Umwuka mubi hagati y’u Burundi n’u Rwanda ni ikibazo kuri EAC — Nzobonariba

“Umwuka mubi uri hagati y’u Burundi n’u Rwanda ni ikibazo ku muryango wose, urasiga icyasha imikorere myiza y’umuryango wa EAC” , ibi ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru akaba n’umuvugizi wa leta y’u Burundi, Phillipe Nzobonariba. Bwana Nzobonariba avuga ko kubera icyo kibazo abakuru b’ibihugu bigize umuryango batekereje ko u Burundi bwaba bwihanganye umwaka umwe ngo ibi […]

Rusheshe: Abaturage barashima serivisi nziza bahabwa na Polisi

​Abaturage batuye Rusheshe, mu Murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro bishimiye serivisi nziza bahawe n’imodoka ya Polisi ishinzwe kwakira no gukemura ibibazo by’abaturage ibasanze hafi y’aho batuye (Police Station Mobile Van), aho bakanguriwe akamaro ko gukumira ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kwirinda ibiyobyabwenge, icuruzwa ry’abantu ndetse n’ibindi byaha muri rusange. SP Modetse Mbabazi yasabye aba […]

Abaturage ba Bugeshi bagiye kwiyuzuriza igorofa rizakoreramo umurenge

Nyuma yo kwifatanya n’ abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Bugeshi mu muganda rusange usoza ukwezi kuwa 27 Gashyantare 2016 Perezidente w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’ abadepite, yashimye aba baturage igitekerezo bagize cyo kwiyubakira umurenge w’igorofa. Nk’ uko yabitangaje Honorable Mukabalisa Donatille ngo birashimishije cyane kumva ko abaturage bo mu murenge nka […]

Celine Dion agiye kugurisha inzu yasigiwe n’umugabo we umaze iminsi mike apfuye

Nyuma y’amezi asaga 2 umugabo wa Celine Dion “Rene Angelil” apfuye agasiga imitungo itandukanye harimo n’inzu iherereye muri Leta ya Florida, byemejwe ko Celine Dion yayishyize ku isoko. Ngo si ubwa mbere Celine ashatse kuyigurisha kuko n’umugabo we Rene akiri ku isi y’abazima bashatse kugurisha iyo nzu ariko ngo ibiciro bituma itabona abaguzi birangira babisubitse. […]

Pozisiyo 5 wakoresha umugore wawe akarangiza mu gihe cyo gutera akabariro

Mu gihe hirya no hino imiryango imwe n’imwe igenda itandukana ahanini bitewe n’uburyo umugore cyangwa umugabo atanyurwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bitewe akenshi n’ubumenyi bucye, hari uburyo 5 bushobora gufasha abagiye gukora icyo gikorwa ku buryo bwimbitse bigatuma nta n’umwe uca undi inyuma. 1.Uburyo bwo kugarama Ubu ni uburyo bukoreshwa mu gihe umugore yumva afite […]

Zimwe muri kata zakoreshejwe mu matora ya Miss Rwanda 2016 zatumye Umutesi Jolly atsinda

Niyonzima Elier Sando arahamya ko mu matora ya Miss Rwanda aherutse kuba hari ruswa benshi bakunze kwita kata zakoreshejwe nawe kugira ngo Mutesi Jolly wayatsindiye atoranywe. Elier Sando wirinze guhita azishyira ahagaragara byatumye Bwiza.com isesengura uko Miss yatowe igaragaza bimwe mu byitwa ko ari kata zaba zarakoreshejwe kugira ngo Mutesi Jolly atoranywe n’ubwo ushinzwe kumwamamaza […]

Brig.Gen Muhoozi, imfura ya Museveni nta rugamba rw’ishyamba azi

Amazina ye ni Muhoozi Kainerugaba , yavutse ku wa 24 Mata 1974, avukira Dar es Salaam muri Tanzania, ni imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni na Janet Museveni, bose bariho. N’ubwo uyu mugabo ageze kuri ipeti rya jenerali nta rugamba rw’ishyamba azi, imyaka myinshi y’amashuli ye yayimaze yiga mu mashuli ajyanye n’ibya gisirikare, bisobanuye ko […]

Nyakabanda bahangayikishijwe n’ingaruka zaterwa n’ibura ry’amazi rimaze kuba akarande

Abaturage baturiye uduce twinshi two mu Murenge wa Nyakabanda ndetse no mu Murenge wa Rwezamenyo, bahangayikishijwe n’ingaruka bashobora guterwa n’ibura ry’amazi rya hato na hato rimaze kuba akamenyero aho batuye. Zimwe mu mpungenge bafite hakaba harimo indwara zishobora guterwa n’umwanda. Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com bo mu Kagali ka Nyakabanda ya I ho mu […]

Perezida Kim yasabye ingabo ze kwitegura gukoresha ibitwaro bya kirimbuzi

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yategetse igisirikare cye kwitegura kuba cyakoresha intwaro zacyo za kirimbuzi igihe icyo ari cyo cyose nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru cya leta, bikaba byari mu rwego rwo kugaragariza Loni ko batishimiye ibihano yongeye gufatira iki gihugu. Perezida Kim yanakangishije kugaba ibitero byo kubuza abanzi ba Koreya ya Ruguru kuba basubiza, […]

Icuruzwa rya caguwa muri EAC, ubukire kuri bamwe ubukene ku bandi

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC baravuga ko imyenda n’inkweto zikoze mu ruhu byose bya caguwa bitagihagaritswe burundu ahubwo ko bigomba gucuruzwa muri ibi bihugu mu gihe cy’imyaka 3 gusa kugira ngo inganda zibikora zitegure neza. Ibi bikaba bikuyeho icyifuzo cyari kimaze iminsi cy’uko iyi myenda n’inkweto bihagarikwa gucuruzwa burundu mu bihugu bigize […]

Byinshi kuri Ladislas Ntaganzwa Congo yemeye koherereza u Rwanda

Nyuma y’iminsi yarinangiye, Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yemeye koherereza u Rwanda Ladislas Ntaganzwa, Umunyarwanda w’imyaka 53 ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba aherutse gufatirwa muri iki gihugu. Ladislas Ntaganzwa yari umwe mu bantu 9 bashinjwa uruhare muri jenoside n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ndetse n’ubutabera bw’u Rwanda bari bataratabwa muri […]

Somalia: Umunyamakuru yakatiwe icy'urupfu azira kwicisha bagenzi be

Urukiko rwa gisilikali muri Somalia rwakatiye igihano cy’urupfu umunyamakuru Hassan Hanafi, rumaze kumuhamya ibyaha byo gufasha umutwe wa al-Sbabab kwica abandi banyamakuru batanu hagati y’umwaka w’2007 n’uw’2011. Umucamanza mukuru yavuze kandi ko bafite ibimenyetso simusiga byerekana ko Hassan Hanafi nawe ubwe yari umuyoboke wa al-Shabab. Mu kiganiro yagiranye na radiyo ya leta ya Somaliya mu […]

Ubukangurambaga bwo kurwanya ibyaha burakomeje mu mashuri

Polisi y’Igihugu yakomeje ubukangurambaga bwo guhashya ibyaha mu bigo by’amashuri mu turere twa Nyagatare, Gatsibo ndetse na Ngororero. Ubu bukangurambaga bugamije gukangurira urubyiruko kugira uruhare mu gutangira amakuru ku gihe no gukumira ibyaha bitaraba ngo bategure ejo hazaza habo heza. Mu Karere ka Nyagatare Polisi yigishije abanyeshuri 427 biga muri Bright Academy ndetse n’abarimu babo […]

Johnson wakiniraga Sunderland yasabiwe gufungwa imyaka 10 ku cyaha ashinjwa

Adam Johnson ushinjwa icyaha cyo gusambanya umwana utarageza ku myaka y’ubukure, imbere y’urukiko yasabiwe igifungo cy’imyaka 10. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza, bikimara kumenyekana ko yasambanyije umwana w’imyaka 15 yahise atabwa muri yombi agezwa mu rukiko igitaraganya kugirango hakorwe iperereza no gukusanya ibimenyetso koko niba yarabikoze. Mu gihe hari hashize ibyumweru bigera kuri 2 n’amasaha […]

Black Berry na Nokia zishobora gufunga imiryango

Umuherwe Mark Zurkeberg washinze urubuga rwa Facebook ndetse akagura na WhatsApp yamaze gutangaza ko mu minsi iri imbere atazongera kwemera ko telefoni ya Blackberry 10, Nokia Symbian S60 na Windows Phone 7.1 zikoresha Facebook na WatsApp. Ngo ibi bishobora gutuma ibi bigo bigwa mu gihombo gishobora gutuma bifunga imiryango. Mark Zurckberg avuga ko gahunda yo […]

Kenya: Perezida Kenyatta yaba aherutse kurusimbuka

Ubuyobozi bwa Kenya bufunze abagabo babiri, barimo umupolisi umwe, bakaba barafashwe bagerageza kwinjira mu ishuri ry’igipolisi perezida Kenyatta yendaga gusura aje mu muhango wo gusoza amasomo ku bapolisi kuwa 01 Werurwe 2016. Ibinyamakuru byo muri Kenya biravuga ko abatawe muri yombi bageragezaga kwinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu ishuri rya gipolisi riri ahitwa Embakasi, iminota […]

Abasirikare ba USA bigishwa no kunywa amaraso y’inzoka z'inkazi- REBA AMAFOTO

Leta zunze ubumwe za Amerika nk’igihugu cy’igihangange, kiza no ku isonga mu bihugu bifite igisirikare gikomeye ku isi, imyitozo abasirikare bacyo bahabwa iba irimo n’iyo kwica ndetse no kunywa amaraso y’inzoka z’ubumara (cobra). Aba basirikare barwanira mu mazi bahabwa imyitozo yo kunywa amaraso y’ inzoka ndetse no kuruma ibindi binyabuzima byo mu ishyamba bakoreshe amenyo […]

Turkiya: Abagore 2 bishwe nyuma yo kugaba igitero kuri polisi

Igipolisi mu murwa mukuru wa Turkiya, Istanbul cyarashe cyica abagore babiri bari bagabye igitero bitwaje imbunda na za grenade kuri bus y’igipolisi yari irimo kwinjira muri station ya polisi nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu. Aba bagore uko ari babiri ngo bahise bacikira mu modoka nyuma yo kugaba igitero ku bapolisi, baragenda bihisha mu nzu […]

Abakoresha amazina y’amahimbano ku mbuga nkoranyambaga bagiye kujya bakurikiranwa n’ubutabera

Abantu biyita amazina y’amahimbano ku mbuga nkoranyambaga bagiye kujya bashyikirizwa ubutabera bagahanwa. Ibi bikaba bigiye kujya bikurikiranwa n’ubutabera bw’u Bwongereza aho bazajya bakurukirana buri wese aho aherereye ku isi. Leta y’Ubwongereza ivuga ko abazajya bakurikiranwa n’abitwaza aya mazina y’amahimbano bagamije gukora ibyaha naho abandi bo ntibazakurikiranwa. Radio BBC ivuga ko uretse abakora ibyaha bifashishije izi […]

Umugore wa John Legend yagaragaye yambaye uko yavutse- AMAFOTO

Ifoto ya Chrissy Teigen, umugore wa John Legend yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga ndetse inatangarirwa n’imbaga nyamwinshi dore ko yari yambaye uko yavutse. Chrissy Teigen usanzwe uzwiho umwuga wo kwerekana imideli ukomoka muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, yatunguye benshi ubwo babonaga amafoto ye mu bitangazamakuru hirya no hino, mu gihe umugabo we John Legend atari […]

Abantu b’Imana na kiliziya ntibakeneye amafaranga yanduye — Papa Fransisiko

Papa Fransisiko yabwiye abaterankunga ba kiliziya ko idakeneye amafaranga yabo niba aturuka mu bakozi babo bakoresha bucakara nk’uko The Washington Post dukesha iyi nkuru ivuga. Kuri uyu wa Gatatu imbere y’imbaga, Papa yibasiye abakoresha bafata abakozi babo nabi ndetse bakabahemba amafaranga atajyanye n’imirimo baba bakoze, aho yavugaga ku nsanganyamatsiko ivuga ukuntu abakire babyaza umusaruro abakene […]

Coup d’Etat yateye ubwoba Perezida Nkurunziza bwo kutazongera kurenga icyanzu

Ku wa 13 Gicurasi 2015, nibwo Gen Niyombare na bagenzi be batangaje ko bahiritse ku butegetsi Perezida Nkurunziza w’u Burundi nyuma umupango urabapfubana arabigaranzura asubira ku buyobozi, kuva uwo munsi ntarongera kurenga imbibi z’igihugu. Ubwo inkuru yakwiraga isi yose ko Nkurunziza yahiritswe ku butegetsi na bamwe mu basirikare be, yari yicaranye n’abandi bakuru b’ibihugu bahuriye […]

RDC : Abapolisi bataye akazi bahunga inyeshyamba muri Kivu ya ruguru

Hashize ibyumweru 2 abapolisi muri Kivu ya Ruguru bataye akazi bahunga impirimbanyi z’umutwe w’inyeshyamba za Bashari Mokoto. Kugeza ubu ibigo bitanu mu bigo 9 bya polisi byari muri aka gace bikaba bimaze guhunga aka gace. Kugeza ku munsi w’ejo kuwa gatatu abapolisi bavugaga ko uyu mutwe ubarusha intwaro bityo bikaba bitari gushoboka ko bahangana n’uyu […]

Rutsiro: Umuyobozi w’akarere ucyuye igihe yaba ari mu maboko ya polisi

Uwari umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro ucyuye igihe, Byukusenge Gaspard, ngo kuri uyu wa 02 Werurwe yaba yatawe muri yombi na polisi y’igihugu nyuma yo kugenda yitabye agahita afatwa. Biravugwa ko Byukusenge ngo yagiye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’Igihugu ku Kacyiru agahita atabwa muri yombi nk’uko byemezwa n’abahoze bakorana n’uyu mugabo. Umwe muri aba utifuje […]

Ikibazo cy’impunzi zibarizwa muri Congo kigiye gushakirwa umuti urambye

Umuryango w’Abibumbye watangaje ko urimo urakora ibishoboka byose kugirango urangize urujya n’uruza rw’impunzi rugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Kimwe mu byo uvuga ugiye gukora, harimo gushakisha umuti urambye ku kibazo cy’impunzi zibarirwa muri za miliyoni zahunze ibihugu byazo mu karere. Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nicyo gihugu kimaze imyaka myinshi mu […]

Perezida Kagame ategerejwe i Conakry muri Guinea kuwa 10 Werurwe

Perezida Paul Kagame ategerejwe i Conakry muri Guinea kuwa 10 Werurwe mu rwego rw’uruzinduko rw’akazi. Iyi tariki yamaze kwemezwa binyuze mu nzira ya dipolomasi nk’uko byemezwa n’Umuyobozi Wungirije w’ikitwa DAAMO (Direction Afrique Asie Moyen Orient), muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Guinea. Mu kiganiro n’urwego rushinzwe itangazamakuru muri guverinoma, Mohamed Camara, umunyamategeko akaba n’umuyobozi wungirije wa […]

Nyuma yo gusambanya nyina igihe kirekire yahisemo kumurongora

Betty Mbereko ni umupfakazi wakundanye n’umuhungu we igihe kirekire bigatuma abenga abavandimwe ba nyakwigendera maze biza kumuviramo gutwita inda y’umuhungu we Farai. Uyu mupfakazi afite imyaka mirongo ine y’amavuko akaba yari amaze imyaka 12 ari umupfakazi, yasigaranye n’umuhungu munzu ubwo umugabo wa yari amaze gupfa. Nyuma y’igihe gito umugabo apfuye abavandimwe b’umugabo bashatse kumurongora kugira […]

Benjamin Mkapa : ese azashobora kunga abarundi?

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’uburasirazuba EAC baraye batoye uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya Benjamin William Mkapa kuba umuhuza w’abashyamiranye mu Burundi. Ese uyu mugabo wigeze kuyobora Tanzaniya yaba afite ubunararibonye mu guhuza abarundi? Uyu mugabo w’inararibonye muri Politiki, yayoboye igihugu cya Tanzaniya kuva mu 1995 ageza mu 2005. Uyu mugabo yagize uruhare […]

FDLR yongeye kwigirwa indi mitwe mishya yo kuyihashya

Ingabo z’umuryango w’abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri RDC zatangaje ko zigiye kongera kuzura imikoranire n’ingabo za Leta FARDC mu bitero byo guhashya burundu inyeshyamba zirimo na FDLR zikomeje guhungabanya umutekano mu karere. Umwaka ushize nibwo ingabo za Monusco zari zitandukanyije na FARDC, biturutse ku basirikare 2 ba FRDC bari bayoboye ingabo mu bitero byo […]

Kenya: Umudepite arasaba ko hajya hakorwa Umuganda nko mu Rwanda

Umudepite wo mu gihugu cya Kenya yatanze igitekerezo cy’uko hashyirwaho iminsi y’umuganda mu gihugu nk’uko mu Rwanda babigenza. Uyu mudepite witwa Wilberforce Ottichilo yasabye ko guverinoma yahitamo iminsi kuwa gatandatu, aho buri muturage azajya agira uruhare mu gusukura ahantu hahurira abantu benshi ndetse n’aho baba. Iki gitekerezo cya Wilberforce yagitanze mu nteko aho biteganyijwe ko […]

Imanza zifitanye isano n'ibiyobyabwenge mu kuburanishwa nk'iz'ubwicanyi

Imanza z’abakekwaho ibyaha bifitanye isano n’ibiyobyabwenge zigiye kujya ziburanishirizwa n’inkiko zibifitiye ububasha aho icyaha cyakorewe nk’uko byagendaga ku muntu ukekwaho icyaha cy’ubwicanyi nk’uko byemezwa na Polisi y’Igihugu. IP Emmanuel Kayigi, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko hamwe n’inzego z’ubutabera, babyumvikanyeho, urwo rwego rw’umutekano avugira rwifuza ko imanza z’abantu baba bafatiwe mu bikorwa byo […]

Abashakashatsi bavumbuye impamvu umuntu amera imvi

Abashakashatsi bamaze kuvumbura agace ko ku mubiri w’umuntu gatuma agira imvi, ibintu ngo bishobora gutuma haboneka uburyo bwatuma imvi ziza zitinze cyangwa umuntu ntiyongere kumera imvi ukundi mu gihe ageze mu zabukuru. Gusiga amarangi mu musatsi ngo ni kimwe mu bishobora gutuma imvi zitaza, ariko ubwo bushakashatsi bwakozwe kuri ako gace k’umubiri, bwerekana ko ibyo […]

Umutoza wa Tottenham arabyinira kurukoma nyuma yaho Leicester inganyirije na west Brom 2-2

Ni mu gihe irushanwa rya Championa risigaje igihe gito ngo risozwe, amakipe menshi akomeje guhatana ngo hagaragare ikipe izegukana igikombe. Ni muri urwo rwego Mauricio Pochettino utoza Tottenham yishimiye ko ikipe ya Leicester yanganyije na West Brom ku mukino wabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Werurwe 2016. Uyu mutoza usanzwe ugira amayeri menshi […]

Ibihugu 10 bya mbere ku isi byibasiwe n’ubushomeri

Nyuma y’aho ibihugu byinshi byo muri Amerika, Aziya n’u Bulayi bitakiye ko byugarijwe n’ikibazo cy’ubukene gitera ibi bihugu kuzamura umubare w’abashomeri, ubu abantu benshi bakomeje kwibaza ibihugu bifite iki kibazo cy’ubushomeri bya mbere ibyo aribyo. Ni nyuma y’aho igihugu cy’u Bushinwa gitangaje mu cyumweru gishize ko abakozi miliyoni 1 n’ibihumbi 800 bagiye kwirukanwa mu kazi […]

Igitsina cy’umuhanzi Pallaso cyagereranyijwe n’icupa ry’inzoga- REBA IFOTO

Umuhanzi Pallaso ukomoka muri Uganda ku munsi w’ejo taliki 1 Werurwe 2016, nibwo abafana be bamuvuzeho byinshi ubwo yashyiraga ifoto ku rukuta rwa Facebook igaragaza uko igitsina cye kingana imbere y’ipantaro yari avanye mu rwogero(Piscine). Pallaso avuga ko yasangije abakunzi be iyo foto mu rwego rwo kubereka ko aryohewe n’ubuzima arimo muri iyi minsi, mbese […]

EAC ibonye Umunyamabanga Mukuru mushya, Sudani y'Epfo yinjizwa mu muryango

Umurundi, Mfumukeko Liberat atorewe kuba umunyamabanga mushya Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uwahoze ari perezida wa Tanzania, Benjamin Mkapa agirwa umuhuza mushya mu bibazo by’Abarundi mu gihe Sudani y’Epfo ibaye umunyamuryango wa 6 wa EAC. Ibi n;ibimaze kugerwaho mu nama ya 17 y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yateraniye kuri uyu wa 02 Werurwe I Arusha muri […]

Abakuru b’ibihugu cyangwa ababayebo muri Afurika bavuzweho kuba muri Freemason

Hari abakuru b’ibihugu muri Afurika bemera ko bari mu muryango wa Freemason, ababinyomoza ndetse n’abareka abantu bagakomeza gushidikanya. Jeune Afrique yabashyiriyeho urutonde rw’abaperezida cyangwa ababaye bo muri Afurika bavugwaho kuba muri uyu muryango utavugwaho rumwe n’abantu batari bacye. Macky Sall Macky Sall avugwaho kuba muri Freemason, ariko mu kiganiro yahaye Jeune Afrique mu 2013, perezida […]

Mu mafoto: Uko abakuru b’ibihugu bigize EAC bitabiriye inama yabo ya 17 bakiriwe

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, bateraniye Arusha muri Tanzania mu nama ya 17 ibahuza, aho biteganyijwe ko muri iyi nama bigira hamwe bimwe mu bibazo birebana n’iterambere ry’abaturage bo mu bihugu bigize uyu muryango. Ku murongo w’ibibazo byigirwa muri iyi nama harimo kwiga ubusabe bwa Sudani y’Epfo na Somalia bwo kwinjira muri […]

Dore amayeri 10 umugore yakoresha kugirango aryohereze umugabo we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Mu gihe hari abagore bibwiraga ko abagabo ari bo batera akabariro, urubuga rwa internet Topsante rutangaza ko umugore n’umugabo bose bafite uruhare mu kuryoshya icyo gikorwa baba bakora bizeranye kandi banabana nk’umugore n’umugabo. Benshi bemeza ko umugore ushimisha umugabo mu buriri ari ufite ikimero cyiza, amabuno manini, isura nziza n’amaribori mu ntege cyangwa se uwaciye […]

Trump na Clinton bakomeje kuza imbere mu matora muri Amerika

Donald Trump na Hillary Clinton baraye bongeye amahirwe yo kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Bwana Trump wo mu ishyaka ry’aba Repubicains na Hillary Clinton wo mu ishyaka ry’aba Democrates ishyaka riri ku butegetsi, banikiye bagenzi babo mu matora y’ejo kuwa kabiri azwi nka Super Tuesday. Amajwi ari kubarurwa arerekana […]

Byinshi ku gitero Israel yigeze kugaba kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Igice cya II

Igitero kuri USS Liberty ni igitero cyagabwe ku bwato bw’Abanyamerika bwari bushinzwe ubutasi n’ubundi bushakashatsi, kigabwe n’indege z’gisirikare cyo mu kirere cya Israel ndetse n’amato y’intambara kuwa 08 Kamena 1967, mu Ntambara y’Iminsi 6 hagati ya Israel n’ibihugu byari byishyize hamwe by’Abarabu. Icyi gitero cyo mu kirere no mu mazi icya rimwe cyahitanye abantu 34 […]

Umupaka wa Rusumo watangiye gukoreshwa nk’umupaka umwe hagati y’U Rwanda na Tanzaniya

Kuva ejo ku itariki ya 1 Werurwe 2016, umupaka wa Rusumo nibwo watangiye gukoreshwa nk’umupaka umwe hagati ya Tanzaniya n’u Rwanda uwo uwinjira wese mu gihugu avuye mu kindi asinyisha hamwe gusa aho kuba mu bihugu byombi nk’uko byari bisanzwe. Minisiteri y’Ibikorwa by’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba yatangaje ko guhera ku itariki ya 01 Werurwe 2016 umupaka […]

Miley Cyrus yagaragaje imoko z’amabere ye atijwe umurindi na nyina

Miley Cyrus usanzwe umenyereweho udushya twinshi yongeye kwishyira ku karubanda ubwo yari yerekeje mu iguriro ry’imyenda mu mujyi wa Soho mu Bwongereza. Uyu mukobwa w’imyaka 23 y’amavuko yakoze ibi ubwo yari kumwe na nyina ari nabwo yigeraga umwenda ugaragaza imoko z’amabere ye awuhitiwemo na nyina “Tish Cyrus”. Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Gashyantare […]

Col. (Rtd) Michel Robardey yamennye amabanga y’ubutegetsi bwa Habyarimana

Umufaransa wahoze ari umujyanama mu bya gisirikare wa guverinoma ya perezida Habyarimana, yagize byinshi ashyira ahagaragara amakuru y’ukuntu hari benshi banengaga guverinoma bagiye bapfa mu buryo bw’amayobera. Nyuma y’igitutu cy’amahanga yasabaga ko u Rwanda rwafungura urubuga rwa politiki amajwi y’abatavuga rumwe na leta nayo akumvikana, perezida Habyarimana yafunguye uru rubuga rwa politiki mu mpera za […]

Leta y'u Rwanda ihangayikishijwe no kutishyurwa imanza yatsinze

Minisitiri w’ubutabera Johnstone Busingye aratangaza ko leta y’u Rwanda ifite ikibazo cyo kutishyurwa mu kurangiza imanza yatsinze mu gihe yo izo yatsinzwe izishyura ku kigero cya 75%. Ibi Minisitiri Busingye akaba yarabitangarije abadepite ubwo yasabaga ko iyi nteko yabakorera ubuvugizi n’ubwo iyi nteko yanze kwemera iki cyifuzo. Mu kurangiza imanza, Leta y’u Rwanda yishyura izo […]

Kubaka Polisi y’umwuga bisaba ko ihora ihugurwa-IGP Gasana

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana yavuze ko Polisi y’u Rwanda yateganyirije abapolisi bayo amahugurwa yihariye, bikaba ari mu buryo bwo kubaka igipolisi cy’umwuga, bityo kikabasha guhangana n’ibyaha bikorwa muri iki gihe bijyanye n’iterambere isi igezeho. Ibi yabivuze tariki ya 1 Werurwe, ubwo yasozaga amahugurwa y’amezi abiri mu ishuri rya Polisi […]

Ubasambanyi bukorewe mu kanwa butera kanseri yo mu muhogo

Ubushakashatsi bwakorewe muri Leta Zunze ubumwe za Amerika bwerekanye ko ubusambanyi bukorewe mu kanwa ari intandaro ikomeye yo kurwara Cancer yo mu muhogo. Ubu bushakashatsi bwemeza ko mu gihe ubwo busambanyi bukozwe hakoreshejwe umunwa ku mpande zombi usanga nyiri kubikora ahakuye agakoko ka HPV( Human papillomavirus ) ari nako akwirakwiza ubukana mu kanwa bityo Cancer […]

Kwica ururimi: Kubyagira ni igihe inka imaze guporeza igiye ku mungara, iri gupowa, iporeza orbit

Mu gihe Leta yahagurukiye kurwanya akajagari mu myubakire,ubucuruzi,…byari bikwiriye ko n’ururimi rw’ikinyarwanda ruhabwa agaciro akajagari gasigaye kagaragaramo nako kagahagurukirwa mu mivugire cyane cyane. Iyo urebye uko ibihe byagiye bisimburana ubona haboneka insimburamagambo nyinshi ku buryo amenshi tuyatira mu ndimi z’amahanga. Abihayimana bo bafashe umwanzuro wo guhindura Bibiriya ngo barebe ko babisanisha n’ikinyarwanda kigezweho.Kiriziya Gatorika irigutegura […]

RDC: Guverinoma irashinja FDLR guteranya Abahutu n’Abanande

Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere ushize yashinjije umutwe wa FDLR ugizwe n’inyeshyamba zAbanyarwanda kuba nyirabayazana y’amacakubiri n’amakimbirane bimaze iminsi hagati y’Ubwoko bw’Abahutu n’Abanande muri Kivu ya Ruguru. Minisitiri w’itangazamakuru wa Congo akaba n’umuvugizi wa guverinoma, Lambert Mende, avuga ko ibyo FDLR ikora ibikora ku bwende kubera ko idashaka kurambika […]

Dr Naasson Munyandamutsa yatabarutse

Mu rukerera rwo kuri uyu wa 02 Werurwe nibwo Dr Naasson Munyandamutsa wari umuyobozi w’Umuryango utegamiye kuri Leta Never Again Rwanda yitabye Imana azize uburwayi butatangajwe. Akaba yaguye iwe mu rugo nk’uko umwe mu bo mu muryango we yabibwiye itangazamakuru . Umuvugizi wa Kaminuza y’u Rwanda Micomyiza Jean Baptiste umwe mu batangaje urupfu rwa nyakwigendera […]

Kagame yibukije Abarundi ko kwivanaho ibibazo cyangwa kubitinya bidashobora kubikemura

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda,yongeye kwibutsa Abarundi ko nta muntu wo hanze uzabakemurira ibibazo ubwo yasubizaga bimwe mu bibazo yari arimo arishyuzwa n’Abarundi bari bitabiriye ikiganiro yagiranaga n’Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa 27 Gashyantare mu gikorwa kiswe “Meet The President” . Bamwe mu Barundi bari bitabiriye iki kiganiro, babajije perezida w’u […]

Amavubi agomba kwitondera ikipe y’ibirwa bya Maurice

Abakinnyi b’Amavubi kimwe n’abafana barasabwa kutazasugura ikipe y’ igihugu cy’Ibirwa bya Maurice izwi nka “Dodos”, izahura n’Amavubi mu mukino wo gushaka itike ya CAN 2017. Ibi byabitangaje ubwo bavugaga kuri gahunda y’Amavubi mu kwitegura imikino yo mu itsinda H izaba taliki 26 Werurwe, ikazabera i Port-Louis mu Birwa bya Maurice ku mukino ubanza n’i Kigali […]

Burundi : Abanyarwanda barasabirwa gucungirwa umutekano by’umwihariko

Ku munsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 1 Werurwe 2016 mu Burundi hatangijwe igikorwa kidasanzwe cyo kubarura abanyamahanga baba muri iki gihugu, imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi iravuga ko Abanyarwanda bari muri iki gihugu bakwiye gucungirwa umutekano by’umwihariko kubera ko bashobora guhohoterwa. Radio Mpuzamahanga y’abafaransa (RFI) ivuga ko Igipolisi cyo mu Burundi cyemeje […]

Icyiciro cya kabiri cya DASSO cyarangije amahugurwa

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka na Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Sheikh Mussa Fazil Harerimana, kuri uyu wa kabiri taliki ya mbere Werurwe, bayoboye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri cya DASSO bagera kuri 433 barimo abagore 100 , bikaba byabereye mu ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari mu karere ka Rwamagana. Uyu muhango […]

Ese Umugabo akora imibonano mpuzabitsina agamije gusohora gusa?

Mu gihe hari abagore n’abakobwa bibaza niba umugabo ashobora gusohora uwo waryamanye ntabimenye, ikinyamakuru Aufemin gitangaza ko byose bishoboka ko umugore ashobora kubimenya cyangwa ntarabukwe cyane cyane ku bagabo batera akabariro batagamije gusohora gusa. Akenshi ntibyoroha rwose kumenya niba umugabo yarangije keretse bibaye mu gihe kidasanzwe. Hari igihe umugabo arangiza umugore ntabimenye akamubaza ati”mbese warangije”. […]

Perezida Museveni ngo ntashobora gusangira ingoma nabo yandagaje mu matora

Perezida Museveni wa Uganda nyuma y’aho atsindiye kongera kuyobora iki gihugu ku myaka 71 y’amavuko, avuga ko adashobora gusangira ubuyobozi n’abo yatsinze mu matora. Museveni avuga ko atazashyiraho Guverinoma y’Ubumwe irimo n’abatavuga rumwe nawe ko uwaba abitekereza atyo yasubiza amerwe mu isaho. Mu kiganiro ikinyamakuru The New Vision cyagiranye na Maj.Gen. Benon Biraaro, Umuyobozi w’Ishyaka […]

Urupfu rwa Wema Sepetu ukiri muzima rwari rwatuye benshi mu rujijo

Nyuma y’uko umwe mu bakurikiranira hafi imikinire ya Wema Sepetu muri Cinema atangarije ko yapfuye ariko ntasobanure neza iby’urwo rupfu, byaje guteza ururondogoro ku bakunzi be. Ibi byabaye nyuma yaho Sepetu arimo kwitegura gushyira Filme hanze yise “Mtoto wa Bosi” aho agomba kugaragara muri iyo Flme yakoze impanuka y’imodoka agapfa. Mu gihe yarimo akora imyitozo […]

Neymar niyemera kujya muri Real Madrid nzacibwe ukuboko- Gerard Pique

Mu gihe amakipe menshi arwanira umukinyi Neymar, mugenzi Gerard Pique bakinana yahaye urw’amenyo abatekereza ko ashobora kujya muri Real Madrid ndetse ananatanga intego yo gucibwa akaboko. Ibi byasaga nko guhakanya umunyabigwi mu mupira w’amaguru ukomoka muri Bresil, Roberto Carlos wari watangaje ko agiye kuvana uyu musore mu ikipe ya Barcelona akamuzana mu ikipe ye yahoze […]

Perezida Habyarimana yaryohewe n’ingoma ya Franà§ois Mitterrand none bikekwa ko yamwirengeje

Umufaransa Franà§ois Mitterrand yavutse mu Ukwakira 1916 yitaba Imana muri Mutarama 1996, yabaye Perezida w’u Bufaransa mu mwaka w’ 1981-1995, muri iyi myaka 14 yamaze ku buyobozi yabanye neza na Perezida Habyarimana w’u Rwanda gusa icyaje gutangaza benshi ni uko bikekwa ko ari we waba waramurimbuye ku isi. Juvenal Habyarimana yabaye Perezida w’u Rwanda mu […]

Zari yemeye ko azajyana umukobwa we Tiffah kureba Sekuru

Nyuma y’igihe kitari gito Ise wa Diamond “Abdul” yifuza kubona umwuzukuru we ariko ntabigereho, kuri ubu umukazana we Zari yemeye kuzamumugezaho. Abdul(ubyara Diamond) acyumva ko Zari yemeye kuzamuzanira umwuzukuru ngo byamwibagije uburakari yari amaranye iminsi ubwo yangirwaga kujya mu birori byari byateguwe n’umuhungu we Diamond. Kuba Zari yari yaranze kujyana umwana kwa muzehe Abdul ngo […]