Intsinzi ya Trump iteye umutima uhagaze isi
Ishyirahamwe Intelligence Unit EIU riratangaza ko mu gihe Trump yatahukana intsinzi mu matora ya Perezida wa Amerika, bishobora gutera ibibazo ku bukungu bw’isi no gutera ibibazo muri politike n’umutekano kuri Amerika. Iri shyirahamwe rikaba rivuga ko Trump , uri imbere ku rutonde rw’abakandida ku mwanya wa Perezida Amerika ku ruhande rw’ishyaka ry ‘aba republicains, adashobora […]
Umupasiteri yasabye kwicwa ngo azazukane na Yesu kuri Pasika
Muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Pritoria haravugwa umupasiteri wiyemeje kuzabambwa ku musaraba, agaterwa imisumari nyuma akicwa ariko ngo akazazuka kuri Pasika ubwo na Yesu azaba azuka. Pasiteri Daniel Malatji uyobora itorero Rivival Ministries, ku cyumweru gishize nibwo yatunguye abayoboke be ababwira ko bagomba kuza ku wa Gatanu mutagatifu bakareba ukuntu abambwa ku musaraba akicwa […]
Agathon Rwasa yarokotse umugambi wo kumuta muri yombi mu Bubiligi
Visi perezida w’umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Burundi, Agathon Rwasa ntakigiye mu Bubiligi mu butumwa bw’akazi kubera ikibazo cya visa. Biravugwa ariko ko ihuriro ry’abanyamategeko n’abaharanira uburemganzira bwa muntu bari mu Bubiligi bari barimo gukora ibishoboka ngo Rwasa nagera mu Bubiligi azahite atabwa muri yombi. Igihugu cy’u Bubiligi kikaba cyagombaga gufata uyu mugabo […]
Polisi y’u Rwanda yafashe agatsiko k’abantu bakwirakwiza amafaranga y’amiganano
​Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali yafatiye abantu bane mu bikorwa byo gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Abafashwe ni Jean Paul Nsengiyumva w’imyaka 30 y’amavuko, Pacifique Uwineza ufite 27, Louis Bamutake uri mu kigero cy’imyaka 37, na Ernest Kalisa ufite 34. Aba uko ari bane bafatiwe mu cyuho ku itariki 15 Werurwe mu kagari ka Batsinda, […]
Ingabo z’u Rwanda zabaga Sudani y’Epfo zarangije gusimbuzwa izindi
Icyiciro cya nyuma cy’abagize Batayo ya 51 bageze i Kigali kuri uyu wa gatatu tariki 16 Werurwe 2016 bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo. Itsinda ry’abasirikare 211 ba Batayo ya 51 ni bo bageze bwa nyuma i Kigali, bashoje igikorwa cy’isimburana mu butumwa muri Sudani y’Epfo basimbujwe bagenzi babo bagize Batayo ya 19 babisikanye […]
Uganda: Abayobozi na ba rushimusi kuri internet bagerageje kwiba miliyoni 24$ muri banki nkuru
Abayobozi muri guverinoma ya Uganda ndetse na ba rushimusi kuri murandasi bazwi nka Hackers ngo kuva muri Nyakanga 2015 bagerageje inshuro 4 kwiba akayabo ka miliyoni 24 z’Amadolari (Miliyari 81 Ush) bayakuye muri Banki Nkuru ya Uganda. Amwe muri aya mafaranga yari yabashije koherezwa muri za banki zo muri Hong Kong no mu Bihugu Byunze […]
Imyitozo idasanzwe y’igisirikare cy’u Buhinde kiza ku mwanya wa 4 ku isi mu gukomera- AMAFOTO
Igihugu cy’u Bundinde gituwe n’abaturage basaga miliyari 1,252 (muri 2013), iki gihugu cyubatse igisirikare cyacyo gikomeye ku buryo gifite umubare w’abasirikare basaga miliyoni 3,5 abahora mu kazi bakaba basaga miliyoni 1,325. Uyu mubare munini w’abasirikare b’u Buhinde bakora kinyamwuga bakanahabwa imyitozo ihambaye, ibyo bihesha iki gihugu kuza ku mwanya wa 4 ku isi mu bihugu […]
Umunyarwanda yiyise Yesu wari utegerejwe kuza
Emmanuel Munyankusi arahamya ko ariwe agakiza kazaturuka mu banyamahanga gashingiyeho mbere y’uko gasubira mu Bisilaheri. Uyu mugabo ahamya nanone ko ariwe Mesiya uzwi nka Yesu wahanuwe mu bitabo by’abahanuzi. Uyu mugabo avuka ku gasozi ka Jabiro mu murenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga,ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru ishema yagize ati « Ni njyewe uvugwa muri Bibiliya […]
RDC : Hafashwe amasasu n’imbunda bikekwa ko ari ibya FDLR
Imbunda n’amasasu byaraye bitahuwe mu baturage batuye mu Mujyi wa Bunia kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 ubwo Polisi yakoraga umukwabu utunguranye. Ibikoresho n’imbunda byafashwe bikweka ko byaba ari iby’umutwe wa FDLR kuko hari hashize iminsi mike uyu mutwe uri mu mirwano n’ingabo za Leta muri aka gace. Umuvugizi wa Polisi mu gace ka […]
Marguerite Barankitse muri bane bahatanira igihembo cyitiriwe Aurora
Kuri uyu wa kabiri tariki 15 Werurwe 2016, komite ishinzwe amajonjora y’abahatanira igihembo cyitiriwe Aurora ( Prix Aurora ) yatoranije bane bageze ku cyiciro cya nyuma cyo kwegukana iki gihembo. Iki ni igihembo gishya ku isi kigiye kujya gitangwa buri mwaka,kikazajya gihabwa abantu cyangwa ibigo byagaragaje ubudashyikirwa mu kurengera uburenganzira bw’ikiremwamuntu kurusha abandi,cyane cyane biyemeje […]
Filimi Ip Man 3 Mike Tyson ari kumwe na Donnie Yen iri hanze
Icyamamare mu mukino w’iteramakofi mu myaka ya za 90, Mike Tyson, yinjiye mu bijyanye no gukina filimi aho agaragara muri filimi Ip Man igice cyayo cya 3 akinana na Donnie Yen ari umukuru w’agatsiko k’abagizi ba nabi. Nk’uko byatangajwe na The Hollywood Reporter, mbere y’uko iyi filimi ijya ahagaragara, ushora imari muri izi filimi z’uruhererekane, […]
FIFA irashinja Afurika y’Epfo kugura Igikombe cy’Isi cya 2010
Mu nyandiko zashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatatu tariki 16 Werurwe, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi(FIFA) ryashinjije Afurika y’Epfo kuba yaraguze Igikombe cy’Isi cyahabereye mu 2010 kuri miliyoni 10 z’Amadolari, mu gihe hari hashize amezi 9 Abanyafurika y’epfo basobanuye aho ayo mafaranga yagiye. Miliyoni 10 $ za ruswa zatanzwe kugirango Afurika y’Epfo ishyigikirwe ngo izakire […]
Burundi: Pierre Nkurunziza yareze uwo atazi mu Bufaransa
Abunganira Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza ku itariki ya 9 z’ukwa kabiri 2016 batanze ikirego mu rukiko rwisumbuye rwa Paris barega uwo batazi kuba yaratanze amakuru atariyo agamije gusebya igihugu. Uwo barega utazwi bavuga ko yatanze amakuru kuri Televiziyo France 3 ku itariki ya 13 z’ukwa mbere 2016. Ayo makuru agaragaza video y’ubugizi bwa nabi […]
Danmark ku mwanya wa mbere w’ibihugu byishimye mu gihe u Burundi buza inyuma
Igihugu cya Danmark nicyo kiza ku mwanya wa mbere gikurikiwe n’u Busuwisi ku rutonde rw’uko ibihugu bikurikirana mu kugira abaturage bishimye mu gihe ibihugu bya Syria n’u Burundi ari byo biza inyuma nk’uko bigaragazwa na Raporo ya World Happiness ya 2016 yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu. Mu gihe mu mwaka ushize ibihugu nka Iceland, […]
Dore impamvu 5 ingo zanyu zitakirangwamo ibyishimo n'ingamba wafata
Hambere mu gihe cya basogokuruza barashakanaga, bakabana ,bagasazana. Ingo zo muri iki gihe zihabanye cyane n’izabanjirije. Utaha ubukwe muri uku kwezi, mugihe ukitegura kujya gusura abageni mukundi kwezi ukumva ngo bari kwaka gatanya! Ibibazo byabaye byinshi. Ariko ntabwo ari zose kuko ahenshi ibibazo usanga bitangira urugo rutamaze kabiri. Izi ni zimwe mu mpamvu zituma ingo […]
Karitanyi yashyikirije Elisabeth II impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Bwongereza
Kuri uyu wa Gatatu, Ambasaderi mushya w’u Rwanda mu Bwongereza, Yamina Karitanyi, yashyikirije umwamikazi Elizabeth II inyandiko zimwemerera gukora akazi ke mu ngoro ye I Buckingham . Nyuma yo gushyikiriza Umwamikazi Elisabeth II izo mpapuro, yavuze ko umwamikazi w’u Bwongereza yoherereje intashyo Perezida Kagame, kandi ko yiyemeje kuzamura umubano n’ubufatanye w’ibihugu byombi. Ati” Umwamikazi yoherereje […]
Polisi y’u Rwanda yafashe umutekamutwe wiyitiriraga Abayobozi
Ku itariki 16 Werurwe, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugabo wamburaga abantu amafaranga akoresheje umurongo wa terefone w’Ikigo cy’itumanaho cya MTN-Rwanda, igikorwa cyabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda. Uwimanimpaye Jean Damascène w’imyaka 33 y’amavuko, yeretswe Itangazamakuru nyuma yo gufatirwa mu Karere ka Rubavu, mu gikorwa cyo kumushakisha Polisi yari irimo igenza icyaha yari […]
Umukunzi wa Jason Derulo yagaragaye ku mazi ari mu myambaro igaragaza ikimero -AMAFOTO
Mu gihe Jason Derulo amaze iminsi mu biruhuko muri Mexco ari kumwe n’umukunzi we Daphne Joy ,kuri uyu wa mbere nibwo yongeye kugaragara yambaye ikariso y’udushumi n’akarega k’amabere. Muri iyo myambaro igaragaza ikimero uko cyakabaye atembera ku mazi no ku mucanga, Jason we ntiyagaragaye, byanatumye ababakurikiranira hafi iby’urukundo rwabo bibaza impamvu. Ikinyamakuru hellowoodlife dukesha iyi […]
Ibyamamare 5 bivumira ku gahera Donald Trump wiyamamariza kuba Perezida wa USA
Mu gihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari mu myiteguro y’amatora y’umukuru w’igihugu muri uyu mwaka, umwe mu biyamamariza kuba Perezida Trump aragenda avumirwa ku gahera na bimwe mu byamamare bitandukanye. 1.John Legend Uyu mugabo ukunda gucisha make, nawe yagaragaje amarangamutima ye, yemeza ko yanga Trump ku bw’amagambo ye ngo atameshe kandi afite imyaka […]
Amwe mu mateka yaranze ubuzima bwa Chuck Norris
Amazina ye arambuye ni Carlos Ray Norris wamenyekanye cyane muri filime nka Delta Force, Missing In Action, Way of the Dragon yakinanye na Bruce Lee, Expendables 2,..Dore amwe mu mateka yaranze ubuzima bwe. Uyu mukinnyi yamenyekanye cyane ku isi yose ku izina rya Chuck Norris. Uretse kuba umukinnyi wa filime wabaye igihangange, Norris ni n’umusirikare […]
Tanzania: Indaya 500 n’abakiriya bazo 300 mu maboko ya polisi
Tanzania yataye muri yombi abakekwaho gukora uburaya babarirwa muri 500 ndetse na hafi 300 y’abasambane babo mu rwego rwo guca uburaya. Byari bitegenyijwe ko aba mbere muri aba bagezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa gatatu nk’uko uwungirije umukuru w’igipolisi muri Dar es Salaam yabitangarije BBC dukesha iyi nkuru yemeza itabwa muri yombi ryabo. Imiryango iharanira […]
Nyabihu: Murekatete yafatanywe ibiro 60 by’urumogi
​ Ku itariki ya 14 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu yafatanye umugore witwa Murekatete Gaudence udupfunyika ibihumbi 10 tw’urumogi, ubu akaba afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Mukamira mu gihe iperereza rikomeje. Uru rumogi rukaba rwarasanzwe mu mwobo yari yaracukuye mu nzu ye iherereye mu mudugudu wa Rushungura, akagari ka Nyirakigugu […]
Umubano mushya hagati ya Tanzania n’u Rwanda ukomeje gutanga icyizere
Hakomeje kugaragara impinduka mu mubano w’u Rwanda na Tanzania, aho abakuru b’ibihugu byombi muri iyi minsi bari kumvikana bashimagizanya mu rwego rwo kugerageza gusiga inyuma umwuka mubi, wari wavutse hagati y’ibihugu byombi muri manda ya nyuma ya perezida Jakaya Kikwete, bagafatanya gutera imbere. Perezida Kagame wagaragaje kutishimira Tanzania mu bihe bya nyuma bya manda ya […]
Umunyamerika yakatiwe imyaka 15 muri Korea ya ruguru
Urukiko rw’ikirenga mu gihugu cya Koreya ya Ruguru rwaciriye urubanza umunyeshuri w’umunyamerika rwo gufungwa imyaka 15 no gukora ibikorwa bifitiye igihugu akamaro nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bya leta muri Koreya ya Ruguru. Uyu musore azira kuba yarangije ibikorwa bya leta nkana. Otto Warmbier w’imyaka 21, yemeye ko yibye ibyapa kimwe kiriho inyandiko za politiki zari muri […]
Mariah Carey yakorakowe n’ababyinnyi be ku rubyiniro -REBA AMAFOTO
Mu gitaramo Mariah Carey yakoreye SSE muri Scotland kuri uyu wa kabiri taliki 15 Werurwe 2016,cyashimishije abafana mu buryo bugaragara bitewe n’uburyo yaririmbye ababyinnyi be bamukorakora. Mbere y’uko agera ku rubyiniro uyu muririmbyikazi yabanje kwifotoza amafoto ayasangiza abakunzi be ku rubuga rwe rwa Instagram, aho byasaga nko kubamenyesha ko yamaze kuhasesekara. Nk’uko bitangazwa na Dailymail […]
Hagati ya Maj.Rudasingwa Théogene na Rucyahintare wiyise umusirikare wa RDF ninde munyakuri ?
Majoro Dr Rudasingwa ThĂ©ogene umwe mu barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ukuriye umutwe wa RNC amaze iminsi atangaza ko Rucyahintare Cyprien uherutse gufatirwa mu Burundi yiyita intasi n’umusirikare wa RDF ufite ipeti rya Majoro. Rucyahintare Cyprien ku giti cye we yavuze ko afite ipeti rya caporal mu gihe umuryango we n’abaturanyi bavuga ko uyu musore atigeze […]
Museveni ahangayikishijwe n’umubano wa Uganda na Amerika Donald Trump natorwa
Ibihugu nk’u Bushinwa, Koreya y’Epfo, Canada n’ibindi ntabwo ari byo bihugu byonyine bihangayikishijwe n’ahazaza h’umubano wabyo mu by’ubucuruzi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe Donald Trump yatorerwa kuyobora iki gihugu nk’uko tubikesha Chimpreports ivuga na Uganda yagaragaje izi mpungenge ivuga ko naramuka atowe bishobora kuzagabanya ibyo Uganda yoherezaga muri iki gihugu. Ubwo perezida […]
Urujijo: Ingabo za Vladimir Putin ngo zigiye kuva muri siriya ariko ntavuga umubare
Uburusiya bwatangiye ibikorwa bya gisilikare mu gihugu cya Siriya ku italiki 30 Nzeri 2015, ibyo bikorwa bya gisirikare bikaba byari bigamije kurwanya ibyihebe byo mu mutwe w’intagondwa za kisilamu n’indi mitwe irwanya perezida wa Siriya Bachar Al-Assad ufatwa nk’inshuti magara y’igihugu cy’Uburusiya. Kuri uyu wa mbere taliki ya 14 Werurwe 2016, Perezida Vladimir Poutin e […]
Uganda: Umupolisi yivuganye abaturage babiri abarashe
Umupolisi ahitwa Kazo mu Karere ka Kiruhura mu gihugu cya Uganda yatawe muri yombi azira kurasa akica abaturage babiri yashinjaga guteza umutekano mucye kuri station ya polisi. Uyu mupolisi witwa Sam Bebirweki ngo yarashe mu gatsiko k’abatwara bodaboda bari bateye station ya polisi ya Kanoni ngo bashaka umuntu ufunze azira kuba yaribye moto. Abaturage bishwe […]
Ikibazo cy’abimukira hagati ya Israel n’u Rwanda gikomeje guteza impagarara
Itangazamakuru nyuma ryahawe izi nyandiko, harimo n’icyemezo cy’urukiko rw’Ikirenga ubwarwo cyavugaga inyandiko z’uru rubanza zigiye gusubirwamo hakavanwamo izina ry’igihugu kiri mu nzira y’amajyambere abimukira barimo kwimurirwamo nk’uko Jerusalem Post dukesha iyi nkuru ivuga. Urukiko ariko rwanabajije leta ibibazo bikomeye ku ishyirwa mu bikorwa ry’iri yimura ry’abimukira ndetse n’uko aba bimukira bakwizezwa kuzafatwa neza aho bazimurirwa. […]
RDC : Nyuma yo kugabwaho ibitero FDLR yihimuye 7 bahasiga agatwe
Mu mpera z’icyumweru gishize umutwe wa FDLR wagabweho ibitero n’ingabo za FARDC mu gace ka Rutshuru bucya uyu mutwe nawo ujya kwihimura ku kubabagabyeho ibitero 7bahasiga agatwe Amakuru aturuka mu ngabo za FARDC avuga impamvu yo kugaba ibitero kuri FDLR ari mu rwego rwo kurangiza burundu ikibazo cy’umutekano muke uterwa na FDLR muri aka gace […]
RGB ifatanyije na UNDP bari mu gikorwa cyo gufasha imiryango itegamiye kuri Leta
Imiryango 19 itegamiye kuri Leta, yajyanywe mu karere ka Bugesera mu Burasirazuba bw’igihugu guhugurwa n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, ku bufatanye n’amashami y’umuryango w’abibumbye atandukanye, arimo irishinzwe iterambere UNDP, irishinzwe umuryango UNFPA. Iyi miryango ikaba iri guhugurwa mu bijyanye no gucunga umutungo wayo, no kubaka ubushobozi mu mikorere ; mu gihe yatoranijwe n’iki kigo igahabwa inkunga […]
Umuyobozi mukuru muri Islamic State yapfuye
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa Islamic State uzwi nka Omar the Chechen yitabye Imana azize ibikomere yakuye mu bitero by’indege za Amerika muri Syria mu cyumweru gishize. Abayobozi mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari babanje gutangaza ko uyu mugabo yicanywe n’abarwanyi be 12 mu gitero […]
Marco Rubio wari uhanganye na Donald Trump nawe yakuyemo akarenge
Senateri Marco Rubio, ukomoka muri Leta ya Florida akaba umukandida waharaniraga kuzahagararira ishyaka ry’aba rebubulikani mu matora ya perezida wa repubulika yatangaje ko yikuye muri aya matora yo gushakisha umukandida uzahagararira iri shyaka. Ibi bibaye nyuma y’aho hasohokeye imibare y’ibyavuye mu matora y’ijonjora yabaye kuri uyu wa Kabiri mu ma leta ya Carolina y’Amajyaruguru, Florida, […]
Imwe mu myitwarire yatuma satani atakuriganya
Iyo Imana iguhaye amasezerano, bisaba ko ugira imyitwarire iyinogeye kugira ngo asohore kandi mu gihe cyayo . Dore imwe mu myifatire yatuma satani atakuriganya: Kwirinda kugendana nabo Imana ikubujije, n’ubwo mwaba musanzwe muhuriye kuri byinshi, kuko Abraham ataratandukana na Loti yahoraga mu kuzerera ariko bamaze gutandukana, Imana yamweretse igihugu yamubwiye. Itangiriro 13:14 – Loti amaze […]
Imwe mu myitwarire yatuma satani atakuriganya
Iyo Imana iguhaye amasezerano, bisaba ko ugira imyitwarire iyinogeye kugira ngo asohore kandi mu gihe cyayo . Dore imwe mu myifatire yatuma satani atakuriganya: Kwirinda kugendana nabo Imana ikubujije, n’ubwo mwaba musanzwe muhuriye kuri byinshi, kuko Abraham ataratandukana na Loti yahoraga mu kuzerera ariko bamaze gutandukana, Imana yamweretse igihugu yamubwiye. Itangiriro 13:14 – Loti amaze […]
Polisi y’u Rwanda irongera kwibutsa abatwara ibinyabiziga kubahiriza amategeko
Nyuma y’aho kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Werurwe Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ifatiye imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace ifite Pulaki RAB 567B, ubusanzwe igenewe gutwara abagenzi ariko icyo gihe ikaba yari ipakiye toni imwe n’igice z’ibitoki, bikaba byari bije gucururizwa i Kigali, Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa […]
Koscielny yemeje ko Arsenal ifite amahirwe 5% yo gutsinda Fc Barcelona
Laurent Koscielny usanzwe akinira Arsenal yemeje ku mugaragaro ko ikipe akinira ifite amahirwe agera kuri 5% yo gutsinda Fc Barcelona mu mukino uteganyijwe kuri uyu wa gatatu taliki 16 Werurwe 2016. Mu mukino ubanza Barcelona yihanangirije Arsenal 2-0,ubu hateganyijwe undi mukino wo kwishyura ukaba wanashyuhije imitwe y’abakinnyi ku mpande zombi ndetse n’abafana. Yagize ati:”nta gihunga […]
Nyampinga 2016, Mutesi Jolly akomeje kwisobanura uburyo yabeshye amanota ye
Nyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2016 ariwe Miss Umutesi Jolly amaze iminsi atumije n’ishuri King David Academy yizeho kugira ngo asobanure uburyo yabeshye amanota yagize mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye 2015. Ibi bije nyuma y’aho uwari ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa bye mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2016 Niyonzima Elier uzwi ku izina rya Sando avuze […]
Magufuli ntiyumva impamvu mu Rwanda hataba ubujura mu gihugu cye bukabije
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania yabajije impamvu mu gihugu cye havugwa ubujura kandi mu Rwanda ntabuhari, aboneraho gutegeka abayobozi bashya bashinzwe umutekano mu turere guhita barangiza iki kibazo no gukuraho abakozi ba baringa mu minsi itarenze 15. Yakomeje avuga ko ibi bigomba no gukorwa na ba minisitiri no mu zindi nzego zitandukanye za guverinoma […]
Menya impamvu 5 gusomana ari ingenzi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
Mu gihe usanga ingo nyinshi zidasobanukiwe akamaro ko gusomana mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina,usanga rimwe na rimwe biba intandaro yo gutandukana ku bashakanye bitewe no kutanyurwa, ni muri urwo rwego ubushakashatsi bwagaragaje impamvu hakwiye kubahirizwa gusomana bityo ubuzima bukagenda neza. 1.Byongera ubushake bwo gutera akabariro Mu gihe umugore n’umugabo basomanye bigakorwa neza bibongerera ubushake bwo […]
Radio na Weasel barusimbutse ubwo baterwaga n’abajura
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere taliki 14 Werurwe 2016, nibwo Radio na Weasel batewe n’abajura aho batuye mu gace ka Makyndye ariko ku bw’amahirwe bararusimbuka. Mu gihe abo bajura bazaga ngo batangire kwiba ibikoresho bihwanye n’amashilingi atagira ingano,nibwo aba basore bagerageje kwirwanaho bahuruza polisi ihagerera igihe ibasha guta muri yombi batatu. Abo bajura […]
Yambitswe ubusa atemberezwa umujyi wose aboheweho inkoko yari yibye
Umusore wo mu gihugu cya Nigeria yibye inkoko amaze kuzifatanwa bamwambika ubusa bamuzengurutsa umujyi wose bazimuhambiyeho ari nako ashungerewe n’abaturage. Aka gashya gafatwa nk’ihohoterwa ry’ikiremwamuntu kabereye gihugu cya Nigeria, ho muri leta ya Benue aho uyu musore ukiri muto yahaboneye insanganya. Mbere y’uko yambikwa ubusa akanahambirwaho izi nkoko hari bamwe mu baturage babanje gusaba ko […]
Koreya yahakanye ibyatangajwe n’uwiswe maneko w’u Rwanda wafatiwe i Burundi
Ambasade y’igihugu cya Korea y’Epfo mu Rwanda yateye utwatsi ibiherutse gutangazwa n’uwitwa Rucyahintare Cyprien, bimaze iminsi bivugwa ko ari umusirikare w’u Rwanda wafatiwe mu Burundi yagiye kuneka, ivuga ko ari ibihuha. Igipolisi cy’u Burundi mu mpera z’icyumweru gishize nibwo cyerekanye uyu Rucyahintare Cyprien cyavugaga ko ari caporal mu ngabo z’u Rwanda cyataye muri yombi ari […]
Abanyamerika bemerewe kugaruka mu Burundi ariko basabwa kwirinda uduce tumwe
Abanyamerika basabwe kugaruka mu Burundi ariko babuzwa gukandagiza ikirenge ku Musaga, Ngagara, Mutakura, Cibitoke , Nyakabiga na Kamenge mu masaha y’umugoroba. Ni nyuma y’igihe kitari gito Leta Zunze Ubumwe za Amerika zisabye ko bamwe mu bakozi bayo badakenewe cyane muri ambasade yazo I Bujumbura kimwe n’abanyagihugu babo babarizwaga I Bujumbura basubira iwabo kubera ikibazo cy’umutekano. […]
Uwishyuza ubuyobozi bwa ADEPR yahawe sheki itujuje ibyangombwa
Hari ku itariki ya 1 Ukuboza 2015, nibwo umugabo witwa Ndahimana Jean Claude yahawe sheki n’ubuyobozi bwa ADEPR ageze kuri banki(BK) abwirwa ko itujuje ibyangombwa bisabwa. Aganira na bwiza.com, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe 2016, Jean Claude yavuze ko yahawe iyi sheki ubwo yishyuzaga amafaranga ye ubuyobozi bwa ADEPR […]
Rurageretse hagati y’umuvugabutumwa TB Joshua na perezida Mutharika
Perezida Peter Mutharika wa Malawi kuri iki cyumweru yibasiye umuvugabutumwa w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, TB Joshua amuziza ubuhanuzi bwe bw’uko ngo azapfa mbere y’itariki ya 01 Mata nk’uko byatangajwe na televiziyo y’igihugu. “Bambwira ko hari umugabo muri Nigeria witwa Joshua uvuga ko perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe na Peter Mutharika bazapfa mbere y’itariki 01 Mata” […]
Zimbabwe: Umudipolomate ukomoka muri Kuwait yatawe muri yombi n'igipolisi
Igipolisi cya Zimbabwe muri iyi week end ishize cyataye muri yombi umuyobozi mukuru muri ambasade ya Kuwait ukekwaho kuba umwe m u ihuriro ry’abantu bacuruza abandi bivugwa ko ritwara abagore bashaka akazi muri Kuwait nyamara bagiye gukoreshwa ubusambanyi n’utundi tuzi dusuzuguritse. Uwitwa Brenda Avril May, umunyamabanga muri iyi ambasade ya Kuwait i Harare, nawe arashinjwa […]
Ikibero cya Desire Luzinda cyatumye abagabo benshi bamwifuza
Desire Luzinda usanzwe uzwiho udushya twinshi, turimo gushyira ubwambure bwe ku Karubanda,n’ubu ntiyajuyaje yongeye kugaragaza ibibero bye biri hanze bituma abagabo bamwifuza. Ku cyumweru taliki 13 Werurwe, nibwo Luzinda yifotoraga amafoto (Selfie) akayanyanyagiza ku mbuga nkoranyambaga, inshuti ze z’abagabo zimukurikira kuri izo mbuga zitangira kuvuga amangambure bitewe n’uburyo ikibero cye gishashagirana. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye […]
Ngo guverinoma yaba igiye guhinduka ?
Byatangiye guhwihwiswa ko haba hari gutegurwa ihindurwa rya guverinoma hibandwa cyane hitabwa ku rubyiruko kuko arirwo rushobora gukomezanya na Perezida Kagame ubwo azaba yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda nk’uko ikinyamakuru Ishema kibitangaza. Iki kinyamakuru kivuga ko gifite amakuru avuga ko impinduka zabaye mu gisirikare zitagomba kugarukira aho ngo kuko hitezwe izindi zishobora kuba mbere cyangwa […]
Gatsibo: Abayobozi b’inzego z'ibanze basabwe kuba ku isonga mu kurwanya ibyaha
​Abayobozi b’inzego z’ibanze baherutse gutorwa , bibukijwe gufata iya mbere mu rugamba rwo kurwanya ibyaha mu duce bayobora. Aganira n’abagera kuri 200 barimo aba bayobozi n’abaturage bo mu murenge wa Muhura, Inspector of Police (IP) Roger Rwakayiro, ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda n’abaturage hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha, yavuze ko akarere ka Gatsibo […]
Imyaka 50 ishize u Burundi buyoborwa n’abarusha abandi agatuza
Mu myaka 50 ishize, byagiye bigaragara ko nta muperezida w’u Burundi wicaye ku ntebe ngo asinzire yumve ko abufite mu biganza, ibi bikaba bigaragazwa n’uburyo bagiye bajyaho n’uko bagiye bakurwaho. Bigaragara ko kuva mu mwaka w’1966 u Burundi bwagiye buyoborwa n’ufite ingufu, by’umwihariko ufite uruhande rushyigikiwe n’ingabo agahita ahirika ujenjetse. Abaperezida 3 b’u Burundi bo […]
Perezida Kagame yongeye gusomera abayobozi b’u Burundi
Perezida Kagame yongeye kugaruka ku kibazo cy’u Burundi mu ijambo yavuze asoza umwiherero w’abayobozi kuri uyu wa Mbere tariki 14 Werurwe, aho yanenze abayobozi b’u Burundi bakomeza gushinja u Rwanda kuba inyuma y’umutekano mucye uri mu Burundi bakaba barahinduye ikibazo cyabo icy’u Rwanda. Mu ijambo rye, perezida Kagame yatangiye abaza ati: “ Reba ku baturanyi […]
Burundi: Kwima imfashanyo abanyeshuri ba Kaminuza bizateza ikibazo mu burezi
Kuri ubu Guverinoma iyobowe na Perezida Nkurunziza yashyizeho ubundi buryo bwo gukuraho inkunga igenerwa abanyeshuri ba kaminuza izwi mu ndimi z’amahanga nka buruse. Uburyo buzagenda buhoro buhoro aho buri munyeshuri utangiye umwaka wa mbere wa kaminuza wese yahise ahagarikirwa buruse burundu kugeza ubwo azaba arangije kaminuza. Ibi bizakomeza ku banyeshuri bose bazaba baje gutangira umwaka […]
Bane bakekwaho gutera abaturage muri Ndera bakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Mbere rwakatiye iminsi 30 y’igifungo abantu bane bakekwaho uruhare mu bugizi bwa nabi bwakorewe abaturage 8 bo mu tugari dutatu two mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo mu gihe iperereza rikomeje. Abakekwaho icyaha ni Bajeneza Emmanuel, Ngabo Bonfils, Bigirimana Fridole na Ndayizeye Olivier bakaba bakurikiranweho, Ubwinjira […]
Munyagishari yihakanye ubwenegihugu bw'Ubunyarwanda
Bernard Munyagishari yihakanye ubwenegihugu bw’Ubunyarwanda imbere y’Urukiko rw’ikirenga ubwo yaburanaga ubujurire bw’icyemezo cy’Urukiko rukuru, anasaba kubanza gusemurirwa icyemezo yajuririye kuko cyanditse mu Kinyarwanda atumva, Ubushinjacyaha bwo bukavuga ko atari kunenga icyemezo atacyumvise kuko na Avoka we azi Ikinyarwanda. Kuri uyu wa 14 Werurwe 2016, Urukiko rw’Ikirenga rwaburanishije Ubujurire bwa Munyagishari ushinjwa ibyaha bya Jenoside no […]
Musanze: Abapolisi batangiye amahugurwa yo kunoza neza akazi kabo
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze yatangiye guha amahugurwa abapolisi bayo bahakorera. Ibi bikaba biri muri gahunda y’ingenzi Polisi y’u Rwanda yihaye yo guhugura abapolisi, ku buryo bituma bahora basobanukiwe ndetse bafite ubumenyi buri gihe, bityo bikabafasha gukora neza akazi kabo. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Musanze Senior Superintendent of […]
Islamic State yivuganye ingabo za Irak 47 izisaga 30 zirakomereka
Abasirikare ba Irak byibuze 47 biciwe mu bitero bitandukanye byagabwe n’umutwe wa Islamic State hafi y’umujyi wa Ramadi nk’uko amakuru aturuka mu gisirikare avuga. Igitero cya mbere cyabaye ninjoro ku birindiro by’umutwe wa gatatu ushinzwe ubutabazi bwihuse, no ku bigo bya gisirikare mu biturage bya Qutainiyah na Zuwaiyah, hafi y’umujyi wa Zankurah nk’uko amakuru yageraga […]
Kicukiro:Umudugudu w'Indatwa uyoborwa na Alain Numa wiyemeje kwirukana ubutindi burundu
Kumunsi w’ejo 12/3/2016 nibwo mu mudugudu w’Indatwa ho mu Karere ka Kicukiro bizihije umunsi mukuru w’umugore ubwo uyu mwaka hari insanganyamatsiko “TWIMAKAZE IHAME RY’ UBURINGANIRE, TURUSHAHO GUTEZA IMBERE UMUGORE” hakaba hatanzwemo amahugurwa mu kwiteza imbere k’umugore ndetse ubuyozi bwiyemeza guca burundu mu mudugudu wabo icyitwa ubutindi cyose. Umugoroba waranzwe n’ibiganiro,ubuhamya bwa bamwe mubacuruzi ndetse namahugurwa […]
Burundi : Mu gace ka kamenge haturikiye Grenade ihita ikomeretsa 2
Kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Werurwe 2016 mu mujyi wa Bujumbura mu gace ka Kamenge ahazwi nka Gare du nord haturikiye grenade ikomeretsa abantu babiri bari hafi aho uwo mwanya. Umutangabuhamya wari uri aho iyo grenade yaturikiye yabwiye imboni ya Bwiza.com I Burundi ko iyo grenade yatewe n’umugenzi wagendaga n’amaguru ihita ikomeretsa cyane […]