Abiyahuzi ngo bajya mu ijuru bagahembwa abakobwa b’amasugi 72-REBA VIDEO

Mu gihe ku Isi mu mijyi itandukanye havugwa ibikorwa by’ubugizi bwanabi ndetse n’ubyiyahuzi, ngo bikorwa kugirango umwiyahuzi witurikijeho igisasu (bombe) hagapfa benshi aherako ajya mu ijuru kandi agahembwa abakobwa 72 b’amasugi. Izi nyigisho zivugwa ko ari ubuyobe abasore benshi barazemeye kandi bakabyizera ko bagomba guhembwa abakobwa b’amasugi, maze ngo iyo umusore yumvishe kujya mu ijuru […]

HRW irasaba gushyiraho urukiko rwo kuburanisha ibyaha byakorewe muri Sudani y’Epfo

Human Rights Watch, ishyirahamwe riharanaira uburenganzira bwa muntu, ryasabye Umuryango w’Ubumwe bwa Afrika gushyiraho urukiko rugenewe kuburanisha ibyaha bikomeye cyane byakozwe muri Sudani y’Epfo aho iryo shyirahamwe rivuga ko igisirikare cya leta n’abarwanya ubutegetsi bahonyoye bikomeye uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Kuri uyu wa Mbere Human Rights Watch yatangaje ko hari ibimenyetso by’ubwicanyi, gufata abapfasoni ku ngufu no […]

Ubufatanye hagati ya Polisi na Interpol bukomeje gutanga umusaruro

Ubufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego yaba imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo ni imwe mu nkingi ituma habaho kurwanya ibyaha ndenga mipaka ndetse n’ibyaha bikoresha ikoranabuhanga. Umuyobozi wungirije w’ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibyaha ndengamipaka ndetse n’ubutwererane Assistant Commissioner of Police (ACP) Peter Karake yatangaje ko Polisi y’u Rwanda igenda ibona […]

Igitutu Wenger akomeje kotswa n’abafana gishobora gutuma yirukanwa

Nyuma y’imikino isaga 3 yikurikiranya ikipe ya Arsenal idatsinda muri Premier League,byatumye bamwe mu bafana batangira kumwotsa igitutu, bamubaza impamvu arushaho gutsindwa kandi afite buri kimwe cyose umutoza agenerwa. Ibyo byagarutsweho nyuma y’uko Arsenal inganyije na Tottenham ku mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 5 Werurwe 2016, aho byari byitezwe ko wenger yagombaga […]

Idini ya Islam ikomeje guha agaciro cyane amagini

Umuyobozi w’abayisilamu mu mujyi wa Kigali Sindayigaya Musa aravuga ko amajyini abaho ko ,Islam yemera ko abaho kimwe na Kolowani igitabo gitagatifu cy’idini ya Islam. Uyu muyobozi akaba avuga ko amagini afite ubushobozi ndetse ko ariyo yubatse umusigiti wa Yerusalem afatanyije n’Umwami Salomon. Ibi nibyo aherutse kubwira abanyamakuru ubwo bamubazaga aho Islam ihagaze ku myumvire […]

Ubushinjacyaha ntibukozwa iby’ubujurire bwa Dr. Niyitegeka mu Rukiko rwa Nyamabuye

Kuri uyu wa Mbere urubanza rwa Dr Theoneste Niyitegeka, wigeze kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora yo mu 2003 akaba aregera kuba yarafunzwe binyuranyije n’amategeko rwakomeje, Ubushinjacyaha busaba Umucamanza wo mu Rukiko rwa Nyamabuye rumuburanisha, kwiyambura ububasha bwo kuburanisha icyo kirego, ngo kuko urukiko rwaregewe atari rwo rwari rukwiye kuregerwa. Dr. Niyitegeka ThĂ©oneste ni umuganga […]

Uwafunzwe azira gutuka Perezida Nkurunziza yarekuwe amuhimbira indirimbo yo kumusingiza

Umuhanzi ukomoka mu Burundi, Cedric Bangi nyuma yo gufungwa ibyumweru 2 azira gutuka Perezida Nkurunziza, ubu yemeje ko yarekuwe ahita yerekeza mu Rwanda gukora indirimbo imusingiza. Uyu musore yafunzwe azira amagambo yo guserereza Nkurunziza abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, byatumye ahigwa bukware afungwa n’urwego rw’iperereza. Cedric Bangi yemeje amakuru yo kurekurwa, anaboneraho gusaba imbabazi […]

Urwikekwe nirwo rutuma Diplomate atishyiraho imisatsi ya kirasita

Umuhanzi Diplomate Fasasie yatangaje ko adashobora kwishyiraho imisatsi ya gisitari cyangwa ngo ahindure izindi nyogosho, aramutse abikoze ngo ntiyabona aho aca kubera urwikekwe. Ibi yabitangaje nyuma y’uko akunze kugaragara yiyogoshesheje yamazeho umusatsi , akaba yemeje ko aribyo bimuhesha amahora aho anyuze hose ntibamurangarire. Ibi yabitangarije mu kiganiro “ Sunday night ” ku Isango star, Aho […]

Museveni yaba yararokotse umugambi wo kumwivugana mu Bubiligi

Hari mu 2014 ubwo perezida Museveni yagiriraga uruzinduko rw’akazi mu Bubiligi, aho yagombaga kwitabira inama y’iminsi 2 hagati y’abakuru b’ibihugu byo mu Burayi n’ibyo muri Afurika, ariko abashinzwe kumurinda mu Bubiligi bangirwa gusuzuma imodoka yari yahawe yagombaga kumugeza mu nama bituuma hakekwa ko haba hari ikindi kibyihishe inyuma. Usibye iyi nama hagati y’abakuru b’ibihugu bya […]

Ifoto igaragaza ubwambure niyo mpano y’ibyishimo Sheebah yageneye abakunzi be- AMAFOTO

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo umuhanzikazi Sheeba Kalungi wo muri Uganda yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza ubwambure agamije gushimisha abafana be nyuma yo kwegukana igihembo. Ibi yabikoze avuga ko yishimira ibihe byiza yagiriye muri Selena Hotel yo muri Uganda, ubwo yegukanaga igihembo cy’umuhanzikazi w’umwaka witwaye neza kurusha abandi(Best Femal Artist), igihembo yatwaye ku nshuro […]

Amabuye yagaciro ari ahantu 3 mu Burundi, intandaro y’ubwicanyi buhakorerwa

Ibihugu by’u Burusiya Amerika biravugwa kuba biri inyuma y’amakimbirane arimo n’ubwicanyi ahanini barwanira amabuye y’agaciro ari ahantu hatatu mu Burundi buri wese yifuza kwegukana iri soko. Ubushize Bwiza.com yari yababwiye ko ibuye ry’agaciro riri ahitwa Musongati mu Burundi ryari ryaregukanywe n’igihugu cy’u Burusiya riri mu byatumye mu gihugu haba intambara kuko ibihugu bitandukanye byifuzaga isoko […]

RDC: Haravugwa abantu batangiye kugenda ku bana ba Moise Katumbi

Abana ba Moise Katumbi baba muri iyi minsi ngo bari kugendwaho n’abantu bataramenyekana bikekwa ko baba ari abanzi ba se cyangwa abahanganye nawe muri za business, aho ngo aba bana bamaze iminsi bagendwaho n’aba bantu kugera no ku ishuri bigaho ku buryo ba nyiri iri shuri, Ecole Francaise banagize amakenga bakabimenyesha igipolisi. Umuntu umwe akaba […]

Imbogo y'ingore yivuganye intare y'ingabo- REBA AMAFOTO

Ibi byabereye muri Zambia, muri pariki (South Luangwa National Park) aho intare ifatwa nk’umwami w’ishyamba yivuganwe n’imbogo yari yihararutswe. Amashusho y’iyi mirwano y’intare n’imbogo yafashwe n’uwitwa Matt Armstrong, umuyobozi wa kompani yitwa Shenton Safaris isanzwe ifite amashami abiri akorera muri iyi pariki yo muri Zambia. Avuga ko iyi ntare yari yaritandukanyije n’izindi (yarigize ingunge), aho […]

Abahungu ba Trump baravugwaho gushimuta inyamaswa z’inkazi muri Afurika

Eric na Donald Junior Trump, abahungu 2 b’umuherwe akaba n’umukandida ku mwanya wa Perezida muri Amerika Donald trump baravugwaho kuba ari abahigi b’inyamaswa zigomba kubungwabungwa kubera ubuke bwazo ku mugabane wa Afurika kandi bakaba nta kibazo babibonamo Ubuhigi bw’inyamaswa zateganyijwe kubungabungwabungwa ziba mu mapariki ni bimwe mu byinjiza amafaranga atagira ingano ku baherwe bamwe na […]

70% by’abatuye icyaro bagiye gutuzwa mu midugudu yatunganyijwe

Mu rwego rwo kwihutisha iterambere mu mibereho n’ubukungu by’u Rwanda, guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo gutuza 70% by’abaturage baba mu cyaro mu midugudu izaba yamaze gutunganywa kugeza mu 2018. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire, Didier Sagashya, kuri uyu wa Gatanu ushize yatangarije itangazamakuru ko u Rwanda ruzakora ibishoboka rugatuza 70 % by’abaturage batuye mu […]

DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR) ryagiranye n’itangazamakuru ikiganiro, kuri uyu wa 05 Werurwe muri Gulf Hotel ku Kimironko, cyari kigamije kubabwira ingamba zimwe na zimwe bafite zirimo kwitegura kujya guhatanira kuyobora igihugu, kunenga zimwe muri gahunda za Leta zirimo ubuvuzi buciriritse bwa Mituelle de santĂ© n’ibibazo bagenda bahura nabyo, ndetse anavuga ku ngabo […]

Imirwanire mishya ya LRA yateje impungenge akarere

Imiryango itegamiye kuri leta ya The Resolve na invisible children iravuga ko n’ubwo Inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Uganda,LRA (Lord Resistance Army)n’ubwo uyu mutwe utakivugwa ariko ukomeje ibikorwa byo gushimuta abaturage bigaragaza ko ukiriho n’ubwo byavuzwe ko warangiye. Ibi bikaba biteye impungenge ibihugu bya RDC na Centrefrique Hashize imyaka itari munsi y’ibiri bivugwa ko umutwe wa […]

Umusore yifuje kugira igitsina kingana na cm 17 atungurwa n’umuhini wa cm 33

Affi Nguessan Jean Lambert ni umusore ufite imyaka 28 y’amavuko ubarizwa mu karere ka Yopougon Port-Bouet II muri Cote d’Ivoire , ababyeyi be ntabwo bakibona ibitotsi bitewe n’uko umuhungu wabo yifuje ko igitsina cye cyaba kirekire kandi kinini maze biba uko atabitekerezaga. Nk’uko uyu musore yari yabyumvikanyeho n’umupfumu uzwi ku izina ya Arouna Hama, yagoma […]

Byaruhanga yivuganwe n’umugore amuziza kutamutera inda

Igipolisi cya Uganda ahitwa Rukungiri gifunze umugore w’imyaka 28 witwa Oliva Tumwebaze ushinjwa kwica umugabo we, Frank Byaruhanga w’imyaka 52, wo mu Kagari ka Kibaale mu Karere ka Rukungiri, amuziza ko atamutera inda. Igipolisi kivuga ko Tumwebaze yafashwe n’agatsiko k’abagore bahise bamwihutisha bamujyana kuri polisi banga ko abandi baturage bamwivugana. Biravugwa ko Byaruhanga, wari umufundi, […]

Centrafrica: Abaturage 12 bishwe n’abantu bitwaje ibirwanisho

Abantu bitwaje ibirwanisho bishe abantu 12 mu biturage byo muri Centrafrica nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri iki Cyumweru. Ubugizi bwa nabi bwa mbere bugaragaye kuva Faustin-Archange Touadera yemejwe nka perezida mushya w’iki gihugu kuwa Kabiri ushize nyuma y’amatora yari yitezweho kurangiza ubu bugizi bwa nabi. Ibi bitero byabereye hafi y’umujyi wa Bambari, birakekwa ko byari bigamije […]

Polisi yagaruje ibikoresho by’abaturage byari byibwe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kirehe umurenge wa Mahama, akagari ka Kamombo yafashe abajura bitwikiraga ijoro bakabomora amazu y’abaturage bakiba ibintu. Mu rukerera rwo mu ijoro ryo kuwa kane tariki ya 3 Werurwe nibwo agatsiko k’abantu binjiye mu maduka 2 y’uwitwa Frederic Nsanzimfura na Dany Bangambiki batobora inzu maze biba igare 1, Matora […]

Agashya : Donald Trump mu kwiyamamaza yifashishije ingano y’igitsina cye

Mu kiganiro mpaka cya 11 cyahuzaga abakandida b’aba- RĂ©publicains bahatanira kuzasimbura Perezida Obama, Donald Trump yasubije mugenzi we Marco Rubio wavuze ko uyu muherwe afite intoki nto kandi abagabo bafite intoki nto baba bafite n’igitsina gito. Bijya gutangira, Senateri Marco Rubio yaramukanyije na Donald Trump bahana ibiganza. Rubio arangije mu buryo bwo gutebya avuga ku […]

Rubavu: Umubyeyi yari agiye kubamba umwana we ku giti

Umubyeyi wo mu Murenge wa Nyakiriba wo mu Karere ka Rubavu yagerageje kubamba ku giti umwana we w’imyaka 8 amuziza ko atakoze imirimo yo mu rugo nk’uko bamwe mu baturage bo bo muri uyu murenge babyemeje. Bamwe muri aba baturage bavuga ko babujije uyu mubyeyi kwihekura, babwiye Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru ko mbere yo […]

Mbigenze nte ? : Nafashe umugore wanjye asambana ku munsi w’ubukwe bwacu

Umusore utuye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Kicukiro yashegeshwe n’ agahinda, ubwo yasangaga umugeni bashyingiranywe arimo amuca inyuma nyuma yo kumara gutwikururwa. Uyu musore Uwihanganye Eric (amazina yahinduwe kubera umutekano we) yashegeshwe n’ agahinda gakomeye yatewe no gusanga umugeni we Mutesi Aline (amazina yahinduwe ku mpamvu z’ umutekano we) bari basezeranye uwo munsi […]

Dr Richard Sezibera yanenze abakoresha amafaranga ngo babone imyanya muri EAC

Umunyamabanga Mukuru ucyuye igihe w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Dr Richard Sezibera , yamaganye abanyapolitiki bakoresha amafaranga kugirango babone imyanya muri uyu muryango, avuga ko ibi bihembera ruswa bikanadindiza iterambere. Muri forumu ya 4 y’Ubunyamabanga Bukuru bwa EAC yateraniye i Dar es Salaam kuri uyu wa Gatanu ushize, Dr Sezibera yavuze ko ruswa izakomeza kuba […]

Burundi:Perezida Nkurunziza arakekwaho kuba inyuma y’abigaragambya bamagana u Rwanda

Umukuru w’ishyaka rirwanya ubutegetsi mu Burundi Leonce Ngendakumana aravuga ko imyigaragambyo yamagana u Rwanda ikorerwa mu Burundi itegurwa na Perezida Nkurunziza ku giti cye yarangiza akabeshya ko ari abaturage bayikora. Uyu muyobozi mukuru w’ishyaka Sahwanya FRODEBU avuga ko mu Burundi ko nta muyobozi urimo buri wese yikorera ibyo ashaka Leonce Ngendakumana avuga ko ubwo abanyamerika […]

Amafoto: Jeannette Kagame yifatanyije na Margueritte Kenyatta muri Beyond Zero Campaign

Umufasha wa perezida wa Repubulika, Madamu Jeannette Kagame kuri uyu wa Gatandatu yifatanyije na mugenzi we wo muri Kenya mu gikorwa kiswe ‘Beyond Zero Campaign’ ku nshuro ya gatatu kigamije kugabanya impfu ku bana n’abagore. Igikorwa cyabereye I Nairobi aho aba bafasha b’abakuru b’ibihugu bya Kenya n’u Rwanda bakoze ikitwa Half Marathon aho birutse bakarangiriza […]

U Bwongereza ngo buhangayikishijwe n’ibikomeje kubera mu Biyaga Bigari

Igihugu cy’u Bwongereza ngo gihangayikishijwe n’umwuka wa politiki ugenda urushaho kuba mubi mu Biyaga Bigari mu bijyanye na demokarasi, no kubaha uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Ubwo aheruka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, minisitiri w’ubutwererane w’u Bwongereza, Nick Hurd, yavuze ko igihugu cye kiteguye gusubiramo amahitamo yacyo, aho ngo ubu butumwa bugenewe abafatanyabikorwa babwo mu karere ari […]

Abatwara ibinyabiziga baratungwa agatoki mu gufasha abacuruza ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda yafashe imodoka 2 na moto mu bice bitandukanye by’u Rwanda zitwaye ibiyobyabwenge n’abantu batandatu bafite uruhare muri ubwo bucuruzi. Izi modoka zikaba zarafashwe tariki ya 3 Werurwe mu mukwabu wakozwe na Polisi mu turere twa Nyabihu , Kicukiro na Gasabo. Mu karere ka Gasabo, umurenge wa kimironko, akagari ka Kibagabaga, mu masaha […]

RDC: Hari abari gusaba guverinoma kutohereza Ladislas Ntaganzwa mu Rwanda

Mu gihe guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo iherutse kwemera kohereza mu Rwanda bwana Stanislas Ntaganzwa ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, uherutse gufatirwa muri iki gihugu, ubu hatangiye kumvikana amajwi asaba iyi guverinoma kwisubira igakomeza gutsimbarara ku cyemezo yari yafashe cyo kumwohereza ari uko nayo yohererejwe Laurent Nkunda. Ku kijyanye n’igihe uyu munyarwanda […]

FARDC na ADF NALU mu kwica abasirikare ba Tanzaniya bari muri Monusco

Ni nde wishe abasirikare ba Tanzaniya bari mu ngabo za ONU zishinzwe kugarura amahoro muri Kongo Kinshasa Monusco zari i Beni ku itariki ya 5 Gicurasi 2015 ? Leta ya RDC n’impuguke za ONU bose baritana ba mwana kuri ubu bwicanyi kandi bagatangaza amaraporo atandukanye kuri ubu bwicanyi. Ibi rero bikaba ari bimwe mu bikomeje […]

Uganda: Umusirikare arahigwa bukware nyuma yo kwica abantu 3 agakomeretsa 7

Umusirikare wo mu kirere mu ngabo za Uganda wakoreraga ku ishuri ryo gutwara indege rya Soroti arahigwa bukware nyuma yo kurasa mu baturage abantu batatu bagahita bapfa, ndetse agakomeretsa abandi barindwi agahita acika. Ibi bikaba byarabaye kuri uyu wa Gatandatu ku isaha ya saa saba za mugitondo ahitwa Shooters Pub ku muhanda wa Jumabhai muri […]

Police Handball Club yatangiye shampiyona itsinda G.S Rambura

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5 Werurwe shampiyona y’umukino w’intoki (handball) yatangiye. Ku munsi wayo wa mbere, Police handball club yatsinze ikipe y’Urwunge rw’amashuri rwa Rambura ibitego 51 kuri 19. Umutoza wa Police Handball Club Assistant Inspector of Police (AIP) Antoine Ntabanganyimana yavuze ko umukino utakomereye ikipe ye bitewe n’imyitozo myinshi abakinnyi bakoze, hamwe […]

Kiliziya Gaturika ibabajwe n'Ababikira 2 bayo biciwe muri Yemen

Kiliziya Gatukila mu Rwanda yababajwe cyane n’ababikira bayo biciwe muri Yemen kuri uyu wa Gatanu nk’uko byatangajwe na Musenyeri Smaragde Mbonyintege uyobora Diyosezi ya Kabgayi,. “Umwe ni uwo mu Ruhengeli muri Janja undi ni uwa hano i Kabgayi ku Kivumu” nk’uko Msgr Mbonyintege abitangaza. Bari bamaze imyaka igera ku 10 muri iki gihugu cyo ku […]

Abapolisi 23 boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5 Werurwe 2016 Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana yahaye impanuro abapolisi 23 berekeza mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo kuri iki cyumweru tariki ya 6. Byabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, aho Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda […]

Burundi : Polisi muri Musaga yahitanye umuturage imurashe

Ku munsi w’ejo kuwa gatandatu tariki ya 05 Werurwe 2016 mu mujyi wa Bujumbura mu gace ka Musaga abantu batazwi bateye amagerenade Polisi nayo mu kwihimura irasa amasasu atagira ingano ahitana umuntu. Radio Inzamba ivuga ko iyi mirwano yatangiye muri aka gace mu masaha y’igicamunsi ubwo Polisi yari yazanye muri aka gace n’umwe mu baherutse […]

Burundi :Umuvugizi wa CNARED yandagaje ishyaka CNDD FDD na Perezida Nkurunziza

Umuvugizi wa CNARED ( Conseil National Pour le respect de l’accord d’Arusha pour la Paix et la Reconciliation au Burundi et la restauration d’un etat de droit) Pancreas Cimpaye yongeye kwifata ku gahanga ashinja ishyaka riri ku butegetsi ndetse na Perezida Nkurunziza kuba inyuma y’ubwicanyi n’umutekano muke mu Burundi. Ibi yabitangaje ubwo yari mu kiganiro […]

John Terry yemeje ko Chelsea itagitsindwa kuva aho Mourinho yirukaniwe

Ni mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 4 Werurwe 2016, aho Kapiteni wa Chelsea John Terry yemeje ko kuva uwahoze ari umutoza wayo Jose Mourinho yirukaniwe Chelsea ntawe ukiyihangara. Ibi yabivuze abisanishije n’umwanya Chelsea yari iriho mu mpera z’umwaka wa 2015 aho yari mu makipe ya nyuma mu irushanwa rya Premier League, aho byagiye bivugwa […]

Byatahuwe ko Col.Kadhafi yatobagujwe ibyuma mbere yo kuraswa

Nyuma y’aho Col Muammar Gaddafi apfiriye, byamenyekanye ko yishwe afite ibikomere by’abamuteye ibyuma umubiri wose mbere yo kumurasa. Mu iperereza umuryango w’abibumbye wakoze ngo haba hari ibimenyetso bimaze gukusanywa byemeza ko uyu mugabo yishwe mu gihe yari ahunze avuye mu rugo iwe, ari nabwo yafashwe n’umwe wo mu mitwe ya gisirikare yamuhigaga babanza kumutera ibyuma […]

Abafana ba Arsenal n'aba Tottenham barwanye bamwe bamenwa impanga- REBA AMAFOTO

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Werurwe 2016, aho abafana b’amakipe Arsenal Vs Tottenham bakozanyijeho bapfa gufana bitandukanye, bamwe muri bo bakaba bakomerekejwe. Nk’uko bitangazwa na Mirror dukesha iyi nkuru, ni uko aba bafana barwaniye mu muhanda uri hafi ya stade “White Hart Lane” y’ikipe ya Tottenham umukono wabereyeho. Polisi yahosheje […]

Walikale: FDLR iratungwa agatoki ko yishe abantu 5 ibatemesheje imihoro

Ni muri teritwari ya Walikale, segiteri ya Wanyanga aho bivugwa ko inyeshyamba za FDLR zivuganye abantu 5 zibatemesheje imihoro. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Monusco hamwe n’ubw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni uko ari abantu 6 bishwe ndetse hanatwikwa inzu 8 muri Bulindu. Radiyo Okapi ikaba yatangaje ko muri aba bantu 6 bishwe, harimo n’abayobozi 2 bo […]

Miss Rwanda 2016 yabeshye amanota yagize mu kizamini cya Leta

Ubwo yari mu marushanwa ya Miss Rwanda 2016, yabeshye amanota yagize mu bizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye agamije kugaragaza ubuhanga adafite kugira ngo agaragaze ko ariwe muhanga urusha abandi ba nyampinga bari kumwe. Ibi ni ibyatangajwe na Niyonzima Elier Sando wari Manager wa Miss2016 Mutesi Jolly ubwo bari bootcamp. Sando avuga ko ikinyoma cyo […]

Ibimenyetso 6 bizakwereka umukobwa urimo gukora imibonano mpuzabitsina afite ubwoba

N’ubwo benshi bemeza ko mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ariho bakura ibyishimo bidasanzwe, hari n’abayikora ku bw’ibyo ariko bakabikorana ubwoba bwinshi rimwe na rimwe bakarangwa n’ibi bimenyetso bikurikira. 1.Gusakuza cyane no kuboroga biteye ubwoba nibyo biri ku isonga 2.Gukomeza umubiri mu gihe arimo gukora imibonano mpuzabitsina : Aha ngo mugikorwa nyakuri ashyiramo umugaga. 3.Kuzamuka mubushyuhe bw’umubiri […]

Louise Mushikiwabo yahawe umudali w’ishimwe na Leta y’u Butaliyani

Kubera imbaraga ashyira mu kunoza umubano w’ibihugu byombi (Rwanda&Ubutaliyani), Leta y’u Butaliyani yahaye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo umudali w’ishimwe. Yawuhawe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe, ubwo yakiraga mu biro bye Ambasaderi w’icyo gihugu mu Rwanda, Domenico Fornara. Ni umudali witwa “Ordine della Stella d’ltalia” wagenekereza mu Kinyarwanda “Umudali w’Inyenyeri […]

Weasel yibasiriye Bobi Wine amushinja gukorana n’imbaraga za shitani

Weasel ubarizwa mu itsinda Goodlife yatangaje ko Bobi Wine nta kintu kizima akora ahubwo ko akorana na Shitani ya Baringa (Illuminat). Uyu musore yabivuze ashaka kumenyekanisha ko Bobi Wine nta ndirimbo zikunzwe agira nk’izo we na mugenzi we Radio bakora zikabahesha amafaranga atubutse. Weasel akomeza avuga ko mu myaka yashize uyu musore yajyaga agerageza gukora […]

Mugabe yakanze uwamubajije igihe azavira ku buyobozi “naguhanura kuri iyi gorofa”

Ubwo Perezida Mugabe yagiranaga ikiganiro n’umunyamakuru wa Televiziyo ya Leta ya Zimbabwe, yamubajije igihe azavira ku buyobozi amusubizanya iterabwoba amubwira ko yamuhanura ku igorofa (floor). Ubwo umunyamakuru yamubazaga gahunda yaba afite zo kuva ku buyobozi ndetse n’uzamusimbura, Mugabe yamusubije muri aya magambo: “ urashaka ko nguhanura muri iyi gorofa (floor) kugirango ubone ko nkiriho ”. […]

Uganda: Urubanza rw’intsinzi ya Museveni rugiye guhanganisha abanyametegeko 112

Ikinyamakuru The Dairy Monitor cyandikirwa muri Uganda kiravuga ko ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda ryagennye abavoka 36 bazahangana n’abavoka 60 mu rubanza abatavuga rumwe n’ubutegetsi barezemo iri shyaka bavuga ryibye amajwi kugira ngo Perezida Museveni yongere gutorerwa indi manda yo gutegeka Uganda. Ku ruhande rw’ishyaka riri ku butegetsi NRM ruhagarariwe n’abavoka 36 bayobowe […]

Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?

Hari igihe ukunda umuntu byaba bigeze kure uwo wizeraga akaguhinduka maze bigatuma unamutekerezaho cyane ko atagukwiriye, ukibwira ko wahisemo nabi, wahaswe kumukunda cyangwa nta gihe wafashe cyo kubitekerezaho. Aha, hari ubwo ufata n’ icyemezo cyo kumwanga utamugishije inama cyangwa utanamubwiye. Hakaba n’ ubwo ukunda umuntu mu gihe gito ukabona ko mudashokanye bityo bigatuma mutana mutanasezeranyeho. […]

Umuhanzi Seleman yashyize hanze Video y’indirimbo “Pommes”: REBA VIDEO

Seleman ni umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki mu gihugu cy’u Bubiligi, uyu musore akaba akomeje kugaragaza imbaraga muri muzika, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Pommes”. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, avuga ko yafashe igihe gihagije ategura neza amashusho y’iyi ndirimbo yahaye izina rya Pommes, nyuma yaho bigaragaye ko audio yayo yakunzwe n’abafana benshi. Ku bwe, […]

Abanyamakuru bagiye gutemberezwa igihugu bareba ko amatora yanyuze mu mucyo-Amafoto

Abanyamakuru bo mu Rwanda bagiye kuzengurutswa igihugu bareba hirya no hino uko amatora yagenze ndetse harebwe niba koko abaturage baratoye abo bashaka ntagahato karimo, ndetse nabo ubwabo barusheho kumenya no kunoza ubunyamwuga mu bihe by’amatora. kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2016 abanyamakuru bahuriye mu mahugurwa y’umunsi umwe yateguwe n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru(MHC) ifatanyije […]

ONU:FARDC ku isonga mu gufata abagore ku ngufu,RDF irabyamagana

Bari mu butumwa bw’amahoro ariko isura basize yatumye izi ngabo za ONU zitongera kugirirwa icyizere. Ibyaha 69 byo gufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina nibyo biregwa abasirikare ba ONU bari mu butumwa bw’amahoro umwaka ushize. Ibi bikaza bisanga ibindi 52 byakozwe mu 2014. Raporo yakozwe na ONU ikaba yashyize ku rutonde ibihugu uko bikurikirana […]

Kwibagisha ikibuno n’amabere ntaho bitaniye no kwisiga amavuta- Chloe Kardashian

Chloe Kardishian umuvandimwe wa Kim Kardashian yemeje ko kuba abagore bamwe bibagisha amabere n’ikibuno cyangwa ibindi bice by’umubiri nta kibazo kibirimo ahubwo ko ari nko kwisiga amavuta cyangwa andi marangi yisigwa ku mubiri. Aganira na Cosmopotalian, Chloe yavuze ko atigeze yibagisha bimwe muri ibyo bice by’umubiri ariko kandi ntiyatera ibuye uwabyibagishije kuko nabyo biri mu […]

Burundi: Mu gace ka Musaga hongeye kunuka urunturuntu

Mu gihe agahenge kari kamaze iminsi mu mujyi wa Bujumbura, kuri ubu mu gace ka Musaga hongeye kugaragara inzego z’umutekano zivanze n’Imbonerakure mu bikorwa byo guta muri yombi urubyiruko. Ni muri urwo rwego mu ijoro ryo ku wa Gatatu ahashyira saa yine z’ijoro(22:00) abasore 4 bashimushwe na Polisi ibashinjwa kuba mu mitwe y’abigometse kuri Leta […]

Bitunguranye abamalaika bagose abakristo bari guhimbaza-REBA VIDEO

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza uburyo abamalaika bashobora kuza mu materaniro maze abantu bose bari mu materaniro bakababona n’amaso y’umubiri. Mu materaniro yayoborwaga n’uwitwa umuhanuzi Shepherd Bushiri ubwo bari bari guhimbaza no kuranya mu materaniro bisanzwe, abantu bose batwawe, igihe cyarageze prophet Bushiri abwira abari baje mu materaniro ngo barebe abamalaika, mu gutungurwa n’ayo mashusho bamwe […]

Police FC yatsinze Musanze ku mukino w'ikirarane

Ku mukino w’ikirarane wahuzaga ikipe ya Police FC na Musanze , ikipe ya Police FC yatahanye amanota 3 itsinze Musanze ibitego 2-1. Umukino wabaye Police FC idafite zimwe mu nkingi za mwamba nka Danny Usengimana, Mushimiyimana Mouhamed ndetse n’umuzamu Mvuyekure Emery. Ikipe ya Police FC yatangiranye ishyaka ryinshi ubona ko ikeneye amanota atatu, ku munota […]

Uwari meya wa Rulindo yagizwe umuhuzabikorwa w’ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha

​Kongere ya mbere y’ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha (Youth Volunteers in Community Policing) tariki ya 4 Werurwe yateraniye kuri sitade nto i Remera ikaba yatoye Kangwagye Justus kuba umuhuzabikorwa w’iri huriro ryabo. Muri iyi nama hashyizweho ubuyobozi bw’iri huriro bukuriwe na Kangwagye Justus naho Assistant Commissioner of Police (ACP) Damas Gatare atorerwa […]

Umwana w’imyaka 4 yishwe akatwa igitsina anakurwamo amara

Tajudeen, Umusore w’imyaka 16 y’amavuko wari umaze imyaka ine atuye hafi y’ikigo cy’amashuri abanza ahitwa Ijanik ho muri Nigeria yishe umwana w’umuhungu amukata igitsina ndetse anamuvanamo ibyo munda. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru dailypost, impamvu yamuteye gukora ibyo ni amafaranga yari yabwiwe n’uwitwa Osho wamwegereye akamubaza uburyo yazabonamo ibice by’umubiri w’umuntu amwizeza ko nabimubonera azamuha amanayira ahwanye […]

RDC: FARDC na Police batangiye ibitero byo kubohoza ibigo bya polisi

Abasirikare ba FARDC bafatanyije na Polisi ya RDC batangiye kugaba ibitero byo guhangana n’imitwe yitwara gisirikare iherutse guhambiriza ibigo bitanu bya polisi muri Masisi. Ibi bitero bikaba byagabwe muri Masisi hagamijwe kubohoza ibigo bya polisi bitanu byigaruriwe n’umutwe wa Nyatura ufatanyije na APCLS ndetse no kubohoza aka karere muri rusange. General Charles Bisengimana umukuru wa […]

Brazil: Uwahoze ari perezida mu maboko ya polisi

Uwahoze ari perezida wa Brazil, Luiz Inacio Lula da Silva yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu, aho bivugwa ko igipolisi cyamufashe kikajya kumuhata ibibazo mu rwego rw’iperereza ku byaha bya ruswa akekwaho muri sosiyete icukura peteroli yitwa Petrobas. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’igipolisi rivuga ko Lula da Silva yariye ruswa ivuye muri iyi sosiyete ya […]

Trump yongeye gutukwa n’abo bakomoka mu ishyaka rimwe

Ku nshuro ya kabiri, Donald Trump uri kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika yongeye gutukirwa mu kiganiro na bagenzi be bakomoka mu ishyaka rye ry’aba Republicain nabo bahatanira kuzemererwa kwiyamamariza kuzahagararira iri shyaka ku mwanya wa Perezida mu matora azaba mu mpera z’uyu mwaka kuri aba hakiyongeraho Mitt Romney. Donald Trump niwe uza imbere […]