Abaturage b’i Nyaruguru bamenye bamwe mu bagabye igitero-Ubuhamya n’amafoto

Mu masaa sita y’ijoro rya tariki ya 26 Kamena 2020 rishyira iya 27 Kamena ni bwo abagizi ba nabi bitwaje intwaro baturutse mu Burundi bashatse kugaba igitero mu mudugudu w’icyitegererezo Yanza uherereye mu Kagari ka Uwumusebeya, mu Murenge wa Ruheru w’Akarere ka Nyaruguru nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wa RDF, Lt. Col. Innocent Munyengango mu itangazo rigenewe […]
Dore igitero gikomeye cyabayeho mu mateka yâisi ku munsi nkâuyu wa 22 Kamena 1941
Hari ku itariki ya 22 Kamena mu 1941 ubwo u Budage bwagabaga igitero karundura ku Burusiya, iki gitero cyiswe âOperation Barbarossa.â Muri iki gitero kugeza ubu gifatwa nkâicya mbere cyabayeho gikomeye mu mateka yâisi, u Budage bwari bufite ingabo zigera kuri miliyoni eshatu, ibifaru byâintambara 3,000, indege 2,500, byose biyobowe na Hitler. Nubwo iki gitero […]
Rusizi: 2 MTN workers test positive for Covid-19, the office imediately closed
The report from MTN Rwanda -Rusizi branch , reveals that after the general test, 2 of their workers found positive covid-19 , the 2 new cases were takeñ to the hospital in charge. The shop is set to close for a week starting from 15th June 2020. the rest started home confinement to avoid the […]
Rusizi: Abakozi 2 ba MTN basanzwemo COVID-19, aho bakorera hafungwa igitaraganya
Amakuru aturuka mu bakozi ba MTN Rwanda mu mujyi wa Rusizi aravuga ko nyuma yo kubapima icyorezo cya COVID-19, babiri muri bo bagasanga baracyanduye, ubuyobozi bwayo bwahisemo gufunga imiryango icyumweru cyose kuva kuri uyu wa 15 Kamena, kugira ngo hirindwe izindi ngorane zaterwa nâurujya nâuruza rwâabasanzwe bagana serivisi zabo,abanduye bajyanwa kuvurwa abasigaye bashyirwa muri guma […]
Depite Frank Habineza yasabiye abarimu kongererwa umushahara bakanashyirirwaho isoko ryihariye
Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Kamena 2020, umunyapolitiki akaba nâumudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Dr Frank Habineza yasabiye abakora umwuga wâubwarimu ko bashyirirwaho isoko ryihariye bahahiraho ndetse bakanongezwa umushahara kuko uwo baherutse kongezwa ntacyo wigeze uzamura ku bushobozi bwabo. Dr Frank Habineza yabisabye mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, umutwe wâAbadepite ubwo […]
Rwanda: Hashyizweho ikigega cy’imari kigiye gufasha imishinga yahombejwe na Covid-19
Mu rwego rwo guhangana nâingaruka zatewe nâicyorezo cya Coronavirus mu bukungu bwâigihugu, Guverinoma yâu Rwanda yashyizeho ikigega cyâimari kigamije kuzahura ubukungu bwâigihugu, ku ikubitiro kikaba gitangiranye miliyari 100 zâamafaranga yâu Rwanda. Iki kigega cyahawe izina rya âEconomic Recovery Fund (ERF)â kigamije gufasha imishinga yaguye mu bihombo biturutse ku cyorezo cya Covid-19 kongera kwiyubaka igasubira ku […]
Rusizi: Hari abamotari bafashwe nâihungabana bakimara kumva ko kujya mu muhanda bihagaze

Ubuyobozi bwâihuriro ryâamakoperative yâabamotari mu karere ka Rusizi burabatabariza buvuga ko bafite imibereho mibi cyane isa nâidakurikiranirwa hafi nâubuyobozi kuko nâimfashanyo yâibiribwa itabageraho, ubwo bari biteze gusubira mu muhanda ku wa 1 Kamena bakabwirwa ko bidashoboka kubera ubwandu bushya bwagaragaye muri aka karere bamwe muri bo bafashwe nâihungabana rikomeye. Mu kiganiro na Bwiza.com, umuyobozi wâiri […]
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
None tariki ya 04 Kamena , mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Rusatira kuri paruwasi ya Kiruhura , hari abantu batawe muri yombi barimo umukwe nâumugeni ndetse nâumupadiri wabasezeranyaga kubera kurenga ku mabwiriza ya Covid19. Bivugwa ko umuhungu witwa SIBOMANA Pascal yari yarasezeranye mu murenge mbere yâuko Coronavirus igera mu Rwanda , imaze kuhagera […]
Ibuka iravuga ko guha imirimo Musenyeri Ruhumuliza mu itorero Anglican ryo mu Bwongereza ari icyasha
Umuryango Ibuka uragaya icyemezo cyâitorero rya Anglican mu Bwongereza cyo gusubiza mu mirimo Musenyeri Ruhumuliza Jonathan ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Musenyeri Ruhumuliza wâimyaka 64 yari amaze imyaka itandatu yarahagaritswe nâitorero Anglican ryo mu Bwongereza, ashyirwa mu kirihuko cyihariye nyuma yâuko imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch na African Rights […]
Abagenzuzi bâImari ya Leta mu bitaro barasaba Perezida Kagame kubarenganura

Abagenzuzi bwite bâImari nâumutungo wa Leta mu bitaro byâUturere, Intara nâIbitaro Bikuru, baravuga ko itegeko ribemerera guhabwa agahimbazamusyi ariko bakababazwa nâuko bakimwa, bityo bagasaba Umukuru wâIgihugu kubarenganura nyuma yâaho inzego zitandukanye zikomeje kubaheza mu gihirahiro. Bavuga ko aka gahimbazamusyi (top up) bakimwa kandi itegeko rivuga ko bagomba kugahabwa katarenze 30% byâumushahara wa buri muntu. Ibi […]
U Rwanda ntirwemeranya na Amerika n’Ubwongereza ku bijyanye no kwibuka Abahutu
Leta y’u Rwanda ntivuga rumwe n’ibihugu bya Leta zunze ubumwe za Amerika n’Ubwongereza, ku cyifuzo cyabyo cy’uko Abahutu bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bajya bibukwa. Muri 2018, Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko tariki ya 7 Mata iba umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kwemeza iyi tariki byari bigamije âgukosora […]
Abanyarwanda bakoreraga i Goma na Bukavu barasaba Leta kubagoboka
Abaturage bo mu karere ka Rubavu, Rusizi na Nyamasheke bakoreraga muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo baravuga ko bugarijwe nâubukene bukabije buterwa n’uko imipaka yafunzwe kubera icyorezo cya Coronavirus, bityo bagasaba Leta y’u Rwanda kubagoboka bakabasha kuzagumya gukora kuko nâigishoro bakoreshaga bamaze kukirya. Pacifique Sebatware ucuruza ibinyobwa i Goma abikuye mu Rwanda avuga ko we […]
Ikoreshwa ryâibiyobyabwenge mu bihe byâintambara

Ijambo âikiyobyabwengeâ muri iki gihe ryumvikana nkâikinyobwa, ibyatsi cyangwa ifu, umuntu akoresha ( anywa cyangwa yitera mu mubiri) bigahindura imikorere y’ubwonko, imyitwarire ye nayo igahinduka. Byumvikana mu bihugu bitandukanye nko mu Rwanda bicukurirwa imyobo, bikamenwamo, ibindi bigatwikwa kuko bitemewe kubikoresha, kubihinga no kubicuruza. Mu Rwanda, ingingo ya 594 mu gitabo cyâamategeko ahana ikomoza ku bihano […]
Prof. Laurent Nkusi wabaye Minisitiri na Senateri yitabye Imana
Prof. Laurent Nkusi yitabiye Imana mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal, i Kigali mu rukerera rw’uyu wa 18 Gicurasi 2020 azize uburwayi. Prof. Nkusi yabaye umwarimu muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (1976-2000) yigisha indimi n’ubuvanganzo. Yabaye Minisitiri w’Ubutaka n’Ibidukikije (2000-2003) aba na Minisitiri w’Itangazamakuru (2003-2008). Yabaye kandi umuyobozi ushinzwe amasomo mu ishuri rikuru rya INATEK kuva […]
Amafoto yâAbakuru bâIbihugu byo mu Karere mu myambaro ya gisirikare

Mu bihugu byinshi, abakuru bâibihugu ni bo bagaba bâingabo bâikirenga. Aba barimo abahoze ari abasirikare ndetse nâabatarigeze bakandagira mu gisirikare. Abenshi muri bo bakunze kugaragara mu myambaro ya gisirikare mu gihe bitabiriye imihango ijyanye nâuyu mwuga nko gusoza amasomo kwâabasirikare nâigihe bagiye kugaba ibitero bikaze nkâuko Idris Deby wa Tchad yabigenje ubwo yatsiburaga abarwanyi ba […]
Gahunda nziza zagenewe abaturage zakoze ku bayobozi basahurira mu nduru
Leta yâu Rwanda mu byerekezo bitandukanye yihaye intego runaka yifuza kugeraho. Izo ntego kugira ngo zigerweho, hagiye hashyirwaho gahunda nziza zinyuranye zigamije guteza imbere imibereho myiza yâabaturage ndetse nâubukungu muri rusange ari nako himakazwa imiyoborere myiza.Gusa izi gahunda zagiye zivangirwa na bamwe mu bayobozi bashaka gusahura ibya rubanda nubwo bamwe bitabaguye neza. Izi gahunda ni […]
Hon. Sebaba: Nta mashyo, nta gira abana, nta Yezu akuzwe, nta yambu na hobe kubera Covid-19
Maze iminsi ndi ku rugamba rutanyoroheye mfatanyije n’abo dusangiye ubuyobozi. Ejo bundi aha nivugiye ko nkumbuye kandi mfite inzozi zo kongera guhura n’abanjye, inshuti zanjye dusangira akabisi n’agahiye maze ubusabane bukaba bwose. Ndabona inzozi zanjye zarabaye impamo kuko ntashobora gutekereza gukandagiza ibirenge byanjye muri ” Tarinyota” na “Tapi Ruje”, naherukaga muri Werurwe. Ibyo nahaboneye ariko […]
Amoko n’ibiranga ubutegetsi bwa politiki
Muri kino gihe, si abantu benshi bafite ubumenyi buhagije ku moko n’ibiranga ubutegetsi bwa politiki (types and characteristics of political regimes). Ni yo mpamvu bwiza.com yiyemeje kubiva imuzi, nâubwo atari byose, kugira ngo igaragaze bimwe mu bintu byatuma umusomyi agira igitekerezo kuri iyo ngingo ya politiki. Mbere ya byose, ni byiza kubanza kumenya icyo politiki […]
Rusizi: Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkarere na bamwe mu ba Gitifu bâimirenge basezeye ku mirimo yabo
Inama yahuje Guverineri wâIntara yâUburengerazuba, Munyantwali Alphonse, abagize Komite Nyobozi yâAkarere ka Rusizi na bamwe mu bagize inama yâumutekano itaguye yâaka karere, yakiriye amabaruwa y’ubwegure bw’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâaka Karere, Mushimiyimana Ephrem nâabandi bayobozi barimo ba Gitifu bâimirenge batatu. Nkâuko amakuru agera kuri Bwiza.com akomeza abivuga, uretse Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAka karere wari uri kuri uyu mwanya […]
Isano hagati y’amadini na leta: abafatanyabikorwa cyangwa abasenyabikorwa
Idini na Leta ni inzego ebyiri zigira aho zihurira zikanagira aho zitandukanira, zuzuzanya cyangwa buri rwego rwigenga rimwe na rimwe. Mbere yo gucukumbura imikoranire iri hagati y’izo nzego, kureba niba ari abafatanyabikorwa cyangwa abasenyabikorwa, ni byiza kubanza kumenya “idini” na “leta” icyo bivuze. Idini ni iki? Mu gitabo cye yise “Ukubaho k’umuntu” Musenyeri Alexis Kagame, […]
Covid-19: Inama y’Abaminisitiri yemeje serivisi n’ibikorwa umunani byemerewe gukora

Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye kuri uyu wa 30 Mata 2020 iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yemeje ko serivisi n’ibikorwa umunani ari byo byemerewe gukora mu rwego rwo kuzahura ubukungu muri iki gihe cya Covid-19. Serivisi n’ibikorwa byemerewe gukora ni ibi bikurikira: Ibikorwa byâInzego za leta nâibyâabikorera byemerewe kongera gukora ariko buri […]
Indishyi: Rusizi na Kabarondo bararira nk’uko byagenze muri Cadi
Kubona indishyi, nkâagaciro kâigihombo uwahohotewe aterwa nâicyaha yakorewe, ni urugamba rw’abahohotewe bâi Rusizi nâi Kabarondo mu Rwanda, rusa n’urw’ababuriye ababo mu gihugu cya Cadi. Itandukaniro ni uko abo muri Cadi babuze izo ndishyi barazitsindiye ubwo ubutabera muri Senegal bwakatiraga burundu Hissene Habre wabahohoteye. Ni mu gihe ku bo mu Rwanda, ubutabera bwa Suwedi nâubwâu Bufaransa […]
Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bw’inzego za RDF
Umugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda, Perezida Kagame Paul kuri uyu wa 25 Mata 2020 yakoze impinduka mu buyobozi bwâinzego zirimo ubw’ikigo cya gisirikare cya Gabiro, ishuri rya Gako nâibitaro bya Kanombe. Impinduka ni izi zikurikira: Gen. Maj. Innocent Kabandana wari Umugaba Mukuru wungirije wâInkeragutabara yagizwe umuyobozi wâishuri rya gisirikare rya Gako. Brig. Gen. Ephrem Rurangwa […]
Gisagara: Umuturage aravuga ko imyuka mibi irara itera amabuye mu rugo rwe

Umuturage witwa Nsabimana Jean Pierre, utuye mu kagari ka Kimana, mu murenge wa Musha w’akarere ka Gisagara, aravuga ko amaze igihe aterwa amabuye n’ibyo ahamya ko ari “imyuka mibi”. Uyu muturage utuye mu mudugudu wa Ramba, avuga ko bigitangira ku mugoroba wo ku wa mbere w’iki cyumweru yaketse ko ari abantu batera amabuye hejuru y’inzu […]
Covid-19 ikomeje kweguza abayobozi bakomeye mu bihugu bitandukanye
Mu gihe imibare yâabandura ndetse nâabicwa nâindwara yâicyorezo ya Coronavirus (Covid-19) ikomeje kuzamuka mu bihugu bitandukanye ku Isi, bamwe mu bayobozi bakuru batangiye gukuramo akabo karenge, bava mu nshingano bahawe ahanini bitewe nâamakosa bakoze mu guhangana nâiki cyorezo no kubura ibisubizo byakemura iki kibazo. Iyi nkundura cyatangiriye mu Budage mu mpera za Werurwe 2020, ubwo […]
Ubumwe bw’Abanyarwanda mbere y’umwaduko w’amadini

Mu nyandiko za Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro umutwe wa 11 umurongo wa mbere kugeza ku murongo wa munani, havuga iby’igitekerezo cy’umunara w’ibaberi bavuga ko hari abantu bari batuye hamwe bavuga ururimi rumwe basangiye intego n’icyerekezo cyabo, nyuma ngo baje kugira igitekerezo cyo kubaka umunara muremure ugera ku bicu kugira ngo babashe kumenyekana ku Isi yose […]
Ibyaranze Fidel Castro wakoze mu ijisho ry’Amerika, kuvuga ijambo amasaha 7, akarokoka imfu zisaga 600

Fidel Castro wayoboye CUBA yari Umukuru wâIgihugu wa mbere warambye ku ubutegetsi ku Isi , kandi yari perezida uruta abandi mu myaka, naho leta zunze umwe zâAmerika zagerageje kumukuraho birananirana. Ni umwe mu bakuru bâigihugu bahanganye kandi basuzugura Amerika ku buryo bugaragara. Fidel Castro yivugiye ko yarokotse imfu zisaga 600 zâabashakaga kumwirenza. Fidel Castro ni […]
Kabarondo : Ngenzi, Barahira na Covid-19 ku munzani wâubugome
Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bâi Kabarondo, mu Karere ka Kayonza, basanga ubugome Barahira Tito na Ngenzi Octavien bakoresheje mu kubica ari indengakamere kuruta na Covid-19, icyorezo kirimo kurimbura isi, kinababujije kwibuka ababo mu buryo bari bamenyereye. Ku wa gatatu tariki 13 Mata 1994; ku wa mbere 13 Mata 2020: imyaka 26 iruzuye! Kuva […]
Politiki, intwaro kirimbuzi ikomeje kugarika ingogo muri ibi bihe bya Coronavirus

Kuva indwara yâicyorezo ya Coronavirus (COVID-19) yagaragara ku Isi, hamaze gutakara ubuzima bwâabantu benshi ariko hari impungenge ko imibare ishobora kuzamuka cyane bitewe nâimpamvu nyinshi, politiki ikaza ku isonga. Kugira ngo byumvikane neza, birasaba guterera ijisho mu Bushinwa, aho umurwayi wa mbere wâiki cyorezo yagaragaye mu mugi wa Wuhan mu Gushyingo 2019 ariko byasabye igihe […]
U Rwanda mu bihugu bya Afurika bisabwa gufungura abanyamakuru
Umuryango utegamiye kuri Leta wo kurengera abanyamakuru, the Committee to Protect Journalists (CPJ) urasaba ibihugu bitandukanye byo ku Mugabane wa Afurika birimo n’u Rwanda, gufungura abanyamakuru bafunzwe ku bw’akazi bakora kubera icyorezo cya Coronavirus. Ubu busabe bushyigikwe n’indi miryango 80 ifite aho ihuriye n’uburenganzira bwa muntu, ubwo gutanga ibitekerezo n’ubw’ikiremwamuntu. Mu ibaruwa igaragara ku rubuga […]
Ngenzi na Barahira: Abahohotewe batezwe imitego yâikinyoma
Imyaka 26 irashize, Barahira Tito na Ngenzi Octavien, bigeze gusimburanwa ku buyobozi bwa Komini Kabarondo mu Burasirazuba, bagabye ku batutsi ibitero byo kubarimbura. Hashize hafi imyaka 2 Urukiko rwa Rubanda rwâi Paris rwemeje burundu uruhare rwabo runabahanisha igifungo cya burundu. Ku bahohotewe, urugendo rugana ku butabera rwaranzwe nâukuri guke, ndetse nâibinyoma ku bakabarengeye. Kuva i […]
Bageze iwabo i Nyaruguru/Gisagara nyuma y’iminsi itatu bavuye i Rubavu n’amaguru
Abagabo nâabasore barindwi baherutse gukora urugendo nâamaguru baturutse mu Karere ka Rubavu bakagera mu turere twa Nyaruguru na Gisagara bitewe n’ingamba leta yafashe mu gukumira COVID_19 (Coronavirus) bavuga ko bagezeyo amahoro nâubwo batorohewe nâuburebure bwarwo. Aba ni Nsekanabanga Eric wâimyaka 40 yâamavuko utuye mu murenge wa Kigembe mu Karere ka Gisagara; Minani Emmanuel wâimyaka 27, […]
Ubuhanuzi kuri Operation simusiga ku bakuru b’amatorero nâamadini
Ku wa 30 Werurwe 2020, guhera mu masaa saba ntabwo nigeze mbona ibitotsi. Si ukubera kawa nyinshi nari nanyoye ahubwo ni ubutumwa bwangezeho bwantwaye umwanya kugira ngo mbusobanukirwe neza. Narabwumvishe kandi mbubonesha nâamaso. Icyo bwanyeretse n’icyo bwambwiye Ubu butumwa bwanengaga bamwe mu banyamadini nâamatorero nâabashumba babo badashobora gufasha abakirisito babo kandi babifitiye ububasha, babitse ibigega […]
Abakozi bâImana nâabahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 nâigifungo cyayo?

Mu Rwanda cyane hirya no hino muri Kigali ntiwarengaga kilometero imwe (1Km) utanyuze aho bari gusenga, aba bose bahuriza ku buhanuzi, gukiza indwara zananiranye no kubona imigisha myinshi cyane, iyo kubona ubutunzi n’ibindi bibushamikiyeho ariko muri ibi bihe twugarijwe n’icyorezo cya Covid-19, wakwibaza aho baherereye ngo bagikize Abanyarwanda n’Abaturarwanda ndetse n’ingaruka zacyo zirimo n’igifungo cyo […]
Rusizi: Abakora uburaya bavuga ko hatagize igikorwa inzara ishobora kubicana nâabana babo
Abakora uburaya mu mujyi wa Rusizi basanzwe babyemera baravuga ko muri iki gihe cyâingamba zo kwirinda COVID-19 babayeho mu buzima bubi cyane burimo inzara , ubwoba bwa buri gihe bwo kwirukanwa mu nzu bacumbikamo babuze icyo bishyura, abafite abana bakavuga ko batakibona icyo babagaburira. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe muri bo basanzwe biyita âabatabaziâ kubera […]
Rusizi: Umuceri wa Bugarama urarya umugabo ugasiba undi
Abatuye umujyi wa Rusizi baravuga ko batumva impamvu yâizamuka rikabije ryâigiciro cyâumuceri wa Bugarama aho umufuka wa Kg 25 wavuye ku Frw 19, 000 waguraga ku wa 16 Werurwe ukagera Frw 25,000 guhera ku wa 18 Werurwe nâindi minsi yakurikiyeho. Aba baturage baribaza impamvu abacuruzi b’uyu muceri barenga ku mabwiriza yashyizweho na Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda […]
Musanze-Nyarugenge: Gucungana n’abayobozi, isuku nke n’izamurwa ry’ibiciro mu gihe cya Coronavirus
Muri iki gihe leta y’u Rwanda yafashe ingamba zo guhagarika ibikorwa hafi ya byose mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Coronavirus, mu turere turimo Musanze na Nyarugenge haranzwe n’imyitwarire itandukanye y’abaturage, bigaragara ko batarasobanukirwa cyangwa birengagiza nkana amabwiriza yashyizweho. Mu murenge wa Remera/Musanze Umunyamakuru wa bwiza.com yageze mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze […]
Abarwayi 17 ba Coronavirus bahuye nâabasaga 600: Min. Dr. Ngamije
Minisiteri yâUbuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hasuzumwe abantu 130 Coronavirus hakaba nta bwandu bushya bwigeze bugaragara bigatuma umubare wâabanduye uguma kuri 17. Minisitiri wâUbuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko muri rusange abantu banduye Coronavirus uko ari 17 bahuye nâabasaga 600 muribo abamaze gusuzumwa bakaba ari 467 barimo nâabasuzumwe kuri uyu wa Gatandatu 130 […]
Ingabire ImmaculĂ©e atewe impungenge n’ubuke bw’ingamba zifatwa mu gukumira Coronavirus
Umuyobozi wâUmuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa nâAkarengane mu Rwanda (Transparent International Rwanda), Madamu Ingabire ImmaculĂ©e atewe nâimpungenge nâubuke bwâingamba igihugu kiri gufata mu gukumira icyorezo cya Coronavirus. Muri iki gihe, Isi ihangayikishijwe nâiki cyorezo kimaze gutwara ubuzima bwâabantu bakabakaba 12,000 naho abarenga 284,000 bamaze kucyandura nkâuko World Ometers babitangaje kuri uyu wa 21 Werurwe 2020. Iki […]
Operasiyo Kitona: Gen Kabarebe n’ingabo yari ayoboye bahase igitutu Perezida Kabila ahunga Kinshasa
Operasiyo Kitona yakozwe mu mwaka wa 1998 nyuma yaho urugamba rwo kubohoza Zaire ku ngoma ya Marechal Mobutu Sese Seko Koukou Nguendu wa Zabanga rwasozwaga, hakabaho ko ubutegetsi bushya bushyiraho ingamba zo kubaka igihugu cyari kimaze gufata izina rya Republika Iharanira Demokrasi ya Kongo. Operasiyo yaje rero aho uwari wabaye Perezida wa Republika Iharanira Demokrasi […]
Imibare igaragaza uko Coronavirus ihagaze ku Isi

Indwara ya Coronavirus (COVID-19) imaze kuzahahaza Isi kuva yakwibasira Ubushinwa mu Mpera z’umwaka wa 2019, mu gace ka Wuhan mu Ntara ya Hubei. Iyi ndwara yagiye ikwirakwira ku Isi binyuze mu kuyanduzanya hagati y’abantu. Kuri ubu nta Mugabane wo ku Isi iyi ndwara itarageraho. Dore uko imibare ihagaze kugeza ubu nk’uko ibitangazamakuru mpuzamahanga bibitangaza ndetse […]
Amafoto: Uko byari byifashe i Gatuna ahabereye inama yahuje Kagame na Museveni

Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2020 hari inama ihuza abakuru bâibihugu byâu Rwanda, Paul Kagame, Uganda, Yoweli Museveni Angola, Joao Lourenço na RDC , Felix Tshiskedi ku mupaka wa Gatuna/Katuna. Iyi nama igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano y’i Luanda muri Angola agamije gukemura ibibazo by’umubano mubi uri hagati y’u Rwanda na Uganda. Dore uko […]
Mwalimu na afande: Ni nde ukwiriye kuzamurirwa umushahara mbere yâundi?
Abarimu cyangwa se abarezi mu mashuri abanza nâayisumbuye, abapolisi ndetse nâabasirikare bato (ba Afande) ndabasuhuje mu cyubahiro cyanyu mbagomba bitewe nâumurimo ukomeye mukora. Iyo mbatekereza ndeba no kuri ya mafaranga muhembwa ukwezi kurangiye (umushahara), bikaba nâubwo nka bamwe muri mwe akererwa kubageraho. Aha ndavuga ku mushahara wa mwarimu wa Mutarama atarahabwa, ubu tukaba dukabakaba mu […]
Gasabo: Abaturage bavuga ko ubucuruzi bw’amazi bwahariwe umukire, bagashoka ibishanga

Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo mu Kagari ka Mbandazi, bavuga ko icyo bita âubucuruzi bwâamaziâ bwâumukire witwa Twagirimana Theoneste uzwi ku izina rya Rujugiro bwatumye bafungirwa amazi , ubu umwaka ukaba umaze kurenga bamwe muri bi baragannye kuvoma mu bishanga. Abaturage mu majwi atandukanye, bose basabye Bwiza.com ko amazina […]
Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka
Umupira wâamaguru usigaye usa nâuwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nkâiya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, nâubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari […]
Abakozi babiri muri Minisiteri y’Ubuzima birukanwe n’uwatwitswe n’umugore we mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 27 Mutarama kirangira tariki ya 2 Gashyantare 2020. Twamaze kugitera umugongo, dutangira ikindi. Ni umwanya wo kwiyibutsa inkuru zâingenzi zakiranze, ziganjemo izidasanzwe. Imikino n’imyidagaduro biza mu gice cy’inyuma cy’iki cyegeranyo. Ikaze! Umupangayi yakomerekeje nyirâinzu amwita Interahamwe nâUmuhutu Mu gihe u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije muri gahunda yâubumwe nâubwiyunge no […]
Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na IsraĂ«l mu guhashya iterabwoba mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z’ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk’uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n’utundi, imikino ndetse n’imyidagaduro. Igitekerezo cyo kubaka urukuta […]
Umwaka wa 2019: Nta mihigo idahigura imibereho myiza
Kuva imihigo yatangira mu mwaka 2006, umwaka wa 2019 ni wo wa mbere utabayemo igikorwa cyo guhigura no guhiga. Kudahigura neza ibibazo byâimibereho myiza yâumuturage, iri mu cyerekezo 2020, ngo byaba byarabaye nyirabayazana wâiryo subikwa. Umuhango wo kwesa imihigo ya 2018/2019 no gushyira umukono ku mihigo ya 2019/2020 wari uteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya […]
Ireme ry’uburezi; inkingi ya mwamba ku buzima bw’igihugu, imbogamizi ziburimo zakemurwa zite?
Mu Rwanda si ubwa mbere havuzwe âireme ryâubureziâ bigasobanura uburezi cyangwa se imyigishirize ituma abanyeshuri bagira ibyo batora mu byo bize, ibikorwaremezo mu burezi bikiyongera kandi bikabyazwa umusaruro. Igikomeye gikomozwaho cyane ni icyo umunyeshuri ashobora gukora nkâumusaruro uturuka mu byo yize; aha ashobora kwikorera cyangwa agakorera abandi (akitwa intyoza mu kazi). Uburezi bwâu Rwanda bwageze […]
Ari ibikoresho byâisuku ku bâigitsinagore n’ibiribwa mu Rwanda, ni iki gikenewe gukurirwaho imisoro?

Ubusanzwe Leta ni yo ireberera abaturage, ikabarinda ndetse igaharanira inyungu zabo nâibindi byabateza imbere. Ibi bikorwa mu gufata ibyemezo bijyanye nâizi ngingo zavuzwe haruguru. Umuhanga mu byâimibereho yâumuryango mugari (sociologist), Umunyafinilande, Dr Kaarle Tapani Jorma Johannes Magnus Bertel Nordenstreng avuga ko sosiyete (umuryango mugari) ifatika igirwa nâinzego bitatu byâingenzi: 1. Leta nâizindi nzego ziyishamikiyeho 2. […]
RIB, Polisi, inzego zâibanze nâUbucamanza : Kuba mu bâimbere mu kurwanya no kurya ruswa
Inzego za Leta ziri mu zikomeje kugaragaramo ruswa. Kuba zirimo ruswa si inkuru itangaje kuri bamwe ahubwo zitabonetsemo ruswa ni byo byaba bitangaje! Ikigaragara kuri iyi ngingo, ni uko noneho inzego zifite ubwazo mu nshingano kurwanya ruswa ziri mu ziza ku isonga mu kuyakira. Muri iyi nkuru, ndifashisha Raporo yâUmuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa nâAkarengane, Ishami […]
Harasabwa ko abakorera abanyamulenge jenoside bafatwa bagashyikirizwa ubutabera
Mu itangazo ryashyizweho umukono i Bukavu ku wa 20 Ugushyingo 2019 na Me Bukuru Ntwari, umunyamategeko, umushakashatsi akaba n’umusesenguzi mu byerekeye kurengera ikiremwa muntu, yifuje ko abo yise ko bakora jenoside y’abanyamulenge bagezwa imbere y’ubutabera. Muri iryo tangazo yerekanamo imitwe itandukanye n’amazina y’abantu bamwe bakwiriye kwamwaganwa ku isi yose, bagasabwa guhagarika guhonyanga ubwoko bw’abanyamulenge. Muri […]
Neretse: Nkâinshuti yâabatutsi, yashyize ubuzima bwe mu kaga abafasha
Ubwo yari imbere yâurukiko rwa rubanda rwâi Buruseli, mu cyumweru cya kabiri cyâurubanza rwe, Neretse Fabiani yahakanye atsemba uruhare urwo ari rwo rwose muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Byaba kuba yaricishije abaturanyi be bâi Nyamirambo muri Kigali, byaba se kuba hari abantu bishwe nâumutwe wâinterahamwe yashinze aho avuka i Mataba ho mu Ruhengeri. Kuri […]
Rwanda clarifies request to cancel second bilateral meeting with Uganda
Rwanda has explained reasons behind a request to postponement of the second meeting of the AdHoc Commission to review the implementation of the Luanda Agreement which was scheduled for November 18 in Kampala. The Minister of State for Foreign Affairs in charge of East African Community Amb. Olivier Nduhungirehe told KT Press that several members […]
Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu
Uhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi. Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji. Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya. Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la […]
Open letter to the UN Secretary-General
RE: Request for intervention to the Banyamulenge people. Secretary General, I am writing this letter to you to use your power and ability so that you can intervene on the side of the Banyamulenge people in the Congo who are facing the killings and massacres now. In fact, sir, the reason that drives me to […]
Uganda n’u Rwanda: Ingaruka zâumubano mubi ku baturage n’izindi nzego
Imyaka ibiri irirenze umubano w’ibihugu byari inshuti kuva mu bihe byo ha mbere ( u Rwanda na Uganda) utifashe neza. Impande zombi zishinjanya kugira uruhare mu guhindanya uyu mubano ku mpamvu zitandukanye, ahanini zishingiye ku mutekano wâibihugu byombi. Impande enye z’ingenzi zikomeje kugerwaho n’ingaruka z’uyu mubano mu buryo turavugaho. Amateka atwereka ko u Rwanda na […]
Ibaruwa ifunguye yadikiwe Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), itabariza Abanyamulenge
Nyakubahwa Munyamabanga Mukuru Mbandikiye iyi barwa ifunguye ngamije kugira ngo mbatabaze, ku bwo ubushobozi bwanyu, kugira icyo mukora cyihutirwa mugatabara abaturage bâabanyamulenge muri Congo bugarijwe nâubwicanyi nâibindi bikorwa byâubunyamaswa bibagirirwa muri iki gihe turimo. Ikinteye kubatabaza ni uko nzi kandi nizera ko mubifitiye ububasha nâubushobozi cyane ko mufite ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, […]
Hali ya wasiwasi yaendelea kutanda Sudani Kusini
Mazungumzo kati ya pande zinazohasimiana nchini Sudan Kusini yameahirishwa kwa siku mbili, wakati huu kukiwa na wasiwasi kuhusu uwezekano wa kuundwa kwa Serikali ya umoja ifikapo Novemba 12. Mazungumzo kati ya rais Salva Kiir na mwenzake Riek Machar yalikuwa yafanyike Jumanne wiki hii lakini yakaahirishwa bila ya uwepo wa sababu za msingi. Taarifa kutoka taasisi […]
Land related wrangles dominate ombudsman’s year report
The Ombudsman, Anastase Murekezi, yesterday presented his 2018/2019 annual report to members of both chambers of parliament. The report makes recommendations in the areas of the officeâs mandate to fight corruption and injustice, declaration of assets by public officials, and assessing whether laws governing access to information and leadership code of conduct among others are […]