Ibitabo byanditswe mu Kinyarwanda byatwaye Leta akabakaba miliyari 2 Frw ‘bizapfa ubusa’

Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yo mu 2019/2020 igaragaza ko ibitabo by’Imibare byanditswe mu rurimi rw’Ikinyarwanda, byatwaye Leta amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari 1.8 bizapfa ubusa. Byatangajwe na komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, PAC, kuri uyu wa 15 Nzeri 2021, ubwo yasobanuzaga ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere […]

Nyarugenge: Umusore ‘yasimbutse’ igorofa, ntiyapfa

Umusore witwa Mutabazi biravugwa ko yasimbutse igorofa rya kabiri ku nyubako ya La Bonne Addresse iherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ntiyapfa. Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko byabaye ahagana saa yine kuri uyu wa 16 Nzeri 2021, gusa ngo uyu musore yaba yabanje guhamagara mushiki we amubwira ko agiye kwiyahura kubera […]

Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere hanze ya Afurika nka Perezida

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere hanze y’umugabane wa Afurika, kuva yajya ku butegetsi tariki ya 18 Kamena 2020. Misiyo ihoraho y’u Burundi mu Muryango w’Abibumbye, UN, tariki ya 10 Nzeri 2021 yatangaje ko uyu Mukuru w’Igihugu azaba ari i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku […]

Bobi Wine aranenga amahanga na AU byanze kwamagana intsinzi ya Museveni

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yanenze ibihugu by’amahanga bikomeye n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, byanze kwamagana intsinzi ya Perezida Yoweri Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Mutarama 2021. Bobi Wine mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24 mu minsi mike ishize, ashingiye ku byabaye mbere y’amatora, […]

Tuzabireba ubutaha_REB ku batarize uburezi bifuza kwigisha mu yisumbuye

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bw’ibanze, REB, cyaciye amarenga ko abantu batize uburezi bifuza kwigisha mu mashuri yisumbuye bashobora kuzahabwa aya mahirwe mu cyiciro kizakurikiraho cyo gushyira abarimu mu myanya irimo ibyuho. Tariki ya 10 Nzeri 2021 ni bwo REB yatangaje ko yashyize hanze imyanya mishya y’akazi y’abarimu, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abandi bakozi mu […]

Ingabo za Gabon zari mu butumwa bw’amahoro muri CAR zirukanwe

Umuryango w’Abibumbye wirukanye abasirikare 450 ba Gabon bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrika (CAR) bashinjwa ibyaha birimo gukorera abaturage ihohotera rishingiye ku gitsina. Minisiteri y’Ingabo ya Gabon yemereye AFP iby’aya makosa, igira iti: “Mu byumweru bishize, amakosa anyuranye n’amahame ngengamyitwarire n’icyubahiro cy’igisirikare yaba yarakozwe na bamwe mu basirikare ba Gabon, yaravuzwe.” Ibi birego […]

Dr Kayumba ugiye kumara icyumweru afunzwe, avuga ko atazigera arya kugeza igihe azafungurirwa

Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba ufunzwe akekwaho icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina n’ubwinjiracyaha bwaryo, avuga ko atazigera arya kugeza igihe azafungurirwa. Dr Kayumba watawe muri yombi tariki ya 9 Nzeri 2021, ku wa Mbere tariki ya 13 yanditse urwandiko yageneye ‘Abanyarwanda bose’ by’umwihariko abayoboke b’ishyaka RPD yashinze mu Werurwe uyu mwaka. Muri uru rwandiko RPD yashyize […]

Cabo Delgado: Ingabo za SADC zivuga ko zamaze kugarura umutekano mu turere dutatu

Ingabo z’umuryango SADC ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique, SAMIM, zatangaje ko zamaze kugarura umutekano mu turere dutatu turi mu ntara ya Cabo Delgado yibasiwe n’ibikorwa by’iterabwoba kuva mu 2017. Itangazo izi ngabo zashyize ahagaragara kuri uyu wa 14 Nzeri 2021 rivuga ko uturere SAMIM yagaruyemo umutekano ari Mueda, Macomia na Nangande. Rigira riti: “Misiyo […]

Abanyeshuri bahawe inguzanyo irenga miliyari 2 Frw nta masezerano

Raporo y’2019/2020 y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Obadiah Biraro, yagaragaje ko abanyeshuri mu mashuri makuru na kaminuza 55 bishyuriwe inguzanyo y’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 2, abandi 13 bishyurirwa miliyoni 213, nta masezerano asaba iyi nguzanyo ahari. Ubusanzwe mbere y’uko umunyeshuri mu mashuri makuru na kaminuza ahabwa iyi nguzanyo imufasha kwiga mu gihe ayikeneye, abanza […]

RMC ivuga ko Nkusi Agnes atakiri umunyamakuru w’umwuga wemerewe gukorera mu Rwanda

Urwego rw’abanyamakuru bigenzura, RMC (Rwanda Media Commission), rumaze gutangaza ko Uwimana Nkusi Agnes atakiri umunyamakuru w’umwuga wemerewe gukorera mu Rwanda. Mu itangazo uru rwego rwashyize ahabona kuri uyu wa 14 Nzeri 2021, rusobanura ko impamvu Nkusi washinze igitangazamakuru Umurabyo Newspaper atakiri umunyamakuru w’umwuga ari uko atagifite ikarita yarwo. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 13 […]

Dr Muganga ukekwaho ubutasi yambuwe ubwenegihugu

Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Victoria muri Uganda, Dr Lawrence Muganga uherutse gutabwa muri yombi akekwaho gukorera ubutasi igihugu cy’amahanga, yambuwe ubwenegihugu. Umuvugizi w’urwego rwa Uganda rushinzwe abinjira n’abasohoka, Jacob Siminyu mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 13 Nzeri 2021, yatangaje ko icyatumye Dr Muganga yamburwa ubwenegihugu ari uko afite ubwenegihugu burenze bumwe. Siminyu […]

Perezida wa Zambia yaburiye abaminisitiri ko atazazuyaza kubeguza

Perezida mushya wa Zambia, Hakainde Hichilema yaburiye abaminisitiri ko atazuyaza kubeguza mu gihe batazaba buzuza inshingano zabo ku baturage. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu nama yagiranye n’aba baminisitiri yabereye mu murwa mukuru, Lusaka kuri uyu wa 13 Nzeri 2021. Yababwiye ko bakwiye kwirinda ibitotsi mu gihe bari gushaka umuti w’ibibazo bikomeye igihugu gifite, abibutsa ko […]

Abakozi ba RAB ntibumvikanye ubwo bananirwaga gusobanurira PAC uko umutungo wakoreshejwe

Abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, kuri uyu wa 13 Nzeri 2021 bageze imbere ya komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta, PAC. Aba bakozi barimo umuyobozi mukuru w’iki kigo, batangaga ibisobanuro ku micungire n’imikoreshereze y’umutungo yagaragajwe na raporo y’umwaka w’2019/2020 y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. Iyi raporo ivuga […]

Dr Kayumba umaze iminsi yiyicisha inzara, yajyanwe ku bitaro

Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba yavanwe muri kasho y’urwego rw’ubugenzacyaha, ajyanwa mu bitaro by’Akarere ka Gasabo nyuma y’iminsi akora imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara. Umunyamategeko we, Ntirenganya Seif Jean Bosco yabwiye BBC ko umugenzacyaha ufite dosiye y’uyu munyapolitiki ari we wamubwiye ko yajyanwe kuri ibi bitaro, kugira ngo abaganga “bamukorere isuzuma.” Aya makuru kandi yemejwe n’ishyaka Dr […]

Tshisekedi yasabye ko amasezerano Kabila yasinyanye n’Abashinwa avugururwa

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yasabye ko amasezerano uwo yasimbuye, Joseph Kabila yasinyanye n’Abashinwa yerekeye ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro avugururwa. Aya masezerano Kabila yayasinye n’Abashinwa mu 2008, abaha uburenganzira bwo gucukura amabuye y’agaciro muri iki gihugu. Yari afite agaciro ka miliyari 9 z’Amadolari ya Amerika ($). Gusa ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, cyasabye […]

Ngoma: Abajura batemye ikiganza cy’umunyerondo, kivaho

Mu ijoro rya tariki ya 10 Nzeri 2021, abajura babiri bo mu Mudugudu wo mu Murenge, Akagari ka Mugatare, Umurenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma batemye ikiganza cy’umunyerondo witwa Mbonigaba Innocent, kivaho. Bivugwa ko byabaye ahagana saa sita z’ijoro ubwo aba bajura basanzwe ari abavandimwe; Ngaboyisonga w’imyaka 32 y’amavuko na Mugenzi Yousuf w’imyaka 37 […]

Ifungwa rya Dr Kayumba n’imyigaragambyo muri kasho, u Rwanda rwanze ubutumire bwa Uganda; mu nkuru nyamukuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Nzeri 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo iza politiki mu bubanyi n’amahanga, ubutabera n’umutekano. Ni izikurikira: U Rwanda rwanze kwitabira ubutumire bwa Uganda Guverinoma ya Uganda ibinyujije muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga byamenyekanye ko yandikiye iy’u Rwanda iyitumira mu biganiro byo gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano yo mu 2019 yagombaga gushyira iherezo ku […]

Dr Kayumba yasabwe kuva mu bya politiki kugira ngo bitazamuviramo ibibazo bikomeye_Umunyamategeko we

Umunyamategeko wunganira umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher washinze ishyaka RPD, Me Ntirenganya Seif Jean Bosco yatangaje ko hari abantu atamenye bagiye bamusaba guhagarika ibikorwa bya politiki, yaba atabiretse bikamuviramo ibibazo bikomeye. Uyu munyamategeko yabwiye BBC bagiranye ikiganiro ko Dr Kayumba yabimubwiye mbere y’uko yitaba Umugenzacyaha Murekwa David ku cyicaro cy’ubugenzacyaha ku Kimihurura tariki ya 8 Nzeri […]

Uganda: Umufana umwe yatumye igihugu cyose kitareba umupira

Umufana w’Umunya-Uganda wari warakaye, aherutse gutuma abakunzi b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Uganda Cranes) bose bamara umwanya munini batareba umukino watambukaga kuri televiziyo ya UBC. Byabaye tariki ya 6 Nzeri 2021 ubwo iyi kipe yakiraga iya Mali mu majonjora y’ibanze yo gushaka itike y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi rizabera muri Qatar mu 2022. Mu mukino hagati, uyu mufana […]

Leta iri gusuzuma imikorere y’ibitaro bya Baho, nyuma yo ‘kurangarana’ umukozi wa RRA agapfa

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yashyizeho itsinda ryihariye ryo gusuzuma imikorere y’ibitaro byigenga bya Baho International Hospital nyuma y’aho abaganga ‘barangaranye’ umukozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA. Uyu mukozi ni umugore w’imyaka 54 y’amavuko witwa Kamanzi Chantal wayoboraga ishami rya RRA rishinzwe ubuhuza n’abakiriya (Call Center and Customer Relations), akaba yarapfiriye muri ibi bitaro tariki […]

Perezida w’Inteko abona abacuruza ibiyobyabwenge bakwiye gufungwa imyaka 50, bakanahozwa ku nkoni

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, umutwe w’abadepite, Hon. Daniel Gélase Ndabirabe abona abacuruza ibiyobyabwenge bwakwiye kujya bafungwa imyaka 50, bakajya banakubitwa muri munsi. Ndabirabe yabimenyesheje abadepite, ashingiye ku ngaruka zikomeye ibiyobyabwenge bigira ku Barundi by’umwihariko abana b’abanyeshuri. Yagize ati: “Mwebwe abashinga amategeko nimuhaguruke muhanure biri kurenga inkombe. Muvugane na Minisitiri ushinzwe uburezi murebe uko […]

Lantos nyuma yo gusabira Busingye ibihano, yasabye u Bwongereza kumwanga nka Ambasaderi w’u Rwanda

Umuryango Lantos wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wigeze gusabira ibihano uwari Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda, Busingye Johnston umushinja uruhare rukomeye mu guta muri yombi Paul Rusesabagina mu buryo wise ‘kumushimuta’, wasabye u Bwongereza kumwanga nka Ambasaderi. Inkuru bifitanye isano https://bwiza.com/?Umuryango-wo-muri-USA-urasaba-ko-abayobozi-babiri-mu-Rwanda-bafatirwa-ibihano Katrina Lantos Swett uyoboye uyu muryango ‘uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu n’ubutabera’ tariki ya 10 […]

Condé yigeze kubazwa niba afite impungenge za ‘Coup’ nk’iyari iherutse kuba muri Mali, asubiza ko yizeye ingabo

Mu gitondo cya tariki ya 5 Nzeri 2021 ni bwo mu murwa mukuru Conakry wa Guinea ku ngoro y’Umukuru w’Igihugu humvikanye urusaku rwinshi rw’amasasu, rutuza ubwo abasirikare kabuhariwe b’umutwe uyobowe na Col. Mamady Doumbouya bahirikaga ku butegetsi Alpha Condé. Condé watangiye kuyobora Guinea mu Kuboza 2010 yahiritswe ku butegetsi nyuma yo kwegukana amatora ya manda […]

Volley: Umukino wari guhuza u Burundi na Burkina Faso ntukibaye

Impuzamashyirahamwe y’umukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, yasubitse umukino w’irushanwa rya Africa Volley Championship riri kubera mu Rwanda wari wuhuza ikipe y’u Burundi na Burkina Faso kuri uyu wa 10 Nzeri 2021. CAVB yafashe iki cyemezo bitewe n’ubwandu bwa Covid-19 bwabonetse mu bakinnyi b’ikipe y’u Burundi mu rwego rwo gusigasira ubuzima bw’abakinnyi, abatoza n’abandi bayoboye […]

Icyo Polisi ya Uganda ivuga ku Banyarwanda babiri biciweyo

Ubuyobozi bwa Uganda buhagarariwe na Meya w’Akarere ka Kabale kuri uyu wa 9 Nzeri 2021 bwashyikirije ubw’u Rwanda imirambo y’Abanyarwanda babiri biciweyo mu bihe bitandukanye. Abishwe ni Dusabimana w’imyaka 52 y’amavuko bikekwa ko yishwe hagati ya tariki ya 30 Kanama 2021 na Bangirana Jean Paul w’imyaka 47 y’amavuko bikekwa ko yishwe tariki ya 1 Nzeri […]

Perezida wa Philippines yemeye bidasubirwaho kwiyamamariza umwanya wa Visi Perezida

Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte yemeye bidasubirwaho ubusabe bw’ishyaka rye bwo kwiyamamarira umwanya wa Visi Perezida mu 2022, aho kwiyamamariza uw’Umukuru w’Igihugu. Perezida Duterte washakaga kwiyamamariza manda ya kabiri yakumiriwe n’Itegekonshinga, abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe nabo bamwamaganira kure. Mu rwego rwo kwirinda umwuka mubi muri politiki y’igihugu, ishyaka PDP-Laban riri ku butegetsi ryamusabye ko […]

Museveni abona ko abakoze Coup muri Guinea bakwiriye gufatirwa ibihano

doumbouya.png

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yamaganye abaherutse guhirika ubutegetsi bwa Alpha Condé wayoboraga Guinée Conakry, avuga ko bagomba kurekura ubutegetsi. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru wa France 24, Marc Perelman, cyabereye muri Entebbe mu murwa mukuru, Kampala. Nk’umaze imyaka 35 ku butegetsi, yabajijwe uko yakiriye ihirikwa rya Condé […]

Dr Kayumba yafunzwe nyuma y’igihe akorwaho iperereza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba nyuma y’igihe kirekire rumukoraho iperereza. RIB yabitangarije ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa 9 Nzeri 2021 iti: “Uyu munsi, RIB yafunze Dr Kayumba Christopher nyuma y’igihe iperereza ku byaha yarezwe n’abantu batandukanye byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato n’ubwinjiracyaha kuri […]

Abandi Banyarwanda 16 birukanwe muri Uganda

Abandi Banyarwanda 16 barimo abagabo icyenda, abagore batanu n’abana babiri bari bafungiwe muri kasho zitandukanye muri Uganda, birukanwe muri iki gihugu ku gicamunsi cy’uyu wa 8 Nzeri 2021. Bageze ku mupaka wa Cyanika uhuza Akarere ka Burera mu Rwanda na Kisoro muri Uganda ahagana saa kumi z’umugoroba. Aba Banyarwanda bari bafunzwe n’urwego rw’igisirikare cya Uganda […]

Abajura bitwaje imbunda bibye izindi nka 40 za Gen. Gutti

Abajura bitwaje intwaro zirimo imbunda mu ijoro ryo ku wa 7 Nzeri 2021, bagabye igitero mu rwuri rwa Napak rw’Umuyobozi Mukuru w’Urukiko rwa Gisirikare muri Uganda, Lt. Gen. Andrew Gutti, bamwiba izindi nka 40. Jacob Yeno wo mu muryango wa Gen. Gutti yabwiye The Observer ko aba bajura bari benshi “baje ahagana sa mbiri z’ijoro […]

Urukiko rw’Ikirenga rwakodesherejwe inyubako ya miliyoni 117.2 Frw ku kwezi_Umugenzuzi

Raporo y’umwaka w’2019/2020 ya Obadiah Biraro, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, yagaragaje ko ikigo cy’igihugu gishinzwe imiturire, RHA, cyasesaguye umutungo, gikodeshereza Urukiko rw’Ikirenga inyubako yishyurwa amafaranga y’u Rwanda 117,261,000 buri kwezi. Byagaragajwe na Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta, PAC, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Nzeri 2021. PAC ibajije […]

Museveni yavuze ko Uganda izakemurira ibibazo bya Cabo Delgado muri RDC

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko ingabo z’igihugu cye zizakemurira ibibazo by’umutekano muke byo mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Umunyamakuru wa France 24, Marc Perelman, bagiranye ikiganiro yamubwiye ko ingabo z’umuryango w’ibihugu biri mu karere k’amajyepfo ya Afurika, SADC, n’iz’ibindi […]

U Rwanda rwatanze ikamyo ya Scania yibwe muri Afurika y’Epfo

scan1.jpg

Polisi mpuzamahanga (INTERPOL), ishami ry’u Rwanda yatanze ikamyo ya Scania Tandem yibwe muri Afurika y’Epfo mu mwaka ushize. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko iyi kamyo yafatiwe ku mupaka wa Rusumo yinjira mu Rwanda. Yashyikirijwe nyirayo usanzwe ari umushoramari wo muri Afurika y’Epfo, Andre Hannekom. Muri iki gikorwa cyo gutanga iyi kamyo, u Rwanda rwari […]

Umurundikazi yandikiye amateka akomeye mu Busuwisi

fb_img_16311196279500187.jpg

Umurundikazi ukina umukino wo kwiruka, Francine Niyonsaba, amaze kwandikira amateka akomeye mu irushanwa rya Diamond League i Zurich mu Busuwisi, yegukana umwanya wa mbere mu kwiruka ku ntera ya metero 5000. Kuri iyi ntera, Francine w’imyaka 28 y’amavuko yirutse iminota 14, amasegonda 28 n’ibice 98 asize abarimo Umunyakenyakazi wa mbere ku Isi mu kwiruka ku […]

Russia: Minisitiri yapfuye ari gutabara uwaguye mu mazi

Minisitiri wari ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi mu Burusiya, Yevgeny Zinichev kuri uyu wa 8 Nzeri 2021 yapfuye ari gutabara umufotozi witwa Alexander Melnik wari waguye mu mugezi mu mujyi wa Norilsk. Ibiro ntaranamakuru by’Abongereza, Reuters bivuga ko Minisitiri Yevgeny usanzwe ari inshuti ikomeye ya Perezida Vladimir Putin yari yagiye muri uyu mujyi gukurikirana imyitozo ya gisirikare. […]

Umukecuru yishe umusaza w’imyaka 99 amukase ingoto

Margaret Wanjiru w’imyaka 65 akurikiranweho icyaha cyo kwica umugabo we Ndungu Magachia ufite imyaka 99 y’amavuko, mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 5 Nzeri 2021, ku isaha ya saa moya n’igice mu gace kitwa Kagumo mu majyepfo ya Kenya. Polisi yo muri aka gace ivuga ko byatangiye uyu mukecuru atongana n’umwuzukuru we wari wagaburiye […]

Imyaka 31 irashize Karidinali Kambanda ahawe ubusaseridoti

Kuva tariki ya 8 Nzeri 1990 kugeza uyu munsi tariki ya 8 Nzeri 2021, imyaka 31 irashize Antoine Karidinali Kambanda ahawe ubusaseridoti cyangwa ubupadiri. Ni ingabire yaherewe na Papa Jean Paul II, nyuma yo kurangiza amasomo muri seminari nkuru yitiriwe Mutagatifu Charles Bartromeu, i Nyakibanda muri Diyosezi Gatolika ya Butare, yizemo kuva mu 1984 kugeza […]

Kinshasa: Abanyeshuri mu yisumbuye bagaragaye ‘bamansura’, bahanwa by’intangarugero

Abanyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye rya Saint-Georges riherereye muri Komini ya Kitambo, Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bagaragaye bamansurana impuzankano, bahanwe by’intangarugero. Amashusho y’aba banyeshuri biganjemo abakobwa yatangiye gusakara ku mbuga nkoranyambaga ku wa 6 Nzeri 2021. Bagaragara babyina, bamwe babyinana n’abahungu, abandi bazunguza ibibuno, n’abikora imbere mu majipo. Hari amafoto agaragaza […]

RDC ivuga ko ingabo z’u Burundi zayiciye abasirikare babiri

Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Capt. Dieudonné Kasereka yatangaje ko ingabo z’u Burundi zabiciye abasirikare babiri mu mirwano yabereye mu kiyaga cya Tanganyika. Iyi mirwano yabereye mu gace ka Minango mu ntara ya Rumonge mu masaaa munani y’urukerera rwo ku wa 7 Nzeri 2021, ubwo ingabo […]

RIB yongeye guhamagaza umunyapolitiki Dr Kayumba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaba, RIB, kuri uyu wa 7 Nzeri 2021 rwongeye guhamagaza umunyapolitiki washinze ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya RPD (Rwandese Platform for Democracy), Dr Kayumba Christopher. Inyandiko y’ihamagara yashyizweho umukono na kashe (cachet) n’umugenzacyaha Murekwa David isaba Dr Kayumba kugera ku biro bikuru bya RIB ku Kimihurira saa tanu z’amanywa y’uyu wa 8 Nzeri […]

Uganda: Barasabwa gukaza umutekano ku mipaka ibahuza n’u Rwanda na Kenya kubera Covid-19

Umuyobozi w’urwego rushinzwe igenamigambi muri Uganda (NPA), Dr Joseph Muvawala yasabye ko hakazwa umutekano ku mipaka, by’umwihariko ihuza igihugu cyabo n’u Rwanda hamwe na Kenya kubera icyorezo cya Covid-19. Dr Muvawala yavuze ko u Rwanda na Kenya biri mu bihugu bya mbere byagaragayemo ubwandu bukabije mu byumweru bitatu bishize, abisobanura asaba ko igihugu cye kigomba […]

Ingabo z’u Burundi zarasanye n’abitwaje intwaro bari mu bwato

Ingabo z’u Burundi zirwanira mu mazi zakozanyijeho n’abitwaje intwaro bane bari mu bwato buto mu kiyaga cya Tanganyika, zica bamwe, abandi barohamye bapfira mu mazi. VOA ivuga ko iyi mirwano yabereye ahitwa mu Minago mu Ntara ya Rumonge, mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Nzeri 2021. Ngo abarobyi batewe amakenga n’aba bitwaje intwaro babanje […]

Safari wagaragaye yigaranzura DASSO yasabiwe igifungo cy’agateganyo

Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, Ubushinjacyaha kuri uyu wa 7 Nzeri 2021 bwasabiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo umuturage witwa Safari George waragaye yigaranzura umukozi w’urwego rushinzwe umutekano rwa DASSO. Mu kwezi gushize ni bwo uyu DASSO n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Musenyi mu Murenge wa Karangazi bari mu bugenzuzi bw’amatungo aragirirwa ku muhanda, bagagaragaye bakubitira umushumba […]

Umusaza ufite umutungo wa Frw miliyari ebyiri abayeho mu bukene bukabije

sug-2.jpg

Umusaza w’Umunyakenya ufite imyaka 68 y’amavuko, Stephen Ole Kapen, abayeho mu bukene; bukabije n’ubwo afite ubutaka bw’agaciro k’amashilingi miliyoni 225 (ni ukuvuga miliyari 2.06 z’amafaranga y’u Rwanda (Frw). Ubutaka bw’uyu musaza wabyaye abana 13 bufite ubuso bwa Are 75. Tariki ya 17 Ukuboza 2020 yabwiye igitangazamakuru People Daily ko mu 2014 zose yazikodesheje mu gihe […]

Israel: Abarwanyi 6 b’Abanyapalestine batorotse gereza irinzwe cyane

greza.jpg

Abarwanyi batandatu b’Abanyapalestine ku wa 5 Nzeri 2021 batorotse gereza ya Gilboa iri hagati y’inyanja ya Galileya n’umujyi wa Jenin mu Karere ka West Bank, imwe mu zirindwa mu buryo bukomeye muri Israel, baciye mu mwobo. CNN dukesha iyi nkuru ivuga ko mu barwanyi harimo uwahoze ari komanda w’iumutwe witwaje intwaro wo muri Palestine wegamiye […]

Berahino wakinnye mu ngimbi z’u Bwongereza na West Brom, ageze mu cyiciro cya gatatu

Kapiteni w’ikipe nkuru y’umupira w’amaguru y’u Burundi, Saido Berahino ubu ni umukinnyi mushya wa Sheffield Wednesday FC iri muri shampiyona y’icyiciro cya gatatu mu Bwongereza, League One. Uyu rutahizamu yarezwe na West Bromwich Albion kuva afite imyaka 11 y’amavuko, yigaragaza cyane ubwo yayikiniraga muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri iki gihugu, English Premier League mu […]

Abakunzi ba Visi Perezida Ruto n’abamurwanya barwaniye ku rusengero

Abakunzi n’abarwanya Visi Perezida wa Kenya, William Ruto kuri uyu wa 5 Nzeri 2021 barwaniye ku rusengero rwa Full Gospel Church ruherereye mu gace ka Mbiriri/Kieni mu Karere ka Nyeri. Ruto wari kumwe n’abadepite hamwe n’abanyapolitiki bamuyobotse, yari afite gahunda yo gusengera mu rundi rusengero muri Mbiriri, ariko ku munota wa nyuma abaruyoboye barabyanga, ajya […]

RDC: Abashinwa 9 bakekwaho kwiba amabuye y’agaciro barafunzwe

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyataye muri yombi Abashinwa icyenda (9) n’abanya-Uganda bane (4) bakekwaho gucukura zahabu muri iki gihugu nta ruhushya babifitiye. Aba banyamahanga baterewe muri yombi mu gace ka Nyangwe, Teritwari ya Mambasa mu Ntara ya Ituri, tariki ya 2 Nzeri 2021 nk’uko byemejwe na Col. Tshisimbi Mbombwa. […]

Minisitiri Biruta ari muri Turukiya

bombi.png

Ibiro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Turukiya byatangaje ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta ari muri iki gihugu kuva kuri uyu wa 5 Nzeri kugeza ku wa 8 Nzeri 2021. Iri tangazo rivuga ko Minisitiri Biruta ari muri Turukiya, aho yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we, Mevlüt Çavu?o?lu. Aba ba Minisitiri baherutse […]

Busingye yahinduriwe imirimo, Uganda icyurira u Rwanda, urupfu rwa Jay Polly; inkuru nyamukuru z’icyumweru gishize

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 30 Kanama 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo iza politiki, ubutabera n’imyidagaduro, ahanini ku rupfu rw’umuhanzi wamamaye mu Rwanda, umuraperi Jay Polly. Muri zo harimo: Busingye na Dr Bizimana bahinduriwe inshingano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame tariki ya 1 Nzeri 2021 yahinduriye inshingano Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya […]

Uko Perezida Kagame abona umuhanda uzahuza Uganda n’u Burundi, unyuze muri Tanzania

he2.png

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu kiganiro yagiranye n’Abanyarwanda n’itangazamakuru kuri uyu wa 5 Nzeri 2021 yagaragaje impamvu abona Uganda ishaka kubaka umuhanda uyihuza n’u Burundi, unyuze muri Tanzania. Muri iki kiganiro, Umukuru w’Igihugu yavuze ku bibazo u Rwanda rufitanye na Uganda, aho bishingiye n’ingaruka zabyo ku Bnayarwanda n’abanya-Uganda barukomokamo, ashinja iki gihugu kiri mu […]

Abakora iterabwoba muri Cabo Delgado barimo Abanyarwanda_Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yatangaje ko abakora ibikorwa by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique barimo abakomoka mu bihugu by’Akarere birimo u Rwanda. Yasubizaga ikibazo cyibazwa mu kiganiro kuri RBA, ku mpamvu iki gihugu kibisabwe na Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, cyihutiye koherezayo ingabo kugira ngo ziyifashe kurwanya umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu […]

Rusesabagina twahuye rimwe, ni Twagiramungu wamunyeretse_Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko yahuye na Paul Rusesabagina inshuro imwe gusa, ubwo yamwerekwaga, akanamubwirwa n’uwabaye Minisitiri w’Intebe, Faustin Twagiramungu. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro ari kugirira ku kigo cy’igihugu gishinzwe itangazamakuru, RBA, ahakana ibivugwa ko yabaye inshuti ya hafi na Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ubutabera mu Rwanda. Perezida Kagame yavuze […]

Police FC igiye gutozwa n’Umwongereza

Umunyamabanga Mukuru wa Police FC, CIP Bikorimana Obed yatangaje ko iyi kipe igiye kujya itozwa n’Umwongereza, Francis Nutall Eliott. Mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 5 Nzeri 2021, CIP Bikorimana yagize ati: “Ikipe y’umupira w’amaguru ya Polisi y’u Rwanda (Police FC) yabonye umutoza mushya witwa Francis Nutall Eliot ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza.” Francis […]

Abaturuka muri Uganda no mu Buhinde bakuriweho akato

Guverinoma y’u Rwanda nyuma y’inama y’abaminisitiri yateranye tariki ya 1 Nzeri 2021 yakuye ibwiriza ryo kujya mu kato ku bagenzi baturuka muri Uganda no mu Buhinde. Nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, ryo ku wa 3 Nzeri 2021, abagenzi baturuka mu mahanga bose barasabwa kwerekana ko bipimishije Covid-19 mu […]

Facebook ‘yibeshye’ yita abirabura inguge

Ikigo cya Facebook kirasaba imbabazi ku bwo kwibeshya kikagereranya abirabura n’inguge, binyuze muri porogaramu yayo yikoresha (automatic) yitwa AI (Artificial Intelligence). Kugereranya umwirabura n’inguge byaturutse kuri videwo imaze umwaka urenga ku rubuga rwa Facebook, igaragaza umuzungu ahanganye n’itsinda ry’abirabura bizihizaga isabukuru y’amavuko. Nk’uko The New York Times ibisobanura, uyu muzungu agaragara ahamagara polisi ngo ize […]

Ingabo za Ethiopia zivuga ko zishe abarwanyi barenga 5600 ba TPLF, zifata mpiri 2000

Umusirikare mukuru wa Ethiopia, Lt. Gen. Bacha Debele yatangaje ko ingabo z’iki gihugu ziciye mu bitero bikomeye abarwanyi 5600 b’umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’intara ya Tigray. Nk’uko tubikesha BBC, Gen. Debele yatangaje ko hari abandi barwanyi ba TPLF 2300 bakomerekeye muri iyi mirwano n’ingabo za Leta mu gihe, 2000 bafashwe mpiri. Ntabwo […]