IGP Munyuza yahaye impanuro zikomeye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Ku Cyumweru tariki ya 6 Ugushyingo, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yahaye impanuro abapolisi 160 bagize itsinda RWAFPU III-5 ryitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Sudani y’Epfo (UNMISS) mu muhango wabereye mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi y’u Rwanda (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana . […]
France: Umusore w’imyaka 27 yasimbuye Marine Le Pen ku buyobozi bwa Rassemblement National

Kuri uyu wa Gatandatu, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’ibihugu by’i Burayi, Jordan Bardella, w’imyaka 27, yatorewe gusimbura Marine Le Pen nka perezida w’ishyaka Rassemblement National (RN) . Bardella yatsindiye ku majwi hafi 85 ku ijana by’amajwi y’abayoboke b’ishyaka, mu gihe Louis Aliot wahoze ari umufatanyabikorwa wa Le Pen, yabonye amajwi 15 ku ijana. Ibi […]
Tanzania: Indege itwara abagenzi yaguye mu Kiyaga cya Victoria
Indege itwara abagenzi yaguye mu kiyaga cya Victoria muri Tanzaniya kuri iki Cyumweru ubwo yageragezaga kugwa mu muyaga mwinshi ku kibuga cy’indege kiri mu mujyi wa Bukoba ku nkombe z’ikiyaga. Abantu 19 muri 43 bari barimo bahasize ubuzima Kugeza ubu abantu 26 barokowe mui abo bagenzi 43 bari mu ndege ya Precision Air cyangwa niba […]
Gen. Ekenge yasobanuye impamvu FARDC yataye Rutshuru na Kiwandja bigafatwa na M23
Umuvugizi w’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, Gen. Sylvain Ekenge, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 05 Uguhyingo yasobanuye impamvu imijyi ya Rutshuru na Kiwanja biherutsegufatwa n’inyeshyamba za M23, avugako batashoboraga kwemera kurwaniraahantu hari abaturage . Gen. Ekenge yari abajijwe, ubwo yasobanuraga uko ikibazo cy’umutekano cyfashe, impamvu imbere ya M23 igisiikare cya leta cyatye […]
Umuririmbyi n’umuraperi Aaron Carter yasanzwe mu bwogero bwe yapfuye
Umuririmbyi n’umuraperi w’umunyamerika, Aaron Carter, wari murumuna w’umuririmbyi Nick Carter wo muri Backstreet Boys, yapfuye afite imyaka 34 . Urubuga TMZ rwavuze ko Carter bamusanze mu bwogero bwe iwe i Lancaster, muri Californiya, yapfuye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Abahagarariye itsinda rye ni bo bemeje urupfu rwe. Bati: “Kuri ubu ni igihe kibi rwose, […]
2/3 by’abaturage ba Sudani y’Epfo bashobora guhura n’nzara ikaze mu 2023
Kuri uyu wa Kane ushize, ibiro by’Umuryango w’Abibumbye byatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 7.8 muri Sudani y’Epfo, bangna na bibiri bya gatatu by’abaturage, bugarijwe n’ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa mu gihe cy’umwaka utaha kuva Mata kugera muri Nyakanga kubera imyuzure, amapfa n’amakimbirane . Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ibiribwa n’ubuhinzi (FAO), Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana […]
Somalia: Al Shabab yihoreye ku gisirikare cya leta nyuma yo kwica abarwanyi ba yo basaga 100
Ibiro Ntaramakuru bya Somalia, SONNA, biratangaza ngo umwiyahuzi yiyahuye yiturikirije ibisasu hafi y’ikigo cy’imyitozo ya gisirikare, ahitana byibuze abantu batanu abandi 11 barakomereka . Igitero cyagabwe ku wa Gatandatu mu nkambi iri mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu, cyigambwe n’umutwe witwaje intwaro wa al-Shabab kikaba kibaye nyuma y’icyumweru ibindi bitero by’ubwiyahuzi bibiri bihitanye nibura 116 […]
Hari abatangiye kugira ishyamba Mushikiwabo mu gihe amatora ataha yegereje
Mu gihe inama yawo ya 18 iteganijwe ku ya 19 na 20 Ugushyingo muri Tunisia yegereje ari nabwo hazatorwa umunyamabanga mukuru, Umuryango mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) uranengwa n’amashyirahamwe y’abakozi n’imiryango itegamiye kuri Leta, muri Gabon, bemeza ko ‘itakita ku nshingano za yo zo guteza imbere no kurengera ururimi rw’Igifaransa kuva Mushikiwabo yagera ku buyobozi […]
Abazungu b’Abakirisito biteguye gutangiza intambara y’abenegihugu muri Amerika – Prof. Walter

Umwarimu wo muri California akaba n’uwahoze ari umusesenguzi wa CIA yavuze ko Abazungu b’Abakirisito biteguye gutangiza intambara y’abenegihugu muri Amerika . Barbara F. Walter, umwanditsi w’igitabo cyasohotse muri uyu mwaka yise “How Civil Wars Starts”, cyngwa se “Uko Intambara z’abenegihugu zitangira,” mu Kinyarwanda, yagarutse kuri ibi mu kiganiro na PBS ku mugoroba wo ku wa […]
Le président Paul Kagame met en service 568 élèves-officiers

Le prĂ©sident Paul Kagame a mis en service 568 Ă©lèves-officiers qui ont terminĂ© leur formation Ă l’AcadĂ©mie militaire du Rwanda Ă Gako . Parmi eux, 475 ont Ă©tĂ© formĂ©s pendant un an tandis que 93 sont diplĂ´mĂ©s après quatre ans de formation acadĂ©mique et militaire. Les officiers diplĂ´mĂ©s seront rejoints par 24 jeunes Rwandais qui […]
Goma: Umurambo wa Muhima ugaragaza iyicwarubozo wasanzwe hafi ya Hotel Colibris
Umurambo w’umugabo, Muhindo Muhima bakundaga kwita Capitaine uri mu kigero cy’imyaka 30 mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 4 Ugushyingo 2022 wagaragaye hafi ya Hotel Colibris mu Mujyi wa Goma, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Ibimenyetso byagaragaye ku murambo wa Muhindo Muhima bigaragaza ko yapfuye nyuma yo gukorerwa iyicarubozo […]
Miliyoni 4,5 z’Abanya-Ukraine zisanze mu kizima nyuma y’ibitero by’u Burusiya ku bikorwaremezo by’ingufu
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje u Burusiya gukoresha “iterabwoba ryibasira ingufu” kubera ko ingabo z’u Burusiya zirimo gutsindwa ku rugamba, nyuma y’aho miliyoni zisaga 4,5 z’Abanya-Ukraine zisanze mu kizima nyuma y’ibitero by’u Burusiya ku muyoboro w’amashanyarazi . Mu byumweru bishize, u Burusiya bwagabye ibitero binini bya misile na drone ku bigo by’amashanyarazi bya Ukraine. […]
Guinea: Alpha Conde wahiritswe ku butegetsi agiye gutangira gukurikiranwa n’ubutabera
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Guinea bwategetse kuri uyu wa Kane ushize gutangira gukurikirana mu nkiko uwahoze ari perezida, Alpha CondĂ©, wahiritswe ku butegetsi kuwa 5 Nzeri mu 2021, hamwe n’abayobozi bakuru cyangwa abahoze ari abaminisitiri barenga 180 bashinjwa ibyaha bya ruswa . Abasirikare bafashe ubutegetsi ku ngufu, hashize umwaka urenga, biyemeje kurwanya ruswa, ifatwa nk’icyorezo […]
Iperereza ku bahoze ari abayobozi bakuru muri RURA rirakomeje mu gihe bidegembya
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rurimo gukora iperereza ku bikorwa bibi byavuzwe mu micungire y’Urwego rushinzwe kugenzura imirimo ifitiye akamaro igihugu (RURA) yatumye abayobozi batatu bakuru b’uru rwego birukanwa ubu bakaba bakurikiranwa bidegembya . Umuvugizi wa RIB, Thierry Murangira, yavuze ko ari ukuri ko hakomeje iperereza kandi ko abafitanye isano rya bugufi n’iyi dosiye […]
Israel: Benjamin Netanyahu agarutse ku butegetsi nyuma y’umwaka umwe abutanze
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yiteguye gushyiraho guverinoma mu minsi 28 no gushyira ikimenyetso ku igaruka rye ku butegetsi ritangaje, nyuma y’aho Yair Lapid wari kuri uyu mwanya yemeye ko yatsinzwe amatora . Benjamin “Bibi” Netanyahu ni umunyapolitiki ukomeje kwandika amateka muri Israel kuko agiye kuyobora ari ku nshuro ya gtatu agarutse […]
Urubura rwagiraga Kilimanjaro ahantu nyaburanga rushobora kuzaba rwazimiye mu 2050

Urubura rutwikiriye imisozi UNESCO yashyizwe mu murage w’Isi nka Yellowstone na Parike y’igihugu ya Kilimanjaro rushobora kuzaba rwashizeho burundu mu 2050, nk’uko iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye ryaburiye kuri uyu wa Kane, risaba abayobozi kwihutira gutabara ahasigaye . Iyi miburo yakurikiranye n’ubushakashatsi bwakozwe ku rubura 18,600 rutwikiriye ahantu 50 ndangamurage w’Isi, kuri kilometero kare 66.000, aho […]
Nyarugenge: Babiri barashinjwa kwica umukecuru bakoreraga bakanamwiba
Ubushinjacyaha urwego rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 2 Ugushyingo, bwaregeye Urukiko ikirego kihutirwa aho burega abagabo babiri bakurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake . Abaregwa bari mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyarugunga, Umudugudu wa Nonko, bacuze umugambi wo kwica umukecuru witwaga Kabasinga Brigitte baberaga mu rugo banamukorera akazi […]
RDC: Icyoba ni cyose mu batuye mu Mujyi wa Goma
Icyoba kiragenda kirushaho gufata intera mu batuye mu mujyi wa Goma, uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo utuwe n’abaturage barenga miliyoni, kubera uko inyesyamba za M23 zigenda zibasatira ziva mu majyaruguru yawo, bikaba byatumye ibikorwa bimwe by’ubukungu bihagarara kubera ubwoba no gushidikanya . Abaturage bo mu mujyi wa Goma bagaragaza ko bahangayikishijwe […]
Umusirikare wa FARDC yishe arashe umugore we wari utwite amuziza amafaranga
Masika Matiasi Zawadi, umugore w’umusirikare wa FARDC yishwe n’umugabo we mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 2 Ugushyingo 2022 i Loselose, umujyi uherereye nko mu birometero 10 uvuye mu murwa mukuru w’Umurenge wa Ruwenzori, muri Teritwari ya Beni . Amakuru agera ku rubuga l’interview.cd avuga ko umusirikare yarashe […]
Deux responsables du Comité National Olympique et Sportif du Rwanda arrêtés
Le Bureau d’enquĂŞte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© l’arrestation de deux responsables du ComitĂ© national olympique et sportif du Rwanda (RNOSC) pour des allĂ©gations liĂ©es Ă l’abus de pouvoir . Selon le porte-parole du RIB, Thierry Murangira, les personnes dĂ©tenues sont Jean-Jacques Mugisha, chef de la mission du Rwanda aux Jeux du Commonwealth, et Jean […]
Myanmar: Umunyapolitiki w’imyaka 52 yakatiwe imyaka 173 y’igifungo
Urukiko rwo mu gihugu cya Myanmar kiyobowe n’abasirikare rwahaye igihano cy’igifungo cy’imyaka 148 uwahoze ari umudepite mu ishyaka riharanira demokarasi (NLD) ryavuye ku butegetsi, kiyongera ku kindi gihano yari yarahawe ubu Win Myint Hlaing w’imyaka 52, akaba agomba kumara imyaka 173 muri gereza. Iki gihano cyahawe ku wa Mbere Win Myint Hlaing nyuma yo guhamwa […]
Koreya ya Ruguru yongeye gukangaranya Abayapani ku nshuro ya kabiri
Koreya ya Ruguru yongeye kurasa misile nyinshi, zirimo na misile zo mu bwoko bwa misile ballistique zambukiranya imigabane (ICBM) bihatira Guverinoma y’u Buyapani gutanga integuza zo kwimuka mu bice by’amajyaruguru no hagati mu gihugu . Iri rasa rya missile ryo kuri uyu wa Kane niryo riheruka mu igerageza ry’intwaro za Koreya ya Ruguru mu mezi […]
Yahisemo kwiyahura nyuma yo kwisanga amafaranga y’ishuri yahawe yarayamaze
Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye, Denis Tuke, w’imyaka 20, ukomoka mu Karere ka Pallisa mu gihugu cya Ugaanda, biravugwa ko yiyahuye nyuma yo gukoresha nabi amafaranga y’ishuri yari yahawe y’igihembwe cya kabiri n’icya gatatu angana na miliyoni 1.2 y’amashilingi . Umuvugizi wa polisi ya Busoga y’Uburasirazuba, Diana Nandaula, yavuze ko nyakwigendera yakoresheje […]
Uko Martin Luther King yafashije umuryango w’umukinnyi wa filimi Julia Robert igihe ivanguramoko ryabicaga

Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 55 ya Julia Roberts, umukinnyi wa sinema w’icyamamare muri Hollywood, abafana barimo gusubiramo amateka y’ukuri y’akataraboneka amuhuza n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’abirabura, Martin Luther King Jr. n’umugore we, Coretta Scott King . Ku wa Gatanu, ubwo Roberts yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, abakoresha imbuga nkoranyambaga baganiriye kuri videwo y’ibiganiro yagiranye n’umunyamakuru Gayle […]
RDC: Nyuma ya Ambasaderi w’u Rwanda barifuza ko n’uwa Uganda yirukanwa
Nyuma y’aho Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yirukanwe I Kinshasa, umuryango utegamiye kuri leta, Filimbi, urasaba ko na Ambasaderi wa Uganda yamukurikira ndetse hakongerwa imbaraga mu kwamagana iki gihugu nk’uko bimaze iminsi bikorwa ku Rwanda, ibihugu byombi bashinja gutera inkunga umutwe wa M23 ushobora gufata na Goma igihe icyo […]
Les chefs de l’armĂ©e rĂ©gionale vont se rĂ©unir pour trouver une solution sur les tensions en RD Congo
Les chefs des forces de dĂ©fense de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC) devraient se rĂ©unir « dès que possible » pour trouver une solution durable Ă la crise sĂ©curitaire endĂ©mique dans l’est de la RD Congo . Une dĂ©claration publiĂ©e par le porte-parole prĂ©sidentiel du Burundi, Alain Diomede Nzeyimana, le 1er novembre, a […]
Koreya zombi zahererekanyije ibisasu bya missile bwa mbere ku nkombe zabyo
Koreya y’Amajyaruguru n’iy’epfo zarashe misile zigwa mu mazi ku nkombe z’impande zombi bwa mbere . Seoul yihoreye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’amasaha atatu Pyongyang irashe misile yaguye mu birometero biri munsi ya 60 (37mi) uvuye mu mujyi wa Sokcho wo muri Koreya y’Epfo. Igisirikare cy’amajyepfo cyavuze ko uku ari ukuvogera ubutaka bwabo “kutemewe”. Yarashe […]
Nyagatare: Hafashwe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe Magendu
Ku wa Mbere tariki ya 31 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu karere ka Nyagatare, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu iturutse mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda . Uwitwa Nisingizwe Maria ufite imyaka 28 y’amavuko, ni we wafatanywe ayo mabaro ubwo […]
Al Shabaab yashimuse imbangukiragutabara itwaye umurwayi muri Kenya
Abantu bane baburiwe irengero nyuma y’uko abakekwaho kuba abarwanyi ba al-Shabaab bashimuse ambulance yari itwaye umurwayi mu bitaro bya Elwak, mu Ntara ya Mandera mu gihugu cya Kenya . Igitero cyabaye ubwo umushoferi yirukankanaga umurwayi amujyana kwa muganga ari kumwe n’abaganga babiri kuri uyu wa Kabiri nimugoroba. Polisi yavuze ko igikorwa gikomeye cyo gukurikirana abagabye […]
Monusco yataye ibirindiro bikomeye yari ifite i Rumangabo
Kuri uyu wa Kabiri ingabo za Monusco zavuze ko zavuye mu birindiro zari zifte muri Rumangabo nyuma y’aho aha higaruriwe n’umutwe wa M23 . Izi ngabo z’Umuryango w’Abibumbye zafashaga iza leta ya Repubulika ya Demokarasi yaa Congo, FARDC, mu kurwanya inyeshyamba za M23 ziherutse kwigarurira umujyi wa Kiwanja ku wa Gatandatu ushize nyuma ya Rutshuru. […]
Ibyiza 10 byo gukoresha ubuki ku mikorere y’umubiri no ku buzima muri rusange
Ubuki, ubutunzi bw’umutiba, ni kimwe mu bintu bifitiye umubiri akamaro kenshi. Uko wabukoresha kose inyungu zabwo zirazwi neza mu bijyanye n’ubuzima, ubwiza, n’ibindi . Ubuki bukorwa n’inzuki binyuze mu ndabyo cyngwaa iindi biti, ariko bukagira akamaro kanini mu mikorere y’umubiri wacu n’ubuzima muri rusange. Hariho ubwoko bwinshi bw’ubuki, bwifashishwa mu buvuzi ukurikije ibyo buri wese […]
U Burusiya bwaba bushaka gukoresha abahoze muri special forces ya Afghanistan muri Ukraine
Abahoze ari abajenerali batatu ba Afghanistan batangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, ko abasirikare ba special forces ba Afghanistan barwananye n’ingabo z’Abanyamerika nyuma bagahungira muri Iran nyuma y’uko Amerika ivanyeyo ingabo za yo mu mwaka ushize, ubu barimo guhabwa akazi n’u Burusiya kugira ngo barwane muri Ukraine . Bavuze ko Abarusiya bifuza gukurura ibihumbi by’abahoze ari abakomando […]
Guverineri Gen. Constant Ndima arasanga imyigagambyo ishobora koroshya icengera ry’umwanzi
Guverineri wa gisirikare w Kivu y’Amajyaruguru arahamagarira sosiyete sivile n’imitwe y’abenegihugu kwirinda gutegura imyigaragambyo y’abaturage vuga ko ishobora koroshya icengera ry’abanzi . Mu itangazo ryasomwe n’umuvugizi wa FARDC kuri uyu wa Mbere, Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Constant Ndima Kongba, arahamagarira abaturage kwishyira hamwe inyuma ya FARDC kugira ngo harangizwe icyo yita intambara idafite ishingiro […]
Uganda: Abantu bitwaje intwaro bishe abapolisi 2 mu gitero kuri station ya polisi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, abantu bitwaje imbunda batamenyekanye bishe umuyobozi mukuru (OC) w’iperereza hamwe n’umupolisi muto, abandi barakomereka mu gitero cyagabwe kuri Station ya Polisi ya Busiika mu karere ka Luweero . Umuyobozi muri aka karere, Richard Bwabye uyoboye komite ishinzwe umutekano y’akarere, yavuze ko abagabye igitero bateye ahagana mu ma saa […]
Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
Guy Lumumba, umwe mu bahungu ba Minisitiri w’intebe wa mbere wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, ko amasezerano yose yashyizweho umukono hagati y’igihugu cye n’u Rwanda yahagarikwa ndetse imipaka ihuza ibihugu byombi igafungwa . Yishimiye kandi icyemezo cyafashwe mu masaha 48 ashize n’inama y’igihugu y’ubwirinzi cyo kwirukana […]
Leta iratekereza uko izafasha abaturage badafite uburyo bwo kuhira batabona n’aho bakura ibyo kurya
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), Dr Patrick Karangwa, arizeza ibiribwa abaturage badafite icyizere cyo kuzabona umusaruro, bitewe n’imvura yabuze hamwe na hamwe mu Gihugu . Agace ka Afurika u Rwanda ruherereyemo gakomeje gutaka ibura ry’imvura y’umuhindo w’uyu mwaka, by’umwihariko mu bice bimwe na bimwe by’igihugu abahinzi barimo kugaragaza ko babuze imvura, bigatuma imyaka […]
Abantu bitwaje intwaro barashe ku bazunguzayi barindwi bahasiga ubuzima
Abantu bitwaje imbunda barashe ku bacuruzi bo mu muhanda (abazunguzayi) ndetse no ku bantu bari bari hafi aho ku mugoroba wo ku wa Gatandatu ushize, bahitana abantu barindwi abandi bane barakomereka mu gace ka Finetown, mu majyepfo ya Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Umuvugizi wa polisi, Brigadier Brenda Muridili yagize ati: “Biravugwa ko abakekwaho icyaha bagera […]
Ukraine yarekuye amato 12 y’ibinyampeke nubwo u Burusiya bwavuye mu masezerano bagiranye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, amato 12 yuzuye ibinyampeke yavuye ku byambu bya Ukraine nubwo u Burusiya bwikuye mu masezerano abemerera inzira itekanye mu Nyanja Yirabura. Aya mato yahagurutse ku byambu bikikije Odesa, mu majyepfo ya Ukraine, anyura mu nyanja ndende itezemo mine nyinshi ugana mu muhora wa Bosphorus no […]
Felix, duhe intwaro kandi tuzatsinda u Rwanda – Abari mu myigaragambyo i Goma
Nyuma y’imyigaragambyo yo kwamagana umutwe wa M23 bavuga ko ufashwa n’u Rwanda yatangiye kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma, abigaragambya baramukiye mu yindi myigaragambyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere berekeza ku mupaka wa Grande barrière utandukanya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda . Ku munsi wa kabiri w’imyigaragambyo yo kwamagana M23 […]
Ibice bitandukanye bya Ukraine birimo Kyiv byongeye kuraswaho bikomeye n’u Burusiya
Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika byatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu murwa mukuru wa Ukraine, habyukiye urusaku rw’ibisasu. Abayobozi b’uturere two mu majyaruguru, mu burasirazuba no hagati muri Ukraine na bo bavuze ko twagabweho ibitero bya misile. Reuters yatangaje ko umwotsi wagaragaraga hejuru ya Kyiv nyuma y’iturika ry’ibisasu bigera ku 10 . Umuyobozi […]
Ikiraro cyari giherutse kuvugururwa mu Buhinde cyapfiriyeho abantu basaga 140
Umubare w’abantu bapfuye umaze kwiyongera ugera ku bantu byibuze 141 nyuma y’isenyuka ry’ikiraro gishya cyavuguruwe muri leta ya Gujarat mu Buhinde, mu gihe abayobozi bavuga ko abashinzwe ubutabazi bavanye imirambo myinshi mu ruzi rwa Machchhu kuri uyu wa Mbere . Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’umutekano wa Gujarat, Harsh Sanghavi, ngo aya makuba yabaye ahagana mu […]
Icyemezo cyafashwe tugiye kwisubiza ikizwi cyose nk’ubutaka bwa RDC – Gen. Mpezo Bruno
Komanda mushya w’akarere ka 34 ka gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Mpezo Mbele Bruno, yaraye ageze i Goma kuri iki Cyumweru asaba abaturage gutuza ndetse asezeranya kugarura amahoro no kwisubiza ibice byose byafashwe n’inyeshyamba za M23. Akigera i Goma, Gen. Mpezo yahaye ikiganiro abanyamakuru atangaza ko ni biba ngombwa ko banatanga ubuzima bwabo bazabutanga. […]
Umujyi wa New York ugiye kwishyura miliyoni 36$ abahamijwe kwica Malcolm X barengana
Abagabo babiri bahamijwe icyaha cyo kwica Malcolm X mu 1965 barengana igihano bahawe kigateshwa agaciro umwaka ushize, bazahabwa miliyoni 36 z’amadolari y’indishyi n’umujyi na Leta ya New York . Umwunganizi wabo David Shanies yagize ati: “Amahano y’iyicwa rya Malcolm X yumvikanye ku isi hose, kandi yiyongera ku kuba yaratumye inzirakarengane ebyiri z’abasore b’abirabura bafungwa “. […]
Le Rwanda regrette la dĂ©cision de la RD Congo d’expulser son Ă©missaire
Le gouvernement rwandais a dĂ©clarĂ© dimanche qu’il regrettait la dĂ©cision de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) d’expulser son Ă©missaire . Le gouvernement de la RDC a ordonnĂ© samedi Ă l’ambassadeur rwandais Vincent Karega de quitter le pays dans les 48 heures en raison du soutien prĂ©sumĂ© du Rwanda aux rebelles du Mouvement du 23 […]
Brazil: Lula da Silva yongeye gutorerwa kuyobora Brazil nyuma y’imyaka 12 avuye ku butegetsi
Luiz Inácio Lula da Silva yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Brazil, ariko hamwe na Jair Bolsonaro uriho ubu utemera ko yatsinzwe hari impungenge ko ashobora kujuririra ibyavuye mu matora . Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bushinzwe amatora muri iki gihugu, kuri iki Cyumweru Lula yabonye amajwi 50.8 ku ijana mu gihe Bolsonaro, wari umaze manda imwe ku […]
Libani: Umugabo yapfiriye kuri televiziyo imbonankubone ubwo yari guhatwa ibibazo
Umugabo wo muri Libani uregwa gucuruza ibicuruzwa hanze y’igihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko yafashwe n’umutima ubwo yari ari guhatwa ibibazo apfira kuri televiziyo imbonankubone mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize. Shukrallah Maalouf, umucuruzi mu bijyanye n’ibiryo by’amatungo yari umushyitsi mu kiganiro, kuri Televiziyo ya Al Jadeed yo muri Libani, kigaragaza imanza za ruswa kitwa […]
Kinshasa: Abantu 11 barimo abapolisi 2 ni bo bapfiriye mu gitaramo cya Fally Ipupa
Kuri uyu wa Gatandatu, abakunzi ba muzika icyenda n’abapolisi babiri ni bo bapfiriye mu gitaramo cy’umuririmbyi w’icyamamare, Fally Ipupa, cyabereye kuri stade nini y’i Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yari yakubise yuzuye no hejuru, nk’uko Minisitiri w’intebe wungirije, akaba na minisitiri w’umutekano, Daniel Aselo, yabitangaje . Amakuru y’ibanze yari yashyizwe ahagaragara […]
Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Ukwakira, mu Mujyi wa Goma hadutse imyigarambyo itunguranye yo kwamagana ifatwa rya Rutshuru na Kiwanja, aho Abanyekongo bagaragaye batwika ibendera ry’u Rwanda ku mupaka . Ni imyigaragambyo yadutse nyuma y’aho kuri uyu wa Gatandatu, umutwe wa M23, abayobozi ba Congo bavuga ko ufashwa n’u Rwanda, wigaruriye imijyi ya Rutshuru na […]
Centrafrica: Ingabo z’u Rwanda zakoranye umuganda n’abaturage zinabavurira ubuntu

Ku munsi w’ejo kuwa Gatandatu , ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) zakoranye umuganda n’abaturage kandi zivura abaturage 110 bo muri Bossembele mu Mudugudu wa Yalomoni, mu burengerazuba bw’igihugu, mu bilometero 150 uvuye i Bangui . Uyu muganda rusange wari ugizwe no gukuraho ibihuru no kubaka ahacururizwa amatungo […]
U Burusiya bwemeje ko mu ntangiriro za 2021 bwahaye RDC toni 160 z’imbunda n’amasasu
Mu kunyomoza ibiherutse gutangazwa, kuri uyu wa Gatandatu, bubinyujije kuri Ambasaderi wabwo i Kinshasa, u Burusiya bwemeje ko bwahaye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ntangiriro za 2021, toni zirenga 160 z’intwaro n’amasasu . Ibi bisobanuro byatanzwe na Ambasaderi w’u Burusiya muri DRC bije bisubiza inyandiko y’ikinyamakuru Africa Intelligence giherutse kwemeza ko DRC n’u Burusiya […]
France: Ubushinjacyaha bwatangiye gukurikirana Umunyarwanda ushinjwa kwica umupadiri

Nyuma y’umwaka urenga atawe muri yombi ashinjwa kwica umupadiri w’Umufaransa, umwimukira w’Umunyarwanda, Emmanuel Abayisenga, yashinjwe ku mugaragaro n’umushinjacyaha w’u Bufaransa . Kuri uyu wa Gatanu ushize, nibwo umushinjacyaha wa leta muri La Roche sur Yon yatangaje ikirego kirega Emmanuel Abayisenga icyaha cyo kwica umupadiri w’Umufaransa, Olivier Maire, wakubiswe kugeza apfuye muri Kanama umwaka ushize. Ikinyamakuru […]
La R D Congo expulse l’ambassadeur du Rwanda
La RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) a expulsĂ© l’ambassadeur rwandais Vincent Karenga, en reprĂ©sailles au soutien prĂ©sumĂ© de Kigali Ă un groupe rebelle actif dans l’est du pays, a dĂ©clarĂ© samedi le porte-parole du gouvernement Patrick Muyaya . L’ambassadeur dispose de 48 heures pour quitter le pays. La dĂ©cision du Haut Conseil de la dĂ©fense […]
U Burusiya bwavuye mu masezerano yemereraga Ukraine kohereza ibinyampeke mu mahanga
U Burusiya bwahagaritse uruhare rwarwo mu masezerano y’ingenzi yatumye ibinyampeke bibasha kuva muri Ukraine byoherezwa hirya no hino aho byari bikenewe nyum y’uko byari byaraheze ku byambu byo muri Ukraine, nyuma y’ibyo u Burusiya bwavuze ko ari igitero cy’indege zitagira abapilote ku mato y’u Burusiya mu ntara ya CrimĂ©e bwigaruriye. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze […]
Somalia: Igitero cy’iterabwoba cyahitanye byibuze abantu 100 abandi 300 barakomereka
Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud, yatangaje ko byibuze abantu 100 bishwe abandi 300 bagakomereka nyum y’iturika ry’ibisasu byari biteze mu modoka ebyiri mu murwa mukuru w’iki gihugu, Mogadishu . Kuri iki Cyumweru, Mohamud yashinje umutwe witwaje intwaro wa al-Shabab ibyo bitero maze atangariza abanyamakuru ko yiteze ko umubare w’abahitanwe n’iturika ry’ibyo bisasu kurushaho kwiyongera. […]
RDC: Minisiteri y’ingabo yahakanye ibyo gutumiza ibikoresho bya gisirikare mu Burusiya
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntabwo yigeze itumiza intwaro mu nganda za gisirikare z’u Burusiya. Ibi byatangajwe na minisiteri y’ingabo z’igihugu n’abavuye ku rugerero, biravuguruza amakuru aherutse gutangazwa na African Intelligence . Mu nyandiko yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Ukwakira, umuyobozi mukuru w’ibiro bya Minisitiri w’ingabo, yatangaje ko aya makuru nta […]
le président Kagame au Mozambique pour une visite de travail

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© Ă Maputo ce vendredi 28 octobre pour une visite de travail d’une journĂ©e . Kagame devrait avoir un tĂŞte-Ă -tĂŞte avec le prĂ©sident hĂ´te Filipe Nyusi, suivi de discussions bilatĂ©rales avec leurs dĂ©lĂ©gations respectives, avant d’assister Ă un dĂ©jeuner organisĂ© en son honneur. Cette visite intervient Ă un moment oĂą […]
RDC: Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC mu nkengero z’ikigo cya gisirikare cya Rumangabo
Imirwano ikaze iravugwa kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 28 Ukwakira 2022 i Rutshuru hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Amakuru atangazwa na buniaactualite.cd muri kariya karere aravuga ko imirwano yatangiye ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku misozi ya Musego na Ruhungwe, […]
Le Rwanda surveille de près la situation en RD Congo – Ministre Nshuti
Le Rwanda surveille de près la situation le long de ses frontières avec la RD Congo et affirme qu’il n’hĂ©sitera pas Ă riposter si la RD Congo viole dĂ©libĂ©rĂ©ment l’intĂ©gritĂ© territoriale du Rwanda, a dĂ©clarĂ© le ministre d’État chargĂ© des Affaires de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est, Manasseh Nshuti, aux diplomates. Nshuti a fait […]
Cote d’Ivoire: Mushikiwabo yagiranye ibiganiro na Perezida Ouattara n’abandi bayobozi

Perezida wa Repubulika ya Cote d’Ivoire, Alassane Ouattara, kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Ukwakira 2022, yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo ubwo yamwakiraga mu ngoro ye. Ibiganiro byibanze ku nama itaha ya Francophonie izabera mu byumweru bitatu muri Tunisia. Umunyamabanga mukuru wa OIF avuga ko CĂ´te d’Ivoire […]
U Rwanda ruzakomeza gutera inkunga Igisirikare cya Centrafrica no gukarishya ingabo za yo – Abayobozi

“U Rwanda ruzakomeza gutera inkunga Ingabo za Centrafrica mu bijyanye n’imyitozo no gukarishya abasirikare”, ibi byatangajwe n’abayobozi ba Centrafrica nyuma yo kubonana, kuwa Gatatu, kwa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we, Faustin Archange TouadĂ©ra, nk’uko tubikesha Anadolu Agency. Repubulika ya Centrafrica n’u Rwanda bisanzwe byarashyize umukono ku masezerano ane y’ubufatanye, yasinywe igihe Perezida […]