Finlande ntizemera ko NATO yohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa ishyira ibirindiro ku butaka bwayo
Minisitiri wâintebe Sanna Marin wa Finlande yavuze ko igihugu cye kitemera ko NATO yakohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa gushinga ibirindiro bya gisirikare ku butaka bwayo kabone nâiyo yakwemererwa kwinjira muri ubwo bufatanye. Marin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani Corriere della Sera mu kiganiro cyasohotse kuri uyu wa Kane avuga ko ibikorwa nk’ibi bitari mu mishyikirano […]
Indwara isa nkâubushita yari imenyerewe muri Afurika yageze no mu Burayi na Amerika
Ishami rishinzwe ubuzima rusange rya Massachusetts muri Amerika kuri uyu wa Gatatu ryatangaje ko hatahuwe virusi itera indwara imeze nkâubushita ku mugabo uherutse kujya muri Canada. Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) ku gicamunsi cyo ku wa gatatu cyatangaje ko laboratoire zayo zemeje ko iyi ndwara ari âmonkeypoxâ. Ikigo cya Leta […]
RDC: Leta irasanga kuvana ingabo za Uganda ku butaka bwayo byaba byihuse
Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasanga kuvana ingabo za Uganda ku butaka bwayo byaba bibaye “imburagihe”. Kuri guverinoma, icyemezo nk’iki kigomba gufatwa hagati y’ibihugu byombi, nyuma y ‘âinama y’abagaba bâingaboâ, kugira ngo âdusuzume urugero rw’ihindagurika ugereranije n’intego za mbereâ. âAbasirikare ba Uganda bafatanyije nâaba Congo barwanyije umutwe wâinyeshyamba za ADF mu burasirazuba bwâigihugu kuva mu […]
Le deuxiÚme fugitif du génocide rwandais confirmé mort
L’un des derniers fugitifs recherchĂ©s par un tribunal de l’ONU pour son rĂŽle clĂ© prĂ©sumĂ© dans le gĂ©nocide rwandais de 1994 a Ă©tĂ© confirmĂ© mort et l’affaire contre lui classĂ©e, a dĂ©clarĂ© mercredi le procureur des crimes de guerre de l’ONU, Serge Brammertz, dans un communiquĂ©. L’annonce de la mort de Pheneas Munyarugarama intervient quelques […]
Umusirikare wa mbere wâu Burusiya waburanishijwe muri Ukraine yemeye ibyaha
Umusirikare wâu Burusiya wâimyaka 21 waburanishijwe mu rubanza rwa mbere rwâibyaha byâintambara kuva u Burusiya bwatera muri Ukraine yemeye icyaha cyo kwica umusivili udafite imbunda. Sgt. Vadim Shishimarin ashobora gufungwa burundu azira kurasa mu mutwe umugabo wâumunya-Ukraine wâimyaka 62 mu majyaruguru yâakarere ka Sumy mu minsi ya mbere yâigitero. Shishimarin, umusirkare wâu Burusiya wo mu […]
Bobby Brown yahishuye ukuntu akiri muto umupadiri yigeze kugerageza kumuhohotera
Umuhanzi Bobby Brown wigeze kuba umugabo wa Whitney Houston yahishuye ukuntu afite imyaka 10 umupadiri Gaturika yigeze kugerageza kumusambanya, kandi ngo ihungabana yagize ryaba ari imwe mu mpamvu zamushoye mu gukoresha ibiyobyabwenge no kunywa inzoga nyinshi. Uyu muhanzi wâinjyana ya R&B wâUmunyamerika kuri ubu ufite imyaka 53 wemeza ko atarakora ku kiyobyabwenge kuva mu myaka […]
Minisiteri yâingabo yâu Burusiya yatangaje umubare wâingabo za Ukraine zafatiwe muri Mariupol
Minisiteri yâingabo yâu Burusiya mu kiganiro yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko ari ingabo za Ukraine 959 zari zaheze mu ruganda rukora ibyuma i Mariupol ziherutse kwitanga mu muri iki cyumweru. Kiev yiteze ko izabagurana nâabarusiya yafatiye ku rugamba, mu gihe abashinjacyaha bo mu Burusiya barimo kureba niba bishoboka ko benshi […]
Le ministre des TIC convoquĂ© par les dĂ©putĂ©s pour l’interopĂ©rabilitĂ© des paiements
La Chambre des dĂ©putĂ©s a dĂ©cidĂ© de convoquer le ministre des TIC et de l’Innovation pour fournir des stratĂ©gies pour la mise en Ćuvre accĂ©lĂ©rĂ©e du projet de technologie d’interopĂ©rabilitĂ©. Le projet vise Ă relever les dĂ©fis existant dans les transactions entre les banques et autres institutions financiĂšres ainsi que les entreprises de tĂ©lĂ©communications pour […]
E.U yasezeranyije Finlande na Suede kuzabirengera nibiterwa nâu Burusiya
Umuyobozi ushinzwe politiki yâububanyi nâamahanga yâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi yatangaje ko uyu muryango witeguye kurengera Finlande na Suede mu gihe byaterwa nâu Burusiya, nubwo bitegereje kwinjira muri NATO. Ku wa kabiri, Josep Borrell yishimiye icyemezo cya nyuma cyâibihugu byombi byâamajyaruguru cyo gusaba kuba abanyamuryango ba NATO mu nama yâabaminisitiri bâingabo zo mu Burayi i Buruseli. […]
Zimwe muri âoperationsâ zihambaye za Mossad ziciwemo abafatwa nk’abanzi ba Israel

Urwego rwâubutasi rwa Israel, Mossad, ni rumwe mu nzego zâubutasi zitinyitse ku Isi kubera ubutumwa bukomeye rwagiye rushyira mu bikorwa neza burimo ubwo guhorera Abanya-Israel bishwe kuva mu Ntambara ya Kabiri yâIsi kugera mu bagiye bicirwa mu bitero byâiterabwoba, tukaba tugiye kurebera hamwe bimwe mu bikorwa bizwi byakozwe na Mossad mu myaka yashize nkâuko tubikesha […]
Afurika yâEpfo: Urubanza rwa Jacob Zuma kuri ruswa rwimuriwe muri Kanama
Urukiko Rukuru rwa Pietermaritzburg muri Afurika yâEpfo rwimuriye urubanza rwa ruswa rwa Jacob Zuma, wahoze ari Perezida, ku itariki ya 1 Kanama 2022 nkâuko tubikesha Euronews. Iyi tariki nshya yagennwe mu rwego rwo kugerageza kurangiza icyifuzo, cyo kongera gusuzuma, cyatanzwe n’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo kuri Mandissa Maya, perezida w’urukiko rw’ubujurire. Jacob Zuma yagerageje […]
Paris: Umwicanyi nâuwarokotse batanze ubuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta
Mu rubanza rwâuwahoze ari perefe mu Rwanda, Laurent Bucyibaruta, ushinjwa ibyaha bya Jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside nâibyaha byibasiye inyokomuntu, umunsi wo kuri uyu wa kabiri wahariwe abatangabuhamya bâubwicanyi bwakorewe muri Kiliziya ya Kibeho, mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro uregwa yayoboraga. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri, hari abatangabuhamya babiri, bose bâabahinzi, bombi bakora ibiraka mu […]
Libya: Imirwano ikomeye yubuye mu mujyi wa Tripoli
Kuri uyu wa Kabiri, mu murwa mukuru wa Libya, Tripoli, hubuye imirwano ubwo minisitiri wâintebe washyizweho nâinteko ishinga amategeko, Fathi Bashagha, yageragezaga kwigarurira ubutegetsi abwambura abo bahanganye banze gutanga ubutegetsi. Ibiro bye byavuze ko Bashagha yinjiye muri Tripoli mu ijoro ryose nyuma y’amezi abiri yo kutumvikana hagati yâubuyobozi buhanganye muri Libya, ariko agasubira inyuma nyuma […]
Amerika yagerageje neza igisasu gifite umuvuduko ukubye uwâijwi inshuro eshanu
Igisirikare cya Amerika cyavuze ko cyagerageje misile (hypersonic missile) ifite umuvuduko ukubye uwâijwi inshuro eshanu kivuga ko iyi ntwaro yageragejwe neza bwa mbere nyuma yo kugeragezwa gatatu ipfuba. Ku wa mbere, ingabo zirwanira mu kirere zatangaje iri gerageza, zivuga ko ryakozwe mu mpera z’icyumweru hafi yâikigo cya Edwards Air Force Base muri California. Indege itwara […]
Des Ă©tudiants du commandement supĂ©rieur de la police en Italie pour un “voyage d’Ă©tude externe”
Les agents des forces de l’ordre des pays de la rĂ©gion qui participent actuellement Ă la 10e promotion du cours de commandement supĂ©rieur et d’Ă©tat-major de la police (PSCSC) au CollĂšge national de police (NPC) du district de Musanze, ont commencĂ© leur tournĂ©e externe en Italie dans le cadre du programme de formation d’un an. […]
RDC: Matata Ponyo wahoze ari minisitiri wâintebe arshinjwa kunyereza asaga miliyoni 287 zâamadolari
Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Gicurasi, Ubugenzuzi Bukuru bwâImari (IGF) bwakomeje kwemeza ko uwahoze ari Minisitiri wâintebe, Augustin Matata Ponyo, “mu byâukuri mucurabwenge wâumushinga wâubuhinzi nâinganda wa Bukanga-Lonzo nâinyereza ryâumutungo ryabaye IGF ivuga ko “byatwaye Repubulika miliyoni zirenga 287 z’amadolari ya Amerika”. Mu itangazo ryayo, IGF yashakaga […]
Guinea Bissau: Perezida Embalo yaseshe inteko ishinga amategeko
Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yaseshe kuri uyu wa Mbere inteko ishinga amategeko y’igihugu cye maze asaba amatora y’abadepite mu mpera zâumwaka. Mu ijambo yagejeje ku gihugu, perezida yavuze ko “ubwumvikane bucye bukomeje kandi bidakemuka” mu nteko ishinga amategeko. Yasabye ko hategurwa amatora yâabadepite byibuze mu Kuboza nkâuko tubikesha Africannews. Perezida yagize ati: […]
Ălisabeth Borne, umugore wa 2 mu mateka ubaye Minisitiri wâIntebe wâu Bufaransa ni muntu ki?
Ălisabeth Borne wabaye Minisitiri wâIntebe wa mbere wâumugore mu Bufaransa mu myaka 30 ishize, yavutse ku ya 18 Mata 1961. Ni umunyapolitiki wâUmufaransa watoranyijwe kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Gicurasi 2022 na Perezida Emmanuel Macron ngo azayobore guverinoma nshya muri manda ye ya kabiri. Borne yabanje kuba Minisitiri wâabakozi, umurimo no kwishyira hamwe muri […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye uwari ukurikiranweho kwica nyirasenge
Umugabo wo mu Karere ka Rubavu wari ukurikiranweho n’ubushinjacyaha icyaha cy’ubwicanyi yakoreye nyirasenge ndetse n’ibindi byaha, yahanishijwe igihano cy’igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha bukuru dukesha iyi nkuru ntibwatangaje igihe isomwa ry’urubanza ryabereye, urukiko rwaburanishije urubanza, cyangwa umurenge icyaha cyakorewemo, gusa uwaregwaga ni uwitwa Uwimana Samuel washinjwaga icyaha cyâubwicanyi nâicyo gukubita no gukomeretsa ku bushake ngo byakozwe […]
RDC: Umusirikare wa FARDC wishe umuyobozi we bapfuye 10,000 FC yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa gisirikare rwa Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu cyumba cyâiburanisha i Mudja, mu ifasi ya Nyiragongo, rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare wa FARDC witwa Kabongo Banzi. Uyu musirikare wo mu cyiciro cya kabiri yakatiwe ku wa Gatanu ushize, itariki ya 13 Gicurasi igifungo cya burundu azira kwica umuyobozi we. Uyu musirikare […]
L’affaire Miss Rwanda Iradukunda Elsa atteint le parquet
Le ministĂšre public a reçu le dossier judiciaire de Miss Rwanda 2017, Elsa Iradukunda, qui a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©e Ă la suite d’allĂ©gations de tempĂ©rament avec enquĂȘte, preuve dans le scandale des abus sexuels de Miss Rwanda. Son arrestation fait suite Ă celle de l’organisatrice de Miss Rwanda, DieudonnĂ© Ishimwe alias Prince Kid le mois dernier, […]
Ngoma: Urukiko rwakatiye agatsiko k’abagabo bashinjwaga kwica umugore
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma mu cyumweru gishize, ruri ahabereye icyaha, rwasomye urubanza rwâabantu 7 bari bakurikiranweho icyaha cyo kwica umugore wâimyaka 54 bakamutaba mu cyobo bari bacukuye babanje kumucuza ibyo yari yambaye. Batandatu muri bo bahawe igihano cyâ igifungo cya burundu naho uwari umushumba we agirwa umwere. Abahamwe nâicyaha kandi baciwe nâindishyi zingana na miliyoni […]
Tunisia: Gaz yateje iturika rihambaye mu rugo rwa minisitiri
Kuri uyu wa Mbere, gaz yateje guturika guhambaye mu rugo rwa minisitiri wâumutekano mu gihugu cya cya Tunisia, ntiyagira icyo aba ariko umugore we arashya byoroheje nkâuko tubikesha Ibiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters. Minisitiri wâumutekano, Taoufik Charfeddine, yabaye umwe mu bantu bakomeye bo muri Tunisia kuva Perezida Kais Saied yajya yakwiharira ubutegetsi bwose mu mpeshyi ishize. […]
TPLF irashinjwa guhatira abaturage kwinjira mu gisirikare cyayo
Abarwanyi bafashwe ndetse nâabaturage bavuga ko abategetsi bo mu ntara yazahajwe nâintambara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia bahatira urubyiruko kwifatanya nâingabo zabo mu kurwanya guverinoma nkuru babinyujije mu gutera ubwoba no gufunga bene wabo. Intambara yabereye mu majyaruguru ya Ethiopia kuva mu mpera za 2020 yahitanye abasivili ibihumbi n’ibihumbi ikura mu byabo amamiliyoni, itera […]
Uko Gen. Muhoozi yazamutse mu ntera mu gisirikare kuva mu 2000 kugeza mu 2019
Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni, muri iki gihe akomeje kutavugwaho rumwe, aho bamwe bakomeje kumufata nkâumuntu ufite inzozi zo gusimbura se ku butegetsi, ndetse ibi akaba atari bishya kuko muri za 2013 havuzwe ikiswe âMuhoozi Projectâ, aho Gen David Sejusa yavugaga ko ari umushinga wo kuzagira Muhoozi perezida wa Uganda asimbura se. […]
U Burusiya bwaba bumaze gutakaza 1/3 cyâingabo zabwo muri Ukraine
Iperereza ryâingabo zâu Bwongereza ryatangaje kuri iki Cyumweru, itariki 15 Gicurasi, ko u Burusiya bumaze gutakaza hafi kimwe cya gatatu cyâingabo zirwanira ku butaka zoherejwe muri Ukraine ndetse igitero cyagabwe mu karere ka Donbas “zatakaje imbaraga kandi kikamara igihe kitari giteganyijwe”. Minisiteri yâingabo yâu Bwongereza ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Nubwo iterambere ryoroheje ryabaye […]
U Buholandi: Haravugwa ifatwa ryâUmunyarwanda wâimyaka 65 wahoze muri Ex-FAR
Guhiga abakekwaho icyaha cya jenoside mu Buholandi birakomeje. Ku wa Gatanu, itariki ya 13 Gicurasi, uwahoze ari umusirikare mukuru mu zahoze ari Ingabo zâu Rwanda (Ex-FAR) yafatiwe mu Mujyi wa Ermelo mu burasirazuba bwâigihugu azira uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ni umugabo wâUmunyarwanda, ufite imyaka 65, wari umaze imyaka 25 mu […]
Burundi: Perezida yaciriye urubanza Dr Sahabo wayoboraga Ibitaro bya Kira ataranaburana
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko azi impamvu Dr Sahabo Christophe, wahoze ayobora Ibitaro bya Kira, anashimangira ko iyaba ubutabera bwakoraga akazi kabwo yabaye yaraciriwe urubanza. Umukuru wâigihugu cyâu Burundi avuga ko Dr Sahabo ashinjwa icyaha cyo kunyereza umutungo wâigihugu. Kubwe, ngo iyaba ubutabera bwakoraga icyo bugomba gukora, uyu muganga yakabaye yaraciriwe urubanza ndetse […]
Ibicuruzwa biva hanze ya EAC binahakorerwa bizajya bisoreshwa 35% ibyo mu karere bisoreshwe zero – EABC

Ibicuruzwa bituruka hanze bikorerwa no mu Muryango wa Afurika yâIburasirazuba bigiye kujya bishyirirwaho umusoro ungana na 35%, mu gihe ibikorerwa mu karere bitazajya bisoreshwa mu bihugu bigize umuryango mu rwego rwo kurinda inganda zo mu karere no guha imirimo abaturage bako nkâuko byemejwe nâumuyobozi wa EABC, John Bosco Kalisa, mu kiganiro na Bwiza.com. Kuwa Mbere, […]
France: Hafunguwe dosiye ya al-Raisi uyobora Interpol uregwa nâAbongereza babiri
Abategetsi bâu Bufaransa bafunguye dosiye ya Perezida wâIgipolisi Mpuzamahanga (Interpol), Ahmed Nasser al-Raisi wo muri Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu kubera ibirego byo kwica urubozo no gufunga binyuranyije nâamategeko byatanzwe nâabongereza babiri bari bafungiye muri iki gihugu, nk’uko amakuru aturuka mu iperereza yabitangaje kuri uyu wa Gatatu. Dosiye ku kugira uruhare mu iyicarubozo kâumuyobozi wo hejuru […]
EABC veut que les entrepreneurs Congolais rejoignent le conseil

Le directeur exĂ©cutif de l’East African Business Council (EABC), M. John Bosco Kalisa, a exhortĂ© les entrepreneurs de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RD Congo) Ă rejoindre le conseil pour profiter des nombreux avantages offerts aux participants. M. Kalisa a tenu ces propos le 9 mai lors de l’ouverture officielle d’une rencontre entre l’EABC et […]
Huye: Akurikiranweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 7
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo wâimyaka 55 ukekwaho gusambanya umwana wâumukobwa wâimyaka 7 wâumuturanyi. Icyaha uregwa akurikiranyweho nâUbushinjacyaha cyakozwe mu gihe cya saa yine zâamanywa ku wa 28/04/2022 mu mu mudugudu wa Bambiro, Akagari ka Gisakura,Umurenge wa Simbi mu Karere ka Huye, mu cyumba cyarimo imbaho, bivuzwe nâumwana yasambanyije . Mu ibazwa […]
Umunyamakuru wâinararibonye wa Al Jazeera yishwe nâIngabo za Israel
Umunyamakuru w’inararibonye Al Jazeera, Shireen Abu Aqleh, yishwe arashwe n’ingabo za Israel kuri uyu wa Gatatu ubwo yari arimo gukurikirana igitero cyagabwe ku nkambi y’impunzi ya Jenin muri West Bank, nk’uko umufotozi wa AFP yabitangaje. Al Jazeera na minisiteri yâubuzima ya Palesitine bemeje urupfu rwa Abu Aqleh wâimyaka 51, umuntu wari ukomeye muri serivisi yâamakuru […]
Igisirikare cya Burkinafaso kirigamba kwica ibyihebe 50
Kuri uyu wa Kabiri, ingabo za Burkinafaso zatangaje ko “zivuganye” byibuze “ibyihebe” mirongo itanu ku wa Mbere ubwo zasubizaga igitero cyagabwe mu majyaruguru y’uburengerazuba ndetse n’igikorwa cyabereye mu majyepfo y’uburengerazuba. Ku wa mbere, “umutwe wa Garsi (Groupe d’Action Rapide de Surveillance et d’Intervention) witwaye neza imbere yâigico cyatezwe n’abantu babarirwa muri mirongo mu birometero bike […]
RD: Urubanza rwa Vital Kamerhe ruratangira gusubirwamo kuri uyu wa Gatatu
Urubanza rwa Vital Kamerhe ruzakomeza kuri uyu wa gatatu. Birashoboka ko ari cyo gihe kugirango umuyobozi wâishyaka Union pour la nation congolaise (UNC) yongere kwidegembya. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Gicurasi 2022, biteganyijwe ko Vital Kamerhe azitaba abacamanza kugira ngo hasubukurwe urubanza rwe, nyuma yâaho Urukiko rusesa imanza rutesheje agaciro igihano yari yahawe […]
Abasenateri batangiye kugenzura imitangire ya serivisi zâubuvuzi mu gihugu
Komite ya Sena ishinzwe imibereho myiza nâuburenganzira bwa muntu iri kuzenguruka igihugu isuzuma uko serivisi zitangwa mu rwego rwâubuzima. By’umwihariko, intego yabo ni ukumenya uko serivisi zitangwa mu bitaro, n’intambwe imaze guterwa mu kuvura indwara zitandura (NCD) mu gihugu. Urugendo rw’iminsi 15 rwatangiriye ku wa Mbere, mu Mujyi wa Kigali, ruteganijwe kugera mu ntara zose […]
U Rwanda ruyoboye ibihugu byo mu karere mu kohereza ibicuruzwa byinshi muri RDC – EABC

Igihugu cyâu Rwanda nicyo kiyoboye ibihugu byo mu Muryango wa Afurika yâIburasirazuba mu kohereza ibicuruzwa byinshi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rugakurikirwa na Uganda, Kenya, Tanzania nâu Burundi nkâuko byagaragajwe ubwo hatangizwaga inama ihuza Akanama gashinzwe Ubucuruzi mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EABC) nâIhuriro ryâibigo byâubucuruzi byo muri Congo (FEC), yabereye i Goma kuri […]
Gasabo: Polisi yasubije amafaranga n’ibyangombwa byatowe n’umupolisi
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 9 Gicurasi, Polisi yâu Rwanda (RNP) yashyikirije amafaranga yâu Rwanda, ibihumbi mirongo ine (40,000 Frw) nyirayo nyuma yo gutoragurwa nâUmupolisi ukorera mu Kigo cya Polisi gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bwâIbinyabiziga (Automobile Inspection Centre) gikorera i Remera mu karere ka Gasabo. Ahagana saa kumi nâebyiri zâumugoroba, nibwo Umupolisi witwa Senior Sergent […]
Imirwano hagati yâinyeshyamba zâAbanyarwanda nâingabo zâu Burundi yiciwemo bane
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru gishize, itariki ya 8 Gicurasi 2022, imirambo ine yavumbuwe nâabaturage ku gasozi ka Ngara k’umusozi wa Gafumbegeti, muri Zone Butahana muri komini ya Mabayi. Ni mu ntara ya Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, muri kilometero byibuze 120 uvuye mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura. Iyi ni imirambo itatu yâinyeshyamba […]
Le Concours de beautĂ© “Miss Rwanda” temporairement suspendue en raison d’enquĂȘtes
Le ministĂšre de la Jeunesse et de la Culture a temporairement suspendu le concours Miss Rwanda en invoquant une enquĂȘte en cours sur Prince Kid, l’organisateur. “Le ministĂšre de la Jeunesse et de la Culture informe le grand public que le concours de beautĂ© “Miss Rwanda” a Ă©tĂ© suspendu dans l’attente de l’achĂšvement des enquĂȘtes”, […]
Umukinnyi wâUmunyekongo wakinaga mu Buholandi yishwe nâabagizi ba nabi
Rutahizamu ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jody Lukoki, yapfuye kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Gicurasi 2022, afite imyaka 29. Amakuru atugeraho avuga ko yatewe icyuma nâitsinda ryâabagizi ba nabi mu ijoro ryo ku cyumweru itariki ya 8 Gicurasi. Abakinnyi ba FC Twente yo mu Buholandi, ikipe ye ya nyuma, bamenyeshejwe muri iki […]
Minembwe: Batanu baguye mu mirwano hagati ya Mai-Mai na Twirwaneho
Ku cyumweru byibuze abarwanyi batanu baguye mu mirwano hagati yâumutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho ugizwe ahanini nâAbanyamulenge nâimitwe ya Mai-Mai. Iyi mirwano yabereye i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko muri iyo mirwano, umurwanyi wo muri […]
Abimukira 44 baburiwe irengero nyuma yo kurohama k’ubwato bwabo mu mazi ya Maroc
Ubwato bwari burimo abimukira bwibiye mu mazi ku nkengero zâamazi muri Sahara yâuburengerazuba kuri iki cyumweru abagera kuri 44 baburirwa irengero. Umuryango wâabagiraneza bo muri Espagne, Caminando Fronteras, ni wo watangaje iyi nkuru uvuga ko abimukira 12 babashije kurokoka igihe ubwato bwibiraga kandi bahise batabwa muri yombi, mu gihe imirambo ine ari yo yakuwe mu […]
Umuherwe wa mbere ku Isi mu cyoba nyuma yo guterwa ubwoba nâAbarusiya
Umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, wigeze gusaba Perezida Putin ko bahura bagahangana uko ari babiri yamutsinda agahagarika intambara yo muri Ukraine, kuri ubu aravuga ko Abarusiya bari kumutera ubwoba. Uyu muyobozi wâuruganda rwâimodoka zikoreshwa nâamashanyarazi rwa Tesla Inc., azwiho kuba atarigeze atinya guhangana nâabamurwanya ku mugaragaro kandi ntagire ubwoba, ari nacyo miliyoni 91.5 […]
G7 yiyemeje kutazemera ko u Burusiya butsinda intambara yo muri Ukraine
Itsinda ryâibihugu birindwi bikize kurusha ibindi (G7) rigizwe na Canada, u Bufaransa, u Budage, u Butaliyani, u Buyapani, u Bwongereza, na Amerika, kuri iki cyumweru byasohoye itangazo rihuriweho ryamagana ibitero byâingabo zâu Burusiya bikomeje muri Ukraine. Ibihugu birindwi byiyemeje kutazigera byemera ko Moscou itsindira âintambara irwana na Ukraineâ kandi bisezeranya Kiev ko bizakomeza gushyigikira igisirikare […]
Ukraine: Byibuze abagera kuri 60 biciwe mu gitero cyâu Burusiya ku ishuri
Abayobozi bo mu burasirazuba bwa Ukraine baravuga ko abantu bagera kuri 60 bishwe igihe igisirikare cyâu Burusiya cyateraga ibisasu ku ishuri aho bari bahungiye mu mudugudu wa Bilohorivka. Igitero cyabaye ku mugoroba wo ku wa gatandatu, maze Serhiy Gaidai, guverineri wâakarere ka Luhansk, avuga ko abantu bagera kuri 90 bari mu ishuri igihe ryaraswagaho, bigatuma […]
RDC: Umunyamakuru w’icyamamare Ilunga Mwana Bute yapfuye
Umunyamakuru wâicyamamare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christian Ilunga Mwana Bute, yapfiriye i Kinshasa kuri uyu wa Gatandatu, itariki 7 Gicurasi, azize uburwayi bumaze igihe. Umunyamakuru Mwana Bute ni umwe mu bashyushyarugamba nâaba producer bamenyekanye cyane muri za 90 kuri radio na tereviziyo by’igihugu, RTNC (yahoze ari-OZRT). Nyuma yo kumara igihe kinini mu Burayi, […]
U Butaliyani bwafatiriye ubwato bivugwa ko ari ubwa Perezida Putin
U Butaliyani bwafatiriye ubwato bwâagaciro bivuwa ko ari ubwa Perezida Vladmir Putin wâu Burusiya bufite ibibuga bigwaho kajugujugu bibiri, pisine nâaho kurebera firime bureshya na metero 140. Ingoro ireremba yafatiriwe nâabategetsi bâu Butaliyani, kubera ibihano u Burayi bwafatiye u Burusiya kubera intambara yo muri Ukraine nkâuko iyi nkuru dukesha Euronews ivuga. Abaharanira kurwanya ruswa bavuze […]
Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yajyanwe mu rukiko kubera isabukuru ye yâimyaka 48
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yarezwe kubera ibikorwa bye byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 y’amavuko abantu benshi basobanuye ko ari intangiriro y’izungura rizarangira asimbuye se, Perezida Museveni, ku butegetsi. Uwareze, umunyamategeko Gawaya Tegulle, avuga ko gutangira kugaragara mu bikorwa bya politiki kwa Gen Muhoozi binyuranyije nâitegeko nshinga kubera ko ari umusirikare mukuru wâingabo zâigihugu cya Uganda […]
U Bwongereza bugiye guha Ukraine asaga miliyari yâAma-Pound yo gufasha mu ntambara nâubutabazi
U Bwongereza bwavuze ko buzatanga andi mafaranga miliyari 1.3 z’amapound (miliyari 1.60 $) mu gutera inkunga igisirikare no gufasha muri Ukraine, ibyo bikaba byemejwe mbere yo kuvugana hifashishijwe ikoranabuhanga kuri iki cyumweru hagati yâitsinda ryâabayobozi barindwi hamwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky. Minisitiri wâintebe wâu Bwongereza, Boris Johnson ni umwe mu bashyigikiye cyane ingufu […]
Kenya: Moteri yahaga amashanyarazi urugo rwa Kibaki yibwe nyuma yâiminsi ashyinguwe
Moteri yatangaga amashanyarazi mu rugo rwa Nyakwigendera Perezida Mwai Kibaki inamurikira ingo zituranye nawe mu Mudugudu wa Kanyange, mu Ntara ya Nyeri yangijwe ibyuma byayo biribwa nyuma yâiminsi itatu ashyinguwe ku ya 30 Mata. Iyi moteri yari yarashinzwe nko muri metero 50 uvuye ku rugo rwâuwahoze ari perezida. Nibura amazu 400 aturanye na Kibaki yahise […]
Burkina Faso: Abashinzwe umutekano 11 biciwe mu bitero byâiterabwoba
Abasirikare barindwi hamwe nâabafasha bane bâingabo za Burkina Faso kuri uyu wa Kane biciwe mu bico bibiri byatezwe nâabaterabwoba mu turere two mu majyaruguru, nk’uko byatangajwe nâingabo. Igitero cya mbere cyabereye hafi y’umujyi wa SollĂ©, gihitana “abasirikari babiri nâabakorerabushake mu kurinda igihugu (Volontaires pour la dĂ©fense de la patrie) bane”, nk’uko byatangajwe nâubuyobozi bwâingabo. Igitero […]
Umwiraburakazi wa mbere ubana nâuwo bahuje igitsina yagizwe Umuvugizi wa White House

Ni impinduka zidasanzwe muri White House aho Karine Jean-Pierre yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi ya Amerika, ahinduka umugore wa mbere wâumwirabura kandi ubana nâuwo bahuje igitsina ugiye kuri uyu mwanya. “Ndi byose Donald Trump yanga.” Ibi nibyo Karine Jean-Pierre yavuze muri 2018. Nyuma yâimyaka ine, niwe rero uzaba ashinzwe kuvugira perezida no gukemura ibibazo byabajijwe buri […]
SM le Roi Mohammed VI lance les travaux du nouvel hÎpital « Ibn Sina » à Rabat
Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI a procĂ©dĂ©, mercredi 5 mai 2022, au lancement des travaux de rĂ©novation et de reconstruction du nouvel Centre Hospitalier Universitaire(CHU) “Ibn Sina”, prĂ©vu ĂȘtre le complexe de santĂ© publique le plus complet et le plus moderne au Maroc et en Afrique. Il sâagit dâun investissement de plus de 6 […]
Le ministre Bamporiki suspendu dans le cadre d’une enquĂȘte pour des cas graves
Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a suspendu le secrĂ©taire d’Ătat au ministĂšre de la jeunesse et de la culture, ont annoncĂ© les autoritĂ©s. La suspension d’Edouard Bamporiki Ă©tait due Ă “des questions de responsabilitĂ© faisant l’objet d’enquĂȘtes”, selon un communiquĂ© du cabinet du Premier ministre. Il a Ă©galement Ă©tĂ© assignĂ© Ă rĂ©sidence alors qu’il faisait […]
Perezida Putin yasabye imbabazi Israel kubera ibyavuzwe na minisitiri we
Nkâuko byatangajwe n’ibiro bya Minisitiri wâIntebe wa Israel, Naftali Bennett, ngo Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yasabye imbabazi ku magambo atavugwaho rumwe Moscou yavuze ashinja Israel gushyigikiraUbu-Nazi bushya muri Ukraine ndetse ikarenzaho ko kuba perezida wa Ukraine ari Umuyahudi nta gitangaje kuko na Adolf Hitler yari Umuyahudi. Kuri uyu wa Kane, abo bayobozi bombi bavuganye […]
Umwami Philippe wâu Bubiligi agiye gusura Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Umwami Philippe w’u Bubiligi n’Umwamikazi Mathilde bazasura Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva ku ya 7 Kamena kugeza ku wa Mbere, itariki 13 Kamena 2022, nkâuko byatangajwe na Perezidansi ya Congo yemeza ko bazasura Kinshasa, Lubumbashi na Bukavu, ku butumire bwa FĂ©lix Tshisekedi. Ni uruzinduko rwâamateka dore ko ari rwo bwa mbere muri Repubulika ya […]
Icyorezo cya Covid-19 cyahitanye hagati ya miliyoni 13 na 17 kugeza mu mpera za 2021 – OMS
Ikigereranyo gishya cyâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS) cyasohowe kuri wa Kane, itariki ya 5 Gicurasi, kiravuga ko icyorezo cya Covid-19 cyagize uruhare mu rupfu rwâabantu hagati ya miliyoni 13 na miliyoni 17 kugeza mu mpera za 2021. Iyi mibare yari itegerejwe cyane itanga igitekerezo gifatika cyâingaruka mbi (harimo nâizitaziguye) zâicyorezo gikaze kurusha ibindi […]
Hahishuwe ko Amerika ari yo yicishije abajenerali bâAbarusiya muri Ukraine
Kuri uyu wa Kane, ikinyamakuru The New York Times cyatangaje ko Amerika yafashije ingabo za Ukraine mu kwica abajenerali b’Abarusiya ibinyujije mu gutanga amakuru yâaho baherereye muri Ukraine. Bivugwa ko Washington yahaye Kiev amakuru ku cyicaro gikuru cyâingabo zâu Burusiya, bivugwa ko cyimuka kenshi mu karere kâimirwano. Amakuru yatangajwe n’iki kinyamakuru avuga ko Kiev yahise […]
Urukiko rwakatiye umugore watoboye nkana udukingirizo twâumugabo baryamanaga
Ibitangazamakuru byo mu Budage byatangaje ko urukiko rwo mu burengerazuba bwâiki gihugu rwasanze umugore ahamwa nâicyaha cyâihohotera rishingiye ku gitsina maze rumuha igihano cyâamezi atandatu yâigifungo kubera ko yangije nkana agakingirizo ka mugenzi we bakoranaga imibonano mpuzabitsina. Mu gutanga iki cyemezo, umucamanza yavuze ko uru rubanza rudasanzwe ari rumwe mu zâamateka mu Budage, zerekana urugero […]