Al Shabaab yishe abatari bacye mu gitero ku nyubako iherereye mu murwa mukuru
Nibura abantu 10 bapfuye abandi benshi barakomereka ubwo abaterabwoba ba al-Shabaab bateraga inyubako yo guturamo mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu, bakamisha amasasu nta kuvangura ku basivili, maze umwe muri bo yiturikirizaho igisasu . Nkâuko ibitangazamakuru byaho bibitangaza, ngo ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, abaterabwoba batanu bo mu mutwe wa al-Shabaab, ufitanye isano […]
Umunyarwenya Omondi aragezwa mu rukiko nyuma yo kwigaragambiriza ihenda ryâibiribwa
Umunyarwenya Eric Omondi uri mu rubyiruko rukunzwe muri Kenya aragezwa mu rukiko nyuma yo gutabwa muri yombi yigaragambiriza ihenda ryâibiribwa n’ibindi bicuruzwa. Omondi hamwe nâurundi rubyiruko kuri uyu wa 21 Gashyantare 2023 bagiye kwigaragambiriza mu muhanda ugana ku ngoro yâinteko ishinga amategeko basaba ko Leta yagabanya ibiciro byâibicuruzwa, byâumwihariko ibiribwa. Mu byapa Omondi na bagenzi […]
Abasirikare 3 ba Loni bakomoka muri Senegal biciwe muri Mali
Kuri uyu wa Kabiri, abasirikare batatu bâUmuryango wâAbibumbye bakomoka muri Senegal bishwe ubwo imodoka zabo zanyuraga ku gisasu cyari giteze mu muhanda muri Mali rwagati nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa MINUSMA . Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter, yagize iti “imodoka za MINUSMA zagonze ibikoresho biturika (IED) uyu munsi”. Yongeyeho ko imibare y’agateganyo ari abasirikare batatu […]
Prigozhin washinze Wagner arashinja abasirikare bakuru bâu Burusiya ubugambanyi
Yevgeny Prigozhin washinzwe umutwe wâigisirikare cyigenga (uwâabacancuro) wa Wagner PMC arashinja Minisitiri wâingabo wâu Burusiya, General Sergei Shoigu, nâUmugaba Mukuru wâingabo zâiki gihugu, Gen. Valery Gerasimov ubugambanyi. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Telegram, nkâuko France 24 ibivuga, Prigozhin kuri uyu wa 21 Gashyantare 2023 yatangaje ko aba basirikare bakuru bâu Burusiya bafite uruhare mu […]
Real Madrid yanyagiriye Liverpool mu rugo, SSC Napoli yikomereza ibyayo

Real Madrid yagaragaje ko ari ubukombe mu irushanwa rya UEFA Champions League yihanangiriza Liverpool ku kibuga cyayo, naho Napoli ikomeza gushimangira ko uyu mwaka ari uwayo. Wari umukino wa ? cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League aho Liverpool yabaye iya 2 mu itsinda A yari yakiriye Real Madrid yazamutse iyoboye itsinda F ku kibuga […]
Putin yakuye u Burusiya mu masezerano yo guhagarika intwaro kirimbuzi
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yakuye byâagateganyo igihugu cye mu masezerano yo guhagarika gukora no kudakoresha intwaro kirimbuzi azwi nka New START cyagiranye na Leta zunze ubumwe za Amerika, USA. Putin yabitangarije mu ijambo ârikomeyeâ yagejeje ku Barusiya kuri uyu wa 21 Gashyantare 2023, ryibanda ku ntambara igihugu cye kimazemo umwaka ubura iminsi […]
Félix Namuhoranye devient le nouvel Inspecteur Général de la Police Nationale du Rwanda
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© lundi 20 fĂ©vrier le commissaire gĂ©nĂ©ral adjoint de la police (DCGP) Felix Namuhoranye comme nouvel inspecteur gĂ©nĂ©ral de la police nationale du Rwanda (RNP), en remplacement du commissaire gĂ©nĂ©ral Dan Munyuza, qui occupait ces fonctions depuis octobre 2018 . Le mandat de l’inspecteur gĂ©nĂ©ral de police est de cinq […]
Rubavu: Polisi yagize icyo ivuga ko mugabo uvugwaho kugerageza gusambanya umusore
Polisi yâu Rwanda yagize icyo ivuga ku mugabo wâimyaka 30 yâamavuko utuye mu karere ka Rubavu uvugwaho kugerageza gusambanya umusore wâimyaka 17 yâamavuko. BWIZA yakiriye amakuru avuga ko mu mudugudu wâUbutabazi, akagari ka Kivumu, umurenge wa Gisenyi muri Rubavu hafatiwe uwitwa N.Eric [izina ryâIkinyarwanda twahisemo kutaritangaza] nyuma yo gukomerekesha icyuma uyu musore, ashaka kumusambanya. Bamwe […]
Igipolisi cya Malawi cyafashe Umunyarwanda nâUmurundi bashinjwa gukora amafaranga yâamahimbano
Ikinyamakuru Nyasa Times cyo muri Zambia kiravuga ko abapolisi bo muri Malawi bataye muri yombi Umunyarwanda Manuel Saidi wâimyaka 19 nâumurundi Amosi Sean wâimyaka 30, bakekwaho gukora amafaranga yâamahimbano . Ibi bibaye nyuma yâiminsi mike abapolisi bataye muri yombi abantu bane bazira gutunga no gukoresha amafaranga yâimpimbano ya Malawi azwi nkâAma-Kwacha ndetse nâamadolari ya Amerika. […]
Maj Gen. Chico yatangaje ko RDC iri gushaka ubufasha muri SADC ngo ihangane nâu Rwanda
Abasirikare ba Repubulika ya demukarasi ya Congo bayobowe nâUmugaba Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa byâigisirikare, Maj. Gen. Chico Tshitambwe bamaze iminsi bagirira uruzinduko mu bihugu bigize umuryango wa Afurika yâamajyepfo, SADC. Ubwo yageraga i Kinshasa, Maj. Gen. Chico yatangaje ko uruzinduko bavuyemo rwari rufite intego yo gukomeza ubufatanye mu bya gisirikare hagati yâingabo za RDC zizwi […]
Umunya-Eritrea Mulubrhan yegukanye agace ka gatatu Tour du Rwanda

Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan ni we wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda 2023. Yari Ă©tape ya gatatu ya Tour du Rwanda 2023 aho bahagurukiye i Huye berekeza mu karere ka Musanze, nyuma y’uko Ethan Vernon yegukanye Ă©tapes 2 ziherutse za Kigali – Rwamagana na Kigali – Gisagara ; ibyatumye ari we wahagukanye umwenda […]
U Rwanda rwazamutseho imyanya 47 mu kugira internet yihuta ku Isi – Ookla
Interineti yabaye igikorwa remezo gikomeye cyâiterambere ryâubukungu nâiterambere ryâibihugu byinshi bya Afurika. Hamwe no kuzamuka kwâubucuruzi bwo kuri interneti, kwigira online, hamwe no gukorera aho umuntu ari atiriwe atonda ku kazi, kugira interineti yihuse kandi yizewe byabaye ingenzi kurusha mbere hose. Muri iyi nkuru turagaruka kuri raporo iheruka ya Ookla ku bihugu bya Afurika bifite […]
Ingabo za Centrafrica nâizâu Burusiya zirashinjwa guhohotera abaturage
Impuguke yigenga yâUmuryango wâAbibumbye ku bijyanye nâuburenganzira bwa muntu muri Repubulika ya Centrafrica kuri uyu wa Mbere yashinje Igisirikare cyâiki gihugu nâinshuti zacyo zâu Burusiya guhohotera abaturage, barimo nâabayobozi batowe . Mu magambo ye, Yao Agbetse yagize ati: “Ingabo za Leta zifite uruhare mu gufata no gufunga binyuranyije nâamategeko, guhonyora uburenganzira bwo kubaho, ubusugire bwâumubiri […]
Umumaro w’amahenehene mu mubiri w’umuntu
Amata y’ihene (amahenehene) ni bumwe mu bwoko bw’amata bukoreshwa cyane ku Isi. Hafi bitatu bya kane by’abatuye Isi ni yo banywa. Ibi biterwa n’uko korora ihene byoroshye cyane kurusha inka mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, aho ari isoko y’ingenzi ya karori, proteyine, n’ibinure. Mu bihugu byinshi, abantu bagaragaza ko bayakunda kurusha ay’inka. Amahenehene agira […]
Umutingito wongeye gukomeretsa benshi muri Siriya na Turukiya

Nyuma y’umutingito wahitanye ibihumbi muri Siriya na Turukiya mu minsi ishize, kuri uyu wa 20 Gashyantare 2023 wongeye guhitana abantu batatu muri Turukiya, abandi amagana barakomereka mu bihugu byombi. Abashinzwe ubutabazi muri Turukiya bongeye gushakisha abantu bagwiriwe n’inyubako nyuma yâumutingito mushya wibasiye iki gihugu, ugahitana byibuze abantu batatu. Uyu mutingito wari ufite ubukana bwa 6.4 […]
Rusizi: Hegitari nshya 950 zigiye gutunganywa mu kibaya cyâumuceri cya Bugarama

Mu gihe hamaze iminsi humvikana abaturage bâimirenge ikora ku gishanga cyâumuceri cya Bugarama bavuga ko badafite imirima kandi mbere yâisaranganya bari bayifite, nâubuyobozi bwâihuriro ryâamakoperative yâabahinzi bâumuceri muri iki gishanga bukabibona nkâikibazo, ubuyobozi bwâaka karere, ku bufatanye na RAB-MINAGRI buravuga ko hagiye gutunganywa hegitari nshya 950 zitezweho gukemura iki kibazo. Ni igikorwa kizatwara miliyari 25 […]
Umuforomo yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya abarwayi mu bitaro
Igipolisi cya Uganda muri Entebbe cyataye muri yombi umuforomo wimenyereza umwuga ku Bitaro bya Entebbe Grade B akurikiranwego icyaha cyo gusambanya abarwayi . Ukekwaho icyaha ni uwitwa Denis Kutesa, bivugwa ko kuwa Gatandatu ushize, itariki 18 Gashyantare, yasambanyije ku ngufu abarwayi babiri bo muri ibi bitaro bivugwa haruguru. Umuvugizi wâIgipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigire, avuga […]
Uwari umunyamakuru wa TV1 yagizwe umuyobozi wa Radio Salus

Ubuyobozi bwa Kaminuza yâu Rwanda bwagize Munyarugendo Athanase umuyobozi wâagateganyo wa Radio Salus nyuma yâaho Paul Mbaraga wari ufite iyi nshingano kuva mu mwaka wâ2019 agiye mu kiruhuko cyâizabukuru. Munyarugendo ufite imyaka 30 yâamavuko yatangarije BWIZA ko Umuyobozi wâishami ryâubugeni nâubumenyi bwâimibanire muri rubanda (College of Arts and Social Sciences) yamushyikirije ibaruwa imushyira muri iyi […]
Abangilikani banze Justin Welby nk’umuyobozi wabo ku Isi kubera guha imigisha abaryamana bahuje igitsina
Abayobozi b’amatorero 12 y’Abangilikani batangaje ko batagifata Arkiyepiskopi wa Canterbury, Justin Welby, nkâumuyobozi mukuru wabo wâitorero ku rwego rwâIsi nyuma yo gufata icyemezo cyo guha umugisha umubano wâabaryamana bahuje ibitsina . Abayobozi, bavuga ko bahagarariye 75% by’Abangilikani ku Isi yose, bashinje Itorero ryâu Bwongereza kuba ryarafashe “inzira yo kwigisha ibinyoma”, kandi ko rirwanya “ukwemera kwa […]
Gasabo: Urukiko rwakatiye gufungwa burundu uwashinjwaga kwica umugore we
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, mu mpera z’icyumweru gishize, ruri aho icyaha cyakorewe, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo wari ukurikiranweho icyaha cyâubwicanyi yakoreye umugore we, Urukiko rukaba rwaramuhamije icyaha maze rumuhanisha igifungo cya Burundu . Ni icyaha ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyabereye mu rugo rwabo, mu Mudugudu wa Gikingo, Akagali ka Bweramvura, […]
Abasirikare byibuze 51 ba Burkina Faso bishwe nâinyeshyamba
Byibuze abasirikare 51 barishwe kuwa Gatanu ubwo umutwe wabo wategerwaga mu majyaruguru ya Burkina Faso, nk’uko byatangajwe nâigisirikare kuri uyu wa Mbere, kimwe mu gitero cyiciwemo abasirikare benshi icya rimwe kuva aho iki gice cyâuburengerazuba bwa Afurika gihindutse ihuriro ryâibikorwa byâabajihadiste . Ibi byabaye iminsi ibiri mbere yâuko u Bufaransa bufunga ku mugaragaro ibikorwa byabwo […]
CG Dan Munyuza yasimbuwe ku buyobozi bukuru bwa Polisi
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakuye ku nshingano Commissioner General Dan Munyuza wari Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda. Nkâuko bigaragara mu itangazo ryashyizwe hanze nâibiro bya Minisitiri wâIntebe, CG Munyuza yasimbuwe na DCG Felix Namuhoranye wari umwungirije. Naho CP Vincent Sano we yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa. Muri Minisiteri yâingabo, Perezida […]
FARDC irashinja M23 kuyigabaho ibitero bikomeye ku birindiro bine
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (FARDC) kirashinja umutwe witwaje intwaro wa M23 kuzigabaho ibitero bikomeye ku birindiro byacyo bine. Umuvugizi wa Zone ya 3 ya FARDC ifite icyicaro i Goma, Lt Col Guillaume Ndjike Kaiko, asobanura ko M23 yagabye ibi bitero ku birindiro bya Kyahemba, Butchalwichi, Kihusha na Lubula muri teritwari ya Masisi, […]
Kagame participera au sommet Transform Africa au Zimbabwe
Le prĂ©sident Paul Kagame participera Ă la 6e Ă©dition du sommet Transform Africa au Zimbabwe, a appris The New Times . Selon le bureau du prĂ©sident, Kagame honorera le sommet de trois jours prĂ©vu du 26 au 28 avril, en tant que prĂ©sident de Smart Africa, les organisateurs du sommet. Le Sommet Transform Africa est […]
FARDC yazanye izindi ndege zâindwanyi na Kajugujugu zâintambara
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyabonye izindi ndege zâintambara zirimo za kajuguugu ndetse nâizindi ndege zâindwanyi zishobora kuba nazo ari izo mu bwoko bwa Sukhoi nkâuko amashusho yashyizwe kuri twitter abigaragaza . Aya makuru yanemejwe nâUmuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, uvuga ko FARDC ikomeje kwigwizaho ibikoresho bihambaye byâintambara. Yabitangarije Bwiza TV na […]
Rutsiro: Umwana w’imyaka 8 yatoraguye igikapu cyatawe na ba mukerarugendo, arakibasubiza

Umwana wâimyaka 8 yâamavuko utuye mu karere ka Rutsiro mu ntara yâUburengerazuba yashimiwe nyuma yo gushyikiriza ba mukerarugendo igikapu cyabo yatoraguye. Umuholandikazi Mirka Eikelschulte utuye mu Rwanda, mu butumwa bushimira byâumwihariko uyu mwana,yasobanuye ko inshuti ze zasuraga iki gihugu ku nshuro ya mbere, zaburiye iki gikapu mu muhanda wa Musanze-Kibuye. Mirka yatangaje ko inshuti ze […]
Mukuralinda arasaba urubyiruko kwamamaza ko M23 atari Abanyarwanda
Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, atasaba urubyiruko rwâu Rwanda kwamamaza ko abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 atari Abanyarwanda. Mukuralinda yabivugiye mu kiganiro Ishusho yâIcyumweru cyatambutse kuri televiziyo yâigihugu kuri uyu wa 19 Gashyantare 2023, ashingira ku byemezo byafatiwe mu nama yâabakuru bâibihugu byo mu karere yabereye i Luanda muri Angola. Yavuze ko muri […]
Burera: Abakoresha umuhanda Gahunga-Kirambo baratabaza kubera ububi bwawo
Abakoresha n’abaturiye umuhanda Gahunga-Kinoni-Gitovu-Kirambo uri mu karere ka Burera baratabaza kubera ububi bwawo kuko wangiritse bikabije, n’abakozi bawubungabungaga bakaba batakiwugaragaramo. Abawukoresha umunsi ku w’undi harimo abatwara abantu n’ibintu mu buryo butandukanye nk’abamotari, abanyonzi, abatwara abagenzi muri bisi nto, abatwara ba mukerarugendo ndetse n’abandi bawukoresha n’amaguru cyangwa abawuturiye, babwiye BWIZA ko ubahangayikishije kuko wabasubije inyuma mu […]
Ibibazo by’umuhanzi Chriss Eazy na Musanze Caves Hotel byafashe indi ntera
Nyuma yo gushinjwa guhemukira Musanze Caves Hotel ndetse ntiyegere n’ubuyobozi bwayo, umuhanzi Chriss Eazy yahamagawe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, inshuro ebyiri. Ni nyuma y’aho Bwiza ibagejejeho inkuru yo ku wa 03 Gashyantare 2023 yavugaga ku buriganya n’ubuhemu Rukundo Nsengiyumva Christian uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Chriss Eazy ashinjwa gukorera Musanze Caves Hotel. Ubuyobozi bw’iyi hoteli […]
Afghanistan: Ahahoze ibirindiro by’ingabo z’amahanga hagiye guhindurwa ibyanya by’inganda
Guverinoma yâAbatalibani muri Afghanistan iravuga ko izahindura bimwe mu byahoze ari ibirindiro byâingabo zâamahanga ibyanya by’inganda n’ubucuruzi. Afghanistan yahuye nâikibazo gikomeye cyâubukungu nâubutabazi kuva Abatalibani bongera kwigarurira iki gihugu muri Kanama 2021. Ingabo zâamahanga zari zimaze imyaka makumyabiri muri iki gihugu. Iki cyemezo cyatangajwe na minisitiri wâintebe wungirije ushinzwe ibibazo byâubukungu, Mullah Abdul Ghani Baradar, […]
Kampala: Abasore babiri bafunzwe bashinjwa gufata ku ngufu undi musore
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abasore babiri bakekwaho gufata ku ngufu umusore mugenzi wabo w’imyaka 19 i Kampala . Bivugwa ko bashutse uyu musore bakamujyana mu nzu iri mu gace ka Makindye, mu mujyi wa Kampala mu kwezi gushize. Umuvugizi wungirije wa Polisi ya Kampala, Luke Owoyesigyire, yatangaje ko aba bakekwa bafungiye kuri sitasiyo […]
Nyuma y’inama ya AU imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC na M23 i Kitshanga
Nyuma y’amasaha 48 inama ya Afurika Yunze Ubumwe yaberaga i Addis Abeba, yagarutse no ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, irangiye, biravugwa ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Gashyantare, imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC na M23 mu bice bya Kitshanga, Kalengela no mu nkengero zaho […]
RDC iravuga ko hari umurongo ingabo za EAC zitagomba kurenga
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugaragaza ko yinubira kuba ingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ziri mu gihugu cyabo zitarwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Mu gihe izi ngabo ziri mu burasirazuba bwâiki gihugu zigenzura ibice birekurwa na M23, guverinoma ya RDC yo ivuga ko uyu mutwe witwaje intwaro wanze kubahiriza ibyemezo […]
RDC: Inzego z’umutekano zavumbuye igisasu cyari giteze ahakorera Umujyi wa Beni
Inzego z’umutekano zaburijemo igitero nyuma yo kuvumbura, ku Cyumweru, igisasu cyari giteze mu kibanza cyâUmujyi wa Beni muri Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’umujyi w’umupolisi . âIgisasu cyavumbuwe inyuma ya salle ya Thomas d’Aquinas cy’umujyi. Yari grenade yo mu bwoko bw’inshinwa, yasaga nk’aho iteze. Inzobere zatubwiye […]
APR FC yisubije intebe y’icyubahiro, Police FC inyagira Musanze FC

APR FC yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nyuma yo kunyagira Etincelles ibitego 4-2 ndetse Police FC na yo itsinda Musanze FC 4-0. Wari umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda aho APR FC yari yakiriye Etincelles FC, usifurwa na Nkinzingabo Jean Marie Vianney. Uyu mukino APR yawukinnye itari ku mwanya wa mbere nyuma y’uko […]
RDC yiyemeje gucyura byihuse impunzi zâAbanyekongo ziba mu Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko igiye gucyura byihuse impunzi zâAbanyekongo ziba mu Rwanda. Ni intego yihaye nyuma yâaho abakuru bâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba ndetse na JoĂŁo Lourenço wa Angola, bari i Addis Ababa muri Ethiopia, basabiye Leta ya RDC gucyura impunzi zâAbanyekongo ziba mu Rwanda na Uganda. Umuvugizi […]
Kenya: Visi Perezida Gachagua yaburiye abapolisi bigize intakoreka
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yihanangirije abapolisi b’abanyarugomo avuga ko bazfatirwa ibyemezo bikakaye. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, nyuma yo gusura imiryango 105 yirukanywe aho yari ituye i Kiriko, mu Ntara ya Nakuru, Gachagua yavuze ko Guverinoma ya Kenya Kwanza itazihnganira abapolisi bakoresha nabi imyanya yabo . Gachagua yavuze ibi nyuma gato yo gusura […]
Ambasaderi Muyumba abona ingabo za SADC zikwiye gusimbura iza EAC muri RDC
Senateri mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, wanigeze guhagararira urubyiruko mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, Ambasaderi Francine Myumba, abona ingabo zâumuryango wa Afurika yâamajyepfo zikwiye gusimbura izâuwa Afurika yâiburasirazuba ziri mu gihugu cyabo. Ambasaderi Muyumba gahunda yo kwifashisha ingabo za Afurika yâiburasirazuba ntacyo izafasha mu kugarura umutekano mu burasirazuba bwâigihugu […]
Ibigori, amasaka nâubunyobwa byo muri Uganda birimo ibinyabutabire bishobora gutera cancer – Ubushakashatsi
Abashakashatsi bo mu kigo cyâigihugu cyâubushakashatsi mu byâubuhinzi (NARO), baravuga ko ibigori bya Uganda, amasaka nâubunyobwa birimo inshuro 10 cyangwa hejuru za aflatoxine kurusha urwego rwâumutekano rusabwa nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS) . Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi mu kigo cyâigihugu gishinzwe ubushakashatsi ku musaruro wâibihingwa (NaCRRI), Dr Godfrey Asea, yavuze ko ibinyampeke basuzumye mu […]
Umwongereza wâimyaka 22 yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda
Umwongereza Ethan Vernon ukinira ikipe ya Soudal-QuickStep yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2023 kavaga mu mujyi wa Kigali kerekeza mu mujyi wa Rwamagana. Abakinnyi 93 bahagarariye ibihugu 28 ni bo batangiye aka gace kareshyaga nâibilometero 115.5, ahagana saa yine nâiminota 30 zâamanywa. Karanzwe no kwigaragaza cyane kâUmunyarwanda Nsengimana Jean Bosco wegukanye amanota […]
Uganda ntizakangwa nâigitutu cyâabakoloni cyo kuduteranya nâAbarusiya â Min. Jeje Odongo
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Uganda yavuze ko Uganda itazakangwa nâigitutu cyâabahoze ari abakoloni bo mu Burengerazuba cyo kubateranya nâu Burusiya, kubera ko umubano wâibihugu byombi umaze igihe kinini hagati ya Kampala na Moscou ari ngombwa cyane . Ati: âTwarakolonijwe kandi tubabarira abadukolonije. None, abakoloni baradusaba kuba abanzi b’u Burusiya, batigeze badukoloniza. Ibyo birakwiye? Ntabwo ari […]
Bukavu: Inzu zâAbasirikare bakuru bâAbanyamulenge barimo Gen. Bolingo zakozwemo umukwabu
Umuryango Mahoro Peace ukunze kuvuganira Abanyamulenge biganje muri Kivu yâAmajyepfo, uravuga ko inzu zâabasirikare nâabapolisi bakuru bagera kuri batatu bâAbanyamulenge i Bukavu zakozwemo umukwabu wo kuzisaka . Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Mahoro Peace Association yagize iti â Twamaganye isakwa ryâinzu zâabasirikare nâabapolisi bâAbanyamulenge I Bukavu: Gen. Bolingo, Col Makangila na Col. Bisetsa.â Uyu muryango […]
France: Urukiko rwahamije icyaha 3 bashakaga kwivugana Perezida Macron
Urukiko ruburanisha ibyaha byâiterabwoba mu Bufaransa rwahamije icyaha abantu batatu bateguraga umugambi wo kugaba igitero kuri Perezida Emmanuel Macron . Aba bagabo uko ari batatu, babarizwa muri groupe ya Facebook izwi ku izina rya “Barjols”, bahamwe n’icyaha cyo gucura umugambi wo gukora igikorwa cy’iterabwoba nyuma yuko urukiko rwumvise uburyo baganiriye ku gukoresha icyuma cyâibumba kugira […]
Rwanda: 300 millions de dollars US pour stimuler une agriculture commerciale

Pour financer des projets qui permettront aux agriculteurs rwandais de passer de l’agriculture de subsistence Ă l’agriculture commerciale, le gouvernement rwandais a contractĂ© un crĂ©dit de 300 millions de dollars amĂ©ricans (US$) auprĂšs de la Banque Mondiale. Le programme appelĂ© “CDAT” (Commercialization and De-Risking for Agricultural Transformation) pilotera ce projet qui durera cinq ans. Il […]
General Hodges wayoboye ingabo za USA i Burayi yasobanuye icyatuma Ukraine yisubiza Crimea byihuse
Lieutenant General (Rtd) Ben Hodges wayoboye ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zikorera ku mugabane w’u Burayi kuva mu mwaka w’2014 kugeza mu 2018 yasobanuye icyatuma Ukraine yisubiza byihuse igice cya Crimea yambuwe nâu Burusiya mu 2014. Gen. Hodges mu kiganiro cyihariye yagiranye nâumunyamakuru Tatiana Popova wa Kyiv Post ku wa 16 Gashyantare 2023, […]
Karongi: Babiri bafatiwe mu cyuho biba amabuye y’agaciro
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Karongi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Gashyantare, yafatiye mu cyuho abantu babiri bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko . Abafashwe ni abasore babiri b’imyaka 19 na 22 y’amavuko, bacukuraga amabuye yo mu bwoko bwa Gasegereti mu mugezi wa Mashyiga, mu mudugudu […]
Macron yifuza ko u Burusiya butsindwa muri Ukraine ariko ntashyigikiye kujyana intambara ku butaka bwabwo
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko adashaka kubona u Burusiya bwajanjaguwe no gutsindwa muri Ukraine . Aganira nâibitangazamakuru byo mu Bufaransa, Perezida Macron yasabye ibihugu byâiburengerazuba kongera inkunga ya gisirikare kuri Ukraine anavuga ko yiteguye intambara ndende. Ati: “Ndashaka ko u Burusiya butsindwa muri Ukraine, kandi ndashaka ko Ukraine ishobora kurengera umwanya wayo”. Ariko […]
Umunyarwenya ukomeye yasobanuye uburyo Christian Atsu yamukuye mu buzima bugoye

Umunyarwenya ukomeye muri Nigeria, Emmanuel Ogonna Iwueke wamamaye nka Dr Craze, yasobanuye uburyo umunyabigwi mu mupira wâamaguru ukomoka muri Ghana, Christian Atsu, yamufashije gutera imbere, amukuye mu buzima bugoye. Ni inkuru yakuruye amarangamutima ya bamwe, byâumwihariko abazi Atsu, mu gihe muri Turukiya haturutse inkuru ivuga ko uyu mukinnyi ari mu bantu barenga ibihumbi 35 mu […]
Addis Abeba: Umudipolomate wo ku rwego rwo hejuru wa Israel yasohowe nabi mu nama ya A.U
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umudipolomate wo ku rwego rwo hejuru wa Israel yasohowe mu nama ngarukamwaka yâumuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Ethiopia, mu gihe kutumvikana ku kwemerera Israel kuba indorerezi muri uyu muryango gukomeje . Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga abashinzwe umutekano ba AU bahanganye nâumudipolomate mu muhango wo gutangiza iyi nama, […]
Tshisekedi yasabye ko umutwe wa FIB wahashyije M23 mu 2013 wakongera kwifashishwa

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yasabye ko umutwe kabuhariwe wâingabo za MONUSCO ufite inshingano yo kugaba ibitero, FIB, wakongera kwifashishwa nkâuko byagenze mu mwaka wâ2013 ubwo wahashyaga umutwe witwaje intwaro wa M23, bikawuviramo gusenyuka. Iki cyifuzo yagitangiye mu kiganiro yagiranye nâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), Antonio Guterres, ubwo bahuriraga Addis Ababa […]
Abanzi 2 b’ingenzi u Rwanda rufite mu mboni za Gen. James Kabarebe

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bijyanye n’umutekano, General James Kabarebe yagaragaje abanzi babiri bakomeye kurusha abandi bose u Rwanda rufite bakaba ari na bo batuma rugikomeje kugorwa no kugera ku iterambere rirambye. Ibi yabigaragaje ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye muri gahunda yiswe ‘Meet The Elders’ ku nsanganyamatsiko igira […]
Umupasiteri yanze kugendesha amaguru avuga ko Isi yuzuye ibyaha
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje kuzenguruka inkuru y’umupasiteri wo muri Kenya wanze kugendera ku butaka ngo kubera ko bukorerwaho ibyaha byinshi. Uyu mu Pasiteri witwa John Mwangi wo mu itorero rya Revival ribarizwa mu gace ka Githurai muri Kenya yavuze ko umugaragu w’Imana adakwiye kugendesha ibirenge bye ku butaka bwuzuye ibyaha. John Mwangi avuga ko […]
Me Mhayimana yatsindiye Urugaga rwâAbavoka mu Rwanda mu Rukiko rwâIkirenga

Umunyamategeko Me Mhayimana IsaĂŻe yatsindiye Urugaga rwâAbavoka mu Rwanda mu Rukiko rwâIkirenga, mu rubanza rwasubirishwagamo ku mpamvu z’akarengane. Uru rubanza rukomoka ku gihano yahawe n’umwanditsi wâurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, Nkundimpaye IsmaĂ«l, cyâamande amafaranga yâu Rwanda ibihumbi 200, amushinja kutaboneka mu nama nteguzarubanza, kandi ari we wahujwe na sisiteme, bityo ngo ibyo byari ugutinza urubanza. Bivugwa […]
Isomwa ryâurubanza rwâubujurire rwa Ntaganzwa ryimuriwe mu kwezi gutaha
Urukiko rw’ubujurire rwasubitse umwanzuro warwo mu rubanza rwâubujurire rwa Ladislas Ntaganzwa kugeza ku itariki ya 3 Werurwe mu gihe byari biteganyijwe ko utangwa kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 17 Gashyantare . Ntaganzwa, wâimyaka 60, yari Burugumesitiri wâiyahoze ari Komini ya Nyakizu (mu karere ka Nyuguru). Yakatiwe igifungo cya burundu n’Urugereko rw’Urukiko Rukuru rushinzwe ibyaha […]
Rusizi: Umugore wâimyaka 50 yatabawe agerageza kwiyahura ku nshuro ya 3
Mukamushobozi Epiphanie wâimyaka 50, wo mu mudugudu wa Karume, akagari ka Mpinga, umurenge wa Gikundamvura mu karere ka Rusizi, yagerageje kwiyahura akoresheje umugozi bifashisha boga, ukurwa ku mitego yâuburobyi yashaje, ku bwâamahirwe aratabarwa awukurwamo, ikaba yari ibaye inshuro ya 3 abigerageza. Nkâuko umunyamakuru wa Bwiza.com yabitangarijwe nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Gikundamvura, Baziki Yussuf, ngo uyu […]
Le verdict d’appel de Ntaganzwa repoussĂ© Ă mars
La Cour d’appel a reportĂ© le verdict dans l’affaire Ladislas Ntaganzwa au 3 mars. Initialement, le verdict devait ĂȘtre rendu ce vendredi 17 fĂ©vrier . Ntaganzwa, 60 ans, Ă©tait bourgmestre (maire) de l’ancienne commune de Nyakizu (dans le district de Nyaruguru). Il a Ă©tĂ© condamnĂ© Ă la rĂ©clusion Ă perpĂ©tuitĂ© par la Chambre de la […]
Ntabwo tuzakurikira abantu bazimiye. Aba Banyaburayi ntabwo ari bazima, ntibumva – Museveni
Perezida Museveni yavuze ko Uganda itazigera ishyigikira kuryamana kw’abahuje igitsina kandi Uburengerazuba bugomba guhagarika gushaka guhatira ibihugu bitemera ibyo yise âgutandukiraâ . Museveni yatangaje ibi kuri uyu wa Kane, itariki 16 Gashyantare, ubwo yatangizaga ibirori byo kwizihiza Umunsi wa Janani Luwum (Hibukwa Luwum wahoze ayobora Itorero rya Uganda) mu mudugudu wa Wii-Gweng mu murenge wa […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza amaze iminsi aburiwe irengero
Umuryango wâumunyamakuru Jean Paul Nkundineza uvuga ko kuva tariki ya 13 Gashyantare 2023 utazi aho aherereye, ukaba ukomeje kumushakisha. Mukuru wa Nkundineza witwa Rutagengwa Jean LĂ©on yatangaje ko umuryango wabo uheruka amakuru ye ahagana saa saba zâamanywa, ubwo yari mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. Rutagengwa asobanura ko umuryango wegereye urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha […]
Perezida Kagame na Mnangagwa bazayobora inama ya Transform Africa izabera hanze yâu Rwanda bwa mbere
Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe na mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame, biteganijwe ko bazayobora inama yo ku rwego rwo hejuru yâiminsi itatu igamije guhindura Afurika mu bijyanye nâikoranabuhanga izwi nka Transform Africa Summit (TAS), yateguwe na Smart Africa izabera muri Victoria Falls muri Mata . Iyi nama ya Transform Africa izaba iterana ku nshuro […]
Turkiya yahaye Sudani yâEpfo inkunga yâimpuzankano za gisirikare 75,000
Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Gashyntare, Guverinoma ya Turkiya yatanze inkunga yâimpuzankano za gisirikare zigera ku 75.000 zizajya zikoreshwa nâIgisirikare cya Sudani yâEpfo . Minisitiri wâingabo nâabavuye ku rugerero muri Sudani yâEpfo, Angelina Teny, yavuze ko iyi nkunga izafasha mu guteza imbere umutekano mu gihugu. Mu muhango wo gushyikirizwa iyo nkunga, Teny yagize ati: […]