Huye: Abaturage baravuga ko basinyishijwe ku ngufu mu kugurirwa ubutaka bwabo
Mu Murenge wa Huye, mu Karere ka Huye abaturage baravuga ko basinyishijwe ku ngufu kugirango bagurirwe ahazubakwa amacumbi Abashinwa bazaba bari kubaka umuhanda Huye-Kibeho bazacumbikamo. Aba baturage 25 bo mu Kagali ka Muyogogoro muri uyu Murenge wa Huye bavuga ko ubwa mbere bumvikanye nâAbashinwa ariko ntibemere amafaranga bari bumvikanye kuri metero kare imwe yâubutaka. Nyuma […]
Niba ukeneye kugisha inama mu rukundo uzirinde aba bantu
Mu buzima bwa muntu hari igihe biba ngomba kwifatira umwanzuro bikanga, bikaba ngombwa ko agisha inama zimwe mu nshuti ze kugirango abe yafata umwanzuro runaka, gusa ibi biratandukanye mu rukundo, kuko hari abantu uba utagomba kugisha inama uko byasa kose. Bamwe muri abo bantu twavuga nk’umuntu: 1. Udaha agaciro urukundo Ni byiza ko niba ugiye […]
Nyamasheke: Ibura ryâabasoromyi bâicyayi rihangayikishije abahinzi bacyo
Ubuyobozi nâabahinzi bâicyayi ba koperative yâabahinzi bacyo ya COOPTHE Mwaga-Gisakura ikorana nâuruganda rwâicyayi rwa Gisakura mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko bafite ikibazo gikomeye cyane cyo kubona abasoromyi bâicyayi ndetse nâabagikorera. Mu kiganiro na Bwiza.com, umuyobozi wa COOPTHE Mwaga-Gisakura,Ngirinshuti Callixte yavuze ko  ari ikibazo kibakomereye cyane,kuko kugeza ubu bafite abasoromyi 450 gusa bagombye kuba nibura […]
Leta y'u Rwanda yabwiye impunzi z'Abarundi ko izishaka gutaha itazazihagarika
Leta yâu Rwanda yabwiye impunzi zâAbarundi ziheruka guhungira muri icyo gihugu ko zifite uburenganzira bwo gusubira iwabo kandi ko zishobora kugenda igihe cyose zishakiye. Impunzi zibwirwa ni iziheruka guhungira mu Rwanda zivuye mu nkambi ya Kamanyola muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Izo mpunzi zabaye zitujwe mu nkambi eshatu zâagateganyo ziri i Bugesera, i Nyanza […]
RDC: Umupolisi nâumusirikare bishwe nâamabandi yitwaje intwaro
Umupolisi umwe ndetse nâumusirikare ba Congo mu ijoro ryo kuwa kane bishwe nâamabandi yitwaje intwaro muri centre ya Kavumu hafi yâUmujyi wa Bukavu muri Kivu yâAmajyepfo. Ibi bikaba byatumye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, itariki 30 Werurwe, abaturage bahagarika imirimo mu rwego rwo guha icyubahiro abo bashinzwe umutekano bishwe bashaka kurinda abaturage bamwe […]
Nyanza: Abanyamayaga bari mu gikorwa cyo kwiyubakira urwibutso rwa Jenoside rujyanye nâigihe
Mu gihe hitegurwa kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akarere ka Nyanza ku bufatanye n’Abanyamayaga nâinshuti zabo, bari mu gikorwa cyo kubaka urwibutso mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Muyira, ruzashyingurwamo imibiri isaga 89,000 ikuwe hirya no hino muri ako gace kâ Amayaga. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâumwe mu bari muri […]
Abandi bagande benshi bakoraga mu Rwanda birukanwe ku mirimo yabo
Abandi bagande bakoreraga mu Rwanda biganjemo abakorera The New Times na Banki ya Kigali biravugwa ko birukanwe ku mirimo yabo nyuma yâiminsi mikeya perezida wâu Rwanda na perezida wa Uganda bagiranye ibiganiro byavuzwe ko bigamije kugarura umwuka mwiza hagati yâibihugu byombi. Mu basezerewe ku kazi mu kinyamakuru cya leta The New Times, harimo Hamuza nkutu […]
Nta Mwongereza nâumwe uzasifura imikino yâigikombe cyâisi cya 2018
Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru ku isi (FIFA) ku wa 29 Werurwe 2018, ryashyize hanze urutonde rwâabasifuzi nâababunganira 99 bazagaragara mu mikino yâigikombe cyâisi izabera mu Burusiya muri Kamena 2018, ariko nta mwongereza nâumwe ugaragaramo. Ibi bibaye ubwa mbere kuva mu 1938. Ibiro ntaramakuru byâabafaransa AFP biratangaza ko umusifuzi Mark Clattenburg uherutse gusezera muri shamiyona wâu Bwongereza […]
U Burusiya bwihimuye kuri Amerika bwirukana Abadiplomate bayo 60
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Burusiya, Sergei Lavrov yatangaje ko ibiro byâabahagarariye USA i  Petersburg birafungwa hagakurikiraho kwirukana abadipolomate 60 bahagarariye iki gihugu mu rwego rwo kwihorera. Iki cyemezo gifashwe nyuma yaho abahagarariye u Burusiya nabo baherutse kwirukanwa na USA ndetse nâibindi bihugu byâi Burayi. Ikinyamakuru The Washington Post kiratangaza ko Heather Nauert, umuvugizi wa Leta […]
Tweet ya perezida Trump ngo yateje igihombo cya miliyari zisaga 10 umuherwe wa mbere ku Isi
Mu butumwa akunze gutanga mu gitondo abinyujije kuri twitter, perezida Donald Trump yemeje amakuru yâuko agiye gukurikirana ikigo gikora ubucuruzi kuri internet cyitwa Amazon agishinja kuba nyirabayazana yâibura ryâakazi ku bihumbi byâabantu, bikaba byateje igihombo cya miliyari 10$ umugabo wa mbere ukize ku Isi kuri ubu, Jeff Bezos, nyiri Amazon. Amakuru aravuga ko mu gitondo […]
Wema Sepetu yasubije Idriss Sultan wari umwibasiye
Umukinnyi  wa filimi wâUmunyatanzaniya Wema Sepetu yasubije uwahoze ari umukunzi we Idriss Sultan wari wamwibasiye ku mbuga nkoranyambaga amubaza impamvu akunda kushyira kuri instagram amafoto yâabana bâabandi mu gihe we nta mwana agira ndetse akanamugira inama ko yashinga ikigo cyâincuke. Wema Sepetu wâimyaka 29 ntiyazuyaje nawe abinyujije kuri instagram yahise asubiza Idriss Sultan ko we […]
Uwari minisitiri wâitangazamakuru muri jenoside yaba yaguye muri gereza yari afungiyemo muri Mali
Umunyarwanda Eliezer Niyitegeka, wari minisitiri w’itangazamakuru , wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yaba yitabye Imana aguye muri gereza yo muri Mali yari yaroherejwemo kurangiriza igihano yahawe. Amakuru agera kuri bwiza.com ataremezwa neza akaba avuga ko Niyitegeka yitabye Imana kuri uyu wa kane, itariki 29 Werurwe . Uyu mugabo wavukiye mu cyahoze ari Komini Gisovu […]
Dr Joseph Nkusi wazanwe mu Rwanda akuwe muri Norvege yakatiwe imyaka 10 yâigifungo
Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa kane, itariki 29 Werurwe 2018 rwakatiye igihano cyâimyaka 10 yâigifungo Dr Joseph Nkusi, wazanwe mu Rwanda akuwe muri Norvege. Dr Joseph Nkusi yari akurikiranweho ibyaha birimo gushishikariza abaturage kwigomeka ku butegetsi, gukwirakwiza ibihuha no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 abinyujije ku rubuga yari yarashinze rwitwa […]
U Burundi buryamiye amajanja, burikanga ibitero bishobora kubugabwaho biturutse muri Congo
Mu itangazo ryasomwe nâinama nkuru yâumutekano ku wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, rimenyesha ko umutekano wâu Burundi wifashe neza byâumwihariko ko inzego zâumutekano ubu zihanahana neza amakuru, mu gihe hari amakuru yâuko hari abashaka kubugabaho ibitero baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umunyamabanga uhoraho w’inama nkuru y’umutekano w’u Burundi, Lt.GĂ©n. Maj.Silas Ntigurirwa, ubwo […]
Intumwa za HCR zijeje impunzi zo mu Nkambi ya Gihembe kuzikorera ubuvugizi
Itsinda ryâintumwa zaturutse i Geneve ku Cyicaro cyâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, zasuye kuri uyu wa gatatu, itariki 28 Werurwe, inkambi yâimpunzi ya Gihembe zireba imibereho yâimpunzi zigezwaho nâibibazo zifite ziyemeza gukomeza kuzikorera ubuvugizi. Izi ntumwa za HCR zaturutse mu Busuwisi zari ziyobowe na Axel Bishop, ziherekejwe na bamwe mu bahagarariye inzego za […]
Nafashe Mama asambana nâumusore warerewe iwacu, yahise antuka ngo ndi inshinzi, ngo nimbivuga nzabona ishyano- NKORE IKI?
Pasika nziza kuri mwese, ndagisha inama kuko navuga ko ndi mu ihurizo rikomeye, nagiyemo ubwo nafataga mama arimo gusambana nâumusore njye nitaga musaza wanjye. Uko ikibazo cyavutse, muri iki cyumweru navuye ku ishuli kare, niga mu mwaka wa gatandatu segonderi. Twari tumaze iminsi mu bizamini, ariko uwo munsi nâubundi nakoze icya nyuma mpita nitahira. Nageze […]
Trump yahaye u Rwanda amezi 2 yo kwisubiraho ku guca caguwa cyangwa rukavanwa muri AGOA
Perezida Donald Trump, yatangaje ko mu mezi abiri ari imbere u Rwanda nirutisubiraho mu kubahiriza ibisabwa mu itegeko rya AGOA, ryorohereza ibihugu bya Afurika yo munsi yâUbutayu bwa Sahara gushora ibicuruzwa byabyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ruzahagarikwa. Perezida Trump akaba yatangaje ko u Rwanda ruzahagarikwa muri AGOA bitewe nâuko ngo rwashyizeho imbogamizi ku […]
David Luiz yongerewe ibyumweru bitatu byo kudakandagiza ikirenge mu kibuga
David Luiz, umusore ukomoka mu gihugu cya Brezil akaba akinira ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza, wari warahawe n’abaganga amezi abiri yo kuvurwa imvune yagize mu ivi, ubu bamwongereyeho ibyumweru bitatu. David yavunitse mu ivi, yari yahawe igihe cyo kwivuza cyâamezi abiri, ubu bikaba bitamukundiye kugaruka mu kibuga, dore ko benshi bari bamutegereje mu mikino […]
RDC: Urwuri rwâamatungo ya Perezida Kabila rwagabweho igitero nâinyeshyamba
Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) cyakozanyijeho nâinyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ mu gace ka Kabasha, Segiteri ya Rwenzori (Nord-Kivu) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Byemejwe ko iyi mirwano yabereye mu rwuri rwâamatungo ya Perezida Kabila. Nkâuko bitangazwa na Radiyo Okapi, ngo izi nyeshyamba zagerageje kurasana nâabasirikare ba Leta zishaka kubavana mu birindiro byabo. Umuvugizi wâingabo […]
Gisagara: Mu rugo rw'umuturage hafatiwe moto eshanu bikekwa ko zibwe
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gisagara, kuwa gatatu tariki ya 28 Werurwe yafatiye mu mu rugo rwâumuturage moto eshanu bikekwa ko zibwe mu bice bitandukanye byâigihugu inata muri yombi umwe mu bakekwaho ubu bujura witwa Hategekimana Jean Bosco. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yasobanuye uko […]
Misiri: Perezida Abdel Fattah al-Sisi yatorewe kuyobora manda ya 2
Perezida wa Misiri Abdel Fattah al-Sisi yongeye gutorerwa kuyobora muri manda ye ya kabiri ku majwi agera kuri 92%. Nkuko bitangazwa nâibinyamakuru binyurane byo mu Misiri, bitangaza ko mu ibarura ryâamajwi ryâibanze , rigaragaza ko abatoye ari abaturage milliyoni 23 mu gihe hari hiyandikishije milliyoni 60. Abagera kuri milliyoni 2 batoye amazina atari mu bakandida […]
Uganda: Meya ashinja Museveni gutonesha abashoramari bâabanyamahanga
Umuyobozi wâakarere ka Mbarara muri Uganda, Robert Kakyebezi yavuze ko Perezida Museveni aha umwanya abanyamahanga baza biyitirira abashoramari kandi nta ho batandukaniye nâabacuruzi bâabanyagihugu. Ibi yabitangaje nyuma yâibibazo bitandukanye urubyiruko rwamubajije mu imurikagurisha ryabereye muri kaminuza yâubumenyi nâikoranabuhanga ya Mbarara ku wa 28 Werurwe. Ikinyamakuru Chimp Reports kiratangaza ko abanyeshuri batandukanye bâabacuruzi bamubajije ikibazo cyâuko […]
Polisi yâu Rwanda yataye muri yombi impunzi 33 z'Abarundi
Polisi yâigihugu yataye muri yombi impunzi 33 z’Abarundi, bakekwaho gushishikariza abandi kwigumura banga  ubufasha bahabwa nâishami ryâumuryango w’abibumye ryita ku mpunzi HCR na Leta yâu Rwanda. Mu itangazo polisi yashyize ahagaragara, itangaza ko yataye muri yombi 33 ndetse ko icyaha bashinjwa gihanwa n’amategeko, igira iti ââGukangurira abandi kugumuka, ni icyaha gihanwa nâamategeko, kibangamira ubuzima bwâizindi […]
Ibiciro byâingendo byazamuwe mu mujyi wa Kigali no mu Ntara
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye Igihugu akamaro (RURA), rutangaza ko ibiciro byâingendo byazamutse bitewe nâuko ibikomoka kuri peteroli nabyo byahenze. Mu mujyi wa Kigali, igiciro ku modoka zitwara abagenzi cyavuye kuri 20 kuri Kilometero imwe kigera kuri 22, naho imodoka iva mu mujyi umwe ijya mu wundi cyavuye kuri 19 kuri Kilometero kigera […]
Mukasarasi wahembwe na USA azarihirira kaminuza abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside
Umunyarwandakazi Mukasarasi Godelieve, ni umwe mu ndashyikirwa 10 zahawe igihembo na Guverinoma ya Amerika kubera ibikorwa byâindashyikirwa bakoze mu guharanira uburenganzira bwa muntu, icyo gihembo ngo yiteguye kugifashishamo abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi. Aganira na BBC, uyu mugore avuga ko igihembo yagihawe kubera umuryango yashinzwe witwa SEVOTA wita ku […]
Menya icyo Pasika ivuze mu buzima bwa gikirisito
Luka 22:39-47 âArasohoka ajya ku musozi wa Elayono gusengaâ Bene data mbifurije Pasika nziza itari iyâumuhango(umugenzo) ahubwo twibuke Pasika dutekereza icyo ivuze mu mibereho yacu dutekekereza ku gakiza Yesu yaduhaye nâicyo twakora ngo dufatanye na Yesu mu rupfu rwe. Muri Luka 22:7-13, urasanga Yesu yarategetse gutegurira ibya Pasika mu cyumba cyo hejuru. Bisobanuye ko ashaka […]
Umuyobozi mukuru wa polisi ya Sudani y'Epfo yagiriye uruzinduko mu Rwanda
Umuyobozi mukuru wa polisi ya Sudani y’Epfo yagiriye uruzinduko rwâiminsi ibiri mu Rwanda, rugamije gushimangira imikoranire myiza hagati ya polisi z’ibihugu byombi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Werurwe 2018, nibwo uyu muyobozi wa Polisi ya Sudani yâEpfo, IGP Gen.Majak Akec Malok yakiriwe nâumuyobozi wa Polisi yâu Rwanda IGP Emmanuel K. […]
Hussein Radjabu yagizwe umuyobozi wa FOREBU igamije guhirika ku butegetsi Perezida Nkurunziza
Umunyapolitiki Hussein Radjabu wabaye umuyobozi wâishyaka CNDD- FDD imyaka myinshi, nyuma akaza kwitandukanya naryo, yagizwe umuyobozi wâumutwe wa FOREBU uvuga ko ugamije kuvana ku buyobozi Perezida Nkurunziza. Ibi byatangarijwe mu mwiherero wâabarwanashyaka ba Forebu wabaye ku wa 23 Werurwe 2018, akazajya akorana na diregiteri mu bya politiki ndetse nâumugaba mukuru wâingabo, batatangaje amazina ariko bita […]
Habayeho uguterana amagambo hagati ya Anne Rwigara nâumuhesha wâinkiko watezaga ibyabo cyamunara
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyateje mu cyamunara itabi ry’uruganda rw’umuryango wa Assinapol Rwigara. Iryo tabi ryagurishijwe kuri miliyoni 512 z’amafaranga y’u Rwanda. Ariko muri icyo gikorwa uhagarariye umuryango aterana amagambo nâumuhesha wâinkiko. Anne Rwigara uhagarariye ibikorwa by’ubucuruzi bw’umuryango avuga ko atanyuzwe n’igiciro. Avuga ko […]
Burera: Abantu batandatu bafashwe na polisi bagerageza kwiba banki y'abaturage
Polisi y âu Rwanda ikorera mu karere ka Burera mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, yataye muri yombi abantu batandatu bari bafite umugambi wo kwiba Banki ariko urabapfubana. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyaruguru, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana yavuze ko hari saa saba […]
DRC: Inyeshyamba za ADF zishe abantu 11
Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF ( Allied Democratic Force) zishe abantu 11 muri Beni mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abakozi bashinzwe uburenganzira bwa muntu muri ako gace babwiye Reuters ko abo barwanyi bari birwaje imihoro nâamashoka. Ubuyobozi butangaza ko abaturage barenga 1000 bamaze kwicwa mu bitero nkâibi kuva 2014. […]
Uganda: Amaradiyo 23 yafunzwe azira gushyigikira ubupfumu
Kuri uyu wa 27 Werurwe 2018, Komisiyo yâigihugu yâitumanaho muri Uganda, UCC ( Uganda Communication Commision) yahagaritse amaradiyo 23 azira kwamariza abakora umwuga wâubupfumu bifatwa nko âkubashyigikiraâ. Umuvugizi wa UCC, Pamela Ankunda yatangaje ko aya maradiyo bayihanangirije mbere yâuko bayafunga ariko aranangira. Uyu muvugizi yongeyeho ko abanyamakuru bakwiye guhugurwa bakamenya ibyemewe gukorwa nâibitemewe kugira ngo […]
Amerika: Donald Trump yirukanye abanya Liberia babaga muri Amarika
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko bahagaritse gahunda yo kwemerera abaturage bo muri Liberia kuba muri Amerika nkâimpunzi. Abanya Liberia babaga muri Amerika muri gahunda yisweââ Deferred Enforcement Departureââ kuva 1999 ubwo muri Liberia hari hariyo intambara hagati yâabaturage ndetse nâamakimbirane byahitanye abantu benshi. Iyi gahunda yatangiye ku ngoma ya Bill Clinton yemereraga abanya […]
APR FC yihanije Gicumbi FC, iyinyagira imvura y'ibitego bine
Ikipe ya APR FC yatsinze Gicumbi FC yo mu Ntara y’Amajyaruguru ibitego 4-0 iyisanze iwayo, muri “Azam Rwanda Premier League” . Ni umukino wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, ikipe ya APR ibasha kunyagira Gicumbi imbere y’abafana bayo, iyi ntsinzi ikaba iyihesheje gusoza imikino ibanza iri ku mwanya wa […]
Kigali: Amakarito y'itabi y'umuryango wa Rwigara yagurishijwe mu cyamunara miliyoni 512
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro (Rwanda Revenu Autority) cyateje cyamunara itabi ry’uruganda ‘Premier Tabaco Company; rw’uwahoze ari umucuruzi ukomeye, Assinapol Rwigara, wapfuye mu 2015. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, nibwo iri tabi ryagurishijwe amafaranga y’u Rwanda miliyoni 512, nyuma y’aho ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA)Â kibashinje kunyereza imisoro. Amakarito yabarirwaga agaciro k’amafaranga y’u Rwanda […]
Nyamagabe: Urukiko rwemeje gufunga iminsi 30 yâagateganyo babiri bakekwaho gucuruza abantu
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, bwasabiye gufungwa byâagateganyo mu gihe cy’ ukwezi abantu babiri bakekwaho icyaha cyo gucuruza abantu, kuri uyu wa Mbere ushize,  itariki 26 Werurwe 2018. Ni nyuma yâaho kuwa 09 Werurwe 2018, umwe muri bo yafatanywe Abarundikazi babiri yari ajyanye mu gihugu cya Kenya aho bari buve berekeza mu gihugu cya Arabia […]
Ibyamamare 10 byahuye n'ibyago byo kwandura agakoko ka sida
Sida ni kimwe mu byorezo byica abantu benshi ku Isi giterwa nâagakoko ka VIH. Hashize imyaka isaga 30 igaragaye ariko imaze guhitana abantu basaga miliyoni 36. Agakoko gatera sida kakaba kagaba igitero ku bwirinzi bwâumubiri wa muntu kakabusenya bikarangira uwakanduye apfuye. Gusa, iki si icyorezo gitoranya abo cyibasira kuko nâibyamamare kitabitinya kuko hari byinshi byahitanywe […]
Burundi: Mu rugo rwâumuturage hatahuwe imbunda 3, amasasu 801 nâibindi bikoresho bya gisirikare
Igipolisi cyâu Burundi cyasatse urugo rumwe rwâumuturageg gisangamo imbunda eshatu nâudusanduku turimo amasasu 801, gerenade ebyiri hamwe nâibindi bikoresho bya gisirikare. Ibi bikoresho byafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, mu rugo rwâumuturage ruri muri karitiye ya Mutanga Nord, mu Mujyi wa Bujumbura, ku muhanda nimero 62. Abaturage batuye […]
Perezida Kagame arasaba abayobozi mu nzego zâibanze gutekereza ku mibereho yâabo bayobora
Perezida Kagame arasaba abayobozi bo mu nzego zâibanze mbere na mbere kubanza gutekereza ku mibereho yabo bayobora, mbere yo gutekereza ku buzima bwabo bwite. Ubwo yitabiraga umuhango wo gutangiza ku mugaragaro umwiherero w’abayobozi bo mu nzego z’ibanze, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, i Kigali kuri petit sitade, Perezida Kagame yabasabye kwita […]
Rwamagana: Abagore basaga 60% baboneza urubyaro bakimara kwibaruka
Mu karere ka Rwamagana abaturage bamaze kumenya akamaro ko kuboneza urubyaro, ku buryo umubyeyi abikora mbere yâuko ava mu bitaro adategereje indi minsi. Ibi biva mu bukangurambaga bukorwa nâabajyanama bâubuzima, abayobozi nâabakozi bo kwa muganga. Uko imibare ibigaragaza, mu cyumweru gishize kiva kuwa mbere tariki 12 kugeza ku cyumweru tariki 18 Wwerurwe, mu karere ka […]
Uganda: Igipolisi cyohereje muri Afurika yâEpfo abajya gufata ukekwaho kwica Suzan Magara
Abapolisi bakuru bashinzwe iperereza ba Uganda berekeje muri Afurika yâEpfo gufata umuntu bikekwa ko yateguye iyicwa rya Suzan Magara, wari umubitsi wâikaragiro rya Buwendero Dairy ryo mu Karere ka Hoima. Ni nyuma yâaho perezida Museveni ahamagariye mugenzi we Cyril Ramamphosa bakavugana kuri iki kibazo nyuma yo kumenya ko uyu muntu yari yihishe muri iki gihugu. […]
Naboneje urubyaro nshaka kubanza kugerageza umugabo wanjye, twabanye mbona ajagaraye mu mutwe, ubu yabimenye none umuriro watse- NKORE IKI?
Ndabaramukije, nitwa Solange âŠ. Nkaba maze umwaka mbana nâumugabo, twashakanye umwaka ushize ariko nta mwana twari twabyarana nâubwo bwose navuga ko nabigizemo uruhare. Dukundana mbere, yari umusore witonda cyane, na njye mwiyumvamo bidasanzwe, ariko nza kumenya amakuru ko icyo ankeneyeho ari imitungo, ayo makuru nagiye nyumva nkabifata uko, ariko tumaze gusezerana nagiye nkeka byinshi. Umugabo […]
Bugesera: Barasabira imigisha abikorera bashora mu rwego rwâubuzima
Ibitaro,  menshi mu mavuriro na Posite de Sante mu Karere ka Bugesera byubatswe nâabikorera ku giti cyabo harimo nâabihaye Imana, nyamara bagatanga serivisi zisa nâizitangwa nâibigo bya Leta. Muri aka karere, Posite de santĂ© 54 zose ni izâabikorera, ariko zakira abitwaje Mituweli barenga 98%. Abazigana bavuga ko zibafatiye runini, bagasabira imigisha abazishinze bitanze, ndetse bakifuza […]
Kamonyi: Abarimu bahawe akazi nâakarere ibigo boherejweho birababurabuza
Abarimu bahawe akazi nâakarere ka Kamonyi, bakomeje kuburabuzwa nâibigo boherejweho, akarere nâabanyamadini babihagarariye bakitana ba mwana ko batabizi. Ku wa 2 Gashyantare 2018, nibwo abarimu 3 bahawe amabaruwa nâakarere ka Kamonyi, abemerera kujya kuba abayobozi bashinzwe amasomo mu bigo bya GS Kayumbu kiri mu murenge wa Kayumbu ndetse na GS Ntwari na Kirwa biri mu […]
Monusco yongerewe igihe cyo kuguma muri Congo
Akanama kâamahoro nâumutekano kâUmuryango wâAbibumbye kongereye igihe ibikorwa bya MONUSCO Â muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe muri iki gihugu hakomeje kwitegurwa amatora yâumukuru wâigihugu ategerejweho gusezerera perezida Joseph Kabila. Uyu mwanzuro wateguwe nâigihugu cyâu Bufaransa ukemezwa nâibihugu byose, wongereye Monusco igihe kugeza muri Werurwe umwaka utaha wa 2019 kandi yongererwa inshingano zo kurinda […]
Inzego zâumutekano za Uganda zaba zubuye ibikorwa byo guta muri yombi Abanyarwanda?
Inzego zâubuyobozi mu gihugu cya Uganda ngo ziri gukora iperereza ku ibura ryâUmunyarwanda waburiye muri iki gihugu mu gihe hari haciye kabiri hatumvikana amakuru yâibura cyangwa itabwa muri yombi ryâAbanyarwanda I Kampala cyangwa ahandi nkâuko byari bimeze kuva mu mpera zâumwaka ushize . Beatrice Nyirahabimana, umugore wâuyu Munyarwanda witwa Claude Iyakaremye, avuga ko umugabo we […]
Hakomeje kwibazwa irengero ryâUmunya-Afurika yâEpfo wabaga mu Rwanda
Umuryango nâinshuti zâUmunya-Afurika yâEpfo wakoreraga mu Rwanda mu bintu bijyanye no kwamamaza witwa Leon Orsmond bakomeje kwibaza irengero rye nyuma yâukwezi bavuga ko gushize abuze. Uyu mugabo wâimyaka 60 bivugwa ko yari amaze imyaka 8 aba mu Rwanda, ngo baheruka akanunu ke mu kwezi kwa kabiri hagati. Aba ngo bakaba bafite impungenge zâuko yatawe muri […]
Rusizi: Meya Harelimana arasaba ba gitifu bâimirenge gukorana neza nâitangazamakuru
Mu kiganiro umuyobozi wâakarere yagiranye nâibitangazamakuru binyuranye bikorera mu Rwanda, yagarutse ku byigeze kumuvugwaho ko yaba abuza abaturage kuvugana nâabanyamakuru, aboneraho gusaba abanyamabanga nshingwabikorwa bâimirenge gutangira gukorana neza naryo. Ku byerekeranye no gukorana nâitangazamakuru, uyu muyobozi yavuze ko adashobora na rimwe kubangamira itangazamakuru nkâuko byigeze kumuvugwaho mu minsi yashize. Agira ati ââtwebwe dukorana neza nâitangazamakuru […]
Burundi: Aloys Baricako wo mu ishyaka RANAC rirwanya ubutegetsi yatawe muri yombi
Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi mu Burundi rya RANAC ( National Gathering for Change) Aloys Baricako, yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano kugira ngo ahatwe ibibazo. Baricako yatawe muri yombi ari kumwe nâabandi barwanashyaka be mu mujyi wa Gitega. Umuvugizi wâishyaka rya RANAC George Nikiza yemeje aya makuru agira ati ââInzego zâumutekano muri Gitega zaduhamirije ko […]
Hafunguwe urubuga rw'ubushakashatsi muri siyansi y'Afurika
Inama yiga ku iterambere ryâUbumenyi (Science), Next Einstein Forum, iri kubera i Kigali yafunguwe kuri uyu wa 27 Werurwe 2018 , ikinyamakuru cya mbere kizajya gihuza abahanga mu by’ubumenyi muri Afurika cyiswe “Scientific African” gifatwa nk’urubuga rwo kwigaragarizaho, kikaba nâihahiro ryâubumenyi. Umuyobozi wâumuryango wa Elsivier, wibanda ku bushakashatsi mu bumenyi, ubuzima nâikoranabuhanga mu bihugu bitera […]
USA yafatiye ibihano ibigo 7 bikora intwaro
Leta zunze ubumwe za Amerika zafatiye ibihano ibigo 7 bicura intwaro muri Pakistan, byimwa uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mpuzamahanga. Ibi bigo birazira gucuruza intwaro za kirimbuzi kandi no kuzikora ubwabyo bitemewe. Ni nyuma yâuko iki gihugu gitangiye gushinjwa ko gifasha abagaba ibitero muri USA hamwe nâibindi bihugu byifatanya na Pakistani mu ntambara na Afghanistan. Radio […]
Polisi y'u Rwanda n'itangazamakuru mu kurushaho guteza imbere imikoranire myiza
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 27 Werurwe, Polisi yâu Rwanda, urwego rwâabanyamakuru bigenzura (RMC), ikigo cyâigihugu gishinzwe imiyoborere myiza (RGB) nâishami ryâumuryango wâabibumbye rishinzwe uburezi (UNESCO) bahuriyemu biganiro nyunguranabitekerezo byo kurebera hamwe  ingamba zo gukomeza imikoranire hagati ya Polisi n’itangazamakuru; hagamijwe inyungu rusange zâabaturage.  Ubwo yatangizaga ibi biganiro, ushinzwe itumanaho nâitangazamakuru mu kigo cyâigihugu […]
DRC: Biyemeje gutegura amatora y'umukuru w'igihugu nta nkunga y'amahanga bahawe
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iratangaza ko iigiye gukora amatora yâumukuru wâigihugu itifashishije inkunga zâamahanga nkuko byahoze mu myaka yashize. Muri Congo amatora yâumukuru wâigihugu ateganijwe ku wa 23 Ukuboza 2018. Umuvugizi wa Leta Lambert Mende yabwiye AFP ko igihugu gifite amafaranga ahagije yo gutegura amatora ku buryo batazakenera inkunga zâibindi bihugu. Yagize […]
Kuba âInkubito yâicyezaâ bijyana no kugira uburyo nâimitekerereze izana impinduka nâibisubizo â Jeannette Kagame
â Kuba âInkubito yâicyezaâ si ukugira ubumenyi gusa, ahubwo bijyana no kugira uburyo nâimitekerereze izana impinduka nâibisubizo ababyeyi, igihugu cyanyu nâumugabane turimo, tubatezeho â ibi ni ibyatangajwe nâumufasha wâumukuru wâigihugu, Jeannette Kagame I Nyamagabe mu muhango wo guhemba abana bâabakobwa bâabanyeshuri bitwaye neza mu bizamini bisoza amashuri abanza, icyiciro rusange, amashuri yisumbuye nâamashuri yâubumenyi-ngiro mu […]
Abakobwa babiri bafashwe na nyina basambanya umurambo wa se
Umugore yafashe abakobwa be babiri, uwâimyaka 18 na 21 bagerageza gusambanya se wari umaze umwanya muto apfuye. Aba bakobwa bafatiwe mu ishyamba rya Californie muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu bakaba barahamwe nâicyaha cyo gushaka kwishimisha ku murambo bawushinyagurira, bakaba barakatiwe igifungo cyâimyaka 15. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Africanews, gitangaza ko aba bakobwa ubwo bagezwaga […]
Sudani yâEpfo: Umugandekazi wakoraga mu biro bya visi perezida yirukanwe nyuma yo gutahurwa
Umugandekazi witwa Animu Risasi Afekuru, bivugwa ko yabonye ubwenegihugu bwa Sudani yâEpfo mu buryo bunyuranyije nâamategeko, kuri uyu wa Mbere yirukanwe mu buryo butunguranye aho yakoraga mu biro bya visi perezida, Gen. Taban Deng. Ibi bikaba byabaye nyuma yâiperereza ryakozwe nâitangazamakuru ryo muri Sudani yâEpfo rigasanga ibiro byo ku rwego rwo hejuru mu gihugu byarakoreshaga […]
Ubuzima bwa Kidum Kibido buri mu mazi abira
Umuhanzi wâicyamamare ukomoka mu Burundi, Nimbona Jean Pierre uzwi ku izina rya Kidum, yitangarije ko ubuzima bwe buri mu kaga. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, Kidum yavuze ko yahawe uburozi nâabanzi be badashaka ko abaho. Ati “Ndi mu byago, ndakeka ko naba narahawe uburoziââ . Kidum yavuze ko abanzi be bashatse kumwivugana kuva kera […]
Amerika yirukanye Abadipolomate 60 b'u Burusiya
Ku wa Mbere tariki ya 26 Werurwe 2018, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko abahagarariye u Burusiya muri Amerika bagera kuri 60 birukanwa. Ibi bije nyuma y’uko u Burusiya bushinjwa kuroga uwahoze ari maneko wâu Burusiya, Sergei Skripal nâumukobwa we Yulia mu gihugu cyâu Bwongereza. Gusa u Burusiya buhakana ko […]
Mu Rwanda, turacyakomeje kubaka uburezi budaheza kandi bufite ireme- Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame akaba nâumuyobozi mukuru wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, avuga ko mu Rwanda hashyizwe imbere uburezi budaheza. Ku munsi wa kabiri wâIhuriro ryiswe âNext Einstein Forumâ ririmo kubera i Kigali, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Werurwe 2018, rifite insanganyamatsiko igira iti ‘kubaka umusingi w’ubukungu bushingiye ku bumenyi’, Perezida Kagame […]
Ubutumwa bugenewe abanyeshuri mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 24
Uruhare rwa mbere rwâuburezi mu gukumira jenoside ni ukwigisha abana bâAbanyarwanda kwitandukanya burundu nâingengabitekerezo ya jenoside, bagasobanurirwa impamvu yo kwibuka no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 banazirikana ubutwari bwâingabo za RPF-Inkotanyi zahagaritse iyo jenoside mu Rwanda nâabandi babaranzwe nâibikorwa byâindashyikirwa nkâAbarinzi bâIgihango. Ibi akaba ari ibikubiye mu butumwa minisiteri yâuburezi yageneye abanyeshuri […]