M23 yahakanye amakuru avuga ko hari ibice byo muri Rutshuru yavuyemo
Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yavugaga ko hari ibice bimwe na bimwe bya Rutshuru wavuyemo guhera ku Cyumweru no kuri uyu wa Mbere ushize, nyuma yâaho Radio Okapi yari yatangaje ko uyu mutwe wavuye mu bice bya Kiwanja, Nyamilima, Buramba na Kisharo muri Rutshuru . Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV na Bwiza.com kuri uyu […]
Le gouvernement renoncera Ă 27 milliards de francs rwandais d’impĂŽt suite aux rĂ©formes
Le gouvernement renoncera Ă 27 milliards de francs rwandais cette annĂ©e alors que le gouvernement assouplit les taux d’imposition actuels dans le cadre des rĂ©formes en cours, a indiquĂ© l’AutoritĂ© fiscale du Rwanda (RRA) . Les taux d’imposition Ă©levĂ©s dans le pays ont rĂ©cemment suscitĂ© l’indignation du public, une prĂ©occupation qui, selon le prĂ©sident Paul […]
Umuyobozi wa CIA yaburiye Perezida Zelensky ko ashobora kwicwa
Umuyobozi wa CIA yaburiye Perezida Volodymyr Zelensky ko yashoboraga kwicirwa mu nama yâibanga yabaye mbere gato yâigitero cyâu Burusiya . Mu gitabo cye yise âThe Fight Of His Life: Inside Joe Biden’s White Houseâ, Umwanditsi Chris Whipple avuga ko mu gihe Perezida wa Ukraine atafataga nkâibintu bikomeye umuburo wa Amerika ko igitero cyâu Burusiya cyegereje, […]
Igisirikare cyâu Rwanda nâicya Amerika bigiye guhurira mu myitozo izitabirwa nâibihugu 20
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Afurika kigiye gukorana imyitozo nâamahugurwa nâabafatanyabikorwa bayo bo muri Afurika barimo u Rwanda . Ingabo zâu Rwanda, Botswana, Uganda, Kenya, Djibouti na Somalia zizitabira imyitozo yiswe “Justified Accord” guhera mu mpera z’uku kwezi. Nkâuko byatangajwe na Task Force yâIgisirikare cya Amerika gishinzwe Amajyepfo yâu Buryi na Afurika, […]
USA: Byibuze abantu umunani barasiwe mu birori byo kwibuka Martin Luther King
Byibuze abantu umunani bakomerekeye mu iraswa ryabereye mu birori byabereye muri Leta ya Florida yo muri Amerika mu rwego rwo kwibuka impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Dr. Martin Luther King, Jr. mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ushize . Iraswa ryabereye muri Ilous Ellis Park muri Fort Pierce nkâuko ibitangazamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe […]
Kicukiro: Umuyobozi wâishyirahamwe ryâibigo byâimari iciriritse mu rukiko
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 17 Mutarama, urukiko rwibanze rwa Kicukiro rurafungura ibanzirizarubanza mu rubanza rwâuburiganya buregwa Aimable Nkuranga, wahoze ayobora Ishyirahamwe ryâibigo by’imari iciriritse mu Rwanda (AMIR) na mugenzi we Eugene Bagire . Umuvugizi wâUbushinjacyaha, Faustin Nkusi, yemeje ko aba bombi bakurikiranweho ibyaha bitatu byo gukora mu buryo butemewe ubucuruzi bwâamafaranga, uburiganya nâiyezandonke. […]
Igisirikare cya Somalia kiravuga ko cyambuye Al-Shabaab ibirindiro bikomeye yari ifite ku Nyanja yâu Buhinde
Kuri uyu wa Mbere, minisitiri wâingabo wa Somalia yavuze ko ingabo za leta zafashe ibirindiro bikomeye bya al Shabaab ku nkombe yâinyanja yâu Buhinde, muri imwe mu ntsinzi zikomeye kuva batangiza ibitero bikaze kuri uyu mutwe wa kisilamu umwaka ushize . Minisitiri wâingabo, Abdulkadir Mohamed Nur, yatangaje ko izo ngabo zafashe umujyi wa Harardhere uri […]
Uganda: Pasiteri Twahirwa ushinjwa gufata ku ngufu umuzungukazi yataye muri yombi
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi umupasiteri nâabapolisi bacyo batatu nyuma yâaho uyu mupasiteri ashinjwe gufata ku ngufu umugore wâumunyamahanga bakanamwambura amafaranga . Mu mpera z’icyumweru gishize, Nation Media Group yatangaje ibijyanye nâukuntu uyu mugore witwa Anda yafashwe ku ngufu na Joseph Collins Twahirwa nyuma gato yo kugera muri Uganda ku itariki ya 11 Ukuboza […]
Minisitiri wâingabo wâu Budage yeguye ku mirimo ye
Minisitiri wâingabo wâu Budage, Christine Lambrecht, yeguye ku mirimo ye nyuma yâibibazo byinshi birimo kudateza imbere Igisirikare cy’u Budage . Bije mu gihe Berlin ikomeje kotswa igitutu kugirango yemere guha Ukraine ibifaru byâintambara byakorewe mu Budage. Minisitiri Lambrecht yahawe urwâamenyo ubwo yatangazaga ko u Budage bugiye gufashisha Ukraine ingofero 5000 za gisirikare. Yamaganwe kandi cyane […]
Tom Transfers ishinjwa guhuguza abakiriya miliyari 2 frw yafunze imiryango mu gihe iperereza rikomeje
Ikigo cya Tom Transfers, kigurisha kikanakodesha imodoka mu Rwanda no mu bindi bihugu, gikurikiranyweho icyaha cyo guhuguza abakiriya miliyari 2 z’amafaranga y’u Rwanda y’imodoka, cyafunze imiryango mu gihe iperereza rigikomeje ku byaha bivugwa . Abantu benshi babwiye ikinyamakuru The New Times ko bahaye isosiyete amafaranga yo kubatumiriza imodoka, ariko kuva muri Gicurasi umwaka ushize ntibabonye […]
Tom Transfers interrompt ses opérations suite à des allégations de fraude
Tom Transfers Company, un concessionnaire d’appartements et de location de voitures au Rwanda et dans d’autres pays, qui est poursuivi pour avoir prĂ©tendument fraudĂ© des clients de 2 milliards de francs rwandais de voitures, a fermĂ© ses portes au milieu d’enquĂȘtes en cours sur des crimes prĂ©sumĂ©s, a appris le New Times . Plusieurs personnes […]
U Burusiya na Belarus byatangiye imyitozo ya gisirikare ihuriweho ihangayikishije Ukraine
Kuri uyu wa Mbere, u Burusiya na Belarus byatangiye imyitozo ya gisirikare ihuriweho, bitera ubwoba Kyiv nâu Burengerazuba ko Moscou ishobora gukoresha umufasha wayo kugira ngo igabe igitero gishya muri Ukraine . U Burusiya nâubundi bwakoresheje umuturanyi wabwo, Belarus nk’ikiraro mu gutera Ukraine muri Gashyantare umwaka ushize nkâuko iyi nkuru dukesha Reuters ivuga. Minisiteri yâingabo […]
Mu gihe hatangira inama ya World Economic Forum, Oxfam yagaragaje uko ubukungu bwâIsi bwihariwe nâabantu mbarwa
Umuryango mpuzamahanga uharanira kurwanya ubukene ku Isi, Oxfam, muri raporo yawo nshya ihuriranye nâInama ngarukamwaka ya World Economic Forum ibera i Davos mu Busiwisi guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 16 izasoza kuwa 20 Mutarama 2023, wavuze ko 1% ryâabakire ba mbere ku Isi bihariye 2/3 bya tiliyari 42$ yâubukungu bushya bwaremwe mu 2020 . […]
Zambia: Polisi yataye muri yombi Abarundi 29 bendaga kwinjizwa muri Zimbabwe magendu
Polisi nâishami rishinzwe abinjira nâabasohoka muri Zambia bagabye igitero ku nzu iherereye ahitwa Chirundu aho basanze abantu 29 bakekwaho kuba abimukira binjiye binyuranyije nâamategeko bakomoka mu Burundi . Mu itangazo ryahurijwe hamwe ryasomwe nâumuvugizi wungirije wa polisi, Danny Mwale, hamwe nâumuvugizi wâurwego rushinzwe abinjira nâabasohoka, Josephine Malambo, ngo iperereza ryâibanze ryerekanye ko abimukira bari hafi […]
Afghanistan: Umwe mu bagore bake bâabayobozi bagumye mu gihugu wari umudepite yishwe
Polisi yo muri Afghanistan yatangaje ko uwahoze ari umudepite muri iki gihugu nâumurinzi we barasiwe iwe mu murwa mukuru Kabul . Mursal Nabizada w’imyaka 32, yari umwe mu badepite bake b’abagore bagumye i Kabul nyuma yâuko abatalibani bafashe ubutegetsi muri Kanama 2021. Kuri iki Cyumweru, musaza we nâumurinzi we wa kabiri bakomerekeye muri icyo gitero […]
Nigeria: Umupadiri yishwe atwitswe ari muzima mugenzi we araraswa
Umupadiri umwe yatwitse ari muzima undi araraswa arakomereka agerageza gutoroka inyubako. Impamvu yateye icyo gitero ntiramenyekana, ariko cyateye impungenge ku mutekano mu gihe habura ukwezi ngo amatora ateganijwe muri Nigeria abe . Abagizi ba nabi batamenyekanye batwitse inzu yâumupadiri wâUmugatolika muri Nigeria mu majyaruguru yâiburengerazuba bwâigihugu, batwika umupadiri umwe arapfa, barasa ndetse banakomeretsa undi wagerageje […]
Beni: Igisasu cyaturikiye mu rusengero rwa Ăglises PentecĂŽtistes du Congo
Igitero cyâiterabwoba kuri iki cyumweru, itariki 15 Mutarama 2023 cyabereye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho igiturika cyaturikiye muri paruwasi ya Ăglises PentecĂŽtistes du Congo (CEPAC) kigahitana abantu benshi, mu mujyi wa Kasindi muri Teritwari ya Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru. Aho hantu, abatangabuhamya bavuganye na POLITICO.CD bavuga ko umubare w’abapfuye utaramenyekana. Icyakora, […]
Ituri: Lt. Col. Jules Ngongo yashinje Depite Tchombe kuba ari we washinze CODECO

Umuvugizi wâIgisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Ituri, Lt.Col. Jules Ngongo, arashinja Perezida w’inteko ishinga amategeko yâintara, SimĂ©on Tchombe, kuba ari we watangije kandi akaba umuterankunga mukuru wâumutwe wa CODECO, ukomeje gukora ubwicanyi bukabije muri kiriya gice k’igihugu . Ni ibintu byatunguye benshi kuko batari babyiteze. Gusa, Umuvugizi w’ingabo za Repubulika […]
Kirehe: Isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka 5 ryuzuye ridakoreshwa
Isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka 5 ryuzuye hagati ya Tanzania n’u Rwanda ntabwo riratangira gukorerwamo n’ubu, aho abaturiye umupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe n’abahagenda basanga rikwiye gukoreshwa kugira ngo rigirire akamaro abaturage n’igihugu muri rusange kuko kudakoreshwa biteza ibihombo . Nubwo abaturage bambuka umunsi ku wundi bajya guhahira muri Tanzania, neza neza ku […]
France: Urukiko rwategetse umujyi gukura mu nzira ishusho ya Bikira Mariya

Urukiko rwo mu Bufaransa rwategetse umujyi muto gukuraho ishusho ya Bikira Mariya, ruvuga ko iyo shusho inyuranyije nâitegeko ryo gutandukanya amatorero na leta . Iyi shusho iherereye mu masangano yâi La Flotte, komini ituwe n’abaturage 2.800 ku kirwa kizwi cyane cy’ibiruhuko, Ile-de-Re, ku nkombe zâInyanja ya Atlantika z’u Bufaransa. Ni shusho yubatswe nâumuryango waho nyuma […]
Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bahuguye abo muri Sudani yâEpfo

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 14 Mutarama, abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo (UNMISS) batanze amahugurwa ajyanye no gucunga umutekano nâubutabazi bwâibanze ku bapolisi bo muri iki gihugu . Ni amahugurwa yâiminsi ibiri yatanzwe nâitsinda (RWAFPU 1-7) rikorera mu Ntara ya Upper-Nile mu Mujyi […]
Zimbabwe: Polisi yafashe 25 batavuga rumwe nâubutegetsi barimo abadepite
Kuri uyu wa Gatandatu, Igipolisi cya Zimbabwe cyarashe ibyuka biryana mu maso mu iteraniro ryâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi ryabereye i Harare maze gita muri yombi abayoboke baryo 25, barimo babiri mu bagize inteko ishinga amategeko, nkâuko byatangajwe nâiri shyaka, Citizens Coalition for Change (CCC) . Aba batawe muri yombi nyuma yâurugomo rwâihohoterwa bivugwa ko bishingiye […]
Nepal: Impanuka yâindege yari irimo abantu 72 ntiharamenyekana niba hari abayirokotse
Indege irimo abantu 72 yakoreye impanuka mu gihugu cya Nepal kuri iki Cyumweru, aho ibtangazamakuru byo muri iki gihugu bivuga ko iyi ndege yaguye hagati y’ikibuga cy’indege cya kera nâigishya cya Pokhara mu gihugu rwagati . Umuvugizi wa Yeti Airlines, Sudarshan Bartaula, yatangarije ibiro ntaramakuru AFP ati: “Muri iyo ndege harimo abagenzi 68 hamwe nâabakozi […]
Les pĂ©nalitĂ©s pour retard de paiement des impĂŽts pourraient ĂȘtre rĂ©duites de 50%
Le Gouvernement du Rwanda a proposĂ©, dans un nouveau projet de loi, de rĂ©duire de moitiĂ© les amendes imposĂ©es Ă un contribuable qui dĂ©clare l’impĂŽt dĂ» Ă temps, mais ne le paie pas dans le dĂ©lai prescrit . Il s’agit de l’un des changements proposĂ©s dans le projet de loi modifiant la loi existante de […]
Mu myaka ine iri imbere ibihugu byo mu karere bizaba bifite ifaranga rimwe â EAC

Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) yatangaje ko mu myaka ine iri imbere uyu muryango uzaba ufite ifaranga rimwe . Ibi Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Peter Mathuki, yabitangaje kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 11 Mutarama 2023 mu mwiherero wâabakozi bâuyu muryango wabereye Machakos mu gihugu cya Kenya. Ati: âIfaranga rimwe rizoroshya ubucuruzi no […]
Ubucuruzi hagati yâibihugu bya EAC bukomeje kuzamuka umwaka ku wundi
Ubunyamabanga bwa EAC buravuga ko ubucuruzi hgati yâibihugu bigize Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba bukomeje kuzamuka nyuma yo kugera kuri miliyari 10.17 z’amadolari muri Nzeri 2022 . Ibicuruzwa byoherezwa nâibitumizwa hagati yâibihugu birindwi byâabafatanyabikorwa ba EAC byiyongereye biva kuri miliyari 7.1 z’amadolari muri 2019 bigera kuri miliyari 9.5 mu 2021 naho muri Nzeri 2022, agaciro kâubucuruzi […]
Bangui: Itabwa muri yombi ryâabagabo babiri bahoze mu Gisirikare cyâu Bufaransa ryateje urunturuntu
Muri Repubulika ya Centrafrica, abahoze ari abasirikari babiri b’Abafaransa, bakorera ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu, MINUSCA, batawe muri yombi na polisi ishinzwe imipaka ku wa Kabiri, itariki 10 Mutarama, ubwo bageraga ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bangui . Ni amakuru MINUSCA yemeje mu itangazo rigenewe abanyamakuru yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane ushize, ivuga […]
Lisa Marie Presley wabaye umugore wa Micheal Jackson yapfuye ku myaka 54 yâamavuko

Lisa Marie Presley, umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo akaba n’umukobwa nâumwana rukumbi wâUmwami wâinjyana ya Rock, Elvis Presley na Priscilla Presley, yapfuye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane afite imyaka 54, akaba asize abana batatu . Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, mu itangazo nyina, Priscilla, yagejeje ku kinyamakuru PEOPLE, yemeje urupfu rwâumukobwa we agira […]
Ituri: Inzego z’umutekano zivuga ko zataye muri yombi inyeshyamba za M23
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama, ubwo Guverineri wâumusirikare wa Ituri yerekwaga abagizi ba nabi batawe muri yombi nâinzego zâumutekano nâigisirikare, Komiseri wa Polisi yâigihugu cya Congo (PNC) muri Ituri, yerekanye ko muri abo bagizi ba nabi harimo bamwe mu bagize umutwe wâinyeshyamba wa M23 ukorera muri Kivu y’Amajyaruguru . Inzego z’umutekano zerekanye […]
Macron ntateganya gusaba imbabazi Algeria kubwâibyo u Bufaransa bwayikoreye mu gihe cyâubukoloni
Perezida Emmanuel Macron avuga ko “atazasaba imbabazi” Algeria kubera ubukoloni bw’Abafaransa, ariko ko yizeye ko azakomeza guharanira ubwiyunge we na mugenzi we, Abdelmajid Tebboune . Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Le Point, cyasohotse kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama yagize ati: “Ntabwo ari njye wemeza gusaba imbabazi, ntabwo ibi ari cyo bigamije, iryo jambo […]
RDC: Ingabo za EAC zahawe igihe ntarengwa cyo kugaba ibitero kuri M23 bitaba ibyo zigataha

Ingabo zâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba zirangajwe imbere nâIngabo za Kenya zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zahawe iminsi itandatu yo kuba zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 bitaba ibyo hagatangira imyigaragambyo yo kuzisaba gutaha . Ibi byatangajwe nâimiryango ya sosiyete sivile kuri uyu wa Gatanu itariki 12 Mutarama 2023, aho uyu muryango wahaye […]
Ătre reconnu coupable de remboursement d’impĂŽt frauduleux pourrait ĂȘtre passible d’une peine d’emprisonnement
Un contribuable reconnu coupable de remboursement d’impĂŽt frauduleux pourrait ĂȘtre passible d’une peine d’emprisonnement de deux Ă cinq ans et d’une amende Ă©quivalente Ă 100 % du montant indĂ»ment rĂ©clamĂ©, a proposĂ© un nouveau projet de loi . La disposition introduite pour sanctionner les contribuables qui sollicitent illĂ©galement tout remboursement d’impĂŽt, vise Ă Ă©viter les […]
RDC: Ufite ikibazo cyo mu mutwe yambuye imbunda umusirikare wasinze arayimurasisha

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Mutarama 2023, ahitwa Tshikapa, umurwa mukuru wâIntara ya Kasai muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umugabo ufite ikibazo cyo mu mutwe yagize atya abona umusirikare wa FARDC wasinze amwambura imbunda arangije aramurasa . Uwabibonye nâamaso wavuganye na Radio na Televiziyo bya Congo, RTNC, yavuze ko ibi byabereye muri Komini […]
Vatican: Hasohotse igitabo kivuga ku mwuka mubi wari hagati ya Papa Fransisiko na Benedigito XVI

Icyumweru kimwe gusa nyuma yâishyingurwa rya Benedigito wa XVI, uwari umufasha we wa hafi yasohoye igitabo cyari gitegerejwe cyane kuri uyu wa Kane, agaragaza ibisobanuro birambuye ku makimbirane yari hagati ya nyakwigendera nâuwamusimbuye Papa Fransisiko . Igitabo cya Georg Gaenswein kigaragaza ibiganiro byihariye nâabapapa bombi mu kwerekana uko uwahoze ari Papa wâUmudage yazamutse ku buyobozi […]
Umusoreshwa uzajya usaba gusubizwa imisoro mu buriganya ashobora kuzajya ahanishwa igifungo
Umusoreshwa wahamwe n’icyaha cyo gusubizwa imisoro mu buriganya ashobora guhanishwa igifungo kiri hagati yâimyaka ibiri nâimyaka itanu, kandi nâihazabu ingana nâ100 ku ijana yâamafaranga yasabye gusbizwa mu buryo budakwiye, nkâuko biteganywa mu mushinga w’itegeko rishya . Guverinoma yavuze mu ngingo isobanura uyu mushinga mushya w’itegeko rihindura itegeko ryo mu mwaka wa 2019 ryerekeye imisoro, ko […]
Itsinda ryunganira Perezida Biden ryavumbuye izindi nyandiko zâibanga za leta ahandi hantu

Itsinda ryâabanyamategeko bunganira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, babonye icyiciro cya kabiri cyâinyandiko zâibanga za Guverinoma ahandi hantu ha kabiri nyuma yâizavumbuwe ahahoze ibiro bye nyuma yo kuva ku mwanya wa visi perezida, ibifatwa nkâigisebo kuri White House kuri ubu . Icyiciro cya mbere cyâinyandiko nkâizi cyabonetse ahahoze ibiro bye bwite […]
Perezida Putin yakuyeho uwari ukuriye ingabo zâu Burusiya muri Ukraine nyuma yâamezi 3 ashyizweho
Perezida Vladimir Putin yakuyeho umuyobozi mukuru wâingabo zâu Burusiya muri Ukraine, nyuma yâamezi atatu gusa ashyizweho . Umuyobozi mukuru wâingabo, Valery Gerasimov, ubu azayobora icyo Perezida Putin avuga ko ari “igikorwa kidasanzwe cya gisirikare”. Gen Gerasimov asimbuye Serge Surovikin wagenzuraga ibitero simusiga byibasiye ibikorwa remezo by’ingufu bya Ukraine. Iri vugurura rije mu gihe Abarusiya bavuga […]
Ambasaderi Burcu Ăevik wari uhagarariye Turkiya i Kigali yasezeye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama 2023, Ambasaderi Burcu Ăevik, wari uhagarariye igihugu cya Turkiya mu Rwanda yasezeye ku Munyamabanga Mukuru muri Minisiteri yâUbubanyi nâamahanga, Prof. Nshuti Manasseh . Ambasaderi Burcu Ăevik wavutse mu 1974 yari ahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva ku itariki ya 15 Mutarama 2019. Umwuga we muri Minisiteri yâububanyi […]
Paris: Umuntu witwaje icyuma yakomerekeje abantu batandatu muri Gare du Nord
Kuri uyu wa Gatatu, abantu batandatu bakomerekejwe umwe muri bo bikomeye, nyuma yo guterwa icyuma muri gare mpuzamahanga ya Paris izwi nka Gare du Nord kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri wâumutekano wâimbere mu gihugu, Gerald Darmanin, yatangaje ko uyu mugabo yahagaritswe nâabapolisi babiri bari bavuye ku kazi basubiye mu rugo nkâuko iyi nkuru dukesha […]
Djibuti yasinye amasezerano ya miliyari $ yo kuhubaka ahazajya hohererezwa ibyogajuru
Djibouti yasinyanye amasezerano ya miliyari imwe yâamadorali nâikigo cyâikoranabuhanga mu bijyanye nâubumenyi bwâisanzure cyo muri Hong Kong kizwi nka Hong Kong Aerospace Technology Group, yo gushinga ikigo kizajya cyohererezwamo ibyogajuru muri iki gihugu . Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, mu itangazo rye kuwa Mbere ushize yagize ati: âUyu mushinga âurimo kandi kubaka icyambu n’umuhanda […]
Perezida Biden aravuga ko yatunguwe no kumva hari inyandiko zâibanga zavumbuwe ahahoze ibiro bye
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Joe Biden yavuze ko yatunguwe no kumenyeshwa ko hari inyandiko za leta zabonwe n’abamwunganira mu mategeko aho yahoze akorera i Washington . Yabajijwe kuri iki kibazo nyuma yâuko Umurepubulikani wo ku rego rwo hejuru muri komite ishinzwe iperereza mu nteko ishinga amategeko asabye ko iperereza rya Amerika ryakora âisuzuma ryâibyangijweâ […]
Igabanywa ryâubucucike muri gereza ryitezweho kuzigamira leta miliyari hafi 15 buri mwaka – MINIJUST

Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko ingufu nshya zigamije guca burundu ubucucike muri gereza zo mu gihugu zitezweho kuzigamira guverinoma hejuru ya miliyari 14,6 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka . Kugeza ubu, u Rwanda rufite abantu barenga 86.000 mu bigo 13 ngororamuco mu gihugu hose, bikaba bivugwa ko guverinoma ikoresha impuzandengo ya miliyoni 1.4 by’amafaranga y’u Rwanda […]
Les soldats rwandais porteront désormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat
Les officiers et les soldats subalternes des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) porteront dĂ©sormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat, a confirmĂ© une source haut placĂ©e au New Times . Le changement s’applique Ă la fatigue de l’armĂ©e pour le travail de terrain dans la gestion de la sĂ©curitĂ© ou […]
Ukraine: Wagner iremeza ko abacanshuro bayo bigaruriye Umuyi wa Soledar ukungahaye ku munyu
Umuyobozi w’umutwe wâabacanshuro bâAbarusiya wa Wagner Group yatangaje ko bigaruriye umujyi wa Soledar ucukurwamo umunyu mu burasirazuba bwa Ukraine, ariko hakomeje gushidikanya mu gihe imirwano ikomeje kubera mu mujyi rwagati . Umujyi wa Soledar umaze iminsi ubeamo imirwano ikaze kuko u Burusiya bwawubonyemo urufunguzo rwâurugamba ku mujyi byegeranye wa Bakhmut ndetse n’akarere ka Donbas gaherereye […]
RDC: Abashinwa 3 nâUmunyekongo bakurikiranweho kwica umucuruzi wâUmushinwa
Abashinwa batatu nâUmunyekongo barashinjwa ubwicanyi no kwambura amadorari hafi ibihumbi magana atandatu . Aba bashakishwaga kuva mu mpera z’Ukuboza gushize n’inzego z’umutekano, bafashwe n’inzego z’umutekano bashyikirizwa ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri itariki ya 10 Mutarama 2023 muri Kolwezi . Uyu muyoboro uvugwa ko ari mafiya ngo wishe umucuruzi wâUmushinwa ku itariki ya 30 Ukuboza mbere […]
Nyarugenge: Umugabo akurikiranweho kwica mugenzi we amuziza 800 Frw
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere ushize rwaburanishije ikirego cyihutirwa cyâumugabo ukurikiranweho icyaha cyâubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye mugenzi we amukubise umukoropesho muri nyiramivumbi bikamuviramo urupfu . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvug ko uwishwe witwa Ntamakemwa Jean Baptiste yatumye uregwa inkwi zo gucana arazimuzanira amwishyuza amafaranga magana inani yâu Rwanda (800F) ariko […]
Senegal: Hafashwe icyemezo cyo kubuza ingendo za nijoro kuri bisi zitwara abagenzi
Kuri uyu wa Kabiri, Guverinoma ya Senegal yatangaje ingamba nshya zo kurwanya impanuka zo mu muhanda, harimo no kubuza ingendo za bisi za nijoro no gutumiza amapine yakoreshejwe, nyuma y’impanuka yahitanye abantu 39 ku Cyumweru . Minisitiri wâintebe Amadou BĂą yatangaje ko nyuma yâinama ya guverinoma yabereye mu mujyi mushya wa Diamniadio, hafi ya Dakar, […]
Le gouvernement va restreindre les voyages Ă l’Ă©tranger des fonctionnaires
Le prĂ©sident Paul Kagame a demandĂ© au Premier ministre d’imposer des restrictions aux voyages inutiles Ă l’Ă©tranger des fonctionnaires, une dĂ©cision qui, selon lui, rĂ©duirait non seulement le gaspillage des fonds publics, mais garantirait Ă©galement que les fonctionnaires accordent plus d’attention aux affaires intĂ©rieures . Kagame a annoncĂ© la directive le lundi 9 janvier alors […]
Somalia: Abarwanyi ba Al Shabaab basaga 60 biciwe mu gikorwa cya gisirikare
Minisiteri yâitangazamakuru yatangaje ko byibuze abaterabwoba 61 ba Al-Shabaab bishwe abandi benshi barakomereka muri Somaliya nyuma yâigikorwa cyâikigo cyâigihugu gishinzwe iperereza nâumutekano (NISA) . Iki gikorwa cyo kurwanya umutwe wâiterabwoba ufatanya na al-Qaeda cyashyigikiwe nâabafatanyabikorwa mpuzamahanga ba Somaliya mu ntara ya Shabelle yo Hagati. Minisiteri mu itangazo ryayo yavuze ko iki gikorwa cyibasiye imitwe yitwara […]
Ahahoze hari ibiro bya Perezida Biden hasanzwe inyandiko zâibanga zitavugwaho rumwe
Minisiteri yâubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika irimo gusuzuma inyandiko zâibanga zishobora kuba zarabonetse mu byahoze ari ibiro bya Perezida Joe Biden nk’uko White House ibivuga . Umwunganizi we mu mategeko nâitsinda rishinzwe kumuburanira bavuze ko 10 mu madosiye yavumbuwe mu kabati gafunze mu kigo cya Penn Biden Center i Washington mu Gushyingo n’itsinda […]
Kajugujugu ya FARDC yahanuwe muri Kamena ngo yaba yararashwe na RDF
Kajugujugu ya FARDC yo mu bwoko bwa Mi-24 yarashwe nâinyeshyamba za M23 maze igwa ahitwa Kabindi muri Teritwari ya Rutshuru ku itariki ya 17 Kamena 2022 . Iyi ndege yari yagize uruhare mu gitero cya bombe ku birindiro bya M23 muri Tchengerero, agace kagenzurwaga na M23. Muri iyi kajugujugu hari harimo Umunyekongo nâAbanya-Georgia babiri bahise […]
Perezida Kagame yasabye ko ingendo zo mu mahanga ku bakozi ba leta zagabanuka
Perezida Paul Kagame yasabye Minisitiri wâintebe kugabanya ingendo zo mu mahanga zidakenewe ku bakozi ba Leta, aho avuga ko iki gikorwa kitazagabanya gusa gukoresha nabi umutungo wa Leta ahubwo ko bizanatuma abayobozi bitondera cyane ibibazo byo mu gihugu . Perezida Kagame yasohoye aya mabwiriza kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Mutarama, ubwo yakiraga indahiro […]
Inyeshyamba za M23 zongeye gukozanyaho nâinyeshyamba za FDLR muri Rutshuru
Umutuzo wagarutse muri Rutshuru-Centre no mu mujyi wa Kiwanja nyuma yâurusaku rwâamasasu yâimbund to nâiziremereye byumvikanye kuri uyu w Mbere, itariki ya 9 Mutarama mu murenge wa Kazaroho ku muhanda wâigihugu numero 2, muri Gurupoma ya Tongo, ho muri Sheferi ya Bwito . Amakuru aturuka muri Rutshuru avuga ko ari imirwano yabaga hagati yâinyeshyamba za […]
Vatican: Haba harimo gucurwa umugambi wo kweguza Papa Fransisiko
Abatsimbaraye ku matwara ya kiliziya bo muri Vatikani biravugwa ko baba barimo gutegura umugambi wo kotsa igitutu Papa Fransisko ku buryo ahatirwa kwegura . Igikorwa cyo kugerageza kwirukana Papa uzwiho kugira ibitekerezo bifunguye wâimyaka 86, ngo cyatangiye mu minsi mike nyuma y’urupfu rw’uwamubanjirije, Papa Emeritus Benedigito wa XVI wapfuye ku ya 31 Ukuboza. Ikinyamakuru The […]
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abanyeshuri biga ubuvuzi bataryama bihagije
Ubushakashatsi bushya bwakozwe nâintiti bwerekanye ko abanyeshuri biga ibyâubuvuzi mu Rwanda basinzira amasaha 5.5 nijoro ugereranije, kuko batanga umwanya munini kuri gahunda zabo zo kwiga . Ubushakashatsi bwatangajwe mu cyumweru gishize, bwakozwe nâitsinda rigizwe nâabaganga, abafarumasiye, nâaba psychologue, bagamije gusuzuma ireme ryâibitotsi mu banyeshuri mu byâubuvuzi biga muri kaminuza. Hakoreshejwe igikoresho cya psychometric gitanga igipimo […]
Kicukiro: 15 enfants blessés dans un accident de bus scolaire

Au total, 15 enfants ont Ă©tĂ© blessĂ©s dans un accident de la route impliquant un autobus scolaire le lundi 9 janvier, a indiquĂ© le dĂ©partement de la police routiĂšre . Aucun dĂ©cĂšs n’a Ă©tĂ© enregistrĂ©, a dĂ©clarĂ© le porte-parole du SSP RenĂ© Irere Ă la chaĂźne de tĂ©lĂ©vision nationale RBA. Les policiers Ă©taient sur les […]
Perezida Kagame mu bazahabwa ibihembo bya African Heritage Concert and Awards bizatangirwa i Kigali

Ubu byose byamaze gutegurwa kugirango ku nshuro ya mbere hazabe igitaramo ndangamurage nyafurika kizatangirwamo nâibihembo bise African Heritage Concert and Awards, kizabera i Kigali, cyateguwe mu rwego rwo guha icyubahiro abantu bakomeye bo muri Afurika . Uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya, John Magufuli, Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Goodluck Jonathan, […]
RDC: Bakomeje kwemeza ko M23 itigeze iva muri Kibumba
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Mutarama, abatangabuhamya bakomeje kwemeza ko M23 itarava muri Kibumba muri Teritwari ya Nyiragongo nubwo hoherejwe ingabo zâumuryango wâibihugu byâAfurika yâIburasirazuba (EAC) muri kariya gace ka Kivu y’Amajyaruguru . Izi nyeshyamba zivugwa cyane cyane hafi y’ibitaro bikuru byâicyitegererezo bikorera muri iki gice, cyane cyane ku kigo nderabuzima cya Kingarame, aho […]
Rushimusi ruharwa wâabantu ukomoka muri Mozambike yafatiwe muri Afurika yâEpfo

Umugabo wo muri Mozambike uregwa kuba yarateguye ishimutwa ryinshi ryâabantu ashaka ingurane yatawe muri yombi na Interpol muri Afurika y’Epfo . Esmael Malude Ramos Nangy arakekwaho kuba yarateguye ishimutwa ryinjije miliyoni nyinshi z’amadolari y’ingurane mu myaka 20 ishize. Igipolisi cyo muri Afurika y’Epfo cyatangaje ko yatawe muri yombi mu mukwabu wakozwe ku nzu ituwe cyane […]
Igitero ku Nteko Ishinga Amategeko ya Brazil nâisano nâibyabereye kuri Capitol muri USA

Amagana y’abashyigikiye uwahoze ari perezida wa Brazil bateye inyubako zâubuyobozi zirimo inyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko, biba ngombwa ko Perezida Lula ahagurutsa ingabo . Nyuma yâamasaha yâakaduruvayo, abapolisi ba Brazil babashije kongera gufata inyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko abashyigikiye Perezida ucyuye igihe Jai Bolsonaro bari bigabije. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Polisi yari ikiri […]