Uburyo 6 wasomamo umugore akagira ububobere bwinshi mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Gusomana mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina, ni kimwe mu bituma icyo gikorwa kigenda neza mu buriri dore ko iyo bikozwe neza byorohereza umugabo gutuma ageza umugore we kugera ku ndunduro yâibyishimo. Akenshi iyo hatabayeho ububobere bwâumugore igihe yumva cyangwa ashaka gukora imibonano mpuzabitsina bituma umugabo atirekura neza, ariko hari uburyo yasomamo umugore agahita atoha bityo […]
Perezida Kagame arasaba abaturage gufata neza ibikorwa byâiterambere
Perezida Kagame arasaba abaturage gufata neza ibikorwa byâiterambere cyane cyane ibyâamazi birinda kubyangiza. Ibi Perezida wa Repubulika yabivugiye mu murenge wa Kanyinya ubwo yatahaga ku mugaragaro uruganda rwâamazi rwa Nzove ya 2 rugiye kujya rutanga litilo 25000 ku munsi. Mu rwego rwo gukemura ikibazo cyâamazi gikunzwe kuvuga mu murenge wa Kanyinya byâumwihariko mu gace ka […]
Umugandekazi Bad Black uririmba indirimbo za Gospel ashegeshwa no kutabona umurongora
Umuririmbyi wâindirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, Shanitah Namuyimba uzwi nka Bad Black yatangaje ko ashakaka umukunzi uzamutetesha mu minsi mike bakaba banarushinga. Aganira na Howwe , uyu muhanzikazi yavuze ko yumva akumbuye kujya mu rukundo rwâumwimerere, akaba ashakira hasi no hejuru uzamwuzuriza ibyâishimo byâubuzima bwe. Yagize ati:â ndabona umuziki wanjye ukomeje gutera imbere kandi […]
Pakistan: Pasika yabaye intandaro yâubwiyahuzi bwasize amateka atazibagirana
Ku munsi wâejo taliki 27 Werurwe 2016, ubwo hizihizwaga umunsi mukuru wa Pasika nibwo mu gihugu cya Pakistan mu gace ka Gulshan hagaragaye ubwiyahuzi bwahitanye abagera kuri 70 abandi 300 barakomereka bikabije. Mu gihe abakirisitu muri icyo gihugu bari babukereye, nibwo umutaribani wâumwiyahuzi yiturikirizagaho igisasu agamije kurimbura aba kirisitu bari bateraniye aho. Nasreen Bibi umubyeyi […]
Padiri Nahimana Thomas yabaye maneko wa Faustin Twagiramungu
Nahimana Thomas wahoze ari padiri muri Cyangugu mbere yo kujya i Burayi akanatangira kugaragaza ukutavuga rumwe na Leta yâu Rwanda, avuga ko mu matora yo muri 2003 yari maneko wa Twagiramungu wayatsinzwe. Uyu mupadiri w’umunyapolitiki watangaje benshi nyuma yo kwiyambura ikanzu ya kiliziya agakurikira politiki, ntiyemera ko Twagiramungu yatsinzwe amatora yo muri 2003, mu gihe […]
Nyuma yâimyaka 27 Umukobwa na se baramenyanye bahujwe nâakazi
Mu 1989 Habimana Jean Leonard bakunze kwita Shinani hamwe nâumukobwa mwiza utaravuzwe amazina bahuriye mu cyahoze ari komini Kibari ubwo yari agiye gusiga amarangi mu bitaro bya Byumba. Muri icyo gihe baje kuryamana inshuro 1 gusa aza kumutera inda. Nyuma yâimyaka 27 Shinani atarabona umwana yabyaye ndetse atazi neza ko yateye inda, aba bombi baje […]
Burundi: Abiyemereye ibikorwa byâubwicanyi bari mu mutekano usesuye
Igipolisi cyâu Burundi kimaze ukwezi kurenga gikora iperereza ku bwicanyi bubera mu Burundi. Iri perereza rikaba ryaratahuye abantu batandukanye ndetse baniyemerera ubu bwicanyi Aba bafashwe abenshi nibo bijyanye kuri polisi bavuga uko bakoze ubu bwicanyi. Abafashwe bose bemera ko bishe abaturage batavuga rumwe nâubutegetsi barangije babashyingura mu byobo rusange. Bemera kandi ko aribo bishe ababikira […]
Burera: Abanyeshuri barenga 400 basobanuriwe uko icuruzwa ry'abantu rikorwa
Ku itariki 26 Werurwe, abanyeshuri barenga 400 bo mu rwunge rw’amashuri rwa Kagogo, ruherereye mu murenge wa Kagogo, ho mu karere ka Burera, bahawe ubumenyi ku buryo icuruzwa ry’abantu rikorwa. Ibi babisobanuriwe na Superintendent of Police (SP) DieudonnĂ© Rwangombwa, akaba ayobora Polisi y’u Rwanda muri aka karere. Icyo kiganiro kitabiriwe kandi n’ubuyobozi bw’iri shuri ndetse […]
Perezida Kagame ayoboye urutonde rwâabantu 127 bazavamo 100 bigaragaje mu 2016
Ikinyamakuru The Time cyo mu Bwongereza cyashyize ahagaragara urutonde,ruyobowe na perezida Kagame, rwâabantu 127 bâibikomerezwa ku Isi mu nzego zitandukanye bagomba gutoranywamo 100 baranze uyu mwaka wa 2016. Muri uyu mwaka, urwo rutonde rugizwe nâabakuru bâibihugu, abahanga muri siyansi nâikoranabuhanga, inararibonye mu bugeni nâabandi bigaragaza muri iki gihe. Mu gihe abanditsi bakuru ba The Time […]
Ni iki kihishe inyuma yâitsindwa ryâAmavubi mu birwa Maurice?
Abanyarwanda benshi bari biteze gutsinda ibirwa bya Maurice bitewe nuko iyo kipe iri ku rwego rwo hasi ndetse ikaba iri kure kuri fifa ranking aho ibarizwa mu myanya 100 irenga mu gihe u Rwanda ruhagaze ku mwanya wa 85 kuri fifa ranking. Umukino warangiye ibirwa bya Maurice bihaye gasopo abanyarwanda bari barwitezeho amanota 6 yâumukino […]
Cristiano Ronaldo yongeye kwifuza umugore wamutwitwira ariko batabanye nkâabashyingiranywe
Cristiano Ronaldo ku myaka 31 agiye kwongera kurera bwa kabiri nkuko amakuru ava i Portugal abihamya binyuze ku mubyeyi uzemera kumutwitira bamwe bazwi ku izina rya âSurrogate Mothersâ bwa kabiri kuko nâumwana afite Cristiano Ronaldo Jr wavutse 2010 ariko yavutse. Cristiano Ronaldo ngo yongeye kwifashisha abo babyeyi batwitira cyane cyane bakunze kuba bahura nâibibazo byo […]
Burundi: FOREBU yigambye ko ari yo yishe Lt. Col. Ikurakure
Umutwe wa FOREBU urwanya ubutegetsi bwâu Burundi uyobowe nâuwahoze mu gisirikare cyâu Burundi kuri uyu wa Gatandatu wigambye ko ari wo wishe Lt. Col. Darius Ikurakure muri iki cyumweru dusoza nkâuko uyu mutwe wabitangaje ku rukuta rwawo rwa twitter. Ibyatangajwe nâuyu mutwe uvuga ko ugamije gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi ngo bishobora kugaragariza amahanga ko […]
BURUNDI: abasirikare baherutse kwica bagenzi babo ntibarafatwa
Umuvugizi wâigisirikare cyâUburundi arabeshuza amakuru avuga ko abishe Lieutenant Colonel Darius Ikurakure, bamaze gufatwa. Gusa yemeza ko iperereza rigikomeje Colonel Gaspard Baratuza avuga ko abantu bahitanye uwo musirikare ku wa kabiri hamwe nâabahitanye Major Didier Muhimpundu ku musi ukurikiyeho mu masaa moya nâigice zâijoro kugeza ubu bataratabwa muri yombi. Ikurakure yiciwe mu biro bikuru bya […]
Ni iki gituma abana bata ishuri mu Rwanda?
Mu gihe leta y’u Rwanda ivuga ko yashyizeho gahunda y’uburezi bw’ibanze kuri bose ku buntu, hirya no hino mu Rwanda hakomeje kugaragara abana bata amashuri bavuga ko babuze amafaranga y’ikiguzi cy’uburezi. Perezida Kagame avuga ko ahangayikishijwe nâikibazo cyâabana bata ishuri bityo akaba avuga ko ababigiramo uruhare bose bazahanwa. Abana baganiriye n’Ijwi ry’Amerika ni abakora imirimo […]
Dr Richard Sezibera yaba agiye gusubizwa minisiteri yâubuzima ?
Dr Richard Sezibera wigeze kuyobora minisiteri yâubuzima akaba yari amaze igihe ari Umunyamabanga Mukuru wa Afurika yâIburasirazuba, EAC, ngo yaba agiye kugaruka muri minisiteri yâubuzima agasimbura Dr Agnes Binagwaho wari wamusimbuye kuri uyu mwanya. Amakuru aturuka mu nzego zifata ibyemezo agera ku kinyamakuru Umusingi dukesha iyi nkuru, avuga ko Dr. Sezibera Richard agiye gusubizwa Minisiteri […]
Burundi: Intambara yatangiye hagati CNDD FDD na Kiliziya Gaturika
Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryongeye Kiliziya gaturika rivuga ko iri inyuma yâumutekano muke uvugwa mu Burundi. Byâumwihariko Kiliziya gaturika yo iregwa kuba hari bamwe mu bayoboke bayo bagaragaje ko badashyigikiye ubutegetsi buri mu Burundi. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara nâiri shyaka rivuga ko ibyo kiliziya gaturika ikora ari ibitero iri kugaba ku […]
Rubavu: Imyumvire mibi y'ababyeyi n'imikorere mibi y'abayobozi nibyo bituma abana bata amashuri – Kagame
Umukuru w’Igihugu Nyakubahwa Paul Kagame yashimiye Akarere ka Rubavu kuba ku isonga mu kwihuta mu iterambere ariko anasaba ko imbaraga zishyirwa mu gufasha abana kwitabira ishuri zakongerwa cyane ko ibikenewe byose biba byatanzwe. Ibi yabitangarije mu murenge wa Mudende mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Karere ka Rubavu mu rwego rwo kwegera abaturage no kubaganiriza […]
Uganda: Igipolisi kirahakana ko umukuru wacyo aherutse kurusimbuka
Igipolisi cya Uganda kiravuga ko amakuru yatangajwe yâuko umukuru wacyo, Gen Kale Kayihura yarokotse kwicwa kuri uyu wa Gatanu ushize mu bice bya Rwenzori ari ibinyoma byâibihimbano nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Chimpreports. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda byari byatangaje ko Gen. Kale Kayihura yarokotse umugambi wo kumwivugana ubwo yari mu gikorwa cyo gukangurira abaturage kwicungira umutekano […]
Abakozi bâibitaro bya Mugonero bigishijwe kwirinda inkongi z'imiriro
Abakozi bâIbitaro bya Mugonero biherereye mu kagari ka Ngoma, mu murenge wa Gishyita , mu karere ka Karongi, bahawe ubumenyi ku bitera inkongi zâimiriro, uko bazirinda , ndetse nâuko bazizimya mu gihe zibaye. Abahuguwe ku italiki ya 24 Werurwe ni abaganga bâibitaro, ababikoramo isuku ndetse nâabarwaza bakaba bose barageraga kuri 60. Bahuguwe na Inspector of […]
Gatsibo: Abaturage basobanuriwe ububi bwâibiyobyabwenge
Abaturage bagera kuri 300 bo mu kagari ka Bugarama, ho mu murenge wa Rugarama, mu karere ka Gatsibo, basobanuriwe ububi bwâibiyobyabwenge, kandi basabwa kubyirinda no kubirwanya. Ibi babikanguriwe ku itariki 23 Werurwe mu nama bagiranye nâumuyobozi wa Polisi yâu Rwanda muri aka karere , Superintendent of Police (SP) Eric Kabera. Aganira na bo, SP Kabera […]
Ubuhamya bwâabagore bahuye nâuruva gusenya, bafite ibitsina bito bitabasha kwinjiramo icyâumugabo
Ushobora kuba warumvise havugwa ko umugore ashobora kugira igitsina gitoya cyatuma atabasha gukora imibonano mpuzabitsina. Ibyo birashoboka, ariko nanone ikindi ni uko umugore ashobora kuba yarigeze gukora imibonano mpuzabitsina nta kibazo, nyuma kuyikora bikaza kumunanira, akajya yumva igitsina cye cyarabaye gitoya. Ahanini rero si ukuba gitoya, ahubwo ni ukubura ubushobozi bwo kwikanyura ngo cyaguke igihe […]
Ese koko ku mukino wo kwishyura Amavubi azigobotora Ile Maurice?
Umukino watangiye saa saba mu masaha ya Kigali, ariko Amavubi akaba yatangiye umukino yamaze guhiga gutahana amanota 3 ariko bibaye ubusa kuko Ile Maurice isigaranye amanota 3, bityo abafana bakaba bibaza niba Amavubi azashobora kwigondera ku mukino wo kwishyura. Igiche cya mbere kingana nâiminota 45 cyarangiye nta ikipe nâimwe yigeze ireba mu izamu, kikaba cyarangiye […]
Perezida mushya wa Benin agiye kugabanya manda za perezida ikaba imwe
Perezida mushya uherutse gutorwa muri Benin, Patrice Talon, yavuze ko afite umugambi wo kugabanya imyaka umukuru w’igihugu amara ku butegetsi akayigira manda imwe gusa y’imyaka itanu. Bwana Talon uherutse gutsinda minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu mu kiciro cya kabiri cy’amatora y’umukuru w’igihugu, ku wa 20 Werurwe 2016 yavuze ko ibi byafasha kurwanya icyo yise kwirara k’umukuru […]
Perezida Kagame yakoranye umuganda nâabaturage bo muri Rubavu- AMAFOTO
Mu gikorwa cyâumuganda rusange cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2016, Perezida Kagame yifatanyije nâabaturage bo mu karere ka Rubavu mu ntara yâIburengerazuba muri iki gikorwa batera ibiti byâimikindo mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije. Perezida Kagame yakoranye umuganda nâaba baturage mu gihe ari mu ruzinduko mu karere ka Gakenke na Rubavu, nyuma […]
Amavubi arakina na Ile Maurice idafite abakinnyi 2 bâabahanga
Mu gihe u Rwanda rwitegura gukina umukino nâibirwa Maurice kuri uyu wa Gatandatu saa saba zâi Kigali, mu mikino yâamajonjora yâigikombe cyâAfurika mu itsinda H, iyi kipe irabura abakinnyi babiri bakomeye barimo ukina mu Bufaransa nâuwatsinze igitego Mozambique muri Nzeri 2015 nkâuko ikinyamakuru Lemauricien kibivuga . Lemauricien cyanditse ko Michaà «l Bosqui ukinira CA Bastia yo […]
Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge
Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari aherekejwe nâushinzwe ubufatanye bwa Polisi nâabaturage mu kurwanya ibyaha, Inspector of Police(IP) Jean Baptiste Bizimana, kuri uyu wa kane taliki ya 24, yagiranye inama nâabanyeshuri bagera kuri 729 biga mu ishuri Nyanza Technical School , abigisha ubwoko bwâibiyobyabwenge, ingaruka mbi zabyo, kandi […]
Diamond, Zari nâumukobwa wabo baryohewe nâubuzima mu ruzinduko bagiriye muri Swede- REBA AMAFOTO
Umuhanzi Diamond ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya hamwe n’umugore we Zari n’umwana wabo Tiffah, bagaragaje umunezero bagiriye mu ruzinduko bagiriye ku mugabane w’Uburayi, nyuma y’amafoto yabo banyanyagije ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko byagaragaye ku rukura rwa Instagram rwa Zari, yagaragaje amafoto menshi yabo bombi bari mu munezero mu ruzinduko bagiriye mu gihugu cya Swede. Uru ruzinduko […]
Umushinwa yemeye ko yibye amabanga yâigisirikare cya USA
Umugabo umwe wo mu gihugu cy’Ubushinwa yemeye ko afite uruhare mu kwiba amabanga akomeye yerekeye uko igisirikare cya Amerika gikora. Su Bin w’imyaka 50 azwiho kuba mu ikipe y’abantu bahora biba amakuru yerekeye indege z’intambara, indege zo gutwara imizigo n’imbunda bya Leta zunze ubumwe za Amerika. Nkâuko bitangazwa na BBC Gahuza, ngo yafashwe akora akazi […]
Abasore bemeye kubambwa nk'uko YESU yabikorewe bibuka urupfu yapfuye-REBA AMAFOTO
Bijyanye n’imyemerere, abasore bahitamo kubabazwa nk’uko YEZU yababajwe maze bagakubitwa, bakambikwa ikamba ry’amahwa nk’uko Yesu yabikorewe, bikaba byakorewe muri Mexico na Philippine. Mu muhango wa kirizia ni igikorwa ngaruka mwaka aho bibuka urupfu rwa Yesu Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter Leki@bwiza.com
Col Gaspard Baratuza yateye utwatsi ukwihorera nâurwango bivugwa mu gisirikare cyâu Burundi
Mu gihe bikomeje kuvugwa ko mu gisirikare cyâu Burundi haba harimo umwiryane ndetse no kwihorera bya hato na hato, Col Gaspard Baratuza, umuvugizi wâigisirikare cyâu Burundi avuga ko igisirikare abereye umuvugizi cyiyunze. Ibi yabitangaje mu nama yagiranye nâAbavugizi ba za Minisiteri zose zo mu Burundi, inama yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Werurwe […]
Ibintu bibiri bigiye gukorerwa umusirikare wâuburundi wafashwe mpiri
Gen. Aloys Nzabampema, umuyobozi wâishyaka FNL rirwanya Leta ya Nkurunziza yatangaje ku mugaragaro ko hari ibintu bibiri bagiye gukorera umusikare wa Leta wafashwe mpiri nâabasirikare ba FNL. Aya makuru yatangiye kumenyekana hari kuwa gatatu tariki 23 uku kwezi ubwo amafoto yâuyu musirikare yatangiraga kunyuzwa kuri facebook bivugwako yafatiwe mbiri mu ishyamba cyimeza rya Rukoko. Igisirikare […]
Karongi: Abamotari basabwe kuba abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha
Umuyobozi wa sitasiyo ya Polisi yâu Rwanda ya Bwishyura, Chief Inspector of Police (CIP) Bernard Gahima yagiranye inama nâabamotari 115 bakorera mu bice bitandukanye byo mu karere ka Karongi, maze abakangurira kurangwa nâubufatanye mu kurwanya no gukumira ibyaha, byaba ibifitanye isano nâumwuga wabo ndetse nâibindi. Abo bamotari bibumbiye muri Koperative ebyiri ari zo : COTAMOKA […]
Umugabo yakatiwe imyaka 200 yâigifungo azira kwica abana be 4
Lukas Misati wâimyaka 40 yâamavuko wo mu gihugu cya Kenya mu gace ka Kisii yahamwe nâicyaha cyo kwica abana be 4 ahinishwa igifungo kingana nâimyaka 200. Uyu mugabo yakoze aya mahano nyuma yo kumenenganisha umugore we amubuza kwimuka mu nzu yâinkodeshanyo bari batuyemo, umugore abonye azahajwe nâinkoni niko guhita ahunga. Akimara kubona ibikomere yatewe nâumugabo […]
Jamie Varidy ukinira Leicester yabwiwe ko agiye gukorerwa film amera nkâumusazi
Nyuma yâigihe gito ikipe ya Leicester yubatse izina ibifashijwemo na rutahizamu Jamie Varidy, byatumye abwirwa nâumwanditsi wa Filme ukomeye muri USA ko agiye kumukorera Filme izibanda ku bigwi bye amera nkâumusazi. Varidy aganira nâitangazamakuru yasobanuye uburyo atiyumvishaga ko hari abo ashobora kubera ikitegererezo muri aki gihe gito Leicester imaze imenyekanye mu irushanwa rya Premier League. […]
MINEDUC yashyizeho gahunda yâitaha ryâabanyeshuri mu biruhuko
Minisiteri yâuburezi yashyize ahagaragara uburyo abana bazataha bava ku ishuri ubwo bazaba basoza igihembwe cya mbere cyâumwaka wâamashuri wa 2016. Ngo ni mu rwego rwo kuborohereza gutaha kugira ngo babashe kubona imodoka zo kubacyura. Nyuma yo kubona ko mu gihe cyâ itangira ryâ amashuri ndetse nâ isozwa ryayo abanyeshuri bitaborohera kubona imodoka zibatwara, Minisiteri yâ […]
Yvonne Chaka Chaka yahishuye icyihishe inyuma yâurwo akunda Perezida Museveni
Ni ku munsi wâejo Tariki 24 Werurwe 2016, mu gitaramo cyateguwe nâumunyarwenya Anne Kansiime, aho Yvonne Chaka Chaka yatangaje ku mugaragararo ko akunda Museveni, ko ari mu bafite uruhare runini mu kurwanya icyorezo cya SIDA muri Afurika. Yashimangiye ko Guverinoma ya Uganda ibinyujije muri Museveni yarwanyije bikomeye ikwirakwizwa ryâagakoko gatera SIDA muri Afurika muri rusange […]
Senateri yari yivuganwe nâumugore we nyuma yo kumusangana agakingirizo mu mufuka
Senateri Wetangula Moses wo mu gihugu cya Kenya aherutse guhura nâuruva gusenya ubwo yakubitwaga nâumugore we, Anne Waceke Ngugi akamusiga ari intere nyuma yo gusanga mu mufuka wâikoti rye agakingirizo. Amakuru yatangajwe akaba yaravugaga ko Senateri Wetangula asanzwe afite ingeso yo gukunda abagore bikaba bikunda kumushyamiranya nâumugore we. Kuri uyu munsi noneho nkâuko iyi nkuru […]
Abashakashatsi basuye Polisi yâu Rwanda bishimira imikoranire yayo nâabaturage nyuma ya Jenoside
Abashakashatsi 18 bavuye mu bihugu bitandukanye bari mu Rwanda, aho gusura ibigo bitandukanye bifite aho bihuriye nâubutabera, kuri uyu wa kane tariki ya 24 Werurwe basuye Polisi yâu Rwanda birebera imikoranire yâayo nâabaturage nyuma yâuko u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Bageze ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda ku Kacyiru, bakiriwe […]
Burundi: FNL yafashe mpiri ofisiye mu ngabo z'u Burundi
Umusirikare wok u rwego rwa ofisiye mu gisirikare cyâu Burundi kuri uyu wa gatatu ushize yashimutiwe mu ishyamba rya Rukoko, aho bivugwa ko kuri ubu uyu musirikare ufite ipeti rya Lieutenant witwa Irambona Alexis ari mu maboko yâabarwanyi bâumutwe wa FNL wa Aloys Nzabampema, bikaba byanemejwe nâumuvugizi wâigisirikare cyâu Burundi, Col Gaspard Baratuza. Kuwa Gatatu […]
Ibyamamare 10 byagaragaye mu ruhame nta Kariso byambaye-REBA AMAFOTO
1.Rihanna Ntibitunguranye ko Rihanna aza ku isonga kuri uru rutonde, kuko uyu muhanzikazi akenshi yagiye agaragara mu itangazamakuru nâahandi yashyize hanze amafoto ye atangaje, uretse no kuba yaragaragaye mu ruhame atambaye ikariso yanagiye agaragara kenshi mu mafoto yambaye uko yavutse. 2.Jennifer Lopez Lopez nk’umubyeyi w’imyaka 46 y’amavuko, nawe akunze kugaragaza ikimero cye uko cyakabaye mu […]
Imana yatsindiye Shitani muri RGB igitego cyâumutwe
RGB nkâIkigo cyâIgihugu cyâImiyoborere mu Rwanda, yahakanye amakuru yari amaze iminsi mu itangazamakuru avuga ko yemera kwandika byemewe nâamategeko imiryango cyangwa amadini ya Shitani. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru yashyize ahagaragara kuri uyu wa 24 Werurwe, RGB yavuze ko imiryango ishingiye ku idini yandika ikemererwa gukorera mu Rwanda ari isanisha abantu nâImana. Ngo ni isenga Imana-Rurema […]
Uganda: Minisitiri wakubise umunyamakuru ari mu mazi abira
Minisitiri ushinzwe umurimo nâibikorwa byâubwikorezi muri Uganda, Abraham Byandala nyuma yo gukubita Judith Nalugwa ukorera Bukedde Tv akanamwangiriza ibikoresho, byatumye agezwa mu rugaga rushinzwe itangazamakuru, aho bishobora no kumuviramo kwirukanwa ku mirimo ye. Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabereye muri Hotel Tiangle kuri uyu wa Gatatu taliki 23 Werurwe 2016, Nalugwa yabwiye bagenzi be ko niba Minisitiri […]
Abanyarwanda 19% bugarijwe nâinzara mu gihe abana 38% bugarijwe nâimirire mibi – MINAGRI
Abanyarwanda 19% bugarijwe nâinzara ya hato na hato, mu gihe abana 38% bari munsi yâimyaka 5 bugarijwe nâikibazo cyâimirire mibi nkâuko byatangajwe na minisitiri yâubuhinzi nâubworozi, Dr GĂ©raldine Mukeshimana. Ubushakashtsi bwakozwe mu mwaka ushize kandi bugaragaza ko 2% byâabana bafite umunanuko ukabije ugaragaza ko batagaburiwe uko bikwiye bakiri bato nkâuko minisitiri Mukeshimana akomeza avuga. Ibi […]
Ibikomere byatewe na Jenoside birimo kugira ingaruka no ku batarayibayemo
Ihungabana rikomoka kuri Jenoside yakorewe abatutsi ubu risigaye rigaragara ku batarahuye na yo mu buryo butaziguye, ibi bikaba bifatwa nk’ingaruka yo kubana n’abari mu Rwanda mu 1994 bakaba batarakira ibikomere yabasigiye. Kuva mu mwaka wa 2011, gahunda yo kwibuka abazize jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, yashyizwe ku nzego zâibanze, aho kuri izo nzego zâakagari nâimidugudu […]
Intambara iratutumba hagati ya Sudani zombi
Guverinoma ya Sudani yâEpfo yamaganye ibitero byâindege yâintambara ya Sudani ivuga ko byagabwe ku bwinshi ku butaka bwayo kuri uyu wa Kane nkâuko bitangazwa na Chimpreports dukesha iyi nkuru. Umwuka ukaba utari mwiza hagati yâibihugu byombi ndetse hakaba hashobora no kuvuka intambara. Ibi ngo byabaye mu masaha ya saa tanu zâamanywa kuri uyu wa kane, […]
RDC: Ingabo za MONUSCO zirasabirwa kugabanyukaho 1/2
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa RDC Raymond Tshibanda, yasabye akanama ka ONU gashinzwe umutekano kugabanya kimwe cya kabiri cyâingabo za ONU zishinzwe kugarura umutekano muri Kongo kuko nta bikorwa bikabije bihungabanya umutekano muri iki gihugu. Guverinoma ya RDC ivuga ko intego yayo ari uko ingabo za MONUSCO ziri muri iki gihugu zagabanuka uhereye ubu kugeza mu […]
Umuhanzi Davido yibasiriwe na polisi yo muri USA imukekaho ubutekamutwe
Ku wa mbere tariki ya 21 Werurwe 2016, nibwo polisi yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika yibasiriye umuhanzi Davido ukomoka muri Nigeria ishaka kumuta muri yombi imukekaho ubutekamutwe. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru AfricaFactzone, ngo uyu muhanzi yasuwe na polisi aho yari acumbitse muri Atlanta(Georgia), ije kumubaza inkomoko yâubutunzi afite, abasubiza ababwira ko ari icyamamare guturuka […]
Rusizi: Haravugwa ibigo nderabuzima bikora nka za farumasi zicuruza imiti
Mu Karere ka Rusizi hari ahavugwa iziswe comptoirs pharmaceutiques zigicuruza imiti mu buryo busa na magendu, mu gihe bamwe mu bayobozi bâIbigo nderabuzima bavuga ko bibangamiye ubuzima bwâabaturage. Hagendewe ku mabwiriza ya minisiteri yâubuzima, farumasi zigenga zo ku rwego ruciriritse zizwi nka âComptoirs pharmaceutiquesâ zarafunzwe izindi zihinduka Postes de sante nko mu bice byâicyaro. Nko […]
Ngoma: Polisi yaburijemo ubujura bwa toni 7.5 zâibishyimbo
Polisi ikorera mu karere ka Ngoma yaburijemo ubujura bwa toni 7,5 zâibishyimbo byâimbuto yari igenewe abahinzi muri gahunda yo kongera umusaruro. Polisi ikaba ivuga ko imodoka yari itwaye iyi mbuto yafatiwe mu kagari ka Nyamagana, mu murenge wa Remera kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Werurwe, iyi mbuto ikaba yari yatanzwe na Leta igenewe […]
Burundi: Perezida Nkurunziza na Leta ayoboye barezwe muri ICC
Yifashishije abavoka batatu, imiryango 60 yâabarundi yatanze ikirego mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC ruri I La Haye ndetse no mu kanama ka ONU gashinzwe umutekano barega Perezida Nkurunziza nâigihugu ayoboye kuba barishe abantu muri iyi miryango ndetse bakaba baranahungabanyije uburenganzira bwa muntu. Nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru bitandukanye byandikirwa mu mu Burundi ndetse na IB Times, […]
Rodovan Karadzic yahamijwe ibyaha bya jenoside akatirwa imyaka 40 yâigifungo
Umunyamabanga mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Ban Ki-moon yashimye icyemezo cyâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha cyo guhamya ibyaha bya jenoside, Rodovan Karadzic wakatiwe nâuru rukiko imyaka 40 yâigifungo. Umunyamabanga Mukuru wa Loni yavuze ko iki ari icyemezo gikomeye ku bantu bo mu karere ka Balkan no hanze yako ndetse no ku butabera mpuzamahanga. Yakomeje avuga kandi ko abakoze ibyaha […]
Mu mafoto: Uruzinduko rwa perezida Kagame mu Karere ka Gakenke
Kuri uyu wa Kane tariki 24 Werurwe nibwo perezida Paul Kagame yasuye abaturage bo mu Karere ka Gakenke akaganira nabo ndetse bakamugezaho ibibazo bitandukanye bafite nawe abizeza ko ibibazo byabo bigiye gushakirwa umuti byihuse. Aha perezida kagame akaba yarahaye ububasha Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke ko kujya amureba nta handi abanje guca akamubwira uko ibyo abaturage […]
Umugabo afunzwe akurikiranyweho kunyereza imisoro irenga miliyoni 861
Polisi yâu Rwanda yataye muri yombi umugabo witwa Mbarushimana Musa, ukekwaho kunyerereza imisoro irenga miliyoni 861 zâamafaranga yâu Rwanda akoresheje imashini zikoreshwa mu itangwa ryâinyemezabuguzi nâimenyekanishamusoro (Electronic Billing Machine (EBM). Mbarushimana akaba yarafashwe nyuma yâaho Polisi yâu Rwanda igejejweho nâIkigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro (Rwanda Revenue Authority) ibijyanye nâinyerezwa ryâiyi misoro Polisi nayo igatangira iperereza. Komiseri […]
Amavubi yerekeje muri Maurice aho afite umukino kuwa Gatandatu
Ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru, Amavubi yahagurutse I Kigali kuri uyu wa Kaneyerekeza mu Birwa bya Maurice ihagurukanye abakinnyi 18 aho bazacakirana nâikipe yâiki gihugu kuwa gatandatu mu mukino wa mbere wo guhatanira amajonjora yâIgikombe cya Afurika cya 2017 . Dore Abakinnyi umutoza McKinstry azifashisha Ba Rutahizamu: Uzamukunda Elias (Le Mans), Rushenguziminega Quentin Kwame (Lausanne Sport) […]
Chorale Sion yateguye igitaramo cyo Guhimbaza Imana kizahuza abavugabutumwa bakunzwe
Chorale Sion yo k’umudugudu wa ADEPR Nyakabanda yateguye igitaramo cyo kuhimbaza Imana kizahuza abavugabutumwa n’ama Chorale bakunzwe bo miri ADEPR. Igitaramo cy’iminsi 2 cyo guhimbaza Imana mo kuzamura ububyutse kizaba Tariki ya 26-27/03/2016 cyateguwe na Chorale Sion yo k’umudugudu wa ADEPR Nyakabanda munsi ya Alpha Place Hotel ho muri Paruwa ya Kicukiro Chell kitezweho imirimo […]
Rubavu: Umwe yasize ubuzima mu mirwano hagati y'ingabo z'u Rwanda n'umwanzi waturutse muri Congo
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Werurwe rishyira kuri uyu wa Kane , abantu bitwaje intwaro baturutse mu mashyamba yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bagabye igitero ku birindiro byâingabo zâu Rwanda biri mu Murenge wa Bugeshi , mu Karere ka Rubavu, aho bivugwa ko imirwano yamaze isaha yose umwe mu […]
Ibimenyetso 6 bizakwereka ko wabaye imbata yâigitsina
Imibonano mpuzabitsina ni ikintu gisanzwe ndetse iyo ikozwe mu gihe kandi neza nta kibi cyayo. Ariko, iyo bikabije kuyikora no kuyifuza uba ugeze aho bihinduka indwara ikokama. Mu gihe abagabo benshi kurusha abagore aribo bagaragaza kokamwa no guhuza ibitsina abagore cyangwa abakobwa nabo bibabaho cyane bakokamwa nâiki kintu nkâuko bitangazwa nâinzobere zo muri USAF Academy. […]
Muhanga: Gutegura gahunda zo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi byahariwe imirenge
Bitewe nâuko abayobozi bâakarere badahari bagiye mu itorero, abayobozi bâimirenge mu Karere ka Muhanga basabwe gutegura neza gahunda zo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi, aho ubuyobozi bwâakarere buvuga ko imirenge igomba gushyira imbaraga nyinshi mu gutegura icyunamo. Nkâuko amabwiziza yatanzwe na komisiyo yâigihugu yo kurwanya Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994 avuga, […]
Goma na Rubavu bongeye kwikanga iruka rya Nyiragongo
Kuva ku itariki ya 28 Gashyantare 2016, abaturage batuye Rubavu na Goma babwiwe nâabashakashatsi ko ikirunga cya Nyiragongo cyatangiye kugaragaza ko cyenda kuruka. Kuva icyo gihe kugeza ubu ibimenyetso bikomeje kwiyongera uko bucyeye nâuko bwije bigatuma umuryango utabara imbare wa Croix rouge urushaho kugira inpungenge zâiruka ryâiki kirunga. Abashakashatsi bâumuryango wâumusaraba utukura hano mu Rwanda […]
Perezida Kagame yijeje abaturage ba Gakenke ibisubizo byâibibazo byabo
Mu ruzinduko rwe yatangiriye mu Karere ka Gakenke azakomereza mu Karere ka Rubavu, perezida kagame yijeje abaturage ba Gakenke gukora ibishoboka byose bakagezwaho ibikorwaremezo byakomeza kubafasha mu nzira yâiterambere barimo. Perezida Kagame yashimiye abaturage ba Gakenke byinshi bamaze kugeraho kandi bibaturutsemo, ababwira ko bakwiye gukomeza kubakira ku bimaze gukorwa kugirango bakomeze kugera kuri byinshi byiza. […]