Urutonde rw’abagore 6 bakina filimi binjije agatubutse kurusha abandi

Nta washidikanya ko ubwitabire bw’igitsinagore bwongera uburyohe no gukundwa by’amafilimi. Ubu bwitabire butuma na bo binjiza amafaranga menshi, bakaba na bo batungwa n’uyu mwuga nka basaza babo. Uru ni urutonde rw’abagore cyangwa se abakobwa biganjemo Abanyamerika baherutse gusohoka kuri Forbes Magazine nk’abinjije amafaranga menshi kurusha abandi mu mwaka ushize: 1.Emma Stone: Ni umunyamerika, yavutse mu […]

Test views

Test viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest views

Tanzania: Abajura bibye mu Kiliziya ibikoresho by'agaciro

Abajura bateye kiliziya ya Mutagatifu Therese ( St Thérèse ) iherereye mu mujyi i Dar es Salam, biba amaturo n’ibikombe bitanu by’agaciro. Padiri Benno Kikudo yavuze ko abarinda iyo kiliziya bakubiswe cyane ariko ku bw’amahirwe abajura ntibashoboye kwinjira mu nzu y’abapadiri ngo bibe ibirenze ibyo batwaye. Yagize ati “Mu gicuku, abapadiri bagenzi bacu batewe n’abajura, […]

Tanzania: Abajura bibye mu Kiliziya ibikoresho by'agaciro

Abajura bateye kiliziya ya Mutagatifu Therese ( St Thérèse ) iherereye mu mujyi i Dar es Salam, biba amaturo n’ibikombe bitanu by’agaciro. Padiri Benno Kikudo yavuze ko abarinda iyo kiliziya bakubiswe cyane ariko ku bw’amahirwe abajura ntibashoboye kwinjira mu nzu y’abapadiri ngo bibe ibirenze ibyo batwaye. Yagize ati “Mu gicuku, abapadiri bagenzi bacu batewe n’abajura, […]

Rwamagana: Abaturage baratabariza umugabo utotezwa n’umugore we n’umwana

Abaturage bo mu mudugudu wa Kabuye, akagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, bavuga batewe impungenge n’uburyo umuturanyi wabo, Hatangimana Issa atotezwa n’umugore Mukeshimana Ziada, n’umuhungu wabo w’imyaka 22. Aba baturage babarizwa mu isibo yitwa ‘Ubutabera’ bavuga ko umuturanyi wabo ahora atotezwa kandi bagahora bahangayikiye umutekano we. Umwe mu baturanyi ba […]

U Bwongereza: Umugore wa Dr.Jose Chameleone yibarutse umukobwa

Umuryango wa Dr Jose Chameleone wo muri Uganda, uri mu byishimo nyuma y’aho umugore we yibarutse umwana w’umukobwa bahise bita, Xari Amani Mayanja. Uyu mugore we, Atim Daniella Mayanja yabyariye mu Bwongereza, kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Mata 2018, nyuma y’iminsi mike afashe indenge akerekezayo, agiye kwibaruka. Akimara kubona uyu mwana w’umukobwa yari amaze […]

Ikipe ya Costa do Sol igomba gukina na Rayon Sports, yasesekaye i Kigali

Ikipe ya Costa Do Sol ituruka mu gihugu cya Mozambique yaraye isesekaye i Kigali aho igomba gukina na Rayon Sports mu mukino wa CCC ( CAF Confederation Cup) uzaba ku wa Gatanu tariki ya 6 Mata 2018, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo. Ikipe ya Rayon Sports yageze muri iri rushanwa ivuye muri CCL (CAF […]

RDC: Abasirikare 10 bashinjwa kwica abacuruzi muri Kasai bakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rwa gisirikare rwa Kananga (Kananga Garrison Military Court) muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, rwakatiye igihano cy’urupfu abahoze ari abasirikare 10 bishe abacuruzi 5 muri Dibaya ho muri Kasai mu 2017. Ubusanzwe abasirikare bashinjwa iki cyaha bari 14, ariko nyuma yo gukurikirana umwe ku wundi byarangiye babiri muri bo bahawe igihano cyo gufungwa imyaka […]

Hon. Makuza arasobanura akamaro ko kwandikisha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi ku rutonde rw’umurage w’Isi

Perezida wa Sena, Hon.Makuza Bernard avuga ko kwandikisha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi ku rutonde rw’Umurage w’Isi  rwa UNESCO, ari amahirwe ku mahanga yose yo gusobanukirwa amateka ya jenoside u Rwanda rusangiye n’Isi yose. Mu nama nyungurana bitekerezo yateranye kuri uyu wa 5 Mata 2018, mu cyumba cy’Inteko Rusange ya Sena i Kigali, yateguwe na […]

Umusore dufitanye ubukwe mu kwa 6 namufashe asambana n’umugore navuga ko amubyaye, ndumva nataye umutwe- NKORE IKI?

Amahoro y’Imana abane na mwe, ndi umukobwa w’imyaka 26 iwacu ni mu karere ka Rubavu ku Gisenyi mu mujyi, ni naho ngomba kuba n’umugabo wanjye dufitanye ubukwe mu kwezi kwa 6 ariko byajemo kidobya. Ntavuze byinsho, nshuti bavandimwe duhurira kuri iki kinyamakuru cya Bwiza.com, ngiye kubatekerereza inkuru mbi yambayeho, n’ubu nkaba ntarayakira. Kuri pasika ubwo […]

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe urasabwa kwinjira mu kibazo cy’u Burundi amazi atararenga inkombe

Mu gihe hitegurwa amatora ya Kamarampaka mu gihugu cy’u Burundi mu kwezi gutaha ndetse bamwe banafata nk’uburyo Leta y’u Burundi yashyizeho ngo Perezida Nkurunziza agume ku butegetsi, imiryango itegamiye kuri Leta irasaba umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) kwinjira muri iki kibazo amazi atararenga inkombe. Mu mwaka wa 2015 ubwo Perezida Nkurunziza yiyamamazaga kuri manda ya […]

Ruhango: Abakaga abacuruzi amafaranga biyita abakozi ba RSB bafashwe

Ku wa mbere tariki 2 Mata 2018, Polisi mu karere ka Ruhango yafashe Murekezi Jean Claude na Mugabo Gilbert barimo kwaka amafaranga abacuruzi bo mu kagari ka Kamusenyi, mu murenge wa Byimana basanganye amasashe ya pulasitiki n’amavuta yo kwisiga atujuje ubuziranenge bababwira ko abatayatanga babaca amande y’uko bacuruza ibitemewe n’amategeko; ibi bakaba barabikoze biyita abakozi […]

Urwango Zari afitiye Diamond yaba yatangiye no kurutoza abana babyaranye

Nyuma yo gutandukana na Diamond bari bamaze kubyarana abana babiri, umuherwe Zari Hassan benshi bamunenze kubera igikorwa yakoze benshi bavuga ko cyaba ari icyo kwangisha uyu mugabo abana be. Abana babiri (Tiffah & Nillan) Zari yabyaranye na Diamond, buri umwe afite konti ye kuri Instagram, by’umwihariko bakaba bari mu bihumbi by’abafana byakurikiraga (Followers) Diamond kuri […]

Urutonde rw’abakinnyi baciye agahigo mu marushanwa ya UEFA, Ronaldo na Messi bataramenyekana

Cristiano Ronaldo na Lionel Messi ni abakinnyi bamaze igihe barafashe igice kinini cyane mu mupira w’amaguru. Ibi bigaragazwa n’ibyo bakora mu marushanwa atandukanye, mu makipe bakinamo muri shampiyona n’iz’ibihugu bakomokamo. Mu marushanwa akomeye i Burayi(UEFA Champions League na Europa League), aba bakinnyi bageze kuri byinshi ariko si byose. Hari abandi bakinnyi bagiye bakora amateka mu […]

Leta y’u Burundi irasaba iy’u Rwanda kurekura impunzi zabwo zishaka gutaha

Mu itangazo Leta y’u Burundi yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Mata 2018, irasaba iy’u Rwanda kurekura impunzi z’Abarundi ngo zishaka gutaha mu gihugu cyazo. Muri iryo tangazo, Leta y’u Burundi ivuga ko kuva ku Cyumweru tariki ya 1 Mata 2018, Leta y’u Burundi yakiriye amakuru avuga ko hari impunzi 1604 zirukanwe ku […]

Kigali: Ikigo ‘BTC’ gihugura kikanigisha itangazamakuru cyatangiye kwandika abanyeshuri bashya

Ikigo BTC (Belgine Training Center) gihugura kikanigisha itangazamakuru, kiratangaza ko ubu cyatangiye kwandika abanyeshuri bashya bazatangira amasomo mu kwezi gutaha. Umuyobozi mukuru wa BTC, Bizimana Belgine avuga ko iki ari icyiciro cya gatatu kigiye gutangira, ko mu gihe cy’amezi ane abanyeshuri biga, baba bahavanye impamba ikomeye ibafasha kwibeshaho neza. Aganira na Bwiza.com, yagize ati “Kubera […]

Umuzamu De Gea  agiye kongezwa umushahara na Man.Utd abe uwa mbere ku isi uhembwa agatubutse

Ikipe ya Manchester United igiye kongerera umuzamu wayo David De Gea amasezerano y’imyaka itanu ndetse n’umushahara w’ibihumbi 350,000 by’amapawundi buri cyumweru. Nk’uko bitangazwa na The Sun, ngo uyu muzamu ukomoka muri Espagne azaba ariwe muzamu uhembwa amafaranga menshi ku isi. Manchester ikaba igomba kubikora mbere y’uko igikombe cy’isi gitangira. De Gea yageze muri Manchester United […]

Urukundo si ukuryamana, dore ibyo wakorera umukunzi wawe akarushaho kukwizera

Urukundo ni ijambo buri wese asobanura uko ashaka, benshi bakanariha ubusobanuro butandukanye bitewe n’inyungu baba babifitemo. Ni muri urwo rwego rero usanga abenshi bibwira ko urukundo ari ugukora imibonano mpuzabitsina ndetse akenshi n’abenda kuzabana ugasanga baryamanye mbere y’uko basezerana. Gusa hari ibikorwa byinshi wakorera umukunzi wawe akanyurwa mutarinze kuryamana mbere yo kubana. 1.Gerageza umwereke ko […]

RCS yafashe umwe mu bagororwa batorokanye na Ntamuhanga Cassien

Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS), rubinyujije ku rukuta rwa Twitter, rwatangaje ko hafashwe Batambarije Theogene, umwe mu batorokanye na Ntamuhanga Cassien. Umuvugizi  w’uru rwego, CIP Hillary Sengabo, yatangaje ko Batambarije Theogene wafashwe ari mwene Mukamwambutsa batuye mu kagari ka Rwimbogo, umurenge wa Gatebe, akarere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru akaba yaratorotse tariki 31 Ugushyingo […]

Or ameze neza nta kibazo afite- Clement asobanura ibyavugwaga ku mwana we na Knowless

Producer Ishimwe Clement akaba n’umugaho w’umuhanzi Butera Knowless, aratangaza ko umwana wabo Or nta kibazo ubu afite, by’umwihariko ko ameze neza aho bari mu Bwongereza. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Ally Soudy, yamuhamirije ko umwana wabo Or ari muzima, nta kibazo afite nk’uko byari bimaze iminsi binugwanugwa ko yaba yarakivukanye mu maso. Uyu muryango wafashe rutemikirerere werekeza […]

Leta ya Kinshasa irasaba ingabo za Monusco gusubira iwabo bitarenze mu 2020

Repubulika Iharanira Demokarsi ya Congo, irasaba ingabo z’umuryango w’Abibumbye  zimaze imyaka 20 ku butaka bwayo, kuba zazinze utwazo zigasubira mu bihugu ziturukamo bitarenze mu 2020. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Leonard She Okitundu, yahamirije itangazamakuru ko Leta yamenyesheje akanama gashinze umutekano ko nta yandi masezerano bakongera kugirana na Loni ngo zongererwe […]

USA: Ku cyicaro cya Youtube hagabwe igitero cyahitanye ubuzima bw’uwakigabye

Mu gace ka San Bruno, gaherereye mu mujyi wa San Francisco muri Leta ya Californiya harasiwe abantu bane. batatu bakomeretse cyane, undi umwe ari nawe nyirabayazana ahasiga ubuzima. Ku wa Kabiri tariki ya 3 Mata 2018, nibwo umugore witwa Nasim Aghdam yarashe amasasu menshi muri uyu mujyi, hakaba ari hafi y’icyicaro cya Youtube, ubu polisi […]

Rusizi: Abaturage barasabwa kudakinisha indwara y’umusipa ifata hafi y’imyanya myibarukiro

Mu bitaro bya Mibilizi mu karere ka Rusizi hamaze iminsi abaganga b’inzobere mu kubaga uburwayi baturutse mu gihugu cy’u Bwongereza, aho babaze indwara y’umusipa ku barwayi 17 bari barazahajwe nayo, bakaba bagira inama abaturage yo kudakinisha iyi ndwara no kuyivuza hakiri kare kubera ububi bwayo. Mbarushimana Simon, umuganga w’inzobere usanzwe avuka mu murenge wa Bugarama […]

Gukura u Rwanda muri gahunda ya AGOA ni uburenganzira bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika – MINICOM

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda iratangaza ko icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo guhagarika u Rwanda muri gahunda ya AGOA kubera guca caguwa ari uburenganzira bwazo. Itangazo rirebana n’iri hagarikwa ry’iyi minisiteri rikaba rivuga ko icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo guhagarika kohereza imyenda hakuweho imisoro muri Amerika muri gahunda ya AGOA kije […]

Gasabo: Abagiye kwimurirwa mu Busanza bazajya bahabwa inzu hakurikijwe agaciro k’umutungo bari bafite

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Francis Kaboneka n’abandi bayobozi, kuri uyu wa kabiri, itariki 03 Mata, bagiranye ibiganiro  n’abaturage bahagarariye abandi batuye mu Midugudu ya Kangondo I & II na Kibiraro I yo mu Kagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera ho mu karere ka Gasabo kuri gahunda yo kubimurira mu nzu zigezweho zatangiye kubakwa, babwirwa ko bazahabwa […]

Nyamasheke: Akarere karisunga abafatanyabikorwa mu gukemura ibibazo birimo n’imirire mibi

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko hakenewe imbaraga  zirushijeho hamwe n’abafatanyabikorwa bako, kugira ngo imibereho y’abaturage irusheho kuzamuka. Ubuyobozi buvuga ko hakiri ibibazo akarere gahanganye nabyo kandi ko bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage, nk’imirire mibi ikigaragara mu bana benshi, ibibazo by’isuku bitaragera ku rwego rwifuzwa, ubukene bukigaragara mu baturage n’ibindi. Mu kiganiro Bwiza.co yagiranye n’umuyobozi w’aka […]

U Bubiligi: Umuhanzi Seleman yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we w’umunyarwandakazi

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Uwihanganye Seleman uzwi ku izina rya Seleman Decoz , yasezeranye imbere y’amategeko n’ukunzi we, Umutesi Charlotte w’umunyarwandakazi. Ku wa Gatandatu tariki ya 31 Werurwe 2018, nibwo Seleman na Charlotte, basezeranye imbere y’amategeko muri Komini ya Louvain, batuyemo mu Bubiligi. Aganira na Bwiza.com, Seleman yatangaje ko afite ibyishimo mu mutima we, by’umwihariko akanashimira abantu […]

Kigali: Abanyamakuru b’Abagande baherutse kwirukanwa baratabaza minisitiri Sam Kuteesa

Abanyamakuru 10 b’Abagande baherutse kwirukanwa muri kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda biteguye kubonana na ambasaderi wa Uganda mu Rwanda bakaganira kuri iki kibazo ndetse bagasaba minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu gihugu cyabo, Sam Kuteesa kugira icyo abikoraho. Nk’uko byagaragaye mu ibaruwa isezerera ku kazi aba banyamakuru bakoreraga The New Times, umuyobozi mukuru Collin Haba, yavuze […]

RDC: Padiri Célestin Ngango yashimuswe n’abantu bataramenyekana

Padiri  Célestin Ngango, wa Paruwasi ya Karambi muri Diyosezi ya Goma, kuri iki Cyumweru gishize yashimutiwe ahitwa Nyarukwangara, hafi ya Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru, aho abamushimuse basaba ingurane y’amadolari 50,000 kugirango bamurekure. Nk’uko itangazo rigenewe abanyamakuru ry’umuryango utegamiye kuri leta, CEPADHO, ryo kuri uyu wa mbere, itariki 02 Mata rivuga, ngo ibi byabaye ubwo […]

Netanyahu arashinja E.U gutuma u Rwanda rwanga kwakira abimukira mu gihe Abadage n’Abataliyani bamuteye utwatsi

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu arashinja Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ndetse n’umuryango, The New Israel Fund kuba ari bo batumye u Rwanda rwanga kwakira abimukira Israel yashakaga gusubiza muri Afurika bari ku butaka bwayo. Kuri uyu wa Mbere ushize umuryango The New Israel Fund (uharanira  imibereho myiza n’uburinganire bw’Abanya-Israel bose) wibasiye Minisitiri w’Intebe, Benjamin […]

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente avuga ko ingengo y’imari yo mu buhinzi n’ubworozi igeze ku asaga miliyari 118

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard aragaragaza uko ingengo y’imari yo mu buhinzi n’ubworozi igenda izamuka. Ku va mu 2011/12 kugera mu 2017/18 yazamutse ku mpuzandengo ya 9%, iva kuri miliyari zisaga 80, ubu ikaba igeze kuri miliyari zisaga 118. Ubwo Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente yagezaga ku bagize Inteko Ishingamategeko imitwe yombi, ibijyanye n’urwego rw’ubuhinzi n’ubworozi, […]

CAF yafatiye ibihano bikakaye Rayon Sports, yaciwe akayabo inahagarikirwa abayobozi

Nyuma yaho bivuzwe ko Ikipe ya Rayon Sports yakoze amanyanga yo gutanga ruswa ku basifuzi, ku mukino wo kwishyura yakinnye na LLb yo mu Burundi, kuri ubu impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), yamaze kuyifatira ibihano bikakaye. Mu bihano iyi kipe ya Rayon Sports yahawe,  harimo gucibwa amande angana n’ibihumbi 15 by’amadorali ya Amerika (15000$) […]

Imyaka itatu REB imara itaratanga impamyabumenyi ni imbogamizi ku bashaka kwiga hanze

Bitwara imyaka itatu kugira ngo umunyeshuri urangije amashuri yisumbuye abone impamyabumenyi ye(Diplome). Ese ubu bukererwe buterwa n’iki? Ese ubundi buteza izihe mbogamizi ku banyeshuri barangije? Dr Ndayambaje Irene ni umuyobozi wa REB, aravuga ko igitera ubukererwe bw’izi  mpamyabumenyi ari uko zikorerwa mu mahanga, zikoranwa ikoranabuhanga ku buryo abashaka kuzigana bitaborohera. Ikinyamakuru The East African dukesha […]

Imikino y’igikombe cy’amahoro yagombaga guhuza Rayon Sport na Etincelles yasubitswe

Ku mpamvu z’imyiteguro y’umukino uzayihuza na Costa Deportivo do Sol muri CCC (CAF Confederation Cup) ku wa 6 Mata, Rayon Sports yumvikanye na Etincelles ko imikino w’igikombe cy’amahoro yagombaga kubahuza kuwa 02 Mata no kuwa 06 Mata isubikwa. Amakipe yombi  yumvikanye nyuma y’uko Rayon Sports yari yandikiye ibaruwa FERWAFA ku wa 31 Werurwe isaba ko […]

Nari navunikiye mu myitozo ya karate — Museveni asobanura impamvu yananiwe gusuhuza neza Kagame

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yahishuye impamvu ukuboko kwe kwari kuziritse bande ndetse bikaza kumubera ikibazo kubasha gusuhuzanya na perezida Kagame ubwo aheruka muri Uganda, avuga ko yari yavunikiye mu myitozo y’umukino njyarugamba uzwi nka karate. Perezida Museveni ubwo yakiraga mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu ngoro ye iri Entebbe mu mpera z’ukwezi […]

Nyamagabe: Inka zahawe abatazemerewe zatangiye kugaruzwa

Umuyobozi mushya w’akarere ka Nyamagabe, Uwamahoro Bonaventure avuga ko atagishaka kumva ikibazo cy’inka za Girinka zikiri mu bazihawe batazemerewe. Mu kagari kamwe ka Kigeme, inka 7 zagarujwe ku wa kane tariki ya 29 Werurwe, izisigaye zikaba zigomba gutangwa ku wa kabiri tariki ya 3 Mata 2018. Ni ikibazo kimaze imyaka isaga itanu, kikaba cyari kimaze […]

Patient Bizimana mu ihurizo rikomeye nyuma yo guhabwa igihe ntarengwa cyo kurongora

Ku munsi wa Pasika, itariki 01 Mata, umuhanzi Patient Bizimana yakoze igitaramo ngarukamwaka yise “Easter Celebration ”  ahuriramo n’abakozi b’Imana batandukanye bakaramya Imana, aho kuri iki cyumweru byabaye amateka kuko papa we umubyara yamusabye kurongora bitarenze uyu mwaka wa 2018. Nkuko byagenze kubakurikiranye iki gitaramo, Patient yagiye ku rubyiniro akurikiranye na Israel Mbonyi, asoje kuririmba […]

Abasirikare bane ba Uganda bo muri AMISOM bishwe na Al Shabab

Byibuze abasirikare bane ba Uganda bari mu bikorwa byo kubungabunga amahoro muri Somalia biravugwa ko bishwe mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 01 Mata, n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab. Iki gitero nk’uko bitangazwa n’itangazamakuru ryo muri Somalia ngo kikaba cyakoreshejwe imodoka nini yari itezwemo igisasu ndetse n’imbunda zo mu ntoki. Umuvugizi w’ingabo […]

Icyumba cy’urukiko rukuru gishinzwe ibyaha mpuzamahanga kigiye kwimukira i Nyanza

Icyumba gishinzwe guca imanza ku byaha mpuzamahanga cy’Urukiko Rukuru hagati muri uku kwezi kigiye kwimurirwa mu Karere ka Nyanza. Nk’uko bitangazwa na Harrison Mutabazi , umuvugizi akaba n’umugenzuzi w’inkiko, ngo iki cyumba cyari cyarakiriwe mu biro by’Urukiko Rukuru rwa Kigali kuva cyashyirwaho mu 2012. Yongeyeho ko inyubako kizakoreramo zirimo kuzura hakaba hari gushyirwamo ibizoroshya ikoranabuhanga […]

Eddy Kenzo agiye kujya akoresha imbunda mu bwirinzi

Umuhanzi Edirisa Musuuza  wamamaye nka Eddy Kenzo ukomoka mu gihugu cya Uganda, ubu ni umwe mu bahanzi bemerewe gutunga imbunda mu buryo bwu bwirinzi nkuko yabigaragaje ku ifoto yashyize hanze. Ibi bije nyuma yaho uyu muhanzi akaba na nyiri kompanyi izwi nta Big talent agiye akunda gushyamirana n’abagenzi be cyane cyane Bebe cool ndetse nabandi […]

Minisitiri w’Intebe aritegura kugeza ku nteko ishinga amategeko uko urwego rw’ubuhinzi ruhagaze

Kuri uyu wa 03 Mata 2018, Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, azaba ari imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, abagezaho uko urwego rw’ubuhinzi mu Rwanda ruhagaze. Urwego rw’ubuhinzi ni urwego rw’ingenzi mu iterambere n’imibereho myiza y’abaturage b’igihugu icyo ari cyo cyose ku Isi. U Rwanda rukaba rushaka guteza imbere uru rwego kugirango rurusheho kugira uruhare […]

Uganda: Abana b’abanyeshuri b’Abanyarwanda bamaze iminsi baburiwe irengero

Abana b’abanyeshuri babiri b’Abanyarwanda biga muri Uganda ku Ishuri ry’Ababyeyi b’Abadivantisiti ryitwa, Kabale Adventist Parents School,  bamaze iminsi baburiwe irengero nk’uko amakuru aturuka muri iki gihugu avuga. Doreen Tukahirwa, umucungamutungo w’iri shuri, avugana n’umunyamakuru wa Chimpreports dukesha iyi nkuru, yavuze ko abo bana; Vincent Isingizwe wiga mu wa Kabiri w’ishuri ribanza, na Sabato Mugisha wiga […]

Amafoto: Impunzi z'abarundi zisaga 1600 mu zigomba gucyurwa zanyujijwe ku mupaka wa Nemba

Abarundi basaga 1600 muri 2523 basabaga ubuhunzi mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 01 Mata 2018 basubijwe iwabo mu Burundi banyujijwe ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera nyuma yo gusaba gusubizwa iwabo nyuma y’aho na none bangiye kubahiriza ibisabwa mu gihe usaba ubuhungiro ku butaka bw’u Rwanda. Izi impunzi 2523 zari […]

Amafoto: Impunzi z'abarundi zisaga 1600 mu zigomba gucyurwa zanyujijwe ku mupaka wa Nemba

Abarundi basaga 1600 muri 2523 basabaga ubuhunzi mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 01 Mata 2018 basubijwe iwabo mu Burundi banyujijwe ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera nyuma yo gusaba gusubizwa iwabo nyuma y’aho na none bangiye kubahiriza ibisabwa mu gihe usaba ubuhungiro ku butaka bw’u Rwanda. Izi impunzi 2523 zari […]

Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo

Nubwo bidakabije ariko bikaba bigaragara, ngo hari ukwimuka gukomeje kugaragara kw’Abanyekongo bava mu burasirazuba bwa Congo bakajya gutura mu mijyi yo mu Rwanda bihana imbibe, aho aba baturage baba bakeka kuryama bagasinzira kandi bagakora ibintu byabo nta mbogamizi. Imijyi ya Gisenyi na kamembe mu majyaruguru n’amajyepfo y’Ikiyaga cya Kivu ngo igaragara nk’ibereye kandi itekanye ugereranyije […]

Impunzi z’Abarundi zisaga 2,500 zigiye gusubizwa mu Burundi

Impunzi z’Abarundi zisaga 2,500 zashakaga ubuhungiro mu Rwanda zigiye gusubizwa iwabo uhereye kuri iki Cyumweru. Ibi bikaba  byatangajwe na minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze kuri uyu wa Gatandatu. Izi mpunzi z’Abarundi ziherutse kwinjira mu Rwanda ziturutse muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, zigiye gusubizwa mu Burundi nyuma yo kwanga kwiyandikisha bitewe n’imyemerere yazo nk’uko […]

Burera: Umwalimu n’umukozi wa Koperative Umwarimu SACCO bakurikiranyweho kunyereza umutungo

Kuwa 28 Werurwe 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi abantu babiri bakekwaho ubufatanyacyaha mu kwiba Koperative Umwarimu SACCO DUKIRE GATEBE yo muri ako karere amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni imwe n’ibihumbi magana atanu. Aba bakurikiranyweho ubu bufatanyacyaha umwe ni Mukandori Marie Louise akaba ari umukozi w’iyo Koperative Umwarimu SACCO […]

Ferwafa yabonye umuyobozi mushya usimbura Nzamwita Vincent De Gaulle

 Rtd. Bri Gen Sekamana Jean Damascene  atorewe kuyobora Ferwafa ku bwiganze bw’amajwi 45 kuri 7 ya Rurangirwa Louis bari bahanganye mu matora  Nyuma yaho abakandida babiri Rtd. Brig. Gen Sekamana Jean Damascene na Rurangirwa Louis batangiye candidatire zabo ndetse zikakirwa uyu munsi habaye amatora aho abatoye banganaga na 53 Ni amatora yabaga ku nshuro ya kabiri dore […]

Rusizi: Imyemerere ishingiye ku madini, inzitizi ikomeye muri gahunda yo kuboneza urubyaro

Akarere ka Rusizi niko ka nyuma mu gihugu cyose  muri gahunda yo kuboneza urubyaro, aho ubu kari kuri 27,5%,ubuyobozi  n’abajyanama b’ubuzima bagashyira mu majwi imyemerere ishingiye ku madini mu kudindiza iyi gahunda. Mu bukangurambaga buherutse gukorwa muri aka karere muri gahunda yo kuboneza urubyaro,ubuyobozi bwako buvuga ko abagera ku 3000 bafashe gahunda yo kuruboneza,ariko ngo […]

Ambasaderi mushya wa Amerika yageze mu Rwanda ndetse yatangiye kurutembera

Ambasaderi mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika uherutse kurahirira inshingano ze yamaze kugera mu Rwanda ndetse atangira no kurutembera areba ubwiza bwarwo nk’uko yari yatangaje ko atari we uzabona ahageze. Ifoto yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki 31 Werurwe, na ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerikia mu Rwanda ikaba igaragaza Ambasaderi Vrooman […]

Umukobwa yateye icyuma mugenzi we aramwica ubwo yasangaga arimo kumusambanyiriza igipupi (poupée)

Catalina Lopez, Umukobwa w’imyaka 23 uba mu mujyi wa Madrid muri Espagne yateye icyuma umukobwa w’inshuti ye aramwica nyuma yo kumusanga asambanya igipupi (Poupée sexuelle) cye mu buriri. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye, ngo Catalina Lopez  yatawe muri yombi na polisi y’i Madrid ashinjwa gutera icyuma inshuti ye Angelina , bikamuviramo gupfa, ku bwe akavuga ko yasanze […]

RDC: Felix Tshisekedi yatorewe kuba umukandida wa UDPS mu matora ya perezida

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, itariki 31 Werurwe Felix Tshisekedi yatorewe kuba umuyobozi w’ishyaka UDPS mu gikorwa cyabereye I Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, akaba asimbuye ku mugaragaro umubyeyi we, Etienne Tshisekedi witabye Imana ubu hashize umwaka usaga. Felix Tshisekedi akaba yatorewe muri kongere y’iri shyaka […]

Umutanzaniyakazi Saida Karoli agiye gutaramira Abagande

Icyamamare Saida Karoli ukomoka muri Tanzania, byemejwe ko azataramira Abagande i Kampala mu gitaramo cyateguwe n’umuhanzi Hanson Baliruno. Saida Karoli wamamaye kuva muri za 2000, n’indirimbo ze zirimo iyitwa ‘Maria Salome’ n’umuhanzi Diamond Platnumz yasubiyemo mu 2016, ngo igitaramo azagaragaramo, kizaba muri Kanama uyu mwaka. Baliruno agira ati “Ndemeza y’uko Saida Karoli azaba ahari mu […]

Burundi: Haravugwa icengera ry’abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari Interahamwe

Mu Ntara ya Cibitoke yo mu gihugu cy’u Burundi haravugwa amakuru y’abantu bitwaje ibirwanisho bikekwa ko ari Interahamwe ngo bamaze iminsi binjiriye muri Komini Buganda, abaturage bo muri iki gice bakaba bafite impungenge z’uko hari ikintu kitari cyiza cyaba kiri gutegurwa. Biravugwa ko ako gatsiko k’inyeshyamba z’Abanyarwanda ikinyamakuru cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru cyise […]