Umusirikare wa UPDF yakatiwe imyaka isaga 50 y’igifungo

Umusirikare mu Ngabo za Uganda (UPDF) yakatiwe imyaka 51 y’igifungo nyuma y’aho urukiko rwa gisirikare rumuhamije icyaha cyo kwica arashe abantu batatu ku itariki 10 Gashyantare mu Mujyi wa Gulu, nyuma y’amakimbirane ashingiye ku butaka. Lance Cpl Geoffrey Okello Onek wabarizwaga muri Division ya 4 ya UPDF muri Gulu, yishe Beatrice Ajok w’imyaka 52 n’abahungu […]

Malawi: Umunyarwandakazi arashinjwa ubwicanyi, musaza we arimo guhigwa

Igipolisi cya Malawi mu Mujyi wa Dowa cyataye muri yombi umunyarwandakazi w’imyaka 18 ashinjwa kwica umugabo nawe w’Umunyarwanda w’imyaka 58 y’amavuko. Uyu mukobwa bivugwa ko yitwa Joseline Nakizimana, aravugwaho kuba yarakoze iki cyaha hagati y’itariki 17 Ugushyingo 2020 n’itariki 08 Ukuboza 2020, muri Blantyre, hagati y’inkambi y’impunzi ya Dzaleka n’Ibitaro by’Akarere ka Dowa. Nk’uko bitangazwa […]

Plus de 4000 poursuites pour corruption en deux ans – RIB

eoznbhoweau4xpf.jpg

Au total, 4155 personnes ont fait l’objet d’enquĂȘtes depuis 2018 pour des crimes liĂ©s Ă  la corruption, a dĂ©clarĂ© le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral du Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB), le colonel Jeannot Ruhunga. Il a dĂ©clarĂ© cela en participant Ă  une table ronde visant Ă  discuter de ce qui peut ĂȘtre fait pour tirer parti des […]

Oswakim n’abanyamakuru bagenzi be barinubira itinzwa ry’urubanza baregamo City Radio

Rukomeje kubura gica hagati y’abahoze ari abakozi ba City Radio n’ubuyobozi bw’iyi radio ikorera mu Mujyi wa Kigali, aho Abanyamakuru batanu bahoze bayikorera bayirega kuva mu 2018 kuba yarabirukanye mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ibirarane by’imishahara yabo, amafaranga y’ubwiteganyirize n’ibindi, ariko kuva batanga ikirego urubanza rukaba rutaratangira mu mizi, bagashinja City Radio amananiza. Umwe muri aba […]

Misiri yamuritse ubwoko bushya bw’imodoka z’intambara z’imitamenwa yikorera – Amafoto

eorfq31xeaeuzbd_1_.jpg

Mu rwego rwo gukomeza urugendo rwo guteza imbere ubushobozi bw’inganda zacyo z’ibikoresho by’ubwirinzi, igihugu cya Misiri cyahishuye ubwoko bushya bw’imodoka z’intambara z’imitamenwa bwa Temsah-4 4×4 ku itariki 06 Ukuboza. Izi modoka zikorwa n’uruganda Kader Factory igice cya Minisiteri y’ingabo za Misiri gishinzwe inganda z’ibikoresho by’ubwirinzi bigenewe ibikorwa bidasanzwe n’izindi nzego z’umutekano. Ubu bwoko bw’imodoka z’intambara […]

Uganda: FDC ya Besigye yirukanye abayobozi bakuru bayo batatu

fb_img_1597763196680.jpg

Ishyaka FDC (Forum for Democratic Change) rimwe mu yakomeye atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni, ryirukanye abayobozi bakuru baryo batatu, barimo Ingrid Turinawe, banyuranyije n’itegeko nshinga ry’ishyaka bakajya kwiyamamaza nk’abakandida bigenga mu matora ateganyijwe mu mwaka utaha. Ibaruwa yo kuwa 07 Ukuboza 2020 yohererejwe Umuyobozi wa FDC mu Karere ka Rukungiri yashyizweho umukono n’Umunyamabanga Mukuru […]

Burera: Perezida Kagame yagabiye imiryango itishoboye mu Murenge wa Cyanika

eo0fpadw4aetqhe.jpg

Imiryango itishoboye yo mu Murenge wa Cyanika, mu Karere ka Burera, ho mu Ntara y’Amajyaruguru kuri uyu wa Gatatu yagabiwe inka zigera kuri 20 n’Umukuru w’igihugu, Paul Kagame. Uyu muhano wabereye mu Kagari ka Kabyiniro, mu Murenge wa Cyanika, uyobowe na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, JMV Gatabazi aherekejwe na Maj. Gen. Eric Murokore, Umuyobozi w’Inkeragutabara muri […]

Abasirikare 10 ba Nigeria biciwe mu gitero bagabye ku mutwe w’iterabwoba wa ISWAP

Abasirikare 10 ba Nigeria biciwe mu mirwano yabahuje n’intagondwa z’Abayisilamu mu Leta ya Borno, iherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba, mu gihe umusirikare umwe yafashwe bugwate nk’uko byemezwa n’amakuru yavuye mu nzego z’umutekano. Iyi mirwano yabaye kuwa Mbere ubwo itsinda ry’abasirikare ryagabaga igitero ku nkambi y’abarwanyi b’umutwe wa Leta ya Kisilamu muri Afurika y’Uburengerazuba (ISWAP) mu giturage […]

USA: Umucamanza yategetse CIA guhishura amajwi yafashwe mu iyicwa rya Khashoggi

Umucamanza wa New York kuri uyu wa Kabiri yategetse inzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika kwemera ko zibitse inyandiko na cassette iriho amajwi yafashwe ubwo umunyamakuru Jamal Khashoggi yicwaga mu 2018. Umucamanza yanategetse Ikigo cy’ubutasi cya CIA n’Ibiro by’Umuyobozi w’Ubutasi bw’Igihugu (ODNI) gusobanura impamvu babitse iyi cassette ndetse CIA isabwa raporo kuri ubu […]

Umuturage ntagomba kwishyura serivisi itangirwa ubuntu – Umuvunyi Mukuru

eoycrrbweaai-iv_1_.jpg

Umuvunyi mukuru, Nirere Madeleine, arasanga Abanyarwanda bakwiye kongera mu muco wabo ihame ryo kwirinda kwishyura serivisi zitangirwa ubuntu, ndetse yibutsa ko gutanga serivisi mbi, no gusiragiza umuturage ari bimwe mu byuho bya ruswa. Ibi Umuvunyi Mukuru yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, ubwo hatangizwaga Icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Kurwanya Ruswa, uba buri […]

Smartphones zikorerwa mu Rwanda zigiye koherezwa ku isoko ryo mu Bwongereza

Telephone ngendanwa zo mu bwoko bwa Smartphone zikorerwa mu Rwanda n’uruganda rwa Mara Phones zigiye koherezwa ku nshuro ya mbere ku isoko ryo mu Bwongereza. Icyiciro cya mbere cy’izi telephone kigiye koherezwa nyuma yo kugena Livewire nk’ikigo kizakwirakwiza izi telephone za Mara Phones mu Bwongereza. CEO wa Livewire, Richard Gallant ati: “Mara Terefone iha abaguzi […]

Iran yafashe abakekwaho kwica umuhanga wayo mu bijyanye n’intwaro za kirimbuzi

gladiator_240g.jpg

Igihugu cya Iran kiratangaza ko cyamaze guta muri yombi abantu benshi bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umuhanga wacyo mu gukora intwaro za kirimbuzi, Mohsen Fakhrizadeh wishwe mu kwezi gushize nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru, ISNA, kuri uyu wa Kabiri. “Abakoze ubwo bwicanyi, bamwe muri bo bakaba baramenyekanye ndetse bakanafatwa n’inzego z’umutekano, ntibazahunga ubutabera,” ibi byatangajwe n’umujyanama […]

Major (Rtd) Mudhatiru yasabye urukiko guca inkoni izamba

“Nciye bugufi imbere yanyu mbasaba imbabazi kandi nsaba imbabazi Abanyarwanda bose muri rusange. Mu bushishozi bwanyu muzace inkoni izamba munyorohereze ibihano. Harakabaho ubutabera,” ibi ni ibyatangajwe na Major (Rtd) Habib Mudhatiru, ufatwa nk’ukuriye itsinda ry’abarwanyi 32 b’umutwe wa P5 urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ubwo yasaba urukiko kuzamugabanyiriza ibihano. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri ubwo hasozwaga […]

Uwari Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Uganda yahawe akazi mu Rukiko rw’Ikirenga rw’u Bushinwa

Uwahoze ari Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Uganda, Hon. Bart Katureebe Magunda, yahawe akazi mu Rukiko rw’Ikirenga rw’u Bushinwa nyuma y’amezi atandatu avuye mu kazi ke. Muri uru rukiko rwo mu Bushinwa, Hon. Katureebe azaba ari umwe mu bagize akanama k’inzobere mu gukemura amakimbirane mpuzamahanga ashingiye ku bucuruzi mu gihe cy’imyaka ine. “Bart Katureebe yagizwe umwe […]

Amwe mu mayeri akoreshwa n’abatekamutwe bibasira RSSB

Ikigo cy’igihugu cy’Ubwiteganyirize, RSSB, kiravuga ko kimaze iminsi cyibasiwe n’abatekamutwe bagerageza kwishyuza amafaranga y’umurengera bakoresheje amayeri atandukanye arimo gutanga serivisi z’ubuvuzi zitari ngombwa no gukoresha inyemezabwishyu z’impimbano. Ibi biri gukorwa na farumasi n’amavuriro amwe akunze gushaka kwishyuza amafaranga y’inyongera, gutwara serivisi nyinshi ndetse no gukoresha ‘ordonnances’ n’inyemezabwishyu z’impimbano. Ibikorwa by’uburiganya akenshi bikubiyemo guhuza ibikorwa, bimwe […]

Islamic State yakoresheje ikoranabuhanga ry’Abanazi mu gukora intwaro

v-1_cutaway.jpg

Itsinda ry’abashakashatsi rifite icyicaro mu Bwongereza ryasanze umutwe w’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu (Islamic State) warashyizeho umuyoboro urambuye wagenewe kugura ibikoresho by’ingenzi bikenewe mu gukora intwaro zangiza, zimwe muri zo zishingiye ku ikoranabuhanga rya roketi ryatejwe imbere mu Budage bw’Abanazi. Umuryango utegamiye kuri leta ukora ubushakashatsi ku makimbirane akoreshwamo intwaro (Conflict Armament Research) wahishuye ko […]

Uganda: Gen. Muntu yatanze impamvu asanga Museveni akwiye kujya mu zabukuru

Gen. (Rtd) Mugisha Muntu, umukandida wa Alliance for National Transformation (ANT) ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe mu ntangiriro z’umwaka utaha muri Uganda, yatanze impamvu asanga Perezida Yoweri Museveni akwiye kujya mu zabukuru amushinja kwitwaza Covid-19 mu kubuza abakandida bazaba bahanganye kugera ku bazatora. Gen. Muntu aravuga ko abaturage nibatabasha kumenya neza abakandida 10 […]

U Rwanda ruri gusuzuma icyifuzo cy’Abanyamerika badashaka gusubira iwabo

eoovxd8xmaema6e.jpg

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda iravuga ko irimo gusuzuma ubusabe bw’Abanyamerika bifuza ko u Rwanda rwababera igihugu nabo bakarubera abaturage beza kuko batifuza gusubira iwabo. Aba Banyamerika bavuga ko biteguye kubera u Rwanda abaturage beza kandi b’ingirakamaro bakavuga ko batifuza gusubira muri Amerika kubera ibibazo byari bibabangamiye nk’uko bavuga. Umwe muri bo, Imahkus Okofu […]

Papa Fransisiko agiye gukora uruzinduko rw’amateka mu gihugu cya Irak

Ku nshuro ya mbere kuva haduka icyorezo cya Covid-19, Papa Fransisiko guhera ku itariki 5 kugeza ku itariki 8 azakorera uruzinduko rwe rwa mbere mu mahanga mu gihugu cya Irak, ndetse rukaba ari n’uruzinduko rw’amateka nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere. “Nyuma yo kwakira ubutumire bwa Repubulika ya Irak na Kiliziya Gaturika yaho, Papa Fransisiko […]

U Rwanda rwisobanuye ku $35 atavugwaho rumwe acibwa amakamyo avuye muri Tanzania

Amadolari 35 yishyurwa na buri rukururana yinjiye ku butaka bw’u Rwanda ivuye mu gihugu cya Tanzania ni ayo gucumbikira abashoferi mu bigo by’akato babanza kunyuramo mu rwego rwo gukumira iwkirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 ntabwo ari umusoro nk’uko byatangajwe na minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Nshuti Manasseh. Ibi bisobanuro byatanzwe nyuma y’aho kuwa Mbere, […]

Dr Christine Uwimana amenye umubyeyi we nyuma y’imyaka 47

Nyuma y’imyaka 47 abayeho atazi se umubyara, Umunyarwandakazi Dr Uwimana Christine uba mu Busuwisi, yabashije kumenya se abifashijwemo n’Ijwi rya Amerika, aho yemeza ko kuri ubu yishimiye ko amateka ye yuzuye. Nyina wa Dr Christine witwa Agnes Kabarenzi, yapfiriye muri Gereza ya Ruhengeri, aho yafungiwe amaze gutabwa muri yombi nyuma ya kudeta yagejeje ku butegetsi […]

Kagame prĂ©sidera la rĂ©union du conseil d’administration de Smart Africa

Les chefs d’État et de gouvernement de 30 pays se rĂ©unissent aujourd’hui virtuellement pour discuter du travail de Smart Africa, une alliance de pays africains visant Ă  accĂ©lĂ©rer la transformation numĂ©rique du continent. La neuviĂšme rĂ©union du conseil sera prĂ©sidĂ©e par le prĂ©sident Paul Kagame, selon le communiquĂ© du secrĂ©tariat de l’organisation, actuellement basĂ© Ă  […]

Mozambique: Papa yahaye inkunga abakozweho n’ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu

Umuyobozi wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, yageneye ubufasha abagizweho ingaruka n’ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique. Nyir’ubutungane (nk’uko Abakirisitu Gaturika babyemera) yahaye aba baturage inkunga y’Amadolari 121,000 (angana na 120,044,233 z’Amanyarwanda). Iyi nkunga Papa yayitanze nyuma y’aho aba baturage batabarijwe na Musenyeri mukuru wa Pemba, Luis Fernando Lisboa nk’uko […]

Rubavu: Baravuga ko barimo kwakwa amafaranga ngo bahabwe Shisha Kibondo

Muri imwe mu mirenge yo mu Karere ka Rubavu, irimo uwa Nyamyumba, Rugerero na Rubavu, hari ababyeyi batari bake batwite n’abonsa babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri, bavuga ko badahabwa iyi fu ya shisha kibondo kandi ari uburenganzira bwabo mu rwego rwo kubunganira mu mirire bo n’abana. Basobanura ko n’ugerageje kuyisaba yakwa amafaranga adafite […]

Imbunda nto 10 za mbere ziringirwa mu kugaba ibitero ku Isi

main-qimg-0006ec83257918c2c2209d18dd691648.jpg

Ni iyihe mbunda nziza yo kugaba igitero mu Isi? Ni iyihe mbunda igezweho yo kugaba ibitero n’impamvu? Tugiye kurebera hamwe urutonde rw’imbunda 10 wakwiringira mu kugaba ibitero hagendewe ku mikorere yazo, umusaruro wazo, kwiringirwa, abazikoresha n’ibindi. Uru rutonde ruriho imbunda wavuga ko ari izo muri iki gihe zigikoreshwa hirya no hino nk’uko tubikesha urubuga military-today.com. […]

Tanzania: Impunzi z’Abarundi zasabye kwimurirwa mu kindi gihugu

Abahagarariye impunzi z’Abarundi zahungiye mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu ushize bandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ishami ryawo rishinzwe impunzi, UNHCR, ndetse n’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Human Rights Watch, basaba kobafashwa kwimurirwa mu kindi gihugu kuko barimo guhohoterwa bahatirwa gutaha ku ngufu. Kopi y’ibaruwa yanditswe n’izi mpunzi urubuga rwa SOS MĂ©dias Burundi yabashije kubona, […]

U Bwongereza bugiye kuba ubwa mbere mu gukingira abaturage Covid-19

Kuri iki Cyumweru u Bwongereza bwatangaje ko bugiye kuba igihugu cya mbere kigiye gutangira guha abaturage bacyo urukingo rwa coronavirus rwakozwe n’inganda, Pfizer na BioNTech. Inkingo za mbere zizahabwa abakora mu bijyanye n’ubuvuzi ndetse n’abarengeje imyaka 80 guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Ukuboza, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubuzima. Inkingo hafi 800,000 nizo biteganyijwe […]

Museveni ari gukoresha umukobwa we mu gushaka amajwi mu rubyiruko

natasha_museveni_karugire_123344512_382040279656071_2047490238834697726_n.jpg

Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya gatandatu ku butegetsi, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yamaze gushyira umukobwa we, Natasha, mu ikipe izamufasha gukusanya amajwi by’umwihariko mu rubyiruko mu matora ateganyijwe mu mwaka utaha. Nubwo yatsindiye manda eshanu zose kuva mu 1996, Perezida Museveni yakunze guhura n’imbogamizi zo kubona amajwi by’umwihariko mu rubyiruko […]

Liberia: George Weah mu guhindura itegeko nshinga na manda ya mbere itararangira

Kuri uyu wa Kabiri w’icyumweru gitaha, Abanyaliberiya barajya mu matora ya referandumu yo guhindura itegeko nshinga, aho nibaramuka bemeje ko rihinduka biba ari ikigeragezo gikomeye kuri Perezida George Weah, abatavuga rumwe nawe bavuga ko ashaka gutera ikirenge mu cya bagenzi be bo muri Afurika y’uburengerazuba yiyamamariza manda ya gatatu. Abatora bagera kuri miliyoni 2.5 barahamagarirwa […]

Impamvu Gen. Muhoozi Kainerugaba asanga UPDF ari cyo gisirikare gikomeye azi

Umuhungu wa Perezida Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, Maj. Gen. Muhoozi Kainerugaba aravuga ko Igisirikare cya Uganda, UPDF, ari cyo cya mbere gikomeye azi kubera isezerano cyihaye kuva cyabaho. Ibi Gen. Kainerugaba yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter kuri uyu wa Gatandatu nk’uko bigaragara kuri uru rubuga nkoranyambaga akunze gukoresha ashyira ahagaragara ibyo […]

Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy’ibitaro by’akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13

Icyiciro cya 1 cy’Ibitaro by’akarere ka Nyarugenge, (Nyarugenge District Hospital), gifite ibitanda 120 cyuzuye gitwaye arenga miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda habariwemo n’ibikoresho, abaturage bakaba bavuga ko ibi bitaro biziye igihe. Ibi bitaro byatangiye kubakwa mu mwaka wa 2018 mu buryo bugezweho kandi bishyirwamo n’ibikoresho bigezweho abaturage bavuga ko byaje bikenewe. Bamwe mu baturage bashimira […]

Umutaliyanikazi Sarah yasezeye umugabo we Harmonize yifashishije amagambo akakaye

Sarah Michelotti, umugore wa CEO wa Konde Music Gang, ari we Harmonize, umuhanzi ukunzwe muri Tanzania no mu karere, yamaze gutandukana nawe ku mugaragaro nyuma y’aho uyu muhanzi yigambye ko yabyaye umwana hanze ndetse akanamwemera. Sarah avuga ko hari byinshi Harmonize amaze kumukorera ariko atakibashije kwihanganira gutenguhwa. Mu gahinda kenshi, Sarah yagize ati: “Nashakanye nawe […]

Uganda: Minisitiri yabujijwe kugira icyo avuga mu ishyingurwa rya Sheikh Muzaata

muzaata-ihk-671x403.jpg

Abitabiriye umuhango wo gushyingura Sheikh Nuhu Muzaata wapfuye kuwa Gatanu ushize aguye mu Bitaro Mpuzamahanga bya Kampala, akaba yashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu, banze kumva ubutumwa bwa guverinoma bwari bujyanywe na minisitiri Sarah Kanyike. Ibihumbi by’abantu byahise bijya kwifatanya n’umukandida w’ishyaka NUP, ku mwanya wa perezida, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi nka Bobi Wine w’ubumwe bw’igihugu […]

Paris: Imyigaragambyo ya 2 yamagana itegeko rishya ry’umutekano yaranzwe n’urugomo

image_1_.jpg

Ubugizi bwa nabi bwadutse kuwa Gatandatu wa kabiri ubwo ibihumbi by’Abafaransa byongeraga kwigabiza imihanda mu myigaragambyo yo kwamagana itegeko rishya rigenga ibijyanye n’umutekano. Benshi mu bigaragambya babanje kwigaragambya mu mahoro mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, mbere y’uko haduka guhangana gukomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya biganjemo abari bambaye umukara, barimo abari bipfutse mu maso. Bamwe mu […]

PerezidaTshisekedi yabujije Kabila gukandagira i Lubumbashi

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yabujijwe gukandagira i Lubumbashi, aho yari ategerejwe kuri uyu wa Gatandatu, amakuru atandukanye atangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu akaba avuga ko Perezida Felix Tshisekedi ubwe ari we wamwihamagariye mu gitondo cya kare amusaba gusubika urugendo rwe. Joseph Kabila yari ategerejwe i Lubumbashi , […]

Bakomeje gusaba ko inzitizi zibuza abangavu kuboneza urubyaro zivanwaho

eoycnw9wmai2muk.jpg

Abifuza ko ingimbi n’abangavu bemererwa guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro bakomeje kotsa igitutu inzego zitandukanye ngo izo nzitizi zivanweho, aho impamvu batanga ku isonga haza ikibazo cy’abangavu batwara inda zitifuzwa kuri ubu babarirwa mu bihumbi 30 buri mwaka. Kuri uyu wa Gatanu, nibwo i Kigali hateraniye inama yo ku rwego rwo hejuru yagaragarijwemo ibyo u […]

Byinshi wamenya kuri kajugujugu kabuhariwe z’intambara za Mi-24 n’u Rwanda rutunze

880px-afghan_air_corps_mi-35_on_kandahar__2009.jpg

Mi-24, kajugujugu ya mbere yatangiye gukoreshwa n’ingabo zirwanira mu kirere z’u Burusiya nk’indege y’ubwikorezi ndetse y’indwanyi, yakozwe hashingiwe kuri sisitemu yubatse ubwoko bwa Mi-8. Mu bushobozi bw’inyongera ifite harimo ubufasha bwo mu kirere butaziguye, kurasa za burende, guherekeza ingabo n’intambara yo mu kirere. Ubu bwoko bwa kajugujugu bwakoreshejwe cyane mu ntambara yo muri Afghanistan, yandika […]

Umutwe wa FIB wirukanye M23 ugiye kongerwamo ingabo zidaturuka muri SADC

Ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo, SADC, byamaze kwemeranya ku guhindura umutwe wa FIB (Force Intervention Brigade) wa Monusco, wahashyije umutwe wa M23 mu 2013, wongererwa ubushobozi bw’ibikoresho kugirango urusheho gushyira mu bikorwa inshingano zawo, aho hateganywa no kongeramo n’ingabo zitava mu bihugu bya SADC. Nyuma y’imyaka 7 ukorera muri Repubulika iharanira […]

Umunya-Nijeriyakazi Dr Ngozi Okonjo-Iweala, Umunyafurika w’Umwaka wa 2020

Umunyanijeriyakazi, Dr Ngozi Okonjo-Iweala, niwe wabaye Umunyafurika w’Umwaka wa 2020, aho akurikiye Umuyobozi wa Banki Nyafurika y’Iterambere, Akinwumi Adesina, wabaye Umunyafurika w’Umwaka mu mwaka ushize wa 2019, ndetse na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wabaye Umunyafurika w’Umwaka wa 2018. Dr Ngozi akaba ari no mu mwanya mwiza wo kugira uruhare rukomeye, guhindura Afurika no kujya […]

Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi muri Cyangugu

Mu mpera z’umwaka wa 1991 nyuma y’iyemerwa rya politiki ishingiye ku mashyaka menshi, MRND yafashe bamwe mu rubyiruko rwayo iruhuriza mu mutwe witwara gisirikare witwa Interahamwe. Uwo mutwe utangira washingiwe i Kigali ariko uza gukwira mu gihugu hose harimo n’uduce tunyuranye twa Perefegitura ya Cyangugu. Igitekerezo cyo gushyiraho Interahamwe kigeze i Cyangugu, hashyizweho inzego z’ubuyobozi […]

Uganda: Bobi Wine yamaganye ifatwa ry’umurinzi we washinjwe gushaka kumwica

Umukandida w’ishyaka NUP mu matora ategerejwe muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yamaganye itabwa muri yombi ry’umurinzi we, Norbert Ariho, washinjwe gushaka kumwica, watawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu. Inzego z’umutekano za Uganda zataye muri yombi Ariho, zimushinja kugerageza kugirira nabi Bobi Wine akoresheje ibyuka biryana mu maso kuwa Kabiri ushize mu […]

RDC: Abasivili basaga 10 bishwe batemaguwe n’abitwaje intwaro

Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, itariki 04 Ukuboza 2020 bacengeye mu giturage cya Munganga, muri Gurupoma ya Tondabo, muri Teritwari ya Irumu bahica abaturage bagera kuri 11. Umuhuzabikorwa w’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Convention pour le Respect des Droits Humains (CRDH), Mumbere Munyaderu, yabwiye urubuga rwa 7SUR7.CD dukesha iyi nkuru, ko hapfuye […]

Impunzi z’Abarundi zahungiye muri Tanzania zigiye gukusanyirizwa mu nkambi imwe

Inkambi zose z’impunzi z’Abarundi ziri muri Tanzania zigiye guhurizwa mu nkambi imwe guhera mu kwezi gutaha k’Ukuboza nk’uko biherutse gutangazwa n’intumwa idasanzwe ya minisiteri y’umutekano ya Tanzania mu ruzinduko yagiriye mu Nkambi ya Mtendeli kuwa Gatatu, itariki 25 Ugushyingo. Iyi nkuru dukesha urubuga rwa RPA rwo mu Burundi iravuga ko Inkambi ya Nduta ari yo […]

L’ancien Premier ministre Habumuremyi condamnĂ© Ă  3 ans de prison

L’ancien Premier ministre, Pierre Damien Habumuremyi, est sur le point de purger une peine de trois ans de prison et de payer une amende de 892,2 millions de francs rwandais aprĂšs que le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge l’ait condamnĂ© vendredi 27 novembre, pour avoir Ă©mis des chĂšques sans provision. Habumuremyi, qui est dĂ©tenu Ă  la […]

Ntabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nk’abandi mwabonye – Robert Kyagulanyi

en03gioxeaanycx.jpg

Robert Kyagulanyi, umukandida w’ishyaka NUP mu matora ateganyijwe muri Uganda mu mwaka utaha, yatangaje ko atari umukandida usanzwe nk’abandi igihugu cyabonye, ndetse ashimangira ko kuba mu bashaka guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu byatunguye Museveni. “Ntabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nk’abandi mwabonye. Mu by’ukuri ntabwo nari muri gahunda ya Perezida Museveni nk’uzaba ahanganye nawe kandi ibyo […]

Kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera bigiye kurushaho kwihuta

Imirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera igiye kurushaho kwihutishwa nyuma y’aho u Rwanda rwumvikaniye na Qatar ku masezerano y’imikoranire muri uyu mushinga nk’uko byemezwa na Guverinoma y’u Rwanda. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatanu ubwo Guverinoma y’u Rwanda n’iya Korea y’Epfo zashyiraga umukono ku masezerano azwi nka “Bilateral Air Services Agreement” yemerera buri […]

Ingabo za Ethiopia zatangiye gusuka ibibombe ku murwa mukuru wa Tigray

Umuyobozi w’ingabo ziharanira kubohora abaturage bo mu Ntara ya Tigray (TPLF) aratangaza ko kuri uyu wa Gatandatu ingabo za Ethiopia zatangije igitero kigamije kwigarurira umurwa mukuru w’iyi ntara, Mekelle. Debretsion Gebremichael, uyobora Tigray People’s Liberation Front (TPLF) mu butumwa yoherereje Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, yavuze ko barimo gusukwaho imvura y’ibibombe. Billene Seyoum, umuvugizi w’ibiro bya […]

Abakuru b’ibihugu 5 bakize kurusha abandi muri Afurika

morocconking_afp_.jpg

Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse ku ya 21 Kanama 1963 i Rabat, muri Maroc. Ubu ni umuyobozi wa Maroc, umwanya yafashe nyuma y’urupfu rwa se mu 1999. […]

Honduras: Uwari Perezida yafashwe agiye gusohakana mu gihugu 18,000$ arayihakana

Uwahoze ari Perezida wa Honduras, Manuel Zelaya, kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yafashwe agafungirwa ubusa ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Toncontin azira Amadolari 18,000 cash avuga ko atari aye. “Ntabwo nzi inkomoko y’ayo mafaranga. Ikigaragara, hashobora kuba hari umuntu wayashyize mu bintu byanjye. Nakoze ingendo inshuro 400 kandi nzi ko udashobora kugendana amafaranga angana […]

Rusesabagina yabwiye urukiko ko yashimuswe kugira ngo agere mu Rwanda

Paul Rusesabagina, ukurikiranweho n’ubutabera ibyaha by’iterabwoba n’ibindi, kuri uyu wa Gatanu yabwiye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ko yashimuswe ubwo yazanwaga mu Rwanda akamara iminsi ine nta muntu uzi aho aherereye, aboneraho gusaba gusesa icyemezo cyo gukomeza kumufunga by’agateganyo mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Rusesabagina, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi wahungiye mu Bubiligi akaba yarabaga muri […]

RDC: Abaturage barakaye batwitse station ya polisi

Urubyiruko rwo mu gasantere k’ubucuruzi ka Bule, muri Sheferi ya Bahema-Badjere, muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri rwatwitse station ya polisi iherereye muri aka gace irashya irakongoka. Jean-Richard Dhedda Lenga, umuyobozi wa Sheferi ya Bahema-Badjere, ku murongo wa telephone avugana na 7SUR7.CD, yatangaje ko uru rubyiruko rwatwitse iyi station ya polisi mu ijoror […]

Ishyamba si ryeru hagati y’Umuyobozi Wungirije wa Kikwit n’ibiro bya perezida

Abasirikare babiri ba FARDC, bivugwa ko bakora muri perezidansi, kuri uyu wa kane, itariki 26 Ugushyingo batawe muri yombi bashinjwa kugerageza gushimuta Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kikwit, Jean-Claude Mongala. Aba basirikare kuri ubu bafungiye mu bushinjacyaha bwa gisirikare mu Mujyi wa Kikwit, nk’uko amakuru urubuga 7SUR7.CD rukesha Umuvugizi w’a FARDC mu Ntara ya Kwilu, Major […]

25 Ă©tudiants font appel Ă  l’UniversitĂ© du Rwanda aprĂšs avoir perdu leur bourse

Les Ă©tudiants qui rejoignent l’UniversitĂ© du Rwanda (UR) avec une bourse du gouvernement signent un contrat de performance avec le Conseil de l’enseignement supĂ©rieur (HEC) selon lequel l’Ă©chec des examens entraĂźnerait la perte de la bourse. Selon UR, 25 Ă©tudiants du dĂ©partement Finance and Business Management ont fait appel de cette dĂ©cision, demandant Ă  UR […]

Umukozi w’ikigo cy’ubutasi cya CIA yiciwe muri Somalia

Umukozi wa CIA aherutse kwicirwa mu gikorwa cyabereye muri Somaliya, ibintu bishobora kubyutsa impaka muri Amerika ku bijyanye n’Abanyamerika bakiri muri iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika gikomeje kuzahazwa n’intambara za hato hato. Nk’uko ikinyamakuru New York Times cyashyize ahagaragara aya makuru kibitangaza, uyu mukozi wa CIA utaramenyekana, yari mu ishami rishinzwe ibikorwa bidasanzwe […]

Umugereki wabujije Katumbi amahirwe yo guhatanira kuba perezida yatawe muri yombi

Umugereki, Emmanuel Stoupis wigeze gushinja umuherwe Moise Katumbi kumwiba inzu ebyiri mu 2015, ndetse iyi dosiye ikaza kubuza Katumbi amahirwe yo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu 2018, kuri ubu biravugwa ko nawe yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano kuwa Kabiri ushize, itariki 24 Ugushyingo, nyuma y’ikirego cyatanzwe na Jean-Claude Muyambo umushinja gukoresha inyandiko mpimbano, ubufatanye mu […]

UR: Abanyeshuri 25 bajuririye icyemezo cyo kubambura buruse

Abanyeshuri 25 bo mu ishami rishinzwe imari n’ubucuruzi muri Kaminuza y’u Rwanda bajuririye icyemezo cyo kuguhagarikira buruse abanyeshuri batsinzwe ibizamini nk’uko biba bikubiye mu masezerano abemerera inguzanyo. Abanyeshuri binjiye muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) kuri buruse ya leta basinyana amasezerano y’imikorere n’Inama Nkuru y’Amashuri Makuru (HEC) havugwamo ko gutsindwa ibizamini byatuma batakaza buruse. Nk’uko Kaminuza […]

Brazil: Perezida Bolsonaro yarahiye ko atazemera guterwa urukingo rwa Covid-19

Perezida wa Brazil, Jair Bolsonaro kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ugushyingo, yatangaje ku mugaragaro ko atazigera yemera urukingo rwa Covid-19 kandi ari uburenganzira bwe. “Ndababwira, ntarwo nzakira. Ni uburenganzira bwanjye,” ibi ni ibyatangajwe na Perezida Bolsonaro bihita bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Igihugu cya Brazil, kimaze kubarurwamo abasaga miliyoni 6 banduye Covid-19, kiza inyuma […]

Impamvu Buyoya yeguye ku mirimo ye muri Afurika Yunze Ubumwe

Uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Buyoya, yatangaje impamvu aherutse gufata icyemezo cyo kwegura ku kazi yari amaranye iminsi k’intumwa ya Afurika Yunze Ubumwe muri Mali na Sahel, aho yavuze ko ashaka gufata umwanya uhagije akongera agasukura isura ye yahindanyijwe na dosiye y’iyicwa rya Melchior Ndadaye mu 1993 riherutse gutuma ubutabera bw’u Burundi bumukatira igihano […]

Kabale: Habuze ujya gusaba umurambo w’Umunyarwanda warasiwe ku mupaka

Abayobozi bo mu Karere ka Kabale, mu gihugu cya Uganda baravuga ko umurambo w’Umunyarwanda uherutse kurasirwa ku mupaka w’iki gihugu n’u Rwanda waheze mu buruhukiro habuze abantu bajya kuwusaba. Uyu Munyarwanda ni umwe mu gatsiko k’abantu umunani baherutse kuraswaho, kuwa Gatanu ushize, n’inzego z’umutekano z’u Rwanda mu Karere ka Burera, bagerageza kwinjiza magendu ya kanyanga […]