Burundi: Ikinyamakuru cyari gisigaye kivuga ibitagenda gishobora gufungwa mbere yâamatora
Ikinyamakuru Iwacu cyo mu gihugu cyâu Burundi kiri mu gihirahiro nyuma yâaho amakuru gifite yemeza ko gishobora no gufungwa mbere yâamatora yo mu 2020. Ni nyuma yo kuburirwa nâIkigo gishinzwe kugenzura itangazamakuru, CNC. Aya makuru yemejwe nâumuyobozi wâIkinyamakuru Iwacu, Antoine kaburahe, kuri ubu ubarizwa mu buhungiro kuko nawe ari mu bashinjwa gushaka guhungabanya inzego zâigihugu […]
Uwari ihabara rya Diamond yibasiye Tanasha Donna
Uwari ihabara ryâumuhanzi Diamond Platnumz, Lynn yibasiye Tanasha Donna kuri ubu utwitiye uyu muhanzi ashaka kumvikanisha ko aciriritse. Uyu mukobwa na we uri mu bihagazeho mu bijyanye nâimitungo yannyeze Tanasha avuga  ko atunze imodoka ari uko atwite inda ya Diamond. Amwishongoraho avuga ko we yigize cyane ko atunze imodoka enye bidasabye ko atwita cyanwga ngo […]
Kigali: Hashyizwe ibuye ry'ifatizo ahagiye kubakwa ibiro by'Umudugudu wa Kamatamu utarangwamo ibyaha
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2019, ubwo Polisi yâu Rwanda yatangizaga ukwezi kwahariwe ibikorwa byayo, hashyizwe ibuye fatizo ahagiye kubakwa ibiro byâUmudugudu wa Kamatamu, uherereye mu Murenge wa Mageragere, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, nk’umudugudu watoranyijwe nkâutarangwamo ibyaha. Kamatamu iri mu midugudu itarangwamo icyaha izubakirwa ibiro byo gukoreramo muri uku […]
Sinkijya koga muri Pisine, banteye ubwoba ko nshobora kuzatwitiramo- Ese nibyo?
Mugire amahoro ya Nyagasani, nitwa Betty iwacu ni mu Karere ka Nyarugenge, nkaba mfite imyaka 25 y’amavuko. Nakundaga kujya koga muri Pisine rusange ariko bambwiye ko umugabo cyangwa se umusore ashobora gusohoreramo intanga ze zikaba zakwinjira mu gitsina, umukobwa akaba yahita atwitiramo. Aya makuru yanteye ubwoba, ku buryo hari inshuti zanjye nke nabajije zimbwira ko […]
Yagiye kwiba mu rusengero rwa PEFA asiga ibaruwa isaba imbabazi
Mu Ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nyakanga, igisambo kinjiye mu rusengero rwa PEFA ruherereye ahitwa Nyandarua, mu gihugu cya Kenya, kirangije gisiga ibaruwa isaba imbabazi kubwâicyo gikorwa. Ngo ni nyuma yo gusanga nta mafaranga ari mu rusengero. Ibi ngo byabaye nyuma yâamezi makeya abaturage baciye umutwe abantu bakekwagaho […]
Kicukiro: Abagabo basabwe kwitabira umugoroba wâababyeyi
Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro bavuga ko aho batangiriye kwitabira umugoroba wâababyeyi, hari byinshi bigenda bikemuka mu ngo birimo amakimbirane, igwingira ryâabana, isuku nâibindi, bityo nâabagabo bakaba basabwa kuwitabira ari benshi. Bavuga ko mu mugoroba wâababyeyi bahigira byinshi bitandukanye birimo nâiterambere ryâumudugudu batuyemo, bakaba bifuza ko ibyiciro byose birimo abagabo nâabagore byawitabira. Uyu atiâ […]
Ku ishuri bigeze kutubaza icyo tuzaba dukuze mvuga ko nzaba Perezida- Amb.Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Nduhungirehe Olivier, avuga ko yakunze Politiki akiri muto, byâumwihariko akaba yarumvaga mu nzozi ze yazaba Perezida. Gukunda politiki no kumva yazaba umuntu ukomeye muri Politiki, Nduhungirehe, avuga ko afite aho abikomora, ngo kuko se umubyara na we yari umunyapolitiki. Mu kiganiro yagiranye […]
Imana iguha ibyo ukeneye byose
IGICE CYA MBERE Abanyafilipi 4:19 âKandi Imana yanjye, mu bukungahare nâikuzo byayo, izabasenderezaho ingabire zayo mu byo mukeneye byose, muri Yesu Kristo.â Bibiliya iragira iti â Ibyo ukeneye bitari mu kwifuza kwawe.â Twese turifuza, siko biri? Iyo uguze ikintu hati ikindi gihita cyaduka maze ukumva nacyo wahita ukigura.  Dutunze telefoni, ariko iyo haje indi […]
Amakuru agezweho: Igura n'igurisha mu mupira w'amaguru
Amakuru y’igura n’igurisha aracyavugwa cyane mu mupira w’amaguru. Amwe aracyari impuha, andi ni impamo. Tuyakomora ku binyamakuru bitandukanye bivuga ku mupira w’amaguru, uyu munsi. Inkuru ya mbere ivuga ko Manchester United na Leicester City zamaze kumvikana kuri myugariro Harry Maguire nyuma y’aho atangarije ko atagikeneye kuguma muri iyi kipe ya Leicester. The Sun ivuga ko […]
Paris: Ibirori byâUmunsi wâUbwigenge byasojwe no guhangana hagati ya polisi nâabigaragambya
Ibirori byo kwizihiza Umunsi wâUbwigenge mu Bufaransa bizwi nka Bastille Day, kuri iki Cyumweru, itariki 14 Nyakanga, I Paris byasojwe no guhangana hagati yâigipolisi nâabigaragambya (bafitanye isano n’aba Gilets jaunes), aho abagera mu 170 batawe muri yombi nkâuko bitangazwa nâubuyobozi. Abayobozi mu Muryango wâUbumwe bwâu Burayi nka Chancelliere wâu Budage, Angela Melker na Minisitiri wâIntebe […]
Uganda: Gen. Henry Tumukunde yatangiye urugendo rwo guhatanira ubuyobozi bwa Kampala
Maj. Gen. Henry Tumukunde wahoze ari minisitiri wâumutekano wa Uganda yatangiye kwiyamamariza bucece umwanya wâUmuyobozi wâUmujyi wa Kampala mu matora ateganyijwe mu 2021. Gen Henry Tumukunde akaba yiteguye guhangana na Erias Lukwago, usanzwe uyobora Umujyi wa Kampala, ubarizwa ku ruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi ndetse nâumuhanzi Jose Chameleone. Uyu wahoze ukuriye inzego zâubutasi, wagize uruhare mu […]
2019: Umusirikare wa Amerika wa 11 yapfiriye muri Afuganistani
Minisiteri y’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, itangaza ko umwe mu basirikare bayo kabuhariwe yapfiriye ku rugamba muri Afughanistani. Umusirikare James “Ryan” Sartor yapfuye ku wa Gatandatu tariki ya 13 Nyakanga 2019, nyuma yo gukomeretswa bikomeye nâamasasu yâumwanzi. Akaba abaye umusirikare wa Amerika wa 11 wiciwe muri Afuganistani kuva uyu mwaka wa 2019 watangira, […]
Gakenke: Polisi yafashe umugabo ucyekwaho gukoresha impapuro mpimbano
Muri iki cyumweru dusoje, Polisi yâu Rwanda ikorere mu karere ka Gakenke yafashe uwitwa Havugimana Etienne ufite imyaka 36 yâamavuko atwaye imodoka Pickup/Hilux RAB 924 W afite icyangombwa cyâigihimbano kigaragaza ko imodoka ye yakorewe isuzumwa ryâubuziranenge nâikigo cya Polisi gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bwâimodoka kizwi nka control technique. Umuvugizi wa Polisi mu ntara yâAmajyaruguru Chief Inspector […]
AFCON 2019: Kwitsinda no guhusha penaliti ni byo byaranze imikino ya 1/2
Imikino ya 1/2 y’irushanwa ry’Afurika ry’ibihugu yabaye kuri uyu wa 14 Nyakanga, amakipe yose yifuza gukina umukino wa nyuma; amahirwe rukumbi yari kuzashobora kuyahesha igikombe. Uko ari ibiri yabereye ku masaha atandukanye. Saa kumi n’ebyiri za hano mu Rwanda, Senegal na Tunisia zahatanye saa tatu z’ijoro, Algeria na Nigeria biba uko ku kibuga mpuzamahanga cya […]
Ebola mu mugi wa Goma
Minisiteri y’ubuzima muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yemeje ko icyorezo cya Ebola cyageze mu mugi wa Goma, wegereye Gisenyi mu Rwanda. Ni umuuntu umwe uvugwaho iyi ndwara muri uyu mugi. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press bitangaza ko ari umupasiteri wabaga mu mugi wa Butembo. Kuva iki cyorezo cyagera muri iki gihugu mu 2018, mu […]
Amafaranga Rayon Sports yinjije n'ayo yasohoye mu 2018/2019
Kuri iyi tariki ya14 Nyakanga, ikipe ya Rayon Sports yakoze inteko rusange yashyizeho ubuyobozi bushya. Hatanzwe kandi na raporo y’umwaka w’imikino wa 2018/2019 ivuga uko ikipe yinjije n’amafaranga yasohoye. Ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports burangajwe imbere na Munyakazi Sadate, umuyobozi w’ikipe wasimbuye Paul Muvunyi wabaye umuyobozi w’ikipe w’icyubahiro. Umuyobozi wungirije ni Thadee Twagirayezu,umubitsi ni Cyiza […]
Yakatiwe 70 nyuma yo gukwirakwiza amashusho asambanya uruhinja yibyariye
 James Lockhart ni umuturage utuye muri leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Yifashe amashusho asambanya umwana we kuva afite umwaka umwe w’amavuko, ayashyira ku rubuga. Ubutabera byamukatiye igifungo cy’imyaka 70 nyuma yo kubona amahano yakoze, icyaha cyamaze no kumuhama. Uretse n’iki gihano kandi, Lockhart w’imyaka 31 y’amavuko yasinye avuga ko azafasha inzego […]
Yasanganwe umurambo wa nyina yari amaze imyaka itatu abana na wo
Umugore wo muri Leta ya Texas muri Amerika yatawe muri yombi nyuma y’uko umurambo wa nyina bawusanze mu nzu ye y’ibyumba bibiri abanamo n’umukobwa we. Polisi icyeka ko uyu mukecuru w’imyaka 71, yapfuye yituye hasi mu 2016. Umukobwa we w’imyaka 47, ashinjwa ko atabashije gufasha nyina igihe ibyo byabaga kuko ngo “yapfuye hashize iminsi” yituye […]
Uganda: Libani iramagana ifungwa ryâabaturage bayo bafungiwe na ISO ahantu hatazwi
Leta ya Libani yamaganye ifungwa ryâabaturage bayo bafungiye muri kasho zâUrwego rwâUmutekano wâImbere mu Gihugu rwa Uganda, ISO. Biravugwa ko aba bagabo babiri, Ali Hussein Yassin na Hussein Mahmoud Yassin, bafatiwe ku Kibuga cyâIndege bakaba Bafunzwe batemerewe kubonana nâumujyanama mu byâamategeko. Ali Hussein Yassin na Hussei Mahmoud Yassin bafatiwe ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Entebbe, […]
Burundi: Umuyobozi wâImbonerakure yagizwe Umuyobozi wa Televiziyo na Radio byâigihugu, RTNB
Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, iravuga ko uwari umuyobozi wâuruganda rwâisukari kugeza ubu, Eric Nshimirimana, bivugwa ko nta kintu azi ku itangazamakuru, yagizwe Umuyobozi wa Radio na Televiziyo byâu Burundi, RTNB. Impamvu ngo ni ukugira ngo ishyaka CNDD FDD ribashe kugira ububasha bwuzuye kuri iki kigo cya Leta mu gihe habura igihe kitageze ku mwaka ngo […]
AFCON 2019: Uburemere bwâumukino wa ½ uza guhuza Nigeria na Algeria
Ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru ya Nigeria, â Super Eagles â, kuri iki Cyumweru mu mukino uyihuza nâikipe ya Algeria iraba ikinira ku ntego zâamadolari byibuze 75,000 nibaramuka batsinze. Ni umukino uhuza ikipe y’umupira w’amaguru ya Nigeria n’iya Algeria muri kimwe cya kabiri cyâImikino ya nyuma yâIgikombe cya Afurika cyâIbihugu , AFCON 2019, ubera Cairo kuri […]
Ukraine: Televiziyo yateganyaga gutambutsa filimi mbarankuru igaragaramo Putin yagabweho igitero
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Nyakanga, Televiziyo imwe yo mu gihugu cya Ukraine yagabweho igitero cy’igisasu cya RPG nyuma yo gutangaza ko igiye gutambutsa filimi mbarankuru yagombaga kugaragaramo na Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya. Igitero cyagabwe ahagana saa 3:40 zâigicuku, cyafashwe nkâigitero cyâiterabwoba nâabayobozi, nta muntu cyakomerekeje ariko cyangije ikirango cyâiyi televiziyo yitwa “112 […]
Musanze: Abaturiye pariki barataka inzara kubera konerwa n'inyamanswa zatorotse
Abatuye mu Mirenge ihana imbibi na Pariki yâIbirunga bavuga ko kwonerwa nâinyamaswa zitoroka iyi pariki zikaza mu mirima yabo, byatumye bibasirwa nâinzara. Ubuyobozi bwâAkarere ka Musanze busaba aba baturage kugana ikigega cyashyiriweho gutanga indishyi ku bangirijwe nâinyamaswa nkâuko iyi nkuru dukesha RadioTv10 ikomeza ivuga. Zimwe mu nyamaswa zishyirwa mu majwi ko zitoroka pariki zikajya mu […]
Burundi: Abaturiye ishyamba ryâIkibira bahangayikishije nâinyeshyamba baribonyemo
Abaturage batuye mu gace ka Bumba n’utundi twegereye ishyamba kimeza ryâIkibira, bavuga ko bafite impungenge zâumutekano wabo, nyuma yo kuribonamo abantu bitwaje intwaro bavuga Ikirundi. Aba baturage basaba inzego zâumutekano kuwukaza muri aka gace. Baganira na SOS medias/ Burundi, abo mu duce twa Bumba, Bitare na Bihembe, muri Komini Bukinanyana, Intara ya Cibitoke, bavuze ko […]
Sudani: Abiciwe ababo batangiye gusaba ubutabera
Abanyasudani babarirwa mu bihumbi bakwiriye imihanda yâumurwa mukuru Khartoum no mu yindi migi bazirikana iminsi 40 ishize abambari bâubutegetsi bakoresheje igitugu gutatanya bakanahitana bamwe mu baturage bari bakoze imyigaragambyo yo kwicara. Umwe mu bayobozi bâabaturage bari mu myigaragambyo yavuze ko inama bagombaga kugirana nâabayobozi bâubutegetsi bwa gisirikare yasubitswe igashyirwa ku cyumweru. Muri iyo nama bagombaga […]
CECAFA 2019: Rayon Sports yatsinzwe na KMC ariko ikomeza muri Âź
 Ikipe ya Rayon Sport ntabwo yabashije kwikura imbere yâikipe ya KMC yo muri Tanzania aho yatsinzwe igitego kimwe ku busa mu mukino wa gatatu wo mu itsinda rya mbere mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2019. Wari umukino wa gatatu wo mu itsinda rya mbere ndetse ari nâumukino wa nyuma mu matsinda ,aho wabereye […]
Umuvandimwe wa Zinedine Zidane yatabarutse
Abakunzi b’umupira w’amaguru, cyane abakunda ikipe ya Real Madrid bababajwe n’urupfu rw’umuvandimwe wa Zinedine Zidane utoza iyi kipe iri muri Canada yitegura amarushanwa y’umwaka w’imikino utaha. Real Madrid ibicishije ku rubuga rwayo yihanganishije uyu mutoza ufite ubwenegihugu bw’Ubufaransa. Muri Montreal-Canada, ikipe yafashe umunota wo kwibuka no kwifatanya na Zidane mu kababaro. Uyu muvandimwe wa Zidane […]
Minembwe: Imbunda n'amasasu ntibishobora kutuzanira amahoro- Umufasha wa Gen.Bisengimana
Dyna Nantebuka, ni umugore wa Gen. Bisengimana Charles wahoze ari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, akaba asaba amoko yose yo muri Teritwari ya Minembwe, gutahiriza umugozi umwe, kuko intambara ntacyo yabagezaho. Nantebuka yasabye abaturage b’i Minembwe bose, kubana mu mahoro, bakareka amacakubiri ngo kuko ntabwo yabageza ku iterambere. Uyu mudamu […]
Tanzania: Inkambi yâImpunzi zâAbarundi yafatiwemo intwaro
Amakuru aturuka mu Nkambi yâImpunzi zâAbarundi ya Nduta muri Tanzania aravuga ko kuri uyu wa Kane ushize hafatiwe intwaro zitandukanye. Izo ntwaro biravugwa ko zafatiwe mu mudugudu wa 8 wa Zone ya 7 yo muri iyi nkambi yâimpunzi ya Nduta. Mu ntwaro zafashwe harimo Kalachnikov nkâuko ababibonye babyemeza. Ni mu gihe ariko ba nyri izi […]
Bizaba bigaragaza ko igihugu cyanyu kidatekanye, kidashaka impinduka- Inshuti yâushinjwa ubutekamutwe bwo kuri  KCC
Umugabo wivugira ko ari inshuti yâakadasohoka kâUmunyakenya, Dr Kinuthia Charles ufatwa nkâumucurabwenge wâubutekamutwe bwabereye kuri Kigali Convention Center avuga ko u Rwanda niruhana uyu mugabo ruzaba rugaragaje ko rudatekanye kandi ko rukaba rutemera impinduka. Abanyakenya barimo uyu Dr Kinuthia nâUmunyarwanda umwe, Niyonkuru  bari gukurikiranwa nâinkiko ku bwâubutekamutwe bakoreye abasaga 2500 besnhi biganjemo urubyiruko mu cyari […]
Gereza ya Bugesera: Abagororwa biyemeje kuvuga ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Bamwe mu mfungwa nâabagororwa bo muri gereza ya Bugesera iherereye mu Murenge wa Rilima , Akarere ka Bugesera biyemeje kuvuga ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse na mbere yayo. Ibi babyiyemeje mu gihe cyo kungurana ibitekerezo nyuma yâikiganiro ku kurwanya Jenoside nâingengabitekerezo yayo bagejejweho nâumushakashatsi muri Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside, Mafeza Faustin, […]
Somalia: Igitero cyahitanye 26 muri hoteli barimo n'abanyapolitiki-amafoto
Intagondwa zagabye igitero kuri hoteli ya Kismayo muri Somalia, gihitana ubuzima bw’abantu 26 harimo n’umukandida wari kuziyamamariza umwanya w’umukuru wa Jubbaland. Iki gitero cyagabwe ku mugoroba wo ku wa 12 Nyakanga, 2019 ubwo imodoka yari itwaye ibisasu yaturikiye kuri iyi hoteli nk’uko inzego z’umutekano zibitangaza. Zabanje gutangaza kandi ko abamaze kugwa muri gitero ari 13 […]
USA: Kuri iki Cyumweru haratangira umukwabu ukaze wo gufata abimukira badafite ibyangombwa
Igipolisi gishinzwe abimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iki cyumweru kiratangiza umukwabu karundura wo guta muri yombi abantu baba muri iki gihugu badafite ibyangombwa. Ubusanzwe ibikorwa nkâibi ntibyatangazwaga mbere mu rwego rwo kwirinda kuburira abo bireba, ariko Perezida Donald Trump ubwe yemeje aya makuru kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Nyakanga. Perezida Donald […]
Abantu bavutse muri aya mezi akurikira bararamba-Ubushakashatsi
Kuramba si ibintu bya buri kiremwa muntu. Abahanga bagiye batanga impamvu zitandukanye zishobora gutuma umuntu aramba ku Isi. Bamwe muri bo bavuze ko gukora siporo, kurya neza, kwirinda ibiyobyabwenge nâizindi mapmvu nkâizafasha umuntu kubaho igihe kirekire. Kuri ibi rero nkâuko urubuga Blowingfacts dukesha iyi nkutu rubivuga, ubushakashatsi buherutse gukorwa nâabahanga mu byâubuzima buvuga ko abantu […]
Abagandekazi benshi bahungiye uburetwa bakoreshwaga muri Ambasade ya Uganda i Dubai
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yasabye Guverinoma gusobanura ingamba yafashe zo gutabara abakobwa bâAbagande baheze mu bihugu bagiye gushakamo imirimo bakoreshwa nkâabacakara. Depite Betty Nambooze kuri uyu wa Kane ushize akaba yarabwiye inteko ko hari abakobwa 53 baheze muri Ambasade ya Uganda I Dubai nyuma yo kuhahungira uburetwa nâitotezwa bakoreshwaga bakaba batizeye gusubira iwabo. Depite […]
Kenya: Impinja 11 ziciwe ku bitaro n'indwara itaramenyekana
Ku bitaro by’igihugu byitiriwe Kenyatta(Kenyatta National Hospital), impinja 11 zitarengeje ukwezi zishwe n’indwara bikekwa ko yatewe n’agakoko Klebsiella. Amakuru ava kuri ibi bitaro nk’uko Daily Nation yabitangaje ku wa 12 Nyakanga, avuga ko utashatse ko izina rye ritangazwa ku bw’umutekano we yatangaje ko uretse kuba izi mpinja zishobora kuba zishwe n’iyi ndwara, ari uko muri […]
Turasaba abaturage gutanga amakuru kuri ruswa badafite ubwoba nâisoni- Murekezi Anastase
Umuvunyi mukuru wâu Rwanda, Murekezi Anastase arasaba abaturage bose kudahishira amakuru arebana na ruswa aho bayibonye nâuwo bayibonyeho uwo ariwe wese. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2019, ubwo Afurika yizihizaga umunsi wahariwe kurwanya ruswa, ku rwego rwâigihugu ukizihirizwa mu Ntara ya Amajyepfo, Akarere ka Nyamagabe, niho urwego rwâumuvunyi kimwe nâabandi bayobozi barimo […]
RDC: FARDC iremeza ko yigaruriye ibiturage bine byari byigaruriwe nâinyeshyamba
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu ijoro ryo kuwa Kane ushize rishyira kuwa Gatanu, itariki 12 Nyakanga, kigaruriye ibiturage bine byo muri Teritwari ya Djugu muri Ituri byari bimaze igihe byarigaruriwe nâinyeshyamba. Ibi byagezweho nyuma yâimirwano ikomeye yâiminsi itatu nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wa FARDC wemeza ko abantu 9 bishwe. Biravugwa ko FARDC yatangije, […]
Minisitiri w'Umurimo wa Amerika yeguye ku mirimo ye
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika aravuga ko Minisitiri wâUmurimo, Alexander Acosta, yeguye kubera uburyo yitwaye mu kibazo cyâumuherwe Jeffrey Epstein waregwaga gukora ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina. Perezida Trump yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Nyakanga, Acosta amuhagaze iruhande mbere yâuko afata urugendo yerekeza muri Leta za Wisconsin na Ohio. […]
Hatangijwe urugendo ruganisha ku bwumvikane hagati y'u Rwanda na Uganda
Mu nama yahuje abakuru b’ibihugu bya Angola, u Rwanda, Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yafatiwemo imyanzuro irimo no kuba u Rwanda na Uganda bigiye kwicara bigasasa inzobe, bishaka umuti w’amakimbirane ari hagati yabyo. Atangiza iyi nama yaberaga muri Angoka kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2019, Perezida w’iki gihugu, JoĂ ÂŁo Lourenà §o […]
Ndi Fille-mère, mukuru wanjye yabuze urubyaro none umugabo we arashaka ko tubyarana- Nkore iki?
Ndi umukobwa ariko wabyariye iwabo(Fille-mère), umwana wanjye afite imyaka ine, mukuru wanjye nawe amaze imyaka itandatu yarabuze urubyaro none umugabo we aba ansaba kuba nabyarana na we. Uyu muryango wagerageje kwivuza ahantu hatandukanye ariko ntabwo basanga bafite ikibazo cyababuza kubyara, gusa nabo ubwabo byarabayobeye, bategereje icyo Imana izagena, ariko umugabo we ntabyumva. Mu kwezi gushize […]
Ese Gen. Laurent Nkunda yaba yaraguranwe Abega na Bazeye ba FDLR?
Mu gihe amezi agiye kuba Atanu Laforge Fils Bazeye wari Umuvugizi wa FDLR na Lieutenant-Colonel Theophile Abega wari ushinzwe iperereza boherejwe mu Rwanda, bimwe mu binyamakuru byo muri Congo bitangaza ko ubwo u Rwanda rwasabaga Congo aba bayobozi, narwo rwasabwaga Gen. Laurent Nkunda wahoze ari umuyobozi wâinyeshyamba za CNDP. Mu Ukuboza 2018, nibwo Bazeye na […]
Nyamasheke: Umugabo yabengeye umugore we mu rusengero, arusohokamo yiruka
Mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru yâakumiro,aho umugabo Murwanashyaka Innocent wâimyaka 30, yasohotse mu rusengero rwa EAR/ Paruwasi Gisuma- Remera mu kagari kâImpala agata umugore we Nyiransabimana Gloriose. Gloriose wari wambaye agatimba, bari kuri alitari, niho umugabo yamusize ariruka, ari umugore ,pasiteri wari ugiye kubasezeranya nâ abari babutashye bose bagwa mu […]
Col. Tom Byabagamba n'abo bareganwa bangiwe kurekurwa by'agateganyo
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2019, Urukiko rw’ubujurire i Kigali rwatesheje agaciro ubusabe bwa Col. Byabagamba, Rtd Gen. Frank Rusagara n’uwari umushoferi we, Franà §ois Kabayiza, bari basabye kurekurwa bakaburana ubujurire badafunze. Abaregwa bari batanze impamvu zinyuranye bavuga ko zikwiye gutuma mu bujurire bakurikiranwa badafunze. Mu mpamvu zabo harimo gufungwa binyuranyije n’amategeko, aho […]
Burundi: Banki yigenga irashinjwa gutera inkunga abitwaje ibirwanisho
Banki yigenga mu gihugu cyâu Burundi izwi nka InterBank Burundi kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 10 Nyakanga, yashinjijwe nâUrukiko rwo mu Mujyi wa Bujumbura gukorana nâimitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Congo. Ubutabera bwâu Burundi bwafunguye dosiye kuri InterBank Burundi nyuma yâaho amafaranga abarirwa muri miliyoni nâigice yâAmadolari yari agiye kwibirwa mu Gatumba, […]
Turkiya yatangiye kwakira ubwirinzi bwo mu kirere, S-400, yaguze mu Burusiya Amerika itabishaka
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Nyakanga, I Ankara muri Turkiya hagejejwe uburyo bwâubwirinzi bwâibitero byo mu kirere buzwi nka S-400 iki gihugu cyaguze mu Burusiya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitabikozwa. S-400 bufatwa na bamwe mu mpuguke nkâubwirinzi bwa za missiles buteye imbere kurusha ubundi ku Isi. Ubu buryo bwâubwirinzi bwâibitero bwo mu kirere […]
Umugabo wanjye akunda ko dutera akabariro mu buryo bumvunnye-umugore wâ i Kigali
Umugore utuye mu Mujyi wa Kigali utarashatse ko dutangaza amazinaye avuga ko yumva abangamiwe nâumugabo we umuhenesha mu gihe cyâakabariro kuko ngo atabikunda. Nkâuko bisanzwe, abinyujije kuri info@bwiza.com, uyu mugore uvuga ko afite imyaka 34 akaba afitanye nâumugabo we abana batatu avuga ko ibyo akorerwa nâumugabo we mu gihe cyâigikorwa cyâabashakanye kimubangamiye. Avuga ko asanga […]
Perezida Kagame yageze muri Angola aho agiye guhurira na Museveni, Tshisekedi & JoĂ ÂŁo
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze i Luanda, Umurwa Mukuru wa Angola, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2019, aho agiye guhurira n’abakuru b’ibihugu bya Uganda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Angola. Nk’uko Perezidansi y’u Rwanda yabitangaje ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, ngo Perezida Kagame w’u Rwanda, Museveni wa Uganda, Tshisekedi […]
[U Rwanda] Ni igihugu cy'ubwisanzure- Min. Sezibera
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Richard Sezibera, abona umuryango w’abanyamakuru batagira umupaka (Reportes Without Borders), uyu mwaka washyize u Rwanda ku mwanya wa 155 mu bihugu 180, atari wo ukwiriye gukora urwo rutonde. Umuryango w’abanyamakuru batagira umupaka washinzwe mu 1985, uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru. Buri mwaka usohora raporo ivuga uko ubwo bwisanzure buhagaze ku Isi. Min. […]
Musanze/Bihira: Bagaragaje ingorane baterwa no kutagira umuriro w'amashanyarazi
Abaturage bo mu Kagari ka Bihira, Umurenge wa Kimonyi, mu Karere ka Musanze, bavuga ko kuba batagira umuriro w’amashanyarazi bibagiraho ingaruka nyinshi zirimo n’uko abana babo batajya basubiramo amasomo. Bavuga ko bari mu icuraburindi baterwa no kutagezwaho umuriro w’amashanyarazi, bagasaba ko nabo bayahabwa bimwe mu bibazo bibugarije bagaca ukubiri nabyo. Uyu muturage ati “Abana bakabaye […]
Umuyobozi wâInama yâIgihugu yâUmutekano ya Israel yabonanye nâabayobozi bâu Rwanda
Intumwa idasanzwe ya Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Meir Ben Shabbat, kuri uyu wa Gatatu ushize yageze mu Rwanda agirana ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ndetse nâabandi bayobozi bakuru barimo ba minisitiri, abakuriye inzego zâumutekano nâabasirikare bakuru. Iyi nkuru dukesha The New Times iravuga ko Ben- Shabbat […]
Kenya: Abakobwa 11 bafashwe bifata filimi z'urukozasoni
Kuri iyi tariki ya 12 Nyakanga 2019, polisi ya Kenya yataye muri yombi abakobwa 11 bafashwe bifata amashusho ya filimi z’urukozasoni (pornography) muri Nyali ho mu mugi wa Mombasa. Abantu babiri, umugore n’umugabo ni bo bakekwaho gushuka aba bakobwa ngo bifate amashusho. Na bo bamaze kugera mu maboko ya polisi kugira ngo bakorerweho iperereza. Inkuru […]
Nyanza: Bahinga bahendwa bagasarura bahendwa
Abahinzi bo mu karere ka Nyanza bavuga ko bahendwa ku ifumbire nâimbuto, aho batanga amafaranga 800 ku bishyimbo nâibihumbi umunani ku mashaza. Mu isarura batanga umusoro wâubukode bwâigishanga ku bihumbi ijana ubundi ngo âbagataha amara masaâ, ibintu bifuza ko byahinduka. Ni mu kiganiro cyahuje abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Nyanza bafashwa mu rwego rw’ibiganiro […]
Byagoye  Social Mula gusubiza niba  yakongera gukorana na Muyoboke
Umuhanzi Lambert Mugiraneza uzwi nka Social Mula atangaza ko bigoranye kuba yagira icyo avuga ku kuba yakongera gukorana na Alex Muyoboke nkâushinzwe inyungu ze (manager). Social Mula ni umwe mu bahanzi bakomeye bakoze indirimbo zakunzwe cyane zirimo âUmuturanyiâ, âAmahitamoâ, âMa Vieâ, âAbanyakigaliâ, âKu Ndunduroâ nâizindi nyinshi. Uyu muhanzi yatandukanye na Alex Muyoboke mu bihe bishize. […]
Sudani: Haburijwemo umugambi wo guhirika ubutegetsi
Abahagarariye akanama ka gisirikare kayoboye igihugu cya Sudani kuri uyu wa kane bemeje ko haburijwemo umugambi wo guhirika ubutegetsi mu gihe amasezerano bagiranye nâabayoboye imyigaragambyo ku nzibacyuho yendaga gushyirwaho umukono mu minsi iri imbere. âBa ofisiye nâabasirikare nâabagize inzego zâigihugu zâubutesi, barimo abasezerewe, bagerageje guhirika ubutegetsi,â ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa Kane ninjoro na […]
Umugabo wategetswe nâumupfumu gusambanya imirambo yâabagore 21 yafatiwe ku wa 19
Ndumiso James ni umugabo wâimyaka 53 yâamavuko, atuye mu gace ka Bulembu, muri Swaziland, ubu ari mu maboko yâubutabera nyuma yo gufatwa asambanya imirambo yâabagore. Uyu mugabo ngo asanzwe afite umugore nâabana babiri mu icyenda yari yarabyaye. Umugore we wa mbere yitabye Imana nâabana batatu yari yarabyaye. Ndumo ngo yaje gushaka umugore wa Kabiri, abyara […]
Guverineri Zoe Kabila nâuwo yasimbuye ntibavuga rumwe ku mwenda avuga yasigiwe
â Sinemera ko nasigiye Intara ya Tanganyika umwenda wa miliyoni 5 zâAmadolari yâAbanyamerika kandi sinigeze naka umwenda ungana gutyo ,â ibi ni ibyemejwe na Richard Ngoy Kitangala, wahoze ari Guverineri wâIntara ya Tanganyika mu kiganiro nâitangazamakuru i Kinshasa kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 10 Nyakanga. Bwana Richard Ngoy Kitangala aranyomoza ibiherutse gutangazwa nâuwamusimbuye, Zoe […]
Abantu 212 bamaze kwicwa mu Burundi kuva umwaka wa 2019 watangira- HRW
Umuryango uharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu ku Isi, HRW, utangaza ko kuva muri Mutarama kugera muri Kamena 2019, abantu 212 bagiye bicwa mu buryo butandukanye, mu gihugu cyâu Burundi. Raporo yâuyu muryango yashyizwe ahabona ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2019, igaragaza ko abantu 212 aribo bishwe, ariko abo imirambo yabo yabonetse ni 104. Uyu muryango […]
Gen. Lokech uzwi nkâInyenyeri yâIntambara yo muri Somalia yagizwe umuyobozi wâingabo zirwanira mu kirere
Maj. Gen. Paul Lokech, bahimba âInyenyeri yâIntambara yo muri Somaliaâ yagizwe Umugaba Mukuru wâIngabo za Uganda zirwanira mu kirere. Gen. Lokech, ufatwa nkâumwe mu bayobozi beza bâingabo ku rugamba, yasimbuye Maj. Gen. James Birungi, uherutse kugirwa Umuyobozi wâUmutwe ushinzwe kurinda umukuru wâigihugu, Special Forces Command. Iyi nkuru dukesha Chimpreports iravuga ko Gen Lokech yagize uruhare […]
Libya yasabye u Bufaransa ibisobanuro kuri missiles zabwo zasanzwe ku ruhande rwa Gen. Haftar
Leta yemewe nâamahanga ya Libya kuri uyu wa kane yasabye ibisobanuro byihuse nyuma yâaho u Bufaransa bwemereye ko missiles zakuwe mu nkambi yâinyeshyamba za Gen. Khalifa Haftar I Tripoli ari izabo. Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Libya, Mohammed Tahar Siala, yasabye mugenzi we wâu Bufaransa, Jean Yves Le Drian gusobanura mu maguru mashya uko izo missiles […]