• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ibyegeranyo

Urutonde rw�imirimo 5 ishobora kuba imbarutso yo gusenyuka kw�ingo

Yanditswe na BWIZA
Yanditswe kuwa 22/01/2023 12:22

Nubwo akazi ari inkingi ya mwamba mu gutunga urugo, ariko hari akazi uwo mwashakanye yakora cyangwa wowe ubwawe wakora kakongera ibyago byinshi byo kutabana neza mu mahoro .

Nubwo akazi kose uwo mwashakanye yakora katabababuza kugirana ubwumvikane buke, tugiye kurebera hamwe imirimo (akazi ) uko igenda irutanwa mu kuba yatuma abashakanye bahorana urwicyekwe no mu rugo:

1.ABAHANZI/IBYAMAMARE

Kugira umugabo cyangwa umugore w�umuhanzi/icyamamare bitera ikibazo hagati y�abashakanye akenshi iyo batabyitwayemo neza. Usanga gufuha guhoraho hagati yanyu. Intonganya no gushwana kwa hato na hato bigakurikiraho. Mupfa ahanini ko akundwa n�abafana b�abagore (niba ari umugabo), abagabo (niba ari umugore). Nguwo yagiye mu bitaramo,bibaye ngombwa ko murara ukubiri. Agatima gahora karehareha wibwira uti�none bazamuntwara cyangwa n�ubundi byararangiye!� ibyago byinshi byo gusenyuka k�urugo rwanyu biba byiyongera.

2.ABAGANGA

Gushakana n�umugabo cyangwa umugore w�umuganga bisaba ubwitange no kwihangana. Ahanini igihe cyo gutera akabariro ku rugo usanga yagiye ku izamu. Bigakurura ukutumvikana no kutisanzuranaho uko bikwiye. Aho yagiye ku izamu naho ashobora kuhafatirwa akaba yagwa mu mutego wo guca inyuma uwo bashakanye. Aho wasigaye nawe n�imbeho byagutera umutima utari mwiza.
[xyz-ihs snippet="google-pub"]

3.ABASIRIKARI/ABAPOLISI

Kurinda umutekano ni umwuga w�ubwitange kandi ukenewe n�igihugu n�abenegihugu. Mbere yo gushakana n�umusirikare /Umupolisi cyangwa undi ushinzwe umutekano, ni byiza ko umenya ko mutazajya muhorana ko hari igihe yanahamagarwa ku buryo butunguranye akagusiga mu busaswa. Iyo mushakanye rero utabyiteguye cyangwa utazi uko bigenda ubihirwa n�urugo.

4.UMUKOZI WO MU KABARI

Akazi kose kagutunze ndetse kaguha umushahara mu gihe runaka ni keza. Umugore /umugabo ukora mu kabari aba afite impamvu 90% zo guca inyuma uwo bashakanye bitewe n�ibishuko ndetse n�ibigeragezo ahurira nabyo mu kazi ke.

5.ABASHOFERI

Si bose ariko ahanini abatwara ibimodoka bya rukururana(bambuka imipaka) nabo ingo zabo ntizikunda kuramba cyangwa zihoramo urwicyekwe no gucana inyuma. Usanga uwo mwashakanye afite isafari izamara amezi runaka,ubwo kandi niko umufasha we arusigayemo wenyine.

Iyo mu mahanga ya kure agenda ahahurira n�imico myinshi itandukanye. Biba bigoranye ko yakwiraza ayo majoro yose. Yego yagiye gushaka icyatunga urugo ariko si icyuma nawe yabishaka. Aho wasigaye abagushaka cyangwa abakugerageza nabo baba ari benshi,cyane ko baba bazi ko uwo mwashakanye amara igihe kini atari mu rugo.

Izindi Nkuru Bijyanye


Ibigwi by'abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Abantu 10 ba mbere bagize uruhare mu guhindura amateka y�Isi mu kinyejana cya 20
Kajugujugu 10 za mbere ziringirwa ku rugamba ku Isi
Kajugujugu 10 za mbere ziringirwa ku rugamba ku Isi

Izindi wasoma

Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko

Ibihugu bya Sudani n’u Burundi imbere ku rutonde rw’ibimaze kubamo coup d’etat nyinshi

Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023

Urutonde rwa Coup d’etat ziheruka gukorwa muri Afurika y’iburengerazuba no hagati

Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo

BWIZA
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

2 Ibitekerezo

gataza Kuwa 22/01/23

Ibyo uvuze ni ukuli.Wibagiwe abagore baba "abanyamabanga/secretary b’aba Boss".Barabasambanya cyane bakabigarurira.Gusa tujye twibuka ko gusambana ari icyaha cyizabuza paradizo millions nyinshi z’abantu.Bityo tubyirinde.

Subiza ⇾

bwanakweli Kuwa 23/01/23

Ko ntaho mbonye abagore bakora muri local government? ... Bajya mu nama z’igicuku

Subiza ⇾

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal

Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
27/09/23 06:31
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
27/09/23 06:30
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
imikino

Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Jadon Sancho yirukanwe mu bigo byose by’ikipe ya mbere muri Manchester United, harimo (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.