Umuyobozi wa M23 Gen Makenga yongeye kuburirwa irengero
Umuyobozi w’inyeshyamba za M23 Gen Sultan makenga yongeye kuburirwa irengero nyuma y’iminsi micye bikekwa ko yaba acumbikiwe na Uganda. Ibi ni ibyatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda Brig.Richard Karemire kuri uyu wa gatanu tariki ya 3 Gashyantare 2017, aho yavuze ko Gen makenga amaze ibyumweru 3 avuye aho yari ari hamwe na zimwe mu ngabo ze […]
Ubukwe bw’umukambwe n’umukecuru w’imyaka 106 bwavugishije benshi
Umukecuru witwa Valdemira Rodrigues de Oliveira w’imyaka 106 y’amavuko yemereye imbere y’amategeko ko agiye kuba umwe na Aparecido Dias Jacob uyu mukecuru arusha imyaka isaga 40 mu gihugu cya Brazil. Ubu bukwe budasanzwe bwakozwe n’abakambwe bubaye ubwa mbere mu mateka y’isi bukozwe n’abantu bakuze cyane kuri iki cyumweru gishize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bageni bafite imyaka […]
Ibitero 3 bya gisirikare byagabwe ku bayobozi b’u Burundi bigashegesha Leta ya Nkurunziza
Iyo usubiye inyuma mu mateka y’igihugu cy’u Burundi, usanga nyuma yo kubona ubwigenge, Leta zagiye zisimburanwa zose zarakoresheje umukino wa nkurusha ingufu icara nkuyobore. Igihe iki gihugu cyari kitangiye kwigaranzura uyu mukino wa nkurusha ingufu mu mwaka w’1993, ubwo Merchiol Ndadaye yari abaye perezida wa mbere utowe n’abarundi ubwabo, ntiyarayeho kabiri yahise yicwa. Mu mwaka […]
Uganda: Bamwe mu bapolisi bakuru bambuwe amapeti kubera urugomo
Urukiko rwa Uganda rwahaye Abapolisi 9 ba Uganda ibihano bitandukanye birimo no kubambura amapeti ku myanya bari bariho bakamanurwa mu ntera bazira ibikorwa by’ubugizi bwa nabi baherutse gukorera abo ku ruhande rwa Dr Kizza Besigye utavuga rumwe na leta. Ni ku munsi w’ejo tariki ya 2 Gashyantare 2017, ubwo Abapolisi 9 barimo Abofisiye n’abandi bari […]
Urujijo:Ni iki cyaba kihishe inyuma y'ihohoterwa rikomeje gukorerwa abayoboke ba ADEPR ?
Hari kwibazwa ikintu cyaba kihishe inyuma y’itemagurwa no gukubitwa bikomeje gukorerwa abayoboke b’Itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) babarizwa mu karere ka Huye mu gihe kitarenze ibyumweru 2. Ibi biri kuvugwa n’abantu batandukanye nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 27 Mutarama 2017, abantu batandatu barimo abadiyakoni ndetse na Mwarimu wabo babarizwa ku […]
Rulindo: Ikibazo cy’inkwano cyabaye nka bizinesi mu miryango
Abaturage bo mu murenge wa Base ho mu karere ka Rulindo ndetse n’abo mu tundi duce bahana imbibi ntibavuga rumwe ku kibazo cy’inkwano babona cyamaze guhindura isura muri iyi minsi ya none. Aba baturage bavuga ko kuri ubu mbere yo gukwa umukobwa habanza kurebwa agaciro afite haba mu mitungo, mu mashuri ndetse no mu muryango […]
Nyagatare: Abaturage bakanguriwe gufatanya kurwanya iyinjizwa ry’ibiyobyabwenge mu gihugu
Zimwe mu ngamba za Polisi y’u Rwanda zo kurwanya iyinjizwa ry’ibiyobyabwenge mu gihugu, ikoreshwa n’icuruzwa ryabyo, harimo gukora ubukangurambaga hirya no hino mu gihugu; aho igirana ibiganiro n’abaturage ikababwira ububi bwabyo n’ingaruka zo kubyishoramo; kandi ikabasaba kubyirinda. Ni muri urwo rwego, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burasirazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) […]
Gatsibo: Sitasiyo 10 za polisi zatashywe ku mugaragaro- AMAFOTO
Umuyobozi w’Intara y’i Burasirazuba Kazayire Judith ari kumwe n’uwa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana, ku itariki ya 2 Mutarama batashye ku mugaragaro inyubako nshya 10 za sitasiyo za Polisi mu karere ka Gatsibo harimo n’icyicaro cya Polisi y’u Rwanda ihakorera. Izi nyubako zose zubatswe n’abaturage ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu karere ka […]
Icyo Twagiramungu Faustin avuga ku rupfu rw’impanga ye Tshisekedi
Akimara kumenya iby’urupfu rwa Etienne Tshisekedi waguye hafi ye mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin ntiyabashije kwifata. Uyu watabarutse afatwa nk’impanga ye muri politiki y’ibiyaga bigari, kuko bose bazwi nk’abarwanya ubutegetsi bugiyeho mu bihugu byabo kugeza bashaje. Rukokoma agira ati “ nifatanije mu kababaro n’umuryango wa nyakwigendera Etienne Tshisekedi wa Mulumba, umuntu wa Leta. Nihanganishije kandi ishyaka […]
RGB/RGS 2016: Serivisi zihabwa abahinziborozi zirakemangwa, naho Inkeragutabara ni igitotsi ku mutekano
Ubushakashatsi ku miyoborere bwakozwe na RGB, bwagaragaje ko inzego z’umutekano ziri ku isonga, naho imitangire ya serivisi ikaza inyuma. Gusa nta byera ngo de, buri ngingo yasuzumwe ifite icyayiteye inenge zatumye itaba iya mbere, nk’Inkeragutabara mu mutekano. Mu mitangire ya serivisi nubwo hose atari shyashya, izigenerwa abahinziborozi zo ziri kure nk’ukwezi. Buri ngingo yasuzumwe, ifite […]
Ubuzima bwa Joseph Kony urwanya leta ya Uganda bugeze habi
Ingabo zitavuga rumwe na leta ya Uganda za Lord’s Resistance Army zatangaje ko umuyobozi wazo Joseph kony ubuzima bwe butameze neza kubera indwara y’igifu ishobora no kumutwara ubuzima bidatinze. IBi byatangajwe n’umugaba w’izi nyeshyamba Sergeant Maj Peter Labeja Kidega mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yavuganaga n’ingabo za UPDF mu gace ka Gulu mu kiganiro batanze […]
Indoneziya: Umugore n'umugabo bakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa basambana
Itegeko rya Sharia mu idini ya Isilamu rikomeje kurangwa n’amarira menshi mu baturage bagana ubutabera bwo mu gihugu cya Indoneziya. Agace ka Aceh ni ko gace konyine kakigendera ku mategeko ya Sharia yo gukubita ibiboko abasambanye cyangwa bacanye inyuma mu gihugu cya Indoneziya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore utatangarijwe amazina ukomoka muri kariya gace, ubutabera bwamutegetse […]
Ese iyo umugore anyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina arababara?
Iki ni ikibazo cyabajijwe n’umusomyi wa Bwiza.com, we avuga ko mu myaka igera kuri 3 amaze ashatse umugabo atazana amavangingo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina akorana n’umugabo umwe we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikibazo ke ni iki “Ese iyo umugore anyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina arababara”? Twifashishije ibitekerezo twahawe na bamwe mu basanzwe bafite ingo abagabo cyangwa abagore, […]
Uganda: Umunyarwanda akurikiranyweho gufata ku ngufu abagore 10 mu kwezi kumwe
Umugabo witwa Habib Uwimana ukomoka mu Rwanda wabaga muri Uganda acumbikiwe na Polisi ya Uganda nyuma yo gufatirwa mu cyuho ashaka gufata ku ngufu umugore mu mujyi wa Kampala kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kampala Emilian Kayima yavuze ko uyu mugabo yagobotswe n’inzego […]
Beyonce na Jay-Z bishimiye ko atwite impanga- AMAFOTO
Beyonce, umugore w’imyaka 35 y’amavuko yatangaje ko we n’umugabo we bari mu munezero udasanzwe nyuma yo gusanga atwite inda y’impanga. Ibi uyu mugore yabitangarije abakunzi be abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yagize ati: “twifuje kubasangiza urukundo rwacu n’umunezero, twagiriwe ubuntu bwikube kabiri, tunejejwe n’uko umuryango wacu uzaguka inshuro ebyiri, turagushimiye wowe watwifurije ibyiza”. […]
Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima
Kigeli v Ndahindurwa yatanze ku wa 16 Ugushyingo 2016, atangira ishyanga aho yabaga mu mujyi wa Virginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ibyamuvuzweho byose akiriho nta muntu n’umwe wigeze atangaza yo yaba yaramuteye inda cyangwa ngo hagaragare umwana uvuga ko yaba yarabyawe nawe. Ubwo Kigeli yari amaze gutanga ndetse akazanwa gutabarizwa mu Rwanda nyuma […]
Abajya bishuka ngo bazatumesa, bazibeshye babigerageze tubamese aritwe- Lt Col Mutembe
Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge na Gasabo Lt Col Mutembe Frank yashimye ubutwari bw’ingabo z’u Rwanda zatumye u Rwanda rubasha kugera ku mutekano urambye rufite kugeza ubu, bityo anizeza ko nta wabasha kugira aho amenera aza guhungabanya umudendezo w’Abanyarwanda . Mu ijambo rye yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo kwizihiza umunsi w’Intwari […]
Kicukiro: Abanyerondo b’isuku basabwe kugira uruhare mu gukumira ibyaha
Abanyerondo b’isuku bo mu karere ka Kicukiro 82 baturutse mu tugari twose tw’aka karere basabwe kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha bitandukanye. Ubu butumwa babuhawe ku wa 31 Mutarama mu nama bagiranye na Inspector of Police (IP) Hamdun Twizeyimana; akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego mu karere ka Kicukiro; […]
RDC: Umunyepolitiki Etienne Tshisekedi yaguye mu Bubiligi
Umuyobozi w’ishyaka ry’ukwishyira ukizana n’iterambere muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo UDPS, Etienne Tshisekedi yitabye Imana kuri uyu wa gatatu tariki ya mbere Gashyantare 2017 azize indwara y’ibihaha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru atangazwa na radio Okapi yo muri Kongo avuga ko uyu munyepolitiki yaguye mu bitaro i Buruseli mu Bubiligi aho yari amaze iminsi micye arwariye. […]
Burundi: Bamwe mu basirikare batabwa muri yombi bakiva mu butumwa bw’amahoro
Ku itariki ya 21 Mutarama 2017, nibwo bamwe mu basirikare b’u Burundi bari bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrika batawe muri yombi bakimanuka mu ndege i Bujumbura, kugeza ubu imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ikaba ifite impungenge z’ubuzima bwabo. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Pacific Nininahazwe, Umuyobozi muri Sosiyeti sivile i Burundi, yagize ati: […]
Nyamasheke: DASSO biyemeje kurushaho gutanga serivisi nziza
Abagize Urwego rwunganira akarere mu gucunga umutekano (DASSO) 56 bakorera mu karere ka Nyamasheke biyemeje kongera icyizere bagirirwa n’abaturage kikava kuri 83 ku ijana kikiyongera, nk’uko byagaragajwe muri Raporo iheruka y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere (RGB). Ibi babyiyemeje tariki ya 30 Mutarama mu nama bagiranye n’Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke, Kamali AimĂ© Fabien, aho yari kumwe n’Umuhuzabikorwa […]
Ubutwari ni imwe mu ndangagaciro igomba kuranga buri munyarwanda-Dr Mfurankunda
Ibi ni ibyatangajwe na Dr Mfurankunda Pravda, Umujyanama mu nama njyanama y’umujyi wa Kigali, mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo mu Murenge wa Rwezamenyo ubarizwa mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 1 Gashyantare 2017, umunsi ngarukamwaka wo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari z’u Rwanda. Dr Mfurankunda Pravda agira ati “Ubutwari ni imwe mu ndangagaciro igomba kuranga […]
Ikipe ya APR yegukanye igikombe cy'intwari, Rayon yongera gutaha yimyiza imoso
Ikipe ya APR yegukanye intsinzi nyuma yo kongera gutsinda ikipe ya Rayon Sports Fc mu mukino wari wabihuje kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, uyu mukino ukaba wari uw’irushanwa ry’igikombe cy’Intwari. Ikipe ya APR Fc yatsinze igitego cya mbere ku munota wa 9 w’igice cya mbere ari na cyo cyayihesheje intsinzi yo […]
Kigali: Umugore yapfiriye muri Lodge
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, ahazwi nko ku Gitikinyoni mu murenge wa Kigali, Umujyi wa Kigali, umugore witwa Mukamusoni Mary yasanzwe yapfiriye mu macumbi akodeshwa azwi ku izina rya City Lodge. Amakuru yizewe agera kuri Bwiza.com, avuga ko uyu Mukamusoni uri mu kigero cy’imyaka 35 y’amavuko yasanzwe yapfuye […]
(Mu mafoto)Perezida Kagame yunamiye intwari z’u Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize indabo ku rwibutso rw’intwari kuri uyu wa 1 Gashyantare 2017, mu rwego rwo kuziha agaciro ndetse n’icyubahiro zaoranye. Hari mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro igikorwa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari mu Rwanda, aho abanyarwanda bose muri rusange bawizihirije hirya no hino mu midigidi yabo aho batuye. […]
Brazil: Umugabo yarashe abantu mu rusengero abasanze mu bukwe
Umugabo witwa Umberto Ferreira dos Santos wihimbye akazina ka Betinho akurikiranyweho kurasa abantu mu rusengero ubwo abantu bari mu birori by’ubukwe bw’abana babo. Mu rusengero ruherereye ehitwa Limoeiro de Anadia uyu mugabo yakurikiye abageni ubwo bajyaga gusezerana, bageze mu rusengero nibwo yakuye imbunda mu mufuka arasa mu basangwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yogutabwa muri yombi, yatangarije […]
Abantu bamaze kwibagirwa caguwa ku buryo n’uyiranguye itagurwa
Icyemezo cyo gushyira mu bikorwa icibwa rya caguwa ntikiramara umwaka gifashwe, ariko yamaze kwibagirana, n’abakiyirangura ntibona abayigura. Ari abayicuruzaga n’abayiguraga bose bayobotse mangaze, caguwa imaze kuva mu mitwe y’abantu cyane ko ihenze. Kuva muri Nyakanga 2016, umusoro ku myenda n’ikweto bya caguwa wikubye incuro 25. Guhera ubwo, abari batunzwe n’uwo murimo bakwira imishwaro bajya mu […]
Imihanda 12 iteye ubwoba kuyinyuramo hano ku Isi bisaba kwihara -REBA AMAFOTO
Nkuko bitangazwa na hareably ni uko iyi mihanda ari imwe mu iteye ubwoba,ihanamye ndetse igoye kuba wayigenderamo wenyine cyangwa ngo ugende utuje. Iyi mihanda 12 iteye ubwoba ku buryo bukomeye ku buryo udashobora kuyitwaramo imodoka igihe utameze neza cyangwa utwaye imodoka ifite ikibazo, ngo biragoye kuba wahava amahoro. Khardung La, India Ni umuhanda ubarizwa mu […]
Amber Rose uzwiho kwiyambika ubusa, arakataje- REBA AMAFOTO
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2017, ubwo yari mu biruhuko ahitwa Honolulu ku birwa bya Hawaii, icyamamare Amber Rose yongeye kuhifotoreza amafoto akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga. Uko yagiye ahanahanwa ni nako abantu batandukanye bagenda bayavugaho byinshi bitandukanye, birimo kumwibutsa ko yagombaga kuba yakuyemo imyenda yose dore ko ari nacyo cyari gisigaye. Uyu […]
Afurika: Bafata ubutegetsi barahiye, bakavaho basahuye cyangwa hamenetse amaraso
Bimaze gusa n’ibiba akamenyero ko bamwe mu bakuru b’ibihugu ku mugabane w’Afurika bava ku butegetsi habanje kumeneka amaraso kubera gushaka kwanga kuburekura. Nyamara aba baperezida baba bamaze imyaka igenwa n’Itegekonshinga rigenga ibihugu byabo ndetse rikanagena imyaka manda y’umukuru w’igihugu agomba kumara ku butegetsi hanyuma akaburekura mu mahoro akabuha undi cyangwa bitewe n’ibyo riteganya akaba yakongera […]
Perezida Kagame n’abandi Banyarwanda bose bifurijwe umunsi mwiza w’intwari
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, ubwo mu gihugu hizihizwa umunsi udasanzwe w’intwari zitangiye igihugu, Dr. Pierre Damien Habumuremyi, umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe Intwari z’igihugu, imidari n’impeta z’ishimwe CHENO (Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honor), yifurije umukuru w’igihugu umunsi mwiza w’intwari ndetse n’Abanyarwanda bose muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije […]
Major Desire Uwamahoro washinjwaga Ubwicanyi n’ubujuru yafunguwe
Ubwo hari ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yasakaye hose ko Major Desire Uwamahoro, umupolisi mu Burundi yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe iperereza ndetse anashinjwa amariganya. nyuma yo kurangiza igifungo cy’amezi 3 ubu yarekuwe. Major Desire Uwamahoro yari akurikiranweho icyaha cyo kwiba amadorali asaga ibihumbi 200 umunyamahanga wari waje kugura zahabu mu […]
Amwe mu magambo y’inzobere zikurira ingofero ubushakashatsi bwa RGB
Ubwo hamurikwaga ubushakashatsi bugaragaza uko imiyoborere mu Rwanda ihagaze, impuguke n’inzobere zerekanye amarangamutima yazo mu magambo. Abarimu muri za Kaminuza, abayobozi mu karere, ku mugabane no ku isi, zishimagiza ikigo cy’imiyoborere cy’u Rwanda RGB cyakoze ubwo bushakashatsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Lamin Manneh: Uhagarariye amashami y’umuryango w’abibumbye mu Rwanda (One UN/UNDP Rwanda), ati : “…..Imiyoborere myiza ifite […]
Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora
Mu Kuboza umwaka ushize, Polisi y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro uburyo bushya bw’ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru rikomatanya serivisi zitangwa na Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ubusanzwe zakorwaga mu buryo bw’intoki, mu kugenzura no guhana abanyamakosa. Ubwitwa Hand Held Terminal(HHT) ni ubwo kwishyura ihazabu waciwe kubera amakosa yo mu […]
Abantu bakomeje kwiyita abavandimwe wa Trump muri Afurika
Muri ukukwezi kwa mbere 2017, abantu batari bacye bo ku mugabane w’Afurika bagiya bakwirakwiza amafoto atandukanye ku mbuga nkoranyambaga bashaka kwerekana isano ya hafi bafitanye na Perezida warimo yitegura kurahirira kuyobora Amerika D. Trump, ndetse bamwe bakanabyivugira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri abo bose harimo abakomoka mu gihugu cya Kenya ndetse no muri Malawi. Ku ikubitiro habanje […]
Ingabo za Kongo zirashinja Gen Makenga kuzicira abasirikare 3 abaroze
Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo zateranye kuri uyu wa 31 mutarama zemeza ko uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za M23 Gen. Makenga zishe urw’urubozo abasirikare ba Kongo 3 abandi akabashimuta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gen. Makenga ashinjwa kwivugana aba basirikare ku wa 5 tariki ya 27 Mutarama ubwo izi ngabo zombie zakozanyagaho ibi bikaba byarabereye ahagana […]
Umunyarwanda yahawe kuzasifura mu gikombe nyafurika cy’abatarengeje 20 muri Zambia
Umusifuzi w’umunyarwanda Louis hakizimana agoye gusifura umukino w’abatarengeje imykaa 20 y’amavuko mu irushanwa ry’igikombe nyafurika mu mukino uzabera mu gihugu cya Zambiya mu kwezi gutaha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe n’ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’Amaguru ubwo ryasohoraga urutonde rw’abasifuzi bazasifura muri iri rushanwa ry’abatarengeje imyaka 20, ubwo uyu munyarwanda yagaragaraga kuri uru rutonde nyuma y’imyaka itari […]
Urwego rw’imitangirwe ya serivisi ruracyari hasi ugereranyije n’izindi nzego (Ubushakashatsi)
Kuri uyu wa 31 Mutarama 2017, ikigo cy’igihugu gushinzwe guteza imbere imiyoborere (RGB) cyamuritse ibyavuye mu bushakashatsi ku nshuro ya kane ku kijyanye n’uko ibipimo mubjyanye n’imiyoborere bihagaze mu gihugu muri uyu mwaka. Ubu bushakashatsi bwakozwe hagendewe ku bipimo 8 birimo ubutegetsi bugendera ku mategeko, Umutekano n’ituze rusange, uruhare rw’abaturage mu bibakorerwa, imibereho myiza y’abaturage, […]
Muri Café Resto Nectar biraba ari ibicika ku mugoroba wo kuri uyu munsi w’intwari
Mu gukomeza kunezeza abayigana, CafĂ© Resto Nectar iherereye mu mujyi wa Kigali yateguye igitaramo kiraba ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, umunsi mukuru w’intwari mu Rwanda. Itsinda ry’ababyinnyi rizwi ku izina rya Magic Group Dance niyo riraba risusurutsa abafana. Ku bakunda indirimbo za karahanyuze, Mavenge Sudi nawe azaba ahabaye […]
Umuhanzi Diamond yatutse abafana be bamwanga igitutsi cya gishumba
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma wamenyekanye cyane nka Diamond Platnumz aherutse kwibasira bamwe mu bafana be bamusebya bakamuvuga nabi aho yanavuze ko ntacyo bavuze imbere ye kuko afite amafaranga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga rutangaza ibijyanye n’imyidagaduro rwo muri Uganda dukesha iyi nkuru ruvuga ko uyu muhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya yanditse ku mbuga nkoranyambaga amagambo agira […]
U Buhinde: Mu muryango w’abantu 11, 9 muri bo ni ibikuri (Amafoto)
Mu gihugu cy’u Buhinde haravugwa umuryango w’igisekuruza cy’abantu 21, aho 3 gusa muri bo, ari bo bafite uburebure buringaniye mu gihe abandi bose basigaye bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije. Uyu muryango waje gusa n’ukendera kuri ubu hakaba havugwa uw’abantu 11 gusa kuko abandi bamaze gusaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mushiki wa Ram Raj ategura ifunguro rya nimugoroba Uyu […]
Ngoma: Abasabiriza babaye benshi, bose bivugisha ikirundi
Ibibazo by’akanda n’amapfa bimaze igihe bivugwa mu ntara y’Uburasirasuba, byateye abantu benshi gusabiriza. Mu gihe havugwaga inzara, basabirizaga biyita Abarundi bavuye mu nkanbi ya Mahama, n’aho habonekeye agahenge, bakomeje kwiyongera kandi bose baba bivugisha ikirundi. Mu mirenge y’akarere ka Ngoma nka Rukira, Kibungo, Karembo, Remera na Zaza; haboneka abantu b’ingeri zose bitwaje udufuka. Barimo abana, […]
Amafoto 10 y’umutwe w’ibyigomeke witwa “Yakuza”
Yakuza cyangwa se Gokudo ni umutwe w’ibyigomeke bikora ibihabanye n’amategeko, uyu mutwe ukaba ubarizwa mu gihugu cy’Ubuyapani. Umutwe wa Yakuza wavutse ahagana mu kinyejana cya 17, ukaba ufite amahame n’amategeko awugenga by’umwihariko polisi ikaba itangaza ko bazwiho ibikorwa birimo n’urugomo. Umuryango wa Yakuza ugizwe n’abantu 102,560, abawubarizwamo usanga barishyizeho ibishushanyo (tattoos) bitandukanye kuva ku mutwe […]
Uganda: Abasore 5 bafunze bazira kwamamaza Gen. Muhoozi ku matora ya Perezida ataha
Polisi ya Kampala icumbikiye abasore 5 bakurikiranyweho gukwirakwiza amakuru yanditse agaragara ko umuhungu wa Perezida Museveni, Maj Gen Muhoozi Kainerugaba aziyamamariza kuyobora Uganda mu matora ateganyijwe muri 2021. Umuvugizi wa Polisi yo mu mujyi wa Kampala Emilian Kayima yavuze ko aba bana bafatanywe amafoto ya Gen. Muhoozi n’inyandiko bagendaga bakwirakwiza hirya no hino ku mihanda […]
Abasirikare 4 batahiriwe n’urugamba ubu bakaba bari mu mazi abira
Abasirikare aho bava bakagera baba bafite imyitwarire ngenderwaho badashobora kurengaho, iyi myitwarire kandi akenshi iba itandukanye bitewe n’igihugu cyangwa umutwe wa gisirikare. Mu gihe afashe icyemezo cyo kuyirengaho (discipline) agashaka gushyira imbere ibyo we yiyumvamo cyangwa yifuza, rimwe na rimwe afatirwa ibihano, agafungwa cyangwa akirukanwa, yaba afite ubwinyagamburiro agahunga cyangwa se agasigara ahanganye n’abo batahirizaga […]
Perezida Trump yatangiye kwirukana abo bakorana badashyigikiye ko yirukana abanyamahanga
Perezida w’Amerika Trump akomeje kutavuga rumwe n’abo bakorana ndetse n’amahanga muri rusange ku myanzuro ndakuka yafatiye abimukira bari muri kiriya gihugu aho yatangiye kubasubiza mu bihugu byabo ndetse n’indi myanzuro yo gukumira amaza bagana Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 mutarama 2017, Perezida Trump yirukanye umushinjacyaha mukuru bakoranaga amujijije ko yamubajije […]
Ngoma: Bane batawe muri yombi bari kunywa urumogi hanafatwa ibiro 165 byarwo
Ku itariki ya 29 Mutarama 2017, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma yafashe abagabo bane banywaga urumogi, ndetse ifatana umwe muri bo imifuka itandatu irimo urungana n’ibiro 165. Aba bagabo barimo Havugabaramye Jonas, Ibyimanikora Jean Baptiste, Niyonsaba Jean Baptiste na Uwiringiyimana. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) […]
Huye:Mwalimu n’Abadiyakoni ba ADEPR 8 bakubiswe bagirwa intere-Amafoto
Abadiyakoni 8 barimo na mwalimu (Evangeliste)ba ADEPR ururembo rw’Amajyepfo ku umudugudu wa Ngoma (Butare Ville)bakubitiwe mu nzira bava mu nama bagirwa intere. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu tariki ya 27 Mutarama 2017. Bamwe mu bayobozi bagize umudugudu wa ADEPR Ngoma mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye, bahuye n’abagizi ba nabi barabakubita ndetse […]
Imibyinire idasanzwe yatumye Vampino asaba Cindy babyinanaga ko baryamana
Amakuru acicikana hirya no hino ku mbuga nkornyambaga ndetse no ku mbuga z’imyidagaduro mu gihugu cya Uganda agaragaza imibyinire idasanzwe n’umuhanzi vampino ndetse na Cindy bamaze igihe bakundana. Nyuma yo kubyina mu gitaramo aba bahanzi bombi bari bahuriyemo, uyu musore ngo yaretse ibyo kubyina atangira kuganiriza Cindy ibindi bitandukanye n’umuziki aho yanamusabye ko baryamana mu […]
Ngoma: Umugabo yakubise umuvandimwe we ingumi ahita apfa
Umugabo witwa Singirankabo Jean de Dieu wo mu karere ka Ngoma, umurenge wa Mugesera akagali ka Nyange mu mudugudu wa Rugazi yishwe n’umuvandimwe we Bisangabagabo Edouard amuteye ingumi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byemejwe n’umuyobozi w’akagali ka Nyange aba bagabo barwaniyemo, Nyirantibumva Donatha ubwo yavuganaga na B wiza ku murongo wa telefoni, aho yagize ati “nibyo koko […]
Uturere twahombeje leta kubera imicungire mibi y’abakozi twatangiye kwitaba Abadepite
Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Mutarama 2017, Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage ikorera mu nteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite yakiriye ubusobanuro bw’abayobozi b’uturere 3 turimo Nyarugenge, Rwamagana ndetse na Burera ku mikoreshereze mibi y’umutungo w’igihugu wahombeje miliyoni zisaga 45. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Utu turere twagiye twitaba iyi komisiyo ku masaha atandukanye ariko dutanga ubusobanuro ku […]
Gatsibo: Yagannye ishuri ku myaka 50 ngo azatsinde urubanza
Umusaza w’imyaka 56 y’amavuko wo mu murenge wa Murambi, akarere ka Gatsibo, yiyemeje kujya kwigana n’abo abyaye ngo azakunde atsinde urubanza rwamunaniye. Kabagema Boniface winjiye mu mashuri abanza afite imyaka 50, yatsinzwe urubanza rw’isambu mu 1994, ubu akaba yiga ngo azarubyutse ndetse anarutsinde. Kabagema ntiyitaye ku nkwenene n’urwamenyo yahawe, ubwo yafataga inzira, ashoreranye n’abana n’abuzukuru. […]
Kigali: Abahoze ari abasukuti bashinze umuryango uzafasha urubyiruko
Kuri iki cyumweru tariki ya 29 Mutarama 2017, i Kigali havyukiye umuryango ugizwe n’abantu barerewe kandi bakurira mu muryango w’Abaskuti. RASAL (Rwanda Ancient Scouts Alliance) ni umuryango bazatangiramo umusanzu wabo mu kubungabunga no gushimangira indangagaciro z’amahame y’ubuskuti no guteza imbere urubyiruko. Muri Kanama 2016 nibwo abaskuti bakuze bagaragaje ko ubuskuti ubuvamo kubera imyaka igukoma imbere, […]
Burundi: Ikibazo cy’indwara y’ibibembe gikomeje gufata indi ntera
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima agashami gashinzwe kurwanya indwara zandura zirimo n’ibibembe, uratangaza ko ikibazo cy’ibibembe mu gihugu cy’u Burundi gikomeje gufata indi ntera . Nk’uko byatangajwe na radio na televiziyo y’u Burundi kuri iki cyumweru tariki ya 29 mutarama 2017, ngo hari uduce tumwe na tumwe muri leta y’u Burundi usanga twaribasiwe n’iyi ndwara […]
(Amafoto) Ingwe zashwanyaguje umugabo mu maso y’umugore we n’abana bagiye gusura parike
Umugabo w’umukerarugendo witwa Zhang yashwanyagujwe n’ingwe zo muri parike yari yagiye gusura n’umuryango we ubwo yageragezaga kurira uruzitiro rwa parike ngo yinjire nta mafaranga atanze. Uyu mugabo wo mu gihugu cy’u Bushinwa wari uri kumwe n’umugore n’abana yanze kwishyura amafaranga angana n’Amayero 15 gusa ngo ace mu marembo yabugenewe aho abandi ba mukerarugendo binjirira baje […]
Abarwanyi ba M23 bakubiswe inshuro bahungira mu Rwanda
Abarwanyi bagera kuri 30 bo mu mutwe wa M23 ukorera mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bari mu Rwanda guhera kuri iki cyumweru tariki ya 29 Mutarama 2017 mu buhungiro. Ni nyuma y’imirwano itoroshye yari yahuje izi nyeshyamba n’igisirikare cya Kongo muri iki cyumweru gishize, aho bamwe mu basirikare ba Kongo bahasize ubuzima […]
Bidasubirwaho UN n’Afurika yunze ubumwe byemeje ko Mkapa akomeza kunga Abarundi
Nyuma y’iminsi micye abatavuga rumwe na letta ya Nkurunziza mu gihugu cy’u Burundi bagiye muri Tanzaniya kubaza Mkapa impamvu yabatutse ndetse no kuba asa n’ushyigikiye ko Perezida Nkurunziza ahama ku butegetsi, umuryango w’Abibumbye n’uw’Afurika yunze ubumwe byatangaje ko bishyigikiye ko Perezida Mkapa akomeza kuba umwunzi muri kiriya gihugu. Ibi kandi byemejwe nyuma y’uko bigaragaye ko […]
NASA irashinjwa kwimana amakuru ku kibuye gishobora kuzagongana n'isi muri iki cyumweru
Abashakashatsi batandukanye bo ku mugabane w’Amerika baratangaza ko muri iki cyumweru isi ishobora kugongana n’ikibuye kinini cyahawe izina rya 2016WF9, ariko bakaba batavuga rumwe n’Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe gukora ubushakashatsi ku bumenyi bwo mu kirere NASA, cyo kivuga ko nta makuru ahagije gifite kuri ibi. Iki kigo cya NASA cyatangaje ko iki kibuye gishobora […]
Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje
Ubuhamya bw’abantu baba n’abaheruka muri gereza, buvuga ko habera ibintu byinshi bijya gusa n’ibibera hanze yayo. Ibiganiro, ubutekamutwe, gukorera amafaranga, gutunga abakozi, ndetse no kubireba akabariro baratekereza. Urukumbuzi rurabica, bakamenya uko bakemura ikibazo: aho baba, aho bajya mu kazi hanze, kwa muganga, no kuri telefoni ku babasha kuzibona. Bisaba ubuhanga buhanitse, ariko k’ubyumva atarahaba birasetsa. […]
Ngoma: Abagabo bane bafatiwe mu cyuho batetse Kanyanga
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma ifunze abagabo bane barimo Mvukiyehe Felicien, Samvura Vedaste , Hakizimana Emmanuel na Vatiri Sylvestre.nyuma yo kubafatira mu cyuho batetse Kanyanga ku itariki 28 uku kwezi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko babiri babanza bafatiwe mu kagari […]