Col Nsengiyumva witandukanyije na FDLR arashinja bamwe mu Barembetsi kuba intumwa za FDLR

Colonel Nsengiyumva Augustin uherutse kwitandukanya n’umutwe wa FDLR akagaruka mu Rwanda yamennye amabanga y’amayeri uyu mutwe usigaranye yo kwifashisha mu guteza umutekano muke mu Rwanda. Uyu mugabo uzwi ku izina rya Kadas watahutse mu cyiciro cya 53 kimwe na mugenzi we Caporal Mukamugema Janviere bazanye, bavuze ko uyu mutwe washinzwe ugizwe n’abarwanyi barenga ibihumbi 100 […]

Pallaso yakubise amavi hasi imbere ya televiziyo asaba imbabazi Sheebah

Nyuma y’umwuka mubi wakomeje kuba hagati ya Pallaso na Shebbah Karungi, kuri ubu Pallaso byamwanze mu nda maze ubwo yari mu kiganiro kuri WBS TV mu ijoro ryakeye, akubita ibipfukamiro hasi asaba imbabazi Sheebah ku mugaragaro. Abinyujije ku rukuta rwa Instagram, yanditse agaragaza amagambo agaragaza ko akunze umuziki akorana na Shebbah ko umusigira byinshi atakwibagirwa […]

Alicia Keys azataramira abazareba umukino wa nyuma wa Champions League

Ni ubwa mbere UEFA ifatanyije na Pepsi bagatumira umuhanzi wo ku rwego mpuzamahanga kuririmba mu marushanwa y’imikino ya Champions League . Ku itariki 28 Gicurasi mu Butaliyani, nibwo hazaba isozwa rya Champions League ubwo umuhanzi wagiye atsindira ibihembo bitandukanye birimo Grammy, Alicia Keys, azataramira abazitabira uwo mukino uzahuza Atletico Madrid na Real Madrid. Lauerent Epstein […]

Umwana yavutse adafite umwenge w’ikibuno -AMAFOTO

Muri Nigeria mu gace ka Pankshin benshi batunguwe no kubona umwana wavutse adafite umwenge w’ikibuno. Ibi byamenyekanye ubwo amafoto y’uwo mwana yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga aho bamusabiraga ubufasha ngo abe yavurwa. Nkuko Ghafla ibivuga , ngo nyuma yo kuvuka taliki 30 Mata 2016 akabura aho yitumira, byakurikiwe no kubyimba inda, bikaba byarateye urujijo ku cyabiteye. […]

Amafoto: Kagame, Omar Bashir, na perezida wa BAD bitabiriye irahira rya Omar Guelleh

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’uwa Sudani, Omar Bashir ni bamwe mu bitabiriye irahira rya perezida Ismail Omar Guelleh wa Djibouti kuri iki Cyumweru tariki 08 Gicurasi 2016. Usibye aba, na perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud , ndetse n’umuyobozi wa Banki Nyafurika, Akinwumi Adesina, ni bamwe mu banyacyubahiro bitabiriye uyu muhango. Amafoto: Amafoto: Village […]

Moise Katumbi yageze mu rukiko aherekejwe n’imbaga y’abamushyigikiye

Kuri uyu wa Mbere, Moise Katumbi yitabye urukiko rw’ubujurire rwa Lubumbashi agiye guhatwa ibibazo, aho yageze ku rukiko aherekejwe n’imbaga y’abantu bamushyigikiye. Ngo byari ibintu bidasanzwe mu mujyi wa Lubumbashi mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 09 Gicurasi ubwo abantu benshi bari baherekeje Katumbi ku rukiko bagiye bambaye imyambaro yera. Usibye abantu basanzwe, […]

Amaranye icyumweru umurambo w’umwana we mu nzu yizeye ko azazuka

Umugore w’imyaka 25 wo mu Karere ka Nebbi amaranye icyumweru umurambo w’umwana we w’umwaka umwe mu nzu mu ibanga kubera ko ngo yari yizeye ko azazuka. Jane Iwutung yabanaga umurambo w’umwana we, Gerald Rwothomio mu rugo aho yakodeshaga mu giturage cya Kasuku ho muri Nebbi nyuma y’icyumweru umwana apfuye yishwe na meningitis. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi […]

CNLG igiye gukora ubuvugizi ngo hagire igikorwa ku rwobo rwa Nduba

Muri iki cyumweru gishize, habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo. Uyu muhango wabanjirijwe n’urugendo rwaturutse ku Murenge wa Nduba rwerekeza ahari urwobo rwajugunywemo abatutsi muri jenoside, haba n’umuhango wo kuhashyira indabo. Mu buhamya bwe, Nsengiyumva Jean Claude waharokokeye yavuze ku mateka y’urwo rwobo. […]

Gahunda ya girinka yatumye hamenyekana uburyo izi nka zifashwe

Mu gihe cy’iminsi itandatu, mu Karere ka Kamonyi hakozwe isuzuma rigamije kureba uburyo inka zatanzwe muri Gahunda ya Girinka Munyarwanda zifashwe. Kuri uyu wa gatanu tariki 06 Gicurasi 2016, nibwo iki gikorwa cyageze ku musozo hakaba hasigaye gusa gukusanya raporo. Nkuko bitangazwa na serivisi ishinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu Karere ka Kamonyi, ngo muri iki gihe […]

Kutubahiriza amategeko y’umuhanda kwatumye abarenga 52 bapfa 73 barakomereka

Muri Afuganisitani, imodoka ebyiri zo mu bwoko bwa bus zagonganye n’ikamyo yari itwaye Peterori abantu 52 barapfa abandi 73 barakomereka bikomeye bitewe no kutubahiriza amategeko agenga ibinyabiziga mu muhanda. Ibi byabaye kuri iki cyumweru taliki 8 Gicurasi 2016 ahagana ku isaha ya 06:30 za mu gitondo ku isaha yo muri Afuganisitani. Izo modoka uko ari […]

Ubwoko 5 bw’imbuto ushobora kurya ugatera akabariro uko bikwiye

Uramutse ushaka kugira ubuzima bwiza kandi ukanoza inshingano z’abashakanye, ifunguro ryawe ntiryagakwiye kuburamo ibintu bikurikira , bityo ugategura ijoro ryuje urukundo kuko bituma mwese mugira ubushake bwo gutera akabariro. 1. Shokora Ni kenshi igitsinagore gikunze kurya amashokora burya ntibiba ari iby’umurimbo kuko hari ababikora bazi impamvu yo kuba ubwayo yifitemo ibituma aryoherwa igihe bari mo […]

Uganda: Hagati ya Andrew Mwenda n’umugore wa Besigye ni inde uri mu ukuri?

Intambara y’amagambo yadutse kuri uyu wa Gatanu ushize ndetse ikanakomeza kuwa Gatandatu hagati y’umugore wa Kiiza Besigye, Winnie Byanyima ndetse n’umunyamakuru uzwi cyane muri Uganda ndetse no mu karere, Andrew Mwenda, aho bombi bahanganye ku cyo demokarasi ari cyo n’ubutegetsi bugendera ku mategeko. Umugore wa Besigye akaba ashinja uyu munyamakuru gushyigikira ubutegetsi bw’igitugu. Guterana amagambo […]

Umuhanda Kigali-Muhanga wafunzwe n'amazi kuri Nyabarongo-AMAFOTO

Nyuma y’imvura imaze iminsi igwa ndetse ikangiza ibitari bike, abantu bakahasiga ubuzima hirya no hino mu gihugu, noneho mu ntara y’amajyepho ukimara kwambuka Nyabarongo amazi yabujije imigenderanire nyuma yo kuzura mu muhanda mu buryo butunguranye. Kugeza ubu n’uko byifashe kuko nta muntu wambuka ngo aze mu mujyi wa Kigali cyangwa ngo ajye mu ntara y’amajyepfo. […]

RNC irahakana ko Gen Mujyambere wo muri FDLR yafashwe avuye kubonana na Kayumba Nyamwasa

Ishyaka RNC rirahakana amakuru yavugaga ko umugaba w’umutwe wa FDLR, Gen Mujyambere uherutse gufatirwa muri Congo, yaba yarafashwe avuye mu gihugu cya Afurika y’Epfo kubonana na Kayumba Nyamwasa. Umwe mu bavugizi b’iri shyaka yavuze ko bashaka gukura mu rujijo abantu bakomeje kuvuga ko Gen Mujyambere yafashwe avuye muri Afurika y’Epfo kubonana na Kayumba Nyamwasa. Yavuze […]

Ngoma: Abamotari n'abanyonzi biyemeje kugira uruhare mu gukumira ibyaha

Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngoma yakoranye inama n’abatwara abagenzi kuri moto no ku magare bagera ku 3600 ibakangurira kwirinda ibyaha no kugira uruhare mu kubirwanya. Ibi byasabwe kandi byemerwa n’abakorera uyu mwuga mu mirenge ya Kibungo, Sake, na Rukira. Abo mu murenge wa Kibungo babikanguriwe n’umuyobozi wa Polisi y’u […]

Umujyanama mushya wa perezida Nkurunziza wavuye mu Bubiligi ntakozwa iby’ibiganiro

Umubiligi uzwiho kuba umuhezanguni witwa Luc Michel muri iki cyumweru yasesekaye I Bujumbura aje kuba umujyanama mu bya politiki wa perezida Nkurunziza, aho ngo yaje asaba ubutegetsi kutazemera kujya mu biganiro byari byitezweho kurangiza ibibazo biri mu Burundi I Arusha. Umuvugizi wa perezidansi y’u Burundi, Willy Nyamitwe, ngo yerekanye uyu mugabo usanzwe ari impuguke mu […]

Koreya ya Ruguru ngo izakoresha ibitwaro bya kirimbuzi itunze ari uko yatewe

Perezida wa Koreya ya Ruguru yatangaje ko igihugu cye kitazakoresha ibitwaro kirimbuzi keretse ubusugire bwacyo ntibuvogerwa n’abandi nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya leta. Ibi perezida Kim Jung-un yabivuze ubwo kuri uyu wa Gatanu ushize yagezaga ijambo ku bihumbi n’ibihumbi by’abari bahagarariye ishyaka riri ku butegetsi muri kongere yaryo ya mbere mu myaka 35 ishize. Perezida Kim […]

Amafoto: Umuhanda Kigali-Gakenke wangijwe bikomeye n’imvura

Umuhanda uturuka i Kigali ugana i Gakenke wangijwe bikomeye n’inkangu zawufunze kuri ubu hakaba nta kinyabiziga kibasha kuwucamo kubera imvura ikomeye yahabyukiye na n’ubu bikaba bivugwa ko ikiri kugwa. Biravugwa ko amazu agera kuri 80 amaze kubarurwa nk’ayangijwe n’imvura, mu gihe imyuzure yahitanye abantu babarirwa muri 32. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe […]

Ni iyihe nyamaswa snoop Dogg yifuza kuba yaba ubu na nyuma y’ubu ?

Snoop Dogg kuri we ngo akurikije ibintu amaze kubona mu minsi amaze kuri iyi Isi ngo yumva yaba nk’ikinyugunyugu. Snoop Dogg ni kenshi yagiye yumva yaba imwe munyamaswa mu gihe amaze gupfa ariko ntabitangaze. Bitewe n’ikibazo aherutse kubazwa na Business insider, yahereye ku rugero rw’umuririmbyi Prince uherutse kwitaba Imana maze abazwa icyo yaba aramutse avuye […]

Green Party irashinja leta kubogama mu gufasha ibinyamakuru

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green party of Rwanda) rirasaba Leta yu Rwanda gucyemura Ibibazo by’itangazamakuru vuba na bwangu, ndetse rigashinja leta gufasha ibinyamakuru bimwe ntisaranganye Mubyihutirwa iri shyaka rivuga ko ryifuza ko byakemuka harimo kubura ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo (opinions) bituma ngo abanyamakuru batinya kuvuga ibyo babona ko bitameze neza. Green Party […]

Paris: Abarokokeye i Kabarondo biteguye gushinja abari ba burugumesitiri babo

“Iyo negereye kiriya kiliziya, mba umusazi”. Hari kuwa 13 Mata, icyumweru kimwe jenoside itangiye mu Rwanda, ubwo Jean-Damascène Rutagungira yabonaga umuryango we wose wicirwa mu kiliziya cya Kabarondo mu burasirazuba bw’u Rwanda. Nyuma y’imyaka 22, uyu mugabo w’umuhinzi aritegura gutanga ubuhamya i Paris bushinja uwahoze ari burugumesitiri wa Kabarondo, Octavien Ngenzi n’uwo yaje asimbura, Tito […]

Ngoma: Mu kwibuka hashyinguwe imibiri 5 y'abazize jenoside

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe abatutsi mu murenge wa Ngoma, hashyinguwe mu cyubahiro imibiri itanu isanga indi igera ku bihumbi mirongo ine na bitanu ishyinguwe mu rwibutso rwa Ngoma. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016, kibera ku rwibutso rwa Ngoma. Abafashe ijambo muri iki […]

Musanze: Abaturage basabwe kuba ijisho ry’umuturanyi no gukaza amarondo

Abaturage bo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze biyemeje kugira uruhare rugaragara mu bikorwa byo kwicungira umutekano barara amarondo mu gace batuyemo, batanga amakuru ku cyahungabanya umutekano ndetse birinda no kwifatanya n’abahungabanya umutekano w’igihugu kubera ko imirenge nyinshi y’aka karere yegereye umupaka. Ibi babyiyemeje mu nama y’umutekano yabereye ku biro by’uyu murenge ku […]

RDC: Moise Katumbi imbere y’urukiko kuri uyu wa Mbere

  Amaherezo ubushinjacyaha bwa Congo kuri uyu wa Gatandatu bwarangije gutegura ibaruwa itumiza Moise Katumbi mu rukiko aho akurikiranweho icyaha cyo kwinjiza abacanshuro mu gihugu. Moise Katumbi rero akaba yemeye kwitaba urukiko kuri uyu wa Mbere, ariko yamagana gusaka mu gikingi cye nta bagabo (tĂ©moins)bahari. Nyuma y’uko yari yabanje kwanga kwakira ibaruwa imuhamagaza(Convocation) itari yujuje […]

Ifatwa rya Gen. Mujyambere ni ikintu kiza kuri Congo no ku karere — Lambert Mende

Itabwa muri yombi rya numero ya 2 mu mutwe wa FDLR, Gen. LĂ©opold Mujyambere ni ikintu kiza kuri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo no ku karere nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa guverinoma ya Congo, Lambert Mende, kuri uyu wa Gatandatu tariki 07 Gicurasi. Uyu mugaba wa FDLR nyuma yo gufatirwa I Goma akaba yarahise yoherezwa I […]

Abayobozi b'Itorero Peresibiteriyeni babaye abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha

Abayobozi ba Paruwasi zigize Itorero Peresibiteriyeni mu Ntara y’Uburasirazuba (Eglise PresbytĂ©rienne) n’abagore bahagarariye bagenzi babo muri izo Paruwasi, biyemeje kuba abafatanyabikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu bukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, irikorerwa abana, ibiyobyabwenge, icuruzwa ry’abantu, n’ibindi byaha. Ibi babyiyemeje ku itariki 3 Gicurasi mu kiganiro bagiranye na Inspector of Police (IP) Marie […]

Police yatsinze APR ikomeza kuba iya mbere

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2014, ikipe ya Police HBC yatsinze APR HBC mu mukino wa shampiyona wo ku munsi wa munani mu cyiciro kibanza ku bitego 29-27. Ni umukino utari woroshye kuko aya makipe yombi yari ataratsindwa umukino n’umwe kuva shampiyona y’uyu mukino w’intoki yatangira. Umutoza wa Police HBC Assistant Inspector […]

Wayne Rooney aravugwaho gusambana n’umugore w’indaya

Inkuru ikomeje kuba kimomo mu bitangazamakuru bitandukanye ko Rooney yaryamanye n’umugore Helen Wood uzwiho gukora uburaya akamuhonga amayero 197. Helen Wood avuga ko hari ubutumwa bwinshi yagiye ahanahana na Rooney kugeza ubwo bahuje urugwiro bakaryamana,ubwo bajyaga muri icyo gikorwa ushinzwe kurinda Rooney ngo yasigajwe hanze abandi bahera ku muryango basomana. Yagize ati: “ yantumiye ari […]

Nyabugogo: Ushinzwe umutekano yakubise ikofe umugore ahita apfa

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016, umunyerondo utari wambaye imyenda iranga akazi akora (Uniform) yakubitiye umugore uzwi ku izina ry’umuzunguzayi Nyabugogo ahita apfa. Hagati ya saa tanu na saa sita nibwo umugore wagendaga acuruzaga amazi, Jus n’amasogisi yakubiswe n’uwo munyerondo ingumi mu musaya no mu mutima ahita apfa. Ibi byabaye ubwo abashinzwe […]

Umugabo yafatanywe urumogi avugako ari umwami Yesu warumuhaye

Muri Afurika y’Epfo mu mujyi wa Cape Town umugabo yafashwe na Polisi afite ibiyobyabwenge birimo Cocaine n’ubupaki 5 bw’urumoi avuga ashize amanga ko ari Yesu warumuhaye. Uyu Kurt Oga Tunde, akomoka mu gihugu cya Nigeria ubu akaba atuye muri Afurika y’Epfo akaba yaravuze ko Yesu ari we wamuhaye ibyo biyobyabwenge ngo kugirango arugurishe yikenure anaguriremo […]

Patrick Ekeng, wakiniraga Cameroun yapfiriye mu kibuga

Patrick Claude Ekeng w’ imyaka 26, umukinnyi ukomoka muri Cameroun yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Gicurasi 2016, aguye kwa muganga nyuma yo kwitura hasi mu kibuga bikekwa ko yaba yazize indwara y’umutima. Patrick Ekeng wakiniraga Dinamo Bucarest yo muri Romaniya, yaguye mu bitaro bya Vittorul biherereye mu mujyi […]

Ese M23 yaba ariyo igiye guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi?

Mu gihe ikibazo cy’umutekano muke mu Burundi gikomeje guhangayikisha amahanga, Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yo yatunze agatoki u Rwanda kwinjiza abahoze mu mutwe wa M23 mu Burundi ngo bahirike Perezida Nkurunziza ku butegetsi . Umuvugizi wa RDC Congo, Bwana Lambert Mende Omalanga atangaza ko u Rwanda rwishyura amafaranga abahoze ari abarwanyi ba […]

Belgique: Umuhanzi Nyarwanda, Seleman agiye gukorera igitaramo mu bwato

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Uwihanganye Seleman uba mu Bubiligi ari naho akorera umuziki we, arataramira abafana be mu mujyi wa Bruxelles kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016. Aganira na Bwiza.com, yatangaje ko icyo gitaramo ” Twirire Pommes show case ” ari icyo gushimira abantu bose bagira uruhare muri muzika ye cyane cyane abakobwa bagenda […]

Abapolisi basoje amahugurwa ku miyoborere no gukora akazi kinyamwuga

Abapolisi 30 barimo abacungagereza 4 kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Gicurasi, mu ishuri rikuru rya Polisi (National Police College) rya Musanze basoje amahugurwa bari bamazemo amezi 4. Asoza aya mahugurwa ku mugaragaro, umuyobozi w’ishuri rikuru rya Polisi Commissioner of Police (CP) Felix Namuhoranye wari uhagarariye umuyobozi mukuru wa Polisi, yavuze ko Polisi y’u […]

Indege kabuhariwe z’intambara zikomeje imyitozo mu mujyi i Kampala

Mu gihe muri Uganda bari mu myiteguro y’irahira rya Perezida Museveni, ni nako abapilote bakomeje kwigishwa gutwara indege kabuhariwe z’intambara zakorewe mu Burusiya. Kuri uyu wa Gatanu taliki 06 Gicurasi 2016, nibwo mu mujyi wa Kampala hongeye kugaragara indege z’intambara aho abapilote bigishwaga uko zikoreshwa. Amashusho yafashwe na Joseph Wangusa, yerekana izo ndege z’intambara zegera […]

Kirehe: Umusaza w’imyaka 86 yiyahuye

Gakezi LĂ©odomir, umusaza wari ufite imyaka 86 y’amavuko akaba yari atuye mu kagari ka Rugoma,umurenge wa Nasho ho mu karere ka Kirehe yinaze mu kagozi ariko abaturage byabateye urujijo. Aya makuru kandi yemezwa na Nizeyimana ThĂ©oneste, Umunyamabanga Nshinwabikorwa w’Umurenge wa Nasho, avuga ko umusaza Gakezi yari amaze iminsi yigamba ko azava ku isi ubuyobozi bwashaka […]

Babiri bafunzwe bazira gufatanwa ibirango bya RRA by’ibyiganano

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare ifunze abagabo babiri nyuma yo kubafata bagerageza kwinjiza mu gihugu impapuro (Etiquettes/labels) z’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahoro z’inyiganano zigera ku 53,376. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP), Emmanuel Kayigi yavuze ko abafashwe bakekwa gukora iki cyaha ari Jean Bosco Rukeramanzi na Vianney Mpabuka. […]

Burundi: Ibikomoka kuri Peteroli byabaye ishiraniro

Mu Burundi cyane cyane muri Bujumbura, haravugwa ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli cyugarije iki gihugu aho amwe mu masitasiyo bifashe mapfubyi. Nkuko BBC itangaza aya makuru, ngo usanga naho essansi ibonetse haba hari imirongo miremire ku buryo budasanzwe,ariko Leta ivuga ko nta mpamvu yatuma ibura kuko mu bubiko iruzuye. Abakenera ibyo bikomoka kuri Peteroli bavuga […]

Pasiteri yabwiye abayoboke be kwiyambura ubusa mu rusengero bakikinisha

Muri Benoni mu gihugu cya Afurika y’Epfo, umushumba Edisai Mensah yabwiye abayoboke be kwiyambura bakikinisha kugeza bageze ku ndunduro y’ibyishimo byabo. Uyu mushumba yatangaje ko icyo gikorwa cyo kwikinisha gituma urusengero rwera nko mu ijuru bitewe n’amatembabuzi we yise ko yera aba yatembye. Muri video y’iminota 5 kafatiwe mu rusengero, Pasiteri yumvikana avuga ko Imana […]

Miss Tanzania yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure

Millen Magese, wigeze guhiga abandi mu bwiza mu gihugu cya Tanzaniya mu mwaka w’ 2001, akomeje kuvugisha benshi bitewe n’amafoto amugaragaza uko ateye akomeje guhanahanwa ku mbuga nkoranyambaga. Miss Millen usanzwe akorera imirimo ye muri Afurika y’Epfo,Ubu imbaraga ze zose ngo yazishyize mu bukangurambaga bwo kwirinda no gufatanya na bagenzi be gushakisha umuti w’indwara ya […]

Byatahuwe ko Rihanna na Drake bamaze igihe bari mu rukundo mu ibanga

Abahanzi Rihanna na Drake bari bimaze iminsi bavugwaho kuba mu rukundo, ariko ubu noneho byatahuwe ko ibyabo bimaze gufata indi ntera. Nkuko People Magazine ibivuga, ngo hari hashize ukwezi Rihanna na Drake wafitanye umubano wihariye ariko ntibagire icyo batangaza ku by’iyo mibanire. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu Taliki 4 Gicurasi 2016,nibwo aba bombi […]

Virus ya Ebola ishobora kumara umwaka mu masohoro y’uwayirokotse — Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwakorewe mu gihugu cya Guinea bwemeje ko virus ya ebola ishobora kuguma mu masohoro y’uwayirokotse kugeza ku gihe cy’umwaka. Ubu bushakashatsi bukaba buje bushimangira ubwakozwe mu Ukwakira 2015 muri Sierra Leone. Ibihugu byagezwemo n’iki cyorezo byizera ko ibisigazwa bya virus ya Ebola bishobora kuguma ubuziraherezo mu mubiri w’abayirokotse kandi bikaba bishobora kugira ingaruka […]

Igisirikare cya Israel cyavumbuye umwobo wacukuwe n’abo muri Hamas

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyavumbuye umwobo wacukuwe n’abo mu mutwe Hamas uca mu kuzimu ugahingukira ku mbibi za yo nyirizina na Palestina. Ibi byatangajwe nyuma yaho Israel igabye igitero ku birindiro bine by’umutwe wa Hamas mu gihe hari habayeho gushotorana ku mpande zombi. Uyu mutwe wa Hamas uherereye mu karere ka Gaza wibasiwe bikomeye […]

Karim Meckassoua yatorewe kuyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Centrafrica

Uwahoze ari minisitiri muri Centrafrica, Karim Meckassoua niwe watorewe kuri uyu wa Gatanu kuyobora Inteko Nshinga Amategko y’iki gihugu nyuma yo gutsinda mu cyiciro cya gatatu ku majwi 65 ku 127. Perezida w’Inteko Nshinga Amategeko aba ari umuntu wa kabiri w’icyubahiro mu gihugu nyuma ya perezida wa repubulika. Uyu mugabo Karim yahoze ari minisitiri ku […]

Ni gihe ki umukristo akwiye kunywa ibinyobwa bisindisha?

Iki ni kimwe mu bibazo abantu benshi bibaza, bamwe bitewe n’uko bumva bararikiye kunywa ibinyobwa by’ubwoko bwose bataba bashaka ubabwira ibyo bakwiye kunywa n’ibyo badakwiye kunywa. Yewe nutanze inyigisho ibuza abantu kunywa inzoga kenshi yitwa ukabya ibyo gukizwa, uretse ko hari amatorero amwe n’amwe aba abyemeranywaho n’abayoboke bayo bose. Aha turifashisha inkuru imwe yabereye ku […]

U Rwanda na Zambia birishimira umubano bifitanye mu bya gisirikare

Umujyanama mushya mu bya gisirikare uturutse mu gihugu cya Zambia, Brig Gen G Chibangu Tuba mu ntangiriro z’iki cyumweru yashyikirije Minisitiri w’Ingabo, Gen James Kabarebe uruhushya rumwemerera guhagararira Zambia mu Rwanda. Umuhango wabereye ku cyicaro gikuru cya RDF, Kimihurura. Muri uwo muhango kandi hari Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba ari kumwe n’abandi […]

Uganda haranuka urunturuntu n’indege z’intambara zasohowe mu bubiko

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 5 Gicurasi 2016, nibwo mu mujyi wa Kampara hagaragaye indege zikoreshwa mu ntambara, ziri mu myitozo aho ngo zizakoreshwa ku munsi Museveni azarahiriraho. Izi ndege zagaragaye zizenguruka Kampala yose ziri mu myitozo, aho zizakoreshwa mu gucunga umutekano Taliki 12 uku kwezi aho Perezida Museveni azarahirira kuba Perezida […]

Amafoto 10 agaragaza ubwiza bwa Lucy Natasha wiswe Umunyarwanda akabihakana- AMAFOTO

N’ubwo byagiye bitangazwa kenshi ko umuvugabutumwa Lucy Natasha ari Umunyarwandakazi aho kuba Umunyakenyakazi, yagize icyo abivugaho yemeza ko ari Umunyakenya. Lucy Natasha (Reverend Lucy Natasha) avuga ko atari umunyarwanda nk’uko byagiye bitangazwa, ahubwo ko yarusuye aje mu ivugabutumwa. Ati: “ Ntekereza ko abantu benshi bibwira ko ndi Umunyarwanda kuko hari igihe imbuga nyinshi zamvuzeho muri […]

Bimwe mu bikorwa by’ingenzi bizaranga Inama Mpuzamahanga ku Bukungu i Kigali

Kuri ubu mu Rwanda birahagije kohereza ubutumwa bugufi kuri telephone, ikigo nderabuzima giherereye mu bice by’icyaro by’igihugu, kikagezwaho imiti ndetse n’amaraso yo gufasha abarwayi gikeneye hifashishijwe serivisi z’indege zitagira abapilote zizwi nka drones. Gutangiza serivisi z’izi drones ku mugaragaro akaba ari kimwe mu bikorwa bizaranga Inama ya 26 ya World Economic Forum kuri Afurika izabera […]

Kenya: Abandi bantu 3 bagwiriwe n’inzu basanzwe ari bazima nyuma y’iminsi 6

Abandi bantu batatu kuri uyu wa kane basanzwe ariu bazima nyuma y’iminsi 6 bari munsi y’ibisigazwa by’inyubako yitwa Huruma iherutse guhirima, umubare w’abantu batabawe ukaba wiyongereye bakaba bane mu munsi umwe. Mbere gato ahagana saa tanu na 47, itsinda ry’abatabazi ryasanze umugore wari waheze mu bisigazwa by’inzu yasenyutse, babasha kumukuramo ahagana saa cyenda. Habayeho gukomeza […]

Impunzi 28 zo muri Syria zahitanywe n’igitero cy’indege

Abatavuga rumwe na Leta ya Syria, bavuze ko Leta yahitanye impunzi zigera kuri 28 zari ziri mu nkambi, abandi batatangajwe umubare barakomereka bikomeye. Amashusho ya nyuma yafashwe muri icyo gitero, ngo yerekana abarwanyi barimo berekana amahema menshi hamwe n’abashinzwe ubutabazi bw’impunzi barimo bakurura imirambo. Ibyo ngo bikaba ari imbamvu simusiga igaragaza ko Leta ya Syria […]

Diamant nini kurusha izindi yabonetse nyuma y’ikinyejana yashyizwe mu cyamunara

Diamant nini kurusha izindi yavumbuwe nyuma y’ikinyejana izashyirwa mu cyamunara, ku madolari miliyoni 70, kuwa 29 Kamena i Londres nk’uko byatangajwe n’inzu ikora ibijyanye no guteza cyamunara yitwa Sotheby yo mu Bwongereza. Iyi diamant iruta izindi yacukuwe muri Botswana na sosiyete ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo muri Canada yitwa Lucara, ibararirwa uburemere bwa Carats 1,111. […]

Uganda: Ibinyamakuru byabujijwe gukurikirana imyigaragambyo ya FDC

Ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) ryahamagariye abayoboke baryo kwamagana perezida Yoweri Museveni umaze imyaka 30 ku butegetsi akaba aherutse gutorerwa indi manda y’imyaka 5 aho ibinyamakuru byo muri Uganda bizakurikirana iyi myigaragambyo byabwiwe ko bishobora kwamburwa impushya zo gukora. Iyi nkuru irakomeza ivuga ko n’abantu bazagerageza gutanga amakuru bakoresheje imbuga nkoranyambaga nabo bazafatirwa ibihano […]

Abantu 451nibo bamaze kugwa mu bibazo byo mu Burundi — Polisi

Abantu barenga 450 baguye mu myivumbagatanyo yadutse mu Burundi kuva mu mwaka ushize nk’uko byemezwa n’igipolisi muri raporo yacyo kuri ibi bibazo byateye abatari bacye impungenge z’uko muri iki gihugu hashobora kongera kuvuka intambara ishingiye ku moko hagati y’abaturage. Iyi nkuru dukesha Reuters ivuga ko raporo polisi ifite igaragaza ko abantu 451 bishwe kuva ibibazo […]

Umuyobozi wa Top Service Ltd akurikiranyweho gushaka guhuguza leta amamiliyoni

Uwitwa Mwitende Ladislas uyobora ikigo cyitwa Top Service Ltd gikora ibijyanye no kugemura ifumbire mvaruganda mu Ntara y’Amajyaruguru n’Intara y’Iburengerazuba arashinjwa gukoresha impapuro mpimbano akishyuza leta amafaranga y’umurengera agera muri miliyoni 400 z’amanyarwanda, aho umuvugizi w’ubushinjacyaha, Faustin Nkusi avuga ko polisi yamubashyikirije kuwa 03 Gicurasi ariko akaba yari ategereje umwunganizi. Uyu muvugizi w’ubushinjacyaha yabwiye Imvaho […]

Muhanga: Umukozi wa Sacco afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga

Umukozi wa Sacco y’umurenge wa Rugendabari mu karere ka Muhanga yatawe muri yombi akekwaho kunyereza miliyoni 7 z’amafaranga y’amanyarwanda. Nshimiyimana Philbert, usanzwe atanga amafaranga ku bagana Sacco, yafashwe ku italiki ya 4 Gicurasi nyuma y’uko umucungamari w’iriya Sacco atahuriye icyuho mu bitabo bimwe. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Andre […]

N’ubwo Arsenal itatwaye igikombe ngo izahora itinyitse kurusha Leicester City

Lauren (Laureano Bisan) wahoze ari myugariro muri Arsenal yashimye uburyo Leicester City yitwaye muri Premier League ariko agashimangira ko Arsenal ifite ubudahangarwa kuyirusha by’umwihariko ko mu mikino 49 yose yakinnye nta n’umwe yigeze itsindwa uhereye 2004-2005, ko ariyo yari imbere y’izindi. Mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 2 Gicurasi, nibwo hemejwe ko Leicester […]

Kaminuza zirasabwa gukora ubushakashatsi kuri jenoside ngo itazibagirana

Kaminuza zasabwe gukora ubushashatsi kuri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda kugira ngo amateka yayo atazibagirana kandi bunangire uruhare mu kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi byagarutsweho ubwo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hibukwaga ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. N’ubwo mu yari kaminuza nkuru y’ u Rwanda, ubwicanyi bwatangiye mu matariki […]

Burundi: Umuntu yishwe abandi 3 bakomeretswa na gerenade

Kuri uyu wa Gatatu nibwo muri Komine ya Kirundo hatewe gerenade ikomeretsa abantu 3, naho mu gace ka Musaga umuntu umwe yishwe undi arakomereka. Uyu wiciwe mu gace ka Musaga yari azwi ku izina rya Jean Bosco Habonimana bakundaga kwita Ndandaye, abamwishe bakaba bamusanze hafi yo mu rugo iwe bahita bamurasa. Uyu mugabo yapfuye asize […]