Valens Nkurunziza wabaye visi perezida w’urukiko rw’ubucuruzi yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Inkiko

screenshot_2024-01-25_120109.jpg

Inama Nkuru y’Ubucamanza kuri uyu wa Gatatu, yagize Valens Nkurunziza Umugenzuzi Mukuru w’Inkiko mu Rwanda, aho yasimbuye kuri uwo mwanya AngĂ©line Rutazana wabaye umucamanza mu Rukiko rw’Ubujurire. Inama idasanzwe y’Inama Nkuru y’Ubucamanza yo kuri uyu wa 24 Mutarama 2024, yari iyobowe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Dr Faustin Nteziryayo, ni […]

Byinshi ku cyaha cy’icuruzwa ry’abantu n’uburyo bwo kukirinda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ibindi byaha (UNODC) rivuga ko icuruzwa ry’abantu rifatwa nk’uburyo bugezweho bw’ubucakara ndetse no gushakira inyungu ku bandi. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’umurimo (ILO) bwo muri 2017, bwagaragaje ko iki cyaha cyagize ingaruka mu buryo butandukanye ku bagore, abagabo n’abana bangana na miliyoni 24.9 ku isi hose. Itegeko nimero 51/2018 ryo […]

Nyamasheke: Umunyeshuri yiciwe mu mpanuka bagenzi be barakomereka

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 24 Mutarama, ahagana saa moya n’igice z’igitondo abanyeshuri 4 b’abakobwa bajyaga ku ishuri muri GS Muramba mu Murenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, bagonzwe n’imodoka yo mu bwoko bwa Pick up yari ifite pulake RAA 179 D, itwawe na Gashugi Elischam, umwe ahita yitaba Imana, 3 barakomereka. Bose uko […]

Ghana: Batandatu bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi

Abantu batandatu bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo kubahamya umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi muri Ghana mu 2021. Kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Mutarama, Abanya-Ghana batandatu, barimo n’abasirikare batatu, bahamwe n’icyaha bakatirwa urwo gupfa bamanitswe kubera uruhare bagize mu mugambi mubisha uvugwa mu myaka itatu ishize wo kugerageza guhirika leta y’igihugu. Aba bagabo batawe muri […]

NATO igiye gutangira imyitozo ya gisirikare itari yakora kuva Intambara y’Ubutita yarangira

Mu cyumweru gitaha NATO izatangira imyitozo minini itari yakora kuva Intambara y’Ubutita yarangira izitabirwa n’ingabo 90.000 nkko byatangajwe na komanda mukuru w’ingabo zayo Gen. Chris Cavoli. Ihuriro ryavuze kandi ko imyitozo izaba irimo amato arenga 50, kuva ku yatwara indege kugeza ku yarwana; indege z’indwanyi zirenga 80, kajugujugu na drones; byibura imodoka 1100 z’intambara, zirimo […]

Rubavu: Yafatanwe magendu ingana n’amabaro 63 y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage bakomeje kugira uruhare mu kurwanya ibyaha, batanga amakuru atuma bimwe bikumirwa bitaraba, ibindi bigakurikiranwa mu maguru mashya; ababigizemo uruhare bagafatwa bagashyikirizwa ubutabera. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP), Bonaventure Twizere Karekezi, yabigarutseho nyuma y’uko mu murenge wa Mudende wo mu Karere ka Rubavu, ibikorwa […]

U Burusiya burashinja Ukraine guhanura indege yari itwaye imbohe z’intambara

Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya iravuga ko indege ya gisirikare yari irimo imbohe z’abasirikare ba Ukraine yaguye Belgorod, hafi y’umupaka wa Ukraine, abari barimo bose bakahasiga ubuzima. Minisiteri iragira iti: “Mu ndege hari harimo abasirikare ba Ukraine 65 bafatiwe ku rugamba bajyanwaga mu rwego rwo kugurana imbohe, abakozi batandatu bo mu ndege ndetse n’ababaherekeje batatu”. Guverineri […]

Kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero zikoreshwa muri Afurika

maxresdefault-36.jpg

Afurika ni umugabane uhura n’ibibazo byinshi by’umutekano, nk’intambara hagati y’abaturage, inyeshyamba, iterabwoba, ubujura, n’amakimbirane ku mipaka. Ibihugu byinshi bya Afurika bishora imari mu gushaka no kuvugurura za kajugujugu zo kugaba ibitero, kugira ngo byongere ingufu zo mu kirere ndetse n’ubushobozi bwo kurwana. Zimwe muri kajugujugu z’ibitero zikoreshwa n’ingabo zirwanira mu kirere nyafurika zitumizwa mu mahanga […]

Burundi: Haravugwa ivangura mu itangwa ry’ibikoresho by’akazi mu gipolisi

Bamwe mu bapolisi mu Gipolisi cy’u Burundi (PNB) barakaye nyuma y’ivangura ryagaragaye mu itangwa ry’ibikoresho by’akazi. Biravugwa ko imyambaro, inkweto na beret byahawe bamwe mu gihe abandi bamaze imyaka itatu batabona igikoresho na kimwe. Amakuru agera kuri SOS Media Burundi yatanzwe n’abashinzwe kubahiriza amategeko, avuga ko Igipolisi cy’u Burundi kirimo gukwirakwiza ibikoresho by’akazi ku biro […]

Ibigo bizajya bitegurirwamo abagiye kurangiza ibihano bizafasha iki ?

Hakozwe amavugurura mu mategeko agenga imibereho y’imfungwa mu magororero mu kugabanya ubucucike no gutegura abagiye kurangiza ibihano kwinjira mu muryango Nyarwanda nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu. Aya mavugurura ateganya ko ugiye kurangiza igihano azajya ashyirwa mu bigo byabugenewe aho umuryango we uzajya umusura ndetse uwahawe igihano cyo gukora imirimo ifitiye igihugu akamaro […]

Donald Trump yongeye gutsinda Nikki Haley muri New Hampshire

Donald Trump yongeye gutsindira Nikki Haley mu matora y’ibanze yo gushaka umukandida uzahagararira Abarepubulikani mu matora ya perezida muri Leta ya New Hampshire k majwi 54% kuri 44%, nyuma yo kumutsindira muri Iowa. Ni indi ntsinzi ikomeye ku wahoze ari perezida kandi imushyira ku mwanya w’imbere mu bahatanira kuzavamo umukandida perezida w’ishyaka mu matora yo […]

Rusizi: Umwarimu afunzwe nyuma yo gufatwa asambanya umwana w’imyaka 15

Mu Murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, Umwarimu w’imyaka 32 wigisha mu ishuri ribanza rya Mukenke ari mu maboko y’ubuyobozi nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu ishyamba ry’umuturage riri muri uyu murenge. Umwe mu baturage b’ Umudugudu wa Rebero, Akagari ka Kiziguro, Umurege wa Nkungu, yabwiye Imvaho Nshyani ko ngo uyu […]

RDC: Hari aho inyeshyamba zabujije abaturage gukora no kurya isombe kuwa Kane

Sosiyete sivile muri Moba, mu Ntara ya Tanganyika, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iramagana “ingamba zidakunzwe” zo kubuza abaturage gukora no kurya isombe zafashwe n’inyeshyamba zivugwaho kuba mu ihuriro rya Wazalendo. Nk’uko iyi sosiyete sivile ivuga, aba barwanyi babujije abaturage bo muri Sheferi ya Kansabala gukora no kutarya isombe buri wa Kane. Nk’uko byatangajwe […]

Kampala: Abapolisi 4 bakurikiranweho kwiba kwa ambasaderi asaga miliyari 2

Polisi ya Uganda yashinje mu rukiko abantu 12 barimo abapolisi 4 bayo bakekwaho icyaha cy’ubujura bukabije bakoze kwa Ambasaderi Barbara Nekesa Oundo akaba n’umubitsi w’ishyaka NRM, aho bibye asaga miliyari 2 z’amashilingi. Ambasaderi Barbara Nekesa Oundo ni Ambasaderi wa Uganda muri Afurika y’Epfo ufite icyicaro i Pretoria. Nubwo iperereza rigikomeje, Umuvugizi wa Polisi, Fred Enanga, […]

Uganda: Urukiko rwategetse gufata umunyemari Molly Katanga ushinjwa kwica umugabo we

Urukiko rw’ibanze rwa Nakawa rwasohoye icyemezo cyo guta muri yombi Molly Katanga ukurikiranweho icyaha cyo kwica umugabo we, Henry Katanga, nyuma yo gusanga imbunda yakoreshejwe mu kumwica iriho ibikumwe bye. Icyemezo cyo kumuta muri yombi cyo kuwa 22 Mutarama kigira kiti “ Mu gihe ushinjwa 1, Katanga Molly akurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi binyuranyije n’ingingo ya 11 […]

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Uganda

geennvdwwaadmqn.jpg

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yahuye na mugenzi we wa Uganda, Madamu Robinah Nabbanja, bagirana ibiganiro byibanze ku gusangira ubunararibonye ku micungire myiza y’imijyi no kunoza urujya n’uruza rw’ibicuruzwa hagati y’ibihugu byombi. Minisitiri w’intebe w’u Rwanda yari yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama iherutse gusozwa n’ibihugu bidafite aho bibogamiye hamwe n’inama ya G77 n’u Bushinwa […]

Abasirikare ba Israel bahuye n’umunsi wahitanye benshi muri bo bwa mbere muri Gaza

Igisirikare cya Israel kiravuga ko kuri uyu wa Kabiri abasirikare ba yo 21 biciwe i Gaza, umunsi wahitanye abasirikare benshi ba Israel kuva ibikorwa byabo byo ku butaka byo kurwanya Hamas byatangira. Umuvugizi w’Igisirikare cya Israel (IDF), Daniel Hagari, yavuze ko bikekwa ko ari igisasu cya rokete cyakubise igifaru cyari hafi hafi y’inyubako ebyiri bari […]

Le Rwanda déplore les propos incendiaires du président burundais

YOLANDE 600 m 600x375 1

Le gouvernement du Rwanda a qualifiĂ© de «  incendiaires et anti-africains  » les propos tenus par le prĂ©sident burundais Evariste Ndayishimiye, qui a imputĂ© au Rwanda l’insĂ©curitĂ© dans la rĂ©gion des Grands Lacs et a qualifiĂ© la jeunesse rwandaise de «  prisonniers dans la rĂ©gion  ». Cette Ă©volution intervient alors que les relations entre les […]

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye amagambo rutwitsi yavuzwe na Perezida Ndayishimiye

Guverinoma y’u Rwanda ibabajwe n’amagambo rutwitsi kandi arwanya Afurika yavuzwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye mu birori byabereye i Kinshasa ku itariki ya 21 Mutarama 2024. “Perezida Ndayishimiye, yigize impirimbanyi ya Afurika Yunze Ubumwe kubw’Urubyiruko, Amahoro n’umutekano, , yashinje ibirego byinshi bidafite ishingiro kandi rutwitsi bigamije gukurura amacakubiri hagati y’abanyarwanda, no kurushaho guhungabanya amahoro […]

RICA yasabye ababazi kwirinda kubabaza amatungo igihe bayabaga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge, Ihiganwa mu Bucuruzi no Kurengera Umuguzi (RICA) cyirihanangiriza ababaga amatungo kwirinda kuyababaza mbere y’uko abagwa kuko bigira ingaruka ku buziranenge bw’inyama ziyakomokaho. Simbarikure Gaspard, Umuyobozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge n’akato k’ibikomoka ku matungo muri RICA, avuga ko uko itungo rihohoterwa cyangwa uburyo ritwarwamo mbere y’uko ribagwa bigira ingaruka ku bwiza bw’inyama […]

Umugaba Mukuru wa RDF yakiriye mugenzi we ukuriye Ingabo za Mozambique

gecxyffwyaab9ac.jpg

Umuyobozi mukuru w’ingabo z’igihugu cya Mozambique (FADM), Admiral Joaquim Mangrasse yasuye icyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda aho yakiriwe n’Umugaba Mukuru wa RDF, Gen. MK Mubarakh. Bagiranye ibiganiro bigamije kuzamura umubano uriho hagati y’ingabo zombi. Admiral Mangrasse kandi yasuye minisitiri w’ingabo, Hon. Juvenal Marizamunda. Nyuma y’uru ruzinduko, Admiral Mangrasse yagize ati: “Twaganiriye ku bufatanye bukomeje mu […]

Kigali: Abakodesha aho kuba bahangayikishijwe n’ibiciro by’ubukode bikomeje gutumbagira

Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ibiciro by’ubukode ku bakodesha inzu zo kubamo bikomeje gutumbagira kuri ubu kubasha kubwigondera bikaba bigoye. Ni mu gihe Leta y’u Rwanda yatangiye gahunda yo kujya itanga ubufasha ku bafite imishinga yo kubaka inzu zihendutse zigenewe guturwamo hagamijwe gukemura ikibazo cy’amacumbi mu Mujyi wa Kigali no mu […]

Un responsable de la bonne gouvernance arrĂȘtĂ© pour corruption et harcĂšlement

kabera vedaste ushinzwe imiyoborere myiza mu ntara y amajyepfo

Le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© le 21 janvier Vedaste Kabera, le directeur chargĂ© de la bonne gouvernance dans la province du Sud, pour corruption et harcĂšlement conjugal. Les entitĂ©s gouvernementales locales font partie des institutions gouvernementales oĂ Âč la probabilitĂ© de corruption est Ă©levĂ©e, selon le Rwanda Bribery Index (RBI) 2022. L’édition 2023 […]

Abantu 15000 bamaze kwicirwa i Darfur bazira ubwoko – UN

Raporo y’Umuryango w’Abibumbye yabonwe na Reuters ku wa Gatanu, iravuga ko abantu bari hagati ya 10,000 na 15.000 biciwe mu mujyi umwe wo mu Ntara ya Darfur y’Iburengerazuba muri Sudani mu mwaka ushize bazize ihohoterwa rishingiye ku moko rikozwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zifatanyije n’izindi nyeshyamba z’Abarabu. Muri raporo y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe […]

M23 iravuga ko yatanze isomo muri Mweso mu gihe havugwa indi mirwano i Kanyamahoro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’inyeshyamba zifatanya na FARDC (Wazalendo) biravugwa ko yaramukiye ku muhanda Kanyamahoro-Buhumba muri Teritwari ya Nyiragongo hafi y’Umujyi wa Goma. Amakuru aturuka aho atangazwa n’uruhande rwegereye guverinoma aravuga ko inyeshyamba za M23 zihanganye na Wazalendo, aho ngo urusaku rw’intwaro nto n’iziremereye rwumvikana mu nkengero […]

Misiri yatangaje ko yiteguye gutabara Somalia mu gihe Ethiopia yavogera ubusugire bwa yo

Kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi, yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko hagira uwo ari we wese uhungabanya Somalia, nyuma y’uko Ethiopia ivuze ko itekereza kwemera ubwigenge bwa Somaliland mu masezerano azayemerera kugera ku nyanja. Aya magambo ni yo akomeye avuzwe kuri iki kibazo na Misiri, isanzwe ifitanye umubano […]

Bujumbura: Benshi batawe muri yombi mu mukwabu ukaze mu gace ka Ngagara

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama 2024, mu gihugu cy’u Burundi muri quartier ya 6 muri Zone Ngagara mu majyaruguru y’Umurwa mukuru w’ubucuruzi ,Bujumbura, babyutse hagoswe n’abasirikare bitwaje imbunda nyinshi, aho inzira zose zisohoka n’izinjira aho hantu zari zicunzwe n’abasirikare mu gihe abapolisi bari mu ngo barimo gusaka, ako gace karimo inzu […]

Abacuruzi barashinja ikigo cy’imisoro cya Uganda (URA) kurebera magendu yinjira iva mu Rwanda

Abacuruzi bo muri Uganda bagaragaje ko ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro cya Uganda (URA) n’abandi bashinzwe umutekano ku mipaka, bagira uruhare mu gukingira ikibaba magendu ku mupaka wa Uganda n’u Rwanda, cyane cyane i Katuna mu Karere ka Kabale. Bavuga ko ubucuruzi bwa magendu bukomeje kubera ubufatanye n’abakozi ba URA n’abashinzwe umutekano, aho abacuruzi […]

Mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 abarimu bose bazaba bafite mudasobwa – REB

Mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, abarimu bose bo mu Rwanda bazaba bafite mudasobwa muri gahunda ya mudasobwa kuri buri mwarimu nk’uko byatangajwe n’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB). Dr. Nelson Mbarushimana, Umuyobozi Mukuru wa REB, wari umutumirwa mu kiganiro Kubaza Bitera Kumenya kuri Radio Rwanda kuri iki Cyumweru, yavuze ko guha mudasobwa abarimu biri muri […]

Goma: Umunyamabanga wa SADC yasuye ingabo zayo zoherejwe muri RDC

14be63a0-b8e4-11ee-8f07-bbfdfa890097.jpg

Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Africa yo mu majyepfo (SADC) watangaje ku cyumweru umunyamabanga wawo Elias Magosi yasuye ingabo zawo zoherejwe mu mirwano muri DR Congo. SADC ivuga ko Magosi, ukomoka muri Botswana, yari yaje “kwishimira no kugenzura uko ibikorwa byifashe”. Umutwe wa SADC kugeza ubu ugizwe n’ingabo zavuye muri Africa y’Epfo, Malawi na Tanzania, waje […]

Perezida Ndayishimiye yiyemeje gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda ku mugaragaro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangarije i Kinshasa ko yiteguye gutanga umusanzu mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda mu cyo yise ‘kubohora urubyiruko rwagizwe imfungwa’. Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri iki Cyumweru i Kinshasa aho yitabiriye irahira rya mugenzi we, Felix Tshisekedi , ugiye kuyobora manda ya kabiri itavugwaho rumwe. “Mu Karere abaturage babanye neza, ndabizi […]

Meteo Rwanda yateguje imvura idasanzwe mu gice cya gatatu cya Mutarama

gewy4swwyaaqwrp.jpg

Meteo Rwanda, Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, cyatangaje ko mu gice cya gatatu cya Mutarama , hagati y’itariki ya 21 kugeza 31 Mutarama 2024, hateganyijwe imvura nyinshi kurusha isanzwe igwa henshi mu gihugu. Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe mu itangazo ryacyo cyavuze ko imvura iteganyijwe henshi mu gihugu ndetse mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu hakaba hagiteganyijwe imvura nyinshi ugereranyije n’izagwa […]

Abarusiya 2, Abanya-Ukraine 2 n’Umunya-Lithuania bamaze amezi 8 ari imbohe ku Cyambu cya Maputo

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yatangarije Ibiro Ntaramakuru bya Leta, RIA, ko abasare babiri b’Abarusiya bafungiwe ku Cyambu cya Maputo muri Mozambique bazira amakimbirane ashingiye ku mafaranga hagati ya nyir’ubwato bari batwaye n’umukiriya we w’Umunyamozambike, mu magambo yatangajwe kuri iki Cyumweru. Ikinyamakuru SHOT cyo mu Burusiya cyatangaje mu cyumweru gishize kuri Telegramu yacyo ko Abarusiya […]

M23 yashyizeho “couvre feu” mu bice igenzura

ger9y9iw8aa-aug.jpg

Nyuma y’ibitero by’indege, bimaze iminsi byibasiye ibice M23 igenzura na nyuma y’iycwa ry’abayoboozi b’ingabo bawo 2 biciwe mu gico batezwe bagiye kuganiriza abaturage, uyu mutwe ubu washyizeho isaha yo gutahiraho no gufunguriraho ibikorwa. Uyu mutwe mu itangazo ryawo wavuze ko couvre feu ari guhera saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba kugeza saa kumi n’ebyiri za mu […]

Irak: Abasirikare benshi ba Amerika bakomerekeye mu gitero cya misile

Abasirikare benshi ba Amerika bakomerekeye mu gitero cya misile cyagabwe ku birindiro by’indege mu burengerazuba bwa Iraki. Ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Amerika bwatangaje ko umutwe w’ingabo zishyigikiwe na Iran wibasiye ikibuga cy’indege cya Al Asad, kiriho ibirindiro by’ingabo z’Abanyamerika, ukoresheje misile za ballistique na roketi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu. Umubare utazwi w’abakozi b’Abanyamerika […]

MINICOM yatangaje igiciro fatizo ku bigori bihunguye n’ibidahunguye

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM yatangaje igiciro fatizo ku bigori, aho ibihunguye ari amafaranga y’u Rwanda ku kilo naho ibidahunguye bikagura amafaranga y’u Rwanda 311 ku kilo. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yo ku itariki ya 18 Mutarama 2024 yahuje MINICOM, MINAGRI, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), abahagarariye abahinzi b’ibigori, inganda zibitunganya n’abahagarariye […]

Abapolisikazi basaga 100 basoje amahugurwa abategura kujya mu butumwa bw’amahoro

csm_un_6_ec46f74a64.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama, abapolisikazi 110 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro, basoje amahugurwa bamazemo ibyumweru bibiri, abera mu Ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana. Ubwo yasozaga aya mahugurwa ku mugaragaro, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi […]

Baravuga ko babangamiwe n’umwanda uva mu Ibagiro rya Gakenke

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke baravuga ko babangamiwe n’amayezi avanze n’undi mwanda biva mu Ibagiro rya Gakenke, aho bemeza ko usibye umunuko biteza, binangiza ibidukikije kuko biruhukira mu mugezi wa Base. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke yemeje ko iki kibazo bacyumvise kandi bagihagurukiye ngo gikemuke vuba. Ni nyuma y’aho abaturage bamwe bari basabye […]

Uganda yagiranye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica

Muri iki cyumweru Uganda yagiranye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare n’igihugu bidasangiye umupaka cya Repubulika ya Centrafrica. Minisitiri w’ingabo n’ibibazo by’abavuye ku rugerero wa Uganda, Vincent Ssempijja, avuga ko amasezerano y’ubwumvikane (MOU) “yongeye gushimangira” ubushake bw’igihugu cye bwo kugirana ubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica. Ati: “Uganda yahoze ishaka guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere […]

Kicukiro: Umwe mu bari bagiye kwiba mu kigo cya Real Construction yarashwe ahita apfa

Umwe mu bakekwaho ubujura bari bagiye kwiba ibikoresho bya Kompanyi y’ubwubatsi ya ‘Real Construction’ mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, yarashwe ubwo bashakaga kurwanya abashinzwe umutekano nk’uko byemejwe na polisi. Uwarashwe agahita ahasiga ubuzima, ni umusore warashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Nyabigugu mu […]

U Burundi bukomeje kurunda ingabo n’ibikoresho ku mupaka n’u Rwanda

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abagabo bambaye impuzankano za gisirikare n’igipolisi, bitwaje intwaro nyinshi, bakomeje kurundwa mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rwa za komini Mabayi na Bukinanyana mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Burundi) hafi y’umupaka n’u Rwanda. Abaturage baho bavuze ko bafite impungenge ariko komanda ushinzwe ibikorwa aho […]

Indege z’intambara za FARDC zakomeje kwibasira ibirindiro bya M23 muri Masisi

gembbnfwgaahrcq.jpg

Kuri uyu wa Gatanu Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gifatanyije n’ingabo za SADC bakomeje ibitero by’indege ku birindiro bitandukanye bya M23 muri Masisi. Amakuru atangazwa n’abanyamakuru begereye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo baravuga ko igitero cy’indege cyibasiye ibirindiro by’inyeshyamba za M23 mu ifamu bita Espoir muri Teritwari ya Masisi, hafi y’uruganda […]

Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali basabye ababishinzwe guhagurukira abanyereza imitungo yabo

Nubwo bishimira umusaruro bagezeho babikesha gukorera hamwe mu makoperative, Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo barasaba ko inzego zibishinzwe zahagurukira imicungire mibi y’amakoperative bagakumira abanyereza imitungo yayo. Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, uwitwa Nyirambanjineza Josephine amaze imyaka itanu yinjiye muri Koperative KOMUSES ihinga umuceri ikanatubura ibigori mu Gishanga […]

Gen. Habarurema ukuriye ubutasi bw’u Burundi aravugwaho kuba inyuma y’ubujura buyogoje Bujumbura

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Burundi (SNR) kiravugwa mu byaha by’ubukungu no kumena amaraso. Ibyo byaha biteye impungenge kandi bikorwa n’abakozi b’uru rwego rw’ubutasi. Aba biravugwa ko bakingirwa ikibaba n’umuyobozi wa bo, Brig. Gen. Ildephonse Habarurema kandi ntibahanwa kabone niyo baba bafashwe. Ibikorwa by’ubugizi bwa nabi by’abakozi b’ubutasi bw’u Burundi byabatijwe SEVUMA, nk’uko amakuru agera […]

Bahangayikishijwe n’amafaranga yabo muri banki zigurwa n’abanyamahanga batategujwe

Bamwe mu babitsa muri banki zitandukanye mu Rwanda baravuga ko bagira impungenge iyo abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo mu gihugu bakayegukana ndetse agahindurirwa n’amazina kuko usanga batamenya uko biba byagenze ngo banki zigurishwe ugasanga bafite impungenge z’amafaranga yabo. Ni nyuma y’uko hashize igihe humvikana abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo […]

Les soldats des RDF acquiÚrent des compétences de combat avancées

38928.jpg

Les officiers des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) et d’autres soldats ont terminĂ© avec succĂšs, mercredi 17 janvier, une formation avancĂ©e d’infanterie de sept mois au Centre d’entraĂ Âźnement militaire de base de Nasho, dans le district de Kirehe. Le gĂ©nĂ©ral Moubarakh Moubarakh, chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, a prĂ©sidĂ© la cĂ©rĂ©monie de […]

Depite Cecilia Ogwal wanabaye Miss Uganda yapfuye ku myaka 77

250944818_253688940013856_5844871848254683035_n_1_.jpg

Cecilia Barbara Atim Ogwal, Umudepite ukomeye muri Uganda wari uhagarariye abagore watorewe mu Karere ka Dokolo akaba yarabaye na Miss Uganda, yapfuye ku myaka 77. Ogwal wavutse ku itariki ya 12 Kamena 1946, yari umushoramari ukorana n’ingabo z’igihugu ndetse akaba n’umujyanama mu micungire, yabaye umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda kuva mu 1996 […]

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner Group waje mu yindi sura n’izina rishya muri Afurika

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner biravugwa ko ufite izina rishya ikoresha mu bikorwa byawo muri Afurika, ariko ngo ni wa mutwe n’ubundi w’abacanshuro b’Abarusiya ukomeje gusahura ubutunzi bw’amabuye y’agaciro kandi ugasiga inyuma ibikorwa by’ubugizi bwa nabi ku mugabane wa Afurika. Ahazaza h’umutwe hari hakomeje kwibazwaho nyuma y’urupfu rwo muri Kanama 2023 rw’uwahoze ari umuyobozi wa wo, […]

Imbwa zigiye kwifashishwa mu gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza

Hagiye gutangizwa agashami gashya kazakorera muri Polisi, mu ishami rishizwe gucunga umutekano hifashishijwe imbwa (Canine Brigade). Aka gashami kazafasha gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza. Umuyobozi wa Polisi ishami rishinzwe gucunga umutekano hifashijwe imbwa, CSP Faustin Kalimba, asobanura ko imbwa zifasha mu gutahura ibisasu, ibiyobyabwenge ndetse n’umuntu wiziritseho igisasu. Yavuze ko bateganya gushyiraho akandi gashami gafasha […]

Abadepite yemeje umushinga wa Minisitiri w’Intebe, Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira

Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza umutwe w’Abadepite (House of Commons) yemeje umushinga wa Ministri w’Intebe, Rishi Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro. Uwo mushinga watambutse ku majwi 320 kuri 276. Mu badepite bakabakaba 60 bo mwishyaka akomokamo ry’Abakonservateri bawurwanyaga, 11 gusa nibo batoye “Oya”. Mu minsi mike ishize, uyu mushinga wateje impaka z’urudaca mu […]

Minisitiri Gasana n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

Minisitiri Gasana n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred Gasana ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuva ku wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama, bari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu gihugu cya Qatar rugamije gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’umutekano n’iyubahirizwa […]

Imbwa yari ifite agahigo k’imbwa ishaje kurusha izindi iri gukorwaho iperereza

bobi-science-gettyimages-1507205859.webp

Guinness World Records yambuye agahigo imbwa yitwa Bobi nyuma y’iperereza ryayitangijweho nyuma y’urupfu rwa yo. Igihe Bobi byavugwaga ko ari yo ‘mbwa ishaje cyane ku Isi’ yizihije isabukuru y’imyaka 31 umwaka ushize, maze Isi yizihizanya na yo ibyo birori. Igihe yapfaga mu Kwakira, Isi yarababaye. Ariko ubu agahigo yari ifite karimo gukemangwa. Nyuma y’uko abaveterineri […]

Perezida Kagame yemeje ko azasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo abimukira nibatoherezwa

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko ashobora kuzasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo mu gihe abasaba ubuhungiro baba batoherejwe mu gihugu cye mu masezerano cyagiranye na Guverinoma y’u Bwongereza. Umwanditsi wa BBC w’inkuru zijyanye n’ubukungu , Faisal Islam, yagiranye ikiganiro gito na Perezida Paul Kagame ari mu nama ya World Economic Forum yabereye i Davos […]

«  La Main Rouge  » umwe mu mitwe y’iterabwoba ya mbere yabayeho washinzwe n’u Bufaransa

«  La Main Rouge  » ni izina ry’umutwe witwaje intwaro w’ibanga w’Abafaransa , wagabye ibitero byinshi mu Burayi no muri Afurika y’Amajyaruguru mu myaka ya za 1950, mu gihe cy’abakoloni. Uyu mutwe bivugwa ko wari “itsinda ry’urupfu” ndetse bamwe bafata nk’umutwe w’iterabwoba, wakomotse ku matsinda mato yashingiwe muri Tunisia mu 1952 kandi ugizwe n’abazungu n’abapolisi […]

London: Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda ryeguje Abayobozi 2 b’ishyaka riri ku butegetsi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, abayobozi babiri bungirije b’ishyaka ry’aba conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza beguye ku mirimo yabo mu gihe abadepite batoraga gukora amavugurura ku itegeko ryihutirwa rya Minisitiri w’intebe, Rishi Sunak, rigamije gukumira abinjira mu gihugu binyuranyije n’amategeko. Rishi Sunak yashimangiye ko umushinga w’itegeko ugomba kugera aho guverinoma ishoboye kuko […]

Biryogo: Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagaragaye mu Marangi ari gufata ka cyayi

gebzwsexcaat7pi.jpg

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama, yagaragaye mu Biryogo, ahazwi nko Mu Marangi ari gufata ka cyayi ari kumwe n’abandi bantu bamwegereye barimo abashinzwe umutekano. Aha yari ari ndetse ari kumwe n’abantu batandukanye barimo umusirikare n’umupolisi bakuru, ni umuhanda wagizwe Car Free Zone uherereye mu Biryo mu Karere […]

M23 yemeje iyicwa rya ba komanda 2 ba yo barimo Col Castro wari ukuriye ubutasi

geb1g2txyaaoa3a.jpg

Amakuru akomeje gucicikana kuva kuri uyu wa Kabiri nimugoroba hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse yananditswe n’ikinyamakuru Chimpreports, aravuga ko Umuyobozi w’ubutasi w’umutwe w’inyeshyamba za M23 yaba yiciwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote mu burasirazuba bwa Congo. Ni amakuru M23 yemeje mu itangazo ryayo ivuga ko abayobozi 2 b’ingabo ba zo bishwe nubwo itavuze […]

Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene

Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa n’ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by’Ubudehe baherereyemo. Ibyiciro by’ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y’u Rwanda […]