Kagame va recevoir Tshisekedi Ă Rubavu
Le prĂ©sident Paul Kagame devrait recevoir aujourd’hui le prĂ©sident de la RDC FĂ©lix Tshisekedi au poste frontiĂšre unique de la Corniche. Tshisekedi est dans le pays pour une visite de travail d’une journĂ©e au Rwanda. Les deux chefs d’Etat visiteront la ville de Rubavu pour Ă©valuer les dĂ©gĂąts causĂ©s par les rĂ©cents tremblements de terre […]
Ibihugu byâu Burayi ntacyo bifite byigisha u Burundi â Minisitiri Albert Shingiro
Nyuma yâaho hateguriwe icyiciro cya gatatu cyâibiganiro bihuza Leta yâu Burundi nâabahagarariye Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi muri iki gihugu hagamijwe kureba uko ibihano uyu muryango wagifatiye byakurwaho, minisitiri wâububanyi nâamahanga, Albert Shingiro ari nawe uhagarariye guverinoma muri ibyo biganiro, aravuga ko mu byo barimo gusabwa nâuyu muryango ntacyo bagiye gukora kuko ngo ibihugu byâi Burayi […]
Lubumbashi: Abasirikare bishe umuvunjayi nâumuvandimwe we mbere yo kubiba amafaranga
Umuvunjayi nâumuvandimwe we bâI Lubumbashi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kamena 2021 baraye bishwe barashwe nâabasirikare ba FARDC banabibye amafaranga bari bafite. Nkâuko abatangabuhamya batandukanye babitangaza, ibi ngo byabaye ku isaha ya saa moya ku mihanda ya Biayi, hafi yâurusengero rwo muri Komini ya Lubumbashi, […]
Entreprise énergétique locale va emprunter de 6,5 milliards de FRW
Entreprise Ă©nergĂ©tique locale, Energicotel (ECTL), a prĂ©sentĂ© des plans pour emprunter 6,5 milliards de Frw au public. Le producteur d’Ă©lectricitĂ© indĂ©pendant et sociĂ©tĂ© de conseil en ingĂ©nierie a dĂ©clarĂ© dans un communiquĂ© qu’il avait reçu l’approbation rĂ©glementaire pour Ă©mettre une obligation d’entreprise Ă 10 ans. L’obligation, a indiquĂ© la sociĂ©tĂ©, sera cotĂ©e et nĂ©gociĂ©e Ă […]
Abasirikare benshi ba Kenya bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu
Byibuze abasirikare 10 ba Kenya kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kamena 2021 bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu yari ibatwaye ubwo yari irimo kururuka hafi yâumurwa mukuru, Nairobi nkâuko byatangajwe nâigisirikare. Iyi kajugujugu yo mu bwoko bwa Mi 171 E yâIgisirikare cyo mu kirere cya Kenya yakoze impanuka ahagana saa tatu mu karere ka Kajiado, […]
Umupolisi yateye mugenzi we icyuma arapfa nyuma yo kumuhagarika akanga
Igipolisi mu Karere ka Luweero cyataye muri yombi abapolisi bacyo babiri nyuma yâurupfu rwa mugenzi wabo bivugwa ko yaterewe icyuma kizwi nka âbayonetâ kuri bariyeri ya Kiziiri ubwo yari atwaye moto. SPC (Special Police Constable) Kasimu Luyinda (uri ku ifoto) bivugwa ko yatewe icyuma saa saba zâamanywa kuri uyu wa Gatatu agitewe nâumwe mu bapolisi […]
Mushikiwabo yigiriye muri Gabon kumva impamvu ishaka kwinjira muri Commonwealth

Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha ururimi rwâIgifaransa, Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo, yimanukiye yerekeza i Libreville muri Gabon agiye kutega amatwi Perezida Ali Bongo, ngo yumve impamvu iki gihugu gishishikajwe cyane no kwiyunga ku muryango wâibihugu byahoze bikolonijwe nâu Bwongereza cyangwa bikoresha ururimi rwâIcyongereza, Commonwealth. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa twitter, Perezida wa Gabon wakiriye umuyobozi […]
Amateka yâUmunyamideli Coco Chanel wanabaye intasi yâAbanazi agasibanganya ibimenyetso

Azwiho kuba ari we wazanye ikanzu izwi nka âlittle black dressâ, udukoti two kwambara twâabagore, umubavu uzwi nka Chanel No 5 n’ibindi, akaba yarashimiwe guhindura imyambarire igezweho yâumugore wo mu kinyejana cya 20, aho zina rye rikunda kugaruka mu rwego rwâimideli, nta wundi rero ni Coco Chanel, umunyamideli n’umucuruzi nyiri Brand ya Chanel wamamaye mu […]
Somalia: Al-Shabab yigaruriye umujyi wari urinzwe nâIngabo za Uganda
Abarwanyi ba Al-Shabab bigaruriye umujyi wo muri Somalia wari urinzwe nâingabo za Uganda zo muri Amisom nyuma yâigihe gito zihavuye zikawusiga mu maboko yâingabo zâiki gihugu. Izi ngabo za Uganda zari zavuye mu birindiro byazo biherereye Marianguwaay byo mu ntara ya Lower Shabelle zibisigira ingabo za Guverinoma ya Somalia. Brig. Gen. Don Nabasa wa UPDF […]
Huye: Umugabo wâimyaka 46 akurikiranweho icyaha cyo gutwika umugore we
Umugabo wo mu karere ka Gisagara akurikiranweho nâubushinjacyaha icyaha cyo gutwika umugore we avuga ko yagitewe nâinzoga. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bukaba bukurikiranye uyu mugabo wâimyaka 46 ukekwaho kuba yaratwitse umugore we wâimyaka 38 yâamavuko, amushyize mu ziko. Iki cyaha cyakozwe ku itariki 08 Kamena 2021 mu gihe cya saa munani zâamanywa mu […]
Ituri: Monusco yasubije inyuma igitero cyâinyeshyamba ku birindiro byayo
Ingabo za MONUSCO zasubije inyuma igitero cyagabwe nâinyeshyamba za CODECO mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 22 rishyira ku wa Gatatu 23 Kamena 2021, mu karere ka Rhoo muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Ushinzwe amakuru rusange yâubutumwa bwâumuryango wâabibumbye muri Ituri, ashimangira ko izo nyeshyamba zatangiye kurasa amasasu ku birindiro […]
Covid-19: Rues de la ville fermées pour créer un espace pour les restaurants en plein air

Alors que les cas de Covid-19 continuent d’augmenter dans la ville de Kigali, les autoritĂ©s ont mis en place des mesures oĂč certaines rues de la ville sont fermĂ©es pour crĂ©er un espace pour les restaurants. Cela est fait pour encourager plus d’activitĂ©s en plein air et Ă©viter plus d’espaces fermĂ©s, ce qui, selon les […]
U Burusiya bwakoresheje za bombe mu gusubiza inyuma ubwato bwâAbongereza
U Burusiya buratangaza ko ingabo zabwo zarashe amasasu yo kuburira ndetse zigatera za bombe kugira ngo zibuze ubwato bwa gisirikare bwâu Bwongereza kwinjira mu mazi yâinyanja yâumukara kuri uyu wa Gatatu, ibintu u Bwongereza buhakana ko byabaye. Minisiteri yâingabo yâu Burusiya ivuga ko ubwato bwâigisirikare cyo mu mazi cyâu Bwongereza, HMS Defender âbwabanje guhabwa umuburo […]
Igikomangoma Charles cyahaswe ibibazo ku kugira uruhare mu rupfu rwa Diana
Igikomangoma Charles cyahaswe rwihishwa ibibazo nâIgipolisi cyâu Bwongereza mu 2005 kubera ibirego byavugaga ko ari cyo cyateguye umugambi wo kwica uwahoze ari umugore we, Igikomangomakazi Diana. Ku wa mbere, John Stevens wahoze ayobora Igipolisi cyâu Bwongereza kizwi nka Scotland Yard, yatangarije ikinyamakuru DailyMail cyo mu Bwongereza ko yagombaga “gukurikira ibimenyetso” no kubaza igikomangoma cya Wales […]
Mu mashuri 10 ya gisirikare meza ku Isi harimo rimwe gusa ryo muri Afurika

Amashuri y’ubuyobozi bwa gisirikare kugeza ubu yakomeje kuba imwe mu miyoboro mu gutegura abayobozi b’igihugu ku Isi bagiye bagirira akamaro ibihugu byabo ndetse n’Isi muri rusange. Hano hari amwe mu mashuri meza ya gisirikari ariho ku Isi kugeza ubu nk’uko tubikesha militarymedia.net. 1. United States Military Academy (West Point) Iri shuri ritanga integanyanyigisho yuzuye igamije […]
Abasirikare bavuye mu Ishuri rya gisirikare rya Bangladesh bari mu rugendoshuri mu Rwanda

Intumwa zâabasirikare bakuru 47 baturutse mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Bangladesh ( Bangladesh National Defence College) ziri mu Rwanda mu rugendoshuri mu Rwanda kuva ku itariki ya 20 kugeza ku ya 24 Kamena 2021. Iri tsinda rigizwe nâabanyeshuri baturutse mu bihugu bitandukanye birimo Bangladesh, u Buhinde, Malaysia, Nepal, Indonesia na Sudani yâEpfo. Izi ntumwa […]
Uganda: Abaminisitiri hafi 20 ntibarahiye kubera impamvu zifitanye isano na Covid-19
Abagize guverinoma nshya ya Uganda bagera muri 17 bananiwe kwitabira umuhango wâirahira kuwa mbere ushize , aho bamwe bananiwe kugera aho bagombaga kurahirira ku Rubuga rwâUbwigenge rwa Kololo kubera ko bamwe bishyize mu kato kubera guhura nâabanduye Covid-19, abandi barimo kuvurwa, mu gihe abandi bapfushije ababo nâizindi mpamvu. Uza imbere ku rutonde rwâabo baminisitiri batabashije […]
OPINION: Gukunda igihugu n’iki, ijambo rikunzwe gukoreshwa// kwanga igihugu se byo bigenda gute?
Uwahoze ari Perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Abdelaziz yafunzwe
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 22 Kamena, umucamanza wâiperereza wâurukiko rwa Nouakchott, umurwa mukuru wa Mauritania, wumvise uwahoze ari perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Abdelaziz, yahisemo kumufunga. Hafashwe ingamba zikomeye z’umutekano zari zakajijwe mu nkengero zâurukiko mu gihe cy’iburanisha ry’uwahoze ari umukuru w’igihugu, hamwe no gutangaza icyemezo cyo kumusubiza muri gereza. Ould Abdelaziz azashyirwa […]
Covid-19: 4 pays dont le Rwanda considérés comme des pÎles de production de vaccins
L’Afrique travaille avec l’Union europĂ©enne et d’autres partenaires pour aider Ă crĂ©er des centres rĂ©gionaux de fabrication de vaccins en Afrique du Sud, au SĂ©nĂ©gal et au Rwanda, avec le Nigeria Ă l’Ă©tude, a dĂ©clarĂ© le directeur gĂ©nĂ©ral de l’Organisation mondiale du commerce, Ngozi Okonjo-Iweala. “Nous avons maintenant vu qu’une centralisation excessive de la capacitĂ© […]
Putin yagaragaje uruhare rwa USA mu gutuma Ukraine yamburwa Intara ya Crimea
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko imyivumbagatanyo yâabaturage yo mu 2014 yatumye uwahoze ari Perezida wa Ukraine, Viktor Yanukovich yirukanwa ku butegetsi, yari yihishwe inyuma na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâibihugu zishyigikiye byâi Burayi kuko yifuzaga ubufatanye bukomeye mu karere igihugu cye giherereyemo. Nkâuko Putin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Budage, Die Zeit, avuga […]
Abakuru bâibihugu baranzwe n’ubujura bukabije mu mateka mu myaka ya vuba

Iyo usomye ingingo iyo ari yo yose yerekeye gukumira cyangwa kurwanya ruswa, ikintu cya mbere uzabwirwa ni uko ‘ubushake bwa politiki’, cyangwa imvugo iri hejuru, ari ishingiro ry’ibikorwa byose bigamije kurwanya ruswa. Ariko se wavuga iki mu gihe umuyobozi wâigihugu, imyitwarire nâubunyangamugayo bigomba kuba bidashidikanywaho, ari we ufata iya mbere mu kurya ruswa no kunyereza […]
Perezida Duterte yahitishijemo Abanyafilipine urukingo cyangwa gufungwa
Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte, ukunze gufata ibyemezo bikavugisha Isi yose, kuri iyi nshuro aravuga ko umuntu uri mu gihugu cye utazamera urukingo rwa Covid-19 azajya amufunga. âUrahitamo, urukingo cyangwa ngufungishe,â aya ni amagambo ya Duterte kuri uyu wa Mbere mu kiganiro kuri televiziyo yâigihugu. Igihugu cya Philippines kimaze kubonekamo abantu 1,300,000 banduye Covid-19 abagera […]
Germain Rukuki wari warakatiwe imyaka 32 yagabanyirijwe igihano kigera ku mwaka
Ubutabera bwâu Burundi bwafashe icyemezo cyo kugabanyiriza igihano impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, wari warakatiwe imyaka 32 yâigifungo mu 2018 gishyirwa ku mwaka umwe. Uyu mugabo wari umaze imyaka itatu muri gereza yakoreye umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, ACAT, akaba yarakatiwe gufungwa imyaka 32 azizwa guhungabanya umutekano wâigihugu no kwigomeka ku butegetsi. Ubwo yatabwaga […]
Mu bihugu 4 birimo u Rwanda harigwa uko hashingwa inganda zikora inkingo za Covid-19 – WTO
Umuyobozi mukuru wâUmuryango Mpuzamahanga wâUbucuruzi, WTO, Ngozi Okonjo-Iweala, yatangaje ko Afurika irimo gukorana nâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi ndetse nâabandi bafatanyabikorwa mu gufasha gushyiraho ihuriro ryâinganda zikora inkingo mu rwego rwâuturere muri Afurika yepfo, Senegali nâu Rwanda, hamwe na Nigeria. Nk’uko tubikesha Reuters, kuri uyu wa Mbere Madamu Okonjo-Iweala yagize ati: ” Ubu twabonye ko gushyira […]
Uganda: Yashyizemo impuzankano ya polisi ngo abone uko atwara abagenzi muri guma mu rugo
Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Jinja yataye muri yombi umumotari wari urimo gutwara abagenzi abavana Nansana, mu nkengero za Wakiso abajyana mu Karere ka Jinja ku mashilingi 100,000 yambaye impuzankano ya polisi. Ikintu gitangaje, ibi byabaye nyuma yâicyumweru kituzuye Perezida Museveni atangaje ingamba nshya zo gukumira icyorezo cya Covid-19, zirimo no kubuza moto […]
RDC: Leta yambuye impushya zo gucukura peteroli ibigo byâUmunya-Israel
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntivuga rumwe nâibigo bigenzurwa nâumushoramari wâUmunya-Israel, Dan Gertler, ivuga ko impushya zabyo zo gushakisha peteroli ahantu habiri hegereye umupaka wa Uganda zarangiye mu gihe ibi bigo bivuga ko impushya zabyo zigifite agaciro. Minisiteri ishinzwe ingufu za hydrocarbone muri Congo yavuze mu ibaruwa yo ku ya 16 Kamena yasuzumwe na Reuters […]
Bafatanwe magendu yâibitenge bari biziritseho nkâudukoti dukingira amasasu
Kuri iki cyumweru, itariki 20 Kamena kuri bariyeri yo muri Komini Buganda mu Ntara ya Cibitoke, hafatiwe abasore bane bari binjije magendu yâibitenge, bari bakuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, babyizengurukijeho mu gatuza barenzaho indi myenda yo hejuru. Aba banyamagendu bari bavuye mu burasirazuba bwa Congo bafite ibitenge 24 bitari biri mu mizigo bari […]
Perezida Kagame ntaho agiye kujya Uganda nâu Burundi bitarajya ku murongo â Apotre Mutabazi
Apotre Mutabazi Kabarira Maurice, umuvugabutumwa ukunze no gukora ubusesenguzi ku bijyanye na politiki nâimibereho myiza arasaba abaturage kwirinda abiyita abahanuzi bagenda bavuga ko Imana yababwiye ko igiye guca ubutegetsi buriho, ndetse nâabababwira ko beretswe ku mukuru wâigihugu ndetse ashimangira ko abakwirakwiza ubu buhanuzi bazabihanirwa n’amategeko nibatitonda. âHavumwe umuntu uvuga ngo Imana iramuvugishije itamuvugishije, havumwe umuntu […]
USA: Serwakira yiswe Claudette imaze guhitana abasaga 10
Umuyaga ukabije wa serwakira wiswe Claudette uvanze nâimvura wahitanye abantu 12 muri Leta ya Alabama, aho wasenye amazu mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umuyobozi wâAkarere ka Butler, muri Alabama, Wayne Garlock, yavuze ko abantu 10 barimo abana 9 bapfiriye muri iki cyiza cyabaye kuwa Gatandatu, mu Mujyi wa Greenville ndetse […]
Le Ghana va établir une usine de chocolat au Rwanda
Le Ghana collabore Ă la crĂ©ation d’une usine de transformation de chocolat au Rwanda afin de stimuler le commerce et les investissements entre les deux pays. Dans le cadre du partenariat, le Ghana fournira du cacao biologique transformĂ© sous forme de gruĂ© de cacao ou de liqueur de cacao. Le Rwanda Ă©tablira Ă©galement une usine […]
RDC: Ingabo zâu Bubiligi zigiye guha imyitozo ingabo za FARDC zoherejwe mu burasirazuba
Igisirikare cyâu Bubiligi kigiye gutoza ingabo za FARDC zikorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho itsinda ryâabasirikare bâAbabiligi bazatoza nâirya FARDC kuva kuwa Gatandatu, itariki 19 Kamena ribarizwa Kindu, mu Ntara ya Maniema aho imyitozo izatangirwa. Nkâuko byatangajwe na Gen. Vincent Pierare wâUmubiligi, ngo uruzinduko rwabo muri Kindu rugamije gusuzuma uko hatangizwa […]
Imiterere yâingengo yâimari yâumwaka utaha izasomwa muri iki cyumweru
Minisitiri wâimari nâigenamigambi ryâubukungu, Uzziel Ndagijimana muri iki cyumweru yitezweho kuzasoma ingengo yâimari ya nyuma guverinoma izakoresha mu mwaka wâingengo yâimari utaha wa 2021-2022, uzatangira muri Nyakanga. Inyandiko ikubiyemo imiterere yâingengo yâimari yatanzwe ku ya 21 Gicurasi, icyo gihe isesengurwa na komite yâinteko ishinga amategeko mbere yo kohererezwa guverinoma. Ikinyamakuru New Times kivuga ko cyumvise […]
Polisi ntivuga rumwe na bamwe mu bo ivuga ko bafashwe batwaye basinze
Polisi y’u Rwanda ntivuga rumwe na bamwe mu bantu yerekanye kuri iki Cyumweru ivuga ko bafashwe batwaye imodoka basinze ndetse barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Ni abantu 26 Polisi yerekaniye kuri Station yayo ya Rwezamenyo ivuga ko bafashwe ku itariki 16 Kamena ariko bamwe muri bo ntibemera ko bari basinze bakavuga ko ibipimo bya […]
Umunyapolitiki Martin Fayulu yagabye igitero kuri Ambasaderi wa Amerika
Umunyapolitiki, Martin Fayulu, Perezida wâishyaka Engagement pour la CitoyennetĂ© et le dĂ©veloppement (ECide), mu kiganiro nâabanyamakuru cyabaye ku wa Gatanu ushize, itariki ya 18 Kamena 2021, yagabye igitero kuri Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Kinshasa amwibutsa ko Abanyekongo batagikolonijwe. Muri iki kiganiro Martin Fayulu yagize ati: “Niba hari Abanyaburengerazuba, cyane cyane Bwana […]
Quatre officiers supérieurs promus colonel, un nommé secrétaire général adjoint du NISS
Le prĂ©sident Paul Kagame, en sa qualitĂ© de commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a promu quatre officiers du grade de lieutenant-colonel Ă celui de colonel. Le lieutenant-colonel JP Nyirubutama a Ă©tĂ© nommĂ© colonel qui a Ă©galement Ă©tĂ© nommĂ© secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint du Service national de renseignement et de sĂ©curitĂ© (NISS). Le […]
Abarwayi bahunze ibitaro nyuma yâaho abakozi babyo basaga 10 basanzwemo Covid-19
Abarwayi bari binjiye mu Bitaro bikuru bya Kagadi, mu Karere ka Kagadi, mu burengerazuba bwa Uganda, batangiye kubisohokamo babihunga batinya kwandura COVID-19 nyuma yâaho abakozi 14 bakora muri ibi bitaro basanzwe baranduye iki cyorezo. Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Kamena nibwo Uganda Radio Network (URN) yasuye ibi bitaro isanga ibitanda byinshi byari byarafashwe nâabarwayi […]
RDC: Abasenateri barashinjwa gushaka kwitambika ubutabera
Ibyemezo bitavugwaho rumwe mu Nteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati yâabadepite ku ruhande rumwe, bemeye ko abayigize bajya kuburanishwa nâinkiko, ku rundi ruhande, Abasenateri banze gukuraho ubudahangarwa bwa bamwe muri bagenzi babo, byazamuye amajwi yumvikanisha kwamagana imyitwarire yâabo basenateri bamwe basanga bagamije kubangamira ubutabera. Ku wahoze ari minisitiri wâubutabera, Luzolo Bambi […]
Umwuzukuru wâuwahoze ari Perezida wa Kenya, Arap Moi, yajyanwe mu rukiko
Kuri wa Gatanu ushize, umwuzukuru wâuwahoze ari Perezida wa Kenya, Daniel Arap Moi yananiwe kwitabira gukoresha ikizamini cya ADN cyari kigamije kumenya niba ari we se w’abana babiri yitakana. Kubera iyo mpamvu, Collins Kibet Moi ashobora gushinjwa icyaha cyo gusuzugura icyemezo byâurukiko, nyuma yâuko uwahoze ari umukunzi we, Gladys Jeruto, amukangishije kumushora mu rubanza. Mu […]
Iran: Perezida mushya ari ku rutonde rw’abafatiwe ibihano na USA
Ebrahim Raisi wahoze ari umucamanza niwe watsinze amatora ya perezida muri Iran mucyiciro cya mbere aho yakubise inshuro mu buryo bugaragara abandi bakandida batatu bahataniraga kuyobora iki gihugu. Ibyavuye mu matora bya nyuma birajya ahagaragara mu masaha ari imbere kuri uyu wa Gatandatu, ariko bigaragara ko Raisi yabonye amajwi arenga 50%. Bwana Raisi ni umucamanza […]
Abakabakaba 600 barangije muri Kaminuza ya KIM bakomeje kubaho mu gihirahiro
Abanyeshuri 599 bize muri Kaminuza ya KIM, barasaba gukurwa mu gihirahiro kuko ngo basoje amasomo muri 2019 ariko bakaba batarabona impamyabumenyi zabo. Bamwe mu banyeshuri bize muri Kaminuza ya KIM bamaze imyaka ibiri basoje amasomo yabo bakomeje gusaba gukurwa mu gihirahiro kuko kuva icyo gihe bategereje impamyambuenyi zabo amaso akaba yaraheze mu kirere. Ni abanyeshuri […]
Loni: Antonio Guterres yatorewe manda ya kabiri
Kuri uyu wa Gatanu, Inteko Rusange yâUmuryango wâAbibumbye yatoreye Antonio Guterres manda ya kabiri yo kuba Umunyamabanga Mukuru, imuha indi myaka itanu ku buyobozi bwâumuryango uhuriyemo ibihugu 193 mu gihe Isi yugarijwe n’ibibazo bitandukanye ibi bihugu bitavugaho rumwe nk’ingaruka zâimihindagurikire yâikirere zikomeje kwiyongera , n’icyorezo cya Covid-19 kikidegembya mu Isi. Abambasaderi mu cyumba cy’inteko bakomye […]
Mu mwaka Perezida Ndayishimiye amaze ku butegetsi abantu 554 bamaze kwicwa â LIGUE ITEKA
Mu gihe cyâumwaka umwe Perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayobora igihugu cyâu Burundi, Umuryango LIGUE ITEKA, uharanira uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu uravuga ko abantu bagera kuri 554 bamaze kwicwa, 118 muri bo bakaba ari abagore. Uyu muryango uvuga ko uyu mwaka Perezida Ndayishimiye amaze ku butegetsi wabaye umwaka wâakaga kandi ubivuga ushingiye kuri iyo […]
Palestina yanze inkingo za Covid-19 yari yahawe na Israel
Ubuyobozi bwa Palesitina bwahagaritse amasezerano bwari bwagiranye na Israel yagombaga kuyiha nibura miliyoni imwe y’inkingo za Covid-19. Ubuyobozi bwavuze ko inkingo za Pfizer Israel yabahaye zegereje cyane igihe cyo kurenza igihe. Israel yari yavuze ko idakeneye izo nkingo kuko zendaga kurangiza igihe kubw’ibyo zikaba zagombaga gukoreshwa mu kwihutisha gahunda yo gukingira ya Palesitine. Palestina nayo […]
Le parquet rejette les demandes de deux “gĂ©nĂ©raux” du MRCD qui souhaitent ĂȘtre rĂ©intĂ©grĂ©s
L’accusation a rejetĂ© les demandes de Felicien Nsanzubukire et d’Anastase Munyaneza, anciens « majors gĂ©nĂ©raux » du CNRD-Ubwiyunge qui ont dĂ©clarĂ© au tribunal qu’ils devraient ĂȘtre amnistiĂ©s, tout comme de nombreux autres « rebelles » capturĂ©s en RDC. Le CNRD-Ubwiyunge est l’un des groupes qui se sont rĂ©unis pour crĂ©er le MRCD, une coalition qui a donnĂ© naissance Ă […]
Uko urushyi uwari guverineri wa Nairobi yakubise umudepitekazi rwabaye uruhenze mu mateka
Biravugwa ko uwahoze ari guverineri wa Nairobi, Evans Kidero, yishyuye miliyoni 30 z’amashiringi yâamande (Miliyoni zisaga 275 Frw)kubera gukubita umunyapolitiki mugenzi we Rachel Shebesh mu 2013, bikaba bishoboka ko ari rwo rushyi rwa mbere ruhenze mu mateka. Mu kiganiro kuri Ghetto Radio, Shebesh, icyo gihe wari uhagarariye abagore ba Nairobi mu nteko ishinga amategeko, yemeye […]
Iran: Babyukiye mu matora agomba kuzagena perezida mushya
Amatora ya Perezida wa Iran kuri uyu wa Gatanu, itariki 18 Kamena, azagena uzayobora guverinoma y’abasivili izayobora iki gihugu kiganjemo Abayisilamu nâahazaza hâumubano wacyo nâibihugu byo mu burengerazuba nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika bidacana uwaka. Mu bakandida bane, umuyobozi wâubucamanza ukomeye, Ebrahim Raisi bigaragara ko ari we uza ku mwanya wa mbere mu bafite […]
Nigeria: Umupolisi yishwe abanyeshuri basaga 80 biganjemo abakobwa barashimutwa
Abantu bitwaje intwaro kuri uyu wa Kane bishe umupolisi banashimuta byibuze abanyeshuri 80 nâabarimu batanu bo mu ishuri ryo muri leta ya Kebbi yo muri Nigeria, nk’uko byatangajwe na polisi, abaturage nâumwarimu. Iki gitero cyaranzwe n’ishimuta rikabije kibaye ku nshuro ya gatatu mu byumweru bitatu mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria, abayobozi bakaba bavuga ko ibi […]
Raporo nshya ya Loni iravuga ko zimwe mu ntwaro ADF ikoresha zinyuzwa muri Uganda
Raporo nshya yâimpuguke za Loni kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo irerekana ko imitwe yitwaje intwaro ikomeje gushyira ubuzima bwâabaturage mu kaga, kandi izi mpuguke zigatunga urutoki Igisirikare cya Congo, FARDC, zigishinja ibikorwa byâubusahuzi, ubucuruzi butemewe bwâamabuye yâagaciro, no kwica abaturage gishinja gukorana nâimitwe yitwaje intwaro. Iyi raporo ya Loni yibanze ku ntara eshatu zo […]
Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa yasabiwe amezi 6 y’igifungo
Abashinjacyaha b’Abafaransa basabiye igifungo cy’amezi atandatu uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, mu rubanza aregwamo gutera inkunga mu buryo butemewe n’amategeko ibikorwa byo kwiyamamaza kwe mu 2012. Umuvugizi w’ubushinjacyaha ntiyashoboye guhita atanga ibisobanuro kuri aya makuru nk’uko bitangazwa na Reuters. Ku wa kabiri, Sarkozy yahakanye amakosa mu rubanza rwe ku gutera inkunga mu buryo […]
Le parquet demande la réclusion à perpétuité pour Rusesabagina
le parquet a demandĂ© au tribunal , ce Jeudi 17 juin, de condamner Ă perpĂ©tuitĂ© Paul Rusesabagina, le prĂ©sident fondateur du MRCD-FLN, le groupe armĂ© qui a tuĂ© des civils rwandais lors d’une sĂ©rie d’attaques qu’il a menĂ©es dans diffĂ©rentes parties du pays en 2018 et 2019 . Rusesabagina est inculpĂ© de 9 chefs d’accusation, […]
Nyamihana: Abasore babiri babanaga mu nzu bapfuye urw’amayobera
Abasore babiri babanaga mu nzu mu mudugudu wa Nyamihana, muri Komini ya Mugina, mu Ntara ya Cibitoke, mu gihugu cyâu Burundi basanzwe bapfuye polisi ita muri yombi abantu 9 bakekwaho kubigiramo uruhare. Abo basore ni DieudonnĂ© Bizimana wâimyaka 18 na Pascal Ntaconayigize wâimyaka 20 ans. Basanzwe muri iyi nzu bakodeshaga bapfuye kuwa Kabiri ushize, itariki […]
Boko Haram yatangaje umuyobozi wayo mushya wasimbuye Abubakar Shekau
Umutwe wâAbajihadiste wo muri Nigeria Boko Haram wemeje bidasubirwaho urupfu rwâuwari umuyobozi wawo, waguye mu mirwano yabahuje nâAbarwanyi ba Leta ya Kisilamu muri Afurika yâUburengerazuba, ISWAP, utangaza umuyobozi wawo mushya, Bakura Modu bakunda kwita Sahaba, mu mashusho yoherejwe kuri uyu wa Gatatu Ibiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP. Sahaba, umuyobozi w’ingenzi wa Boko Haram uzwi n’impuguke nkâufite […]
Abayobozi ba Rukiga bashyikirijwe umurambo wâUmugande wari ufungiye mu Rwanda
Umurambo wâumugande wâimyaka 38 bivugwa ko yapfiriye muri gereza yo mu Rwanda yari afungiyemo mu ntara yâIburasirazuba washyikirijwe abayobozi ba Uganda muri iki cyumweru nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Chimpreports kivuga ko uyu ari uwitwa John Baptist Tumukorereki, ukomoka mu Karere ka Rukiga wapfuye ku itariki 16 Gicurasi 2021. Umurambo we iyi nkuru ivuga ko washyikirijwe abayobozi […]
Abayobozi 40 bâibihugu bya G7 bamaze kuva ku butegetsi bagasiga Putin akiyobora

Kuva yatorwa mu 2000, Perezida wâu Burusiya uriho ubu amaze kubona abayobozi 40 batandukanye bâibihugu 7 bikize cyane ku Isi, G7 bava ku butegetsi bakamusiga akiyobora. Vladimir Putin amaze kwicarana n’abayobozi babiri b’Abadage, Gerhard Schröder na Angela Merkel, abaperezida bane b’Abafaransa (Chirac, Sarkozy, Hollande na Macron), ba minisitiri bâintebe bane ba Canada, abaperezida batanu bâAbanyamerika, […]
Mali: Ingabo za Niger zishwe, Abafaransa barakomereka, hafatwa nâabayobozi ba EIGS

Muri Mali, imirwano yo kuwa Kabiri ushize, itariki 15 Kamena, yahuje n’abasirikare ba Niger n’u Bufaransa, bari mu gikorwa cyo gutata, nâabarwanyi bâabajihadiste bo mu mutwe wa Leta ya Kisilamu igice cya Sahara (EIGS), yaguyemo abasirikare babiri ba Niger undi arakomereka, ndetse abasirikare babiri bâAbafaransa bo muri Operation Barkhane nabo barahakomerekera nkâuko byatangajwe kuri uyu […]
Nicolas Sarkozy yongeye kugaragara mu rukiko yarakariye ubushinjacyaha
Kuri uyu wa Kabiri, uwahoze ari Perezida wâu Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yitabye urukiko, ahakana amakosa ashinjwa ndetse anagaragariza uburakari ubushinjacyaha ubwo yaburanishwaga kubera inkunga yaba yaratewe mu buryo butemewe nâamategeko nâuko yatsinze amatora yo mu mwaka wa 2012. Sarkozy, ufite imyaka 66, akurikiranweho kuba yarakoresheje hafi inshuro zikubye ebyiri miliyoni 22.5 z’amayero (miliyoni 27.5 $) […]
Ni ibihe bihano biza gusabirwa Rusesabagina nâabo bareganwa?
Urubanza Paul Rusesabagina areganwamo n’abandi 20 ibyaha by’iterabwoba byakorewe abaturage b’u Rwanda biteganijwe ko ruzakomeza kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Kamena mu Rukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga ndetse nâibyambukiranya Imipaka, aho ubushinjacyaha buzaboneraho gusabira ibihano abaregwa. Uru rubanza rwari rumaze gusubikwa hafi ibyumweru 3 kugira ngo ubushinjacyaha nâabaregwa babone umwanya uhagije wo kwitegura […]
Karongi: Imibiri 8,660 yâabazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubahiro
Kuri iki Cyumweru gishize, itariki 13 Kamena 2021, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Mubuga mu Karere ka Karongi hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 8,660 yâabazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi mibirimo irimo iyabonetse bwa mbere ndetse nâindi yimuwe mu mva zitandukanye hirya no hino mu Karere ka Karongi. Ni igikorwa cyitabiriwe nâabayobozi batandukanye barimo , Minisitiri wâUbutabera […]
Somalia: Byibuze abasirikare 15 biciwe mu kigo cyâimyitozo i Mogadishu
Byibuze abantu 15 kuri uyu wa Kabiri, biciwe mu gitero cyâubwiyahuzi cya bombe cyagabwe ku Kigo cya Gisirikare mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu. Abayobozi bari ku Bitaro bya Madina, aho uwahaye amakuru Reuters yabaze imirambo, bemeje ko koko aba bantu biciwe mu gitero cyagabwe mu gitondo ku kigo cya gisirikare. Nta mutwe nâumwe wahise […]