Umuyobozi wa CNDD-FDD arashinjwa kongera guhamagarira abantu ubwicanyi

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka CNDD-FDD, RĂ©verien Ndikuriyo, aravugwaho kuba kuwa Kane yarongeye guhamagarira abantu ubugizi bwa nabi mu ijambo yavugiye mu masengesho yateguwe n’iri shyaka ku ngoro yaryo, aho bamwe bavuga ko ibintu bikunze gutangazwa n’uyu mugabo biteye isoni ndetse yivanga mu kazi k’inzego z’ubutabera n’umutekano. Muri aya masengesho Ndikuriyo mu magambo y’Ikirundi yagize ati:« 
 […]

Nta muntu numwe twari twatera urukingo muri Ruhango tumuhambiriye – Meya Habarurema

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, burahakana ko hari abaturage bakingirwa Covid-19 ku ngufu ariko ngo nta kabuza bose bazikingiza kuko ubu barimo kubikora ku bushake. Aka karere ni kamwe mu gihugu kagezemo abihayimana, mbere y’utundi, ibi bikaba byaratumye iyobokamana n’imyemerere yaryo ishinga imizi mu mitima y’abagatuye. Bivugwa ko ubwo gukingira Covid_19 byatangiraga muri aka karere, bamwe […]

Le patron de l’AutoritĂ© rwandaise du logement, Nshimyumuremyi, arrĂȘtĂ©

Le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) a confirmĂ© avoir sous sa garde le directeur gĂ©nĂ©ral de l’AutoritĂ© rwandaise du logement, Felix Nshimyumuremyi et le co-accusĂ©, Emile Alexis Mugisha, faisant l’objet d’une enquĂȘte pour corruption. Thierry B Murangira, porte-parole de RIB, a dĂ©clarĂ© au New Times que le duo avait Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© aprĂšs avoir reçu plus de […]

U Burusiya bwakangishije Amerika Sitasiyo Mpuzamahanga y’Isanzure (ISS)

Umuyobozi w’ikigo gishinzwe isanzure cy’u Burusiya yavuze ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abafatanyabikorwa bayo bafatiye u Burusiya kubera gutera Ukraine bishobora gusenya ubufatanye kuri Sitasiyo Mpuzamahanga y’Isanzure (ISS). Nyuma y’uko Perezida Biden atangarije ku wa kane ko Amerika izafatira ibihano amabanki akomeye yo mu Burusiya kandi igashyira ubugenzuzi ku byoherezwa mu Burusiya kugira […]

Ingabo z’u Burundi zongeye kugaragara zinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Urujya n’uruza rushya rw’abantu bitwaje intwaro bambaye impuzankano y’igisirikare cy’u Burundi rwongeye kugaragara mu kibaya cya Ruzizi, mu gace ka Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ako gace amenyesha ko izo ngabo zambutse Uruzi rwa Ruzizi ahitwa Kibirizi, muri Gurupoma ya Luberizi, kuva icyumweru cyatangira. Umuryango waho uharanira uburenganzira bwa muntu APEVOV […]

Kubera iki Perezida Biden atazohereza ingabo muri Ukraine

Perezida Joe Biden ubu ari gukoresha diplomasi mu kurwanya igitero cy’u Burusiya kuri Ukraine. Ubuyobozi bwe ntibwahwemye gutangaza umuburo w’imperuka ku gitero u Burusiya bwateguraga amaherezo cyashyizwe mu bikorwa ku itariki 24 Gashyantare 2022. Biden yasobanuye ko Abanyamerika badashaka intambara, nubwo Abarusiya babishaka. Byongeye kandi, yanze kohereza ingabo muri Ukraine gutabara Abanyamerika, biramutse bigeze aho. […]

Inyandiko za Gacaca zigiye kujya ziboneka mu buryo bw’ikoranabuhanga

Minisitiri w’ubumwe bw’igihugu n’inshingano mboneragihugu, Jean-DamascĂšne Bizimana yavuze ko gusikana no kubika mu buryo bw’ikoranabuhanga kopi zigera kuri miliyoni 43 z’ububiko bw’Inkiko za Gacaca byarangiye, ariko zizaba ziboneka ku mugaragaro mu 2024 nyuma yo guhuza buri dosiye n’uwarezwe. Ku wa kane, itariki ya 24 Gashyantare, Minisitiri Bizimana yabwiye Abasenateri ati: “Ibi biduha ibyiringiro kuko niyo […]

La ministre burundaise de la justice au Rwanda pour des entretiens avec son homologue

La ministre burundaise de la justice conduit une dĂ©lĂ©gation au Rwanda pour une visite de travail visant Ă  la poursuite des efforts de normalisation des relations entre les deux pays. La ministre Domina Banyankibona et sa dĂ©lĂ©gation ont rencontrĂ© vendredi son homologue rwandais, Emmanuel Ugirashebuja, lors d’une rĂ©union qui s’est tenue au bureau de ce […]

Perezida Zelenskyy aravuga ko ari we gipimo No. 1 cy’u Burusiya

Perezida w Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko ari ‘igipimo cya mbere’ cya Moscou mu gihe Ingabo z’u Burusiya zafashe uruganda rwa Chernobyl zinjira mu murwa mukuru, Kyiv. Perezida Zelenskyy yasezeranyije kuguma i Kyiv mu gihe ingabo ze zirwana n’ingabo z’u Burusiya zerekeza ku murwa mukuru mu gitero kinini cyagabwe ku gihugu cy’u Burayi kuva Intambara […]

Umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari umaze umwaka ahagaritswe yasubijwe mu kazi

Mu iteka ry’intara ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Gashyantare 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, ThĂ©o Ngwabidje Kasi yatangaje isubizwa ku mirimo ye ry’umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari wahagaritswe by’agateganyo, kubera ko igihe ntarengwa cyo gufatirwa ibihano cyarenze. Iteka ryatanzwe n’ubuyobozi bw’intara ryoherejwe kuri 7SUR7.CD rigira riti: “Urebye ko igihe cyo […]

Loni yahagaritse indishyi Irak yishyuraga Koweit kuva muri za 90

Igihugu cya Irak cyakomorewe indishyi cyahaga Koweit kuva mu 1991 bigizwemo uruhare n’Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano kw’Isi. Ku itariki ya 2 y’ukwa munani 1990, Irak ya Saddam Hussein yateye iguhugu bituranye cya Koweit, ikigarurira mu gihe gito cyane. Amahanga yarahagurutse, noneho Umuryango w’Abibumbye ufata icyemezo cyo kohereza ingabo mpuzamahanga, zari ziyobowe na Leta zunze […]

Finland ivuga ko impaka ku kwinjira muri NATO zizahinduka nyuma y’igitero cy’u Burusiya muri Ukraine

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe wa Finland, Sanna Marin, yatangaje ko igitero cy’u Burusiya muri Ukraine kizahindura impaka zishingiye ku kuba umunyamuryango wa NATO mu gihugu cye. Marin yagize ati: “Muri iki gihe Finlande ntabwo ihura n’iterabwoba rya gisirikare, ariko nanone biragaragara ko impaka ku bunyamuryango bwa NATO muri Finland zizahinduka.” Finland imaze amezi […]

Amb. Rugwabiza nommĂ©e reprĂ©sentante spĂ©ciale de la mission de l’ONU en RCA

Le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations unies, Antonio Guterres, a nommĂ© Valentine Rugwabiza, la reprĂ©sentante permanente sortante du Rwanda auprĂšs du siĂšge des Nations unies Ă  New York, comme sa nouvelle reprĂ©sentante spĂ©ciale en RĂ©publique centrafricaine. Rugwabiza a Ă©galement Ă©tĂ© nommĂ© chef de la Mission multidimensionnelle intĂ©grĂ©e des Nations Unies pour la stabilisation en RĂ©publique centrafricaine […]

Bombori bombori muri Diaspora Nyarwanda mu gihugu cya Malawi

Muri Diaspora Nyarwanda haravugwa ubwumvikane bucye ku ikoreshwa ry’umutungo n’ibikoresho byakusanyijwe hagamijwe gufasha imiryango yibasiwe n’umwuzure muri Malawi. Nyuma y’inama bakoze ku Cyumweru, abagize Diaspora Nyarwanda bemeranyije gusaba inkunga igizwe n’amafaranga n’ibikoresho byo guha ingo zibasiwe cyane na serwakira yiswe Ana. Ikinyamakuru Nyasa Times kivuga ko cyamenye ko amamiliyoni y’Ama-Kwacha yakusanyijwe ku mpamvu z’ubutabazi. Ariko […]

Malawi: Inzara yatumye imiryango 15 y’impunzi z’Abarundi itaha n’amaguru

Ingo zirenga 15 zigizwe n’abantu barenga mirongo itandatu bavuye mu nkambi ya Dzaleka muri Malawi bagamije gusubira mu Burundi n’amaguru. Bafashwe n’abapolisi ku mupaka wa Tanzaniya. Abantu bireba bavuga ko bahunze inzara yibasiye imiryango yabo kuva bakurwa ku rutonde rw’abagenerwabikorwa b’ishami rya Loni ryita ku Biribwa (PAM). Urugendo rwabo rurerure kandi rutoroshye rwatangiye mu mpera […]

Putin yasezeranyije ingaruka zitigeze zibaho ku witambika ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin yahaye gasopo uwagerageza wese kwitambika igihugu cye mu ntambara cyatangije kuri Ukraine kuri uyu wa 24 Gashyantare 2022, asezeranya ingaruka zitigeze zibaho mu mateka. Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya uvuga ko yafashe icyemezo cy’igikorwa cya gisirikare muri Ukraine, yanamaganye icyo yita jenoside irimo gukorwa mu burasirazuba bwa Ukraine. Mu ijambo rye […]

Perezida Ndayishimiye na mugenzi we Archange Touadera bari i Kinshasa

fmtwxacwyay5_pr.jpg

Abakuru b’ibihugu bibiri, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye na Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin Archange Touadera, bakandagiye ku butaka bwa RD Congo, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Gashyantare 2022 aho bategerejwe mu nama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma ku masezerano ya Addis Abeba kuri uyu wa Kane, itariki 24 Gashyantare 2022. Ku […]

Misiri: Amabanga ya Credit Suisse yagaragaje uko abahungu ba Hosni Mubarak basahuye igihugu

Abahungu b’uwahoze ari Perezida wa Misiri, Hosni Mubarak, bavuzwe mu makuru y’ibanga y’abakiriya ba Credit Suisse, avuga ko banyereje bakabitsa amamiriyoni y’amadolari kuri konti yo muri iyi banki yo mu Busuwisi amamiliyoni y’Abanyamisiri akarushaho kujya mu bukene. Abahungu ba Mubarak, Alaa na Gamal bari ku rutonde rw’abakiriya ba Credit Suisse rwagiye ku mugaragaro ku Cyumweru, […]

U Burusiya bwaba buri gutegura urutonde rw’Abanya-Ukraine bagomba kwicwa intambara niba

Ibaruwa yandikiwe Umuyobozi w’Ishami rya Loni ryita ku Burenganzira bwa Muntu, Michelle Bachelet, avuga ko Amerika ifite ‘amakuru yizewe avuga ko ingabo z’u Burusiya zirimo gukora urutonde rw’Abanya-Ukraine bagomba kwicwa cyangwa koherezwa mu nkambi mu gihe haba igitero cya gisirikare muri Ukraine. Iyi baruwa ivuga kandi ku “makuru yizewe” yerekeranye no gukoresha ingufu mu “guhosha […]

Ambasaderi wa Kenya muri Nigeria yituye hasi ahita apfa

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yemeje ko Ambasaderi wa Kenya muri Nigeria, Dr Wilfred Machage, yapfiriye i Abuja ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu nyuma y’uburwayi bw’igihe gito. Minisiteri yemeje ko uyu mudipolomate w’imyaka 65 yituye hasi ari we ahita ajyanwa mu bitaro, aho byatangajwe ko yapfuye akihagera imbere y’umugore we, nk’uko minisiteri yabitangaje mu itangazo. Umunyamabanga […]

Umukozi w’ikigo nderabuzima afunzwe ashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu

Igipolisi mu Karere ka Lamwo cyafashe umugore w’imyaka 34 ukora ku kigo nderabuzima cya Lukung III ashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 15. Ukekwaho icyaha ubu ufungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Lamwo akorera muri icyo kigo nderabuzima nk’ushinzwe amakuru. Ku wa Gatanu nimugoroba, yatawe muri yombi avuye ku cyicaro cy’akarere ka Lamwo aho yari yagiye mu […]

Somalia: Igitero kuri resitora yuzuyemo abayobozi n’abanyapolitiki cyahitanye 13

Kuri uyu wa Gatandatu, byibuze abantu 13 biciwe muri Somalia rwagati nyuma y’aho umwiyahuzi yaturikirije ibisasu muri resitora yuzuyemo abayobozi n’abanyapolitiki. Umuvugizi wa polisi, Dini Roble Ahmed, yatangaje ko abapfuye ahanini bari abasivili naho abandi 20 bakomeretse mu Mujyi wa Beledweyne. Yongeyeho ko igisasu cyangirije byinshi. Ababibonye bavuga ko igisasu kinini cyaturikiye ahantu hafunguye ha […]

Perezida Zelenskyy wa Ukraine arifuza guhura na Putin bagakemura ikibazo mu mahoro

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko yiteguye guhura na Vladimir Putin w’u Burusiya, kugira ngo amenye “icyo perezida w’u Burusiya ashaka” kandi avuga ko ashaka “gukemura ibibazo bihari mu mahoro”, mu gihe hari impungenge z’igitero cy’u Burusiya kuri Ukraine. Ibi nk’uko tubikesha Al Jazeera, biravugwa mu gihe biteganyijwe ko kuri iki Cyumweru, Perezida w’u […]

Amazina y’utubyiniriro ya bamwe mu bazungu babaye mu Rwanda

Hari bamwe mu bazungu babaye mu Rwanda maze Abanyarwanda kubera kutamenya indimi zabo no kubasha gufata amazina yabo bagahitamo kubaha amazina bihimbiye nk’aya twabahitiyemo dukesha Wikirwanda. Kandt Richard, Kanyoge, yari umudage aba rezida 1907-1911, agaruka muri 1913. Gudowius (liyetena) yasimbuye Kandt muri 1911. Bamuhimbye Lazima Wingens (Kapiteni) yabaye rezida muri 1914-1915. Yitwaga Tembasi Coubeau : […]

Le gouvernement dissipe les craintes concernant la hausse des frais de transfert de terres

L’AutoritĂ© rwandaise de gestion et d’utilisation des terres (RLMUA) a apaisĂ© les craintes que les frais de transfert de terres pourraient augmenter et a assurĂ© que les frais pourraient ĂȘtre rĂ©duits bientĂŽt Ă  la place. Suite Ă  la dĂ©cision de donner des pouvoirs aux notaires privĂ©s pour superviser les transactions fonciĂšres, le public se demande […]

Burundi: Iperereza ryafashe abantu batatu bakorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda

Abantu batatu bashinjwa gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda mu ishyamba rya Kibira, muri Komini Mabayi , mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, batawe muri yombi n’urwego rw’iperereza kuwa Gatatu ushize bafite ibikoresho birimo grenades, magazine umunani, toni 2 z’ifu y’ubugari na toni y’ibishyimbo. Bari bagemuriye inyeshyamba z’Abanyarwanda mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rw’umusozi […]

Perezida Tshisekedi yihanangirije abasirikare bivanga muri politiki

fl0kizaxiam6-jt.jpg

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane yavuze ko hari ingeso yo kutubaha ikomeje kwigaragaza mu nzego zose za gisirikare, asaba abasirikare b’igihugu kwirinda kwivanga muri politiki. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 17 Gashyantare, Perezida Tshisekedi yari yahuye n’abasirikare bakuru ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) na […]

RDC: CODECO yagize ibyo isaba kugirango irekure Thomas Lubanga na bagenzi be

Ni bike bizwi ku bisabwa n’umutwe wa CODECO mbere yo kurekura Thomas Lubanga hamwe n’abandi bagize urwego rwiswe ‘Task Force’, bari boherejwe mu Ntara ya Ituri na Perezidansi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukangurira imitwe yitwaje intwaro guhagarika imirwano. Biravugwa ko umuvugizi w’uyu mutwe yakwirakwije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga kandi buniaactualite.com yemeje ko ari […]

Le président Kagame en Belgique pour le sommet UA-UE

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en Belgique oĂč il participe au sommet Union africaine-Union europĂ©enne, les 17 et 18 fĂ©vrier. Le sommet rĂ©unit les dirigeants des deux institutions ainsi que des reprĂ©sentants de leurs États membres respectifs pour discuter de la maniĂšre dont les deux continents peuvent construire une plus grande prospĂ©ritĂ©. Les discussions […]

U Bufaransa n’abandi Banyaburayi biyemeje kuvana ingabo zabo muri Mali

U Bufaransa n’abafatanyabikorwa babwo mu ngabo z’u Burayi batangaje ko bazatangira gukura ingabo zabo muri Mali nyuma y’imyaka igera ku 10 barwanya intagondwa. Itangazo ryashyizweho umukono n’u Bufaransa n’inshuti zabwo z’Abanyafurika n’Abanyaburayi kandi ryasohowe kuri uyu wa Kane rivuga ko “inzitizi nyinshi” zatejwe na guverinoma y’ingabo zahiritse ubutegetsi zivuze ko gukorera muri Mali bitagishoboka. Iki […]

Ituri: Guverineri Gen. Johnny N’kashama yasabiwe gusimbuzwa mu minsi 10

Sosiyete sivile mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye isimburwa rya guverineri w’umusirikare, Lt. Gen. Johnny N’kashama, bitarenze iminsi 10 uhereye ku wa Kabiri, 15 Gashyantare 2022. Mu itangazo ryayo, sosiyete sivile muri Ituri ishimangira ko hakomeje kubaho “ibintu biteye ubwoba” muri kariya gace k’igihugu, nubwo hashyizweho ubuyobozi bwa […]

Rulindo: Umuvunyi Mukuru yijeje ubufasha mu kibazo cy’ingurane kimaze imyaka 14

Mu Murenge wa Rusiga mu Karere ka Rulindo haravugwa bamwe mu baturage bamaze imyaka isaga 14 bishyuza ingurane z’ibyangijwe mu ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi KININI-RUSIGA ariko na n’ubu amaso yaheze mu kirere ariko Urwego rw’Umuvunyi rukaba rubizeza gukurikirana ikibazo cyabo. Aba baturage bavuga ko bamaze icyo gihe REG ibizeza kwishyurwa ariko bikarangirira aho. Umwe mu baturage […]

Photos: Le jardin de votre mariage, anniversaires, et conférences à bon prix

gardern_ya_zenith_-2.jpg

Le prix a Ă©tĂ© rĂ©duit pour ceux qui souhaitent organiser une fĂȘte au Zenith Garden avec de fleurs, situĂ© Ă  Gasanze, district de Gasabo, ville de Kigali. Les mariages, les anniversaires, les confĂ©rences, les autoportraits, les mariages et les mariages sont tout au sujet de sa beautĂ© et de sa grandeur. ZĂ©nith Garden est un […]

Burkina Faso: Lt. Col. Damiba wahiritse ubutegetsi yarahiriye kuyobora igihugu

Lt. Col. Paul-Henri Sandaogo Damiba yarahiriye kuyobora Burkina Faso by’agateganyo, nyuma y’ibyumweru birenga bitatu ayoboye ihirikwa ry’ubutegetsi ryatesheje agaciro Perezida Roch Marc Christian Kabore watowe binyuze mu nzira ya demokarasi. Kuri uyu wa Gatatu, mu birori byanyuze kuri televiziyo, Damiba yarahiriye imbere y’urwego rukuru rw’igihugu rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga “kubungabunga, kubaha, kubahiriza no kurengera itegeko […]

Le Rwanda commente la dĂ©cision de la justice française sur le tir de l’avion d’Habyarimana

La porte-parole du gouvernement rwandais, Yolande Makolo, se fĂ©licite de la dĂ©cision de la Cour de cassation française du 15 fĂ©vrier, qui a rejetĂ© l’appel de la famille de l’ancien prĂ©sident JuvĂ©nal Habyarimana concernant une longue enquĂȘte sur l’abattage de son avion prĂšs de l’aĂ©roport international de Kigali le 6 avril 1994. Commentant le dĂ©veloppement, […]

Abanyeshuri hafi 80% b’Abarundi boherejwe kwiga mu Bufaransa mu 2021 batse ubuhungiro

Abanyeshuri b’Abarundi bagera kuri 80% by’Abari boherejwe kwiga mu Bufaransa mu mwaka wa 2021 baravugwaho kuba barahisemo gusaba ubuhungiro ibyo kwiga bakaba babivuyemo none bikaba byaragize ingaruka ku banyeshuri bagombaga kujyayo mu mwaka w’amashuri wa 2022. Amakuru urubuga Ubmnews rukesha ikinyamakuru Jimbere Magazine avuga, ikigo cyo mu Mujyi wa Toulouse gikurikirana ibijyanye n’urujya n’uruza, OFIII […]

Gusura imfungwa bigiye gusubukurwa nyuma y’imyaka hafi ibiri bihagaritswe

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) rwatangaje isubukurwa ry’isurwa ry’imfungwa, nyuma y’imyaka hafi ibiri bahagaritswe kubera icyorezo cya Covid-19. Aya makuru yatangajwe na RCS kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Gashyantare, nyuma y’ibimaze kugerwaho mu gihugu mu bijyanye no kurwanya Covid-19. Icyemezo cyo guhagarika gusura abari muri gereza cyafashwe muri Werurwe 2020 nyuma y’iminsi […]

Abadepite bemeje ingengo y’imari ivuguruye yiyongereyeho 16.6%

Inteko rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yemeje ivugurura ry’itegeko rigena imari ya Leta mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2021/2022, bityo yemeza ingengo y’imari ingana na miliyari 4.440.6 yashyikirijwe na guverinoma mu cyumweru gishize. Ingengo y’imari yemejwe ku wa Kabiri, itariki 15 Gashyantare, igaragaza inyongera ya 16,6% (miliyari 633,6) ugereranije na miliyari 3.807 yari ateganyijwe […]

Abatuye Mogadishu babyukijwe n’urufaya rw’amasasu n’ibibombe

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yavuze ko amasasu n’ibibombe byaturikiye mu murwa mukuru wa Somaliya Mogadishu mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ubwo abarwanyi ba al Shabaab bateraga sitasiyo za polisi zitandukanye ndetse no kuri za bariyeri z’abashinzwe umutekano. Al Shabaab ifitanye isano n’umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda, igamije guhirika guverinoma nkuru no gushyiraho […]

Le Rwanda se prépare à accueillir la réunion du Commonwealth

Le Rwanda a allouĂ© 4,7 millions de dollars Ă  la prĂ©paration de l’accueil de la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth (CHOGM) qui aura lieu Ă  Kigali en juin. Le rendez-vous, initialement prĂ©vu pour juin 2020, a dĂ©jĂ  Ă©tĂ© reportĂ© Ă  deux reprises en raison de la pandĂ©mie de Covid-19. Avant le premier report, […]

FARDC iravuga ko yafashe Umunyatanzaniyakazi wo mu mutwe wa ADF

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kivuga ko cyafashe umurwanyi wa ADF ufite ubwenegihugu bwa Tanzaniya mu Mudugudu wa Apehutu, mu Murenge wa Ruwenzori (muri Teritwari ya Beni), muri Kivu y’Amajyaruguru. Uyu murwanyi wafashwe ni umugore witwa Zazrad Zerad SaĂŻdi, wafashwe ku wa Mbere, itariki 14 Gashyantare 2022, n’abasirikare mu irondo. Kapiteni Anthony Mualushayi, […]

Kirundo: Imbonerakure 7 zacitse imyitozo nyuma yo kumenya ubutumwa buzitegereje

Abantu barindwi bo mu rubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD, batorotse aho bakorera imyitozo ya gisirikare ku Mudugudu wa Runyonza muri Komini n’Intara ya Kirundo (mu majyaruguru y’ Burundi). Nk’uko bagenzi babo babitangaje, ngo bagize ubwoba ubwo bamenyaga ko bagiye koherezwa gufasha izindi Mbonerakure zifasha Ingabo z’Abarundi kurwanya umutwe w’inyeshyamba wa Red Tabara ukorera mu bibaya n’imisozi miremire […]

RDC: Abarikare 3 bakuru barashinjwa guha inyeshyamba ibikoresho bya gisirikare

Urukiko rwa gisirikare rwa Ituri kuri uyu wa Mbere rwatangiye kuburanisha abasirikare bakuru ba FARDC; Lt Colonel, ba capitaine babiri na SGM, bakurikiranyweho n’ubushinjacyaha bwa gisirikare kugira uruhare mu mutwe w’inyeshyamba, kunyereza ibikoresho bya gisirikare no kutubahiriza amabwiriza. Nyuma yo kumenya imyirondoro y’abaregwa, perezida w’urwo rukiko rwa gisirikare yatangiye gusoma ibyemezo byo kwirukana aho buri […]

Kavumu: Indege yafashwe n’inkongi mbere yo guhaguruka ku kibuga cy’indege

Indege ya Kompanyi ya Agefreco yafashwe n’inkongi y’umuriro iminota mike mbere yo guhaguruka ku kibuga cy’indege cya Kavumu muri Kivu y’Amajyepfo, ho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Gashyantare 2022. Amakuru aturuka ku kibuga cy’indege avuga ko uyu muriro wibasiye iyi ndege ahagana mu ma saa kumi z’umugoroba. Bongeraho […]

Sudani: Hashyizweho minisitiri w’ingabo mushya, abigaragambya 2 baricwa

Kuri uyu wa Mbere, Perezida w’inama y’ubutegetsi bw’inzibacyuho ya Sudani iri ku butegetsi, Abdel Fattah Al-Burhan, yatangaje ko Gen. Yassin Ibrahim Yassin yagizwe minisitiri w’ingabo w’agateganyo muri iki gihugu, nk’uko iyi nama yabitangaje mu itangazo yasohoye. Yassin yari yarigeze kuba minisitiri w’ingabo muri guverinoma y’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Abdalla Hamdok, yasheshwe ku ya 25 Ukwakira […]

Polisi y’u Rwanda n’iya Centrafrica byagiranye amasezerano arimo ubufatanye mu guhugurana

fljeafnwqambmze.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 14 Gashyantare, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu cya Repubulika ya Centre Afrique, General Zokoue Dhesse Ndet Bienvenu n’intumwa eshatu ayoboye basuye Polisi y’u Rwanda. Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, uyu muyobozi yakiriwe na mugenzi we uyobora Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza. […]

Les forces rwandaises et mozambicaines sécurisent davantage de cachettes terroristes

Les forces de sĂ©curitĂ© conjointes du Rwanda et du Mozambique ont sĂ©curisĂ© de nouvelles cachettes terroristes dans les zones gĂ©nĂ©rales de Pundanhar et Ă  Nhica do Ruvuma, toutes deux situĂ©es dans le district de Palma, selon les informations des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF). Il s’agit du dernier dĂ©veloppement d’une sĂ©rie d’opĂ©rations menĂ©es par les […]

Uwahoze ari umwe mu bagize akanama kayobora Sudani yatawe muri yombi

Umunyapolitike wo muri Sudani wari umwe mu bagize guverinoma ihuriweho n’abasivili n’abasirikare yasheshwe yatawe muri yombi. Abavandimwe bavuga ko Mohamed al-Faki Suleiman yafatiwe hafi y’urugo rwe mu murwa mukuru Khartoum kuri iki Cyumweru, itariki 13 Gashyantare. Ibi bikurikira ifatwa ry’abandi banyapolitiki babiri mu cyumweru gishize nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Bari bagize itsinda ryagerageje […]

Gasabo: Umugabo araregwa gucura umugambi wo kwica umwana yibyariye

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo umugabo washatse kwica umwana we ngo batazamenya ko ari we wamubyaye, afungwa by’agateganyo mu cyumweru gishize. Ukekwaho icyaha cy’ubwicanyi yashatse gukorera umwana we, ngo yabyaye uyu mwana akiri umusore atangira kumwihakana kuva yasamwa amaze kuvuka abwira nyina ngo bamwice arabyanga, umwana arakura ashaka kumenya […]

RDC: Umusirikare w’ipeti rya colonel yafunzwe azira iyicwa ry’abantu 5 kuri bariyeri

Umubare w’ubwicanyi bwakorewe abantu bukozwe n’umusirikare mukuru w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bwabereye mu gace ka Luna, muri Teritwari ya Irumu (Ituri) wazamutse hejuru, ku cyumweru, itariki ya 13 Gashyantare 2022, aho bavuye kuri 3 kugeza kuri 5 bapfuye. Nk’uko byatangajwe na Kapiteni Antony Mualushayi, umuvugizi w’igisirikare mu bikorwa bya Sokola 1 […]

IGP Munyuza yagiriye inama abapolsi bo mu mutwe ushinzwe gutabara aho rukomeye

Kuri iki cyumweru, itariki ya 13 Gashyantare, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda ,IGP Dan Munyuza, yasuye Umutwe wihariye wa Polisi y’u Rwanda utabara aho rukomeye, Special Intervention Force (SIF). Aba bapolisi yabasabye gukomeza gukora inshingano zabo kinyamwuga baganisha ku ituze n’umutekano birambye ku baturarwanda n’ibyabo. IGP Munyuza muri uru ruzinduko yakiriwe n’Umuyobozi w’uyu mutwe […]

Uvira: Umusirikare mukuru wa FARDC yakatiwe igihano cy’urupfu azira umugore

Umusirikare mukuru wa FARDC ku wa Gatanu, itariki ya 11 Gashyantare yakatiwe urwo gupfa, n’urukiko rwa gisirikare rwa Minova, muri Uvira (Kivu y’Amajyepfo) aho icyaha cyakorewe. Ushinjwa, ufite ipeti rya kapiteni, yari akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we. Uyu musirikare yarashe umugore we, mu nzu ye ku ya 28 Mutarama. Yarafashwe, ashyikirizwa urukiko rwa gisirikare. […]

Musanze: Abagana Ibitaro bya Ruhengeri bakomeje gutabarizwa

Abantu batandukanye barimo n’ abagize inteko nshingamategeko y’u Rwanda bakomeje gutabariza abaturage bivuriza ku Bitaro Bikuru bya Ruhengeri, biherereye mu karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, bavuga ko inyubako bikoreramo itajyanye n’igihe kandi ikaba ishaje, bagasaba ko yavugururwa kandi ikongererwa ubushobozi. Abaturage bo mu Karere ka Musanze bakunze kugaragaza iki kibazo, kugeza n’ubwo bakigejeje ku […]

Ingabo z’u Bufaransa zirigamba kwica ibyihebe 40 muri Burkina Faso

Abasirikare b’Abafaransa bo muri Operation Barkhane baciye muri Burkina Faso abajihadiste 40 bagize uruhare mu bitero biherutse kubera mu majyaruguru y’abaturanyi bo muri Benin bagahitana abantu 9 barimo n’uwahoze ari umusirikare w’u Bufaransa, nk’uko abakozi bakuru babitangaje ku wa Gatandatu. Nyuma y’ibi bitero bitatu bya bombe zakorewe mu rugo byanakomerekeje 12 mu itsinda ry’abashinzwe umutekano […]

Perezida Tshisekedi yabonanye na mugenzi we wa Uganda Yoweri Museveni

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 12 Gashyantare nimugoroba, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo yahuye imbonankubone na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni ahitwa mu Mujyi wa Oyo. Iyi nama ije ibanziriza ihuza iy’ibihugu bine, itangira kuri iki Cyumweru muri uyu mujyi wo muri Congo Brazzaville. Nta tangazo ryatangarijwe abanyamakuru nyuma y’iki kiganiro kirenze isaha […]

Ingabo za UPDF na FARDC zirigamba gufata ikibuga cy’indege cyagenzurwaga na ADF

Umunsi umwe nyuma yo gutangira icyiciro cya gatatu cya “Operation Shujaa” yo kurwanya inyeshyamba za ADF, ingabo za Uganda n’iza Congo zafashe ikibuga cy’indege cya Boga cyari muri mpandeshatu y’urupfu. Maj Peter Mugisa, umuvugizi w’ibikorwa, yavuze ko ingabo zihuriweho zakoresheje inzira ya gatatu yegereye Burasi-Boga kugira ngo zifate ikibuga cy’indege, inyeshyamba zakoreshaga nk’ubwihisho no kwica […]

Igitonyanga mu nyanja: Inkunga Amerika yahagaritse mu yo itera igisirikare cya Misiri

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’ukwezi gushize yahagaritse inkunga ya gisirikare ingana na miliyoni 130 z’amadorali mu Misiri kubera ibibazo by’uburenganzira bwa muntu, nyuma y’iminsi mike yemeye ariko kugurisha iki gihugu intwaro zingana na miliyari 2.5 $. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu mpera za Mutarama yavuze ko Misiri itujuje ibyangombwa byo kwakira […]

Guinea-Bissau: Perezida Embalo yavuze abari inyuma y’umugambi wo gushaka kumuhirika

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yatangaje ko abantu batatu bafashwe mbere n’abayobozi ba Amerika bazira gucuruza ibiyobyabwenge bari inyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi mu cyumweru gishize. Uwahoze ari umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi, Bubo Na Tchuto n’abakozi be Tchamy Yala na Papis Djeme batawe muri yombi mu 2013 mu mukwabu […]