EAC yashimye icyemezo cyo gufungura umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda

Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba bwashimye ubuyobozi na guverinoma z’u Rwanda na Uganda byiyemeje kongera gufungura umupaka wa Gatuna. Ibi bibaye nyuma y’uko guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kongera gufungura umupaka warwo na Uganda, ku ya 31 Mutarama 2022, nyuma y’imyaka hafi itatu ufunze. Umupaka wafunzwe ku ya 27 Gashyantare 2019. Umupaka ufungwa u Rwanda rwashinjaga Uganda […]

Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu cya rutura mu bwoko yaherukaga kugerageza mu 2017

Kuri iki cyumweru, Koreya ya Ruguru yakoze igeragezwa rya misile nini kuva mu 2017, yohereza mu kirere misile yo mu bwoko bwa “intermediate-range ballistic missile”, iraswa mu ntera y’ibirometero hagati ya 3,500 na 5500, bigaragara ko yenda kubura kugerageza misile ziraswa kure. Abayobozi bakuru b’ingabo za Koreya y’Epfo batangaje ko iki gisasu cya misile kimwe […]

Tigray: Abaforomo n’abaganga mu batangiye gusabiriza ibyo kurya

Bamwe mu baforomo n’abaganga (Doctors) bo mu bitaro binini byo mu ntara ya Ethiopia yazahajwe n’intambara ari yo Tigray na bo batangiye gusabiriza ibiryo kugira ngo batunge imiryango yabo nk’uko umwe mu baganga yabitangarije BBC. Yavuze ko bamaze amezi umunani badahembwa, bikaba bibahatira gushaka ubundi buryo bwo gutunga imiryango yabo. Ibivugwa n’abaganga bije mu gihe […]

Hari ibihugu biteganya gutangira gufata Covid-19 nk’izindi ndwara zandura by’igihe runaka

Nyuma y’imyaka hafi ibiri y’icyorezo, ibihugu bimwe na bimwe byatangaje ko igitekerezo cyo gutangira gufata COVID-19 nk’izindi ndwara zandura, nk’ibicurane by’igihe runaka. Nubwo hagaragaye ubwandu bwinshi bwatewe n’ubwoko bwa Omicron, bigaragara ko idatera kuremba ariko ikaba yandura cyane nk’uko ubushakashatsi bwakozwe bubigaragaza, ibihugu birimo u Bwongereza na Irlande bigenda bigabanya cyane ingamba zari zarafashwe ku […]

Kacyiru: Abapolisi batanze amaraso yo gufasha abarwayi

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 29 Mutarama, abakozi b’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima (RBC) bari ku cyiciro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru aho bakusanyije amaraso yo kujya gufasha abarwayi, Abapolisi 55 nibo batanze amaraso. Bamurange Jeanne, niwe wari uyoboye itsinda ry’abaganga baturutse muri RBC bari baje gukusanya ayo maraso. Bamurange yishimiye uko yakiriwe we […]

RDC: Urukiko rwakatiye 51 igihano cy’urupfu kubera iyicwa ry’impuguke za Loni

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakatiye abantu 51 igihano cyo kwicwa, benshi badahari, mu rubanza rw’abantu benshi kubera iyicwa ry’impuguke ebyiri z’Umuryango w’Abibumbye. Igihano cy’urupfu gikunze kugaragara mu manza z’ubwicanyi muri Congo, ariko gikunze kuvunjwamo igifungo cya burundu kuva iki gihugu cyatangaza icyo bita mu Cyongereza “a moratorium on executions”, ugenekereje […]

Gicumbi: Urukiko rwaregewe abashinjwa kwica umuntu babanje kumusindisha

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, mu ntangiriro z’iki cyumweru bwaregeye urukiko abagabo babiri baturuka mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Nyamiyaga, Akagari ka Kabeza,Umudugudu wa Karambo, bubakurikiranyeho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa byateje urupfu. Bivugwa ko iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 03 Nzeri 2021 ubwo abaregwa bashukaga uwapfuye bakamutegera kunywa amacupa 12 ya […]

Rubavu: Umuyobozi wa SACCO yariye iminwa abajijwe uko yatanze asaga miliyoni 12 yari kuri konti nyirayo atabizi

272038707_304717911696156_2627621359002185306_n-3.jpg

Umuyobozi wa Sacco Ishakwe ya Nyamyumba, mu Karere ka Rubavu, ho mu Ntara y’Iburengerazuba yariye iminwa ubwo yabazwaga na Bwiza ndetse na BTN ukuntu yarekuye amafaranga asaga miliyoni 12 akayaha umusimbura nyiri konti atatanze uburenganzira ndetse atabimenyeshejwe mu gihe yari azi neza ko nta n’umwe muri aba wemerewe kubikuza amafaranga kuri iyo konti bombi batabyemeranyije, […]

Perezida Biden yaburiye uwa Ukraine ko Putin ashobora kumutera muri Gashyantare

White House ivuga ko Perezida Joe Biden yaburiye perezida wa Ukraine ko “bishoboka ko” u Burusiya bushobora kugaba ibitero kuri Ukraine muri Gashyantare, mu gihe Amerika ishaka gutumiza inama y’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kugira ngo baganire ku kibazo. Aya makuru aje mu gihe na Perezidansi y’u Burusiya na yo yumvikanye ku wa Kane, ivuga […]

Le Rwanda va rouvrir sa frontière ougandaise, mettant fin à une impasse tendue

Les autoritĂ©s rwandaises ont annoncĂ© vendredi matin qu’elles rouvriraient la frontière avec l’Ouganda, mettant fin Ă  près de trois ans d’une impasse qui semblait nuire aux Ă©conomies des deux pays et faisait craindre des hostilitĂ©s armĂ©es. L’annonce est intervenue après une pĂ©riode de diplomatie tranquille au cours de laquelle le prĂ©sident ougandais Yoweri Museveni a […]

Le Rwanda interdit aux personnes non vaccinĂ©es d’accĂ©der aux espaces publics

Le gouvernement du Rwanda a Ă©tendu l’interdiction des personnes non vaccinĂ©es Ă  tous les lieux publics. “Tous les citoyens et rĂ©sidents rwandais sont tenus de se faire vacciner complètement afin d’accĂ©der aux espaces publics et aux Ă©vĂ©nements”, lit-on dans le communiquĂ© publiĂ© après la rĂ©union du cabinet d’hier. Auparavant, le gouvernement avait Ă©mis des mandats […]

Ibintu 5 ukwiye kumenya ku biri kuba n’ibishobora kuba hagati ya Ukraine n’u Burusiya

russian-empire-in-1913.gif

Abanyamuryango n’abafatanyabikorwa ba NATO, batinya ko u Burusiya bushobora gutera bunyuze ku butaka, bakomeje gushyigikira Kiev bohereza muri Ukraine izindi ngabo n’ibikoresho bya gisirikare. Ihuriro rivuga ko iki gikorwa cyaryo ari igisubizo cy’ukuntu u Burusiya nabwo bukomeje kongera ingabo n’ibikoresho ku mupaka wa Ukraine. Moscou ivuga ko ibikorwa byayo ari ngombwa kugira ngo yizere umutekano […]

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, ari mu ruzinduko muri Lesotho

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu gihugu cya Lesotho aho yagiye gusura Polisi y’iki gihugu. Ni uruzinduko yatangiye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Mutarama rukazageza tariki ya 29. Yagiye muri uru ruzinduko ku butumire bwa mugenzi we uyobora Polisi ya Lesotho, Commissioner of […]

Amerika iravuga ko habura icyumweru Iran ikaba yibitseho igisasu cya kirimbuzi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko habarurwa igihe kigera ku cyumweru kugirango igihugu cya Iran kibe cyabonye igisasu cya kirimbuzi nk’uko byemejwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Antony Blinken kuwa Mbere. Biravugwa mu gihe hari ukutavuga rumwe hagati y’abahanga ba Amerika n’ibihugu by’inshuti ku kuntu Iran yashobora kwihuta gukora iki gisasu n’icyahita gikorwa. Nyamara, kuva […]

Ibikorwa by’imyidagaduro byemerewe gufungura mu byiciro, abafana bemererwa kujya kuri stade

a-2.jpg

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Mutarama 2022, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari nayo ya mbere muri uyu mwaka, yemeje ko ibitaramo by’umuziki, nka concert n’utubyiniro n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro bizafungura mu byiciro ariko RDB ari yo izatanga uburenganzira hashingiwe ku isesengura rizakorwa, ndetse abafana bakaba bemerewe kureba imikino kuri […]

Burkina Faso: Perezida Roch Kaboré yaba yarahiritswe azira abacanshuro b’Abarusiya

Kimwe mu bikorwa bya nyuma bya Perezida Roch Marc Christian KaborĂ© wahiritswe n’abasirikare ku butegetsi kuwa Mbere, itariki 24 Mutarama 2022, harimo kwanga ko hakoreshwa abacanshuro b’Abarusiya ku butaka bwe. Ukuriye abasirikare bahiritse ubutegetsi, Lt. Col Paul-Henri Sandaogo Damiba, ubwe ni we wagerageje guhatira KaborĂ© kwemera ubufasha buturutse i Moscou, nk’uko amakuru yatangajwe n’uruhande rw’uwahoze […]

Abakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Elsie Akeza bagiye gushyikirizwa urukiko

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Mutarama, abagore babiri bazashyikirizwa umucamanza mu rukiko rwibanze rwa Kicukiro aho biteganijwe ko ubushinjacyaha buzatangira kugaragaza ku mugaragaro uruhare bagize mu rupfu rwa Elsie Akeza Rutiyomba, umwana w’imyaka itanu, urupfu rwe rwahungabanyije igihugu cyose ku mbuga nkoranyambaga n’ababyeyi be. Bwa mbere, Marie-Chantal Mukanzabarushimana (mukase wa Akeza) na Dative […]

Mort d’Elsie Akeza: Les suspects seront traduits en justice

Ce jeudi 27 janvier, deux femmes comparaĂ®tront devant un juge du tribunal de première instance de Kicukiro oĂą elles devraient ĂŞtre officiellement inculpĂ©es pour avoir jouĂ© un rĂ´le dans la mort d’Elsie Akeza Rutiyomba, une enfant de cinq ans dont la mort a secouĂ© le pays il y a des semaines. Pour la première fois, […]

Perezida Macron yaburiye u Burusiya igihe bwakwibeshya bugatera Ukraine

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko hari “ubumwe bukomeye” hagati y’u Bufaransa n’u Budage mu gushaka guhosha ikibazo cy’umutekano hagati y’u Burusiya na Ukraine. Ariko, yongeyeho ati: “mu gihe habaho igitero, igisubizo kizaba gihari kandi ikiguzi (ku Burusiya) kizaba kinini”. Perezida w’u Bufaransa yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri mu Budage […]

Huye: Umukecuru w’imyaka 72 ashobora gufungwa burundu azira ibiyobyabwenge

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye kuwa Mbere ushize bwashyikirijwe dosiye y’umukecuru w’imyaka 72 ukekwaho gucuruza urumogi,wafatiwe mu rugo iwe ku itariki ya 21 Mutarama 2022 mu Mudugudu wa Bumbogo, Akagari ka Mwurire, Umurenge wa Mbazi ho mu Karere ka Huye afite udupfunyika 41 tw’urumogi yagurishaga. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko ubwo yabazwaga […]

EU irateganya gutera inkunga ibikorwa bya RDF muri Mozambique

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) uratekereza gushyigikira ibikorwa bya gisirikare by’u Rwanda muri Mozambike kugira ngo barwanye inyeshyamba zifitanye isano na Leta ya Kisilamu mu ntara y’amajyaruguru y’iki gihugu, Cabo Delgado. Ibi byatangajwe na ambasaderi w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi mu Rwanda, Nicola Bellamo, mu kiganiro ngarukamwaka cy’ingingo ya 8 (Article 8 Dialogue) cyabereye ku […]

Les diplĂ´mĂ©s rwandais de l’UniversitĂ© internationale de l’Atlantique menacent de traĂ®ner HEC en justice

Les diplĂ´mĂ©s rwandais de l’UniversitĂ© internationale de l’Atlantique (AIU) ont menacĂ© de poursuivre le Conseil de l’enseignement supĂ©rieur (HEC) alors qu’ils tentaient l’annulation de leurs Ă©quivalences acadĂ©miques. Le 10 janvier, HEC a retirĂ© toutes les Ă©quivalences acadĂ©miques qu’elle avait dĂ©livrĂ©es aux diplĂ´mĂ©s de l’AIU, affirmant que l’institution basĂ©e aux États-Unis n’Ă©tait accrĂ©ditĂ©e par aucune agence. […]

Uganda: Umukwe wa Museveni yikomye abantu bakomeje impaka z’uzamusimbura

Umukwe wa Perezida Yoweri Museveni, Odrek Rwabwogo, yatangaje ko abantu bata igihe kandi bagashyigikira impaka zishingiye ku gusimbura Museveni, ari abanzi ba Uganda. Hashize igihe, hari amakuru avuga ko Rwabwogo nawe ashishikajwe no kuba Perezida wa Uganda uzakurikira nyuma ya Museveni kandi ko yari mu ntambara na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, nawe bivugwa ko ashobora […]

Bujumbura: Igitero cy’abantu bitwaje intwaro mu kabari cyahitanye umuntu umwe

Uwitwa Arnaud Mfuranzima yishwe n’ibikomere by’amasasu yamufashe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize rishyira ku Cyumweru mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro kuri kamwe mu tubari two mu Mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi. Abatangabuhamya babibonye bavuga ko abantu babiri bitwaje imbunda, pistolet na AK-47, barashe kuri Arnaud Mfuranzima wari uri kumwe na bagenzi be […]

Rubavu: Yemeye ko yishe umwana w’umwaka umwe yareraga kubera ko we abyara bapfa

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugore utuye mu Kagari ka Gisa, Umurenge wa Rugerero , Akarere ka Rubavu ukekwaho icyaha cy’ubwicanyi, yakoreye umwana w’umwaka umwe yareraga.Uyu mugore akaba yemera icyaha akavuga ko yabitewe n’agahinda kuko yari amaze kubyara inshuro eshatu abana be bapfa. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 07 Mutarama 2022 aho […]

CAN: Byibuze abantu 8 bapfiriye mu muvundo ku mukino wa Cameroun na Comores

Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze, ngo byibura abafana umunani bapfiriye kuri Stade Olembe i Yaounde, muri Cameroun kuri uyu wa Mbere mu mukino wa 1/8 cy’Igikombe cya Afurika wahuzaga Cameroun na Comores. Naseri Paul Biya, Guverineri w’akarere ka Centre, yavugaga ko umubare ushobora kwiyongera ubwo yatangazaga mbere ko hapfuye byibuze abantu batandatu. Ati: […]

Abarangije muri Atlantic International University (AIU) barateganya kujyana HEC mu nkiko

Abanyeshuri b’Abanyarwanda barangije muri Kaminuza Mpuzamahanga ya Atlantike (AIU) bakangishije kujyana mu nkiko Inama y’Amashuri Makuru (HEC) bagerageza guhindura icyemezo cyafashwe cyo guhagarika ibyemezo byabo bihwanishwa n’impamyabumenyi zatangiwe mu mahanga (Equivalences). Ku ya 10 Mutarama, HEC yatesheje agaciro izi “equpvalences” zose zatangiwe muri AIU, ivuga ko iki shuri rifite icyicaro muri Amerika ritemewe n’ikigo icyo […]

Procès en appel du FLN : le parquet plaide pour des peines plus lourdes

Le procès en appel de l’affaire terroriste FLN-MRCD s’est poursuivi lundi 24 janvier, alors que le parquet a exposĂ© les raisons pour lesquelles il demande une augmentation des peines de prison pour les condamnĂ©s. Lors de l’audience devant la Cour d’appel, les procureurs ont mis en doute la validitĂ© des circonstances attĂ©nuantes sur lesquelles la […]

Bamwe mu bavuye Iwawa baratabaza Perezida nyuma y’aho inzego bitabaje zose ntacyo zabamariye

loi.jpg

Bamwe mu bagororewe mu kigo ngororamuco cya Iwawa baravuga ko rimwe na rimwe bisanga basubiye mu ngeso zatumye bajyanwayo cyangwa bagasubirayo kubera gutaha bakabura icyo bakora nyamara barigishijwe imyuga izabafasha gusubira mu buzima busanzwe, ahanni bitewe nuko inkunga baba barijejwe yo kubafasha cyane cyane ijyanye n’ibikoresho, bagera hanze bagasiragizwa mu biro bitandukanye bajya gukomangaho ngo […]

Perezida Armen Sarkissian wa Armenia yeguye ku mirimo ye

Kuri iki Cyumweru, itariki 23 Mutarama 2022, Perezida wa Armenia, Armen Sarkissian, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye, avuga ko ibiro bye bitagishoboye kugira uruhare muri politiki mu gihe cy’ibibazo bikomeye igihugu kirimo. Mu magambo ye Sarkisian yagize ati: “Iki ntabwo ari icyemezo gishingiye ku marangamutima kandi giturutse ku mpamvu yumvikana yihariye.” Ati: “Perezida ntabwo […]

Syria: Abantu basaga 100 biciwe mu bitero kuri gereza

Nibura abantu 120 baguye mu ntambara mirwano ikomeje hagati y’ingabo z’Abakurde zishyigikiwe n’Amerika, n’abarwanyi ba Islamic State (ISIS) nyuma y’igitero cyagabwe kuri gereza zo muri Syria. Ikigo cy’Uburenganzira bwa Muntu cy’Abanyasiriya gifite icyicaro mu Bwongereza cyagize kiti “byibuze abanyamuryango ba Islamic State 77 n’abarwanyi 39 b’Abakurde, ndetse n’abashinzwe umutekano mu gihugu, abacungagereza n’ingabo zishinzwe kurwanya […]

USA yasabye imiryango y’abadipolomate bayo bari muri Ukraine kuhava bigishoboka

Kuri iki Cyumweru, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zategetse imiryango y’abadipolomate bayo bari mu murwa mukuru wa Ukraine, Kiev, kuva muri iki gihugu “kubera impungenge zikomeje” z’ibitero by’u Burusiya. Washington yemereye kandi gutaha “ku bushake” abakozi bayo ba ambasade badakenewe kandi isaba Abanyamerika bo muri iki gihugu cy’u Burayi bw’iburasirazuba no “gutekereza kuhava ubu,” ivuga […]

Guverinoma ya Burkina Faso irahakana ko ingabo zagerageje kwigarurira igihugu

Guverinoma ya Burkina Faso ivuga ko ingabo zitigeze zigarurira igihugu nyuma y’amasasu yumvikanye mu birindiro byinshi by’ingabo, harimo bibiri byo mu murwa mukuru, Ouagadougou. Kuri iki Cyumweru, nibwo urusaku rw’amasasu rwinshi rwumvikanye mu nkambi ya gisirikare ya Sangoule Lamizana, irimo ubuyobozi bukuru bw’ingabo ndetse na gereza irimo abagororwa barimo n’abasirikare bagize uruhare mu gushaka guhirika […]

Umusirikare w’u Bufaransa yiciwe muri Mali abandi barakomereka

Kuri iki Cyumweru, Perezidansi y’u Bufaransa yatangaje ko umusirikare w’u Bufaransa yaguye mu gitero ku kigo cya gisirikare i Gao, mu majyaruguru ya Mali. Brigadier Alexandre Martin yabarizwaga mu bikorwa bya gisirikare by’Ingabo z’u Bufaransa (Operation Barkhane) mu karere ka Sahel. Mu ijambo rye, Perezida Emmanuel Macon “yahaye icyubahiro” Brigadier Martin, avuga ko “yifatanyije n’umuryango […]

Kagame et le général Muhoozi discutent de la réparation des relations rwando-ougandaises

Le prĂ©sident Paul Kagame a rencontrĂ© samedi le commandant des forces terrestres des Forces de dĂ©fense du peuple ougandais (UPDF), le gĂ©nĂ©ral major Muhoozi Kainerugaba, au cours de laquelle les deux hommes ont discutĂ© des mesures nĂ©cessaires pour rĂ©tablir les relations bilatĂ©rales entre le Rwanda et l’Ouganda. Muhoozi, qui est Ă©galement le premier fils de […]

Burundi: CNDD yirukanye abayoboke baherutse gushaka guhirika ubuyobozi

fjutdgsxobaqpsa_1_.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu itariki 22 Mutarama 2022, Komite Nshingwabikorwa y’ishyaka CNDD rya Leonard Nyangoma wahoze ari umudepite yateranye yirukana abayoboke baherutse gutangaza ko birukanye Nyangoma ku buyobozi. Aba bayoboke bavugwaho kujya mu itangazamakuru muri iki cyumweru bagatangaza ko bashinze komite ishinzwe kurengera ishyaka birukana Leonard Nyangoma ku buyobozi bw’ishyaka bamusimbuza Gaspard Kobako. Gaspard Kobako, […]

Muhanga: Akurikiranweho kwica umugore we amuziza 14,000Frw

Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Muhanga muri iki cyumweru dusoza bwashyikirijwe dosiye y’umugabo ukekwaho kwica umugore we amuhoye amafaranga ibihumbi cumi na bine y’u Rwanda (14,000Frw) yari yabuze, agakeka ko yibwe na nyakwigendera. Ni icyaha uregwa akekwaho gukorera mu Murenge wa Rugendabari, Akarere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo, ku itariki ya 13 Mutarama 2022. Ukekwa ngo akaba […]

Rwamagana: Barasaba ubuyobozi n’abashinzwe umutekano kubakiza insoresore zabazengereje

Ikibazo cy’ubujura n’urugomo gihangayikishije abaturage bo mu Kagari ka Cyimbazi umurenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana basaba ubuyobozi n’inzego z’umutekano kubakiza insoresore ziba zinitwaje intwaro zigaragara muri ibyo bikorwa. Abo baturage bavuga ko ubwo bujura bukorwa ahanini n’urubyiruko mu masaha yo ku manywa ndetse n’ay’ijoro kandi usanga nijoro baba bitwaje intwaro gakondo nk’imihoro,ibyuma ndetse […]

Igisirikare cya Ethiopia kiritegura kwinjira muri Mekelle kigakuraho TPLF burundu

Igisirikare cya Ethiopia kirateganya kwinjira mu murwa mukuru wa Tigray, Mekelle, no kurangiza inyeshyamba zose zo muri iyi ntara, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mukuru mu gisirikare mu ijoro ryo ku wa Gatanu, mu gihe hakomeje kongerwa ingufu za diplomasi mu guhagarika amakimbirane mu majyaruguru y’igihugu. Iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika kimaze umwaka urenga cyugarijwe […]

Abarwanyi ba Islamic State bishe abasirikare 11 ba Irak babasanze mu bitotsi

Amakuru ava mu bashinzwe umutekano muri Irak aravuga ko abantu bitwaje intwaro bakekwaho kuba mu mutwe w’iterabwoba wa Islamic State bagabye igitero ku birindiro by’ingabo za leta mu Ntara ya Diyala, bagahitana abasirikare 11 babasanze mu bitotsi. Amakuru akomeza avuga ko iki gitero cyagabwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu mu karere ka al-Azim, […]

La Haute Cour a acquitté 5 suspects de terrorisme

La Chambre de la Haute Cour pour les crimes internationaux et transfrontaliers (HCCICC), a acquittĂ©, jeudi 20 janvier, cinq hommes soupçonnĂ©s d’avoir fomentĂ© des activitĂ©s terroristes sur le territoire rwandais par le biais d’un mouvement islamiste intĂ©griste. Selon l’accusation, les cinq accusĂ©s, tous musulmans, ont menĂ© des recherches, tenu des rĂ©unions et des discussions sur […]

Umunyeshuri wo mu wa 6 w’amashuri abanza yishwe na mubyara we wamuteye inda

Umukobwa w’umunyeshuri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo wigaga mu mwaka wa 6 y’amashuri abanza, yishwe na mubyara we, bivugwa ko ari we wamuteye inda, nyuma yo kwanga kuyikuramo. Ibi bintu byabereye mu Mudugudu wa Lopa, muri Teritwari ya Djugu nko mu birometero mirongo itanu mu majyaruguru ya Bunia, umurwa mukuru w’intara ya […]

Gen Muhoozi Kainerugaba ategerejwe i Kigali

Amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko Perezida Yoweri Museveni agiye kohereza mu Rwanda umwe mu bayobozi bakuru b’ingabo kugirana ibiganiro na Perezida w’u Rwanda nyuma y’aho umuhungu we, Gen. Kainerugaba aherutse kwihaniza abashaka kurwanya Perezida Kagame yise nyirarume. Iyi nkuru ivuga ko Perezida Museveni ashishikajwe muri iki gihe no gushaka gukemura amakimbirane amaze imyaka hagati […]

Perezida Ndayishimiye yasabye abayobozi ba CNDD-FDD kureka gutoteza abayoboke b’andi mashyaka

fjiqfycxsaeqiys.jpg

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yasabye abayobozi b’ishyaka CNDD-FDD kureka gutoteza Abarundi bari mu yandi mashyaka. Umukuru w’igihugu cy’u Burundi ibi yabitangarije mu masengesho y’iminsi itatu yateguwe n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD. Ni amasengesho yitabiriwe n’abategetsi batandukanye bo mu ishyaka CNDD-FDD barimo abadepite, umuvunyi mukuru, umunyamabanga mukuru w’ishyaka, abaminisitiri, perezida ubwe n’abandi. Yanavuze kandi ko […]

Uko Habyarimana yatumye Kayitesi wari umugore wa ministiri w’imari uburozi bwo kuroga Kagame

Mu 1991 ubwo Urugamba rwo kubohoza u Rwanda rwari rurimo gutangira, Perezida Habyarimana ngo yaba yaracuze umugambi wo guhitana uwari umuyobozi wa RPA, Perezida w’u Rwanda muri iki gihe, akoresheje uburozi ariko uwari woherejwe kubikora afatwa atarabigeraho. Ibi Perezida Kagame yabitangarije umunyamakuru Sam Mukalazi w’Umugande muri Gashyantare 1992 ubwo urugamba rwari rurimbanyije muri bimwe mu […]

Des responsables de l’acadĂ©mie militaire Ă©gyptienne effectuent un voyage d’Ă©tude au Rwanda

Une dĂ©lĂ©gation de l’AcadĂ©mie militaire Ă©gyptienne dirigĂ©e par le gĂ©nĂ©ral de brigade Ahmed Ibrahim Mohammed Alam El Deen et quatre Ă©lèves-officiers militaires ont terminĂ© un voyage d’Ă©tude au Rwanda, qui s’est tenu du 16 au 20 janvier. Selon un communiquĂ© du ministère de la DĂ©fense, le but de leur visite Ă©tait d’effectuer un voyage d’Ă©tude […]

Gasabo: Arashinja Gitifu wa Gisozi kwiyemeza kuzamusenyera ntihagire ibuye risigara rigeretse ku rindi

Avuga ko mbere y'uko agura nuwari ufite ubutaka bari bahawe icyemezo cyo gusana

Uwitwa Uwera Jean Pierre utuye mu Mudugudu wa Tetero, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Nyamirambo, ho mu Karere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, ufite ibikorwa by’ubucuruzi mu Gakinjiro, umudugudu wa Kagara, Akagari ka Musezero, Umurenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, arashinja umuyobozi w’uyu murenge, Musasangohe Providence, kuba yaravuze ko azamusenyera ntihagire ibuye risigara rigeretse […]

Liberia: Umubyigano mu giterane cy’ivugabutumwa wahitanye byibuze abantu 29

Umubyigano mu gitarane cy’ivugabutumwa cyaberaga kuri uyu wa Kane mu nkengero z’umurwa mukuru wa Liberia ari wo Monrovia, wahitanye abantu 29. Ibi byago byabaye mu masaha akuze cyane yo muwa gatatu no mu rukerera rwo kuwa Kane nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu. Umuvugizi wa Polisi, Moses Carter, yavuze ko umubare w’abapfuye ari uw’agateganyo […]

Umunya-Haiti ushinjwa uruhare mu iyicwa rya perezida Jovenel Moise yafatiwe muri Amerika

Umunya Haiti washakishwaga akurikiranweho uruhare mu rupfu rwa Perezida Jovenel Moise yafatiwe muri Miami muri Leta ya Florida, mu majyepfo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatatu nk’uko byemejwe n’ubutabera bwa Amerika. Rodolphe Jaar abaye uwa kabiri ugiye gukurikiranwa n’ubutabera bwa Amerika ku rupfu rwa Perezida Jovenel Moise wishwe mu kwezi kwa […]

Le Rwanda accueillera la course “Ironman Triathlon” en aoĂ»t

Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu hier Serge Pereira, PDG de Starstone, une compagnie d’assurance, et Cindy Descalzi qui, selon la prĂ©sidence, sont dans le pays pour lancer l’Ironman Triathlon. La course, qui devrait avoir lieu dans le district de Rubavu en aoĂ»t de cette annĂ©e, fait partie d’une sĂ©rie de courses de triathlon longue […]

Kenya: Raila Odinga yasubije Visi Perezida Ruto nyuma yo kumushinja urugomo

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga yasubije visi perezida wa Kenya ashimangira ko abamushyigikiye batari abanyarugomo nk’uko abibashinja. Kuri uyu wa Kabiri ushize, Odinga yatangarije ibi i Nairobi, nyuma y’ibyatangajwe na Visi Perezida William Ruto atunga urutoki abayoboke ba Odinga kuba inyuma y’urugomo rwadutse ku kibuga cya Jacaranda cya Nairobi muri wikendi ishize. Mu gusubiza […]

Burundi: CNL iravuga ko hari umugambi wo kwivugana umuyobozi wayo Agathon Rwasa

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, CNL, ku mugabane w’u Burayi, ari we AimĂ© MAGERA aravuga ko hari umugambi wo guta muri yombi no kwica Depite Agathon Rwasa, ukuriye ishyaka ku rwego rw’igihugu, avuga ko urimo gutegurwa na bimwe mu bikomerezwa byo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi. Abinyujije kuri Radio Peace FM Ijwi […]

Somalia: Ikindi gitero cy’ubwiyahuzi cyishe 4 nyuma y’icyakomerekeyemo umuvugizi wa leta

Nyuma y’igitero cya bombe cy’ubwiyahuzi cyakomerekeyemo umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia, kuri uyu wa Kabiri undi mwiyahuzi yiturikirijeho igisasu muri resitora icuruza ikawa hafi y’ikigo cya gisirikare muri Mogadishu yivugana abantu bane. Ibi byatangajwe n’abayobozi b’igipolisi n’abandi babibonye n’amaso yabo. Umwe mu bapolisi bo mu kigo cyegereye ahabereye iki gitero, Abdirahman Adan, yavuze ko uwo […]

MRCD-FLN: Le procès en appel se poursuivra sans Rusesabagina

Le procès en appel des condamnĂ©s terroristes du FLN se poursuivra en l’absence de leur chef politique Paul Rusesabagina, ont dĂ©cidĂ© les juges de la Cour d’appel. Rusesabagina, qui est en garde Ă  vue, est le prĂ©sident fondateur du MRCD, l’organe politique qui a créé le groupe terroriste FLN. La première audience devait avoir lieu […]

Abasirikare b’u Bufaransa bakomerekejwe n’igisasu muri Burkina Faso

Ingabo z’u Bufaransa zakomerekejwe n’igisasu cyaturikiye mu majyaruguru ya Burkina Faso nk’uko Igisirikare cy’u Bufaransa cyabitangarije AFP ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Igisirikare cy’u Bufaransa mu itangazo ryacyo cyatangaje ko imodoka yacyo yaturikijwe n’igisasu ubwo yari ivuye ku Kibuga cy’Indege cya Ouahigouya, cyongeraho ko itsinda ry’abasirikare bari bayirimo ari iryo muri Operation Barkhane […]

U Bwongereza buravugwaho gutegura kohereza abimukira mu Rwanda na Ghana

Guverinoma y’u Bwongereza yaba irimo gutegura gahunda yo kohereza abimukira babarirwa muri magana mu bihugu nk’u Rwanda na Ghana ngo batuzwe nk’uko amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu avuga. Amakuru yatangajwe na BBC ndetse n’ikinyamakuru UK Times, bivugwa ko yaturutse mu nzego za leta zitavuzwe amazina, avuga ko iyi gahunda ari imwe muri politiki […]

Goma: Herekanwe abagize uruhare mu iyicwa ry’uwari Ambasaderi w’u Butaliyani muri RDC

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 18 Mutarama 2021, i Goma, mu murwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru, itangazamakuru ryeretswe abakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’uwari Ambasaderi w’u Butaliyani muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Luca Attanasio. Ni abagabo batandatu, baregwa kandi ibindi byaha byinshi, birimo ibitero byibasiye imodoka z’ubutabazi ku mihanda myinshi ikikije Goma na […]