Museveni yarahiriye manda ya gatandatu izamugeza ku myaka 40 ku butegetsi (Amafoto)

Perezida Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa Gatatu, yarahiriye kuyobora Uganda muri manda ye ya gatandatu izamugeza ku myaka 40 ku butegetsi. Ni nyuma yo kwegukana intsinzi mu matora y’umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 14 Mutarama uyu mwaka, atsinze abo bari bahanganye barimo Bobi Wine ku majwi agera kuri 59%. Umuhango w’irahira rya Museveni kuri […]
Perezida Kagame yohereje intumwa imuhagararira mu irahira rya Museveni
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, azahagararirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh; mu muhango w’irahira rya Perezida Yoweri Museveni. Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 12 Gicurasi ni bwo Museveni arahirira kuyobora Uganda muri manda ya gatandatu yikurikiranya, mu muhango uzabera ku kibuga cya Kololo. Ni […]
Bwa mbere Museveni asura u Rwanda yasize anenze umwami Kigeli IV Rwabugiri
Perezida Yoweri Kaguta Museveni ubwo yasuraga u Rwanda ku nshuro ya mbere nka Perezida wa Uganda, yasize anenze umwami Kigali IV Rwabugiri kubera Politiki ye yo gushaka kwigarurira ibihugu uduhugu twose twahanaga imbibi n’u Rwanda. Mu 1987 Museveni amaze hafi umwaka umwe ku butegetsi yahiritseho umunyagitugu Milton Obote, ni bwo yagiriye uruzinduko rw’amateka mu Rwanda. […]
ARUSHA: Nkongwa ebyiri zashegeshe ubutabera

Mbere yâuko umufungwa wa mbere agera mu Rukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyriweho u Rwanda (TPIR), umurongo wo kwiregura wari waranogejwe cyera: guhakana ibyaha byose na jenoside ubwayo! Iryo banga rikomeye hagati yâabaregwa nâabavoka babo, ryaba ryarageze nâaho bagabana ku gihembo. Inzitizi ikomeye ku butabera bwâurukiko rwa LONI! Hari ibyo rubanda baba bemerewe kumenya nâibindi biguma mu […]
Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW

Umuryango wâumuturage witwa Ntahonsigaye Donath utuye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza, uratabaza inzego zâubuyobozi nâabagiraneza babishobora kubafasha bagakurwaho imisoro y’ubukode bw’ubutaka y’arenga miliyoni 4 FRW, aho bavuga ko ku mwaka basabwa urenga 500,000 FRW nyamara no kubona ibyo kurya batabasha kubibona. Kumufasha wahamagara : 0781776139 Mu kiganiro na Bwiza […]
Polisi yihanangirije abakoresha application zitahura Camera z’umuvuduko
Polisi y’u Rwanda yihanangirije abakoresha kuri terefoni zabo application zibafasha gutahura aho yashyize Camera zayo zo ku muhanda zicunga umuvuduko, ishimangira ko bitemewe. Mu mwaka wa 2019 ni bwo Polisi y’u Rwanda yatangiye gushyira Camera ku mihanda itandukanye yo hirya no hino mu gihugu, mu rwego rwo kugabanya impanuka zo mu muhanda ahanini ziterwa n’umuvuduko […]
Byinshi ku irushanwa rishya rya UEFA Super League ryateje impagarara
Amakipe 12 akomeye ku mugabane w’Uburayi, yatangaje ko azitabira shampiyona nshya igiye kujya iyahuza izwi nka UEFA Super League. Ku ikubitiro amakipe yamaze kwemeza ko azitabira iriya shampiyona arimo AC Milan, Arsenal, AtlĂ©tico de Madrid, Chelsea, FC Barcelona, FC Internazionale Milano, Juventus, Liverpool, Manchester City, Manchester United, Real Madrid na Tottenham Hotspur. Byitezwe ko hari […]
Rusizi: Bamwe mu bari bamaze igihe mu bujura bwitwaje intwaro bahoze muri RDF
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko bamwe mu baheruka gufatwa bari bamaze igihe bavugwa mu bujura bwitwaje intwaro mu karere ka Rusizi bahoze mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ku cyumweru gishize ni bwo Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafatiye mu karere ka Rusizi abantu 12 ikekaho kwiba mu bihe bitandukanye bitwaje intwaro. Abatawe muri yombi […]
12 bakekwaho kwiba bitwaje intwaro, barimo abari bambaye âibya gisirikareâ bafashwe
Polisi yâu Rwanda kuri uyu wa 11 Mata 2021 yatangaje ko mu Karere ka Rusizi yahafatiye abantu 12 ikekaho kwiba mu bihe bitandukanye bitwaje intwaro, bakica umuturage mu murenge wa Gihundwe bagakomeretsa undi mu wa Mururu. Ku rubuga rwa Twitter yagize iti: âTwafashe abantu 12, bacyekwaho kwiba bakoresheje intwaro mu bihe bitandukanye mu Karere ka […]
Prof Vincent Duclert yashyikirije Perezida Kagame ya raporo yamwitiriwe

Umufaransa Vincent Duclert usanzwe ari umuhanga ukomeye mu mateka, yashyikirije Perezida Paul Kagame ‘Raporo Duclert’ yamwitiriwe, ivuga ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi Raporo y’impapuro zirenga 1,200 yashyizwe ahagaragara mu kwezi gushize nyuma ya Komisiyo y’impuguke mu mateka yari yarashyizweho na Perezida Emmanuel Macron ngo icukumbure inyandiko zari mu ishyinguranyandiko zerekeye u Rwanda. […]
Abahakana amateka niba bitabatera isoni, kuki twagira ubwoba bwo guhangana na bo?_Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye Abanyarwanda kutagira ubwoba bwo guhangana n’abapfobya amateka y’u Rwanda, mu gihe na bo batagira isoni zo kubikora. Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu, ubwo yagezaga ku Banyarwanda n’abashyitsi ijambo rijyanye no kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakoreye Abatutsi. Ni umuhango wabereye muri Kigali Arena, nyuma yo kunamira […]
U Burundi bwashimiye u Rwanda ku bw’ubushake bwarwo mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi
Guverinoma y’u Burundi yashimye iy’u Rwanda, ku bw’ubushake rukomeje kugaragaza mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze imyaka ikabakaba itandatu warangiritse. Ni nyuma y’uko mu minsi ishize u Rwanda rwafashe umwanzuro wo guhagarika ibitangazamakuru bitatu by’i Burundi byari bimaze igihe bikorera ku butaka bwarwo. Ibi bitangazamakuru birimo Radio RPA na Inzamba; cyo kimwe na Televiziyo Renaissance […]
Perezida Ndayishimiye yagaragaye acungiwe umutekano n’ingabo z’u Rwanda i Bangui (Amafoto)

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagaragaye i Bangui mu murwa mukuru wa Repubulika ya Centrafrique acungiwe umutekano n’ingabo z’u Rwanda, igihugu yigeze kwita indyarya. Ku gicamunsi cy’ejo ku wa Mbere ni bwo Perezida Ndayishimiye yasesekaye i Bangui, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra. Perezida TouadĂ©ra arahirira kuyobora Repubulika ya Centrafrique muri manda ya […]
Rubavu: Ba DASSO bavuga ko bafunzwe, birukanwa ku kazi, bazira gutanga amakuru ku bujura
Niyibizi Jean na Icyishaka Thierry batuye mu Murenge wa Nyundo barashinja ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu kubirukana mu rwego rwa DASSO bakoreraga, ndetse bakanafungwa bashinjwa ibyaha batakoze, bazira kuba baratanze amakuru ku bikorwa by’ubujura byakorerwaga ku biro by’uyu murenge. Niyibizi na Icyishaka bavuga ko intandaro yo gufungwa no kwirukanwa mu kazi ari amakuru batanze kuri ba […]
Uko Didier Drogba yigeze guhagarika intambara yari imaze igihe muri CĂŽte dâIvoire

CĂŽte dâIvoire ni igihugu kiri mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâumugabane wa Afurika, kikaba iwabo wâibyamamare mu mupira wâamaguru birimo: Yaya TourĂ©, Kolo TourĂ©, Emmanuel EbouĂ©, Didier Zokora na Didier Drogba wanditse amateka mu ikipe yâigihugu na Chelsea mu Bwongereza. Iki gihugu cyigeze gushegeshwa nâintambara ishingiye ku makimbirane yâabaturage bo mu majyepfo bari baharagariwe na Perezida Laurent […]
Musanze: Umuryango wâabantu 10 wakuwe mu mutungo ku ngufu, nyuma yâigihe kirekire utakambira Leta

Umuryango wa Kajyambere Silas ugizwe nâabantu 10 wari utuye mu Mudugudu wa Susa, Akagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, tariki ya 16 Werurwe 2021 wakuwe mu kibanza kirimo inzu ebyiri ku ngufu nyuma yâigihe kirekire utakambira Leta nyuma yâakarengane wagiriwe. Intandaro yâibi bibazo ni agace kâikibanza nimero UPI: 04/03/08/04/3628 Kajyambere wavutse […]
Ingabire GrĂące ni we Nyampinga w’u Rwanda wa 2021 (Amafoto)

Ingabire GrĂące wari uhagarariye Umujyi wa Kigali ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda wa 2021, ahigitse abakobwa bagenzi be bari barihataniye. Ni nyuma y’ibirori bya nyuma by’iri rushanwa byabereye ku kibuga Intare Arena, i Rusororo mu karere ka Gasabo. Ni ibirori bititabiriwe n’abafana nk’uko mu marushanwa ya Miss Rwanda yatambutse byagiye bigenda, kubera […]
Abarenga 254,000 bamaze gukingirwa Covid-19_Uko igikorwa cyagenze kuva cyatangira

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda ivuga ko kuva gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 yatangira tariki ya 5 kugeza ku ya 13 Werurwe 2021, hamaze gukingirwa Abaturarwanda barenga 254,000. Ni gahunda yatangiye nyuma yâiminsi ibiri inkingo za mbere za Covid-19 zibarirwa mu 342,000; zirimo 240,000 za AstraZeneca nâ102,000 za Pfizer BioNTech zigeze mu Rwanda. Uko igikorwa […]
Niba uri Umuhutu ubwo buhutu bwawe ni nde uzaburya?_Perezida Ndayishimiye
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabwiye abaturage b’igihugu cye ko kwitwa ‘Umuhutu cyangwa Umututsi’ nta wabirya, ashimangira ko icy’ingenzi ari ukurangwa n’ubumwe. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 01 Werurwe, ubwo yari muri Komini Buraza ho mu ntara ya Gitega, aho yari yitabiriye ibirori byo kwishimira intsinzi y’ishyaka CNDD-FDD mu matora y’umukuru w’igihugu […]
Senateri Evode yavuze uko yageze mu Rwanda, abamubonye bagakizwa n’amaguru
Senateri Evode Uwizeyimana, avuga ko akigaruka mu Rwanda yakiriwe nka Osama Bin Laden, ku buryo n’uwo bari baziranye wamubonaga yahitagamo gukizwa n’amaguru. Senateri Uwizeyimana wâimyaka 50 yâamavuko, yavuye mu Rwanda mu mwaka wa 2007 yerekeza i Montreal ho muri Canada, ahahurira nâabarimo Paul Rusesabagina na Faustin Twagiramungu batangira gukorana. Nyuma yo kuva mu Rwanda aho […]
Mineduc yahaye umukoro ababyeyi mbere y’iminsi ibiri ngo amashuri y’i Kigali afungure
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko amashuri mu mujyi wa Kigali azasubukura ku wa Kabiri tariki ya 23 Gashyantare 2020, iha ababyeyi umukoro Ku wa Mbere tariki ya 18 Mutarama ni bwo Minisiteri y’Uburezi yari yafashe icyemezo cyo gufunga amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu mujyi wa Kigali. Ni icyemezo iyi Minisiteri yari yavuze ko yafashe […]
Bene Habyarimana batabarije Idamange, bahabwa urw’amenyo

Umuryango wa Habyarimana JuvĂ©nal wasabye Umuryango Mpuzamahanga kuba maso ku kibazo cya Idamange Iryamugwiza Yvonne uheruka gutabwa muri yombi, uhabwa urw’amenyo. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 15 Gashyantare ni bwo Idamange yatawe muri yombi, kubera ibyaha bitandukanye akurikiranweho. Uyu mugore yatawe muri yombi akurikiranweho ibyaha birimo guteza imvururu nâimidugararo muri rubanda, nk’uko […]
Ange Kagame yamaganye inkuru imushyira mu rukundo na Kizito Mihigo

Umukobwa wa Perezida wa Repubulika, Ingabire Ange Kagame, yamaganye inkuru yatambutse mu kinyamakuru The Guardian ivuga ko yigeze kuvugwa mu rukundo na Nyakwigendera Kizito Mihigo. Iyi inkuru yanditswe n’Umwongerezakazi, Michela Wrong, itangazwa na The Guardian kuri iki Cyumweru tariki ya 14 Gashyantare 2021. Ni inkuru yatangajwe habura iminsi itatu ngo hizihizwe umwaka umwe ushize umuhanzi […]
VIDEO: Perezida Kagame aravugwa kuyobora DRC?? Fayulu na Ambasaderi Karega rurashyiditse! Gen yatabarutse-Hirya no hino
Amb. Karega yasubije Martin Fayulu wavuze ko Perezida Kagame ari we uyoboye RDC
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yavuze ko u Rwanda “nta gihugu na kimwe ku Isi rucunga cyangwa rwakoronije”, asubiza umunya-Politiki Martin Fayulu urushinja gusa n’urukoroniza Congo Kinshasa. Amb. Karega yatangaje ariya magambo, asubiza umunya-Politiki Martin Fayulu watangaje ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari we uyoboye Repubulika Iharanira Demokarasi […]
VIDEO: Abanyarwanda bemerewe ibintu bikomeye muri Central African Republic
VIDEO: Amananiza mu ngamba za COVID19-ISANZURE?
Ingamba zimwe ziherutse gufatwa ziravugwamo amananiza, Nigute abantu bazafata ifunguro ntaho kuyafatira ? mu miterere yâabanyarwanda kurira mu nzira ufatwa nkâutagira umuco, abamotari bazafatira he ifunguro? Za office nâamabanki bizasanga byoroye imbeba kubera kuba uburiro. bazajya bagendana amasahane mu nzira , abandi bisange barwaye indwara ziganjemo igifu. -Igice cya 1 VIDEO y’ikiganiro cyose
Muhire yahishuye ko umukunzi we ari we wamuhaye impyiko, ubwo ize zombi zari zirwaye

Tariki ya 23 Nzeri 2020 ni bwo BWIZA yabagejejeho bwa mbere inkuru yâumusore witwa Muhire Jean Claude, ubarizwa mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali; akaba yari rwaye impyiko zombi zagombaga gusimbuzwa kugira ngo akomeze kubaho, umuvuduko ukabije wâamaraso na Anemiya. Icyo gihe yari amaze amezi 17 yivuriza mu bitaro bya Kigali (CHUK), abwira […]
Ni GUMAMURUGO? yindi , DRC umwotsi uracumba, hari igihe Gen Niyombare azagaragara kuri TV Bujumbura
Menya impamvu ingamba zo kwirinda Covid-19 zorohejwe kuva mu cyumweru gitaha
Inama y’Abaminisitiri yateranye mu buryo bw’ikoranabuhanga ku wa Kabiri tariki ya 02 Gashyantare iyobowe na Perezida Paul Kagame, yanzuye ko ingamba zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19 mu mujyi wa Kigali zari zarashyizweho zizoroshywa kuva mu cyumweru gitaha. Ni nyuma y’iyari yateranye ku wa 18 Mutarama yari yemeje ingamba zitandukanye, zirimo gushyira Umujyi wa Kigali muri […]
Ubutwari mu Banyarwanda, Agaciro kacu – Insanganyamatsiko yâUmunsi wâIntwari wizihizwa bidasanzwe

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 01 Gashyantare 2021, Abanyarwanda barizihiza Umunsi wâIntwari, igikorwa ngarukamwaka gitegurwa hagamijwe guha icyubahiro abantu babaye intangarugero baranzwe nâindangagaciro zo ku rwego rwo hejuru zo gukunda igihugu kugeza nâaho bakitangira ku nyungu zâababo nâabazakivukiramo bose. Kuri iyi nshuro ariko uyu munsi ukaba wizihizwa kuri internet bitewe nâibihe bidasanzwe igihugu kirimo […]
City Radio yategetswe kwishyura Oswakim na bagenzi be arenga miliyoni 16
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 28 Mutarama 2021 rwategetse Genesis Communication LTD-City Radio (City Radio) kwishyura abanyamakuru batanu yirukanye, amafaranga yâu Rwanda (rwf) 16,225,000 arimo ibirarane byâimishahara n’indishyi. Ni nyuma yâaho iki gitangazamakuru gitsindiwe urubanza rwaburanishwaga mu mizi aba banyamakuru (Oswald Mutuyeyezu uzwi nka Oswakim, Rurangwa Gaston uzwi nka Skizzy, Habimana Bonaventure, Muragijemariya […]
Joe Biden na Kamala Harris barahiriye kuyobora Amerika (Amafoto)

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden na Visi-Perezida we Kamala Harris, barahiriye kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika mu muhango wabereye i Washington. Umuhango w’irahira ry’abayobozi bashya ba Leta zunze ubumwe za Amerika witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye, barimo abayoboye kiriya gihugu nka Barack Obama, George W. Bush na Bill Clinton. Perezida ucyuye igihe […]
Museveni yashinje u Rwanda gushaka kudobya amatora ya Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye gushyira u Rwanda mu majwi arushinja kugerageza kudobya amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko yabaye mu Cyumweru gishize. Ku wa Gatandatu ushize ni bwo Komisiyo y’Amatora muri Uganda yemeje ko Museveni yongeye gutorerwa kuyobora kiriya gihugu muri manda ya gatandatu, nyuma yo gutsinda Bobi Wine bari bahanganye […]
Perezida Kagame ari mu nama n’Abaminisitiri bifashishije ikoranabuhanga (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, muri aya masaha ayoboye Inama y’Abaminisitiri ishobora gufatirwamo izindi ngamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Bitandukanye n’inama zari zisanzwe, inama yo kuri uyu wa Mbere iri kuba hifashishijwe ikoranabuhanga nk’uko ibiro by’Umukuru w’igihugu byabitangaje. Ubutumwa buri kuri Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu buvuga ko: “Perezida Kagame kuri ubu ayoboye Inama y’Abaminisitiri […]
Live: Perezida Museveni ari gusatira intsinzi

Mu gihe Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Uganda imaze kubarura hafi 65% by’amajwi yose y’abatoye, Perezida Yoweri Kaguta Museveni akomeje gusatira intsinzi izamwemerera kuyobora Uganda muri manda ya gatandatu yikurikiranya. 21:00: Museveni akomeje gukoza imitwe y’intoki ku ntsinzi Amajwi y’agateganyo aheruka gutangazwa na Komisiyo y’Amatora arerekana ko Museveni akiyoboye n’amajwi 62.23%, Robert Kyagulanyi akamugwa mu ntege […]
Centrafrique: Umujyi wa Bangui mu gihirahiro nyuma y’igitero cyahitanye umusirikare w’u Rwanda
Ubuzima burasa n’ubwahagaze i Bangui mu murwa mukuru wa Repubulika ya Centrafrique, nyuma y’igitero inyeshyamba za CPC zagabye mu ntanzi zawo kikagwamo umusirikare w’u Rwanda. Jeune Afrique iravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ibikorwa byakomeje i Bangui, gusa icyoba ari cyose mu bahakorera. Iki gitangazamakuru gikomeza kivuga ko ingendo mu muhanda zari […]
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, yanenze cyane Ikigo cy’Igihugu cy’Uburezi (REB), agaragaza ko kiza ku isonga mu gihugu mu gutanga serivisi mbi. Madamu Ingabire yabigarutseho, nyuma y’abenshi mu bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter bakomeje kunenga REB bayishinja kubakumira kuri urwo rubuga (block). Abo REB yabrotse kuri Twitter biganjemo abakundaga […]
Uzafatirwa mu Burundi arwaye COVID-19 azahanwa nk’umurozi waje kuroga Abarundi_Ndayishimiye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, aherutse gutangaza ko umuntu wese uzafatirwa mu gihugu cye arwaye icyorezo cya COVID-19 azahanwa by’intangarugero, ngo kuko ntaho azaba ataniye n’umurozi wagiye kuroga Abarundi. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho mu mpera z’ukwezi gushize, mu kiganiro cyatambutse ku bitangazamakuru bitandukanye bya hariya yagiranye n’abanyamakuru ndetse n’abaturage. Mu rwego rwo gukumira ko icyorezo cya […]
Amwe mu mafoto yâindobanure yâigisirikare cya Uganda

Igisirikare cya Uganda cyitwa UPDF (Uganda Peopleâs Defense Force) kuva mu 1995 ubwo cyahabwaga iri zina gikomotse ku mutwe wâingabo NRA (National Resistance Army) wafashe ubutegetsi mu 1986, uyobowe na Gen. Yoweri Museveni. Kugeza icyo gihe kugeza ubu, UPDF yarubatswe mu buryo bukomeye nkâuko byemezwa na bamwe mu basirikare bakuru, barangajwe imbere nâumuhungu wa Perezida […]
Padiri Ubald ukirwaye yijeje Abakristu ko mu gihe cya vuba bazongera kumubona
Padiri Ubald Rugirangoga kuri ubu ukiri mu bitaro aho akomeje kuvurirwa icyorezo cya COVID-19 yanduye, yijeje Abanyarwanda n’Abakristu muri rusange ko mu gihe cya vuba bazongera kumubona, ashimira abamubaye hafi mu burwayi bwe. Tariki ya 21 Ukwakira ni bwo byamenyekanye ko Ubald wamenyekanye cyane kubera ibikorwa byâisanamitima no gusengera abarwayi bagakira; yanduye icyorezo cya COVID-19. […]
Perezida Kagame yifashishije ifoto y’umwuzukuru we yifuriza incuti n’umuryango we Umwaka Mushya

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yifashishije ifoto y’umwuzukuru we yifuriza umuryango we n’incuti ze umwaka Mushya Muhire wa 2021 twinjiyemo. Perezida Kagame yifashishije ifoto y’umwuzukuru we kuri Twitter yagize ati: “Umwaka mushya muhire nshuti mwese n’umuryango wanjye.” Umukuru w’Igihugu mu ijambo risoza umwaka, yanifurije Abanyarwanda umwaka Mushya abizeza ko 2021 izababera nziza kurusha 2020 basoje. […]
Patrick Amuriat uri mu biyamamariza kuyobora Uganda yakorewe ibya mfura mbi (Amafoto)

Umukandida uhagarariye Ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, Patrick Oboi Amuriat, yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kuminjwaho ibyuka biryana mu maso na Polisi. Byabereye ahitwa Muwayo, ku muhanda Bugiri-Tororo. Umuyobozi w’ishyaka FDC, Wasswa Birigwa, yavuze ko Amuriat yahuye na ririya sanganya ubwo yamanuraga ikirahure cy’imodoka ye kugira ngo […]
MINEDUC yahumurije abatsindiye kuyobora ibigo by’amashuri bayishinja kubirengagiza
Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamariya, yahumurije abakoze ibizamini byo kuyobora ibigo by’amashuri bakabitsinda ariko ntibabone akazi bashinja Minisiteri y’Uburezi kubirengagiza, ababwira ko mu gihe cya vuba bazamenyeshwa aho bazoherezwa kuyobora. Ku wa 10 Ukuboza 2019 ni bwo abasabye imyanya yo kuyobora ibigo by’amashuri bakoze ibizamini, bamwe muri bo baza guhabwa akazi abandi bashyirwa ku rutonde […]
Itangazamakuru Nyarwanda ryanenzwe kubaza Kagame ibibazo by’amafuti

Abanyarwanda bakoresha Imbuga Nkoranyambaga, bifatiye ku gahanga abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo mu Rwanda babanenga kubaza ibibazo biciriritse Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Ku wa Mbere tariki ya 21 Ukuboza ni bwo Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, nyuma y’uko yari amaze kugeza ku Banyarwanda ijambo ngarukamwaka rigaragaza uko igihugu gihagaze. Ni ikiganiro cyanagizwemo uruhare n’abaturage bari […]
Uko umugore cyangwa umukobwa yamenya ko yasamye adategereje imihango
Nyuma yâiminsi irindwi umuntu w’igitsina gore akoze imibonano mpuzabitsina idakingiye, ashobora kumenya ko yasamye iyo apimye inkari ze akoresheje akuma benshi bakunda kwita “Test de Grossesse/ Pregnancy Test”. Test de grossesse/ pregnancy testâ buri wese uzi gusoma, iyo akeka ko yasamye yayigura akagakoresha apima inkari, akamenya igisubizo. Test de grossesse ikora ite? Abahanga mu by’ubuzima […]
Bobi Wine yijeje ab’i Kisoro ko nibamutora bazongera kurongora Abanyarwandakazi
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine uri muri 11 biyamamariza kuyobora Uganda, yijeje abaturage ko nibamutora igihugu cye kizongera kugendererana n’u Rwanda kugeza n’aho abaturage be bongera kurongora Abanyarwandakazi. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo yari mu gace ka Kisoro (Gisoro), aho yakoreye ibikorwa byo kwiyamamaza mbere yo kwerekeza mu turere twa Rukiga na […]
Kigali: Wa musore wafunzwe azira urukundo yarekuwe ashimira umukunzi we

Nyuma yâinkuru yâumusore, Niyigena Jean dâAmour, ukundana nâumukobwa, witwa Irakoze Jeannette, bikaviramo umusore gufungwa. Kuri ubu uyu musore aridegembya kuko amakuru y’ifungwa rye akimara kujya hanze kuwa Kane bwacyeye ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020, afungurwa by’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje nkuko inyandiko imufungura ibigaragaza Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Irakoze mu nkuru […]
Polisi mpuzamahanga irahiga Gasana wahagarariye u Rwanda muri UN
Polisi mpuzamahanga izwi nka Interpol imaze amezi agera kuri ane ishyizeho impapuro zo guta muri yombi Ambasaderi EugĂšne-Richard Gasana wahagarariye u Rwanda mu Muryango wâAbibumbye, i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nkâuko bigaragara, Interpol yashyize hanze izi mpapuro tariki ya 14 Kanama 2020, izivugurura tariki ya 18 Kanama 2020. Bigaragara ko akurikiranweho […]
Rubavu: Ikibazo cy’isambu yo mu 1959 Kagame yasabye gukemura, gikomeje kuba ingume
Ku wa 10 Gicurasi 2019 ubwo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagendereraga akarere ka Rubavu, umuturage witwa Ntibankundiye Patrick yamugejejeho ikibazo kijyanye nâisambu y’ababyeyi be yavugaga ko yambuwe n’uwitwa Uwimana Solange. Ntibankundiye yagaragarije Umukuru w’Igihugu ko gukurikirana iyi sambu byatumye umubyeyi we, Urimubenshi Thomas aburirwa irengero, ndetse na we akaba yaragiye afungwa bya hato na […]
Rusizi: Umusore yabenze umugeni we ku munsi wâubukwe

Mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru yâumusore witwa Ntirandekura Gad wâimyaka 33 yâamavuko wari witeguye gusezerana muri uyu murenge nâumukobwa wo mu murenge wa Nkombo witwa Mukayakaremye Enatha wâimyaka 28, aho bagombaga kuhasezeranira kuri uyu wa 5 Ukuboza saa tatu zâigitondo, nyuma bakerekeza ku rusengero rwa ADEPR muganza bagasezerana kubana akaramata,bakakira […]
I Burundi bakirije yombi icyemezo cya Loni cyo guhagarika kubakoraho iperereza ryihariye
Abategetsi b’u Burundi bakirije yombi icyemezo cy’Akanama gashinzwe Umutekano mu Muryango w’Abibumbye, Loni, kasabye Umunyamabanga Mukuru w’uriya muryango gukura u Burundi ku rutonde rw’ibihugu bigomba gukorwaho iperereza ryihariye. Mu itangazo kariya kanama kashyize ahagaragara ku munsi w’ejo, kasabye Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres, gukura u Burundi ku rutonde rw’ibihugu bigomba gukorwaho iperereza mu buryo […]
Abiga muri Kaminuza ya Gitwe baheze mu gihirahiro, ntibazi niba bazongera kwiga
Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Gitwe bavuga ko baheze mu gihirahiro, ku buryo batazi niba amasomo bazayasubukura nkâuko mu zindi kaminuza zigenga byagenze mu mezi akabakaba abiri ashize. Amashuri kuva ku yâincuke kugeza ku makuru na za kaminuza zose, byafunzwe muri Werurwe nyuma yâaho umuntu wa mbere mu Rwanda yari amaze kugaragaraho icyorezo cya Covid-19. […]
Minisitiri Shyaka yasubije mu kazi Gitifu wahagaritswe arengana, nyuma yo gutakamba kw’abaturage

Nyuma yo gutakamba kw’abaturage bo mu Murenge wa Nzahaha mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2020, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yasubije mu kazi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu murenge wari umaze amezi 6 wahagaritswe bikaza kugaragara ko yarenganyijwe. Uyu Gitifu yitwa Rwango Jean de Dieu, akaba yarahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ye nâubuyobozi […]
Mu minsi 2, inkiko mpuzamahanga zasabye u Rwanda kuriha Mugesera na Rujugiro
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23, cyaranzwe nâamakuru mu ngeri zitandukanye; ariko byâumwihariko yiganjemo ayâubutabera, umutekano nâiyobokamana. Aya ni yo twafashe, twegeranyamo ayâingenzi muri yo, hiyongereyemo nâayâimikino. Ni aya akurikira: Urukiko rwa Afurika rwategetse u Rwanda guha Dr. LĂ©on Mugesera indishyi Urukiko rwa Afurika ruharanira ubutabera nâuburenganzira bwâikiremwamuntu (AFCHPR) ku wa 27 Ugushyingo 2020 rwategetse […]
Uburyo igisirikare cya RDC cyazamuye urwego mu gihe gito n’impamvu ibiri inyuma

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kizwi nka FARDC cyashyirwaga ku rutonde rwa bimwe mu bisuzuguritse ku Isi, ahanini bitewe nâuko cyananiwe kurwanya imitwe yitwaje intwaro yashinze ibirindiro mu gice cyâuburasirazuba. Gusa mu gihe gito gishize [nko ku butegetsi bwa FĂ©lix Tshisekedi], iki gisirikare cyagiye cyongererwa imbaraga, ku buryo hari raporo zihamya ko […]
Akarere ka Karongi gatanga amasoko gashingiye ku masezerano matirano
Mu bibazo byabajijwe akarere ka Karongi ubwo kitabaga PAC, higanjemo ibirebana nâitangwa ryâamasoko : ayatanzwe bitanyuze muri âsystemâ, ayatanzwe ku mafaranga ari hejuru yâingengo yâimari yateganyijwe, ayatanzwe akanama kâamasoko katabigizemo uruhare, ndetse no gukoresha amasezerano batiye utundi Turere. Muri raporo yâUmugenzuzi mukuru wâimari ya Leta ya 2019, akarere ka Karongi kabonye âqualified opinionâ (byakwihanganirwa) mu […]
Kigali: Rurageretse hagati yâumunyamategeko wâUmunyarwanda nâUmunya-Pakistan bapfa amasezerano yâubukode
Ku wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2020, i Kigali ku Kimihurura aho Urukiko rwâUbujurire rukorera hatangiye isubirishamo ry’urubanza kubera impamvu zâakarengane, aho umunyamategeko wâUmunyarwanda Me Mhayimana Isaie n’ikigo cya KHAAS Ltd gihagarariwe na Amjad Merchant Ali ukomoka muri Pakistani, bari kuburana ku mpamvu zâuko aba bombi bananiwe kumvikana ku bibazo byavuye ku masezerano yâubukode […]
Cameroon: Umunyarwanda yegukanye agace ka mbere ka GP Chantal Biya (Amafoto)

Umunyarwanda Mugisha MoĂŻse yegukanye agace ka mbere k’irushanwa ry’amagare rya Grand Prix Chantal Biya riri kubera muri Cameroon. Aka gace ko kuzenguruka umujyi wa Douala kari kagizwe n’ibilometero 95.9. Abakinnyi bagatangiye saa yine ku masaha yo mu Rwanda. Mugisha MoĂŻse wegukanye aka gace ari mu bagize ikipe y’u Rwanda (Team Rwanda). Uko basiganwe n’ibihe bakoresheje […]
Bwa mbere Kabuga FĂ©licien yagejejwe imbere y’urukiko rw’i La Haye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Ugushyingo, Kabuga Felicien ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yagaragaye ku ncuro ya mbere imbere y’Urwego rwasigiwe kurangiza imanza zasizwe n’urukiko rwashyiriweho u Rwanda, ku ishami ryarwo riri i La Haye mu Buholandi. Ku cyumweru nibwo umucamanza lain Bonomy wahawe kuburanisha urubanza rwa Kabuga yari […]