Congo: Denis Sassou Nguesso yatsindiye manda ya 3 ku majwi 60%

Perezida Denis Sassou Nguesso wa Congo yongereye imyaka 32 amaze gutegeka iki gihugu nyuma yo gutsindira manda ya gatatu mu cyiciro cya mbere cy’amatora ya perezida ku majwi 60% nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umutekano kuri uyu wa Kane. Minisitiri w’umutekano, Raymond Zephyrin Mboulou yatangaje ibyavuye mu matora kuri televiziyo y’igihugu mu rukerera rwo kuri uyu […]

Obama yabyinishije umukobwa mu ruhame n’umugore we amurebera- REBA AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Werurwe 2016, Perezida Obama yagaragaye Boenos Aires muri Argentine aho yagiye guhura na Perezida mushya w’icyo gihugu Mauricio Macri, mu birori akaba yaboneyeho kubyinisha umukobwa karahava. Ibi byabaye nyuma yo kuva i Havana muri Cuba agahita yerekeza muri icyo gihugu aho yagize byinshi aganira na mugenzi we, biherekezwa […]

Amafoto: Igikomangoma William cyatashye ubukwe muri Kenya

Igikomangoma William cyo mu Bwongereza kiri mu gihugu cya Kenya aho cyaje kwitabira ubukwe bw’uwahoze ari umukunzi we, Jecca Craig, umukobwa w’umuzungu ufite ubwenegihugu bwa Kenya, Ian Craig uzwiho kuba impirimbanyi mu kurinda no kubungabunga ibidukikije. Igikomangoma William kikaba kuri uyu wa Kane cyagiranye ibiganiro na perezida Uhuru Kenyatta ku bintu bitandukanye birimo ikibazo cy’umutekano. […]

Ngoma: Inka 3 z’abaturage zishwe n’abagizi ba nabi bazishinyaguriye

Abantu bataramenyekana mu ijoro ryo kuwa 22 Werurwe bibasiye inka 3 z’umuturage barazitemagura mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Giseri, mu Murenge wa Gashanda ho mu Karere ka Ngoma, aho bivugwa ko aba bagizi ba nabi bishe izi nka bazishinyaguriye. Izo nka z’abantu batandukanye zigizwe n’imbyeyi imwe ndetse n’ibimasa bibiri, bivugwa ko zishwe zikuwemo amara […]

Kamonyi: Abayobozi b’ibanzemuri Runda biyemeje gufata iya mbere mu kurwanya ibyaha

Abayobozi b’inzego z’ibanze, imidugudu n’utugari bagera kuri 120 baherutse gutorwa mu murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi biyemeje gufata iya mbere mu bikorwa byo kwicungira umutekano ku bufatanye n’abo bashinzwe kuyobora ngo hakumirwe ibyaha. Abayobozi baherutse gutorwa muri uyu murenge, bakaba banagize komite zo kwicungira umutekano ku bufatanye bw’abaturage na Polisi(CPCs), babyiyemeje mu kiganiro […]

Dominic Ongwen , umusirikare mukuru LRA arashinjwa ibyaha 70 n'urukiko rwa ICC

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC rwemeje ibirego 70 kuri Dominic Ongwen, umusirikare mukuru w’umutwe w’inyeshyamba wa Lord’s Resistance Army, LRA. Ibyo birego birimo ibyaha by’ ntambara n’ibyaha byibasira inyoko muntu birimo kwica, gufata abagore ku ngufu, gutunga abagore kugira ngo babasambanye no gushyira abana mu gisirikare. Ongweni azaba umusrikare wa mbere wa LRA uzaburanisha n’urwo rukiko. […]

Uwahoze ari umunyamakuru kuri BBC yariye inyama y’akaguru ke

Greg Foot wahoze akorera Radio BBC mu gisata cya Siyansi (Science) yariye inyama yo ku kaguru ke, agamije kumva uko inyama y’umuntu iryoha. Nyuma yo kurya inyama zitandukanye kuva yabaho ariko ntiyigere aca iryera iy’umuntu, byatumye uyu mugabo afata icyemezo cyo kukeba inyama yo ku kuguru kwe ngo yumve. Muri ubwo bushakashatsi yakoze akanifatisha amafoto, […]

Salva Kiir yirukanye uwari minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yirukanye ku mirimo ye uwari minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga, Dr. Barnaba Benjamin Marial. Iri teka rya perezida ryatangajwe kuri televiziyo y’igihugu, SSTV mu ijoro ryakeye. Salva Kiir akaba yirukanye ku kazi umuntu bari bamaranye igihe wari kuri uyu mwanya kuva mu Ukuboza 2013. Nta mpamvu zo kwirukanwa kwa […]

Dr Theoneste Niyitegeka ararega umuyobozi wa gereza afungiwemo

Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwaburanishije urubanza rwa Dr Theoneste Niyitegeka urega umuyobozi wa gereza ya Nyanza kumufunga bitubahirije amategeko. Bwana Niyitegeka umaze imyaka 8 muri gereza avuga ko impapuro zashingiweho afungwa zitari zujuje ibisabwa. Itegeko rishya ry’U Rwanda rivuga ko umuntu bigaragaye ko yafunze undi mu buryo bututubahirije amategeko akurikiranwa ku […]

Abiswe abambari ba Nkurunziza nibo bashinjwa kwica Col Darius na Major Didier Muhimpundu

Col Darius Ikurakure na Majoro Didier Muhimpundu bishwe n’abantu batari bamenyekana ku wa kabiri tariki ya 22 Werurwe 2016, nyuma yabyo Hussein Radjabu wahoze ayobora ishyaka CNDD FDD aratunga agatoki abo yise abambari ba Nkurunziza kuba inyuma y’iraswa ryabo. Hussein avuga ko iraswa rya Muhimpundi ryakozwe ari uguhorera Darius nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ubmnews dukesha iyi […]

RDC: Babiri bishwe nabi, hafi 100 barakomereka, naho ingo hafi 530 ziratwikwa

Abantu babiri bishwe, abakabakaba 100 barakomereka mu gihe ingo zigera muri 530 zatwitswe, ubwo habagaho guhangana bikomeye hagati y’abaturage ba Bulana n’aba Waza, muri Teritwari ya Djugu muri Ituri. Intwaro gakondo akaba ari zo zifashishijwe. Ibiturage bya Bulana na Waza biravugwa ko bipfa agasozi abaturage babyo bakoreragaho ibikorwa byabo, aho abantu batandukanye bavuga ko ari […]

Amerika iravuga ko yishimiye ifatwa rya Ladislas Ntaganzwa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zashimishijwe n’icyemezo cyafashwe na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyo kohereza Ladislas Ntaganzwa mu Rwanda ngo ahaburanishirizwe ku byaha bitandukanye asghinjwa bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko ari […]

Huye: Abanyeshuri 800 bigishijwe ububi bw’icuruzwa ry’abantu

Mu rwego rwo gukomeza ubukangurambaga bwo kurwanya no kwirinda ibyaha, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye, Chief Superintendent of Police (CSP) Francis Muheto, kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Werurwe yagiranye inama n’abanyeshuri 800 biga ku kigo cy’amashuri cya Kabutare Technical Secondary School (KTSS), abaganiriza ku bubi bw’icuruzwa ry’abantu, abasaba […]

Perezida Kagame agiye kwigisha amahanga yifashishije u Rwanda

Kuva ku itariki ya 16 — 17 Mata 2016 Perezida Kagame azaba ari mu nama y’ihuriro nyafurika ry’umutekano aho azatanga ikiganiro ku Iterambere ry’Umugabane wa Afurika yifashishije urugero rw’u Rwanda. Iryo huriro riteganyijwe kubera, ahitwa Bahir Dar mu Mujyi wa Amhara uherereye mu Majyaruguru y’u Burengerezuba bwa Addis Ababa muri Ethiopia, ku nsanganyamatsiko igira iti […]

ISIS yijeje u Bwongereza n’inshuti zabwo iminsi y’umwijima nyuma y’ibitero by’i Buruseli

Islamic State yasezeranyije igihugu cy’u Bwongereza n’inshuti zacyo iminsi y’umwijima nyuma y’umunsi umwe gusa uyu mutwe ugabye ibitero bikomeye I Buruseli mu Bubiligi. Uyu mutwe wifashishije konti yawo kuri application ya telegram itanga ubutumwa ivuga ko yageneye ibihugu yise Crusader States. (Crusade ikaba ari intambara yabaye mu 1095 ubwo Papa Urban II yahamagariraga ibihugu by’abakirisitu […]

Umuzamu wa Chelsea yashimangiye ko guhambiriza Jose Mourinho byari byaratinze

Thibaut Courtois,ufatira ikipe ya Chelsea yashimangiye ko kwirukana uwahoze ari umutoza wayo Jose Mourinho byari byaratinze, ahubwo ko bakabaye baramuhambirije akigaragaza intege nke. Kuba Roman Abramovich yaramwirukanye akazana Guus Hiddink ngo n’igikorwa cy’indashyikirwa n’ubwo ngo yaje amazi amaze kurenga inkombe ariko ntacyo bitwaye biteguye impinduka nziza. Courtois yavuze ko kuba Chelsea iri mu myanya ya […]

Imyanya 7 y’akazi k’igihe gito ku bitaro bya Rwamagana (Deadline 30/03/2016)

Ubuyobozi bw’ibitaro bya’ Rwamagana burifuza gutanga akazi kigihe gito ku myanya ikurikira: No Umwanya w’akazi Umwirondoro Umubare w’imyanya ipiganirwa 1 Umukontabure wo murwego rwa AO Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa AO muri 1 Management, Finance cyangwa Accounting. 1 2 Umukontabure bo murwego rwa A2 Kuba afite impamyabumenyi yo mu rwego rwa A2 muri […]

Katy Perry yagaragaye asomanira mu ruhame n’umukunzi we

Katy Perry n’umukunzi we Orlando Bloom bagaragaye ku Karubanda basomana byimbitse ubwo bari ku mucanga mu biruhuko bagiriye i San Y Sindro Ranch ho muri Leta ya Califoni mu mpera z’icyumweru gishize. Katy Perry ngo ni ubwa mbere agiranye ibihe by’agatangaza n’uyu mukinnyi wa Cinema nyuma yo gutwara igihembo cya Golden Global yegukanye muri Mutarama […]

Syria: Haravugwa ingabo za Koreya ya Ruguru zirwanira Assad zifite ubugome bukabije

Mu gihugu cya Syria haravugwa ko haba hari imitwe (Units)ibiri y’ingabo za Koreya ya Ruguru iri kurwanira perezida Bashar al-Assad ifite ubugome bukabije. Bwana Asaad Al-Zoubi, umuyobozi wa komite y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ishinzwe imishyikirano, yatangarije Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, ko Koreya ya Ruguru yohereje ingabo mu ntambara yo muri Syria. Al-Zoubi akaba avuga ko […]

Goma: Guverineri Paluku yimuriye ibiro muri Rutshuru kubera ikibazo cy’umutekano

Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Julien Paluku, yimuye ibiro bye abikura i Goma abyimurira muri Rutshuru mu rwego rwo kwita ku kibazo cy’umutekano kivugwa aha hantu no gufatanya n’abaturage bya hafi gushakira hamwe ingamba zakwifashishwa mu gushakira igisubizo kirambye iki kibazo. Ku munsi wa mbere akorera muri Rutshuru, kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Werurwe, Guverineri […]

Nyagatare: Nyiri farumasi ari mu maboko ya polisi azira gushaka guha gitifu ruswa

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare, kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Werurwe yataye muri yombi umugabo witwa Habyarimana Valens w’imyaka 27 akekwaho gushaka guha ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100 Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Tabagwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburasirazuba Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko […]

Ramjaane Muchoma ngo aho ageze ahagejejwe no kudapfa kunyurwa. Byinshi kuri muzika ye

Umuhanzi Ramjaane Muchoma ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni umwe mu Bahanzi Nyarwanda bamaze kumenyekana kandi yabigizemo uruhare rukomeye dore ko azi gukora ibihangano bye akamenya no kubikurikirana kugirango bigere kure hashoboka, ku buryo kuri ubu ashobora kuba azwi muri Tanzania kurusha abandi bahanzi bo mu Rwanda ahanini bitewe n’indirimbo “My Love” aherutse […]

Kubera Ebola ikomeje koreka imbaga muri Guinea, Liberia yafunze imipaka yabihuzaga

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Werurwe 2016, nibwo Liberia yafunze imipaka ihana imbibi na Guinea mu rwego rwo gukumira agakoko gatera Ebola kamaze gufata indi ntera muri icyo gihugu. Guinea yatangaje ko ku wa Kane w’icyumweru gishize mu masaha make nyuma y’uko umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (WHO) ” umaze gutangaza ko muri […]

Abagabye ibitero by’ubwiyahuzi i Bruxelles batahuwe

Igihugu cy’u Bubiligi cyamaze gutahura abagabo batatu b’ingenzi bateguye ibitero by’ubwiyahuzi byabaye ku munsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 22 Werurwe 2016. Ibi bitero byigambwe n’umutwe wa Etat Islamique (EI) byahitanye abantu 34 naho 236 barakomereka. Abagabo batatu batahuwe kuba aribo bagize uruhare mu bitero by’ubwiyahuzi byabereye ku kibuga cy’indege za Zaventem mu Bubiligi no […]

Abagenerwaga imishahara badakora, Perezida Magufuli yabise Abazimu

Bitegetswe na Perezida John Magufuli na Minisitiri w’intebe muri Tanzaniya, hakozwe igenzura ry’abakozi n’imishahara rigaragaza ko hari amazina ya baringa agenerwa imishahara muri Leta. Muri iryo genzura ryakozwe, ryagaragaje ko muri 2015, hari imishahara yagiye isohoka ku mazina atandukanye ariko banyirayo ntibamenyakane,bisobanurako ari abakozi bamwe babikoze ngo bigwizeho imitungo. Iryo genzura ryagaragaje ko imishahara yagenewe […]

Isange Mobile Clinic yasuye abaturage ba Rwamagana

​Kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Werurwe, itsinda ry’abapolisi baturutse ku cyicaro gikuru cya Polisi kiri ku Kacyiru ryajyanye imodoka ikora nk’ibiro ndetse ikanakira ibibazo by’abaturage bijyanye n’ihohoterwa izwi nka “Isange Mobile Clinic” mu murenge wa Musha akarere ka Rwamagana, rikangurira abaturage b’utugari twa Nyabisindu, Kabare na Kagarana ububi n’ingaruka z’ihohoterwa rikorerwa mu ngo, […]

Burundi: Guverinoma ikomeje kwikuraho ibyaha yashinjwaga mu buhamya bw’abahoze bayirwanya

Igipolisi cy’u Burundi kimaze iminsi cyerekana abahoze ari abarwanyi barwanyaga ubutegetsi bitanze kivuga ko bagenda bagiha amakuru atari azwi. Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Werurwe noneho cyerekanye uvuga ko azi uko umuhungu wa Pierre Claver Mbonimpa yishwe. “Welly Nzitonda yarashwe n’abapolisi ubwo yashakaga kubatera grenade yiruka” , ubwo ni ubuhamya bw’uwitwa Epitace Ingabire w’imyaka […]

Yvonne ageze kure imyiteguro yo gushyira hanze Album y 'indirimbo zihimbaza Imana

Nyuma y’uko abatari bake bamugaragarije urukundo bakunda ibihangano bye, Umuhanzi Uwase Yvonne yavuze ko ageze kure imyiteguro yo gushyira hanze album ya 2 azashyira ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 27 Werurwe 2016. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, yatangiye ashima itangazamakuru n’abandi bose bafite aho bahurira n’ibijyanye n’indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana. Avuga ko yatangiye impano […]

Imyitozo ya Ushirikiano Imara 2016 iratangira kuri uyu wa Kane muri Kenya

Abasirikare, abapolisi ndetse n’abasivili bakorana bya hafi baturuka mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba bageze muri Kenya mu ishuri riherereye I Nairobi ryitwa Embakasi Humanitarian Peace Support School aho bitabiriye imyitozo ya Ushirikiano Imara ya 2016. Umuyobozi ushinzwe imyitozo, Maj. Gen. B Biwott wo mu gisirikare cya Kenya, yahaye ikaze abitabiriye imyitozo, avuga ko intego y’ingenzi […]

U Rwanda rwahaye gasopo Leta y’u Burundi

Uhagarariye u Rwanda muri ONU, Ambasaderi Eugene Richard Gasana yaraye abwiye abategetsi b’u Burundi kureka gushyira u Rwanda na Perezida Kagame mu bibazo by’u Burundi kuko ntaho bahuriye nabyo. Ni nyuma y’aho Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Aime Alain Nyamitwe avuze ko igihugu cye gifite ibimenyetso by’uko u Rwanda ruri inyuma y’ibibera mu Burundi. Ibi […]

France: Ibyo Nicolas Sarkozy yavugiye kuri telephone bigiye kumutesha umugati

Urukiko Rusesa Imanza mu Bufaransa kuri uyu wa kabiri tariki 22 Werurwe rwemeje ko ruhaye agaciro ibyumvirijwe kuri telephone yakoreshwaga na Nicolas Sarkozy wahoze uyobora u Bufaransa ndetse akaba agomba gukurikiranwa ku byaha bya ruswa no gukoresha umwanya yari afite mu nyungu ze. Kugeza ubu nta kabuza Sarkozy agomba kugezwa imbere y’inkiko akisobanura. Ikibazo cyo […]

Nyuma ya Lt Col Ikurakure undi musirikare mukuru mu Burundi yishwe

Nyuma y’aho Lt Col Darius Ikurakure yiciwe muri Etat Major y’igisirikare cy’u Burundi kuri uyu wa Kabiri, amakuru abyukiye mu itangazamakuru ry’u Burundi kuri uyu wa Gatatu aravuga ko na Major Didier Muhimpundu wahoze mu gisirikare cy’u Burundi (Ex-FAB) nawe yishwe. Inkuru dukesha urubuga rwo mu Burundi , Bishasha.com, aravuga ko Major Muhimpundu yiciwe mu […]

Impinduka muri RDF: Uwari umuvugizi yagizwe Maneko mukuru

Ku munsi w’ejo ku itariki ya 22 Werurwe 2016, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yagize uwari umuvugizi w’igisirikare Brig Gen Joseph Nzabamwita umunyamabanga mukuru w’urwego rw’ubutasi (NSS) naho Liyetona General Karenzi wari ukuriye uru rwego agirwa umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano na gisirikare nk’uko tubikesha itangazo rya Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda. Iryo […]

Muhanga: Hashize imyaka 8 bategereje ingurane ariko barahebye

Abimurwa mu bibanza byagenewe kubakwamo amazu agezweko kandi aciriritse mu nkengero z’Umujyi wa Muhanga mu Kagari ka Munyinya, mu Murenge wa Shyogwe, bazakomeza kwishyurwa hakurikijwe ibiciro bikubiye mu igenagaciro ryakozwe muri 2007. Imyaka igera ku munani ishize igice kimwe cy’ubutaka buri mu kagari ka Munyinya bukorewe igenagaciro, ngo ababutuweho bahabwe ingurane bahimuke kuko hazubakwa amazu […]

Johan Djourou wahoze akinira Arsenal agiye kugaragara muri Filimi y’urukozasoni

Johan Djourou wahoze akina hagati muri Arsenal yamaze gutangaza ko mu minsi mike hagiye gusohoka Filme yagaragayemo akora imibonano mpuzabitsina n’ umugore. Abifashijwemo na kompani yitwa “One Milion Dollar Film” ikora ikanatunganya Filme, ngo Louis Saha wahoze akina muri Man Utd na Bacary Sagna ukinira Manchester City nabo bari ku rutonde rw’abagomba gukorana nayo mu […]

Umugore utwite yivuganye umugabo we amuziza ifoto yashyize kuri facebook

Umugore ukiri muto utwite yatawe muri yombi ashinjwa icyaha cy’ubwicanyi nyuma y’uko atereye umusore wamuteye inda icyuma bikamuviramo gupfa amuziza ko yashyize kuri facebook ifoto ari kumwe n’undi mukobwa nk’uko byatangajwe n’igipolisi cyo muri Kenya. Igipolisi mu gace ka Kangemi cyavuze ko cyataye muri yombi umugore w’imyaka 19, utaratangajwe amazina, nyuma yo gushinjwa kwica umusore […]

Huye: Habaye ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye irakangurira abagatuyemo kutanywa no kudacuruza ibinyobwa byose bibujijwe; kandi bakayiha amakuru y’abantu babikora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa rya litiro 418 z’inzoga y’inkorano yitwa Muriture zafatanywe abitwa Gatoya Cassien wo mu kagari ka Ruhashya (400), na Ntampaka Jean Claude wo mu kagari ka Rugogwe (18), ku itariki 19 […]

Burundi : Lt Col Ikurakure Darius amaze kwicirwa muri Etat Majoro

Lieutenant Colonel IKURAKURE Darius usanzwe ayoboye ikigo cya gisirikare cya Muzinda amaze kwicwa mu masaha ashize y’akaruhuko n’abantu bataramenyekana. Mu masaha yo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Werurwe 2016 nibwo LT Col Ikurakure Darius yaraswaga n’umuntu witwaje intwaro utaramenyekana. Uyu mugabo akaba yiciwe muri Etat Majoro ya gisirikare. Amakuru ava […]

Faustin Twagiramungu yasabye abanga u Rwanda n’umukuru warwo kubireka kuko ngo nta kamaro

Ese Twagiramungu Faustin yaba yabaye umuvugizi wa perezida Kagame? Icyo n’ikibazo kiri kwibazwa n’abantu batari bacye babonye ubutumwa uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa Mbere. Faustin Twagiramungu ni umunyapolitiki umaze igihe muri politiki y’u Rwanda akaba yarabaye perezida w’ishyaka MDR ndetse akaza kuba Minisitiri […]

Salva Kiir yatangiye kugura inzira kuri Donald Trump hakiri kare

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, yameye ko yahamagaye Donald Trump, umwe mu bakandida bahatanira kuziyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agira ngo amubwire ibyo amwifuriza we n’ishyaka rye. Nk’uko byatangajwe n’umwe mu begereye Salva Kiir ndetse bikemezwa na benshi mu banyapolitiki n’abasirikare bo ku ruhande rwe na minisiteri y’ububanyi n’amahanga, ngo yabwiye Trump […]

Urutonde rw’ibyamamare 10 byishwe na VIH/SIDA

Mu gihe hashize imyaka itari mike icyorezo cya SIDA kivumbuwe cyagiye cyararika imbaga y’abantu batandukanye harimo ibyamamare byagiye bibica bigacika kuri iyi si ya Rurema. 10.Licky Wilson Licky Wilson wakomokaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavutse ku italiki 19 Werurwe 1953 apfa ku 12 Ukwakira 1985 akaba yari umunyamuziki wari waraminuje kuri Gitari. Mu […]

MINALOC ntivuga rumwe n’abaturage bugarijwe n’inzara ivuga ko bohererejwe ibyo kurya

Inzara bivugwa ko irimo irabica bigacika mu duce tumwe tw’Akarere ka Nyagatare ngo yatewe n’izuba ryinshi ryavuye nk’uko byemejwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu. Iyi minisiteri ivuga ko yoherereje ibyo kurya abaturage bugarijwe ariko bo bavuga ko bitarabageraho. Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Musheri muri aka karere basanganywe inzara ku buryo bari bakeneye ubufasha […]

Belgique: Ibitero by’ibyihebe bimaze guhitana 13 naho 35 barakomereka (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ku kibuga cy’indege cya Bruxelles mu Bubiligi haturikiye amabombe yatewe n’ibyihebe. Ibibombe bitatu nibyo byatewe bibiri biraturika naho kimwe kigaragara kitaraturika.Abantu 13nibo bahitanywe n’aya mabombe naho abarenga 36 barakomereka. Aya mabombe uko ari atatu yatezwe ku kibuga cy’indege cya Zaventhem. Amabombe abiri yari atezwe muri sale y’urwinjiriro hafi […]

Imitwe 6 kabuhariwe ya gisirikare (special force) ikomeye kurusha indi ku isi- AMAFOTO

Buri gihugu usanga gifite umutwe wa gisirikare kabuhariwe umwe cyangwa urenze umwe, ahanini ugasanga ushinzwe kwitabazwa aho rukomeye, muri operasiyo zikomeye kandi mu buryo bwihuse, ugasanga ari iyo kuburizamo ibikorwa by’iterabwoba no kubohoza abashimuswe cyangwa guhangana n’abigometse,… 6 . SSG, Pakistan SSG (Special Services Group) ni umutwe kabuhariwe wa gisirikare ubarizwa mu gisirikare cya Pakistan, […]

U Bufaransa ntiburemeza niba buzifatanya n’u Rwanda mu kwibuka abazize jenoside

Kugeza ubu guverinoma y’u Bufaransa ntirafata icyemezo cyo kuzohereza cyangwa kutazohereza I Kigali kuwa 07 Mata 2016 intumwa zizayihagararira mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuwa 19 Gashyantare, abagize inteko ishinga amategeko 43 basabye minisitiri mushya w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Jean-Marc Ayrault, ko Abafaransa bazaza kwifatanya n’u Rwanda mu kwibuka abazize jenoside. Ubwo yari […]

Abashyigikiye Jean Pierre Bemba ntibanyuzwe n’ibyaha yahamijwe

Jean-Pierre Bemba wari umukuru w’umutwe wa MLC ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere yahamijwe n’urukiko Mpanabyaha rwa La Haye (CPI) ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Ku rundi ruhande abamushyigikiye bavuze ko yarenganyijwe Umukuru w’umutwe ugamije kubohoza Congo (MLC) yahamijwe na CPI kuba yari akuriye ubwicanyi, ubusahuzi no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa. Ibi byaha […]

Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Ikibazo kiragira kiti: “Ariko se abagore batajya bazana aya mazi muri icyo gihe byaba bivuga ko batajya bishima” ? Kunyara ni kimwe mu bintu birimo gusenya ingo zimwe na zimwe muri iki gihe mu gihe ibyishimo bibonerwa mu mibonano, ariko ntibyakunze kwitabwaho hirya no hino ku isi kugeza mu 1950, aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari […]

France: Nicolas Sarkozy ari mu mazi abira

Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa ndetse akaba anateganya kugaruka muri Champs Elysees, kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Werurwe aragezwa mu rukiko rusesa imanza aho akurikiranweho ibyaha bifitanye isano na ruswa no gukoresha umwanya yari afite mu nyungu ze. Ibyavugiwe kuri telephone na Sarkozy akaba ari byo byamutamaje bigatuma atangira gukurikiranwa. Biravugwa ko […]

Yeguye nyuma y’ibyumweru hafi 3 atowe muri njyanama y’akarere

Nyuma y’iminsi 18 Mwiseneza Fidele atorewe kujya muri Njyanama y’umurenge wa Gihango akarere ka Rutsiro ,yasezeye kuba umwe mu bagize Inama Njyanama y’Akarere ka Rutsiro kuko adashaka kubangikanya imirimo y’ubujyanama no gukorera akarere. Ubusanzwe,Mwiseneza yari umukozi w’akarere ushinzwe kwihutisha iterambere yarahiriye kuba Umujyanama mu Nama Njyana y’Akarere ka Rutsiro ku wa 26 Gashyantare 2016, ku […]

Burundi: Abirukanwe muri CNDD-FDD bifatanyije na CNARED

Abahoze ari abarwanashyaka b’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD birukanwe mu ishyaka bakaba bari bariyise Abaryumyeho (Abaryumyeko), ubu bakaba barashinze ishyaka ryabo ryitwa PPD GIRIJAMBO, batangaje ko iryo shyaka ryabo riri mu ihuriro CNARED. Iryo shyaka rikaba riyobowe na Leonidas Hatungimana wahoze ari umuvugizi wa perezida Pierre Nkurunziza. Mu ibaruwa yandikiye perezida wa CNARED, […]

Ali Mohamed Shein wo muri CCM niwe watsindiye kuyobora Zanzibar

Umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi muri Leta ya Zanzibar, imwe mu zigize Tanzania, yatangajwe ko ari we watsinze amatora nyuma yo gusubiramo amatora yo muri iyi leta nyuma y’uko aya mbere atavuzweho rumwe ndetse akamaganwa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Perezida Ali Mohamed Shein wo mu ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), akaba yatsinze aya matora ku majwi […]

Nyanza: Abaturage basabwe kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari yakanguriye abagatuyemo kwirinda no kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana. Ubu butumwa yabutanze ku itariki 20 Werurwe mu kiganiro yatanze kuri Radio Salus. SP Ruganintwari yavuze ko ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina bishobora gukorwa n’ibitsina byombi, aha akaba […]

Dr Rose Mukankomeje yatawe muri yombi na polisi

Dr Rose Mukankomeje, wari umuyobozi mukuru w’Ikigo gishinzwe kubungabunga Ibidukikije (REMA), yatawe muri yombi na polisi akurikiranweho icyaha cyo kubangamira ubutabera. Umuvugizi wa polisi, ACP Celestin Twahirwa, yemeje aya makuru, avuga ko ibyaha akurikiranweho bifitanye no kugerageza gukingira ikibaba abayobozi ba Rutsiro bakurikiranwe n’ubutabera. ACP Twahirwa yagize ati: “N’ukuri yafashwe ari gukorwaho iperereza ku kibazo […]

Burundi:Leta yongeye gutoteza kiliziya Gaturika

Nyuma y’aho guverinoma itangarije ko kiliziya gaturika mu Burundi yarenze ku nshingano zayo zo kubwiriza ubutumwa bwiza ikinjira mu bya politiki, ubu noneho leta iyobowe na Perezida yatangiye kuburizamo misa ikintu abantu bafashe ngo gushaka gutoteza no gutera ubwoba Kiliziya gaturika. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize abashinzwe umutekano batandukanye barimo abapolisi bafatanyije n’Imbonerakure baburijemo misa […]

Imijyi 10 igaragaramo uburaya bukabije kurusha indi ku isi

Nk’uko muri buri bihugu usanga hagaragaramo imijyi ikunzwe cyane kubera ibiberamo, hari iyo usanga izwiho ibyaha bitandukanye ubwicanyi, ubusambanyi,… kuri ubu iyi yashyizwe hanze ko iri ku rwego ndengakamera kurusha indi mu bihugu bigize isi mu gukorerwamo ubusambanyi, . 1.Amsterdam mu Buhorandi Uyu mujyi ukabije ku byaha bikakaye birimo kunywa itabi ,inzoga ndetse usanga barabigize […]

Miss Shanel yagaragaje itandukaniro hagati ye n’abandi bahanzikazi Nyarwanda

Nirere Shanel uzwi nka “Miss Shanel” yagaragaje itandukaniro hagati ye n’abandi bahanzikazi Nyarwanda aho yacuranze Piano bigatinda, mu gitaramo yakoreye muri Hotel Selena kuri icyi Cyumweru taliki 20 Werurwe 2016. Mu gihe bitari bimenyerewe ko mu Rwanda hagaragara abari cyangwa abategarugori babasha gucaranga bimwe mu bikoresho bya muzika “Piano”, Shanel we yagaragaje ubwo buhanga buhanitse […]

Abami bayoboye u Rwanda bagera kuri 28 kuva 1091-1960

Nkuko impuguke mu mateka Alexis Kagame n’abandi banditse ku mateka y’u Rwanda, Abami 28 ni bo bayoboye u Rwanda kuva ahagana mu mwaka w’ 1091. Bamwe mu bami babaye ibihangange ku bw’inyurabwenge rijimije ryabo ryihariye, abandi babaye indatwa ku bw’ ibikorwa by’indashyikirwa mu rugamba rwo kwagura igihugu no kurinda ubusugire bwacyo. Amateka y’u Rwanda kugirango […]

Agasuzuguro Raul Castro yagaragarije Obama ngo katumye Donald Trump afatwa n’ikiniga

Uruzinduko Obama n’umuryango we bagiriye mu gihugu cya Cuba kuri iki cyumweru taliki ya 20 Werurwe 2016, ntaze kwakirwa ku kibuga cy’indege ” Havana” na Perezida w’icyo gihugu Raul Castro, byatumye Donald Trump wiyamamariza kuyobora USA afatwa n’ikiniga aho yabifashe nk’agasuzuguro gakomeye Obama yagaragarijwe. Byateganywaga ko Obama azakirwa na Perezida Raul, bakaza kwakirwa na Ministre […]

Abayobozi na Njyanama bazikubira ibya rubanda ntibazihanganirwa “ Francis Kaboneka”

Francis Kaboneka Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’imibereho y’abaturage arasaba abayobozi na Njyanama by’uturere n’umujyi wa Kigali kwirinda akaboko karekare kuko uzatinyuka kwiba ibya rubanda atazihanganirwa kuko azahita yerekwa umuryango usohoka. Ibi Minisitiri Kaboneka yabivuze ku munsi w’ejo ubwo yatangizaga ku mugaragaro itorero ry’abayobozi na Njyanama y’umujyi wa Kigali baherutse gutorwa. Iri torero rikaba riri kubera I […]