Uwari Perezida wa Sri Lanka yavuye muri Maldives aho yari yahungiye ajya muri Singapore
Amakuru agera kuri BBC aravuga ko Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa, yavuye aho yari yahungiye muri Maldives mu ndege yo muri Arabia Sawudite yerekeza muri Singapore. Perezida yari yarahungiye muri Malidive uwa Kabiri nyuma yâimyigaragambyo ikaze âabaturage yamuhatiye guhunga ingoro ye. Ntibiramenyekana niba Rajapaksa azaguma muri Singapore cyangwa niba azahaguma byâigihe gito. Mbere yo […]
Priti Patel mu mazi abira nyuma yo kutitaba abadepite ngo asobanure ibyo kohereza abimukira mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâUmutekano wâu Bwongereza, Priti Patel, yanenzwe cyane nyuma yo kwanga kwitaba abadepite ngo atange ibisobanuro kuri gahunda ikomeje kutavugwaho rumwe yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu. Patel kandi yagombaga gusobanura impamvu zo gutinda kwa pasiporo ndetse no kunanirwa kwa Polisi , avuga ko kutitaba kwe kwatewe nâimpinduka […]
Gambia: Urukiko rwakatiye igihano cyâurupfu 5 bakoreraga urwego rwâubutasi kubwa Jammeh
Urukiko rwo muri Gambia kuri uyu wa Gatatu rwahanishije igihano cyâurupfu abantu batanu bahoze bakorera urwego rwâubutasi bazira iyicwa ryâimpirimbanyi muri politiki yishwe mu gihe cyâubutegetsi bwa Yahya Jammeh. Umucamanza wo mu Rukiko Rukuru, Kumba Sillah-Camara, niwe wasomye igiano cyahawe uwahoze akuriye Urwego rwâIgihugu rwâUbutasi (NIA), Yankuba Badjie, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica Ebrima […]
Uganda: Hari impungenge ko urubyiruko rwo mu Karere ka Kisoro rushobora gushirira muri M23
Urubyiruko rwo muri Uganda rutuye mu bice byakiriye impunzi zâAbanyekongo mu Karere ka Kisoro biravugwa ko rukomeje kwegerwa nâabarwanyi bo mu mutwe wa M23 baturuka mu burasirazuba bwa Congo bashaka kurujyana kuwufasha mu ntambara. Umuyobozi mu karere ka Kisoro, Hajji Shaffiq Sekandi, yahishuye ibi avuga ko ari amakuru yâubutasi aheruka kubageraho. Sekandi avuga ko amakuru […]
Ukraine yahise icana umubano na Koreya ya Ruguru kubera Donetsk na Luhansk
Igihugu cya Ukraine cyahagaritse umubano cyari gifitanye na Koreya ya Ruguru nyuma yâaho yemeye ubwigenge bw’uturere tubiri, Donetsk na Luhansk twiyise repubulika tukitandukanya na Ukraine. Icyemezo cya Kyiv cyo gucana umubano na Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatatu ushize, cyaje nyuma yâuko Pyongyang yemeye ubwigenge bwâintara ebyiri za Ukraine zo mu burasirazuba ziyise repubulika […]
Perezida Biden yageze muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati
Joe Biden, yageze i Tel Aviv muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Biden yagombaga kuvuga ijambo rigufi kuri uyu wa Gatatu mu birori byo kumwakira, mbere yo guhabwa amakuru nâabashinzwe umutekano muri Israel ku bijyanye na sisitemu y’ubwirinzi bwa misile ya Iron […]
London: Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza mu Kwakira
Indege ya mbere izohereza abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza nibura mu Kwakira, nyuma yâuko Urukiko Rukuru rwimuriye isuzuma ryo kureba ko bizaba byubahirije amategeko mu kwezi kwa cyenda. Ku wa Mbere ushize, abacamanza bemeye icyifuzo cyo kwimurira muri Nzeri isuzuma ngo hamenyekane niba gahunda yo kwimura abimukira hagati ya Guverinoma yâu Bwongereza nâiyâu Rwanda […]
Léon Kengo wa Dondo wabaye Perezida wa Sena ya RDC yaba afungiwe mu rugo rwe i Buruseli
Nkâuko amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mediacongo.net avuga, LĂ©on Kengo wa Dondo wigeze kuba perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuva mu 2007 kugeza 2019, yaba afungiwe iwe mu rugo aho atuye kuri Avenue Dreve-pitoresque muri Uccle, kamwe mu turere twiyubashye i Buruseli mu Bubiligi. Muri iyi “gereza” yâumuryango, ngo yaba ari […]
RDC: Abanyamategeko bunganira Francois Beya bikuye mu rubanza
Abanyamategeko bunganira Francois Beya wahoze ari umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi bivanye mu rubanza bashinja abacamanza. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Nyakanga, abunganira Francois Beya bikuye mu rubanza bavuga ko urukiko rudatanga icyizere cyo guca urubanza rutabogamye. Nyuma yâaho aba banyamategeko bikuye mu rubanza nkâuko tubikesha Radio Okapi, Urukiko Rukuru rwasubitse […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko zishe umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Syria
Kuri uyu wa Kabiri, Amerika yatangaje ko yishe umuyobozi wâumutwe wa Leta ya Kisilamu muri Syria mu gitero cyâindege zitagira abadereva mu majyaruguru yâiburengerazuba bwâigihugu. Umuyobozi mukuru wa Pentagon, yatangaje ko Maher Al-Agal wagaragajwe nk ‘”umwe mu bayobozi batanu bakomeye” ba Islamic State, yishwe ubwo yari atwaye moto hafi yâumujyi wa Jandairis kandi umujyanama we […]
Cote dâIvoire irasaba Mali guhita irekura abasirikare bayo yafashe nkâabacanshuro
Kuri uyu wa Kabiri, Cote d’Ivoire yasabye irekurwa ryâabasirikare bayo 49 bafatiwe muri Mali, iki kikaba ari ikintu gishobora guteza amakimbirane hagati yâabategetsi ba gisirikare ba Mali ndetse nâabâibindi bihugu byo muri Afurika yâiburengerazuba mu gihe hafatwa ingamba zo guhashya inyeshyamba zâabayisilamu no kugarura ubutegetsi bwa demokarasi. Ku cyumweru, abasirikare ba Cote d’Ivoire batawe muri […]
Nyuma yâurubanza rwa Bucyibaruta barasaba ko dosiye ya Padiri Munyeshyaka yongera gufungurwa
Nyuma yâurubanza rwa Laurent Bucyibaruta wari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi agakatirwa imyaka 20 yâigifungo nâurukiko rwo mu Bufaransa, abarokotse barasaba ubucamanza bwâu Bufaransa kongera gufungura dosiye ya Wenceslas Munyeshyaka wahoze ari umupadiri gatolika mu Rwanda. Urubanza rwa Munyeshyaka, mu 1994 wari umupadiri muri Kiliziya Gatolika ya St Famille i Kigali, nâurwa Bucyibaruta mu […]
La justice française condamne Bucyibaruta à 20 ans de prison pour génocide
Un tribunal français a emprisonnĂ© mardi un ancien haut responsable rwandais pendant 20 ans aprĂšs l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le gĂ©nocide de la nation africaine. Laurent Bucyibaruta est le plus haut gradĂ© rwandais Ă avoir Ă©tĂ© jugĂ© en France pour les massacres de 1994 au cours desquels plus d’un million de personnes ont […]
Umukinnyi Robert Lewandowski wa Bayern Munich ari gukangishwa kwicwa
Nkâuko byatangajwe nâibitangazamakuru byo muri Pologne, ngo rutahizamu ukomoka muri iki gihugu ukinira ikipe ya Bayern Munich, Robert Lewandowski, arimo araterwa ubwoba abwirwa ko ashobora kwicwa. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 kuri ubu wafashe icyemezo cyo kuva muri Bayern Munich, yagarutse muri BaviĂšre aho yari yitezwe gusubukura imyiteguro ya shampiyona ibanza. Mu gihe ihangana rikomeje hagati […]
Gasabo: Umugabo wari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe gufungwa burundu
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo mu mpera z’icyumweru gishize rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Nkundabagenzi Sylvestre icyaha cyo kwica umugore, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu nkâuko byari byasabwe nâUbushinjacyaha. Ku itariki ya 17/06/2022 nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza Ubushinjacyaha buregamo ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we ubwo yamusangaga mu rugo yicaranye […]
Le ministre Vincent Biruta a visité le Mémorial du génocide arménien à Erevan
Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres et de la CoopĂ©ration internationale du Rwanda, Vincent Biruta, et sa dĂ©lĂ©gation ont visitĂ©, lundi, le MĂ©morial du gĂ©nocide armĂ©nien Ă Erevan en marge de la visite de deux jours en ArmĂ©nie. La dĂ©lĂ©gation Ă©tait accompagnĂ©e du vice-ministre armĂ©nien des Affaires Ă©trangĂšres Mnatsakan Safaryan, a indiquĂ© le musĂ©e-institut du gĂ©nocide […]
U Burusiya bushobora kwisubiza Leta ya Alaska bwagurishije Amerika kuri miliyoni 7$ – Umudepite
Mu cyumweru gishize, umufatanyabikorwa ukomeye wa Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin akaba nâumwe mu bagize inteko ishinga amategeko yâu Burusiya yakangishije gutera Alaska no kwigarurira iyi ntara yahoze ari iyâ u Burusiya. Vyacheslav Volodin yavuze ko u Burusiya bushobora “kwisubiza” Alaska, ururimi ngo Moscow yakoresheje mu gusobanura igitero cyayo muri Ukraine. Nâubwo u Burusiya bwegereye […]
Umunyakanada wa mbere watuye mu Rwanda asanga Quebec ikwiye kwisubiza umwanya yahahoranye
Umunyakanada Luc-Normand Tellier uvuga ko ari we Munya-Canada wa mbere kandi ukomoka muri Quebec watuye mu Rwanda bwa mbere akanahakorera arasanga kugirango Quebec isubize umwanya yahoranye mu mateka mu Rwanda ikwiye kuhafungura ambasade nkâuko bigaragara mu gitekerzo cye yatambukije mu kinyamakuru Le Devoir. âAmahirwe yashatse ko mba umuturage wa mbere wa Canada na QuĂ©bec wabaye […]
Abasirikare ibihumbi ba Somalia bari bamaze imyaka 3 barabuze basanzwe muri Eritrea

Nyuma yâimyaka itatu yo kubihakana cyangwa kutavugwaho rumwe, ubu hamenyekanye andi makuru ku bijyanye nâibihumbi byâabasirikare ba Somalia boherejwe kwitoreza muri Eritrea, kandi leta zombi zimaze igihe zihakana. Ku Cyumweru, itariki ya 10 Nyakanga 2022, Perezida mushya wa Somalia, Hassan Cheikh Mohamoud, yahuye nabo mu ruzinduko rwe rwa mbere ku mugaragaro, rwamamajwe cyane mu itangazamakuru […]
Twitter irateganya gukurikirana umuherwe Elon Musk mu butabera
Twitter irateganya gutangiza urugamba rw’ubutabera muri iki cyumweru kuri Elon Musk, umuyobozi mukuru wâuruganda rwa Tesla (TSLA.O) rukora imodoka zikoresha amashanyarazi akaba n’umuntu ukize kurusha abandi ku Isi, nyuma y’aho atangaje ku wa Gatanu ushize ko amasezerano ya miliyari 44 z’amadolari yari yamaze gukora yo kugura Twitter (TWTR.N) ayavuyemo. Nkâuko Elon Musk abitangaza, ngo Twitter […]
Umuyobozi w’Igipolisi cya Somalia ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 7

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 11 Nyakanga, yakiriye mu biro bye biherereye Kacyiru mugenzi we wa Somaliya Maj. Gen. Abdi Hassan Mahamed, aho baganiriye ku cyateza imbere umubano mu buryo butandukanye bwo gucunga umutekano. Mu biganiro byahuje impande […]
Sri Lanka: Murumuna wa Perezida Rajapaksa wari minisitiri wâimari yabujijwe kuva mu gihugu
Abashinzwe abinjira n’abasohoka muri Sri Lanka baravuga ko babujije gusohoka mu gihugu murumuna wa perezida ndetse wahoze ari na Minisitiri wâimari, Basil Rajapaksa, nyuma yâaho abaturage barakariye uyu muryango wari ukomeye mu gihugu kubera ikibazo cyâubukungu bugeze aharindimuka. Ntabwo byahise bisobanuka aho Rajapaksa, ufite ubwenegihugu bwa Amerika, yageragezaga kujya. Yeguye ku mwanya wa minisitiri wâimari […]
Rubavu: Imyaka ibaye 12 bategereje gukosorerwa ibyangombwa byâubutaka amaso yaheze mu kirere
Imyaka ibaye 12 abaturage Leta yâu Rwanda itangije gahunda yo kubarura ubutaka no gutanga ibyangombwa byâubutaka bya burundu, ariko abaturage bo mu Kagari ka Ntengo, Umudugudu wa Nyabagobe, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, barashinja abayobozi guhora bababeshya ko bazabakosorera ibyangombwa none bakaba barategereje barahebye. âIkibazo dufite ni ibyangombwa byâubutakaâŠtwagiraga icyangombwa ariko kitajyanye nâubuso buhari. […]
Abadage bahangayikishijwe nâuko bazabaho mu itumba nyuma y’ifungwa rya Nord Stream
U Burusiya buragenda burushaho guha gaz nkeya u Budage none ubu umuyoboro wa Nord Stream bwawufunze kugirango ukorerwe maintenance, kandi ntibizwi niba uzongera gufungurwa vuba, kuri ubu Abadage bakaba bafite impungenge zikomeye zâuko bazabaho mu gihe cyâitumba kegereje. Abakodesha inzu benshi mu Budage biravugwa ko barimo kwakira amabaruwa adashimishije muri iyi minsi. Mugihe ibiciro byâingufu […]
Amatora ya Kenya abaye uyu munsi Odinga yagira 42% mu gihe Ruto yagira 39% – Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwakozwe mu gihugu cya Kenya bugaragaza ko umukandida ku mwanya wa perezida wâishyaka United Democrati Alliance (UDA), William Ruto, kuri ubu asatira cyane mugenzi we uzaba uhagarariye Azimio la Umoja, Raila Odinga, mu gihe habura ukwezi kumwe gusa kugira ngo amatora nyirizina yo ku ya 9 Kanama abe. Mu bushakashatsi ku waba umukuru wâigihugu […]
Rubavu/Kanama: Bamaze imyaka 8 basaba ikiraro kibafasha kugeza umusaruro wabo ku isoko barahebye

Abaturage bo mu Kagari ka Karambo, Umurenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu, baravuga ko kuva mu 2014 kugeza muri uyu mwaka wa 2022 bagiye batakambira akarere bagasaba kububakira ikiraro kibahuza nâutundi tugari kubera ko babura uko bageza umusaruro wabo wâibihingwa ku isoko kuko nta modoka zigera iwabo, ariko nâubu nta kirakorwa. Abaturage bavuga ko […]
Le porte-parole des RDF promu général de brigade, les 3 autres au grade de général major
Le prĂ©sident Paul Kagame, qui est Ă©galement le commandant en chef des Forces rwandaises de dĂ©fense (FDR), a promu lundi dans les rangs quatre officiers supĂ©rieurs. Selon un communiquĂ© de l’armĂ©e, les gĂ©nĂ©raux de brigade Vincent Nyakarundi, Willy Rwagasana et Ruki Karusisi ont Ă©tĂ© promus au grade de gĂ©nĂ©ral major. Nyakarundi est le chef du […]
Uganda: Umusore wâimyaka 32 nâumukunzi we bishwe na gari ya moshi nyuma yo kugonga imodoka yabo

Abantu batandukanye mu gihugu cya Uganda bakomeje kohereza ubutumwa bwo kwifatanya mu kababaro nâimiryango yâumugabo nâumugore bahitanwe nâimpanuka mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku cyumweru ubwo imodoka bari barimo yagongwaga na gari ya moshi abarimo bose bakahasiga ubuzima. Abahitanwe nâiyi mpanuka ybabaje abatari bacye ni Norbert Tizikara wâimyaka 32, wari umuhanga mu byâubwubatsi ukorana […]
Mu Gushyingo abatuye Isi bazagera kuri miliyari 8 mu gihe mu 2023 Abahinde bazaba baruta Abashinwa
Abaturage batuye Isi biteganyijwe ko bazagera kuri miliyari 8 ku itariki 15 Ugushyingo nkâuko byatangajwe nâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Mbere muri raporo yawo ivuga ko igihugu cyâu Buhinde kizatambuka ku Bushinwa nkâigihugu gifite abaturage benshi ku Isi mu 2023. Umunyamabanga Mukuru, Antonio Guterres yagize ati: “Muri rusange icyerekezo rusange cy’abaturage” ni ukwibutsa inshingano dusangiye […]
Sri Lanka: Abigaragambya biyemeje kuzava mu ngoro ya perezida ari uko yeguye ku butegetsi

Abigaragambya bavuze ko bazakomeza kwigarurira ingoro ya perezida nâiya minisitiri wâintebe ba Sri Lanka kugeza igihe abayobozi bombi beguye ku mugaragaro. Perezida Gotabaya Rajapaksa yavuze ko azava ku butegetsi ku ya 13 Nyakanga, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’inteko ishinga amategeko ku wa Gatandatu. Ariko perezida ntiyigeze aboneka cyangwa ngo agire icyo atangaza ku mugaragaro. Kuri uyu […]
Umugabo wâUmushinwa yari amaze imyaka 20 ajya mu mihango atazi kibazo afite
Umugabo wâumushinwa yagiye kwivuza ikibazo cyo kwihagarika bya hato na hato, atungurwa no kumenya ko afite udusabo tw’intanga twa kigore kandi yari amaze imyaka 20 ajya mu mihango. Nkâuko ikinyamakuru China Morning Post kibitangaza, ngo uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko wamenyekanye gusa ku mazina ya Chen Li mu rwego rwo kurinda umwirondoro we, yabanje gusuzumwa […]
Soweto: Igitero cyâabantu bitwaje intwaro mu kabari cyahitanye abantu 15
Igitero cyâabantu bitwaje intwaro mu masaha akuze kuri uyu Gatandatu ushize, mu kabari ko mu Mujyi wa Soweto muri Afurika yâEpfo, mu burengerazuba bwa Johannesburg, cyahitanye abantu 15 abandi barakomereka bikabije. Raporo za polisi zerekana ko itsinda ryâabagabo bahageze muri tagisi ya minibus batangira kurasa mu kabari, bituma abari imbere bagerageza guhunga. Komiseri wa polisi […]
FBI na MI5 byagaragaje ko ubu nta kibazo kibangamiye uburengerazuba nk’u Bushinwa
Mu ijambo ryahurijwe hamwe ritigeze ribaho, abayobozi ba FBI na MI5 (Ikigo cyâAbongereza gishinzwe umutekano no gukumira ubutasi mu gihugu) batanze umuburo ku wa Gatatu ku bibazo bitandukanye bishobora guterwa nâubutasi bwâAbashinwa. Bagaragaje ikibazo kimwe cyâukuntu u Bushinwa bwashyize imbaraga mu kubuza kuba umudepite Umushinwa witandukanyije nâubutegetsi bwa Pekin mbere yo kuba umuturage wa Amerika. […]
Umujyanama mu Karere ka Moscow yakatiwe imyaka 7 yâigifungo azira kunenga intambara yo muri Ukraine
Umujyanama w’Akarere ka Moscou yakatiwe imyaka irindwi yâigifungo azira kunenga igitero cy’u Burusiya muri Ukraine, mu byo umunyamategeko ukunze kunenga perezidansi yâu Burusiya (Kremlin) yavuze ko ari urubanza rwa mbere umuntu agiye muri gereza hakurikijwe itegeko rishya rihana âamakuru y’ibinyomaâ. Alexei Gorinov, umwe mu bagize njyanama yâakarere, yabwiye inama ya njyanama ku ya 15 Werurwe, […]
Blaise Compaore yasubiye aho yari yarahungiye muri Cote dâIvoire igitaraganya
Uwahoze ari Perezida wa Burkinafaso, Blaise CompaorĂ©, yavuye i Ouagadougou kuri uyu wa Gatandatu, itariki 9 Nyakanga nyuma ya saa sita asubira i Abidjan, aho yahungiye kuva yahirikwa mu 2014. Yari yasubiye mu ghugu cye ku wa Kane ushize, yitabiriye inama yahuriyemo nâundi wahoze ari Perezida, Jean-Baptiste OuĂ©draogo na Lt. Col. Paul Henri Damiba uyoboye […]
Kwamamaza imiti nâibikorwa byâubuvuzi bigiye kujya bihanirwa mu Rwanda
Ishingiye ku mabwiriza ya Minisitiri No 20/0004 yo ku wa 09/01/2019 abuza kwamamaza imiti nâbikorwa byâubuvuzi mu buryo ubwo ari bwo bwose nâibiganiro bitemewe, minisiteri yâubuzima yasabye abayobozi bâibitangazamakuru nâubuyobozi bwâibanze guhagarika ibyo bikorwa. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki 09 Nyakanga ryashyizweho umukono na minisitiri wâubuzima, Dr Daniel Ngamije, havuga ko […]
Martin Fayulu yijeje rubanda ko vuba agiye gufata ubutegetsi akagira RDC igihangange
“Iyo nza kuba nicaye mu ntebe ya perezida, iriya ntambara iba yararangiye,â ibi ni ibyatangajwe na Martin Fayulu, perezida wâishyaka EciDĂ© (Engagement pour la CitoyennetĂ© et le DĂ©veloppement) yizeza abaturage ba Boyoma ko vuba agiye gufata ubutegetsi akagira Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihugu gikomeye. Ati â Tugiye gufata iriya ntebe kandi ntibizaba ari ugushaka […]
Perezida Rajapaksa wa Sri Lanka yayabangiye ingata mbere yâuko abaturage batera ingoro ye
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 9 Nyakanga, Perezida wa Sri Lankan, Gotabaya Rajapaksa, yahunze urugo rwe mu murwa mukuru Colombo, mbere yuko haterwa nâabaturage bigaragambyaga basaba ko yegura. Akajagari gakomeye karashoboka ahazaza nyuma y’iyi ntambwe nshya yatewe mu guhangana hagati ya perezida n’abaturage be. Umwe mu bashinzwe umutekano yagize ati: “Perezida yajyanywe ahantu hatekanye.” […]
Rusizi: Ikirego cy’Umushinwa wasabaga gukuraho icyemezo cy’urukiko cyatewe utwatsi
Urukiko Rukuru Urugereko rwa Rusizi mu ntangiriro z’iki cyumweru rwemeje ko ikirego cyatanzwe nâUmushinwa nâuwo bareganwa cyo gukuraho icyemezo bafatiwe nâUrukiko Rwisumbuye rwa Karongi nta shingiro gifite. Ku itariki ya 30 Werurwe 2022 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije umushinwa witwa SHUJUN SUN igihano cyâigifungo cyâimyaka makumyabiri (20) ndetse ruhanisha nâUmunyarwanda witwa Renzaho Alexis igihano […]
Umujyi wa Kigali wasobanuriye Sena uko witeguye kugabanya umuvundo wâimodoka
Umujyi wa Kigali watangaje gahunda yo kubaka indi mihanda yo hejuru nâimihanda yâibice bibiri bibiri byâimodoka zijya mu kerekezo kimwe cyangwa ikindi mu rwego rwo kurushaho kugabanya umuvundo wâimodoka mu murwa mukuru. Izi gahunda zâubwubatsi zashyizwe ahagaragara, kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 7 Nyakanga, Umujyi wa Kigali wasubizaga komisiyo ihoraho ya Sena ishinzwe […]
Pas de cessez-le-feu ni d’accord signĂ© Ă Luanda – Biruta
Le ministre rwandais des Affaires Ă©trangĂšres, Vincent Biruta, a dĂ©menti les informations selon lesquelles un accord aurait Ă©tĂ© signĂ© ou un cessez-le-feu convenu entre le Rwanda et la RD Congo lors du sommet tripartite du 6 juillet qui s’est tenu dans la capitale angolaise, Luanda. Dans un tweet envoyĂ© par le ministre, il a condamnĂ© […]
Burundi: Leta yiyemeje guca burundu abasabirizi nâabana bo mu mihanda muri Bujumbura
Abayobozi bâu Burundi kuri uyu wa Kane ushize batangaje ko umukwabu wâigipolisi wo kurundanya abasabirizi mu Mujyi wa Bujumbura utazahagarara kugeza baciwe burundu mu mihanda. Abasabirizi bagera kuri 300 nâabana bo mu mihanda batawe muri yombi hagati yo kuwa Gatatu no kuwa Kane, nkâuko byatangajwe nâIhuriro ryâamashyirahamwe arengera abana (FENADEB), umuryango uhuriyemo imiryango 70 itegamiye […]
Beni: Igitero cyâinyeshyamba ku kigo nderabuzima cyaguyemo abantu 13
Abantu 13, barimo abarwayi 4, baguye mu gitero gishya cyâinyeshyamba ku kigo nderabuzima mu ijoro ryo ku wa kane rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Nyakanga 2022 i Lume, mu murenge wa Ruwenzori muri Tertwari ya Beni muri Kivu yâAmajyaruguru. Abagizi ba nabi bateye umujyi ahagana mu ma saa tatu n’iminota 20 z’ijoro, nkâuko […]
Huye: Uwashinjwaga gukubita umugore we bikamuviramo urupfu yakatiwe imyaka 20 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Huye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 06 Nyakanga rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Shumbusho Egide icyaha cyo gukubita umugore babanaga bikamuviramo urupfu, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cyâimyaka 20 nâihazabu ya miliyoni zirindwi. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru, buvuga ko nâubwo uregwa yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo […]
Uganda: Yashimutiwe kwa muganga afatwa ku ngufu aranicwa
Abarwayi nâabakozi bâIkigo Nderabuzima cya Kakindo IV bakangaranye nyuma yâaho umugore wari urwarije abana be babiri muri iri vuriro yarishimutirwagamo mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ushize, agafatwa ku ngufu akanicwa. Umurambo wa Constance Kyasimiire wasanzwe washyinuwe igice mu busitani buri mu Kagari ka Kyakachwende, mu Mujyi wa Kakindo nyuma yâamasaha aburiwe irengero ashakishwa […]
Mu mafoto: Uko byari byifashe igihe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yaraswaga

Shinzo Abe wahoze ari minisitiri w’Intebe w’u Buyapani kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Nyakanga yarashwe ubwo yariyagiye kwiyamamaza mu Mujyi wa Nara. Radio na Televiziyo bya leta, NHK, byavuze ko Abe w’imyaka 67 yarashwe n’umuntu wari witwaje imbunda amuhereye mu mugongo kubw’amahirwe ntiyahita apfa akaba arimo gukurikiranwa n’abaganga. Umugabo wamurashe w’imyaka 41, usanzwe ari […]
Impamvu icyaha cyo gusebya abayobozi bâabanyamahanga cyakuwe mu gitabo cyâamategeko ahana
Urukiko rw’Ikirenga ruherutse gukura mu gitabo cy’amategeko ahana, ingingo itanga ibihano by’igifungo ku bakekwaho icyaha cyo gutuka abayobozi bakuru b’abanyamahanga. Iryo tegeko ryateganyaga ko uhamijwe icyo cyaha ashobora guhanishwa igifungo kitari munsi yâimyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5. Iyo ngingo yagiraga iti âUkoza isoni cyangwa gutuka Abakuru b’ibihugu by’amahanga cyangwa abahagarariye ibihugu by’amahanga cyangwa abahagarariye […]
Huye: Uwari ukurikiranweho gusambanya mwishywa we yakatiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Nyakanga 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Bayavuge Jean icyaha cyo gusambanya mwishywa we, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buravuga ko nâubwo uregwa yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo gifungo cya burundu nkâuko byari byasabwe […]
Kenya: Guverineri Mohammud Ali yitakanye Visi Perezida William Ruto
Guverineri wa Marsabit, Mohammud Ali, yitakanye Visi Perezida wa Kenya, William Ruto ubwo yari mu ruzinduko mu ntara ye aho yari yagiye kwiyamamariza. Guterana amagambo byatangiye ku wa Gatatu, itariki ya 6 Nyakanga, ubwo Visi Perezida Ruto yavugaga ko Mohammud ataramenya umukandida azashyigikira hagati yâuwahoze ari Minisitiri wâintebe Raila Odinga na we (William Ruto). Ruto […]
Les écoles rurales demandent des salles de classe plus intelligentes
Les enseignants des lycĂ©es, en particulier dans les zones rurales, ont fait part de leurs inquiĂ©tudes concernant les salles de classe intelligentes inadĂ©quates pour numĂ©riser l’Ă©ducation. La demande a Ă©tĂ© faite par certaines Ă©coles situĂ©es dans les districts de Rutsiro et Rubavu de la province de l’Ouest visitĂ©es par The New Times. Dans le district […]
Aimable Karasira aravuga ko ashobora kwikura mu rubanza
Aimable Karasira Uzaramba uregwa ibyaha birimo gupfobya jenoside aavuga ko nakomeza gukubitwa nâabacungagereza azikura mu rubanza. Uyu uvuga ko iyo avuye kuburana akagera muri gereza akubitwa azira ko aburana mu buryo badashaka, yishinganishije mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge. Karasira yagaragarije impungenge umucamanza avuga ko ashobora kuzagwa muri gereza. Yongeyeho ko nibikomeza bityo azasaba kwikura mu […]
Perezida Macky Sall yishimiye ibyavuye mu biganiro byâi Luanda
Nyuma yâibiganiro byaraye bihuje abakuru bâiihugu byâu Rwanda, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Angola kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Senegal, Macky Sall, ari nawe uyoboye Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, kuri uyu wa Kane, itariki 7 Nyakanga, yishimiye ibyavuye muri ibyo biganiro. Abinyujije kuri twitter, Perezida Macky Sall yagize ati âNishimiye ibisubizo […]
MINICOM iravuga ko ubu ntacyo yakora ku izamuka rikabije ryâigiciro cyâibishyimbo
Minisiteri yâubucuruzi nâinganda iravuga ko ntacyo yakora ku giciro cyâibishyimbo gikomeje kuzamuka ikavuga ko ahubwo nibikomeza hazitabazwa ibituruka hanze kugirango umuturage arengerwe, aho kuri ubu ikiro kigeze ku mafaranga 800 mu gihe ku mwero cyaguraga 400. Yaba abacuruzi nâabaguzi bâibishyimbo muri iki gihe bavuga ko bahangayikishijwe cyane nâizamuka rikabije ryâigiciro cyabyo ku masoko mu gihe […]
Ukraine iyoboye urutonde rwâibihugu 10 bikennye kurusha ibindi mu Burayi
Igihugu cya Ukraine kiri mu ntambara nâu Burusiya ni cyo gihugu cya mbere gikennye kurusha ibindi ugereranyije n’ibindi byo mu Burayi hagendewe ku musaruro mbumbe wa buri muturage buri mwaka nkâuko tubikesha worldpopulationreview.com. Ubukungu bwâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi ni bumwe muri butatu bwa mbere ku Isi iruhande rwâubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâubwâu […]
Ibihano ku gihugu nkâu Burusiya gitunze intwaro za kirimbuzi bishobora gushyira ikiremwamuntu mu kaga – Medvedev
Uwahoze ari Perezida wâu Burusiya, Dmitry Medvedev (uri kumwe na Putinku ifoto), yavuze ko kugerageza gufatira ibihano ighugu gitunze intwaro za kirimbuzi nkâu Burusiya bikorwa nâUburengerazuba kubera intambara yo muri Ukraine bishobora gushyira mu kaga ikiremwamuntu, mu gihe intambara imaze amezi atanu ikomeje gusenya imijyi ari nako ibihumbi nâibihumbi byâabaturage basigara batagira aho kuba. Ku […]
Igisirikare cya Uganda cyitandukanyije nâibitangazwa na Lt Gen. Muhoozi kuri twitter
Umuvugizi wa Minisiteri yâIngabo nâibikorwa byâabavuye ku rugerero, ndetse nâIgisirikare cya Uganda (UPDF), yatangaje ko ibyanditswe nâumugaba wâingao zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba ku byerekeye inyeshyamba za Tigray zo muri Ethiopia ari igitekerezo cye bwite, atari icya UPDF. Mu kiganiro Focus on Africa cya BBC ku wa Mbere, Brig Felix Kulayigye, yirinda kuvuga […]
Kirehe: La police saisit des balles de vĂȘtements de contrebande, cinq arrestations
Cinq passeurs ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©s mardi 5 juillet, arrĂȘtĂ©s dans le district de Kirehe avec cinq balles de vĂȘtements d’occasion communĂ©ment appelĂ©s caguwa, qu’ils avaient introduits en douce au Rwanda depuis la Tanzanie par des points frontaliers poreux. Le surintendant de police (SP) Hamdun Twizeyimana, porte-parole de la police pour la rĂ©gion de l’Est, a […]
Abaminisitiri batandukanye bakomeje kwegura muri Guverinoma yâu Bwongereza ku bwinshi
Abandi baminisitiri batanu muri Guverinoma yâu Bwongereza beguye ku mirimo yabo kuri uyu wa Gatatu nyuma ya babiri beguye kuri uyu wa Kabiri; Sajid Javid na Rishi Sunak. Abo ni; Kemi Badenoch, Neil O’Brien, Alex Burghart, Lee Rowley na Julia Lopez beguriye mu ibaruwa imwe nkâuko tubikesha BBC. Julia Lopez yari minisitiri wâubuhinzi. Lee Rowley […]
Bamwe mu bakinnyi bagiye bapfira mu kibuga bari gukina cyangwa nyuma yaho

Umupira wâamaguru ni kimwe mu bintu bisigira abakunzi bawo ibihe bitazibagirana, intsinzi nâibyishimo, umukino nyuma yâundi. Ariko, rimwe na rimwe ubamo ibihe bibabaje kandi bisigira igikomere abawukurikirana. Ni muri urwo rwego twabateguriye urutonde rwâabakinnyi bagiye bapfira mu kibuga barimo gukina cyangwa nyuma yâumukino Antonio Puerta Umukinnyi wa Sevilla yapfuye ku ya 28 Kanama 2007, nyuma […]
Ethiopia na Sudani byiyemeje gukemura ibibazo bifitanye mu mahoro

Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yatangaje ko yumvikanye nâumuyobozi wa Sudani gukemura mu mahoro amakimbirane ashingiye ku mupaka yateje imirwano hagati yâimpande zombi. Ibiganiro hagati yâabayobozi bombi bije bikurikira imirwano yabereye mu karere kâumupaka katavugwaho rumwe mu kwezi gushize aho Sudani yavuze ko ingabo za Ethiopia zafashe kandi zikica ingabo za Sudani, ikirego Addis […]