Ubukungu bw’u Rwanda bwitezweho kuzamuka ku rugero rwa 6,5% muri uyu mwaka — BNR
Kubera ikirere cyiza, ubukungu bw’u Rwanda bwitezweho kuzamuka ku rugero rwa 6,5% muri uyu mwaka, bivuye ku rugero rwa 5,2% rwari rwitezwe mu mwaka ushize nk’uko byatangajwe na Bani Nkuru y’u Rwanda, BNR, kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Werurwe 2018. “Muri uyu mwaka turateganya gukora neza kurusha mu mwaka ushize. Ku Rwanda, turateganya kuzamuka […]
Dr Kiiza Besigye arashinja Perezida Museveni kugirira ishyari Perezida Paul Kagame
Museveni yahoze agirira ishyari Kagame kubera ukuntu uyu atera imbere kandi igihugu cye ari gito., ibi akaba ari ibyatangajwe n’umunyapolitiki, Dr Kiiza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Museveni aho yavugaga ku gikorwa cyo gukura Gen Kale Kayihura ku mirimo ye, aho yashimangiye ko yazize icyo yise ubwumvikane bucye hagati y’abakuru b’ibihugu byombi. Kuri iki […]
Uganda: Abanyarwanda basaga 30 bakurikiranweho ibyaha by’iterabwoba bagumishijwe muri gereza
Urukiko rw’ibanze rwa Mbarara rwagumije muri Gereza ya Mbarara Abanyarwanda basaga 30, Abagande 7, n’Abarundi 2 bashinjwa ibyaha by’iterabwoba, kugeza ku itariki ya 1 Mata 2018. Aba bakaba ari abafatiwe ku mupaka wa Kikagati uhuza Uganda na Tanzania mu Karere ka Isingiro, kuwa 11 Ukuboza 2017, bakajya gufungirwa muri Nalufenya. Iri tsinda ry’aba bantu n’abandi […]
Ndayisenga Valens na Uwizeye Claude bagiye gukinira ikipe yo mu Bufaransa
Abasore babiri b’Abanyarwanda, Valens Ndayisenga na mugenzi we, Uwizeye Claude, bagiye gukinira ikipe yo mu Bufaransa yitwa POCCL “Pays des Olonnes Cycliste Côte de Lumière”. Valens ndayisenga yakiniraga ikipe ya Tirol, ubu akaba yari amaze iminsi nta kipe afite. Akaba agiye kwerekeza mu Bufaransa muri POCCL, muri iyi kipe ikomeye inafite ibyiciro by’abato n’abakuru bitabira […]
Itsinda ry’Abanyarwanda muri Uganda ryareze Gen Kale Kayihura muri ICC
Gen Kale Kayihura uherutse kuvanwa ku buyobozi bw’Igipolisi cya Uganda, yajyanwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ashinjwa ibyaha byibasiye inyokomuntu bivugwa ko yakoranye n’abo yayoboraga bagasubiza mu Rwanda ku ngufu itsinda ry’Abanyarwanda bari barahunze igihugu. Itsinda ryajyanye Kayihura mu rukiko riyobowe na Rugema Kayumba, wagiye uvugwaho gukorana na RNC gushishikariza Abanyarwanda bahungiye muri Uganda ibikorwa […]
Rema Namakula wabyaranye na Eddy Kenzo, avuga ko atarota yongera gukundana n’abahanzi
Urukundo hagati y’umuhanzi wo muri Uganda, Eddy Kenzo n’umukobwa witwa Rema Namakula, rwamaze imyaka myinshi, ndetse banabyarana umwana w’umukobwa. Mu gihe ubu bashwanye, uyu mugore avuga ko yahise ahurwa kuba yakongera gukundana n’ikitwa umuhanzi. Mu kiganiro yagiranye na Sanyu FM, Rema yatangaje ko yakundanye na Kenzo, amwizera, abona ari umuntu mwiza w’inyangamugayo kandi utuje, gusa […]
Gen. Gaciyubwenge uvugwaho ubugambanyi, yashyizwe ku rutonde rw’abashakishwa na Leta y’u Burundi
Gen Pontien Gaciyubwenge wahoze ari Minisitiri w’Ingabo, yashyizwe ku rutonde rw’abashakishwa n’inkiko z’u Burundi, bashinjwa kugira uruhare mu itegura n’ishyirwamubikorwa rya kudeta yapfubye mu 2015. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’urukiko rw’ikirenga rw’u Burundi, rigaragaza urutonde rwiganjemo abasirikare, abapolisi n’abanyapolitiki, bashakishwa ngo bahanirwe ibyaha bakoze ubwo hageragezaga kudeta. Umunyamabanga mukuru w’uru rukiko, Bangiricenge Agnes, atangaza ko […]
I Burasirazuba: Abahinze ibigori bakabiburira isoko, barataka inzara
Abahinzi b’ibigori mu Ntara y’i Burasirazuba barinubira kubura isoko ry’umusaruro w’ibigori bejeje, binubira ibiciro bagurirwaho n’abamamyi babahenda ndetse no kubihunika bikaba bitoroshye kubera kubura ibikoresho bya ngombwa. Abahinzi basanga bakwiye gufashwa bakagurizwa amafaranga mu gihe bategereje ko igiciro cy’ibigori kizamuka ndetse bavuga ko badafashijwe kubona ibikoresho byifashishwa bahunika ibigori bejeje, bishobora kwangirika bikabatera igihombo. Aba […]
Umuyobozi w’abicomokoye ku idini, Ap.Rwandamura, Bishop Rugagi na Fred Nyamurangwa batawe muri yombi
Inkuru ikomeje kuvugwa ni iyitabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi b’amatorero akorera mu Rwanda bagera kuri batandatu , aho biganjemo bamwe mu bagiye bavuga ko bayoboye amatorero y’abavutse ubwa kabiri, bicomokoye ku idini ( Faith of born Again Pentecostal Churches of Rwanda) . Aba bose bakurikiranyweho gukoresha inama mu buryo bunyuranije n’amategeko no kurwanya […]
Ntabwo mu Rwanda tuzemera ko abantu bambariza Imana muri Nyakatsi— Meya Mbonyumuvunyi
Umuyobozi w’akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab, arasaba ko idini cyangwa itorero rikorera muri aka karere rigomba kuba rifite ibyangombwa bisabwa cyangwa rigafunga imiryango. Ibi yabitangaje mu nama yabaye ku wa Mbere tariki ya 5 Werurwe 2018 , ihuza ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’abayobozi b’amadini akorera muri aka karere. Inama yigaga ku mikorere y’amadini n’amatorero, hagamijwe […]
Nyuma yo gutandukanda na Diamond, Zari yabwiye Mobetto ko adashobora kwibonera umugabo we bwite
Abinyujije ku rubuga rwa SnapChat, Zari uzwi ku izina rya The Boss Lady, yateranye amagambo n’uvugwa ko yigeze gukundana na Diamond, Hamisa Mobetto amubwira ko adashobora kwibonera umugabo we bwite. Mu bintu kandi zari yatangarije kuri urwo rubuga, yavuze ko hari ikiganiro (TV Show) cye kigiye kujya gica kuri televiziyo ya BBC cyiswe “The life […]
Ese koko Gen. Kale Kayihura yaba ari umwe mu bazize umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Uganda?
Gen, Kale Kayihura wirukanwe na perezida Museveni ku buyobozi bw’Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa 04 Werurwe 2018, ngo yaba ari umwe mu bagizweho ingaruka n’umwuka utari mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda watangiye kugaragara mu mwaka ushize. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyakoze inkuru isesenguye kise inkuru y’ikambere (Inside story) kivuga ku kuzamuka no […]
Ni iki cyihishe inyuma y’umubano wavutse hagati ya Davido na Shaddy Boo?
Umuhanzi Davido, ukomoka muri Nigeria, ubu akaba ari mu Rwanda, yiyongereye ku bafana b’umunyarwandakazi uzwi ku izina rya Shaddy Boo, bamukurikira kuri Instagram. Ubwo Davido yari asoje kuririmba kuri sitade Amahoro i Remera ku wa Gatandatu tariki ya 3 Werurwe 2018, yatahanye n’umwe mu bakobwa bakomeye mu Rwanda mu by’imideli, kate Bashabe. Nyuma y’umunsi umwe […]
Abayobozi babiri bafunzwe bazira ko Perezida Nkurunziza yakiniwe nabi mu kibuga
Umuyobozi wa Komini Kiremba n’umwungirije ushinzwe ibya siporo, bafunzwe mu cyumweru gishize bashinjwa kuba baragize uruhare mu gukinirwa nabi k’umukuru w’igihugu. Nkezabahizi Cyriaque, uyobora komini Kiremba iherereye mu Ntara ya Ngozi, n’umwungirije Michel Mutama, bafungiwe muri gereza ya Ngozi kuva ku wa Kane tariki ya 1 Werurwe 2018, nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Nkurunziza yitwa […]
Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa
Inteko Rusange y’Inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Werurwe yasuzumye ishingiro ry’umushinga w’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda yagejejweho na minisitiri w’umurimo, Rwanyindo Fanfan wari uhagarariye Guverinoma. Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yavuze ko Itegeko rigena Umurimo mu Rwanda, ryavuguruwe kugira ngo rihuzwe n’Amasezerano Mpuzamahanga y’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo yashyizweho umukono […]
Miss Wema Sepetu agiye kuba umukozi wa Diamond
Miss Wema Sepetu aratangaza ko Diamond wahoze ari umukunzi we, ubu agiye kumubera umukoresha nyuma y’ibyavugwaga ko baba barazuye umubano. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Sepetu yatangaje ko atigeze agira uruhare mu gusenya urugo rwa Diamond, kugera naho umugore we atangaza ko batandukanye. Mu birori byo kwakira umuhanzi mushya muri wasafi Records, byabaye mu mpera za […]
Malawi: Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bw’Umunyarwanda Vincent Murekezi
Urukiko Rukuru mu gihugu cya Malawi rwatesheje agaciro ubujurire bw’Umunyarwanda, Vincent Murekezi, ku cyaha cya ruswa yatanze mu rwego rwo kunyereza imisoro rushimangira ko ibyo avuga ko amafaranga 200.000 ya Malawi yayishyuye mu buryo bwubahirije amategeko atari ukuri rushimangira igifungo cy’imyaka 4 yahawe kuva muri Gashyantare 2017. Urukiko rwo mu mujyi wa Lilongwe rukaba rwarasanze […]
Karongi: Umusaza wafashwe asambana n’umugore w’abandi, yakubiswe arapfa
Umusaza witwa Hassan, yafatiwe mu mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Mataba, umurenge wa Rubengera ho mu karere ka Karongi, asambana n’umugore w’undi mugabo, arakubitwa nyuma bimuviramo gupfa. Hassan ngo yari umusaza w’imyaka 70, yari asanzwe afite abagore batanu bazwi, barimo umwe bafitanye isezerano, akaba yafashwe asambana n’umugore wa Ntakirutimana ufite imyaka 30. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagali […]
Perezida Museveni yirukanye ku mirimo umukuru w'igipolisi na minisitiri w’umutekano
Perezida Museveni wa Uganda birangiye yirukanye ku mirimo yabo umukuru w’igipolisi, Gen. Kale Kayihura ndetse na minisitiri w’umutekano, Lt Gen. Henry Tumukunde, nyuma y’amakimbirane yari amaze iminsi avugwa hagati y’aba bagabo bombi. Perezida Museveni muri urwo rwego akaba yahise asimbuza Gen kayihura uwari umwungirije, AIGP Okoth Ochola, naho minisitiri Tumukunde amusimbuza Gen. Elly Tumwiine. Mu […]
RDC: Col Joseph Rushimisha wari ukurikiranweho gusambanya umwana yatorotse gereza
Col Joseph Mitabu Rushimisha wo mu ngabo za Congo, wari ukurikiranweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa ukiri muto, yatorortse Gereza ya Munzenze iri mu Mujyi wa Goma, aho umugenzuzi mukuru yemeza ko ari ugutoroka kwateguwe ndetse hatawe muri yombi bamwe mu bakekwaho uruhare muri iki gikorwa. Uyu musirikare mukuru wa FARDC wahoze ashinzwe ubuyobozi n’ibikoresho […]
Bishop Rugagi yaba yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda
Amakuru agera bwiza.com , nuko Bishop Rugagi Innocent, uyobora itorero Redeemed Gospel Church, hamwe n’abandi ba Pasitoro batandukanye barimo gukurikiranwa na Polisi y’u Rwanda, kubera ibikorwa byakurikiye ifungwa ry’insengero rimaze iminsi mu mujyi wa Kigali. Bishop Rugagi Innocent n’abandi bavugabutumwa batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda. Mu gushaka kumenya ukuri kubyo bakekwaho, mu kiganiro […]
Ikibazo cyo gutoroka amagereza kigiye gushakirwa umuti urambye
Nyuma y’aho mu mwaka ushize hagiye habaho kenshi ibikorwa byo gutoroka amagereza mu Rwanda, Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) rwakoze inama yo ku rwego rwo hejuru yigaga ku kibazo cy’umutekano mu magereza harebwa uko warushaho gukazwa harebwa n’uko mu minsi iri imbere bitazorohera uwo ari we wese wazongera kugerageza gutoroka gereza. Iyi nama […]
Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa
Intege nke mu mikoranire y’inzego z’ubutegetsi, imitangire ya serivisi itaranoga, guhishanya amakuru hagati y’inzego, gushyira imbere inyungu z’umuntu ku giti cye, gutanga raporo zidashingiye ku kuri, ni zimwe mu mpamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta byemejwe bidashyirwa mu bikorwa nk’uko byagaragajwe na Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente mu Mwiherero wa 2018. Mu ijambo yavuze asobanura […]
Uko wasaba icyemezo cy'Amavuko n’icy’uko uri ingaragu ukoresheje ikoranabuhanga
Iyi serivisi ikoresha interineti ifasha abanyarwanda gusaba icyemezo cy’Amavuko (Attestation). Dosiye isaba serivisi yoherezwa ku buyobozi bw’inzego z’ibanze ku murenge kugirango isuzumwe. Iki cyemezo gishobora gukoreshwa nk’imwe mu nyandiko ziherekeza dosiye isaba serivisi nko kwiyandikisha mu ishuri, kurera umwana utari uwawe, gusaba icyemezo cy’umwirondoro wuzuye, kwiyandikisha kugirango ushyingirwe, n’ibindi… Ninde wemerewe gusaba iyi serivisi? Abanyarwanda […]
Iperereza rya Loni ryemeje ko ADF ari yo yishe abasirikare ba Tanzania 15 muri Congo
Iperereza ry’Umuryango w’Abibumbye ryemeje ko inyeshyamba za ADF zishe abasirikare ba Tanzania 15 bari mu bikorwa bya Loni byo kubungabunga amahoro muri Congo mu mwaka ushize. Igitero cyagabwe ku ngabo z’Umuryango w’Abibumbye icyo gihe cyamaze amasaha menshi bituma havuka impungenge z’uko iki gitero cyagabwe n’izindi ngabo zifite imyitozo iruseho kandi zifite ibikoresho bihambaye. Ariko, iperereza […]
Abana banjye bambonye mbana n’undi mugabo bahahamuka- Zari Hassan
Nyuma yaho Zari atangarije ko yatandukanye na Diamond, amakuru yacicikanaga ko afite undi mugabo bagiye kubana, yayahakanye avuga ko abana be babonye abana n’undi mugabo byabatera ihahamuka. Aganira na BBC Swahili, Zari yahakanye yivuye inyuma avuga ko nta mugabo ashaka, ko igihe cy’abagabo ntacyo afite, ahubwo ko ikimuraje ishinga ari ukwita ku bana be. Yagize […]
Vladimir Putin yasabye USA kugaragaza ibimenyetso byemeza ko Uburusiya bwivanze mu matora
Kuri uyu wa gatanu,Perezida w’Uburiya, Vladimir Putin yasabye Leta zunze ubumwe za Amerika kumugaragariza ibimenyetso bihamya ko abaturage be binjiye mu matora y’umukuru w’igihugu, we afata nko gusakuza. Uhagarariye akanama kihariye muri USA, Robert Mueller, yashinje abarusiya 13 n’ibigo bitatu mu kwezi gushize ko binjiye mu matora y’umukuru w’igihugu byafashwe nko gufasha Donald Trump kugira […]
Ariane Grande agiye gusohora umuzingo wakozwe na ba Producer babiri
Nyuma y’igihe kijya kungana n’umwaka, umuhanzikazi w’umunyamerika, Ariana Grande akoreye igitaramo mu mugi wa Manchester( One Love Manchester) mu Bwongereza, cyapfiriyemo abantu 19 abandi 50 barakomereka nyuma y’igitero bagabweho n’agatsiko k’iterabwoba, agiye gusohora umuzingo w’indirimbo(album). Iyi album yayikorewe n’abagabo babiri bazwiho ubuhanga mu gutunganya umuziki, Pharell na Max Martin. Urubuga ruzwiho gutangaza amakuru y’umuziki, billboard, […]
Ali wacitse amaboko yombi, anezezwa n’umwana Imana yamuhaye wo kumuhoza amarira
Ali Abbas, umugabo w’imyaka 27 y’amavuko warokotse igitero cyagabwe n’indege za Amerika i Baghdad mu mwaka wa 2003, agacika amaboko, ubu anejejwe n’uko Imana yamuhaye umwana wo kumuhoza amarira. Ali yacikiye amaboko i Baghdad, muri Irak, mu bitero byagabwe na Amerika, abantu 16 bo mu muryango we bose bahasize ubuzima, asigara ari imfubyi na we […]
Somaliya: Abarwanyi ba Al-Shabaab bishe abasirikare batanu b'u Burundi
Abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia (AMISOM), bagabweho igitero n’abarwanyi ba Al Shabaab, batanu bagipfiramo,babiri baburirwa irengero abandi barakomereka. Aya makuru yemejwe na Leta y’u Burundi, ko icyo gitero cyagabwe ku modoka zari zitwaye abasirikare 49 b’abarundi, bari bageze mu birometero 49 uvuye mu mujyi wa Mogadisco. Igisirikare cya Leta ya Somalia, […]
Umugabo yabazwe mu bwonko ikibyimba cy’ibiro bibiri
Abaganga bo mu Buhinde, ku wa Kane tariki ya 1 Werurwe 2018, batangaje ko babaze umutwe w’umugabo, bamukuramo ikibyimba cyari cyarafashe ku bwonko cya kilogarama ebyiri. Umurwayi yitwa Santlal Pal, asanzwe ari umucuruzi w’imyaka 31, akaba yarabazwe ku wa 14 Gashyantare 2018. Nk’uko bitangazwa n’abaganga bo mu bitaro byitwa ‘BYL Nair’ by’i Bombay’ mu Buhinde, […]
Nyagatare: Ibitera bikomeje kujujubya abaturage bibonera binabasagarira
Ibitera biba mu mashyamba yo mu nkengero z’umujyi wa Nyagatare bikomeje kujujubya abaturage bibonera imyaka ku buryo bukabije ari nako bisagarira abagore n’abana batuye hafi aho. Abaturage b’aka Karere ka Nyagatare, cyane cyane abatuye mu nkengero z’umujyi bamaze kumenyera ko ibyo bahinze cyane cyane ibigori bagomba kubisangira n’ibitera biba muri ako gace, aho badahwema kugaragaza […]
Perezida Kagame yihanganishije abaturage ba Burkina- Faso nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyahagabwe
Nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyagabwe mu mujyi i Ouagadougou muri Burkina- Faso, kigahitana ubuzima bw’abagera kuri 15, Perezida Kagame yihanganishije abatuye muri iki gihugu. Ni igitero cyagabwe ku wa 2 Werurwe 2018, mu murwa mukuru w’iki gihugu. Mu gihe ibinyamakuru bitangaza ibitadukanye ku mibare y’abakiguyemo, Guverinoma ya Burkina Faso yitangarije ko abagabye igitero 8 n’abasirikare ba […]
Buruseli: Abunganira umwe mu barokokeye muri ETO basabye leta impozamarira igera mu 100,000 y’Amayero
Me Luc Walleyn na Me Philippe Lardinois, bunganira mu mategeko Umunyarwandakazi warokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Werurwe imbere y’urukiko rw’ubujurire rwa Buruseli basabye Leta y’u Bubiligi impozamarira n’inyungu zibarirwa mu bihumbi 100 by’Amayero aho bemeza ko leta yagize uruhare mu bwicanyi bwabereye ku ishuri rya ETO Kicukiro kuwa […]
Karongi: Umuyobozi wa AMIR wari ukurikiranweho gufata ku ngufu yakatiwe imyaka 5 y'igifungo
Ubushinjacyaha urwego rwisumbuye rwa Karongi rwatsinze urubanza rwari rukurikiranyeho umugabo witwa Rwema John Peter icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 18, maze rumukatira igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’indishyi z’akababaro zingana na miliyoni ebyiri. Ni icyaha cyakozwe mu ijoro ry’itariki ya 16 Ukwakira 2017 mu Mudugudu wa Rurembo, Akagari ka Kibuye, Umurenge wa […]
Zimbabwe: MDC yemeje Nelson Chamisa nk’umukandida uzahangana na Emmerson Mnangagwa
Ishaka ritavuga rumwe na leta ya Zimbabwe, MDC(Movement for Democratic Change) yemeje ko Chamisa ari we uzayihagararira mu matora azaba muri iki gihugu, uyu mwaka. Ni umwanzuro wafashwe kuri uyu wa kane, ku wa 1 Werurwe, 2018. Chamisa yagizwe umuyobozi w’iri shyaka nyuma y’urupfu rwa Morgan Tsvangirai wahoze arihagarariye. Uyu mugabo agiye kuzahatana n’umuyobozi w’igihugu […]
Esipanye yiteguye gukoresha umusifusi wa 4 (VAR)
Federasiyo y’umupira w’amaguru muri Esipanye, yemeje ko La liga izatangira gukoresha ikoranabuhanga ry’amashusho yunganira umusifuzi mu kibuga, VAR (Video Assistant Referee), kuva mu mwaka wa 2018/2019. Uhagarariye komisiyo y’abasifuzi muri iki gihugu, Victoriano Sanchez Arminio, yamenyesheje abasifuza bose bakorera uyu mwuga mu kiciro cya mbere ko umwaka utaha w’imikino nta kabuza bagomba kuba batangiye […]
Mfite abakobwa 3, umugabo wanjye arashaka umuhungu cyane, akifuza ko twajya dutera akabariro buri saa sita- NKORE IKI?
Muraho neza, ndi umubyeyi w’abana batatu b’abakobwa, kugeza kuri iyi saha umugabo wanjye amfata nkaho ari njye nyirabayazana wo kubyara igitsina kimwe. Umugabo wanjye avuga ko mbyara igitsina kimwe cy’abakobwa ngo kuko natwe iwacu twari abakobwa benshi kurusha abahungu. Ubu sinzi uwamushyizemo imyumvire mibi ko umuntu ushaka kubyara umuhungu akora imibonano mpuzabitsina ku manywa. Akazi […]
Kenya: Umuganga yamenye ko uwo yari agiye kubaga atari we amaze kumufungura umutwe
Umuganga wo mu gihugu cya Kenya yirukanwe ku kazi nyuma yo kwitiranya abarwayi akabaga umuntu mu mutwe bitari ngombwa agasiga uwagombaga kubagwa byihutirwa mu Bitaro bya Kenyatta muri Nairobi. Iyi nkuru dukesha BBC iravuga ko umurwayi umwe yari akeneye kubagwa mu bwonko byihuse kubera amaraso yaviriyemo, mu gihe undi yari akeneye kuvurwa ikibyimba. Uyu muganga […]
Arusha: Abandi Banyarwanda 4 bahamijwe ibyaha na TPIR boherejwe kurangiriza ibihano muri Benin
Abanyarwanda 4 bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, boherejwe mu gihugu cya Benin ngo abe ari ho barangiriza ibihano byabo bavanwe I Arusha ho bari bafungiye. Muri aba harimo abakatiwe igifungo cya burundu. Abo barimo Gen. Augustin Bizimungu (uri ku ifoto) w’imyaka 65, wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo, akaba yarakatiwe mu […]
Buruseli: Urubanza rw’ubujurire ku ruhare rw’u Bubiligi mu bwicanyi bwabereye kuri ETO Kicukiro rwatangiye
Ikibazo cy’ubwicanyi bwabereye muri Eto Kicukiro muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, kuri uyu wa gatanu, itariki 02 Werurwe 2018, cyagarutse imbere y’ubutabera bw’u Bubiligi nyuma y’imyaka 24 bubaye, aho imiryango itatu y’Abanyarwanda barokotse ubu bwicanyi biyemeje kugaragaza uruhare rw’u Bubiligi n’abasirikare babwo batatu bakuru bashinjwa ibyaha by’intambara byo kuba barirengagije kugira icyo bakora ngo […]
Producer Aaron Nitunga yagarutse mu Rwanda avuye kwivuriza mu Buhinde—AMAFOTO
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Werurwe 2018, nibwo Aaron Nitunga, yasanze hari abanyamuziki inshuti ze zari zaje kumwakira nyuma yo kujya mu gihugu cy’Ubuhinde kwivuza indwara yari amaranye igihe y’umutwe ukabije. Mu kiganiro kigufi yahaye Inyarwanda yatangangaje ko ubu ameze neza yumva yorohewe. Ati : “Nari ndwaye ibintu byinshi byatumaga ndwara […]
Hon.Dr. Sindikubwabo yatorewe kuyobora ihuriro riharanira kurwanya ruswa mu Nteko (APNAC-Rwanda)
Ihuriro riharanira kurwanya ruswa mu Nteko Ishinga Amategeko APNAC-Rwanda (African Parliamentarians Network Against Corruption- Rwanda) ryatoye abayobozi bashya, Senateri Dr. Sindikubwabo Jean Népomuscène, atorerwa kuba Perezida w’iri huriro. Ni amatora yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Werurwe 2018, mu nteko Nshingamategeko y’u Rwanda, amatora akaba yabanjirijwe n’inama rusange idasanzwe yanaherewemo ikaze umunyamuryango mushya […]
Yaba FARDC cyangwa RDF bose bavogereye imipaka — Raporo ya ICGLR
Raporo y’ibanze y’itsinda rihuriweho ry’ubugenzuzi rya ICGLR iravuga ko Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse n’icy’u Rwanda (RDF) byose byavogereye ubutaka bw’abandi ubwo byarwanaga kuwa 13 Gashyantare birwanira muri Pariki y’Ibirunga. Iyi raporo biteganyijwe ko vuba ishyikirizwa ibihugu byombi, mu gihe Igisirikare cya Congo cyo gisaba irindi perereza ku rupfu rw’abasirikare bacyo […]
Perezida Putin yamurikiwe Misile zifite ubukana buruta ubw’ izindi zose zabayeho
Ku wa Kane tariki ya 1 Werurwe 2018, ingabo z’u Burusiya na Perezida Vladimir Putin, bagaragarijwe ibisasu byo mu bwoko bwa Misile n’ indege zitwara munsi y’inyanja. Leta ya Moscow itangaza izo ntwaro zifite ubwirinzi buruta ubw’ izindi zose bigeze gutunga. Perezida Putin yavuze ko Moscow yiteguye guca intege igitero cyose bagabwaho, yongeraho kandi ko […]
Uganda: U Burundi bwahaye Igipolisi cya Uganda amakuru yatumye hafatwa umucuruzi ruharwa wa cocaine
Igipolisi mu mujyi wa Kampala cyafashe ikiyobyabwenge cya cocaine gifite agaciro k’amamiliyari y’Amashilingi ya Uganda nyuma y’umukwabu cyakoze mu rugo ruherereye ahitwa Namasuba mu nkengero za Kampala. “Twagose inyubako muri Namasuba duta muri yombi umugabo uri mu gatsiko k’abacuruzi b’ibiyobyabwenge kinjiza kakanabisohora mu gihugu”, uyu akaba ari umuvugizi w’Igipolisi cya Kampala, Luke Oweyesigire. Uwatawe muri […]
Indirimbo ebyiri za Diamond, muri 13 zahagaritswe gucurangwa muri Tanzaniya
Leta ya Tanzaniya ibinyujije mu kigo cyitwa TCRA (Tanzania Communication regulatory Autority) yafashe icyemezo cyo guhagarika indirimbo 13 harimo ebyiri za Diamond Platnumz, nyuma yo gusuzuma bagasanga zihabanye n’umuco w’iki gihugu. Ibi bije bihurirana n’agahinda uyu muhanzi Diamond amazemo iminsi nyuma yaho umugore we, Zari Hassan atangarije ko batandukanye. Ku wa Gatatu tariki 28 Gashyantare 2018, […]
Nyagatare: Perezida Kagame avuga ko Hoteli 'City Blue' yatashye, ari ikimenyetso cy’ibishoboka
Ubwo yafunguraga ku mugaragaro Hoteli ‘City Blue EPIC Hotel’ iri mu Karere ka Nyagatare, mu Ntara y’Iburasirazuba, Perezida Kagame yatangaje ko iyi hoteli ari ikimenyetso cy’ibishoboka. Aherejekwe n’umufasha we, Madamu Jeannette Kagame n’abandi bayobozi batandukanye, ku wa Kane tariki ya 1 Werurwe 2018, Perezida Kagame yafunguye iyi hoteli anaboneraho gukangurira abatuye iyi Ntara n’Abanyarwanda bose […]
Dr.Munyakazi Leopold ukurikiranweho ibyaha bya jenoside, arasaba kujya kuburanira iwabo
Urukiko rukuru rwasubukuye iburanisha ry’urubanza rwa Dr.Munyakazi Leopold yajuririyemo kubera igihano cy’igifungo cya burundu y’umwihariko yahanishijwe mu mwaka ushize, akaba yasabye ko yazajya kuburanira ku ivuko. Mu iburanisha ryo ku wa kane tariki ya 1 Werurwe 2018, uregwa yasabye ko umucamanza yazajya kumuburanishiriza aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Arasanga ari bwo yabona ubutabera buboneye. Ubushinjacyaha […]
Ruhango: Hashize amezi asaga 6 badahabwa amafaranga basinyiye
Bamwe mu bafite ubwandu bwa Virusi itera SIDA bo mu Karere ka Ruhango bavuga ko bamaze amezi asaga atandatu badahabwa n’ikigo nderabuzima cya Byimana, ho mu murenge wa Byimana amafaranga agenwa na Ministeri y’ubuzima yo kuborohereza mu ngendo igihe bahamagajwe mu nama, kandi barayasinyiye. Aya mafaranga basanzwe bayahabwa akabafasha mu ngendo igihe bitabiriye inama zibafasha […]
Duhunge isi ironona- Pastor Desire
«Niba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby’ isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere» (2Petero 2:20). Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n’ umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza. Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko […]
Ikipe ya FC Barcelona na Las Palmas zigiye gucakirana mu mateka zihure kubakinnyi
FC Barcelona, ikipe ikina muri shampiyona ya Esipanye irahura na Las Palmas kuri uyu wa kane, tariki ya 1 Werurwe, 2018. Aya ni amakipe afite icyo ahuriyeho kinini dore ko hari abakinnyi 10 bambaye imyenda y’aya makipe yombi mu bihe byashize ndetse n’ubu hakaba hari abakirimo. Abo bakinnyi ni aba bakurikira: TOMAS MORENO. Yari rutahizamu […]
Perezida Kagame arasaba Minisitiri w’Intebe kwima amatwi abayobozi bamuca intege
Perezida Kagame yasabye Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, kwima amatwi abashaka kumuca intege, bitwaje ko yaje abasanga mu kazi. Ubwo yasozaha ku mugaragaro umwiherero w’abayobozi waberaga i Gabiro mu karere ka Gatsibo, ku wa 1 Werurwe 2018, Perezida Kagame, yabwiye Minisitiri w’Intebe, kutazacika intege mu gihe hari agashya azanye abona kateza imbere igihugu. Ibi perezida […]
Burundi, kimwe mu bihugu byiswe ‘iseta ibagirwaho abantu’
Intumwa nkuru ya Loni ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad Al Hussein, yatangaje ko hari ibihugu bimwe byo ku migabane itandukanye birimo u Burundi na Congo, byabaye ’iseta ibagirwaho abantu’. Ibi Zeid Ra’ad Al Hussein yabitangaje mu nama ya 37 ijyanye n’iyubahirizwa ry’uburengenzira bwa muntu, yabereye i Geneve mu Busuwisi ku wa 26 Gashyantare 2018. Avuga ko hari ibihugu bitandukanye byo […]
Nabeshye umwana wanjye ko se ari umusirikare kandi sinzi uwanteye inda muri 2 twaryamanye- NKORE IKI?
Nitwa Louise iwacu ni mu ntara y’Amajyepfo muri Nyanza, ariko mba mu mujyi wa Kigali, mu by’ukuri rero ubu ndi mu ihurizo rinkomereye kandi nzi neza ko hari benshi turihuriyeho. Ubu umwana wanjye w’umuhungu amaze kuzuza imyaka itatu, yatangiye kwiga mu incuke, ariko ibibazo ajya ambaza birantungura kandi bikanantera kwibaza icyo nzajya musubiza nkakibura. Mbandikiye […]
Gutandukana n'umukunzi wawe ntibizatume ukora aya makosa
Mu rukundo bibaho ko watandukana n’uwo wihebeye gusa ntibigomba kuba intandaro yo kugwa mu makosa cyangwa ngo uyishyiremo ubireba kuko uba ugomba kurinda ubuzima bwawe kugeza ubonye undi mukunzi mushya. Dore ibintu usabwa kwirinda mu gihe uhuye nicyo kibazo cyo gutandukana n’umukunzi wawe 1.Wikwihimurira ku buzima bwawe Niba uwo wakundaga akwanze ntago ugomba kwihimurira k’umubiri […]
Neymar wagize imvune byemejwe ko agiye kuvurirwa mu gihugu cye
Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Brazil akanakinira ikipe ya Paris St Germain (PSG), mu Bufaransa, byemejwe n’ikipe akinira ko yagiye kubagirwa mu gihugu cye cy’amavuko. Ni nyuma yo kuvunika akabombampari ku mukino wabahuje n’ikipe ya Olympique de Marseille mu cyumweru gishize. Iyi nkuru yatangajwe n’iyi kipe ikinira muri shampiyona y’Ubufaransa ivuga ko atazagaragara ku mukino […]
Jacky Ivan Minnaert yahawe igeragezwa mbere yo gusinya nk'umutoza mukuru wa Rayon Sports
Umutoza w’umubiligi byavugwaga ko yamaze gusinyira gutoza ikipe ya Rayon Sports Jacky Ivan Minnaert avuga ko atarasinyira iyi kipe kuko hari ibyo imugomba itaramuha gusa akemeza ko ibiganiro byo byabayeho ndetse ko binashoboka ko yayitoza. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu nibwo inkuru yabaye kimomo ko uyu mubiligi Ivan Minnaert yamaze gusinyira iyi kipe […]
Mali: Imodoka yagonze igisasu, abasirikare 6 bahasiga ubuzima
Mu birometero 7(7 km) werekeza Dioura, mu burengerazuba bwa Mopti, imodoka ya gisirikare yagonze igisasu cyo mu bwoko bwa “Mine”, abasirikare batandatu bahasiga ubuzima. Byabaye kuri uyu wa gatatu, ku wa 28 Gashyantare. Ikinyamakuru Jeune Afrique cyavuganye na Lt. Colonel Mariam Sagara “ Twatakaje abantu bacu 6. Imodoka yagonze igisura bari bavuye mu butumwa, nta […]
FDLR, umwe mu mitwe yagarutsweho na Loni ikwiye kurandurwa burundu
Intumwa yihariye ya Loni mu karere k’ibiyaga bigali, Said Djinnit, atangaza ko amahoro n’umutekano bizaboneka neza muri aka karere k’ibiyaga bigari mu gihe imitwe y’inyeshyamba irwanira mu Burasirazuba bwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo izaba yaranduwe burundu. Mu birori by’isabukuru y’imyaka itanu ishize habayeho gushyira umukono ku masezerano y’ i Addis-Abeba yo mu 2013, yo […]