U Budage: Imbwa yo mu rugo yishe umwana w’amezi arindwi

Igipolisi cyo mu gihugu cy’u Budage kiratangaza ko imbwa yarumye mu mutwe uruhinja rw’amezi arindwi ruhita rupfa. Ibi byabaye ku wa mbere nijoro itariki ya 9 Mata 2018, mu gace ka Bad Koenig gaherereye mu Majyepfo y’iki gihugu. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press biratangaza ko uburyo iyi mbwa yarumye uruhinja butumvikana kubera ko ngo yari […]

Uganda: Batangiye inzira yo gukuraho imyaka y’amavuko ntarengwa ku mukuru w’igihugu

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Uganda, rwatangiye  kumva no gusuzuma ubusabe bw’abasabye ko ingingo igena imyaka y’amavuko ntarengwa kuri Perezida yakurwamo. Mu Ukuboza 2017 nibwo inteko ishinga amategeko yashyizeho itegeko rikuraho  ingingo yari mu Itegeko Nshinga yavugaga ko umuntu uri munsi y’imyaka 35 ndetse n’urengeje imyaka 75 atemerewe kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Abatavuga rumwe […]

Rwamagana: Ikigo gicukura amabuye y’agaciro abakozi bacyo baherutse guhera mu kirombe cyasubitse imirimo

Ubuyobozi bw’ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo muri Afurika y’Epfo gikorera mu Rwanda kitwa PIRAN Resources Limited, gifite ikirombe giherutse guheramo abakozi bacyo bane mu gihe cy’iminsi itatu, cyabaye gihagaritse imirimo yacyo yo gucukura aho gifite ibirombe hose kivuga ko ari ku mpamvu z’umutekano. Mu kiganiro umuyobozi wacyo, John sanderson yahaye New Times, yavuze ko ibiherutse […]

Umukecuru yabeshye Interahamwe ko ari umurozi ruharwa abasha kurokora Abatutsi basaga 100

Zula Karuhimbi   ni umukecuru w’imyaka isaga 100, avuga ko yarokoye Abatutsi basaga 100 bahigwaga muri jenoside yakorewe Abatutsi, babaga bahigwa n’Interahamwe n’abandi bari bagamije kubica, yakoresheje amayeri yo kwiyita umurozi ruharwa abasha kugera ku ntego. Atuye mu murenge wa Ruhango, akarere ka Ruhango Intara y’Amajyepfo, yemeza ko afite imyaka 106 ariko n’ubwo bigaragara ko […]

Kuwa 10 Mata 1994 Abatutsi 14,500 bari bahungiye mu ngoro ya Muvoma muri Ngororero barishwe

Ku itariki ya 10 Mata 1994 Jenoside yakorewe Abatutsi yari irimo iragenda ifata intera ariko ibitero byo kwica inzirakarengane zaziraga uko zavutse byiyongeraga hirya no hino mu gihugu, aho kuri iyi tariki Abatutsi bakabakaba 15,000 bahungiye mu ngoro ya Muvoma muri Ngororero bishwe. Dore bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi tariki mu gihe cya Jenoside […]

Rubavu :Hibutswe Abatutsi biciwe kuri Katedarali ya Nyundo no mu nkengero zayo

Kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Mata 2018, Akarere ka Rubavu kibutse ku nshuro ya 24 inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ziciwe kuri Paruwasi Katedarali ya Nyundo no mu nkengero zayo. Ni igikorwa cyabanjirijwe n’ijoro ryo kwibuka ryabaye ku itariki ya 8 mata 2018 aho Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije Ushinzwe Ubukungu, Murenzi Janvier […]

Birakekwa ko abagabo 2 barohamye muri Nyabarongo nyuma y’impanuka y’ubwato

Abaturage n’abayobozi mu turere twa Gakenke na Kamonyi batangiye ibikorwa byo gushakisha abagabo babiri bikekwa ko barohamye mu Uruzi rwa Nyabarongo. Ibi ngo bikaba byarabaye kuri iki Cyumweru gishize nimugoroba ubwo itsinda ry’abantu 8 bose bo mu Karere ka gakenke bambukaga Uruzi rwa Nyabarongo bakoresheje ubwato bw’ibiti baturuka mu Karere ka Kamonyi berekeza ahantu hatandukanye […]

Uganda: Abanyarwanda bakomeje kwegeranya amafaranga yo kubaka urwibutso muri Mpigi

Abanyarwanda baba mu gihugu cya Uganda bakomeje gukusanya inkunga y’amafaranga ateganyirijwe kurangiza imirimo yo kubaka Urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi ruri kubakwa mu Karere ka Mpigi ruzatwara miliyari 3,7 z’Amashilingi. Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Maj. Gen. Frank Mugambage akaba atangaza ko iki ari igitekerezo bagize mu rwego rwo gukomeza kuzirikana inzirakarengane zishwe muri Jenoside […]

USA irashinjwa gutera igisasu ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere za Syria

Mu gitondo cyo wa mbere, ku wa 9 Mata 2018, igisasu cy’ubwoko bwa “missile” cyatewe ku birindiro by’ingabo za Syria, 14 zihasiga ubuzima. Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirashinjwa iki gitero nyuma y’amagambo Donald Trump yatangaje avuga ko iki gihugu kizishyura abantu baherutse kwicirwa mu myigaragambyo mu murwa mukuru, Damascus. Ku wa 7 Mata 2018, […]

DRC: Umupadiri yapfuye arashwe n’umutwe wa Mai-Mai

Umupadiri witwa Etienne Nsengiyumva  basanze yapfuye aho yarashwe n’umutwe wa Mai-Mai ku cyumweru tariki ya 8 Mata 2018, nyuma yo gusoma misa muri Kivu y’Amajyaruguru. Nkuko byatangajwe n’umuyobozi wa diyosezi ya Goma, padiri Gonzague Nzabanita, yagize ati’’ Padiri Etienne Nsengiyumva  yishwe na Mai Mai Nyatura ku cyumweru i Kyahemba aho yari ari gusoma misa, kubatiza […]

RDC: Umuyobozi wa HCR, Filippo Grandi yijeje impunzi z’Abanyarwanda  koroherezwa gutaha

Komiseri Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (HCR), Filippo Grandi, kuri iki Cyumweru, itariki 08 Mata yijeje impunzi z’Abanyarwanda ziri muri Kivu y’Amajyaruguru ko zizoroherezwa nizishaka gutahuka ndetse ko ibibazo zifite birimo iby’umutekano mucye n’icyizere gikeya cyo gusubizwa mu buzima busanzwe mu Rwanda bizakemurwa n’abayobozi ba Congo, ab’u Rwanda na HCR. Ibi akaba yabitangaje […]

Bonnie Mugabe yongeye kugirwa umuvugizi wa FERWAFA

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatoye Bonnie Mugabe nk’umuvugizi waryo, asimbuye Ruboneza Prosper. Mugabe wari usanzwe akomatanya indi mirimo itandukanye muri Ferwafa asimbuye Ruboneza Prosper wari ukuriye ishami ishinzwe ubucuruzi akaba yanakoraga ubuvugizi bwa FERWAFA kuva mu 2016. Zimwe mu nshingano Mugabe azaba afite, harimo gutanga amakuru ku bikorwa bya FERWAFA mu itangazamakuru no […]

Kigali: Umuyobozi aragereranya abirirwa basabiriza n’umwanda

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, inzego z’umutekano ndetse n’inzego zihagarariye abamugaye, biyemeje guca burundu ibikorwa byo gusabiriza mu Mujyi wa Kigali, bikorwa n’abamugaye. Mu bukangurambaga bwabaye, bagereranijwe n’umwanda, bibatera agahunda mu gihe bavuga ko babiterwa no kubura amikoro. Ubu busabirizi bukorwa mu Mujyi wa Kigali bukorwa n’abantu batandukanye biganjemo abafite ubumuga, ngo bugiye gucibwa mu rwego […]

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro zibutse ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi- AMAFOTO

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Santrafrika, Darfour no muri Sudani y’Amajyepfo, zifatanyije n’abandi Banyarwanda mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ingabo ziri muri Repubulika ya Santrafrika, i Bangui zitabiriye uyu muhango zifatanyije n’imiryango y’Abanyarwanda iba muri iki gihugu, abagize Guverinoma y’iki gihugu barimo na Perezida […]

Diaspora: Abanyarwanda hirya no hino bibutse ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa gatatandatu tariki ya  7 Mata, 2018, uhereye  uhereye muri Kenya na Tanzania, Ububiligi, Ositarariya,  Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ubushinwa, ndetse n’ibindi bihugu bitanduka, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda hirya no hino ku isi biffatanyije n’abo mu gihugu imbere Kwibuka ku nshuro ya 24 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bari mu […]

Nyamasheke: Urubyiruko ruri mu biruhuko rurahamagarirwa guhangana n’ikibazo cy’biyobyabwenge n’inda z’imburagihe

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko bwahagurukiye ikibazo cy’inda z’itateganijwe bamwe bita iz’imburagihe n’icy’ibiyobyabwenge byugarije urubyiruko, ariko muri amwe mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri aka karere haracyagaragara abana b’abakobwa batwara inda zitateganijwe, hakaba hakwiye ubufatanye ngo izi ngeso mbi zangiza urubyiruko zicike. Ni muri urwo rwego bamwe mu ngimbi n’abangavu biga mu mashuri ari mu […]

Ibaruwa yandikiwe uwacitse ku icumu muri iki gihe cyo kwibuka kunshuro ya 24

Umunyamakuru wa BBC, Venuste Nshimiyimana yandikiye ibaruwa ihumuriza uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, anongera kwibutsa ko atazigera ahwema gusaba ko amahanga yatereranye u Rwanda bigatuma abatutsi barenga 1.000.000 bicwa, bagomba guca bugufi bagasaba imbabazi ndetse bakanatanga impozamarira. Ibaruwa ya Venuste Nshimiyimana Muvandimwe nkunda Uwimana Veronica, Uyu munsi urakomeye mu buzima bwawe ndetse n’ubwa […]

Perezida Kagame arashimira Kaboré wa Burukina Faso wagaragaje ko yifatanyije n’Abanyarwanda mu #kwibuka24

Perezida Paul Kagame arashimira mugenzi we wa Burkina Faso, Roch Marc Christian Kaboré, nyuma yo gutangaza ko yifatanye n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kabore yatangaje mu rurimi rw’Icyongereza ko yifatanyije n’Abanyarwanda n’imiryango yabuze ababo muri jenoside, ugenekereje mu Kinyarwanda agira ati […]

Umuhanzi Meddy aratanga ubutumwa bw’ihumure mu gihe cyo kwibuka

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy, aratanga ubutumwa buhumuriza ababuze ababo. Uyu muhanzi abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Meddy yavuze ko n’ubwo abantu bagiye babura ababo ko bishoboka ko  bakiri kumwe nabo kubera urukundo […]

Guverineri Mufulukye arashimira ingabo za FPR/Inkotanyi zahagaritse jenoside zikagarurira Abanyarwanda icyizere cyo kubaho

Guverineri w’Intara y’i Burasirazuba, Bwana Mufulukye Fred arashima ubutwari bw’ingabo za FPR/Inkotanyi zahagaritse jenoside yakorewe Abatutsi, ubu Abanyarwanda bakaba bishyira bakizana mu iterambere ry’igihugu. Yatangaje ibi ubwo yifatanyaga n’abaturage b’Umurenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma, Intara y’I Burasirazuba abereye umuyobozi, ku wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, hatangizwaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro […]

Uwatorotse igisirikare cya Uganda yakubiswe arapfa ubwo yageragezaga kwiba

Umugabo w’imyaka 40 wahoze mu gisirikare cya Uganda akaza kugitoroka, yakubiswe n’abaturage kugeza ashizemo umwuka. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 6 Mata 2018, nibwo umugabo witwa David Kanyamahoro ushinjwa gutoroka igisirikare cya Uganda (UPDF), hamwe n’abandi batatu bagiye kwiba muri Village ya Nyagicyebe/ Rwaramba  muri District ya Kisoro, abandi baracika we afashwe arakubitwa […]

Loni irasaba Leta ya Nkurunziza gushyikirana n’abatavuga rumwe nayo

Akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi, karasaba Leta y’u Burundi kugirana ibiganiro n’abatavuga rumwe na yo ku byerekeye amatora ateganyijwe mu 2020. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’intumwa z’ibihugu 15 bigize aka kanama ku wa Gatatu w’iki cyumweru, batangaje ko Loni itewe amakenga n’uburyo ibikorwa bya politiki byifashe mu Burundi. Aya makenga ngo bayaterwa n’uko […]

Muhanga: Kubura uburere bw'ababyeyi, byatumye bishora mu biyobyabwenge birabangiza

Uwayo Germain, utuye mu kagari ka Gitarama, umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, avuka mu muryango w’abana benshi kuko yivugira ko ise yari yashatse abagore benshi, nyina umubyara yari umugore wa munani, nyuma yo gutandukana Kwa se na nyina, yaje  kubura uburere bw’ababyeyi ari byo byatumye amara imyaka irindwi akoresha ibiyobyabwenge, byanamukurijemo uburwayi bwo […]

Muhanga: Kubura uburere bw'ababyeyi, byatumye bishora mu biyobyabwenge birabangiza

Uwayo Germain, utuye mu kagari ka Gitarama, umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, avuka mu muryango w’abana benshi kuko yivugira ko ise yari yashatse abagore benshi, nyina umubyara yari umugore wa munani, nyuma yo gutandukana Kwa se na nyina, yaje  kubura uburere bw’ababyeyi ari byo byatumye amara imyaka irindwi akoresha ibiyobyabwenge, byanamukurijemo uburwayi bwo […]

Abantu 13 basize ubuzima mu mirwano yahuje abasirikare ba Congo (FARDC) n’inyeshyamba

Abantu 13 barimo 11 b’inyeshyamba za Maà¯-Ma௠n’abasirikare ba Leta ya Congo babiri, basize ubuzima mu mirwano yabahuje ku wa Gatanu tariki ya 6 Mata 2018. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wungirije w’agace ka Kalemi iyi mirwano yabereyemo, Franklin Yakani, avuga ko hagabwe iki gitero mu rwego rwo kumenesha izi nyeshyamba muri aka gace gakungahaye ku butunzi […]

Rusizi: Abarokotse Jenoside bashengurwa n’uko Abarundi babahekuye bacyidegembya

Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku rwego rw’akarere ka Rusizi byabereye  mu murenge wa Muganza, umwe mu mirenge igize ikibaya cya Bugarama mu cyahoze  ari komini Bugarama naho hakaba haraguye Abatutsi batagira ingano muri Jenoside, aho bamwe bajugunywe mu nzuzi n’imigezi,imibiri ishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Muganza yabonetse ikaba ari 242 gusa. Abarokotse […]

Canada: Abakinnyi 14 bapfiriye mu mpanuka ikomeye y’imodoka

Igipolisi cya Canada cyemeje ko abakinnyi 14 bakina umukino wa Hockey, bakinira mu rubura, bapfuye bishwe n’impanuka y’imodoka. Aba bakinnyi bapfuye ni ab’ikipe ya Humboldt Broncos, bus barimo ikaga yagonganye n’ikamyo mu gace ka  Tisdale mu ntara ya Saskatchewan. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo igipolisi cya Canada cyemeje ko abantu 28 bari muri bus, 14 muri […]

Ishyaka 'Green Party' riramagana inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside

Itangazo ryasohowe n’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) ku wa 6 Mata 2018, riramaganira kure inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi, ko aho kububaka ahubwo zibatera ihungabana. Abana b’Interahamwe, abana b’amateka, abana b’urwibutso,… aya ngo ni amwe mu mazina aba bana bitwa, nka DGPR ikaba ibibona nko kubangamira uburenganzira […]

Ishyaka 'Green Party' riramagana inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside

Itangazo ryasohowe n’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) ku wa 6 Mata 2018, riramaganira kure inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi, ko aho kububaka ahubwo zibatera ihungabana. Abana b’Interahamwe, abana b’amateka, abana b’urwibutso,… aya ngo ni amwe mu mazina aba bana bitwa, nka DGPR ikaba ibibona nko kubangamira uburenganzira […]

Uko inzoga itakuriza uburiri bw’umubyeyi, niko itakuzanamo ingengabitekerezo ya jenoside utayisanganwe- Ubumanzi

Mu gihe Abanyarwanda n’isi yose bibuka ku ncuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu mudugudu w’Ubumanzi hagarutswe ku ngengabitekerezo ya Jenoside. Umwe mu batanze ikiganiro, yiyamye abayigira bakabeshyera ubusinzi, maze ati, “Uko inzoga itakuriza uburiri bwa nyoko, niko itakuzanamo iyo ngengabitekerezo”. Ibiganiro kuri uyu wa 7 Mata byatangiye abantu bibuka, bazirikana, batanga ubuhamya; […]

Ese Habyarimana Juvenal yakoze Jenoside kandi yarabaye yaramaze gupfa?

Iki ni ikibazo umuyobozi wa Komisiyo Ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene, yavuze ko bakunze kubazwa n’urubyiruko rw’abanyeshuri bavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata […]

Kwibuka bijyana n'ukuri kandi bikajyana no kubaka igihugu cyacu- Perezida Kagame

Perezida Kagame avuga ko kwibuka bijyana n’ukuri ndetse no kubaka ubushobozi bw’Abanyarwanda ndetse ko n’abatibuka baba birengagiza uko kuri kw’ibyabaye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali […]

Kwibuka bijyana n'ukuri kandi bikajyana no kubaka igihugu cyacu- Perezida Kagame

Perezida Kagame avuga ko kwibuka bijyana n’ukuri ndetse no kubaka ubushobozi bw’Abanyarwanda ndetse ko n’abatibuka baba birengagiza uko kuri kw’ibyabaye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali […]

Kigali: Ibiganiro by’iminsi itatu byigaga ku mateka y’ibihugu byabayemo jenoside n’intambara byasojwe

Ikigo cy’ubushakashatsi n’ibikorwa bigamije amahoro(IRDP) kuri uyu wa 6 Mata 2018, ku bufatanye na Kaminuza yo muri Afurika y’Epfo, Stellenbosch cyasoje inama yahuzaga abashakashatsi batandukanye mu rwego rwo  kungurana ibitekerezo ku mateka y’ibihugu byagiye bibamo jenoside ndetse n’intambara. Umuyobozi wa IRDP, Dr. Eric Ndushabandi yavuze ko icyo iyi nama yari igamije ari ukureba aho urugendo […]

Minisitiri w'Umuco muri Senegal arifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24

Minisitiri w’Umuco mu gihugu cya Senegal, Abdou Latif Coulibaly kuri uyu wa 7 Mata 2018, arifatanya n’Abanyarwanda bose mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku inshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na Minisitero y’umuco na Siporo mu Rwanda, ngo uretse kwifatanya n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka, biteganyijwe ko Minisitiri Coulibaly azagirana ibiganiro […]

Minisitiri w'Umuco muri Senegal arifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24

Minisitiri w’Umuco mu gihugu cya Senegal, Abdou Latif Coulibaly kuri uyu wa 7 Mata 2018, arifatanya n’Abanyarwanda bose mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku inshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na Minisitero y’umuco na Siporo mu Rwanda, ngo uretse kwifatanya n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka, biteganyijwe ko Minisitiri Coulibaly azagirana ibiganiro […]

CNLG irasaba Abanyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka

Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Kurwanya Jenoside (CNLG) irasaba buri munyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibicishije ku rukuta rwayo rwan Twitter, CNLG yagize iti “Nk’uko twibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, turasaba buri munyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka bizajya bibera mu midugudu  muri iki cyumweru cyo kwibuka”. Umuhango […]

Musoni James yakuwe ku mwanya wa Minisitiri w'ibikorwaremezo

Musoni James wari Minisitiri w’ibikorwaremezo yakuwe kuri uyu mwanya na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame asimburwa na Gatete Claver wari Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi. Izi mpinduka zatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Mata 2018, Minisitiri Musoni James asimburwa na Gatete Claver muri Minisiteri y’ibikorwaremezo mu gihe muri Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Gatete yasimbujwe Dr Ndagijimana Uzziel . Mu mwaka […]

Musoni James yakuwe ku mwanya wa Minisitiri w'ibikorwaremezo

Musoni James wari Minisitiri w’ibikorwaremezo yakuwe kuri uyu mwanya na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame asimburwa na Gatete Claver wari Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi. Izi mpinduka zatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Mata 2018, Minisitiri Musoni James asimburwa na Gatete Claver muri Minisiteri y’ibikorwaremezo mu gihe muri Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Gatete yasimbujwe Dr Ndagijimana Uzziel . Mu mwaka […]

Rusizi: Abahinzi b’icyayi bavuga ko uburyo bishyurwamo bubadindiza mu iterambere

Bamwe mu bahinzi  b’icyayi ba ‘The villageois Umacyagi’ bagihinga mu mirenge 10 y’uturere twa Rusizi na Nyamasheke bavuga ko  uburyo bahabwa mo amafaranga ku musaruro w’icyayi  cyabo bibahombya, aho bayishyurwa inshuro 2 gusa mu kwezi. Ubwo Bwiza.com yasuraga aba bahinzi mu mirima y’icyayi, bayitangarije ko nubwo Leta y’u Rwanda yakoze ibishoboka byose ngo umuhinzi w’icyayi […]

Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo yagejejwe imbere y’urukiko

Jacob Zuma, wahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo, kuri uyu wa 06 Mata 2018 yagejejwe imbere y’Urukiko Rukuru rwa Durban mu gihe cy’iminota 15 humvwa ibyaha ashinjwa urubanza rwe rwimurirwa kuwa 08 Kamena. Jacob Zuma arashinjwa ibyaha 16 bya ruswa, uburiganya, forode n’iyezandonke byateye icyasha ubutegetsi bwe. Jacob Zuma w’imyaka 75 wavuye ku butegetsi muri […]

Uganda: Hatawe muri yombi ukekwaho guha inyeshyamba z’Abanyarwanda ubutaka bwo guhingaho

Urwego rushinzwe ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) rwataye muri yombi umucungamutungo  witwa Gerald Yashaba ukekwaho kuba afite aho ahuriye n’ibikorwa byo gutera inkunga inyeshyamba zirimo iz’Abanyarwanda. Gerald Yashaba ni umucungamutungo wa Lamba Enterprise Ltd, ikigo cy’uwitwa Christopher Obey, wahoze ari umucungamutungo mukuru muri minisiteri y’imirimo ya leta, kuri ubu ufunzwe, akaba yaratawe muri yombi […]

Mu Bushinwa hagiye kubera inama yo gushaka ingamba zafasha abatuye isi kuva mu ubukene

Inama yitiriwe umujyi wa Boao u Bushinwa buzakomeza kugaragazamo ingamba bufite mu gukura abatuye isi mu bukene. Akaba ari n’uburyo bwo gukomeza kugaragara nk’igihugu cy’igihangange binyuze cyane mu bikorwa bihindura imibereho y’abatuye isi. Inama ngarukamwaka ya Boao yo muri Asiya (Boao Forum for Asia) ihuza abayobozi bakomeye mu bihugu byo muri Asiya n’iyindi migabane itandukanye […]

Musanze: Meya yakoreje isoni mu ruhame ba gitifu b’utugari basinda n’abarya imitsi ya rubanda

Mu nama yahuzaga abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Musanze kuva ku rwego rw’akagari kugeza ku rw’akarere, umuyobozi w’akarere, Habyarimana Jean Damascene yahwituriye mu ruhame bamwe mu banyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari bavugwaho imyitwarire idahwitse. Muri iyi nama yabaye ku wa Mbere tariki ya 2 Mata 2018, Yafatiwemo imyanzuro itandukanye irimo n’iyo kwegera abayobozi mu tugari, bagakosora […]

Perezida Nana Akufo arahakana kwemerera Amerika gushinga ibirindiro bya gisirikare muri Ghana

Igihugu cya Ghana kiratangaza ko kitazashyira umukono ku masezerano yemerera Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushing ibirindiro bya gisirikare ku butaka bw’iki gihugu nk’uko byatangajwe na perezida Nana Akufo-Addo kuri uyu wa Kane. Ibi perezida Addo yabitangarije kuri televiziyo y’igihugu ashimangira ko ibihugu byombi bizarushaho gufatanya mu bya gisirikare ariko ko Ghana nta birindiro yahawe […]

Ibyemezo by’ubutaka 234 na konti za banki 29 bimaze gufatirwa mu rwego rwo kugaruza umutungo wa leta

Abashinjacyaha mu Rwanda mu myaka itatu ishize bamaze gufata ibyemezo by’ubutaka 234 no gufatira konti za banki z’abantu 29 mu rwego rwo kugaruza amafaranga y’abasoreshwa yibwa mu isanduku ya leta nk’uko bitangazwa n’umwe mu bayobozi. Jean Marie Vianney Nyirurugo, umuyobozi w’ishami rishinzwe ubukungu n’imari mu Bushinjacyaha bukuru bw’igihugu, kuri uyu wa Gatatu ushize yavuze ko […]

Urutonde rw’abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru bakinnye imikino irenga 1000

Umwongereza Peter Shilton niwo uyoboye urutonde rw’ibyamamare muri ruhago byakinnye imikono myinshi, bikagera n’aho birenza igihumbi mu gihe  byamaze muri uyu mukino. 1 Peter Shilton : Ubu ni umusaza w’imyaka 68, yari umuzamu wo mu Bwongereza. Akaba yarakinnye imikino 1390 mu makipe atandukanye arimo Leicester City, Stoke City, Southampton,… 2 Rogerio Ceni : Ni umunya Brazil […]

Uganda: Icyorezo cya Kolera kimaze guhitana impunzi 40 z’Abanyecongo

Impunzi 40  zo muri Congo zahungiye muri Uganda  zimaze guhitanwa n’icyorezo cya Kolera ( Cholera) cyageze  mu nkambi izi mpunzi zicumbitsemo. Nk’uko byatangajwe n’umuryango utabara imbabare( Croix Rouge) muri Uganda, ngo iki cyorezo cy’ibasiye impunzi zavuye Congo zihunze imirwano ya buri munsi yo mu Burasirazuba bwa Congo ishingiye ku moko ndetse n’ingabo zihanganye n’imitwe yitwaje […]

Nyamagabe: Uwicishije abantu bane isuka yakatiwe igifungo cya burundu no kwishyura indishyi y’asaga miliyoni 28

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe rwahamije uwitwa Mushimiyimana Callixte icyaha cy’ubwicanyi yakoreye abantu bane rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu ndetse no gutanga indishyi za miliyoni 28,300,000 z’amafaranga y’u Rwanda ku miryango yiciwe abantu nk’uko ubushinjacyaha bwari bwakimusabiye. Ni ibyaha byakozwe kuwa 25 Ukuboza 2017 mu masaha ya saa 8:00 za mu gitondo, mu Karere ka Nyamagabe, […]

Kirehe: Umugabo yatawe muri yombi acyekwaho kwica umubyeyi we

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe ku wa Gatatu tariki ya 4 Mata 2018, yataye muri yombi, Bizimana Joseph  ushinjwa n’abavandimwe be n’abaturanyi kwica nyina, Mukandutiye Felecite, wishwe ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 2 Mata 2018. Mukandutiye Felecite wari ufite imyaka 67 yari atuye mu mudugudu w’umutuzo akagari ka Bisagara mu […]

Diamond wari umaze iminsi avuma Leta, yabonanye na Perezida Magufuli

Mu gihe Diamond Platnumz (Chibu Dangote ) yari ashyamiranye na Leta ya Tanzaniya ahanini bitewe n’ibyemezo byagiye bimufatirwa harimo no guhagarikwa kwa zimwe mu ndirimbo ze, ubu ibyishimo ni byose nyuma yo guhura na Perezida Magufuli. Ni mu muhango wabereye ku kibuga cy’indege cya Tanzaniya ku wa Gatatu tariki ya 4 Mata 2018, ubwo Leta […]

Umubyeyi wa Kayumba Nyamwasa wabaga muri Uganda yapfuye

Kayumba Nyamwasa wahoze mu gisirikare cy’u Rwanda akaza guhungira muri Afurika y’Epfo yapfushije se, Senumuha Ferediriyani wabaga muri Uganda. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda, ni uko uyu musaza yari ashaje, ariko akaba yari afite uburwayi bw’umutima, akaba yarapfuye ku wa Kabiri tariki ya 3 Mata 2018, i Kampala. Mu gihe gahunda irebana n’imihango […]