Abatwara abagenzi kuri moto bo muri Rulindo na Kirehe basabwe kuba 'ijisho ry’umutekano'
Ku wa 18 Werurwe, Polisi y’u Rwanda mu turere twa Rulindo na Kirehe yagiranye inama n’abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bagera kuri 300 ibakangurira kuba ‘ijisho ry’umutekano’, ibi bikaba bishatse kuvuga kwirinda ibyaha no kuba abafatanyabikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu kubirwanya no kubikumira. Abakora uyu mwuga bo muri Kirehe bahawe ubu butumwa […]
Burundi: Urupfu rw’ababikira 3 rwashinjwaga Gen.Adolphe rwegetswe kuri Alex Sinduhije
Umwe mu bishyikirije inzego zishinzwe umutekano mu Burundi, yatangaje ko ari muri bane bishe ababikira 3 b’Abataliyani biciwe i Burundi mu mpera z’umwaka wa 2014, akemeza ko bari batumwe na Alex Sinduhije mu gihe byatangazwa ko ari Gen Adolphe wari ubiri inyuma. Nyuma y’urupfu rwabo, hari ibyashyizwe hanze n’itangazamakuru, Iperereza ryakozwe na radiyo RPA ryatunze […]
Manny Pacquiao yahuriye n’uruva gusenya i Los Angeles
Umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga ukomoka muri Phillipines, Manny Pacquiao, yahuriye n’uruva gusenya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ubwo yabuzwaga kwinjira mu isoko ryo muri Los Angeles azizwa amatwara ye yo kwamagana kuryamana kw’abahuje ibitsina. Nk’uko byatangajwe na PEP News, nyiri iri soko, Rick Caruso, yatangaje ko icyateye iki cyemezo ari uko abakiliya benshi babo […]
Jean Pierre Bemba : Ukuri kurajya ahabona ″ Jacques Djori ʺ
Jacques Djori umwe mu bayobozi bakuru b’ishyaka MLC , aravuga ko ukuri ku rubanza rw’umuyobozi mukuru w’umutwe wa MLC (Mouvement pour la LibĂ©ration du Congo) Jean Pierre Bemba kugomba kurara gushyizwe ahagaragara akajya hanze. Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha CPI kuri uyu wa mbere tariki ya 21/03/2016, rurashyira ahagaragara ukuri kose kw’ibyavugiwe mu rubanza rwa senateur w’umukongoman […]
RDC: FDLR yari yivuganye umupadiri Imana ikinga akaboko nubwo atarakira
Umupadiri w’ahitwa Nyamilima muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yakomerekejwe bikomeye n’amasasu kuri iki Cyumweru tariki 20 Werurwe mu gitondo cya kare ahitwa Katwiguru mu birometero nka 30 uvuye Rutshuru. Imodoka ye biravugwa ko yagabweho igitero ari kujya mu misa, mu gihe abaturage bashinja iki gitero inyeshyamba za FDLR. Iki n’igitero cya kabiri cy’abitwaje intwaro […]
Perezida Obama yatangiye urugendo rw’amateka muri Cuba: Reba amafoto
Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu gihugu cya Cuba, aho yasesekaye kuri iki Cyumweru mu rugendo rw’amateka mu mubano mushya hagati y’ibihugu byombi.  Muri urwo rugendo nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika, Obama yajyanye n’umufasha we, Michelle Obama, n’abakobwa be babiri, Sasha na Malia Obama, ndetse tutibagiwe na nyirabukwe, Marian […]
Polisi iramagana abayiyitirira bashaka kwaka ruswa abaturage bababeshya kubafasha
Kimwe mu bigo bya Polisi byashyizeho ingamba zo gukumira no kurwanya ruswa, ni ikigo cya Polisi gipima ubuziranenge bw’ibinyabiziga, imikorere y’iki kigo ikaba idaha agahenge uwagerageza gutanga ruswa ngo akorerwe ibitemewe n’amategeko. Mu Rwanda ruswa ifatwa nk’umuziro, Polisi y’u Rwanda nayo ikaba itihanganira ruswa yaba uyitanga n’uyihabwa. Nubwo hashyizweho ingamba zitandukanye ariko ngo hirinde ruswa, […]
Muhanga: Aba DASSO basabwe guhitamo gukora neza cyangwa bakirukanwa
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga n’inzego zishinzwe umutekano baraburira aba DASSO ko gukora nabi bishobora kubaviramo ibyago byo kugawa no kwirukanwa. Mu muhango wo kurahiza aba DASSO 64 muri iki cyumweru gishize, binjiye mu mirimo yabo nyuma yo kurangiza amahugurwa, umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Uwamaliya Beatrice yavuze ko aba DASSO bashya bamenya ko ari abakozi b’Akarere […]
Ikipe ya Polisi ya Handball yatsinze Polytechnique Kibogora
Ikipe ya Polisi ya Handball kugeza ubu itaratsindwa umukino n’umwe kuva shampiyona y’uyu mukino yatangira, ikomeje kwitwara neza kuko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Werurwe yatsinze Kaminuza nkuru ya Kibogora ibitego 37 kuri 18. Igice cya mbere cyarangiye ikipe ya Polisi ifite ibitego 17 ku icumi bya Politechnique ya Kibogora, icyenda muri byo […]
Ladislas Ntaganzwa yamaze kugezwa mu Rwanda
Ladislas Ntaganzwa wari umaze iminsi mu maboko ya leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo gufatirwa muri iki gihugu mu mpera z’umwaka ushize, yamaze kugezwa mu Rwanda nyuma y’amaszerano yashyizweho umukono hagati ya Congo na Loni. Ntaganzwa wahoze ari burugumesitiri w’iyahoze ari Komini Nyakizu ashinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yari umwe […]
USA: Habaye imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana Donald Trump — Reba amafoto
Ibihumbi n’ibihumbi by’Abanyamerika byaramukiye imbere y’umuturirwa wa Donald Trump muri Manhattan mu gihe muri Arizona bafunze imihanda mu myigaragambyo ikaze yo kwamagana uyu mugabo uhatanira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Abigaragambya bafite ibyapa bitandukanye bimwamagana harimo ibyanditseho amagambo amwita umuntu uvangura ku ruhu, umusambanyi, urwanya ubutinganyi n’ibindi byinshi. Muri Arizona abigaragambya bafunze umuhanda w’ingenzi […]
U Rwanda ruranengwa kuba rwarikuye mu masezerano y’Urukiko Nyafurika
U Rwanda kuri ubu rwibasiwe n’imiryango ya sosiyete sivile itandukanye kubera ko ruherutse kwivana mu masezerano y’Urukiko Nyafurika ku burenganzira bwa Muntu n’Abaturage rufite icyicaro I Arusha muri Tanzania. Mu itangazo iyi miryango yashyize ahagaragara iyi miryango ivuga ko kwikura muri uru rukiko ku Rwanda ari ugusubira inyuma mu kurinda uburenganzira bwa muntu mu gihugu […]
Eddy Kenzo yabuze amahirwe yo kuririmbira Obama
Umuhanzi Eddy Kenzo wamamaye mu ndirimbo “Stamina” , kuri ubu akaba akunzwe mu ndirimbo yise “Soraye” ntiyagiye muri Taxas aho byari biteganyijwe ko azabonana na perezida Barack Obama, kubera impamvu z’uburwayi, bikaba ari kimwe mu bintu byamubabaje cyane. Byari biteganyijwe ko Eddy Kenzo azaririmbira mu Iserukiramuco rya SXSW rya 2016 kuri uyu wa Gatandatu tariki […]
Misiri: Leta na Islamic State ntibavuga rumwe ku bapolisi 13 biciwe muri Sinai
Intagondwa z’Abayisilamu kuri uyu wa Gatandatu zivuganye abapolisi 13 mu gitero cyagabwe kuri bariyeri muri Sinai nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba Misiri. Minisitiri w’umutekano wa Misiri yavuze ko igisasu cya mortier cyikubise kuri bariyeri, yari iri hafi y’umurwa mukuru wa Sinai y’Amajyaruguru, El-Arish. Umutwe wa Islamic State wigambye iki gitero ariko wo uvuga ko wohereje umwiyahuzi […]
Telephone za Polisi wahamagara ushaka ubutabazi cyangwa gutanga amakuru
Mu rwego rwo gukomeza kunoza imikoranire yayo n’Abaturage hagamijwe kubumbatira umutekano w’abantu n’ibyo batunze, Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa Abaturarwanda imirongo ya terefoni itishyura ndetse n’indi ikoreshwa n’inzego zayo mu Gihugu cyose bahamagaraho, baba batanga amakuru, basobanuza cyangwa bifuza gutabarwa ndetse na adresi bashobora koherezaho ubutumwa bwabo bwanditse. Dore numero za telephone wakwitabaza Imitwe ya […]
Huye: Umuganda udasanzwe wibanze ku kurwanya Malaria
Gushishikariza urubyiruko ibikorwa bigamije gukomeza guhangana n’indwara ya Malariya ni ubutumwa bwatanzwe nyuma y’umuganda udasanzwe w’urubyiruko wabaye mu Karere ka Huye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2016. Ku rwego rw’Akarere wakorewe mu mudugudu wa Kabutare, akagari ka Butare umurenge wa Ngoma, ahatemwe ibihuru bishobora kuba indiri y’imibu ikwirakwiza agakoko ka Malaria. NIWEMUGENI […]
Zimwe muri Leta zirengera abapasiteri batemera gushyingira abatinganyi
Muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, kimwe mu bihugu by’ibihanganye kugeza ubu byemerera abantu gushyingiranwa bahuje ibitsina, hari Leta zimwe na zimwe zasinye itegeko rirengera abapasiteri badashyigikiye iri tegeko. Muri izi harimo Leta ya Texas na Georgia ndetse n’iya Florida. CBN yatangaje iyi nkuru ivuga ko nubwo iri tegeko ryasinywe bidahagije ko hari hakwiye ingamba […]
Dore amabanga 8 yagufasha guhorana umunezero mu rushako rwawe
Urukundo ni urusobe. Urukundo ni ubuzima bwacu bwa buri munsi. Gukunda/gukundwa birashimisha kandi bikanezeza umuntu uri murukundo rutarimo ibibazo. Iyo urukundo/umubano wawe n’umukunzi/uwo mwashakanye udahagaze neza bikugiraho ingaruka nyinshi mbi mu buzima busanzwe. Urashaka kumenya uko wahorana umunezero mu rukundo rwanyu?Izi inama ugirwa z’ibintu ugomba gukora niba wifuza guhorana ibyishimo mu rukundo rwanyu: 1.Gira igihe […]
Burundi: Nta yindi nzira usibye ibiganiro
Umunyamabanga mukuru wa ONU, Ban Ki-moon yaciriyemo muri make akanama mpuzamahanga k’uutekano ku Isi ku bijyanye n’uruzindiko yakoreye mu Burundi. Yabwiye iyo nama ko muri urwo rugendo yasabye impande zose zerebwa n’ikibazo cy’Uburundi kwibuka ibihe byahise bw’igihugu cyabo maze bagakora ibiganiro ntawe uhejwe kugirango batorere igisubizo igihugu cyabo. Ban Ki-moon avuga ko ku butumire bwe, […]
RDC: Imiryango 900 yari yarirukanywe na FDLR yagarutse mu byayo
Imiryango 900 yari yarahunze imirwano mu gace ka Miriki batangiye kugaruka mu byayo muri gurupoma ya Iboko. Iyi miryango yari yarahunze imirwano yabaga hagati ya Mai Mai na FDLR hakaba hari hashize amezi 5. Amakuru aturuka mu miryango yari yarahunze avuga ko aba baturage bari bariho nabi ndetse na benshi mu batahutse bakaba bafite uburwayi […]
Nkusi Aimé Didier yiteje imbere abikesha ikoranabuhanga yitoje afite imyaka 10
Nkusi AimĂ© Didier, umusore ufite imyaka 20 y’amavuko akaba arangije amashuli yisumbuye muri MEG (mathematic, Economics and geograpy) akomeje kwiteza imbere abikesha ikoranabuhanga yitoje ubwo yari agifite imyaka 10. Aganira na Bwiza.com, yatangaje ko yatangiye gukoresha mudasobwa ubwo yari mu kigero cy’imyaka 10, atangira akunda gukina ya mikino abana bakinira kuri mudasobwa no kuyireberaho Filme […]
Umunyarwenya Kansiime Anne yavuze umunsi yasambaniyeho bwa mbere
Kansiime Anne usanzwe umenyerewe mu rwenya, yahishuye ko yatakaje ubusugi ubwo yigaga mu mwaka wa 2 wa kaminuza ahita anazinukwa gushaka undi muhungu bakundana kugeza ubwo yarushingaga. Avugira kuri Radiyo imwe yo mu gihugu cya Uganda ari naho uyu mukobwa akomoka, yatangaje ko mu bukumi bwe yari ashamadutse, ariko atazi iby’imibonano mpuzabitsina nyuma ageze muri […]
Ibintu 10 Col.Kadhafi wishwe urw’agashinyaguro azahora yibukirwaho n’Abanyalibya
Gaddafi wayoboye Libya imyaka 41 yakoze byinshi bitandukanye birimo gushaka guhuza Afurika ikaba Leta imwe. N’ubwo yishwe atarakigeraho hari byinshi yagezeho ari nabyo akeshi byamenyekanishije icyo gihugu kugeza magingo aya. Ku ngoma ya Kadhafi: 1.Buri muturage yabaga mu icumbi rye Igitabo cya Gaddafi yise Green Book, yasohoye mu 1975 mu ngingo zari zikubiyemo hari iyavugaga […]
Umusore w’imyaka 16 yahembwe kumarana ukwezi n’umugore ukina film za Porno
Mu mujyi wa Moscow mu Burusiya, Ruslan w’imyaka 16 yakinnye umukino kuri murandasi (Internet) abona amanota adasanzwe ahembwa kuzamarana na Makarova usanzwe akina Filme z’urukozasoni (filme Pornographique). Uyu musore ukiga mu mashuri yisumbuye akimara gutsinda uyu mukino nibwo yabwiwe ko atsindiye igihembo cyo kumarana n’uwo mugore ukwezi kose muri Moscow Hotel. Nk’uko Ruposters yo mu […]
Intambara ya III y’isi ngo yaratangiye !
Umuhanuzi w’Umufaransa Michel de Notre Dame uzwi ku izina rya Notradamus yavuze ko isi izagira intambara 3 zikomeye avuga ibizaziranga zose. Muri izo ntambara 3 ebyiri zarabaye naho iya gatatu yo iri kuba nk’uko ibimenyetso biyigaragaza byatangiye kwigaragaza. Notradamus yavutse ku itariki ya 14 Ukwakira 1503 ahitwa Saint Remy de Province mu Bufaransa. Yitabye Imana […]
Kirehe: Abarobyi banywaga ibiyobyabwenge bakanguriye abandi bantu kubireka
Bamwe mu bakora umwuga w’uburobyi mu ruzi rw’Akagera bo mu karere ka Kirehe baretse gutunda, kunywa no gucuruza ibiyobyabwenge nk’urumogi, Kanyanga ndetse n’ibindi, bakanguriye ababikora kubireka, ahubwo bakagira uruhare mu kubirwanya. Abo barobyi ni Ntakirutimana Evariste uri mu kigero cy’imyaka 42 y’amavuko, akaba atuye mu kagari ka Kabuga, ho mu murenge wa Musaza na Nzeyimana […]
Ibibazo 6 umukobwa ashobora kubaza umuhungu mbere yo kumwemerera urukundo
Mu gihe umukobwa akiri wenyine ntawe bakundana, aba yifuza ko yabona uwo umusore biyumvanamo bakaryoherwa n’ubwo buzima, iyo bagize amahirwe yo kubigeraho usanga cyane cyane batazi ibibazo bashobora kubaza abasore mbere y’uko binjira mu rukundo. 1.Ni iki uteganya mu minsi iri imbere? Iyo umukobwa wese yiteguye kwinjira mu rukundo agomba kubanza akumva imigabo n’imigambi umusore […]
RDC: Jean Pierre Bemba ese azarekurwa ku itariki 21/03 cyangwa azagumishwa mu gihome ?
Harabura iminsi 2gusa ngo urukiko Mpanabyaha rwa La Haye ngo rurekure Jean Pierre Bemba umwe mu bahoze barwanya ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila. Ese nyuma yo kurekurwa RDC izemera ko asubira mu buzima busanzwe cyangwa azashakirwa ibyaha nk’ibyabaye kuri mugenzi wari umurwanyi Ituri. Gusa ngo aramutse yemerewe gusubira mu buzima busanzwe byahindura isura ya Politiki […]
Uburusiya: Impanuka y'indege yahitanye abantu 62
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira iryo ku wa Gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2016, Indege yari itwaye abantu 55 n’abashinzwe kuyikoramo 7 yakoze impanuka ubwo yageragezaga kugwa ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Rostov-on-Don mu Burusiya. Nk’uko bitangazwa ba BBC, ngo abenshi muri aba 62 bapfiriye muri iyi mpanuka ni Abarusiya, […]
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yasabye abakinnyi ba Police FC intsinzi mu irushanwa nyafurika
Mu gihe ikipe ya Police FC ikomeje imyiteguro yo gukina umukino wo kwishyura na Vita Club Mokanda yo muri Congo, mu mikino yo guhatanira igikombe cy’amakipe yatwaye ibikombe iwayo muri Afurika (CAF Confederation Cup),abakinnyi basabwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana guharanira ibyiza, bityo bakazarangiza iminota 90 y’umukino begukanye intsinzi.Yabibasabye ubwo […]
Burundi: Leta yatangiye gusaba inkunga amabanki yigenga
Mu gihe bivugwa ko igihugu cy’u Bubiligi, Umuryango w’Ubumwe bw’i Bulayi n’abandi baterankunga bahagaritse inkunga bageneraga igihugu cy’u Burundi, ubu inzego nyinshi za leta zatangiye kubura ubushobozi bwo gukomeza imirimo yazo. Zimwe mu nzego za leta zatangiye kubura ubushobozi bwo gukora zitangira ibikorwa byo kujya gusaba inkunga mu mabanki yigenga. Urugero rutangwa n’urw’ikigo cya leta […]
Sterling ukinira Man City yikomye nyina bikomeye amugereranya na Jose Mourinho
Raheem Sterling ukinira Manchester City yise nyina umubyara Jose Mourinho nyuma yaho amunengeye ko atajya atsinda nk’uko byagakwiye. Sterling kwita nyina Mourinho, ahanini yabitewe n’uburyo uyu mutoza atajya akunda gushima ahubwo akanenga cyane abisanisha n’uko nyina aherutse gushyira igitekerezo ku rubuga rwa Instagram rw’uyu musore avuga ko adakina uko bikwiriye. Mu gihe uyu musore yavaga […]
RDC : Ingabo za FARDC zirukanye inyeshyamba za ADF NALU i Beni
Ingabo za RDC ( FARDC) mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2016 nibwo zabashije kwirukana abarwanyi ba ADF NALU muri Kivu ya ruguru.ni nyuma ibitero ingabo za FARDC zabagabye ibitero. Ibyo bitero byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa gatandatu mu duce twa Tungudu na Opira muri Territoire ya Beni […]
U Rwanda rwungutse umusaruro wa miliyari 442 mu 2015
Raporo y’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda (Gross Domestic Product, GDP) mu 2015 wiyongereyeho miliya 442 z’amafaranga y’u Rwanda, ahwanye na 6.9%. Icyo kigo gitangaza ko, hashingiwe ku biciro byo ku isoko muri iki gihe, mu gaciro k’amafaranga y’u Rwanda Umusaruro mbumbe w’u Rwanda ungana na miliyari 5,837 ukaba wari uvuye […]
Desire Luzinda uzwiho amafoto y’urukozasoni ngo ntashishikajwe no gushaka umugabo
Umuhanzikazi Desire Luzinda ukomoka muri Uganda wagiye umenyekana cyane kubera amafoto ye y’urukozasoni, kuri ubu yatangaje ko nta kimwirukankana cyatuma ahita ashaka umugabo. Uyu muhanzi avuga ko yagiye asabwa kurongorwa n’abagabo benshi bo muri Uganda akabahakanira ko igihe kitari cyagera cyo kubyinjiramo. Abicishije ku rukuta rwe rwa facebook yagize ati: “ nta kinyirukankana, nta kintu […]
Dore uko intumwa 12 za Yesu zapfuye
Ku mwaka wa 33 muri iki gihe cyacu nibwo Yesu Kirisitu Umwana w’Imana yapfuye abambwe ku musaraba. Urupfu rwe rwategetswe na Pilato wari ufite ubwoba ko ashaka kumusimbura ku butegetsi. Kuva icyo gihe habaye itotezwa ry’intumwa ze 12 kugeza ubwo zose zipfuye. Dore uburyo zishwe urupfu rubi. Duhereye kuri Yuda Isikariyota nyuma yo kubona ko […]
Cibitoke: Habonetse icyobo cyahambwemo umuntu wishwe aboshye
Mu gihe bitangazwa ko mu Burundi hari ibyobo byinshi byahambwemo abantu bagiye bicwa mu mvururu zihamaze iminsi, kuri ubu habonetse igihambwemo umuntu wishwe aboshye amaguru muri zone ya Cibitoke, mu gisagara ca Bujumbura. Amakuru yatanzwe n’umwe mu bishyikirije inzego z’umutekano, akaba yatangaje ko mu Cibitoke ku muhanda 13 hari icyo cyobo gihambyemo abantu, bakaba bashakishije […]
Polisi y’u Rwanda ikomeje ubukangurambaga bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu
Mu rwego rwo kubahiriza umwanzuro wafatiwe mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 13, Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa by’ubukangurambaga bwo kurwanya no gukumira icyaha cy’icuruzwa ry’abantu. Umwe mu myanzuro yafatiwe muri iyo nama yasojwe ku itariki 13 Werurwe wasabaga inzego zose z’ubuyobozi gufatanya mu kurwanya iki cyaha. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police […]
Impinduka muri Guverinoma: Abayobozi bakuru ba Migeprof bayikuwemo
Hashize iminsi mike Bwiza.com ivuze ko muri guverinoma hashobora kuba impinduka zishingiye ku guhindura bamwe mu baminisitiri. Ubu Minisiteri yatangiriweho ni Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango aho Minisitiri yasimbujwe naho Umunyamabanga uhoraho yoherezwa mu yindi Minisiteri. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rivuga ko Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame ashingiye ku bafasha ahabwa […]
Urutonde rw'Uturere dukomeje gutera urujijo kubakeneye kumenya amakuru kumbuga zatwo
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bimaze gukataza mu iterambere biciye mu ikoranabuhanga aho kuri ubu amakuru amwe namwe ushobora kuyabonera igihe ndetse akagera kubo agenewe bidasabye kurenga aho bari ariko wareba mu Uturere ugasanga bisa nkaho batazi icyo ikoranabuhanga rivuze bitryo bikaba biteye urujijo kubasura website z’Uturere bagasanga bakiyoborwa n’abayobozi bacyuye igihe. Dukora iyi […]
Biranugwanugwa ko Diamond yaba akorana n’imbaraga za sekibi
Mu gihe Diamond Platnumz akomeje kugenda afata indi ntera muri Afurika, abakurikiranira hafi iby’umuziki we batangiye kumuvugaho gukorana na Sekibi (Illuminati). Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Bigeye cyo muri Tanzaniya, ngo impamvu nyamukuru rubanda bavuga ko icyi cyamamare gikorana n’imbaraga z’umwijima ngo ni uko yazamutse vuba akubaka izina mu gihe gito ugereranyije n’abandi bahanzi bo Muri East […]
RDC: Havutse umutwe wa gisirikare mushya mu gace ka Kalehe
Abaturage, abategetsi n’abagize Societe Civile muri Kalehe baravuga ko biboneye umutwe witwara gisirikare mushya muri aka gace gaherereye muri Kivu y’Amajyepfo. Aba bose bavuga ko biboneye abarwanyi 19 bakeka ko ari aba Raia Mutomboki igice cya Ngandu. Aba ngo bagaragaye ku itariki ya 14 Werurwe 2016 i Idunga. Ngo aba barwanyi bari bitwaje intwaro za […]
Burundi : Perezida Nkurunziza yarekuye imfungwa 158
Perezida Nkurunziza yagiriye imbabazi abafungwa 158 bari bafungiye muri gereza ya Muramvya ndetse anagabanyiriza ibihano abandi bafungwa 45. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ubutabera mu Burundi Aime Laurentine Kanyana ubwo yasuraga iyi gereza mu ntangiriro z’iki cyumweru ariko biza gushyirwa mu bikorwa bucyeye bwaho. Minisitiri Kanyana avuga ko iki cyemezo gifashwe mu rwego rwo gushyira mu […]
Nyuma yo kurushinga, Mahoro Isaac uririmba indirimbo za Gospel agarukanye imigambi mishya
Mahoro Issac uririmba indirimbo zihimbaza Imana, nyuma yo kurushinga yagarutse atangariza abakunzi b’ibihangano bye ko agarukanye impinduka. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, yagarutse ku buryo yatangiye gukora indirimbo zihimbaza Imana, intego ze, ndetse n’icyo ategurira abakunzi be muri iyi minsi. Muri 2006 nibwo yinjiye mu ruhando rw’abaririmba Gospel agashinga ihuriro yise “Three Angles of lights”. […]
Burundi: Guverinoma yikomye Kiliziya Gaturika n’amadini amwe n'amwe
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa Kane yihangirije abayobozi b’amwe mu madini bateza ubwumvikane bucye n’agahinda mu baturage batiza umurindi abagizi ba nabi n’abatera ubwoba. Ibi byatangarijwe nyuma y’inama ya ba musenyeri b’Abagaturika bo mu Burundi yasabiwemo abarebwa n’ibibazo biri mu Burundi kwicara ku meza amwe bakagirana ibiganiro. Minisitiri w’umutekano, Pascal Barandagiye mu itangazo yashyize […]
Musanze: Umusaza w’imyaka 62 yicishije umugore we ishoka
Umusaza w’imyaka 62 wo mu Kagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi ho mu Karere ka Musanze witwa Munyambaraga Franà §ois, bakunda kwita Rwerekana yakubise umugore we, Mukarugwiza ThĂ©rese w’imyaka 47 kuri uyu wa Gatatu ushize bimuviramo gupfa. Abaturanyi b’uyu muryango bavuze ko nyakwigendera yari umugore wa gatatu Munyambaraga atunze urugo rwabo rukaba rwahoragamo amakimbirane umusaza ashinja […]
Umumotari afunzwe ashinjwa gushaka guha ruswa y’ibihumbi 5 umupolisi
Ku itariki ya 15 Werurwe, Kubwimana Justin, yagerageje guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu kugira ngo amurekure nyuma yo kumufata atwaye moto nta ruhushya rwo kuyitwara afite. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uwo mugabo uri mu kigero cy’imyaka 31 y’amavuko yafatiwe mu […]
Uganda: Umupasitoro yatemaguye umugore n’umwana arangije ariyahura
Abaturage batuye mu giturage cya Masunguyi mu Karere ka Bududa muri Uganda bari mu gahinda kenshi nyuma y’aho umugabo w’imyaka 48 w’umupasitoro atemguriye umwana we ndetse n’umugore we nyuma yo kugirana ubwumvikane bucye yarangiza akiyahura. Uyu mupasitoro witwa Deo Moya, wo kuri Bududa Pentecostal True of Life Church, yatemye umwana we w’imyaka 3 witwa Edward […]
Rihanna yongeye kwifotoza yambaye ubusa- REBA AMAFOTO
Mu gihe Rihanna w’imyaka 28 y’amavuko akomeje kuzenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika akora ibitaramo yise 72 date tour, yafashe akaruhuko anaboneraho gufata amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze, mu mafoto yafashwe hakaba hagaragayemo amwe yambaye ubusa afite n’imbunda. Iki kiruhuko yagifatiye i Miami, mu gace gakunze kugaragaramo abakerarugendo akaba yarahafatiye amashusho y’indirimbo zasohotse kuri […]
RDC : Abantu 10 bishwe bakekwaho amarozi
Abayobozi gakondo muri territoire ya Uvira muri Kivu y’Amajyepfo baremeza ko hari abantu 10 bakuze bishwe n’insoresore zabateye zibasanze mu ngo zabo ahitwa i Sange babakekaho amarozi. Ibi babivuze mu nama y’umutekano yabaye ku munsi w’ejo muri aka gace aho bavuze ko ubu bwicanyi bwakozwe mu mezi atandatu ashize. Aba bayobozi ba gakondo bavuga ko […]
Abafaransa bakoze muri Operation Turquoise bakomeje gutamaza igihugu cyabo
Uwahoze mu ngabo z’u Bufaransa, Guillaume Ancel wari ufite ipeti rya kapiteni akaba yari afite inshingano zo kurangira indege z’intambara z’u Bufaransa aho zagombaga kurasa ubwo yoherezwaga mu Rwanda mu rwego rwa Operation Turquoise, yatanze ubuhamya buteye inkeke ku byari byatangajwe n’u Bufaransa ko Operation Turquoise yari igamije ubutabazi. Nyuma y’imyaka 21, iyi operation yakomeje […]
Ibimenyetso 5 bizakwereka ko umugore wawe ashaka imibonano mpuzabitsina
Nk’uko bisanzwe ntiwavuga ko umugabo cyangwa umugore ari we ufata iya mbere asaba uwo barushinganye gukora imibonano mpuzabitsina, hari ibimenyetso simusiga byakwereka ko umugore ashaka ko mwakora icyo gikorwa atabumbuye umunwa. 1.Akomeza kugukoraho agukomeza Mu gihe ubonye umugore wawe arushaho kukwegera agukora kora ku matwi ku nkokora akanakuzengurutsa amaboko, akagufata ikiganza akagikomeza,akakuryamaho ari nako wumva […]
Karongi: Icyumba cy’amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu
Imiryango icumi isanzwe isengera mu cyumba cy’amasengesho cy’itorero EPR giherereye muri Paruwasi ya Rwimpiri imaze guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y’aho muri iki cyumba hasohokeye ubuhanuzi buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yitwa Ikosora. Ubwo ubuhanuzi bwasohokaga mu cyumba cy’amasengesho cy’itorero Presbyterienne Paruwasi ya Rwimpiri buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yiswe […]
Kamonyi: Abamotari bashishikarijwe kubahiriza amategeko y’umwuga wabo
Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bo mu karere ka Kamonyi bagera kuri 250 basabwe kubahiriza amategeko agenga umwuga wabo kugira ngo birinde gukora cyangwa guteza impanuka mu muhanda. Ubu butumwa babuherewe mu murenge wa Gacurabwenge ku wa gatatu tariki ya 16 Werurwe mu nama bagiranye n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda muri aka karere […]
U Busuwisi bwahagaritse gukurikirana umunyarwanda ukekwaho Jenoside
Urukiko rwa gisirikare mu Busuwisi rwahagaritse iperereza ku byaha bya Jenoside rukurikiranyeho uwahoze ari Minisitiri mu 1994 ubu wibera mu Busuwisi Mu 1999 ubutabera bwa gisirikare mu Busuwisi bwatangiye iperereza ku mugabo rwanze kuvuga izina rye wahoze muri guverinoma yiswe guverinoma y’Abatabazi akekwaho ibyaha bitandukanye yakoze mu gihe cya Jenoside birimo ibyaha by’intambara. Uru rubanza […]
U Burundi burasaba ko u Rwanda na perezida warwo bajyanwa mu nkiko
Minisitiri w’umutekano mu Burundi, Pascal Barandagiye, yatangaje ko u Burundi bufite ibyemezo n’ibimenyetso bigaragaza ko perezida w’u Rwanda ari mu bashyigikiye abashaka guhirika ubutegetsi mu Burundi. Yavuze ko hamaze iminsi hanafatwa bamwe mu bo mu nzego z’umutekano z’u Rwanda bagiye guhungabanya umutekano w’u Burundi maze asaba ko u Rwanda na perezida warwo bajyanwa mu butabera. […]
Kimisagara: Inzu y'umuturage yahiye atabarwa n'abaturanyi
Polisi y’u Rwanda irashima igikorwa cyakozwe n’abatuye mu kagari ka Kamuhoza, ho mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge cyo kuzimya inkongi y’umuriro yabaye mu rugo rw’umuturanyi wabo witwa Hakizimana Eugène. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Richard Iyaremye yavuze ko iyo nkongi yabaye mu ma saa […]
Pep Guardiola ngo yari yabwiye abakinnyi be ko nibatsindwa azabaca amabya
Ni mu mukino waraye uhuje ikipe ya Buyern Munich na Juventus mu irushanwa rya Champions League, aho umutaza Guardiola yari yabwiye abakinnyi be ko nibatishyura ibitego bari bamaze gutsindwa mu gice cya mbere ari bubashahure. Thomas Muller ukinira iyi kipe niwe wahishuye ko uyu mutoza yabivuze atera urwenya avuga ko Juventus niramuka ibatsinze bagasezererwa mu […]
Byinshi utari uzi ku gitsina cy’umugore, ese cyaguka ryari, gute?
Ubuzima bw’imyororokere bwa muntu bugengwa n’imyanya ndagabitsina ye. Ni ngombwa rero ko buri wese amenya imiterere ndetse n’imikorere y’ibyo bice bigize umubiri we kugira ngo amenye uko abibungabunga ariko anabungabunga ubuzima bwe muri rusange. Aha turibanda ku miterere y’imyanya ndagagitsina gore. Nk’uko tubikesha lucknotes.com, Ubushakashatsi bukaba bwerekana ko abagore barenga 60% batazi ibintu byinshi ku […]
Perezida Jacob Zuma ari mu mazi abira
Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma ari mu mazi abira nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu umwe mu bagize guverinoma ye, Mcebisi Jonas ameneye ibanga ryari rimaze igihe. Uyu mugabo akaba avuga ko yegerewe n’umuryango w’abanyemari bakomeye muri iki gihugu ukamubwira ko ushobora kumugira minisitiri w’imari. “Abagize umuryango wa Gupta (ukomoka mu Buhinde) bansabye kuba […]