Uko Kenya na Uganda byari bigiye kurwana bipfa umunyeshuri waburiwe irengero

Ku Kibuga cy’indege cya Entebbe, ku ya 13 Gashyantare 1976: Abakobwa babiri bo muri Kenya biga muri Kaminuza ya Makerere bari gutaha mu rugo igihe ingoma ya Idi Amin y’iterabwoba ku Banyakenya yari igeze ku rundi rwego. Esther Chesire, umunyeshuri mu mwaka wa kabiri w’amategeko, afite imyaka 22 kimwe n’inshuti ye, Sally Githere. Hamwe n’amatike […]

Kugirango Kabila yongere kuba perezida byamusaba kongera kuvukana undi mwirondoro – Umudepite

Imbere y’itangazamakuru kuri uyu wa Gatandatu I Kinshasa, Umudepite akaba n’impuguke mu byerekeranye n’itegeko nshinga, AndrĂ© Mbata, yemeje ko mu 2023 uwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi a Congo, Joseph Kabila Kabange, atazemererwa kongera guhatanira uyu mwanya kubera ko akumiriwe n’ingingo ya 220 iteganya ko ingingo zimwe zitagomba guhinduka, cyane cyane manda y’umukuru w’igihugu. […]

Hateguwe imyigaragambyo yo gusaba u Rwanda kureka amasezerano rwagiranye na UK

Imiryango iharanira uburenganzira bw’impunzi mu Bwongereza yahamagaje imyigaragambyo yihutirwa hanze ya Ambasade y’u Rwanda i Londres mu cyumweru gitaha yamagana kohreza mu Rwanda abasaba ubuhunzi. Nk’uko amakuru abitangaza, ngo nibura abasaba ubuhungiro 17, barimo abenegihugu ba Siriya, bamenyeshejwe n’ibiro bya minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu ko bazoherezwa mu Rwanda ku ya 14 Nyakanga. Ku wa […]

U Rwanda ntirwigeze rutera Repubulika ya Demokarasi ya Congo – Loni

U Rwanda ntabwo rwateye Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko bigaragara mu itangazo ry’Akanama k’Umutekano ka Loni ryo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 04 Kamena 2022 ritigeze rigaragaza u Rwanda mu bibazo byo mu burasirazuba bwa Congo. Urubuga Mediacongo.net rwo mui RDC ruvuga ko nta murongo n’umwe muri iri tangazo uvuga […]

Le gouvernement met en garde contre la hausse du prix de la viande

L’AutoritĂ© rwandaise de protection des consommateurs (RICA) a rĂ©cemment mis en garde contre les abattoirs et les boucheries qui ont augmentĂ© les prix de la viande dans tout le pays. Dans certaines rĂ©gions, les prix du bƓuf avaient augmentĂ© Ă  5 000 Frw le kilogramme selon The New Times. “Sur la base d’une inspection en […]

U Burusiya bwabwiye A.U. nyirabayazana y’ibura ry’ibinyampeke

sn4nblwllnkobe323s3zqulp2q.jpg

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yahuye n’abayobozi b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kandi Perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) yatangaje ko Moscou atari yo nyirabayazana w’ikibazo cy’ibiribwa cyiyongera ku mugabane wabo. Televiziyo ya Leta yerekanye Putin asuhuza Perezida wa Senegal, Macky Sall, umuyobozi wa AU, na Moussa Faki Mahamat, umuyobozi wa komisiyo ya […]

U Bushinwa bushobora gusenya ibyogajuru bya Elon Musk – Ubushakashatsi

Ikinyamakuru Daily Mail cyatangaje mu cyumweru gishize, ubushakashatsi bw’Abashinwa buvuga ko u Bushinwa bugomba guteza imbere ubushobozi bwo guhagarika cyangwa kurasa icyogajuru cya Starlink cy’umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, mu gihe Beijing yabona ari ngombwa. Nk’uko bigaragara mu nyandiko yasohotse mu kinyamakuru cyitwa Modern Defence Technology, ngo u Bushinwa bugomba kongera ubushobozi bwabwo […]

Abakozi babiri ba Croix Rouge biciwe muri Mali

Kuri uyu wa Kane, abakozi ba Croix-Rouge babiri barimo ukorera Croix Rouge y’u Buholandi bishwe ubwo imodoka yabo yagabwagaho igitero n’abantu bitwaje intwaro mu burengerazuba bwa Mali, nk’uko umuryango mpuzamahanga utabara imbabare wabitangaje. Croix-Rouge yo muri Mali yatangaje ko abantu bitwaje imbunda bari kuri moto barashe ku modoka mu karere ka Kayes. Ivuga ko umushoferi […]

RDC: Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe imbere y’urukiko mu gihe yari azi ko byarangiye

Mu gihe byizerwaga ko byarangiye nyuma y’umwanzuro n ° RP 0001 wo ku ya 15 Ugushyingo 2021 w’Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga, rwatanze inzira ya mbere n’iya nyuma, ku byerekeye “ikibazo cy’umushinga w’ubuhinzi ngandurabukungu wa Bukanga- Lonzo”, uwahoze ari Minisitiri w’intebe akaba na Senateri, Augustin Matata Ponyo, azitaba ku ya 13 Kamena. Imbere y’urukiko rw’iremezo […]

Uwahoze ari Perezida wa Maurtania mu nzira zo kuburaniswa ku byaha birimo ruswa

Uwahoze ari Perezida wa Mauritania kuva mu 2009 kugeza mu 2019, Mohamed Ould Abdel Aziz, ukekwaho ibyaha bya “ruswa, iyezandonke no kwikungahaza mu buryo butemewe n’amategeko”, azaburanishwa mu rukiko mpanabyaha hamwe n’abandi banyacyubahiro 11 bo ku butegetsi bwe nk’uko byemejwe n’umunyamategeko w’uwahoze ari umukuru w’igihugu. Kuri Mohamed Ould Abdel Aziz, ibyaha byose aregwa bishingiye ku […]

Perezida Kais Saied wa Tunisia yirukanye abacamanza hafi 60

Perezida wa Tunisia, Kais Saied, wihaye ububasha busesuye kuva muri Nyakanga umwaka ushize, kuri uyu wa kane yahinduye itegeko rigenga imikorere y’ubugenzuzi bw’ubutabera kandi yirukana abacamanza bakabakaba 60. Urutonde rw’abacamanza 57 rwatangajwe mu ijoro ryakeye mu kinyamakuru cyemeza ko birukanwe kubera “guhisha imanza z’iterabwoba”, “ruswa”, “ihohoterwa rishingiye ku gitsina”, “gukorana” n’imitwe ya politiki no “guhungabanya […]

Les investisseurs évaluent les perspectives ferroviaires régionales

Les investisseurs potentiels Ă©valuent les perspectives de revenus dans le financement de la mise en Ɠuvre du projet de chemin de fer Ă  Ă©cartement standard (SGR), selon la directrice gĂ©nĂ©rale de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) pour l’Afrique de l’Est, Nnenna Lily Nwabufo. Actuellement, le Rwanda a deux options d’itinĂ©raire sur la table, l’itinĂ©raire […]

Bamwe mu bimukira bamenyeshejwe ko bazoherezwa mu Rwanda barimo kwiyicisha inzara

Abanyasiriya 15 bashyikirijwe integuza ibamenyesha ko bazoherezwa mu Rwanda muri gahunda ya minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bwongereza, Priti Patel, batangiye kwiyicisha inzara. Nk’uko bigaragara mu butumwa bwa Instagram bwanditswe n’impunzi y’Umunyasiriya n’umwanditsi, Hassan Akkad, ngo Abanyasiriya bose uko ari 15 bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara. Patel yatangaje mu ntangiriro z’iki cyumweru ko […]

Ikibazo cy’ibura ry’ibinyampeke mu byo Perezida Macky Sall ateganya kuganiraho na Putin

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Kamena, Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, akaba na Perezida wa Senegal, Macky Sall, azahura n’umuyobozi w’u Burusiya, Vladimir Putin mu gihe intambara yo muri Ukraine ikomeje guhungabanya kwihaza mu biribwa ku mugabane wa Afurika, nk’uko umuvugizi wa AU yabitangarije POLITICO. Perezida Sall na Moussa Faki Mahamat, Perezida wa […]

François Beya wahoze ari umujyanama wa Tshisekedi akurikiranweho gushaka kumugirira nabi

Nyuma y’amezi ane atawe muri yombi agafungwa, uwahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi mu bijyanye n’umutekano, François Beya, azagezwa imbere imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Kamena, aho byahishuwe noneho ko akurikiranweho kugambirira kugirira nabi umukuru w’igihugu. Uru rubanza ruzabera muri Gereza ya Makala, aho afungiwe guhera ku itariki […]

E.U. ntishyigikiye kwinjiza mu ngabo za FARDC abahoze mu mitwe yitwaje intwaro

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (E.U.)uhangayikishijwe cyane n’umutekano muke n’umwuka wa diplomasi hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda nyuma y’imirwano yongeye kubura mu minsi ishize hagati ya FARDC na M23 muri Teritwari za Rutshuru na Nyiragongo, aho uyu muryango wagaragaje ko udashyigikiye ko abahoze mu mitwe yitwaje intwaro binjzwa mu gisirikare cy’igihugu. […]

Nyagatare: Hafashwe uwari umaze kwambura abaturage asaga ibihumbi 400 yiyita umupolisi

Polisi y’ u Rwanda mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 31 Gicurasi, yafashe umugabo witwa Rukundo Jean Pierre w’imyaka 32, wamburaga amafaranga abaturage ababwira ko ari umupolisi ukorera mu ishami rishinzwe iperereza, akaba ashinzwe kurwanya ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Murenge wa Tabagwe, Akagali ka Gitengure, Umudugudu wa Nyagasigati, ubwo yari amaze […]

RDC: Umudepite asanga Joseph Kabila ari we wafasha FARDC gutahura abanyamahanga bayicengeyemo

Mu gihe havutse ibibazo bijyanye no gucisha umweyo mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), umudepite ku rwego rw’igihugu, Paul Tshilumbu, watorewe i Tshangu ku iturufu y’ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi, yemeza ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika, Joseph Kabila arashobora gufasha igisirikare gutahura abanyamahanga bagicengeyemo. Kuri uyu wa Gatatu uyu udepite avugana […]

UPDF na FARDC byiyemeje kongerera amezi abiri ibikorwa byo kurwanya ADF

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 1 Kamena, Igisirikare cya Uganda (UPDF) n’icya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) byiyemeje kongera igihe cy’ubufatanye bwabyo mu bikorwa byo kurwanya ADF mu gihe cy’amezi abiri. Umuvugizi w’ibi bikorwa, Lt. Col. Mak Azukay, yatangarije aya makuru Radio Okapi dukesha iyi nkuru. Ingabo z‘ibihugu byombi zafashe iki cyemezo nyuma […]

Umuherwe Roman Abramovich yajyanye mu rukiko Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi

Umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, yatanze ikirego arega Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi. Kuri uyu wa Kabiri ushize, nibwo uyu mugabo wahoze ari nyiri ikipe ya Chelsea FC yashyikirije ikirego Urukiko Rusange rw’u Burayi. Ubwo Euronews yandikaga iyi nkuru, yaba urukiko cyangwa aka kanama ntibyigeze bisubiza icyifuzo cyo gutanga ibisobanuro. Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi kafatiye ibihano Abramovich […]

Umusore ukiri muto wari umucuranzi wa kolari yiyahuriye mu rusengero

Umusore ukiri muto yasanzwe mu rusengero amanitse mu mugozi, mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku wa Kabiri, itariki ya 31 Gicurasi 2022 mu gace ka Ndendere, muri Komini ya Ibanda, i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo. Abatangabuhamya bari aho bavuga ko ari umusore wacurangaga muri uru rusengero, ndetse ngo yaba yarakoresheje umugozi w’iki gikoresho […]

ICC igiye gufungura i Kyiv ibiro bizakora iperereza ku byaha by’intambara yo muri Ukraine

Ibindi bihugu bitatu byiyunze ku itsinda ry’abakora iperereza ku byaha by’intambara muri Ukraine, mu gihe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwitegura gufungura ibiro muri Kyiv. Ku wa Mbere no kuri uyu wa Kabiri ushize, abashinjacyaha baturutse muri Ukraine, Pologne, Lituania no mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) bahuriye i La Haye kugira ngo baganire ku bijyanye n’iperereza ku […]

Impaka hagati y’abatangabuhamya zatumye hemezwa ko Bucyibaruta yari azi umuyobozi wa ADEPR

Ku munsi wa cyenda w’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro, humviswe ubuhamya bwa Jacques Uwimana warokotse jenoside ndetse n’ubuhamya bwa Simon-Pierre Nzubahimana, umushumba w’itorero rya ADEPR hifashishijwe video conference ari Manchester (U Bwongereza), aho aba batangabuhamya bombi bavuguruzanyije bikarangira hemejwe ko Bucyibaruta yari aziranye n’umuyobozi wa ADEPR. Uko ibazwa ryagenze humvwa umutangabuhamya […]

Perezida Tshisekedi yagiriye urugendo rw’amasaha make i Luanda

fuhcvehx0ae9n8r.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 31 Gicurasi 2022, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço, i Luanda, muri Angola. Nta bisobanuro byatangarijwe abanyamakuru ku bibazo byaganiriweho hagati y’abayobozi bombi, ariko birakekwa ko byibanze ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Congo, ku mutwe wa M23 […]

Amb. Karega yanze guhishura ubutumwa RDC yamuhaye ngo ashyikirize Guverinoma y’u Rwanda

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri yahaye Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, ubutumwa agomba gushyikiriza guverinoma ye ku bijyanye n’ihungabana rishya ry’umubano hagati y’ibihugu byombi, ubutumwa yanze guhishurira itangazamakuru ubwo ryamubazaga ibibukubiyemo. Ni nyuma y’aho Guverinoma ya Congo ishinje u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano […]

Izindi mpunzi zisaga 130 zivuye muri Libya zageze mu Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Gicurasi, indege yari itwaye impunzi n’abasaba ubuhunzi bavuye muri Libya, yageze ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali. Iki cyari icyiciro cya cyenda cyageze muri iki gihugu, kandi cyari kigizwe n’Abanya-Eritrea 74, Abanyetiyopiya 5, Abanyasomaliya 4, Abanyasudani y’Epfo 4 n’Abanyasudani 45. Abasaba ubuhunzi, cyane cyane urubyiruko, bakiriwe n’abayobozi ba Minisiteri […]

Ituri: Umutwe w’inyeshyamba wa FPIC wahagaritse ku mugaragaro ibikorwa byawo

Umutwe wa Front patriotique et intĂ©grationniste du Congo (FPIC), ukorera mu karere ka Irumu, wahagaritse ku mugaragaro ibikorwa byawo mu ntara yose ya Ituri nk’uko uyu mutwe wabimenyesheje Guverineri wa Ituri kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Gicurasi. Mu cyemezo cyawo cyashyikirijwe Guverineri Johnny Luboya, FPIC igira iti “Twese tuzi ko ari ngombwa gutanga amahirwe […]

U Bushinwa bwohereje indege 30 z’intambara mu kirere kigenzurwa na Taiwan

Taiwan iravuga ko yohereje indege z’intambara kugira ngo ziburire indege 30 z’intambara zoherejwe n’u Bushinwa mu kirere cyayo cy’ubwirinzi. Ibyabaye kuri uyu wa Mbere byaranze kuvogera kunini kubaye kuva muri Mutarama. Bije nyuma y’iminsi mike Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, aburiye u Bushinwa abusaba kwirinda gutera Taiwan, ubwo uyu muyobozi wa […]

Centrafrica: Inyeshyamba zishe abacanshuro 2 b’Abarusiya zikomeretsa bane mu mirwano ikaze

Abacanshuro babiri b’Abarusiya bo mu isosiyete yigenga ishinzwe umutekano ya Wagner bishwe abandi bane barakomereka mu gitero cy’inyeshyamba mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Bangui, umurwa mukuru wa Centrafrica. Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Gicurasi 2022, ku rubuga rwawo rwa Facebook, Ihuriro ry’imitwe irwanya ubutegetsi ‘Coalition des patriotes pour le changement’ ryerekanye ko “abacanshuro babiri […]

Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa aritaba Guverinoma ya Congo kuri uyu wa Kabiri

Nk’uko byatangajwe, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 31 Gicurasi ni bwo Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iza kugaragaza ku mugaragaro ko itemeranya n’u Rwanda nyuma y’ibimenyetso byagaragajwe na FARDC ku ruhare ngo Kigali yagize mu kongera kubyutsa umutwe M23, aho biteganyijwe ko saa cyenda Ambasaderi w’u Rwanda yitaba agatanga ibisobanuro. Ku wa […]

Gakenke: Barinubira ingurane bahabwa babonamo ubusumbane bakurikije ihabwa abaturanyi babo

Mu Murenge wa Muhondo, Akarere ka Gakenke, mu Ntara y’Amajyaruguru, hari bamwe mu baturage baganya kubera kutishimira ingurane y’ubutaka babariwe kuri meterokare y’ubuso bw’ubutaka, bavuga ko itandukanye n’ingurane iri hejuru ihabwa bagenzi babo bo mu midugudu baturanye mu gihe ubuyobozi bwemeza ko ibikorwa byose byubahiriza amategeko agenga igenagaciro. Abaturage bafite iki kibazo ni abafite ubutaka […]

Gucana umubano n’u Rwanda no kwirukana ambasaderi warwo byose birashoboka – Patrick Muyaya

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, kuri uyu wa mbere, itariki ya 30 Gicurasi 2022, yemeje mu kiganiro n’abanyamakuru, ko guhagarika umubano n’u Rwanda no kwirukana ambasaderi warwo i Kinshasa, Vincent Karega, byose bishoboka. Nk’uko umuvugizi wa guverinoma abitangaza ngo kuri iki cyiciro, ibitekerezo byose biri ku meza. “Uyu munsi, […]

Beni: ADF iravugwaho kwica abantu 16 no gutwika imodoka n’inzu z’abaturage

Inyeshyamba za ADF zirashinjwa kuba zarishe abantu 16 zigakomeretsa abandi 7 ndetse zigatwika imodoka 5 mu gitero zagabye mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere ushize hagati ya Beni na Kasindi mu Murenge wa Rwenzori wo muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, kuri uyu wa Mbere […]

Mu nkengero z’uruzi rwa Rusizi hagaragaye indi mirambo

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 29 Gicurasi 2022, ahagana mu ma saa kumi z’umugoroba, abarobyi bavumbuye indi mirambo itatu mu gace ka Gatoki nko muri metero ijana uvuye ku ruzi rwa Rusizi (hagati y’u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo). Yagaragaye munsi y’umusozi wa Rukana muri komini ya Rugombo mu Ntara ya Cibitoke (mu […]

Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?

fabryka-broni-grot-modular-assault-rifle.jpg

Igisirikare cyo muri Afrika y’Iburasirazuba kitatangajwe cyaguze igice kinini cy’imbunda za Grot zikoresha amasasu ya 7,62 × 39 mm nk’uko Ikigo gicuruza intwaro muri Pologne (Polska Grupa Zbrojeniowa: PGZ) cyabitangaje mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo ku ya 19 Gicurasi. Imbunda zo mu bwoko bwa Grot zakozwe n’uruganda rw PGZ rwitwa Fabryka Broni (FB) ‘?ucznik’ Radom, […]

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri w’umupadiri n’umwarimu bakurikiranweho ingengabitekerezo

Padiri Eric Iraguha w’imyaka 40, akaba umuyobozi wa EAV Mayaga, na Jean-Baptiste Mutabazi, umwarimu w’imyaka 47 muri iri shuri ryo mu karere ka Nyanza, bakurikiranyweho n’urukiko icyaha cyo guhakana jenoside nyuma yo gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Gicurasi, Umuvugizi wa RIB, Thierry B. Murangira, yatangarije ikinyamakuru […]

Umunyekongo Monsenepwo yarakariye Amb. Peter Pham, kubera igitekerezo cye ku byo RDF ishinja FARDC na FDLR

Umunyekongo Thierry Monsenepwo arashinja intumwa idasanzwe ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Sahel gusubiramo ijambo ku jambo itangazo ryashyizwe ahagaragara n’u Rwanda. Uyu muyobozi w’urubyiruko rw’ishyaka Convention des Congolais unis rimwe mu yagize ihuriro Union sacrĂ©e, avuga ko uyu munsi guhakana icyo yita ubushotoranyi bw’u Rwanda cyangwa kurushyigikira mu ntambara bikabije cyane ku Isi […]

Le Rwanda réfute les affirmations de la République démocratique du Congo

Alain Mukuralinda, porte-parole adjoint du gouvernement, a rĂ©futĂ© les affirmations de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo selon lesquelles le Rwanda soutiendrait le groupe rebelle M23, citant que le pays est utilisĂ© comme bouc Ă©missaire dans le conflit entre le gouvernement du pays et le groupe rebelle M23. Samedi, la RD Congo a pris la dĂ©cision […]

Goma: Gen. Mbala yibukije Abakomando baturutse i Lubumbashi ko igihugu kibahanze amaso

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gikomeje kongera ingufu ku murongo w’urugamba muri Kivu y’Amajyaruguru mu kurwanya M23 n’abavugwaho ko bayishyigikiye (u Rwanda), aho Batayo ya 211 y’Abakomando ba FARDC yageze i Goma ivuye i Lubumbashi ivuga ko yiteguye kurwana. Aho iyi batayo yari iteraniye mu murwa mukuru w’intara, yasuwe n’umugaba mukuru wa FARDC, […]

U Burusiya bwakoresheje imwe mu ntwaro zabwo ziteye ubwoba muri Ukraine

capture-20.jpg

Nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’ingabo za Ukraine, abaganga, abayobozi b’u Bwongereza n’uko bigaragazwa na videwo zo ku rugamba, u Burusiya ngo bwakoresheje imwe mu ntwaro zabwo ziteye ubwoba mu mirwano ibera mu burasirazuba bwa Ukraine. Iyi ntwaro, sisitemu y’imbunda ishinze ku modoka irasa za roketi yiswe Solntsepek, cyangwa Heatwave, irasa imitwe ya thermobaric iteza iturika rihambaye […]

Kinshasa: Hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda no gusaba ambasaderi warwo gutaha

psx_20220528_184720.jpg

Dynamique progressiste rĂ©volutionnaire (DYPRO), urubuga rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, bwateguye imyigaragambyo kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Gicurasi, imbere y’ibiro bya Ambasade ya Repubulika y’u Rwanda, i Kinshasa. Iyi myigaragambyo igamije cyane cyane kumenyesha umudipolomate w’u Rwanda ko “turambiwe” ibikorwa by’ingabo ze ku butaka bwa Congo mu rwego rwo gushyigikira imitwe y’iterabwoba ariko tunasaba ko Bwana […]

Igisirikare cy’u Burusiya kiravuga ko cyasenye ububiko bunini bw’intwaro za Ukraine

Minisitiri y’Ingabo y’ Burusiya yatangaje ko yasenye ububiko bunini bw’intwaro z’igisirikare cya Ukraine mu Mujyi wa Kryvyi Rih hagati mu gihugu nk’uko bitangazwa na Reuters. Iyi minisiteri yavuze kandi ko ubwirinzi bw’ibitero yo mu kirere bw’u Burusiya bwahanuye Indege y’intambara ya Ukraine yo mu bwoko bwa Su-25 mu karere ka Dnipro nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru […]

Ihuriro Lamuka ryagize ibyo risaba Guverinoma ya Congo gukora mu guhangana n’u Rwanda

Mu gihe umutekano ukomeje kuba mubi cyangwa akomeje gututumba umwuka w’intambara mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano ikaze yabaye hagati ya FARDC na M23, ihuriro rya Lamuka rigizwe n’abanyapolitiki nka Martin Fayulu, ryagize ibyo risaba guverinoma ribinyjije mu kanwa k’umwe mu bavugizi baryo, Prince Epenge. Mu mvugo ityaye kandi itaziguye, Epenge, […]

Ambasaderi w’u Burusiya aremeza ko budashobora gukoresha intwaro za kirimbuzi muri Ukraine

Ambasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yabwiye BBC ko atizera ko igihugu cye cyazakoresha intwaro za kirimbuzi mu ntambara yo kurwanya Ukraine. Andrei Kelin yavuze ko ukurikije amategeko ya gisirikare y’u Burusiya, intwaro nk’izo zidakoreshwa mu makimbirane nk’aya. Yavuze ko u Burusiya bufite ubwizigame bukomeye bwo kuzikoresha, avuga ko zakoreshwa cyane cyane mu gihe kubaho kw’igihugu […]

Rulindo: Ntibumva impamvu ubutaka batsindiye mu rukiko bukomeza kugenzurwa na Rutongo Mine

Bamwe mu baturage bo mu Kagali ka Shengamuri mu Murenge wa Masoro ho mu Karere ka Rulindo barasaba kurenganurwa bagahabwa uburenganzira ku butaka bwabo bavuga ko bwabohojwe n’ikigo gicukura amabuye y’agaciro urukiko rwategetse ko gisubiza ubwo butaka abaturage ariko kikaba kikihagenzura. Aba baturage bavuga ko bakeneye uburenganzira bwo kubyaza umusaruro ubutaka bwabo kuko kuva urukiko […]

Byibuze abantu 31 bapfiriye mu mubyigano ku rusengero rwo mu majyepfo ya Nigeria

Abantu byibuze 31 biravugwa ko bapfiriye mu mubyigano wabereye mu gikorwa cy’ubugiraneza cyaberaga mu rusengero rwo mu majyepfo ya Nigeria kuri uyu wa Gatandatu ushize. Ibinyamakuru byo muri iki gihugu bivuga ko iyi gahunda yo gutanga imfashanyo yari yateguwe n’urusengero mu rwego rwo gufasha abantu bakeneye ubufasha muri Port Harcourt, umurwa mukuru wa Leta ya […]

Beni: Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abaturage benshi zibatemaguye

Nk’uko igisirikare n’imiryango itegamiye kuri Leta bibitangaza, kuri uyu wa Gatandatu ushize abaturage benshi bishwe n’inyeshyamba mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umuvugizi w’ingabo za FARDC yatangarije ibiro ntaramakuru AFP ko abantu “barenga icumi” baguye mu gitero cyo ku wa Gatandatu, mu gihe Croix-Rouge ivuga ko abapfuye ari 24. Umuryango ukurikirana ibijyanye n’umutekano […]

Iburasirazuba: Hagiye kujya hifashishwa telephone mu kuhira umuhinzi atageze mu murima

Mu Ntara y’Iburasirazuba bishimiye umushinga wo kuhira hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga bwa telefoni zigezweho, bavuga ko uzabafasha kongera umusaruro wabo, aho umuhinzi ashobora kuhira imyaka mu mirima atiriwe ahagera. Muri uyu mushinga wo kuhira hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga, hakoreshwa amazi yacukuwe mu kuzimu, hagashyirwaho amatiyo ayajyana mu mirima y’abaturage. Nk’uko iyinkuru dukesha RBA ivuga, umuhinzi ufite telefone […]

Le Rwanda demande aux autoritĂ©s de la RDC d’obtenir la libĂ©ration de ses soldats enlevĂ©s lors d’une patrouille

Les Forces rwandaises de dĂ©fense ont demandĂ© aux autoritĂ©s de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) d’obtenir la libĂ©ration de deux soldats rwandais enlevĂ©s la semaine derniĂšre lors d’une patrouille. La demande a Ă©tĂ© dĂ©posĂ©e samedi 28 mai, quelques jours aprĂšs une montĂ©e des tensions entre l’armĂ©e de la RD Congo (FARDC) et le groupe […]

Major Mukuraine wa UPDF yasanzwe muri lodge yapfuye

Polisi ya Uganda yemeje ko byibuze abantu 26 bakekwaho icyaha cyo kwicira umusirikare mukuru muri Lodge yo mu murwa mukuru, Kampala, batawe muri yombi. Major Joseph Mukuraine w’imyaka 44, umusirikare mukuru wa UPDF akaba n’umuyobozi wa SACCO Wazalendo y’abasirikare, ishami rya Entebbe, yasanzwe yapfiriye muri Birunga Lodge, ahitwa Kiwatule, mu nkengero z’umujyi. Umuvugizi wa polisi […]

Centrafrica: Hatangiye gutekerezwa uko Perezida Touadera yazaguma ku butegetsi nyuma ya manda 2

Abafatanyabikorwa ba Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin-Archange Touadera basabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga bikamufasha gukomeza kwiyamamariza uwo mwanya, ibyatumye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bigaragambya. Abashyigikiye gahunda yo gukuraho umubare wa manda ya perezida bavuze ko byari bigamije guhuza igihugu na benshi mu baturanyi bacyo, kandi ko atari amayeri yo kugumisha Touadera w’imyaka 65 […]

Un Rwandais élu directeur exécutif de la BAD

Jonathan Nzayikorera, un Ă©conomiste rwandais, a Ă©tĂ© Ă©lu par le Conseil des gouverneurs de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) en tant que nouveau directeur exĂ©cutif de la banque, reprĂ©sentant neuf circonscriptions d’Afrique de l’Est. L’Ă©volution a Ă©tĂ© annoncĂ©e jeudi par le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Uzziel Ndagijimana. Avant sa nomination, […]

Uganda: Gen. Sejusa yamaze gusinya ibyangombwa bimwemerera kuva mu gisirikare

Uwahoze ari intasi nkuru muri Uganda, Gen. David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996, kuri uyu wa Kane yagaragaye asinya ibyangombwa bimwemerera kujya mu zabukuru muri Minisiteri y’Ingabo, ikimenyetso cy’uko azemererwa gusohoka mu gisirikare muri Nyakanga. Ibi byatangajwe kuri konte yemewe ya Twitter y’umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo, Brig. Felix Kulayigye, kuri uyu […]

Rurageretse hagati ya Samuel Eto’o n’umukobwa we yari yarirengagije

Erika Do Rosario Nieves, umukobwa w’imyaka 22 byemejwe ko ari umukobwa wa Samuel Eto’o, yaretse guceceka kuva hatangazwa ko ariho muri Gashyantare. Arasaba ko yishyurwa imyaka ibiri y’ibirarane by’amafaranga yo kumutunga. Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, kuri ubu ari mu bibazo. Erika Do Rosario Nieves, yatangajwe muri Gashyantare nk’umukobwa wemewe n’amategeko […]

U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wa Loni wo gukaza ibihano kuri Koreya ya Ruguru

U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wo gukaza ibihano by’Umuryango w’Abibumbye kuri Koreya ya Ruguru nyuma y’igerageza ritandukanye rya misile yakoze muri uyu mwaka, akaba ari ubwa mbere ibihugu bitanu bifite veto muri Loni binyuranyije ku bihano bireba Pyongyang kuva mu 2006. Ibindi bihugu 13 bigize akanama k’umutekano ka Loni byose byari byatoye bishyigikira icyemezo […]

Umunyarwanda yagizwe umuyobozi nshingwabikorwa muri Banki Nyafurika itsura Amajyambere

Jonathan Nzayikorera, impuguke mu by’ubukungu y’Umunyarwanda yatowe n’Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) nk’umuyobozi mushya nshingwabikorwa wa banki, uhagarariye intara icyenda zo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane na Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Uzziel Ndagijimana. Mbere yo gushyirwaho, Nzayikorera yari Umujyanama mukuru w’umuyobozi mukuru w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba muri AfDB, umwanya […]

RDC: Abasirikare 8 ba FARDC barimo umukoloneli barashinjwa kwica Umushinwa

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 25 Gicurasi 2022, umukoloneri mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abandi basirikare 7 batawe muri yombi na bagenzi babo, bashyikirijwe Guverineri wa Ituri. Barashinjwa kuba barishe Umushinwa n’umurinzi we w’Umunyekongo ku ya 18 Werurwe i Labo, hafi y’akarere ka Nderembi gaherereye mu nkengero z’iburengerazuba bw’umujyi wa […]

Rubavu: Urukiko rwakatiye umunyerondo wishe mugenzi we bari ku irondo

Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu ruherutse gusoma urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho uwitwa Mugiraneza Jean DamascĂšne icyaha cy’ubwicanyi, yakoreye mu Karere ka Nyabihu , Umurenge wa Jenda, Akagari ka Rega mu Mudugudu wa Kajebenshi ubwo yicaga uwitwa Hitimana Alphonse alias KANA mu ijoro ryo ku wa 9/4/2022, amuteye icyuma ku mutima agahita apfa. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]