Perezida Kagame yasabye abayobozi bahawe inshingano nshya gukorera hamwe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bahawe inshingano nshya kuri uyu wa 8 Gashyantare 2017, kurangwa n’ubwuzuzanye ndetse no gukorera hamwe kugira ngo bagere ku iterambere rirambye. Mu ijambo rye yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo kurahirira inshingano nshya mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Perezida Kagame yagize ati”aho igihugu kivuye […]

Abanyamahanga 52 banditse basaba gutoza ikipe y'igihugu Amavubi

Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru yatangaje ko abantu 52 b’abanyamahanga bamaze kuyandikira basaba gutoza ikipe y’igihugu y’abakuze “Amavubi.” [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bitangajwe nyuma y’uko mu minsi ishize iyi federasiyo yari yasohoye itangazo ritanga umwanya kuri aka kazi ko gutoza iyi kipe nyuma y’uko uwari usanzwe ayitoza Jonathan McKinstry yari amaze gusezererwa ashinjwa kudatanga umusaruro nk’uwari witezwe. […]

Mfite amabere mato kandi nifuza ko yakura, bambwira ko umuti ari ugukora imibonano mpuzabitsina- Ugisha inama

Ndi umukobwa w’imyaka 22, nigaga muri segonderi ngarukiramo hagati, ese iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina bituma agira amataye koko n’amabere ye agakura neza akaba manini? Njyewe mfite mu gatuza hato, amabere yanjye ni mato, numva bimbangamiye kuko iyo mbonye abakobwa bafite amabere agaragara mu mwenda mba numva mbikunze. Hari uko njya mbyumva, umukobwa ufite ikibuno […]

RDC: Umurambo wa Tshisekedi wateje impagarara mu banyepolitiki mbere yo kuhagera

Mu gihe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bitegura kwakira no gushyingura mu cyuhahiro umurambo w’umunyepolitiki, Etienne Tshisekedi uherutse kugwa mu Bubiligi, impaka zabaye ndende mu banyepolitiki bo muri kiriya gihugu ku wugomba kuba Minisitiri w’intebe mbere y’uko bamushyingura. Amakuru atangazwa na jeuneafrique avuga ko abo mu muryango wa nyakwigendera ndetse n’abo mu ishyaka UDPS […]

Pamela , umugore wabyaye umwana usa n’umutubu

Umugore witwa Pondo Pamela ukomoka muri Cameroun, yibarutse umwana ufite umutwe usa nk’umutubu, akaba yaratunguwe hamwe n’umugabo we dore ko anatwite yaryaga inyaza zayo (imitubu). Ikinyamakuru Afirika 365, cyatangaje iyi nkuru itangaje kivuga ko ubwo yari atwite agize amezi 2, aribwo yumvaga igikeri kiborogera mu nda ye, agerageza guhabwa umuti n’umuvuzi wa gakondo ariko abigira […]

2016/2017: U Rwanda ruzagabanya inkunga z’amahanga rwongere inguzanyo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 7, 2017 minisiteri y’imari n’igenamigamb yamurikiye Inteko ishinga amategeko uko raporo ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2016/2017 yavuguruwe, ibyongewemo ndetse n’ibyakuwemo bitewe n’uko hari ibigo bishya byavutse, imishinga mwe n’imwe igomba kongerwamo imbaraga ngo irangire vuba n’ibindi. Iyi raporo ivuguruye igaragaza impinduka z’ingenzi zikubiye mu mushinga w’itegeko rihindura kandi […]

Perezida Museveni yambitse umudali w’icyubahiro umuhungu we, Gen Muhoozi

Gen Major Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda umaze iminsi mike ahinduriwe imirimo, kuri ubu yambitswe umudali w’icyubahiro na se, mu muhango wabereye mu gace ka Lango ku wa Mbere tariki ya 6 Gashyantare 2017. Hamwe n’abandi basirikare batandukanye, Perezida Museveni yabambitse imidali yiswe “The Rwenzori Star Medal”, umudali uhabwa abasirikare b’ikitegererezo ku […]

Perezida Trump yahaswe ibibazo ku itegeko ryo kwirukana impunzi ntibyagira icyo bitanga

Nyuma y’uko Perezida Trump ashyizeho itegeko rihagarika abimukira binjira mu gihugu ndetse no kwirukana abasanzwe baba muri Amerika, kuri uyu wa kabiri abayobozi batandukanye barimo abahagarariye imijyi, abahoze ari abaminisitiri n’abandi bamuhase ibibazo kuri iryo tegeko nawe atanga ubusobanuro ndetse nyuma anagaragaza ko itegeko rye nta ho ritandukaniye n’andi mategeko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu busobanuro yatanze, […]

Ababitse Mako Nikoshwa ari muzima we yabise abasazi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gashyantare 2017, nibwo abantu batangiye guhanahana inkuru bitaga iy’incamugongo ko umuhanzi Mako Nikoshwa yitabye Imana, mu by’ukuri uyu muhanzi ni muzima nta n’ubwo arwaye. Mu masaha ya saa moya yo kuri uyu munsi, aganira na Bwiza.com, ku murongo wa telefone ye ngendanwa, yatunguwe n’iyo nkuru […]

Rulindo: Polisi y'u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda

Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abaturage amategeko y’umuhanda no kwirinda impanuka, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo, kuwa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 yigishije abaturage bo mu murenge wa Mukoto, uko bagenda kandi bakambuka umuhanda cyane cyane bagakoresha ahagenewe kwambukirwa n’abanyamaguru hazwi nka “Zebra Crossing”, kandi bagatabara vuba ugize impanuka kugirango agezwe […]

Umusirikare w’u Burundi yakorewe iyicarubozo kugera naho anogorwamo inyama-AMAFOTO

Ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ni iy’umusirikare witwa ldephonse Nimubona watawe muri yombi n’inzego z’umutekano agakorerwa iyicarubozo rikomeye kugeza aho ubuzima bwe ubu buri mu kaga bitewe n’ibikomere. Uyu musirikare yatawe muri yombi mu nkubiri yabaye nyuma y’igitero cyagabwe ku nkambi ya gisirikare ya Mukoni iri mu ntara ya Muyinga ku wa 24 Mutarama […]

Miliyari 8 zigiye gukoreshwa mu kwishyura agahimbazamusyi k’abarimu

Minisiteri y’imari n’igenamigambi iratangaza ko muri uyu mwaka w’amashuri wa 2016/2017 igiye gukoresha amafaranga agera kuri miliyari 8 z’amafaranga y’u Rwanda mu kwishyura agahimbazamusyi abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Aya mafaranga akaba ari ayongewe ku ngengo y’imari yari isanzwe ikoreshwa mu bijyanye n’uburezi. Ibi ni bimwe mu byatangajwe na Minisiteri y’imari n’igenamigambi kuri uyu […]

Perezida Kagame yahwituye abayobozi b’inzego z’ibanze bihunza inshingano

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yibukije abayobozi b’inzego z’ibanze ko aribo ubwabo bagomba kuzuza inshingano z’ubuyobozi mu rwego rwo gukosora amakosa amwe n’amwe umuntu yakwita ko ari mato ariko ashobora kubyara ingaruka nini. Ni mu nama mpuzabikorwa, Perezida Kagame yagiranye n’abayobozi b’inzego z’ibanze bagera […]

Sudani y’epfo: Abafata ku ngufu bazarasirwa mu ruhame

Perezida wa Sudani y’epfo Salva Kiir yaciye iteka ko umusirikare wese uzajya afata abagore n’abana ku ngufu azajya arasirwa ku ka rubanda. Ibi yabisabye Minisitiri w’ingabo n’umugaba mukuru. Mu ijambo ryanyuraga kuri radio na televiziyo bya leta, Kiir agira ati “ niba umusirikare afashe umugore cyangwa umwana ku ngufu, igihano nta kindi, usibye kumanikwa ku […]

Icyerekezo 2050, kimwe mu bizagarukwaho n’umwiherero wa 14

Umwiherero w’abayobozi bakuru b’Igihugu uteganyijwe gutangira Tariki ya 24 Gashyantare kugeza kuya 2 Werurwe 2017, uzagaruka kuri ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Guverinema y’imyaka 7, ishyirwa mu bikorwa ry’icyerekezo 2020 kuko kiri kugana ku mpera ndetse hanaganirwe ku Cyerekezo 2050 Leta igomba gutagiza. Ibi byatangajwe kuri uyu wa 6 Gashyantare, na Minisitiri ushinzwe imirimo […]

Huddah Monroe wirataga ubusambanyi biracyekwa ko yaba atwite

Huddah Monroe ni umunyakenyakazi uzwi cyane mu banyamideli bo muri iki gihugu, uyu mukobwa akaba yaragiye avugwa cyane mu bitangazamakuru nyuma y’amagambo yagiye atangaza ashishikariza abandi bakobwa iby’abatagira ingano basesnguyemo ubusambanyi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Biturutse ku ifoto uyu mukobwa yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, inda ye igaragara uko itari isanzwe nk’uwaba atwite, nibyo ibinyamakuru bitandukany […]

Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yibukije abashoramari ko batagomba kwihutira kohereza ibicuruzwa hanze mu gihe bo ubwabo batarabasha kwihaza, ahubwo abakangurira gukora cyane kandi ibintu byiza bifite agaciro kadahanitse cyane ku buryo bigomba kubanza gupigana mu masoko y’imbere mu gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu bikubiye mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri […]

Ruhango: Ikibazo cy'abarwayi b'amavunja mu mirenge imwe n’imwe giteye impungenge

Bamwe mu badepite bagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda baranenga akarere ka Ruhango ku kibazo cy’umwanda kikigaragara mu mirenge imwe n’imwe yo muri aka karere kirimo kuba hari abakirwaye amavunja, kutoga ku mubiri ndetse n’umwanda wo mu myenda. Aha aba badepite bagaruka ku murenge wa Mwendo wo muri aka karere, bavuga ko basuye inshuro zirenze […]

Amatariki mabi y’urugamba rw’amaraso rwa Marchal Mobutu wayoboye imyaka 32

Perezida Mobutu nk’umusirikare w’urugamba wafashe ubutegetsi ku gatuza akayobora Zayire ku kandi, akabuvaho abandi bakamurushije, mu myaka yamaze ku buyobozi igera kuri 32 yararwanye urw’amasasu n’urwa politiki ari nako amaraso y’abana b’igihugu ameneka. Amwe mu matariki atazibagirana mu mateka ya Congo ajyana n’ amateka y’ubuzima bwa Mobutu n’iby’urugamba rwe. Kuva mu mwaka w’1957 Mobutu yari […]

Uganda: Perezida Museveni yaciye iteka ryo kujya barasa umuntu wafashe ku ngufu

Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Gashyantare 2017, Perezida Museveni wa Uganda yatunguye abantu ubwo yashyiragaho igisa n’itegeko ryo kujya abarasa umusirikare cyangwa undi muntu wese uzajya atabwa muri yombi yafashe ku ngufu umugore cyangwa umukobwa muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje ubwo Uganda yizihizaga ku nshuro ya 36 umunsi mukuru w’ingabo wiswe […]

Kirehe: Abatishoboye baratabariza imodoka baguze mu ngoboka, ikaribwa n'umurenge

Abasheshe akanguhe bo mu karere ka Kirehe mu murenge wa Mahama baratabariza imodoka yabo yaburiwe irengero yaraguzwe mu mafaranga y’ingoboka bahabwaga ariko kuva bayigura bakaba batakiyica iryera yewe ko nta n’umusaruro wayo bigeze babona na rimwe. Aba baturage bavuga ko guhera mu mwaka wa 1999, abayobozi babo bo muri VUP baje bakabasaba gutanga umusanzu wo […]

Kicukiro: Inzego z’umutekano n’Abayobozi b’inzego z’ibanze bahawe ubumenyi ku nkongi z’imiriro

Inzego z’umutekano n’Abayobozi b’Inzego z’ibanze mu Karere ka Kicukiro bahawe ubumenyi ku gitera inkongi z’imiriro, kuzikumira no kuzizimya igihe zibaye. Hahuguwe abagera kuri 82 barimo Polisi y’u Rwanda, Ingabo, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge igize aka Karere, Inkeragutabara, Abahuzabikorwa b’Urwego rwunganira akarere mu gucunga umutekano (DASSO), n’Abahuzabikorwa b’Urubyiruko rw’Abakorerabushake mu kubungabunga umutekano. Bahuguriwe mu murenge wa Kanombe […]

Nigeria: Perezida Buhari umaze iminsi hafi 15 arwariye mu Bwongereza yakomeje kuremba

Nyuma y’ibyumweru bisaga 2 Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari ari mu gihugu cy’u Bwongereza kubera ikibazo cy’uburwayi, yandikiye Inteko ishinga amategeko ayisaba ko yamwongerera ikindi gihe cyo kwivuza kuko atarimo gukira. Ni kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, uyu muperezida yagombaga kuba arangije uruhushya rw’icyumweru rugenwa n’amategeko ariko nyuma yo kubona atoroherwa akandikira […]

Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?

Mu gihe amakuru avuga ko Perezida mushya wa Amerika, Donald Trump afite muri gahunda guhangana n’Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika bagundira ubutegetsi, kuri ubu hari andi makuru agaragaza ko uyu muperezida hari ibyo yaba ahuriyeho na perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri ubu Perezida Trump yabaye icyamamare mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no […]

Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA

Nifuje ko ubuhamya bwanjye nabwo bwajya hanze, nakoze amahano na musaza wanjye ariko nibyo bitumye mbagisha inama. Musaza wanjye nkurikira andusha imyaka ibiri kuko njye mfite 24 ans, ubwo twajyanaga mu bukwe nibwo twaryamanye mu buryo nantwe twatunguwe, byose byakozwe n’inzoga twari twanyoye. Twakomeje kunywa inzoga nabo twari kumwe, gusa hari umusore twari twahahuriye tuziranye […]

Gitifu w’umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

Nyuma gato y’uko uwari umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Monique Mukaruriza ahinduriwe imirimo akagirwa agahabwa inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Zambiya, izi mpinduka zikaba zaranabaye atarangije manda ye, kuri ubu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umujyi wa Kigali Jean Marie na we yamaze gusezera ku nshingano ze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko uyu muyobozi yamaze […]

Amabanga y'urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga

Mu gihe bivugwa ko M23 yaba yarongeye kugaba ibitero muri Congo ni nako hanacukumburwa amwe mu mabanga Perezida Kabila yari afitanye n’aba basirikare Gen Ntaganda, Nkunda na Makenga, bagiye bamugabaho ibitero nyuma yaho afatiye ubuyobozi. Gen Makenga ni umwe mu basirikare bavuzwe cyane guhera mu myaka yashize cyane cyane mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi […]

Umukirisito mwiza ni ukorera amafaranga,uyisengera ku ishyiga imusiga ivu-PM Murekezi

Minisitiri w’Itebe yabwiye bamwe mu bayobozi bakuru b’ itorero ry’ADEPR n’abandi bayobozi bakuru b’Igihugu ko umukirisito w’ukuri ari ukorera amafaranga kuko Atari aya shitani, ndetse ko n’usenga Imana ayisengera ku ishyiga imusiga ivu. Kuri uyu wa 6 nibwo Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yashimye itorero ry’ADEPR ku ibikorwa rikomeje kugeraho by’iterambere bitryo rikaba rikomeje kuba umufatanyabikorwa […]

Itegeko ryakuyeho umunani rigabanya igitutu cy’abana ku babyeyi

Itegeko rishya rigena imicungire y’umutungo w’abashyingiranwe impano n’izungura ryakuyeho icyitwaga umunani watumaga abana batera igitutu ababyeyi. Ubu ngubu nta munani uzongera gutangwa, hariho impano, itangwa ku bushake. Ababyeyi bariruhukije, abana nabo barabogoza, ariko bagirwa inama yo kwitwararika ku babyeyi, ngo kuko no kuzungura bashobora kubibuzwa n’itegeko. Mu kiganiro “ubutaka bwacu” gikorwa na Radio Isango Star, […]

Uburyo 5 bw’ingenzi bwagufasha kurwanya indwara ya Cancer

Indwara ya Cancer ni imwe mu ndwara zihangayikishije isi muri iyi minsi ya none. Iyi ndwara ifata abantu bose itarobanuye ndetse ikanafata ibice bimwe na bimwe by’umubiri nta cyo isize nubwo hari ibyo ikunze kwibasira nk’imyanya y’ibanga ku bagabo n’amabere ku bagore. Abahanga mu by’ubuvuzi bavuga ko iyi ndwara iterwa n’uturemangingo tw’umubiri tuba twarangiritse bitewe […]

Kapiteni mu gisirikare cya Congo yishwe

Abasirikare babiri ba Leta ya Congo bishwe n’abantu batazwi baje bitwaje intwaro mu ijoro ryo ku wa 4 Gashyantare 2017, i Ariwara muri Teritwari ya Aru (Ituri). Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) muri Ituri, Capt Carlos Kalombo, ngo abagabye igitero ntabwo bamenyekanye. Yakomeje atangaza ko ari bantu 3 baje bakinjira mu […]

U Bubiligi: Umuhango wo gusezera kuri Tshisekedi waranzwe n’amarira menshi (Amafoto)

Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare i Buruseli mu Bubiligi, abagize umuryango wa Etienne Tshisekedi n’abandi banyepolitiki batandukanye bo ku mugabane w’Afurika n’abo mu Burayi, bamusezeyeho mu muhango waranzwe n’amarira menshi haba ku bo mu muryango we ndetse n’abo mu gihe cye bari bari aho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhango wamaze amasaha asaga 16, abantu […]

Perezida Nkurunziza yagereranyine ubwicanyi Gahini yakoreye Aberi n’ubwabaye i Burundi

Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, nibwo Perezida Nkurunziza yagarutse ku bwicanyi bwabaye i Burundi, ko bibabaJe kubona Abarundi baricanye basangiye ibere rimwe, abigereranya na Gahini wishe Aberi kandi ari abavandimwe. Umukuru w’igihugu yatangaje kandi ko bigaragara ko hari abashyize imbere umuco wo kwimakaza amacakubiri bateranya Abarundi, akabibutsa ko bakagombye kumenya ko ubumwe […]

Cameroun yongeye kwibasira Egypt ku nshuro ya 5 iyitwara igikombe cya CAN 2017 (Amafoto)

Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, ikipe ya Cameroun yihereranye Egypt iyitsinda ibitego 2 kuri 1 mu mukino wa nyuma w’irushanwa ry’igikombe cy’ibihugu by’Afurika cya CAN 2017. Ni ku nshuro ya 5 iyi iyi kipe itsinda mukeba wayo mu irushanwa nk’iri mu mukno w’irangiza, ariko indi nay o ikaba ifite imikino yagiye iyitsinda […]

Ruhango: Abagabo 2 bafatanywe ibiro 50 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango yataye muri yombi abagabo 2 barimo Ntakirutimana Bosco w’imyaka 32 na Buregeya Jean w’imyaka 27, aba bagabo bakaba bakurikiranyweho icyaha cyo gufatanwa ibiro 50 by’urumogi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’agateganyo wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ruhango Chief Inspector of Police (CIP) Jean Bosco Ndayisabye, yavuze ko […]

Uganda: Abasirikare n'abapolisi bitwaje intwaro mu Kiliziya bateje urujijo mu bakirisitu

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 5 gashyantare 2017, abasirikare n’abapolisi muri Uganda batangiye kujya bitabira amateraniro na misa ndetse n’Abasilamu bakabasha kujya bajya gusengera mu misigiti yabo mu gihe abandi barimo basenga. Gusa aba basirikare n’abapolisi ntibyabagendekeye uko babitekerezaga kuko baje kwinjira mu kiriziya ya St. Austin mu gace ka Mbale, bitwaje […]

Leta y’u Rwanda yiyemeje guhagarika vuba iby’itemwa n’ikubitwa ry’abayoboke ba ADEPR

Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, yabwiye abayobozi ba ADEPR n’abayoboke biri torero ko Leta y’u Rwanda yiyemeje guhagarika vuba vuba, ibikorwa bibi by’urugomo bikomeje kumvikana mu ibitangazamakuru ku bayoboke ba ADEPR bakomeje gusangwa mu nsengero bagakubitwa ndetse bakanatemwa n’abantu batazwi. Mu ijambo rye, Minisitiri w’Intebe ubwo yari yaje gutaha Dove Hotel, yavuze bidakwiye ko umuntu abuzwa […]

Kenya: Nyuma yo gukura ingabo muri Sudani, yaba igiye kuzikura no muri Somalia

Nyuma y’uko ingabo za Kenya ziri muri Somalia zigabweho igitero kigahiranamo abasaga 21 mu cyumweru gishize, abaturage ba Kenya ndetse na bamwe mu bayobozi barimo n’abadepite basabye Perezida Kenyatta kuzana ingabo ziri muri kiriya gihugu zikaza kurinda igihugu cyabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatandatu mu muhango wo gushyingura abasirikare bane mu bahitanywe […]

Burundi: Itoteza imbere, ubutabera nyuma-HRW

Umuryango w’abibumbye wita ku burenganzira bwa muntu uratangaza ko abasirikare bo mu gihugu cy’u Burundi bakoreye ihohoterwa n’iyicarubozo abatawe muri yombi bakurikiranyweho kugaba igitero ku nkambi ya gisirikare yo mu ntara ya Muyinga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’uko inkambi ya gisirikare ya Mukoni iherereye mu ntara Muyinga mu gihugu cy’u Burundi igabweho igitero ku itariki ya […]

Byinshi ku makipe ya Cameroun na Egypt zigiye guhurira muri finali ya CAN 2017

Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, nibwo hateganyijwe umukino wa nyuma w’irushanwa ry’igikombe nyafurika rya CAN, uyu mukino ukaba uri buhuze amakipe ya Paraohs yo muri Egypt ndetse n’ikipe ya Cameroun nk’ikipe zabashije guhatana kugeza ku munsi wa 20 w’irushanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Si ubwa mbere aya makipe agiye guhurira mu irushanwa nk’iri ndetse […]

Ese kurongora isugi biracyafite agaciro nka kera?

Mbere na mbere tubanze tumye isugi ni muntu ki?: Umukobwa wese yitwa ko ari isugi igihe agahu gato cyane kaba ku mwinjiro w’igitsina ( hymen ) kavuyeho. Bitewe n’uko yakoze imibonano mpuzabitsina cyangwa se n’ikindi kintu nka sport, gutwara igare,gusimbuka,.. Mu muco wa Kinyarwanda iyo umukobwa yashyingirwaga yaratakaje ubusugi byabaga ari ibyago byanashoboka agasendwa, ariko […]

Kicukiro: Umuryango w’abantu 7 uba muri shitingi kandi weza toni z’imyaka

Mu kagali ka Muyange, umurenge wa Kagarama ho mu akarere ka Kicukiro, haravugwa inkuru y’umuryango w’abantu 7 uba mu nzu isa na nyakatsi kandi urwo rugo rukikijwe n’imyaka yabo ku buryo imwe inarara ku gasozi kubera kubura aho bayishyira, ibi bikaba ari ikibazo kubona inzu umuntu yakwita nyakatsi mu mujyi kandi abayibamo bagaragara nk’abagira ubushobozi […]

Nyuma yo kunanuka usanga benshi basigarana ipfunwe ry’imiterere y’umubiri wabo- REBA AMAFOTO

Umubyibuho ukabije si mwiza ku mubiri w’umuntu kuko uhita umukururira ibindi bibazo bidasanzwe birimo uburwayi bw’umutima, umwijima,… ariko na none iyo bamwe bivuje bakava ku biro byinshi bakagaruka ku bisanzwe, uko umubiri wabo usigara nabyo bibatera inkeke. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo kunanuka uruhu ntabwo rusubira uko rwari rumeze mbere nabyo bikabatera kutishimira umubiri. Dore Ibyago […]

RDC: Abanyepolitike barashinjwa gushora urubyiruko mu myigaragambyo rukayipfiramo

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Gashyantare 2017, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo habyukiye imyigaragambyo itoroshye hagati y’abaturage bo muri Sosiyete sivile ndetse n’abapolisi, iyi myigaragambyo ikaba yari igamije kugaragaza akababaro k’aba baturage k’urubyiruko rukomje kwicwa ruzira ibikorwa bya politiki rudafitemo uruhare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubuyobozi bwa Sosiyte sivile muri kiriya gihugu bushinja imitwe […]

Miss Wema Sepetu yatawe muri yombi na polisi yo muri Tanzania

Nyampinga wa Tanzania (2006),Wema Sepetu, ubu uzwi cyane mu ruhando rwa Cinema, yatawe muri yombi na polisi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantare 2017. Bitangazwa ko acyekwaho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge. Abafashwe barimo na Sepetu ni abantu 17, barimo abapolisi b’abofisiye n’abahanzi, umuyobozi w’intara ya Dar es Salaam, Paul Makonda akaba atangaza ko ari dosiye […]

Polisi y’u Rwanda ntizihanganira umupolisi ugaragaweho n’amakosa mu kazi ke

Nyuma y’inama ya Guverinoma yateranye kuwa gatanu iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, iyo ikirukana abapolisi 198 bo mu byiciro bitandukanye kubera imyitwarire mibi mu kazi, polisi y’u Rwanda yatangaje ko itazigera yihanganira umupolisi n’umwe ugaragaweho imyitwarire mibi ya ruswa n’ibindi bikorwa bibi binyuranyije n’amategeko . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’umuvugizi […]

Gen Makenga waburiwe irengero bivugwa ko yaba yararashwe

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda, ryagaragazaga ko hari bamwe mu barwanyi ba M23 bahungiye mu Rwanda guhera ku itariki ya 29 Mutarama 2017. Bitangazwa ko bahahungiye nyuma y’imirwano itoroshye yari yabahuje n’igisirikare cya Congo, aho gikomereje kubahata igitutu bafata iya mbere barahunga. Bitangazwa ko iyi mirwano hagati ya FARDC na M23 […]

Umugabo umwe ntiyarakibasha kumuhaza mu buriri none ubu arara hagati ya babiri akanyurwa

Jack Chako ni umugore w’imyaka 38 y’amavuko ukomoka muri Zimbabwe, avuga uburyo afite abagabo babiri babana mu nzu imwe, nta gutikura kuba hagati yabo cyangwa gufuha, ikimunezeza ni uko bose abasha kubahaza mu buriri. Umugabo umwe yitwa Michael Hwita undi ni Liford Chimoto, ufatwa nk’umukuru w’umuryango ni uyu mugore Chako. Asobanura uburyo babanye muri aya […]

Mu izina rya Perezida Kagame mfunguye ku mugaragaro Dove Hotel ya ADEPR- PM Anastase Murekezi

Minisiti w’Intebe, Anastse Murekezi, ibi yabitangaje ubwo yafunguraga ku mugaragaro Dove Hotel y’itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR), yubatswe ku Gisozi, akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Umuhango wo gutaha iyi Hotel wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Gashyantare 2017, Minisitiri w’Intebe akaba ari we wari umushyitsi mukuru mu izina ry’umukuru w’igihugu. […]

Polisi y’u Rwanda n’abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda n’abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga umutekano w’abaturage no kugira uruhare muri gahunda za Leta z’iterambere ry’abaturage. Aya masezerano ku ruhande rwa Polisi y’u Rwanda yashyizweho umukono na Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa ushinzwe ishami […]

Perezida Dos Santos wa Angola yemeye kurekura ubutegetsi

Uyu mugabo uyoboye Angola imyaka 37 ngo azaba yaravuye ku butegetsi mbere y’uko amatora ya 2018 agera. Ibi ni ibyatangajwe na Radio ya Leta, nayo ibikuye ku muyoboke w’ishyaka MPLA. Kuva mu 1979 ayobora, ubu ku myaka 74 niwe wa kabiri mu bayobozi barambye ku ngoma, nyuma ya Theodoro Obiang Nguema Mbassogo wa Guinea. Ingoma […]

Wenger ahangayikishijwe n’uko Arsenal na Chelsea byesurana Ramsey na Giroud badahari

Mu gihe habura amasaha make ngo ikipe ya Arsenal na Chelsea byesurane, umutoza Wenger wa Arsenal yatangaje ko ari impagarara kuri we bitewe n’abakinnyi be 2 bari mu mvune. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantare, Wenger yagize ati: “Ndatekereza ko tudafite Ramsey, na Giroud ari mu igeregeza, Geroud yakabaye […]

Ingingo y’ubuyobozi bw’urugo irateza agasigane n’ibihombo mu miryango

Itegeko rishya no 32/2016 rigenga abantu n’umuryango rivuga ko umugabo n’umugore bombi ari abatware b’urugo, bitandukanye n’ibyari bimenyerewe ko ubutware bw’urugo ari ubw’umugabo. Ku ngingo yaryo ya 209, hari abaturage basanga izateza agasigane mu muryango, nako kakagira ingaruka ku buzima bw’abawugize. Mu kiganiro Isanzure cya RCRN(Umuyoboro w’amaradiyo y’abaturage) cyo kuwa 29 Mutarama 2107, abagikurikiye bavuga […]

Kicukiro: Inzego z’Umutekano zasabwe gushyira imbaraga mu gukumira ibyaha

Inzego z’Umutekano mu Karere ka Kicukiro zasabwe gushyira imbaraga mu gukumira ibyaha hagamijwe kurushaho kubungabunga no gusigasira umutekano w’abantu n’ibyabo. Ubu butumwa bwatanzwe ku itariki 3 z’uku Kwezi n’Umuyobozi w’aka karere, Dr Nyirahabimana Jeanne ubwo yatangizaga ku mugaragaro umwiherero w’iminsi ibiri w’abagize Inzego z’umutekano muri aka karere ubera mu kagari ka Kabeza, ho mu murenge […]

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 03/02/2017

None ku wa Gatanu, tariki ya 3 Gashyantare 2017, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yatangiye yishimira icyizere Abakuru b’Ibihugu b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bongeye kugaragariza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME, bahereye kuri gahunda y’ivugurura ry’uwo Muryango yabagejejeho ubwo bari […]

Nasambanye n’abasore ntazi none nabyaye umwana ntakunda na gake-UBUHAMYA

Muraho abo duhurira kuri iki kinyamakuru, ndi umugore w’imyaka 25 y’amavuko, nkomoka i Nyanza ariko ntuye muri Kigali. Nabyirukiye mu muryango w’abakiristu, mama yari umuvugabutumwa mu itorero papa ari umushoferi, nabyirutse ntozwa kwiyubaha n’ikinyabupfura. Ubwo natangiraga kaminuza nibwo natangiye kwinjira mu bigare by’abandi bakobwa bakomoka mu miryango ikize, batangiye kunyigisha uko banywa inzoga, itabi n’ibindi […]

Imibereho itangaje ya bamwe mu baturage bo muri Etiyopiya (Amafoto)

Aya ni amwe mu mafoto atangaje y’abaturage bo mu gihugu cya Etiyopiya mu gace ka Omo Valley, aho aba baturage basaga ibihumbi 200 bibereyeho mu buzima bubagaragaza nk’abari mu isi yabo. Nubwo aka gace kabamo abaturage bangana gutyo, bagabanyijemo ibice 3 ugendeye ku myemerere ndetse n’indimi bavuga zikaba zitandukanye gusa zijya kwegerna kuko hari ibyo […]

Bugesera: Abanyeshuri bo ku kigo cya Dihiro bajya gucukura ibijumba by'abaturage kubera inzara

Abanyeshuri bo mu kigo cy’urwunge rw’amashuri rwa Dihiro giherereye mu kagali ka Ramiro mu murenge wa Gashora wo mu karere ka Bugesera baratangaza ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’inzara kibugarije gituma bamwe muri bo bajya no gusabiriza ibiryo mu baturage baturiye icyo kigo cyangwa abandi bakiba ibyo mu mirima y’abaturage kubera baba batariye ku ishuri nk’abandi. [xyz-ihs […]

Kuri uyu wa Gatanu Impala zirataramira muri Café Resto Nectar

Abakunzi b’indirimbo za Karahanyuze bararikiwe gutaramana n’Impala kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantare 2017, muri CafĂ© Resto Nectar ibarizwa mu mujyi wa Kigali. Ubuyobozi bwa Nectar butangaza ko ari mu rwego rwo gukomeza kunezeza abayigana, ari nayo mpamvu nta muntu wishyuzwa, kwidagadurana n’Impala ni ubuntu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Batangaje kandi ko iki gitaramo kiratangira […]

Imiterere y’umubiri wa Amber Rose- REBA AMAFOTO

Amber Rose, umugore w’imyaka 33 y’amavuko uri mu biruhuko ahitwa Honolulu Mu birwa bya Hawaii, amafoto ye akomeje kwifotoreza muri ubu buzima akomeje gushyirwa hanze ku bwinshi ari nako benshi bayahanahana ku mbuga nkoranyambaga banayavugaho ibitandukanye. Ku gitekerezo umwe mu bishimiye aya mafoto yatanze kuri Dailymail, ikinyamakuru cyashyize hanze aya mafoto, yagize ati: “Uyu ninde? […]