeza uturimo two mu rugo nkâuko bisanzwe, mu gihe cyo […]
Ku nshuro ya 13 abayobozi 250 bagiye kwitabira umwiherero
Mu kigo cya gisirikare cya Gabiro giherereye mu karere ka Gabiro hagiye kubera umwiherero ku nshuro ya 13 wâabayobozi mu nzego zitandukanye za leta. Uyu mwiherero uzasuzuma ibyakozwe umwaka ushize ndetse banarebere hamwe ibikorwa byâumwaka utaha. Uyu mwiherero uzatangira ku itariki ya 12 usoze imirimo yawo ku itariki ya 14 Werurwe 2016. Ukazaba ufite insanganyamatsiko […]
Hari amashyaka atavuga rumwe na Green Party ku mavugurura isaba ngo izitabire amatora
Mu gihe ishyaka Democratic Green Party of Rwanda risaba ko hagira ibivugururwa mu mategeko agenga amashyaka ya politiki bitaba ibyo rikavuga ko ritazitabira amatora ya perezida ateganyijwe mu 2017, andi mashyaka yo arasanga ayo mategeko ntacyo ayabangamiyeho. Amwe mu mategeko Green Party isaba ko yasubirwamo harimo iriteganya ko guverinoma iha amashyaka inkunga yo kwiyamamaza nyuma […]
Impuguke mu gucura ibitwaro byâubumara ya ISIS yafatiwe muri Irak
Impuguke mu gukora ibitwaro byâubumara mu mutwe wa Islamic State biravugwa ko yafatiwe muri Irak nyuma yâaho indege za Amerika zari zabanje gusuka ibibombe ahabikwaga ibi bitwaro byâuyu mutwe nkâuko byatangajwe na CNN . Uyu mugabo witwa Suleiman Daoud al-Afari ukomoka muri Irak nâubundi, ngo yari asanzwe akora muri etat major yâingabo za Saddam Hussein […]
CP Bruce Munyambo yasuye abapolisi bâu Rwanda bakorera Sudani y'Epfo
Nyuma yo kugirwa umuyobozi wa Polisi ya Loni muri Sudani yâEpfo (D2), Commissioner of Police (CP) Bruce Munyambo, kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Werurwe yatangiye gusura imitwe ya Polisi ikomoka mu bihugu bitandukanye yoherejwe muri Sudani yâepfo mu rwego rwo kubungabunga no kugarura amahoro muri icyo gihugu, akaba yarahereye ku bapolisi bâu Rwanda […]
Perezida Nkurunziza arakekwaho kunyereza umutungo wâigihugu ugeze hafi miliyari 4
Gablier Rufyiri uyoboye ishyirahamwe OLUCOME ( Observatoire de lutter contre la Corruption et les malversations economique) rishinzwe kurwanya ruswa nâisesagurwa ryâumutungo wa leta aravuga ko ibiro byâumukuru wâigihugu cyâu Burundi byanyereje amafaranga yâigihugu agera hafi kuri miliyari 4 zâamarundi. Uyu mugabo yemeza ko amafaranga arenga miliyari 3 zâamarundi yatanzwe nâamashyirahamwe yashakaga gucukura amabuye yâagaciro mu […]
Kampala: Inzego zâumutekano ziryamiye amajanja mu gihe hikangwa imyigaragambyo idasanzwe
Abashinzwe umutekano muri Uganda boherejwe ku bwinshi mu bice byinshi byâinkengero zâumurwa mukuru, Kampala, nyuma yâaho abashinzwe iperereza batangarije ko abatavuga rumwe nâubutegetsi baba bashaka gukora imyigaragambyo ikomeye yiganjemo ubugizi bwa nabi ku buryo umujyi wa Kampala uhungabana nkâuko bitangazwa na Chimpreports. Umuvugizi wa polisi, Fred Enanga mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yagize […]
Jason Derulo yagaragaye asomana nâumukunzi we byimbitse âREBA AMAFOTO
Kuri uyu wa kabiri taliki 8 Werurwe 2016 nibwo icyamamare Jason Derulo yagaragaye ari kumwe nâumukunzi we Daphne Joy basomana ubwo bari bagiye mu biruhuko bari bagiriye muri Mexico. Bakigera ku mucanga Joy yahise yambara imyenda yo kogana(Bikini) igaragaza ikimero uko cyakabaye, naho Derulo we agaragara yiyambuye igice cyo hejuru ari nako baterana ubuse banasomana. […]
Loni iratabariza ibihugu 34 byugarijwe nâikibazo cyâibura ryâibyo kurya
Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatatu nâishami ryâubuhinzi ryâUmuryango wâAbibumbye iravuga ko ibihugu bigera kuri 34 ku Isi, ariko hafi ya byose bikaba ari ibyo muri Afurika, bifite ikibazo gikomeye cyo kugaburira abaturage babyo kandi bikeneye gufashwa. Imibare ngo ikaba yarazamutse kuva raporo yo mu Ukuboza yashyirwa hanze. Iyi raporo yâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita […]
Burundi: Umwe mu bayobozi bâabatavuga rumwe nâubutegetsi utarahunze yatawe muri yombi
Umwe mu bayobozi bâabatavuga rumwe nâubutegetsi utarahunze u Burundi kuri uyu wa Gatatu yatawe muri yombi nâigipolisi afatiwe muri kamwe mu duce twagaragayemo imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana manda ya gatatu ya perezida Nkurunziza i Bujumbura nkâuko byemezwa nâumuryango we ndetse nâabatavuga rumwe nâubutegetsi. Uyu witwa Hugo Haramategeko, perezida wâishyaka, NADEBU (Nouvelle alliance pour le dĂ©veloppement […]
Perezida Alpha Konde wa Guinee arashima imiyoborere yâu Rwanda
Mu isozwa ryâurugendo Perezida Kagame yagiriye mu GuinĂ©e Conakry rwashojwe ku munsi wâejo kuwa gatatu, Abakuru bâibihugu byombi basinye amasezerano yâubutwererane hagati yâibihugu azibanda ku ngingo 7 zitandukanye. Iyi ikaba ari intangiriro yâubutwererane hagati yâibihugu byombi. Ku ruhande rwa Guinee, Perezida Alpha Konde aravuga ko igihugu ayoboye kigiye kwigira ku miyoborere myiza yâu Rwanda. « […]
Ubusambanyi bwâumugore bwatumye abyara impanga zidahuje se-REBA VIDEO
Umugore yabyaye impanga bivugwa zidahuje se nkâuko byemejwe nâabaganga nyuma yo gukora ibizamini bya ADN mu kigo cyâubushakashatsi cyo muri Vietnam bitewe nâubusabe bwâababyeyi . Le Dinh Luong, umuyobozi wâikigo cyâubushakashatsi akaba yatangaje ko abo bana bâimpanga badahuje se, ariko yongera ko bishoboka ko umugore yakorana imibonanao mpuzabitsina nâabagabo 2 batandukanye mu gihe cyâuburumbuke kandi […]
Kivu yâAmajyepfo: Inyeshyamba zari zaritanze zaba ziri gusubira mu ishyamba
Igikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe yitwaje ibirwanisho mu burasirazuba bwa Congo kiragenda biguruntege kuva mu minsi ishize mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo, bikaba bivugwa ko nâabarwanyi bari bemeye gusubizwa mu buzima busanzwe ngo baba batangiye gusubira mu ishyamba kuko ngo batizeye uko ubuzima bwabo buzamera mu buzima bwa gisivili. Ahitwa Shabunda […]
Kicukiro: Abanyerondo baburijemo umugambi wo kwiba
Abakora irondo bo mu murenge wa Masaka, umudugudu wa Gako mu karere ka Kicukiro baraye baburijemo umugambi wâabajura bashakaga kwiba mu iduka ryo mu mudugudu wa Bamporeze. Nkâuko bitangazwa na Polisi yo mu karere ka Kicukoro, uwitwa Camarade Niyigena wâimyaka 30 na Faustin Kubwimana wâimyaka 29 bafashwe nâirondo kuri uyu wa gatatu mu masaha ya […]
Abakinnyi ba Chelsea baryamiye amajanja birinda ko Zlatan Ibrahimovic abandagaza
Gary Cahill ukinira ikipe ya Chelsea yasabye abakinnyi kwitondera Zlatan Ibrahimovic ku mukino uri buhuze Chelsea na Paris Saint Germain ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki 09 Werurwe 2016, muri Champions League. Biyemeje kurya karungu yo kwirinda cyane Ibrahimovic nyuma yaho atsindiye amakipe bahanganye, kubera iyo mpamvu Cahill yagiriye inama bagenzi be bakina […]
Imyanya 29 yâakazi mu Karere ka Gisagara (Itariki ntarengwa 15/3/2016)
Ubuyobozi bwâAkarere ka Gisagara buramenyesha abantu bose ko bushaka gutanga akazi ku myanya iri ku mbonerahamwe ikurikira: No JOB TITLE JOB PROFILES LINKED TO THE JOB VACANT POST NUMBER 1 Division Manager A0 in Economics, Management, Business Administration, Public Administration, Administrative Sciences, Strategic Management, Public Finance, Accounting, Human Resource Management, Development Studies with 5 years […]
Intambara iratutumba hagati ya Koreya ya Ruguru, iyâEpfo na Amerika
Koreya ya Ruguru iravuga ko ubu yamaze kwitegura kandi nâintwaro zayo za kirimbuzi zamaze gutegurwa ku buryo zakoreshwa. Ibi bitangajwe nyuma yâaho abasirikare hafi ibihumbi 300 ba Koreya yâepfo nâaba Leta Zunze ubumwe za Amerika bishyize hamwe bagatangira imyitozo ya gisirikare bagamije gutera Koreya ya ruguru. Mu mpera zâukwezi gushize leta ya Koreya ya Ruguru […]
Umwanzi agucira akobo Imana igucira akanzu (Inzoka n'igikeri)
Umunsi umwe, inzoka yagiye gushaka icyo irya iraheba. Ihindukiye isanga igikeri mu iriba. Irakibwira iti «nzanira amazi yo kunywa.» Igikeri kirayisubiza kiti «simfite ikibindi cyo kuvomesha.» Inzoka iti «pfa kuzamukayo akuri mu nda aramara inyota. » Igikeri kiratekereza, hashize akanya gato, kirayisubiza kiti «nabera sindabona inzoka inywa amazi yo mu nda y’igikeri, ahari urashaka inyama […]
Kim Kardashian wiyambitse ubusa akanengwa nâumukecuru wâimyaka 70, yanze kuva ku izima
Nyuma yâuko Kim Kardashian ashyiriye hanze ifoto yambaye uko yavutse akaza kunengwa na Bette Midler wâimyaka 70, byatumye ashimangira ko atasaba imbabazi kuko ngo yabikoze yabitekereje. Kuri uyu wa mbere taliki ya 07 Werurwe 2016, nibwo Kim yashyize ifoto ku rubuga rwe rwa Twitter yambaye ubusa benshi babivugaho byinshi bitandukanye ari naho Bette yamunenze bikomeye […]
Babiri mu bashinzwe kurinda Museveni bari mu maboko ya polisi bazira ubujura
Abasirikare babiri bo mu mutwe ushinzwe kurinda perezida wa Uganda batawe muri yombi bakurikiranweho uruhare mu kwiba akayabo ka miliyoni 700 zâamashilingi ahantu habiri hatandukanye muri Kampala. Uyu mutwe ushinzwe kurinda Museveni uzwi nka SFC (Special Forces Command) urinda nâabanyacyubahiro bandi. Abasirikare babiri bo muri uyu mutwe, Capt Nyakaringwa nâundi witwa Chemonges kuri ubu bafungiye […]
Kuki televiziyo ziyongera mu Rwanda ariko abazikurikira bakagabanyuka?
Mu gihe mu Rwanda televiziyo zikomeje kwiyongera, biravugwa ko gahunda zazo zituma abantu bazikurikirana bagenda bagabanyuka bigatuma hibazwa ukuntu izi televiziyo zizakomeza kubaho mu gihe zidakurikirwa kandi zungukira mu kwamamaza nyamara mu kuzishinga harashowe amafaranga atari macye. Umunyamakuru Julliet Karitanyi, wa radio ariko akaba afite ubumenyi mu bijyanye na televiziyo no gukora filimi, avuga ko […]
EAC: Ibihugu byose byategetswe gukoresha Passport
Ibihugu bitandatu bigize umuryango wa Afurika yâUburasirazuba EAC birasabwa byose gukoresha urwandiko rwâinzira E â Passport guhera muri Mutarama 2017. Iyi passport ngo izafasha ibihugu byose guhurira ku cyangombwa kimwe dore ko u Burundi na Tanzaniya byari byaranze ko hagira uwinjira mu bihugu byabo hakoreshejwe irangamuntu. Minisiteri ishinzwe gukurikirana ibikorwa byâUmuryangowa Afurika yâIburasirazuba iravuga ko […]
Huye: Abayobozi bashya bâinzego zâibanze bahagurukiye kurwanya ibyaha
Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Huye Chief Superintendent of Police (CSP) Francis Muheto, yasabye abayobozi bashya mu Murenge wa Simbi kuzuza ishingano Nshya bahawe bakorana nâinzego zâumutekano ndetse nâabaturage bayobora mu gukumira no kurwanya ibyaha. CSP Muheto ibi yabivuze taliki 07 Werurwe 2016 mu nama yahuje abayobozi 130 bashya bâinzego zâibanze bo mu Karere […]
Uganda: Umunyeshuri wa kaminuza yikase ijosi kubera umukunzi
Umunyeshuri wâimyaka 21 wiga muri Bishop Braham University College yo muri Kabale ari kurwana nâubuzima mu Bitaro bya Rugarama nyuma yo kwikata ijosi ntahite apfa ashaka kwiyahura kubera umukobwa. Uyu munyeshuri witwa Obed Muhoozi, wiga mu mwaka wa mbere mu bijyanye nâimibanire, ngo yikase ijosi kuri uyu wa kabiri nka saa kumi ubwo yari ari […]
Humura Imana ikubundikiriye nkuko ikizu kibana nâabana bacyo
Nk’uko ikizu gikangura ibyana byacyo, Kigahungiriza amababa hejuru yabyo, Kigatanda amababa kikabijyana, Kikabiheka ku mababa yacyo, Ni ko Uwiteka yari umuyobora wabwo wenyine, Nta mana y’inyamahanga yari kumwe na bwo. Gutegeka kwa kabiri 32:11-12 Kiriya gice cya 32 kiri mu bice byitirirwa Indirimbo za Mose. Mose yabanje kuririmba indirimbo ya mbere bamaze kwambuka inyanja itukura […]
Centrafrique : Abana 333 barishwe abakobwa 589 bakatwa bimwe mu bice byâimyanya yâibanga
Umuryango wâabibumbye uratangaza ko abana 333 bishwe abandi bakobwa 589 bacibwa bimwe mu bice byâigitsina cyabo mu rwego rwo kubasiramura. Ibi bikaba byaragaragajwe muri raporo yâuyu muryango ku burenganzira bwâabana mu gihugu cya Centrefrique mu 2013 na 2014. Imyaka ya 2013 na 2014 yabaye imyaka mibi ku bana bo muri Centrefrique kuko bahuye nâihohoterwa rikomeye […]
Na Mobutu sinigeze mbona yohereza abapolisi kugota urusengero â Moise Katumbi
Uwahoze ari guverineri wâiyahoze ari Intara ya Katanga, Moise Katumbi, aranenga imyitwarire yâigipolisi avuga ko kuri uyu wa Kabiri tariki 08 Werurwe ngo cyari cyagose Bazirika yitiriwe Mutagatifu Mariya asengeramo yo muri Komini Kenya yo muri Lubumbashi. Ngo yari ari mu kiliziya ari gusenga ari kumwe na bagenzi be bahuriye mu ihuriro rya G7 mu […]
Kicukiro: Akarere kashyize ku isoko parikingi kavuga ko idakoreshwa
Akarere ka Kicukiro kafashe icyemezo cyo kugurisha parikingi yako yâimodoka iherereye mu Gatenga nyuma yo kumara amezi ifunze. Ubwo yavuganaga na The New Times dukesha iyi nkuru, Umuyobozi wâAkarere ka Kicukiro, Dr Jeanne Nyirahabimana, yavuze ko iyi parikingi yafunzwe kubera ko abatwara amatagisi batayikoreshaga. Yavuze ko batanze isoko ngo barebe niba hari ikigo cyâubwikorezi cyifuza […]
Urwego rwâiperereza mu Burundi rwahawe undi muyobozi mushya wahoze mu gisirikare
Yozefu Ndimunkwenge wari usanzwe mu gipolisi cyâu Burundi ni we wagizwe icyegera cyâumukuru wâurwego rwâiperereza. Iri zina ryemejwe nâabahagarariye inteko bose, akaba yemejwe nkâumunyamabanga wâumuyobozi wâurwo rwego nyuma yaho atanzwe nkâumukandida na Perezida Nkurunziza nkâuko bitangazwa na Igihe/Kirundi. Ndimunkwenge yavukiye mu ntara ya Mwaro, muri komine Kayokwe mu mwaka wâ1962. Yize muri Kaminuza ya gisirikare […]
Umugabo wâimyaka 28 yarongoye umwana wâimyaka 10-REBA VIDEO NâAMAFOTO
Mu cyumweru gishize mu mujyi wa Kano wo muri Nigeria habereye ububwe bwavugishije benshi ubwo umugabo wâimyaka 28 yarongoye umwana wâimyaka 10 yâamavuko. Amafoto yâubu bukwe yavugishije amagambo atandukanye nâamafoto acicikana ku rubuga nkoranyambaga âtwitterâ aho bamwe bavugaga ko ababyeyi bâuyu mwana bamuroshye mu buzima bukomeye batazi ko azigobotora. Umwe mu baturanyi akaba yaravuze ko […]
Burundi: Impuguke za ONU zaje mu iperereza zarashimwe zirananengwa
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Werurwe 2016 nibwo impuguke 3 za ONU zaje mu Burundi gukora iperereza ku bwicanyi buhakorerwa zashojwe imirimo yabo yâicyiciro cya mbere. Zishimirwa kuba zaragaragaje ko mu Burundi hari ibikorwa bihungabanya uburenganzira bwa muntu ariko na none zikanengwa kuba zitarasuye ahari ibyobo rusange bishyinguyemo abantu nâimiryango yâabafunzwe nâinzego zâubutasi. […]
Icyo uruzinduko rwa perezida Kagame rugiye guhindura mu mubano wâu Rwanda na Guinea
Amasezerano yâubufatanye yenda gushyirwaho umukono hagati yâu Rwanda nâigihugu cya Guinea azaba ari mu nzego zitandukanye, aho hazabanza gushyirwa umukono ku masezerano asobanura mu mirongo migari uko ubwo bufatanye buzaba buteye. Hazashyirwa umukono kandi ku masezerano azaba arebana na za serivisi, urujya nâuruza muri ibi bihugu hagati yâabaturage babyo boroherezwa kubona visa zâakazi nâizâabadipolomate, ariko […]
Musanze: Abanyeshuri bakanguriwe kurwanya icuruzwa ryâabantu
Polisi yâu Rwanda yagiranye ikiganiro nâabanyeshuri bo mu rwunge rwâamashuri rwa Kabera na Cyuve ho mu Karere ka Musanze, ibasaba gufata iya mbere mu kugira uruhare mu gukumira icuruzwa ryâabantu. Inspector of Police (IP) Viateur Ntiyamira ushizwe imikoranire ya Polisi nâizindi nzego hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha mu Karere ka Musanze, yasobanuriye abo banyeshuri amayeri […]
Dore impamvu 5 zishobora gutera umukobwa kutirekura mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Abagore benshi bagira ikibazo cyo kwikomeza cyane mu gikorwa cyâimibonano mpuzabitsina,ibi bikaba intandaro yo kutazana amazi nyamara atari uko atayafite ahubwo ayafite menshi ariko kubera ubwoba no kutiyoroshya ugasanga ntibanyara mu gihe cyo kunyazwa dore ko abagabo benshi aribyo baba bifuza. Impamvu 5 zamutera kwikomeza ni iz: 1:Ubundi umugore ashobora kutirekura kubera ahantu ari gukorera […]
Ishyaka Green Party ngo riri hafi kwigaragambiriza imbere yâinteko
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda riravuga ko ryitegura gukora imyigaragambyo mu mutuzo ku nteko ishinga amategeko kubera ko leta yâu Rwanda yanze gusubiza ibyifuzo byabo. Ibi ni ibikubiye mu nyandiko yasohowe nyuma yo gukora inama ya bureau Politique yabaye mu mpera zâicyumweru gishize. Iri shyaka rivuga ko ryandikiye inteko ishinga amategeko risaba ko amatora […]
Umumisiyoneri wâimyaka 21 yakatiwe imyaka 40 yâigifungo azira gusambanya abana
Uwahoze ari umumisiyoneri ukomoka muri Oklahoma ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakatiwe nâurukiko rwâiwabo kuri uyu wa Mbere igifungo cyâimyaka 40 azira ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abana babaga mu kigo cyâimpfubyi yakoragamo mu gihugu cya Kenya. Uyu musore wâimyaka 21 witwa Matthew Lane Durham yashinjwaga gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abana bâimpfubyi […]
Umugabo yibye amaturo bamucakira ayacikanye
Kingsly ukomoka mu gihugu cya Nigeria mu mujyi wa Lagos yatawe muri yombi aho ashinjwa kwiba amaturo yâaho yasengeraga muri Saint Peterâs Catholic Church. Nkâuko byari bimenyerewe ko muri urwo rusengero habaho misa buri gitondo, ngo uyu musore nawe ku wa kabiri taliki 1 werurwe 2016 nibwo yazindutse yerekekeza kuri urwo rusengero,asangayo abandi bahageze kare […]
Burya ibiti nabyo Bigira igitsina kandi bikenera urukundo
Ibiti bikeneye umutekano, urukundo no kuba mu mahoro. Kandi nkuko Ministeri yâubuhinzi nâubworozi ihora ikangurira abahinzi muri gahunda ya twigire muhinzi, kwita ku bihingwa ku mashyamba no kubidukikije muri rusange nâinshingano ya buri muturarwanda. Ministeri yâubuhinzi nâubworozi, isaba abahinzi borozi guhinga ibiti biteranwa nâibihingwa bigakoreshwa mu kugaburira amatungo, ibiti bifite akandi kamaro ko kuzana umwuka […]
M23 ngo ntizakomeza kurebera ibikomeje kubera muri Kivu leta ntitagira icyo ikora
Abahoze mu mutwe wa M23 baratangaza ko batazakomeza kurebera mu gihe guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kunanirwa kwita ku kibazo cyâumutekano mucye ukomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Congo. Ubuyobozi bwa politiki bwa M23 buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye nâibibazo byâimibereho na politiki ndetse nâumutekano mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru ngo bikomeje kubangamira amahoro […]
Rutsiro: Abanyeshuri bo muri GS Bwiza bakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa mebere tariki ya 7 Werurwe nibwo umupolisi ushinzwe imikoranire ya Polisi nâizindi nzego hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha mu Karere ka Rutsiro, Inspector of Police (IP) Jerome Nsabuwera, yagiranye ikiganiro nâabanyeshuri 600 bâUrwunge rwâamashuri rwa Bwiza ruherereye muri ako karere, abaganiriza ku bubi nâingaruka zâibiyobyabwenge kandi abakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu […]
Nawe yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina ariko afite igitsina gito cyane- Ugisha inama
Numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina birenze cyane kuko sindabigerageza ariko sindatinyuka.ngira inshuti z’inkumi zishaka kumpa, ariko njye nkatinya pe!nkigira nk’aho mba ntagishaka nyamara nkishaka gusa nkagitinya.nabuze icyo nakora ngo ntnyuke. Ushobora kuba wibaza igituma nkitinya: Mfite igitsina gito (gabo) hahandi mvuga ko nabihiriza inkumi nkaseba, nuko nkavuga nti aho kugirango nsebe bene kariya kageni nabyihorera. […]
U Rwanda ntirukozwa ibyo kuregwa nâabantu ku giti cyabo mu Rukiko Nyafurika
U Rwanda ruherutse gutangaza ko rwikuye mu masezerano yâinyongera yâUrukiko Nyafurika rurengera Uburenganzira bwa Muntu nâabantu ruri I Arusha muri Tanzania. Ayo masezerano yemerera abantu cyangwa imiryango itegamiye kuri leta kuregera uru rukiko nta handi baciye. Icyemezo cya leta yâu Rwanda cyaje habura iminsi micye ngo ubujurire bwa Ingabire Victoire butangire kumvwa, aho byari biteganyijwe […]
Goma: Abaturage batangiye guhunga iruka ry'ikirunga cya Nyiragongo !
Nyuma yâaho amakuru atangiye gukwirakwira mu duce twa Goma nâagace gato ka Rubavu ko ikirunga cya Nyiragongo kiri hafi kongera kuruka, abaturage bâutu duce twombi cyane cyane muri Goma bari kudagadwa bashaka uburyo bahunga. Ku munsi wâejo muri Goma abacuruzi bafunze imiryango abaturage basanzwe nabo bafata inzira bajya guhungira muri Kitshanga iri muri territoire ya […]
Nyabihu: Hatashywe uruganda ruzajya rubyaza umusaruro ibirayi
Minisitiri wâubucuruzi nâinganda, Francois Kanimba ndetse na Minisitiri wâumurimo, Judith Uwizeye, kuri uyu wa Kabiri, tariki 08 Werurwe 2016, bafunguye ku mugaragaro uruganda âIwacuâ ruzajya rubyaza umusaruro ibirayi mu Karere ka Nyabihu mu Burengerazuba bwâu Rwanda. Amafoto  Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter Amafoto:@mifotra Dennis Ns./Bwiza.com
Inguzanyo yatswe nâabayobozi ba ADEPR ishobora gusiga itorero mu kangaratete
-Buri mukiristo agomba kwitanga kugira ngo inguzanyo ya miliyari 3 yishyurwe -Abakiristo ntibaba barasobanuriwe uburyo ayo mafaranga yatswe -Utazabikora bazamuca muri kolari – Batubwira ko tugomba gutanga amafaranga angana na œ cyâumushahara wacu -Ubundi aya mafaranga kuyatanga ni itegeko ku muyoboke wese wa ADEPR ufite akazi Ibi ni bimwe mu byatangajwe nâabakiristo basengero mu itorero […]
Mu gihe twizihiza Umunsi wâUmugore mu Rwanda dufite byinshi twishimira â Gasinzigwa
Kuri uyu wa Kabiri, tariki 08 Werurwe, Isi yose irizihiza Umunsi Mpuzamahanga wâUmugore, umunsi washyizweho nâUmuryango washyizweho nâUmuryango wâAbibumbye mu 1972. Mu Rwanda naho uyu munsi urizihizwa buri mwaka, aho insanganyamatsiko yâuyu mwaka igira iti: âTwimakaze ihame ryâuburinganire turushaho guteza imbere umugore.â Ni muri urwo rwego minisiteri yâuburinganire nâiterambere ryâumuryango yifurije Abanyarwanda muri rusange Umunsi […]
Uwari umukinnyi wa Football mu makipe yo mu Rwanda asigaye amurika imideli
Uwahoze ari Rutahizamu ukomeye wa Kibuye FC, Zebre FC , Kiyovu na FC Vaajakoski yo muri Finlande Nkunda Papy asigaye amurika imideli aho asigaye atuye muri Finlande, akabifatanya no kwiga ndetse no gukina umupira w’amaguru mu cyiciro cya kabiri. Ubwo yaganiraga na Radio 10, Nkunda wabaye umwe mu bakinnyi batsinze ibitego byinshi ubwo yakiniraga ikipe […]
Amerika yatunguwe no kumva Benjamin Netanyahu adashaka kubonana na Obama
Umuyobozi muri perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere yatangaje ko Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu atacyitabiriye inama yagombaga kumuhuza na perezida Obama, ndetse akanasubika uruzinduko yateganyaga gukorera muri Amerika mu mpera zâuku kwezi. Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuga ko Israel ari yo yatanze igitekerezo cyo kubonana […]
Urubanza rwâubujurire rw'abashatse gukora kudeta mu Burundi rwakomeje
Urubanza ruregwamo abantu 28 bashatse guhirika ubutegetsi mu Burundi mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize wa 2015 rwaraye rutangiye kuburanishwa ku mugaragaro. Urwo rubanza ubu rugeze mu bujurire urukiko rw âikirenga mu Burundi nirwo rwari rwaruciye mu kwezi kwa mbere uyu mwaka. Ubushinjacyaha mu Burundi bwari bwajuririye ibyemezo byarufatiwemo mbere kuko bwavugaga ko butanyuzwe nâuburyo […]
Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama ya NEF muri Senegal
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yasesekaye mu gihugu cya Senegal aho agomba kwitabira inama yâihuriro izwi nka Next Einstein Forum (NEF) iteganyijwe kuri uyu wa kabiri tariki 08 Werurwe 2016. Iyi nama biteganyijwe ko yitabirwa nâabantu barenga 7,000 bavuye mu bihugu 80 harimo 54 bya Afurika. Perezida Paul Kagame ni umwe […]