Ethiopia: Abantu 100, 200, 300, urujijo ku mubare w’abaguye mu bwicanyi bwo muri Oromia

Abantu barenga 100, ahanini bakomoka mu bwoko bwa Amhara, baguye mu gitero cyagabwe mu karere ka Oromia muri Ethiopia, nk’uko abatangabuhamya babitangaje, bashinja ingabo za Oromo Liberation Army (OLA) kuba inyuma ya kimwe mu bitero biheruka byahitanye abantu benshi. Icyakora, abandi batangabuhamya babiri bavuze ko hapfuye abantu barenga 200. Guverinoma y’intara muri Oromia yemeje icyo […]

Ukraine iravuga ko izemera ikarwanisha n’ibitiyo uburengerazuba nibukomeza kuyima intwaro

Kuri iki Cyumweru gishize, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmitry Kuleba yabwiye itangazamakuru ryo mu Budage ko igihugu cye kizakomeza kurwanya u Burusiya n’iyo nta ntwaro izo ari zo zose cyaba gisigaranye kigakoresha ibitiyo, kubw’ibyo ibihugu byo mu burengerazuba bikaba bigomba kwihutisha iyoherezwa ry’intwaro muri Ukraine bitaba ibyo bikazirengera impfu z’ingabo zayo. Minisitiri Kuleba yagize […]

Les dirigeants d’Afrique de l’Est se rĂ©uniront lundi pour discuter du conflit en RD Congo

Les dirigeants de sept nations composant le bloc de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est se rĂ©uniront lundi pour discuter de la situation sĂ©curitaire dans l’est dĂ©chirĂ© par la violence de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo, a annoncĂ© la prĂ©sidence kenyane. La rĂ©union intervient alors que de violents combats ravivent des animositĂ©s vieilles de plusieurs […]

Perezida Museveni ategerejwe mu Rwanda nyuma y’imyaka isaga itanu atahakoza ikirenge

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, ku nshuro ya mbere nyuma y’imyaka igera muri itanu, ategerejwe mu Rwanda, aho azitabira Inama y’Abakuru b’ibihugu na za guverinoma bigize umuryango wa Commonwealth (CHOGM 2022) igomba kubera i Kigali muri iki cyumweru twatangiye. Inama ya CHOGM 2022 izabera i Kigali guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 20 kugeza ku […]

U Bufaransa: Ihuriro rya Perezida Macron ryatakaje ubwiganze mu nteko ishinga amategeko

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatakaje ububasha bwo kugenzura Inteko Ishinga Amategeko nyuma y’aho ihuriro rye ribuze ubwiganze mu matora y’abagize inteko ishinga amategeko. Ibyavuye mu matora byatangajwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, byatumye politiki y’u Bufaransa ihungabana, bituma ibyiringiro by’inteko ishinga amategeko bimugara keretse mu gihe Macron yabasha kugirana amasezerano n’andi mashyaka. […]

Colombia: Uwahoze ari inyeshyamba mu mutwe wa M-19 yatorewe kuba perezida

Gustavo Petro wahoze ari umurwanyi w’inyeshyamba wasezeranyije impinduka zikomeye mu mibereho n’ubukungu, yatsindiye kuba Perezida wa Colombia. Intsinzi ya Petro mu matora y’umukuru w’igihugu yo ku Cyumweru azamugira perezida wa mbere mu gihugu uvuye mu baharanira uburinganire mu by’imibereho cyangwa “left-wing president”. Yatsinze amatora ku majwi 50.4 ku ijana, mu gihe mukeba we, Rodolfo Hernandez, […]

RDC: Hamenyekanye umuntu wishwe agatwikwa ashinjwa kuba Umunyarwanda

Nyuma y’aho kuri iki Cyumweru tubagejejeho amakuru yaturukaga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Maniema y’umuntu byavugwaga ko ari Umunyarwanda wishwe n’abaturage mbere yo gutwikirwa mu Mujyi rwagati, ubu amakuru agera kuri Bwiza aravuga ko uyu muturage atari Umunyarwanda ahubwo ari Umunyekongo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Ni nyuma y’aho muri Repubulika ya […]

U Burusiya burigamba kwica abajenerali basaga 50 ba Ukraine bari mu nama

Abayobozi b’u Burusiya batangaje ko abasirikare bakuru basaga 50 ba Ukraine, barimo abajenerali n’abagize ubuyobozi bukuru bw’ingabo, biciwe mu gitero cya missile. Igisirikare cy’u Burusiya ngo kikaba cyagabye igitero ku cyicaro cy’ubuyobozi bw’ingabo za Ukraine, aho bakoreraga inama nk’uko byemezwa na minisiteri y’ingabo y’u Burusiya. Moscow ikaba ivuga ko bakoresheje ibisasu bya rokete byo mu […]

RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati

Umuntu bikekwa ko ari Umunyarwanda kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Kamena, yishwe n’abaturage muri Komini ya Kalima, Teritwari ya Pangi, mu birometero bigera mu ijana uvuye mu Mujyi wa Kindu, Umurwa Mukuru wa Maniema, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu nk’uko tubikesha urubuga 7sur7.cd, abayobozi b’Intara ya Maniema nta kintu baratangaza ku […]

NATO irameza ko intambara yo muri Ukraine ishobora kumara imyaka myinshi

Umuyobozi wa NATO yaburiye Uburengerazuba ko bugomba kwitegura gukomeza gushyigikira Ukraine mu ntambara ishobora kumara imyaka myinshi. Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Jens Stoltenberg, yatangaje ko amafaranga y’intambara ari menshi, ariko ko igiciro cyo kureka Moscou ikagera ku ntego za yo za gisirikare cyaba kinini kurushaho. Ibi yabitangaje ubwo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, na […]

Ejo hazaza ha Tshisekedi muri politiki harareberwa ku kuntu azakemura ikibazo cya M23

Ejo hazaza muri politiki ha perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hashobora kugenwa n’urugamba igisirikare cye kirwana n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 abona ko zishyigikiwe na Leta y’u Rwanda, aho ngo intsinzi ye yazamura amanota ye. Umutwe wa M23 wari waratsinzwe muri 2013 ariko wongeye kugaragara ndetse muri iyi minsi wateje impaka za ngo turwane […]

Katumbi yatangiye gukekwaho ubugambanyi kubera inkomoko y’umugore we

Kwifata k’umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi, ubusanzwe utajya uhisha icyo atekereza, muri ibi bihe igihugu cye cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kirebana ay’ingwe n’igihugu cy’u Rwanda, kwatumye atangira kwibazwaho na bamwe mu Banyekongo bibaza impamvu atarimo kwitwara nka bagenzi be, Adolphe Muzito na Martin Fayulu mu gushyigikira FARDC ndetse bamwe bakaba bamufata nk’umugambanyi bashingiye ku kuba […]

Deux morts dans une attaque présumée du FLN dans la forêt de Nyungwe

Deux personnes ont Ă©tĂ© tuĂ©es samedi 18 juin lors d’une attaque armĂ©e soupçonnĂ©e d’avoir Ă©tĂ© menĂ©e par le groupe terroriste du Front de libĂ©ration nationale (FLN) dans le secteur de Kitabi, district de Nyamagabe. Le FLN est une milice anti-rwandaise opĂ©rant en RDC. Selon un communiquĂ© de la Police nationale rwandaise (RNP), l’attaque a eu […]

Kenya: William Ruto aremeza ko Odinga bazaba bahanganye mu matora atarangije kaminuza

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, akomeje kuvuga ko umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu w’ishyaka Azimio la Umoja, Raila Odinga, adafite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza. Ibi bije bivuye ku bimenyetso byatanzwe n’incuti za Odinga byerekana ko yahawe dipolome mu bijyanye na mechanical engineering mu 1970 ayikuye muri Kaminuza ya Otto von Guericke Magdeburg […]

U Buholandi bwahishuye ko bwafashe intasi y’Umurusiya yashakaga gucengera muri ICC

Urwego rw’ubutasi rw’u Buholandi rwahishuye igikorwa rwakoze muri Mata rubuza intasi y’Umurusiya kwinjira ahakorerwa iperereza ku byaha by’intambara muri Ukraine mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye. Uru rwego rw’ubutasi rw’u Buholandi ruzwi mu magambo ahinnye nka AIVD rwagize ruti “AIVD yabujije umukozi w’ubutasi bw’u Burusiya kugera mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nk’uwimenyereza”, rwongeraho ko […]

Huye: Umugabo arashinjwa gukubita umugore bikamuviramo urupfu

Umugabo w’imyaka 51 wo mu Karere ka Nyanza ushinjwa gukubita umugore babanaga bikamuviramo urupfu, akurikiranwe n’Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyakorewe mu ijoro ryo ku itariki ya 11 Kamena 2022, mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Mbuye, Umurenge wa Kibirizi, Akarere ka Nyanza ubwo uyu mugabo yasangaga […]

Impanuka 10 mbi cyane zabayeho mu mateka y’ingendo z’indege

Ingendo zo mu kirere ni uburyo butekanye bwo gutwara abantu, ariko ntabwo buri gihe buba butekanye. Hagiye habaho impanuka nyinshi zo mu kirere zirimo indege zikora ingendo z’ubucuruzi, kuva ingendo z’indege zabaho. Mu gihe ingendo z’indege zagutse kandi ubushobozi bwo gutwara bw’indege bwiyongereye, niko n’abahitanwa n’impanuka biyongera. Gusa, buri cyago cyatangije iterambere rishya hamwe n’ubuziranenge […]

Umuherwe Elon Musk na sosiyete ze barashinjwa ubutekamutwe

Kuri uyu wa Kane, umuherwe Elon Musk yarezwe n’umushoramari muri Dogecoin umushinja kuba yarakoresheje ubucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane “pyamid scheme” mu gushyigikira iri faranga ry’ikoranabuhanga azi ko nta gaciro rifite. Mu kirego cyatanzwe mu rukiko rw’ikirenga i Manhattan, urega, Keith Johnson yashinje Musk, sosiyete ye ikora imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi, Tesla Inc, hamwe n’isosiyete ikora ubukerarugendo bwo […]

RDC: Depite Peter Kazadi yamaganye urugomo Abanyekongo bari gukorera abantu kubera uko basa

Mu butumwa bwe yanyujije kuri twitter, Umudepite w’intara, Peter Kazadi, yahamagariye abaturage ba Congo n’ab’u Rwanda guhana amahoro hagati yabo, yamagana ibikorwa by’urwango bikomeje kugaragara muri iyi minsi bikorerwa abantu kubera uko basa. Ni nyuma yo kwitegereza ibikorwa byo kwanga abanyamahanga bikomeje kuzamuka muri iyi minsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera ubufasha u […]

Isomwa ry’urubanza rwa Vital Kamerhe ryegejwe inyuma iminsi itanu

Indi minsi itanu y’inyongera, uhereye uyu munsi, ni yo urukiko rwatanze mbere yo gutanga umwanzuro ku rubanza rw’uwahoze ari umuyobozi w’ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki 16 Kamena. Urubanza rwa Kamerhe rwasubiwemo kuwa 2 Kamena, ababuranyi batanze impamvu zabo z’ubujurire kandi bitabira iburanisha […]

U Rwanda ntirushobora kubaho hatari Congo, ariko Congo yabaho hatari u Rwanda – Dr Sekimonyo

Impuguke y’Umunyekongo mu bijyanye na politiki y’ubukungu, Dr Jo Sekimonyo, kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Kamena, yatangaje ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo, idakeneye guhangana n’u Rwanda mu buryo bwa gisirikare hari ikindi yakora ikarubabaza kuko ngo u Rwanda rutabaho hatari Congo. Yagiriye inama abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yo kubungabunga ubuzima […]

FARDC yaba yongeye kwigarurira Umujyi wa Bunagana

Amakuru aturuka I Bunagana atavugwaho rumwe aravuga ko uyu mujyi wongeye kwigarurirwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kuri uyu wa Kane mu gitondo, mu gihe andi makuru avuga ko M23 ahubwo yigaruriye ibindi bice. Amakuru atangazwa n’urubuga mediacongo.net aravuga ko inyeshyamba za M23 zahunze Umujyi wa Bunagana nyuma yo gucanwaho umuriro na […]

Amafoto: Ihere ijisho indege 9 z’indwanyi z’ahazaza zirimo gukorwa

hal-amca.jpg

Bajya bavuga ngo ejo hazaza ni ubu, cyane cyane mu Isi y’indege, ari yo mpamvu bidakwiye kudutangaza ko indege z’intambara z’igihe kizaza zamaze gutangira gukoranwa imbaraga nyinshi n’ubushobozi tutapfa guhita dusobanukirwa cyangwa tutanatekereza. Izi nizo ndege z’indwanyi icyenda z’Igisekuru cya gatandatu kuri ubu zirimo gukorwa n’ibihugu bitandukanye 1. HAL AMCA (India) AMCA ni indege y’indwanyi […]

Igikomangoma Charles mu mazi abira kubera ibyo cyavuze kuri gahunda y’u Bwongereza n’u Rwanda

Umunyamakuru Katie Nicholl w’Ikinyamakuru Vanity Fair’s Royal, gikunze gukora inkuru zerekeye Ubwami bw’u Bwongereza, yatangaje ko Igikomangoma Charles kinjiye mu butaka buteye akaga agira ibyo atangaza kuri gahunda y’igihugu cye yo kohereza abimukira mu Rwanda none bikaba byamushyize mu mazi abira. Igikomangoma Charles yafashe ku giti cye gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza mu […]

Le prĂ©sident kenyan appelle au dĂ©ploiement d’une force rĂ©gionale en RDC

Le prĂ©sident kĂ©nyan Uhuru Kenyatta a appelĂ© mercredi au dĂ©ploiement d’une force rĂ©gionale pour rĂ©tablir la sĂ©curitĂ© dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo dĂ©chirĂ© par la violence, oĂą de violents combats ont ravivĂ© de vieilles animositĂ©s. La RDC, riche en minĂ©raux, lutte pour contenir des dizaines de groupes armĂ©s dans l’est de la […]

Mfite ikibazo kimwe gusa. Ni inde uvuga ko Ukraine izaba ikiriho mu myaka ibiri? – Medvedev

Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dimiti Medvedev, kuri ubu wungirije Perezida w’Akanama k’Umutekano k’iki gihugu, kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Kamena 2022 yibajije ikibazo cyatunguye benshi, aho yibajije niba Ukraine izakomeza kubaho nk’igihugu gifite ubusugire mu myaka ibiri iri imbere. Dmitri Medvedev yatangaje ibi abinyujije kuri rumwe mu mbuga nkoranyambaga akoresha nyuma y’aho Ukraine […]

Mozambique: Abantu barindwi barimo bane baciwe imitwe bishwe n’ibyihebe

Byibuze abantu barindwi barimo bane baciwe imitwe biciwe mu bitero biheruka by’ibyihebe mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Mozambique, aho ubu bugizi bwa nabi bwibasiye noneho ibice ubundi butabagamo, bikaba byateye abaturage kongera guhunga ku bwinshi. Nk’uko byatangajwe na Loni ndetse n’Umuryango Save The Children kuwa Kabiri, byibuze abantu 10,000 bataye ingo zabo mu gihe cy’icyumweru gishize. […]

RDC: Umudepite ku rwego rw’igihugu yasabye leta gutangiza intambara ku Rwanda na Uganda

Umudepite ku rwego rw’igihugu watorewe muri Goma, JosuĂ© Mufula, yasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo gutangiza intambara ku Rwanda na Uganda kubera icyo yita uruhare rw’ibi bihugu mu guhungabanya uburasirazuba bw’igihugu. Uyu mudepite unabarizwa muri Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe ubwirinzi n’umutekano yasabye ibi kuri uyu wa Kabiri ushize yamagana byimazeyo gutora itegeko ryemerera guha […]

Loni yavuze imitwe 5 y’inyeshyamba ikomeje guhungabanya umutekano muri Congo

Umuryango w’Abibumbye (UN) wavuze imitwe itanu iri inyuma y’icyo yita ihungabana ry’umutekano rikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), bigaragazwa n’ibitero byibasira abasivili, nubwo MONUSCO yashyizeho ingamba zo kubarinda “gukomeye kandi nta kubogama”. StĂ©phane Dujarric, Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru, Antonio Guterres, yashinje ibyo bitero imitwe ya CODECO na M23 ndetse n’ indi mitwe […]

Mali: Ingabo z’u Bufaransa zafashe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara

Umuyobozi mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State muri Sahara (EIGS) yatawe muri yombi n’Ingabo z’Abafaransa muri Mali mu gihe izi ngabo ziri mu cyiciro cya nyuma cyo kuva muri iki gihugu nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo z’u Bufaransa kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Kamena 2022. “Mu ijoro ryo kuwa 11 rishyira kuwa 12 Kamena 2022, […]

M23 yemereye abahunze gusubira iwabo gufata ibyo bakeneye mu buhungiro basubira muri Uganda

Inyeshyamba za M23 zemereye impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu mujyi wa Bunagana muri Uganda kwambuka zigasubira muri Rutshuru zigafata ibintu by’ingenzi zikeneye zasize inyuma zigasubira muri Uganda. Ni nyuma y’aho izi nyeshyamba zigaruriye Umujyi wa Bunagana muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Mbere ushize, bigatuma ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage bava mu byabo bagahungira muri Uganda. Kuri […]

Ambasaderi wa RDC muri Uganda yasuye inkomere za FARDC ziri kuvurirwa muri Kisoro

download-22.jpg

Ambasaderi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo muri Uganda, Jean Pierre Massala, aherekejwe na Hajji Shaffiq Sekandi, umuyobozi mu Karere ka Kisoro, kuri uyu wa Kabiri yasuye abasirikare ba FARDC bahungiye muri Uganda bakomeretse kuri ubu bari kuvurirwa mu Bitaro bya St. Francis, mu gihe umusirikare umwe muri bo yahapfiriye akihagera. Byibuze abasirikare 10 ba […]

Gasabo: RIB yafashe umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana w’imyaka 9

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwafashe umugore w’imyaka 37 witwa Ngiruwonsanga ukora akazi ko mu rugo ukekwaho kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 9. Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Ndera ku itariki 12 Kamena. Umuvugizi wa RIB, Murangira B. Thierry, yemeje aya makuru ubwo yavuganaga na The New Times kuri uyu wa […]

RDC: Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe asanga FARDC ihawe miliyari y’amadolari yakubita inshuro RDF

muzitoguerrier.jpg

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Adolphe Muzito, asanga Igisirikare cya FARDC gishobora kugera ku rwego rwo gukubita inshuro Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) n’inyeshyamba avuga ko gishyigikiye, mu gihe guverinoma yakongera miliyari y’Amadolari ya Amerika ku ngengo y’imari yari iteganyijwe. Uyu munyapolitiki wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]

Byibuze Abongereza 3,000 bari gufasha Ukraine mu ntambara irwana n’u Burusiya

Abongereza byibuze 3,000 bari kurwana iruhande rw’Ingabo za Ukraine mu kurwanya Ingabo z’u Burusiya nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri n’ikinyamakuru The Independent kibikesha komanda w’umutwe w’abakorerabushake b’abanyamahanga muri iyi ntambara imaze amezi hafi ane. Mamuka Mamulashvili, uyobora uyu mutwe wiswe Georgian Legion, yabwiye abanyamakuru ko muri rusange abarwanyi b’abanyamahanga bagera mu 20,000 bari mu […]

Lt. Col. Bageni wa FARDC yagaragaye ahohoterwa n’abapolisi bamwita Umunyarwanda

Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Lt. Colonel witwa Bageni yagaragaye akurubanwa yinjizwa nabi mu modoka ya polisiashinjwa kuba Umunyarwanda. Ibi bije nyuma y’aho mu minsi yashize abayobozi ba Congo cyane cyane mu gisirikare, batangarije ko bagiye gutangira guhiga bukware abitwa ibyitso by’u Rwanda bacengeye mu Gisirikare cya FARDC. Kuri twitter y’uwitwa Lwarhiba Musimwa niho […]

Imfashanyo irimo lisansi n’imiti iri mu nzira iva mu Burusiya yerekeza mu Burundi

Igihugu cy’u Burusiya kiri mu ntambara muri Ukraine, cyatangaje ko imfashanyo cyageneye u Burundi igizwe na lisansi, ifumbire mvaruganda n’imiti iri mu nzira yerekeza muri iki gihugu. Ni imfashanyo u Burusiya bwari bwijeje u Burundi mu kwezi gushize. Ambasaderi w’u Burusiya mu Burundi, ValĂ©ry Mikhaylov, yatangaje kuri uyu wa Mbere ko igihugu cye kirimo gushaka […]

Nta n’urushinge u Rwanda rwigeze ruduha – Umuvugizi wa M23

Umutwe wa M23 wari waratsinzwe mu 2013 mbere yo kongera kubura intwaro mu mpera z’umwaka ushize ushinja Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono muri Kenya, uremeza ko nta bufasha bw’u Rwanda, n’iyo bwaba urushinge, wigeze wakira. Ibi Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, yabitangarije Deutsche Welle, […]

UPDF igiye kwinjiza mu gisirikare abasirikare bashya 10,000

Kuri uyu wa Mbere ushize, Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyavuze ko gishaka kwinjiza byibuze abandi basirikare 10,000 mu myitozo iteganijwe gukorwa hagati y’itariki 18 Kamena n’itariki 4 Nyakanga 2022 nk’uko tubikesha Daily Monitor. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo, Brig Gen Felix Kulayigye, ngo igisirikare kirashaka abinjira mu gisirikare 8.300 basanzwe baturutse mu turere dutandukanye, abinjira mu […]

Umuraperi Youssoufa ukomoka muri RDC yahagaritse igitaramo yateganyaga i Kigali muri Nyakanga

Umuraperi w’Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Youssoufa Mabiki, wari utegerejwe mu Rwanda mu gitaramo cyari giteganyijwe ku itariki ya 1 Nyakanga, yagihagaritse kubera umwuka mubi ukomeje kugaragara hagati ya Congo n’u Rwanda kubera intambara ihuza M23 na FARDC. Ibi nyir’ubwite yabyemeje asubiza umufana we wari umusabye gusubika icyo gitaramo cy’i Kigali […]

U Burusiya buravuga ko Ukraine n’u Burayi birebye nabi byasenyuka

Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya, Viacheslav Volodin, yakangishije ko niba igitekerezo cy’uwahoze ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Pologne, Radoslaw Sikorski, cyo guha Ukraine intwaro za kirimbuzi gishyizwe mu bikorwa, amakimbirane arimo intwaro za kirimbuzi ashobora gusenya umugabane w’u Burayi. “Sikorski arateza amakimbirane ya kirimbuzi hagati mu Burayi. Ntabwo atekereza ku hazaza ha Ukraine cyangwa […]

Les rebelles du M23 s’emparent de la ville de Bunagana

Les rebelles du M23 en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo se sont emparĂ©s de la ville orientale de Bunagana, Ă  la frontière avec l’Ouganda, ont dĂ©clarĂ© lundi des militants locaux, dans un revers pour les forces congolaises qui avaient dĂ©clarĂ© un jour plus tĂ´t qu’elles tenaient les insurgĂ©s en fuite. Bunagana Ă©tait un bastion du M23 […]

U Bwongereza: Gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda yongeye kuzamo kidobya

Kuri uyu wa Mbere, abakangurambaga bo mu Bwongereza babonye amahirwe yabo ya nyuma mu rukiko kugira ngo bahagarike indege ya mbere igomba kujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza. Guverinoma yo irateganya gukomeza umugambi wo kohereza indege ya mbere itwaye abasaba ubuhungiro 31 ku wa Kabiri ivuye ku kibuga cy’indege kitaramenyekana. Ni nyuma yo gutsinda […]

Qatar iyoboye urutonde rw’Ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi

doha.jpg

Igihugu cya Qatar nicyo kiyoboye urutonde rwo mu mwaka ushize wa 2021 rw’ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi hakurikijwe umusaruro mbumbe wa buri muturage ku mwaka nk’uko tubekesha urubuga albawaba.com rwo mu Burasiazuba bwo Hagati, muri ibi bihugu hakaba hanagaragaho ibyo muri Afurika bitatu. Dore ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi 1. Qatar: yaje ku […]

Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego yarezwe

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga kutakira ikirego aregwamo kuba yarerekanye inzozi ze kuba perezida igihe yizihizaga isabukuru y’imyaka 48, nyamara akiri umusirikare mukuru, kugira ngo azasimbure se, Perezida Museveni, umaze imyaka hafi mirongo ine ku butegetsi. Mu gisubizo cyabo cyo ku […]

Rubavu: Guverineri Habitegeko yijeje kurushaho gukaza umutekano hafi y’umupaka

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, François Habitegeko, yijeje gukaza umutekano mu karere nyuma yo kwiyongera kw’amakimbirane mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ubwo yaganiraga n’abaturage baturiye umupaka kuri Stade Umuganda nyuma y’umuganda ngarukakwezi wo kuwa Gatandatu ushize, Guverineri Habitegeko yavuze ko hari ingamba zafashwe zo kwizera ko intara itazaba ubwinjiriro bw’abashaka guhungabanya umutekano w’igihugu. […]

FARDC yongeye gushinja RDF uruhare mu mirwano yayihuje na M23 kuri iki Cyumweru

Ibintu byakomeje guhangayikisha mu gace ka Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri iki Cyumweru, itariki ya 12 Gicurasi 2022 kubera intambara yongeye kubura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 byongeye kuvugwa ko zishyigikiwe n’Igisirikare cy’u Rwanda. Umuyobozi w’inyeshyamba Bertrand Bisimwa arashinja ingabo za FARDC kuba ari zo zabanje gutangiza imirwano […]

Umwami Philippe II n’Umwamikazi Mathilde b’u Bubiligi bageze i Bukavu

Kuri iki Cyumweru, itariki 12 Kamena 2022, Umwami Philippe wa II n’Umwamikazi Mathilde b’u Bubiligi bageze i Bukavu, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyepfo banyuze ku kibuga cy’indege cya Kavumu. Bavuye mu ndege, bakiriwe na Minisitiri w’Intebe Sama Lukonde na Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo, ThĂ©o Ngwabidje Kasi, n’abandi bagize guverinoma y’igihugu ndetse n’intara. Muri gahunda ye, […]

Roscosmos iremeza ko mu isanzure hari ibindi biremwa bifite ubwenge n’ikoranabuhanga rikataje

Umuyobozi w’ikigo gishinzwe ubumenyi bw’isanzure cy’u Burusiya, Dmitry Rogozin, yavuze ko yemera ko hari ahandi hari ubuzima mu isanzure hatari ku Isi ndetse hari ibiremwa bifite ubwenge n’ikoranabuhanga birenze iby’abantu. Kuri uyu wa Gatandatu, uyu muyobozi wa Roscosmos yatangarije Radiyo ya Rossiya 24 yo mu Burusiya ko ibyo biremwa bishobora kuba birimo no kwiga ibijyanye […]

Abasirikare ba Ukraine bagize batayo ya Azov bakunze kwitwa Aba-Nazi bashya ni bantu ki?

gettyimages-941357900-1533141239.jpg

Ibi byabaye urwitwazo rukomeye ku bashyigikiye intambara y’u Burusiya muri Ukraine: bemeza ko igisirikare cya Ukraine kigizwe n’Abanazi bashya. Mu gihe Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yashimangiye ko igitero cye kigamije kurandura ubu-Nazi bushya muri Ukraine, abakoresha interineti benshi muri ibi byumweru bakomeje gukwirakwiza amafoto y’abasirikare ba Ukraine bafite ibimenyetso by’Abanazi bo mu mutwe wa Azov. […]

Kivu y’Amajyepfo: Ubuyobozi bwafashe icyemezo cyo gukumira inyama ziva mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatandatu itariki ya 11 Kamena, Guverinoma y’intara ya Kivu y’Amajyepfo yabujije gucuruza inyama zituruka mu Rwanda no mu Burundi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko u Burundi butangaje ku mugaragaro ko inka zabwo zibasiwe n’icyorezo cya Rift Valley gituma amatungo ava amaraso mu mazuru. Umuyobozi w’ishami ry’intara rishinzwe uburobyi, ubuhinzi n’ubworozi, veterineri Vincent […]

Australia yishyuye u Bufaransa asaga miliyoni 500 z’Amayero y’indishyi

Kuri uyu wa Gatandatu, Australia yashyize ahagaragara amasezerano y’indishyi yagiranye na sosiyete ikora ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi y’Abafaransa yitwa Naval Group, birangiza amakimbirane y’amasezerano yateje umwuka mubi hagati ya Canberra na Paris mu gihe cy’umwaka. Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko uruganda rw’Abafaransa rwemeye indishyi ingana na miliyoni 555 z’Ama-Euro kugirango Australia […]

Nyarugenge: Arashinjwa gukubita no kwicisha umwana yibyariye inzara amuziza nyina

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge muri iki cyumweru dusoza rwaburanishije umugabo ukurikiranweho gukubita umwana mu buryo bukabije no kumwicisha inzara. Mu iburana rye, uregwa yaburanye yemera icyaha avuga ko yabitewe n’umujinya w’uko nyina yamumutanye akaba amurera wenyine nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bkuru ivuga. Ibi ngo yagiye abikora mu bihe bitandukanye ubuyobozi bw’ibanze bukabona atari uguhana […]

Loni ihangyikishijwe n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Congo irimo FDLR

Umuryango w’Abibumbye wasabye impande zose zifite uruhare mu kwiyongera kw’amakimbirane hagati ya Kinshasa na Kigali “guhita zihagarika urugomo urwo ari rwo rwose” mu turere duhana imbibi n’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yamagana imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR nk’uko tubikesha Al Jazeera. Mu kwezi gushize amakimbirane yagiye agaragara hagati ya DRC n’u Rwanda […]

Byibuze abajandarume 10 ba Burkinafaso biciwe mu gitero kuri station ya jandarumori

Ku wa Kane nimugoroba, byibuze abajandarume icumi ba Burkinafaso biciwe mu gitero cyagabwe n’abakekwaho kuba abajihadiste kuri station ya jandarumori mu majyaruguru ya Burkina Faso, hafi y’umupaka wa Niger, nk’uko byatangajwe n’abashinze umutekano kuri uyu wa Gatanu. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, aragira ati: “Ejo (ku wa kane) nimugoroba, […]