Kamonyi/Kayenzi: Kutagira umuhanda mwiza bishyira mu bwigunge abatuye akagari ka Cubi
Abaturage bo mu kagari ka Cubi gakungahaye ku mabuye y’agaciro, ubuhinzi cyane cyane ubw’inanasi, bavuga ko kuba batagira umuhanda mwiza, bibabangamira guhahirana n’abandi bo mu tundi duce baturanye natwo. Akagari ka Cubi kari mu murenge wa Kayenzi,mu karere ka Kamonyi, ni akagari gakora ku rugabano rwâakarere ka Kamonyi, aka Muhanga ndetse na Gakenke, ni agace […]
Rusizi: Haravugwa ihungabana ryâubukungu mu murenge wa Mururu
Abagize njyanama yâumurenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bavuga ko hashize igihe uyu murenge uhanganye nâihungabana ryâubukungu rishingiye ku bucuruzi kuva aho aka karere  gafatiye umwanzuro wo gusubiza mu mujyi rwagati bimwe mu bicuruzwa byacururizwaga ku mupaka wa Rusizi ya mbere muri uyu murenge. Bamwe muri aba bacuruzi bafashe ibicuruzwa byabo babijyana ku mupaka […]
Abashaka guhungabanya umutekano wâu Rwanda bararota ntibazazikabya-IGP Munyuza
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, aributsa buri muturarwanda wese ko Polisi y’u Rwanda iri maso ku kubungabunga mu buryo bwose bukenewe umutekano w’Abanyarwanda kandi ko nâabashaka kuwuhungabanya barimo kurota. Ibi IGPÂ Dan Munyuza yabivugiye mu kiganiro Polisi y’igihugu yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2018, ikiganiro cyabereye ku cyicaro gikuru […]
Zimbabwe: Abasaga 40 bahiriye muri bus bikekwa ko yatwitswe na gaz
Byibuze abagenzi 42 nibo bimaze kwemezwa ko baguye mu mpanuka ya bus nyuma yâaho ikigega cya gaz gishwanyukiyemo nkâuko byatangajwe nâIgipolisi cya Zimbabwe cyanashyize ahagaragara amafoto yâiyo bus yahiye igakongoka. Iyi mpanuka yabaye mu masaha yâumugoroba kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ugushyingo, yabereye mu Karere ka Gwanda, mu birometero nka 550 mu majyepfo ya […]
Hashyizweho itsinda rihuriweho rigiye gushakisha abakoze jenoside batarafatwa
Hashinzwe itsinda rihuriweho nâibiro byâumushinjacyaha wâurukiko rwashinzwe kurangiza imanza zitarangijwe nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha, ndetse nâabakora mu nzego zitandukanye zâubutabera zâu Rwanda bazakorera hamwe mu gushakisha abantu bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batarafatwa barimo umunyemari Felicien Kabuga. Uyu mwanzuro wafatiwe mu nama yahuje uru rwego rwâUmuryango wâAbibumbye nâinzego zishinzwe ubutabera […]
P. Diddy yapfushije nyina wâabana be batatu
Umunyamideri akaba nâumukinnyi wa cinema, Kim Porter wakundanye nâUmuraperi P.Diddy kuva mu 1994 kugeza mu 2007 ndetse bakabyarana abana batatu barimo impanga, yitabye Imana kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ugushyingo afite imyaka 47 yâamavuko. CNN ivuga ko Kim Porter yasanzwe mu rugo iwe yapfuye kuri uyu wa Kane mu gitondo nk’uko byatangajwe n’abashinzwe gukora […]
Espagne ikeneye ko  u Bwongereza na Croatia binganya kugirango irangize mu itsinda ari iya mbere
Ikipe yâigihugu y’umupira w’amaguru ya Espagne  yatakaje umukino yakiriwemo na Crotia , itsindwa ibitego 3:2  mu mukino wishiraniro wabereye mu murwa mukuru Zagreb kuri Maksimir Stadium imbere yâ imbaga yâabasaga 35000 bya Abanya-Crotia. Ibitego ku mpande zombi byatsinzwe na Andrej Kramaric wa  Crotia watsinze igitego cya 1 ku munota wa 54, naho Isco wa Espagne azamukana […]
Kayonza: Abarimu ba G.S. Gikaya bateye inkunga umukecuru ufite ubumuga
Kuri uyu wa kane, tariki ya 15 Ugushyingo, abarimu  bigisha mu Rwuge rwâAmashuri rwa Gikaya(G.S Gikaya) bafatanyije nâubuyobozi bwâishuri bashoje umwaka wâamashuri 2018 bagenera imfashanyo igizwe yâibiribwa bifite agaciro kâamafaranga ibihumbi 40 umukecuru uri mu kigero cyâimyaka 78 banamwemerera kumusanira inzu yenda kumugwira . Uwo mukecuru witwa Barakundwa Costasie  atuye muri metero 35 uvuye aho […]
RDC: ADF yongeye kwica abasirikare benshi ba Monusco barimo Umunyatanzaniya
Abasirikare barindwi bâUmuryango wâAbibumbye muri Congo, umutanzaniya umwe nâabanyamalawi 6, biciwe mu gitero izi ngabo za Monusco zagabye ku nyeshyamba zâumutwe wa ADF hafi ya Beni ku bufatanye na FARDC nkâuko itangazo ryâAkanama kâAmahoro nâUmutekano ka Loni kabitangaje kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ugushyingo. Umusirikare ukomoka muri Tanzania umwe yishwe mu gihe abandi batandatu […]
U Rwanda na Qatar byasinyanye amasezerano yâubufatanye mu nzego zitandukanye
U Rwanda na Qatar byasinyanye amasezerano arimo aya serivisi zâingendo zo mu kirere, kurinda ishoramari ndetse bigirana amasezerano yâubwumvikane ku bukungu, ubucuruzi, nâubufatanye mu bya tekiniki. Amasezerano uko ari atatu yashyizweho umukono kuri uyu wa kane, itariki 15 Ugushyingo ahagarikiwe na Perezida Kagame na Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, umuyobozi wa Qatar. Perezida Paul […]
Centrafrica: Abapolisi b'u Rwanda bambitswe imidari y'ishimwe
Kuri uyu wa Kane tariki 15 Ugushyingo2018 abapolisi bâu Rwanda barenga 431 bari mu butumwa bwâamahoro mu gihugu cya Repubulika ya Centre Africa (MINUSCA) bambitswe imidari yâishimwe. Ni imidali bambitswe nâintumwa zâumuryango wâababibumbye (UN) nkâishimwe ryâukuntu bagaragaza umurava,ubunyamwuga nâubwitange mu kugarura amahoro nâumutekano muri iki gihugu. Abambitswe imidali bibumbiye mu matsinda atatu arimo abapolisi bashinzwe […]
Ibintu 10 byari byakuye umutima Perezida Habyarimana mbere yâuko yicwa
Ku wa 6 Mata 1994, nibwo inkuru yakwiye i Rwanda nâi Mahanga ko umukuru wâigihugu cyâu Rwanda indege yari arimo irashwe agapfiramo, umwe mu bari kumwe nawe avuga ko hari ibintu byari bagiye biba mbere yabyo ku buryo ngo byari byamuteye amakenga. Umwe mu bari kumwe na Prezida Habyarimana mu nama i Dar es salaam […]
Nyamasheke: Umusaza wâimyaka 70 yishwe ashinjwa amarozi
Mu mudugudu wa Ryanyagahangara, akagari ka Gasovu, umurenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu rwâumusaza, Karekezi Jean wâimyaka 70 yâamavuko, wishwe nâumusore wâimyaka 31  witwa Habiyakare Pontien, wamushinjaga  kuroga nyina, Mukamayira Esther. Mu ma saa mbiri nâigice zâijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 14 Ugushyingo 2018, ni bwo bumvise induru mu rugo […]
Impunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda zugarijwe nâuruhuri rwâibibazo
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Mpunzi (UNHCR) uratabariza impunzi  zâAbarundi ziba mu nkambi ya Mahama uvuga ko zugarijwe nâibibazo uruhuri. HCR irasaba indi miryango gutabara mu maguru mashya kugira ngo imibereho yâizi mpunzi ihinduke kuko ngo amikoro ari hafi ya ntayo. Ibi bitangazwa nâumunyamideli,umufotozi kabuhariwe ndetse nâumwe mu bakorana bya hafi na HCR, Helena Christensen ubwo […]
Messi na Ronaldo si abakinnyi b'ibihe byose- Kylian MbappeÂ
Umukinnyi wâikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa, Kylian Mbappe Lottin avuga ko Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ndetse na Buffon atari abakinnyi bâibihe byose muri ruhago. Mbappe unakinira ikipe yâigihugu yâUbufaransa, mu kiganiro na ESPNÂ yavuze ko umukinnyi wâibihe byose ari Umunyaburezili, Edson Arantes do Nascimento uzwi nka Pele. Uyu musore wâimyaka 19 […]
Imirambo ibiri yagaragaye mu kiyaga kiri hagati yâu Rwanda nâUburundi
Imirambo yâabagabo babiri bataramenyekana imyirondoro yabo yagaragaye mu Kiyaga cya Rweru kiri hagati yâu Rwanda nâUburundi mu ntara ya Kirundo. Igipolisi cyâUburundi cyemeza gishimitse ko iyi mirambo yaturutse ku ruhande rwâu Rwanda binyuze mu ruzi rwâakagera nkâuko inkuru dukesha UBM News ibitangaza. Umuvugizi wâigipolisi cyâUburundi, Pierre Nkurikiye avuga ko iyi mirambo yatoraguwe ku minsi itandukanye […]
Guverinoma ya Uganda irateganya kwirukana impunzi zâAbanyarwanda
Guverinoma ya Uganda irateganya guhagarika status yâimpunzi ku Banyarwanda ibihumbi baba muri iki gihugu nkâimpunzi. Ibi byatangajwe na minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze, Hillary Onek ubwo yabonanaga nâabagize inteko ishinga amategeko ya EAC (EALA) I Kampala. Yasobanuye ko Guverinoma ya Uganda iri guteganya guhagarika status yâimpunzi ku banyarwanda ahubwo bagahabwa ibyangombwa byo gutura byâagateganyo. […]
USA: Uwari umujyanama muri perezidansi yirukanwe kubera Melania Trump
Uwari umujyanama wungirije mu by’umutekano w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Mira Ricardel, yakuwe kuri uwo mwanya, nyuma y’amakimbirane akomeye hagati ye na Melania Trump, umugore wa Perezida Donald Trump w’Amerika. Umuvugizi w’ibiro bya White House bya perezida w’Amerika, yavuze ko Madamu Ricardel “avuye muri White House yitegurira umwanya mushya muri ubu butegetsi”. Ku wa […]
APR FC yasabye ko imikino yayo yakwigizwa inyuma
Umukino wari uteganyijwe kuzahuza APR FC na Rayon Sports ku itariki 23 Ugushyingo 2018 mu Gikombe cyo kurwanya ruswa wimuriwe ku itariki itaramenyekana nyuma yâubusabe bwa APR FC. Igikombe ngaruka mwaka  kitiriwe kurwanya ruswa gihuza amwe mu makipe meza yâimbere mu gihugu  gitegurwa kigaterwa inkunga nâUrwego rwâUmuvunyi. APR FC na Rayon Sports ni umukino ukurikirwa […]
Misiri ishobora kuzaba imbogamizi ku mavugurura ya Perezida Kagame muri A.U
Abakuru bâibihugu bya Afurika bazahurira mu Nama idasanzwe ya Afurika Yunze Ubumwe muri iyi weekend, aho bazigira hamwe ibijyanye nâamavugurura yâuyu muryango amaze imyaka 2 ashinzwe Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame. Abasesenguzi barasanga Perezida Paul Kagame watumije iyi nama asigaranye igihe gito ngo atambutse ayo mavugurura agamije guhindura umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe umuryango ufite […]
Ntidushobora kwemera ko Gicumbi ihinduka amarembo yo gusenya ibyagezweho â Min. Shyaka
â Gicumbi yabaye amarembo yâu Rwanda rushya, ntidushobora rero kwemera ko ihinduka amarembo yo gusenya ibyagezweho, ibiyobyabwenge na magendu bigomba gucika burundu â, Ibi Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Prof Shyaka Anastase yabisabye abakozi bose bâAkarere ka Gicumbi, guhera ku rwego rwâAkarere kugeza ku rwego rwâAkagari, mu nama yamuhuje na bo mu ntangiriro zâiki cyumweru kuwa 12 […]
Rutahizamu wa Rayons Sport akomeje kwitwara neza ku ruhando mpuzamahanga
Bimenyimana Bon Fils Caleb yitwaye neza mu mukino ikipe Intamba mu Rugamba yâu Burundi  yâabatarengeje imyaka 23 yatsinzemo iya Tanzania 2-0 mu mukino ubanza wo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cyâabatarengeje imyaka 23. Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Ugushyingo 2018 kuri Stade Louis Rwagasore. Igice cya mbere cyarangiye […]
Uvira: Abasaga 10 baguye mu mirwano hagati yâingabo zâu Burundi na FNL
Abantu basaga 10 nibo babaruwe baherutse kugwa mu mirwano hagati yâingabo zâu Burundi nâinyeshyamba zâAbarundi zo mu mutwe wa FNL muri Uvira na Fizi mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo nkâuko amakuru yatangajwe nâigisirikare cya Congo (FARDC) kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ugushyingo avuga. Imbunda nyinshi nâamasasu kandi byafashwe nâingabo zâu Burundi mu bikorwa zakoreye […]
Havumbuwe umugambi w'u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda
Amakuru yizewe agera ku rubuga Virungapost aravuga Abayobozi bâinzego zâumutekano za Uganda batangiye gufatanya nâigihugu cyâu Burundi mu mugambi wo guhungabanya umutekano wâu Rwanda. Mu gihe abaturanyi beza ubusanzwe bakabaye bashishikazwa nâimibereho myiza ya bagenzi babo, guverinoma zâibi bihugu zikomeje kugaragaza ubushake bwo gukongeza urugo rwâumuturanyi kandi rushobora gushya rugakongeza nâizabo. Aya makuru aravuga ko […]
Perezida Museveni yafashe ingamba zo kurindira umutekano abashoramari bâabanyamahanga
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yijeje abashoramari bâabanyamahanga kubarindira umutekano nyuma yâaho hari abagizi ban abi bamaze iminsi bagaba ibitero ku bashoramari bâAbashinwa muri iki gihugu. Museveni akaba yijeje ko mu cyanya cyahariwe inganda nâahandi hari inganda zâabanyamahanga hagiye gushyirwa abashinzwe umutekano. Ibi Perezida Museveni Yabitangaje ubwo yakiraga Ambasaderi wâu Bushinwa muri Uganda, Zheng ZhuQiang, […]
P5 iracyategereje igisubizo cyâu Rwanda ku mishyikirano yasabye
Amashyaka atanu atavuga rumwe nâubutegetsi yibumbiye mu ihuriro bise P5 aravuga ko yandikiye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, amwibutsa indi baruwa bamwandikiye muri Nyakanga uyu mwaka, basaba ibiganiro na Leta yâu Rwanda. Ayo mashyaka avugwa ni PS-Imberakuri, PDP-Imanzi, FDU-Inkingi, Amahoro na RNC yose atemewe mu Rwanda. Mu kiganiro Umunyamabanga Mukuru wa RNC, Gervais Condo, yagiranye […]
Rusizi: Umumotari yafatanywe uruhushya rwo gutwara moto rwâuruhimbano
Ku mugoroba wo ku itariki 13 Ugushyingo nibwo abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda bafashe umumotari witwa Karangwa Elie ufite imyaka 30 atawaye moto ifite ibiyiranga RC 848Z .Akaba yari afite uruhushya rwo gutwara Moto(Categorie A) rwâuruhimbano. Senior Superintendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda ishami […]
Rwamagana :Abashakanye badahuza baragirwa inama yo kwaka gatanya aho kwicana
Ku wa  kabiri tariki ya 13 Ugushyingo 2018,  mu nteko yâ  abaturage ,inzego zâumutekano zasabye abaturage  kudahishira abagabo nâabagore bafitanye ibibazo byâamakimbirane kuko bitera imfu za hato na hato, kugira ngo  bagirwe inama,  abananiwe guhuza bagatandukana  aho kwicana. Chief Inspecter of Police, Mutsinzi uyobora station ya Kigabiro yasabye abaturage kwirinda icyaha no ku gikumira ndetse bakirinda guhishira ingo zirimo […]
Diamond yatangaje amafaranga adashobora kujya munsi ku wifuza kumutumira mu gitaramo
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania atangaza ko adashobora kujya munsi yâamadolari ibihumbi 70 byâamadolari ya Amerika mu gihe hari uwamutumiye kuririmba mu gitaramo. Uyu muhanzi umaze kwandika izina haba muri Afurika ndetse no ku yindi migabane, avuga ko mu gihe hari uwifuje ko aririmba mu gitaramo cye, adashobora kumuca amadolari ari munsi yâibihumbi 70. […]
Perezida Kagame yagendereye igihugu cya Qatar
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagendereye igihugu cya Qatar, mu ruzinduko rwâakazi rwâiminsi ibiri rugamije gushimangira umubano hagati yâibihugu byombi. Binyujijwe ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi yâu Rwanda, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Ugushyingo 2018, batangaza ko Perezida Kagame yageze i Doha kuri uyu wa Gatatu, akaba azagirana ibiganiro nâumuyobozi wa Qatar, […]
Nyanza: Abaturage barakemanga imicungire yâimitungo yabo mu makoperative
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza baranenga imicungire igaragara muri amwe mu makoperative bikabaviramo kuyareka kuko usanga imitungo yazo yitungiye abaziyobora ndetse no kubakurikirana bikabananiza. Ibyo byagarutsweho mu kiganirompaka cyateguwe nâIhuriro ryâabanyamakuru baharanira amahoro (PAX PRESSE) hagati yâabaturage nâubuyobozi taliki ya 17 Ukwakira 2018, ku nkunga ya Transparency International […]
Minisitiri w'Ingabo wa Israel yeguye ku mirimo ye
Minisitiri w’ingabo wa Israel, Avigdor Lieberman yeguye ku mirimo ye nyuma yaho inama y’Abaminisitiri yemeje agahenge mu mirwano n’intagondwa zo muri Palestine yari imaze iminsi ibiri ibera muri Gaza. Avigdor Lieberman, unakuriye ishyaka rya Yisrael Beiteinu, yamaganye ako gahenge avuga ko ari “ukugamburuzwa n’iterabwoba”. Yananenze ibikorwa byo kugerageza kugera ku gahenge k’igihe kirekire n’intagondwa zo […]
Nabonye bitwara igihe- Kizito Mihigo avuga ku ngingo yo gushaka umugore
Umuhanzi Kizito Mihigo avuga ko yasanze ibintu byo gushaka umugore ari ibintu bitwara igihe gusa ngo aracyafite iki  icyifuzo. Ni nyuma yaho uyu muhanzi ukunzwe nâabatari bake hano mu Rwanda kubwâindirimbo ahanini zigisha ubumwe nâubwiyunge akimara gufungurwa yatangaje ko afite gahunda yo guhita ashinga urugo. Mu kiganiro na Large TV kuwa 12 Ugushyingo 2018, Kizito […]
Meddy yahishuye icyatumye akorana na Diamond akareka Ali Kiba
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert uzwi nka Meddy atangaza ko yumvise  yahita akorana  hafi nâumuyobozi wa Wasafi, Diamond  Platnumz kuko ngo nta buryo bwo gutumanaho na Ali Kiba yari afite. Uyu muhanzi ari mu gihugu cya Tanzaniya bakunda kwita âBongo landâ mu rwego rwo gukorana indirimbo nâabahanzi batandukanye bakomeye bo muri iki gihugu. Mu kiganiro na Bongo […]
Tuzabashiririza -abo muri CNDD-FDD babwira abatavuga rumwe na Leta
Abarwanashya bâishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD batangaza ko bazashiririza abatavuga rumwe nâumurongo wa politiki wâishyaka ryabo kandi ko bazakora ibishoboka byose bagahindagura ibijyanye nâamatora kugira ngo babone insinzi . Aya ni amagambo yumvikana mu karirimbo kuje ibyishimo byâa barwanashyaka ba CNDD-FDDÂ kagenda gakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Mu magambo yâIkirundi atoroshye gusobanurwa na […]
Isinzi ryâabasirikare bagaragaye mu mujyi wa Kampala
Igisirikare cya Uganda cyigabye ku bwinshi mu mujyi wa Kampala no mu Karere ka Wakiso. Kuri ubu nkâuko ikinyamakuru Chimpreports kibitangaza, abasirikare kabuhariwe baragaragara kuri buri sitasiyo ya polisi muri utu duce twavuzwe haruguru ndetse hakiyongeraho nâuburinzi bwo mu ijoro. Ku rundi ruhande, abatavuga rumwe na Leta ya Museveni bavuga ko ibi bintu bikwiye kwibazwaho. […]
Kayumba Nyamwasa ashobora kwisanga i Kigali
Leta yâu Rwanda iratangaza ko ubushinjacyaha bwatangiye imyiteguro yo gusaba Afurika yâEpfo igicumbikiye Kayumba Nyamwasa ndetse nâabandi bacyekwaho kuba barasize bakoze ibyaha mu Rwanda kuba bagarurwa mu gihugu. Mu nama yahuje abashinjacyaha bose bo mu gihugu yo ku wa 13 Ugushyingo 2018, igamije  kurebera hamwe ibikorwa byakozwe mu mwaka ushize, imbogamizi zagaragaye no gushakira hamwe […]
Uganda: Umugabo yacakiwe amaze gusambanya umwana yashukishije amashilingi 500
Polisi yo muri Wakisoro yafashe umugabo wâimyaka 32 yafashwe ubwo yari amaze gusambanya umwana wâimyaka irindwi amushukishije amashilingi 500 ya Uganda. Uyu mugabo witwa Daniel Kasule, umuturage wo mu gace ka Ganda Nansana yafashwe afungirwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Nansana, nyuma yo gucyekwaho gufata ku ngufu umwana wâumukobwa wâuwitwa Teddy Nakimbugwe. Amakuru agera kuri […]
Ngoma: Umumotari yafashwe agerageza guha ruswa umupolisi
Mu gitondo cyo ku wa Kabiri Tariki 13 Ugushyingo 2018, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma yafashe Tumukunde Patrick wâimyaka 21 yâamavuko ukora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma. Uyu mumotari yafatiwe mu cyuho aha ruswa yâamafaranga ibihumbi makumyabiri (20 000 frw) umupolisi ushinzwe umutekano […]
Imbonerakure nâabasirikare bavuye muri Congo basubira i Burundi
Mu gihe hari hashize iminsi havugwa inkuru ko abasirikare bâu Burundi nâurubyiruko rwâImbonerakure bari ku butaka bwa Congo mu mirwano yo guhangana nâinyeshyamba zirwanya Leta yâu Burundi, kuri ubu ngo batahutse. Abasirikare basaga 100 baherekejwe nâizi Mbonerakure, ngo bambutse umugezi wa Rusizi  bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjira ku butaka bwâu Burundi ku […]
Rusizi: Abajura bajujubije abakirisito mu nsengero
Abakiristo bo mu itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR), paruwasi ya Kamembe mu karere ka Rusizi batewe impungenge nâabajura babibira mu rusengero babeshya ko nabo baje gusenga. Aba bajura ngo baza biyise abakirisito nkâabandi ndetse harimo nâabitwaje Bibiliya, bamwe bakicazwa mu myanya yâimbere biswe abashyitsi kubera kuba badasanzwe bahasengera, igihe abantu batwawe, bahumirije basenga  buzuye […]
Burera: Umukire agiye kumara amezi atatu mu kigo ngororamuco
Kabatsi Pontien, ni umucuruzi muri santeri ya Kidaho mu murenge wa Cyanika akarere ka Burera. Amaze amezi abiri nâigice mu kigo ngororamuco cya Nemba, azira uruhare rwe mu ikwirakwizwa ryâinzoga zitemewe, hakaba nâabavuga ko azira urunguze (bank Lambert). Umuryango warahungabanye, ubayeyo mu bwoba bwinshi, ibye birangirika, ariko ubuyobozi buti, ânabanze azinutsweâ. Hari umuturage yagurije abura […]
Ikibazo cye kiroroshye, yumvaga ko adakorwaho- Perezida Kagame avuga kuri Ingabire na Diane Rwigara
 Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame atangaza ko ikibazo cyâumunyapolitiki, Ingabire Umuhoza Victoire cyoroshye maze agashimangira ko Diane Rwigara we ibyo yakoze byose yabitewe no kumva ko ari ntakorwaho. Ibi umukuru wâigihugu, Paul Kagame yabitangaje mu kiganiro kirekire yagiranye nâikinyamakuru LibĂ©ration, ubwo ku Cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo yari i Paris yitabiriye inama mpuzamahanga ku mahoro, yahujwe […]
Leta yâu Rwanda ibereyemo abaturage umwenda wâasaga miliyari 2 â RGB
Leta yâu Rwanda ibereyemo abaturage umwenda usaga miliyari 2 zâamanyarwanda zimaze imyaka 5 nkâuko Urwego rwâigihugu rwâImiyoborere, RGB rwabitangarije Inteko Ishinga Amategeko. Ibi ni ibikubiye muri Raporo ya 2017/2018 iki Kigo cya RGB cyamurikiye imitwe yombi igize Inteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda kinabagezaho na gahunda yâibikorwa byâumwaka wa 2018-2019. Ibirarane byagaragajwe muri iyo raporo, byakomotse […]
Uwafungiwe kwica umuhungu we, yahohoteye umwana wâamezi atatu
Umugabo wâimyaka 30 akurikiranweho guhohotera bikomeye umwana we wâumukobwa wâamezi atatu, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 10 Ugushyingo 2018 i Koekelberg mu Bubiligi . Ikinyamakuru 7sur7 gitangaza ko ubwo umwana yari arimo kuriri bitewe nâuko yari ashonje, ngo yaramuhubuje amukubita hasi, umwana agira imvune mu ngingo zitandukanye ku buryo isaha ku isaha […]
Umuhanzi Eddy Kenzo wakunze gushyigikira Museveni yitandukanyije nawe
Eddie Kenzo, umwe mu bahanzi bâibihangange mu gihugu cya Uganda, yatangaje ko Perezida Museveni atagishoboye kuyobora Uganda akwiye kurekura ubutegetsi agaha umwanya abantu bakiri bato nka Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, umuhanzi mugenzi we. Mu kiganiro Focus on Africa cya BBC mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, Eddy Kenzo, indirimbo ye Stamina yakoreshejwe […]
Amerika yahaye gasopo leta ya Tanzaniya
Amerika yihanangirije Leta ya Tanzaniya iyisaba guahagarika ibitero bigabwa ku matsinda yâabantu banyuranye barimo abatinganyi. Ubutumwa bwihanangiriza Leta ya Tanzaniya bwatanzwe na Ambasaderi ya Amerika muri iki gihugu buvuga ko Amerika ibabajwe nâibyemezo bikakaye byâamategeko bifatirwa abantu banyuranye ivuga ko bibangamiye ubwigenge nâuburenganzira bwa muntu. Riragira ritiâ Leta ya Amerika ibabajwe nâibitero byibasira uburenganzira bwa […]
Uganda: Abahinde babiri bakurikiranweho kwica umwana wâimyaka 11
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kole cyataye muri yombi Abahinde babiri bashinjwa kwica umwana wâumuhungu wâimyaka 11 bivugwa ko yishwe ava ku ishuri. Igipolisi ku bufatanye nâabaturage kuwa Gatanu ushize kikaba cyarataye muri yombi aba babiri bitwa Manav na Franav bombi bakora mu ruganda rwâimyenda rwitwa Nina Industries Company. Aba bagabo bavugwaho kuba barakubise […]
Rwamagana: Umuyobozi wâumudugudu arashinjwa kudindiza gahunda ya Girinka
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Gisanza mu Kagari ka Mwulire mu Murenge wa Mwulire  mu Karere ka Rwamagana barashinja umuyobozi wabo, Rubayiza Etienne, kuba nyirabayazana mu igurishwa ryâinka zahawe abaturage muri gahunda ya Girinka . Abaturage bemeza ko izo inka zahawe abaturage mu Mudugudu wa Gisanza iyo zicungwa neza kandi ntizigurishwe nta muturage uba ukiri […]
Byinshi wamenya kuri Rev.Natasha watwerewe Ubunyarwanda akabuhakana- AMAFOTO
Rev.Luck Natasha ni umuvugabutumwa wâumunya Kenya, akaba umukobwa ufite ubwiza buvugisha benshi byâumwihariko akaba yaragiye yitwa umunyarwanda akabihakana. Mu kiganiro kirambuye yagiranye nâikinyamakuru Tuko cyo muri Kenya, Natacha yavuze byinshi bitandunye birebana nâubuzima bwe, muri byo 10 twabahitiyemo ni ibi bikurikira: 1.Rev.Natasha yavutse ryari? Uyu mukobwa asubiza iki kibazo, yatangaje itariki yo ku wa 24 […]
RNC yasabye Afurika yâEpfo kuyihuza na Guverinoma yâu Rwanda
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Afurika yâEpfo, Lindiwe Nonceba Sisulu aratangaza ko ishyaka RNC rya Kayumba Nyamwasa ritavuga rumwe nâubutegetsi rishaka kugirana imishyikirano na Guverinoma yâu Rwanda. Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Afurika yâEpfo uvuga ko igihugu cye kizeye ko umubano wacyo nâu Rwanda uzarushaho kuba neza, yongeraho ko ikibazo cya Gen Kayumba Nyamwasa kikigoranye. Minisitiri Lindiwe Nonceba […]
Gen. Kayihura ashobora kurekurwa mu minsi ya vuba
Uwahoze ayobora Polisi ya Uganda, Gen. Kale Muhwezi Kayihura ashobora kuba agiye kurekurwa mu minsi ya vuba nyuma yâaho Perezida  Museveni avuze ko ibirego ashinjwa bidasobanutse ko akwiye kurekurwa. Ibimenyetso bishimangira iyi ngingo ni uburyo uyu mujenerali wâinyenyeri enye aherutse guhabwa imodoka ebyiri nshya zo mu bwoko bwa T’oyotaLand Cruiser’ imwe ivuye mu gisirikare nâindi […]
Umubiri wanjye uraryoha kandi nziko unkeneye- Diamond yishongora kuri Mobetto
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangarije Hamisa Mobetto babyaranye ko umubiri we uryoha kandi ko abizi neza ko akimukeneye. Aya magambo asa nâayishongora Diamond ayatangaje nyuma yâaho Mobetto abinyujije ku mbuga nkoranyambaga atangaje ko yamaze gusimbuza Diamond Platnumz undi musore uba muri Amerika kugeza ubu utaramenyekana amazina. Diamond abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yabwiye Mobetto ko […]
Tshisekedi na Kamerhe bitandukanyije na Martin Fayulu wari kuzabahagararira mu matora
Nyuma yâumunsi umwe abatavuga rumwe nâubutegetsi batoye umukandida uzabahagararira mu matora yâumukuru wâigihugu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ugushyingo, umuyobozi wa UDPS na Vital Kamerhe batangaje ko bivanye mu masezerano bagiranye nâabandi bayobozi batanu batavuga rumwe nâubutegetsi yemeje Martin Fayulu nkâumukandida wabo. Abandi banyapolitiki batavuga rumwe nâubutegetsi nka […]
Rusizi: Babangamiwe n'imisoro ihanitse batanga ku butaka
Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Kamembe, Gihundwe na Mururu ifatwa nkâiyâumujyi wa Rusizi bavuga ko babangamiwe cyane nâimisoro yâubutaka ihanitse badashobora kwishyura, aho ubutaka bwabo bushyirwa mu cyiciro cyâubwo guturamo kandi ari ubwo bahinga. Iki kibazo usangana abaturage benshi bâumujyi wa Rusizi bagihuriyeho ariko bakakivuga mu matamatama, ngo bababazwa nâuko umuyobozi wese bakigejejeho […]
Gatsibo: Abaturage bafashije Polisi gufata abajura bibaga inka
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Rwimbogo kuri uyu wa 11 Ugushyingo yafashe abantu babiri bashoreye inka bari bibye  mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Karangazi mu kagari ka Nyagashanga. Abafashwe ni Muzungu Elias wâimyaka 34 na Mugwiza Vianney wâimyaka 27, bakaba barafatanywe inka ebyiri (2) bazishoreye ninjoro nta […]
Kigali: Min. wâIntebe yatangije inama Mpuzamahanga ya Gatanu ku kuboneza urubyaro- AMAFOTO
Minisitiri wâIntebe Dr. Edouard Ngirente yatangije ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga ya Gatanu ku Kuboneza Urubyaro. Ni inama yatangirije i Kigali kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Ugushyingo 2018. Iyi nama yitabiriwe na MadamuJeannette Kagame, umufasha wa Perezida wa Repubulika ya Haiti, nâabandi bayobozi benshi nâintumwa baturutse mu bihugu 110. Mu ijambo rye, Minisitiri wâIntebe […]
Queen Cha yahishuye uburyo byamugoye kwakira ko ari umukobwa
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi ku izina rya Queen Cha, atangaza ko mu bwana bwe yiyumvagamo ubuhungu kurusha uko yakwiyumva nkâumukobwa, byâumwihariko ngo bikaba byaramugore cyane kubyakira. Â Mu kiganiro The turnup kuri TV10, cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Ugushyingo 2018, Â nibwo Queen Cha yatangaje uburyo yifuje kuba umuhungu ariko akaza kwiyakira, abonye […]
Ishyaka rya Ingabire Victoire riratabariza abahoze muri FDLR
Ishyaka ryâumunyapolitiki Ingabire Victoire,FDU-Inkingi riratabariza abahoze muri FDLR bashyize intwaro hasi none ngo bakaba bagiye kwicirwa nâinzara i Kisangani. Mu itangazo iri shyaka ryashyize hanze kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2018 rivuga ko kuva kuwa 30 Â Ukwakira uyu mwaka aba bantu batazi icyitwa amazi nâamashanyarazi mu gihe ibyo kurya byahagaritswe kuwa 23 Nzeri 2018. Iri […]
Ubuzima bwa Perezida wa Gabon buri mu kaga
Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba wâimyaka 59 yâamavuko, arembeye muri Saudi Arabia aho arimo kuvurwa indwara itaramenyekana. Umuvugizi we, Ike Ngouoni avuga ko perezida arimo kuvurirwa muri iki gihugu ariko akanyomoza amakuru avugwa ko yaba arwaye umutima, mu gihe hari nâabandi bashimangiraga ko ari umunaniro. Yagize ati âarimo kugenda atora agatege, ntaho bigeze bavuga […]