Ibigo byâimari birasaba gukorerwa ubuvugizi
Ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwâintumwa za rubanda umutwe wa sena bagirira mu karere ka Gatsibo kwikubitiro baganiriye nâicyiciro cyâibigo byâimari bikorera mu karere ka Gatsibo ku bufatanye bwâibigo byâimari nâikigo cyâigihugu cyâiterambere(RDB) mu iterambere ry âumuturage. Â Jean Francois BAMPORIKI, umucungamutungo wa banki yâabaturage ishami rya Kabarore yavuze ko RDB nkâikigo cyâigihugu cyâiterambere cyabafashije […]
Uganda: Maj. Gen.Levi Karuhanga yapfuye
Paddy Ankunda umuvugizi wâigisirikare cya Uganda UPDF, niwe wemeje aya makuru ko Maj. Gen. Levi Karuhanga wari Umukuru wâurukiko rwa gisirikare rwa Uganda yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Mata 2016. Paddy Ankunda avuga ko yapfuye ubwo yari ari iwe byâumwihariko akaba yari amaze gufata amafunguro, ati: â Yaguye […]
Nyuma ya Cuba, Perezida Obama yagiye no muri Arabie Saoudite
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama kuri uyu wa Kane Taliki 20 Mata 2016 yagiriye uruzinduko muri Arabie Soudite, mu gihe ibi bihugu byari bisanzwe bitavuga rumwe. Obama yagiranye ibiganiro, nâumwami wa Arabie Soudite, Salma bigamije gushimangira imigenderanire mbere yo kwitabira inama ihuza ibihugu byo mu kigobe cyâibihugu bya Abarabu kuri uyu […]
Havumbuwe ubuvumo bunyuzwamo urumogi
Kuri uyu wa Gatatu nibwo Toni 1 ya Cocaine na Toni 7 zâurumogi zafatiwe mu buvumo bwavumbuwe, ziva muri mexico rwerekezwa San Diego Calfonia. Ubu buvumo bwubatse ku buryo bwa gihanga kuko bufite nâinzira yâubakitse mu buryo bwâiya gariyamoshi. Abantu 6 nibo bafashwe ubwo bari bamaze gupakira ibiyobyabwenge bitegura kubinyuza muri ubwo buvumo ngo babyambukane. […]
Abapolisi nâabakora umwuga wâitangazamakuru bari mu mahugurwa ku mutekano wâabanyamakuru
Kuri uyu wa kane tariki ya 21 Mata, ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda ku Kacyiru, hatangiye amahugurwa yâiminsi 3 ahuza abapolisi na bamwe mu bakora umwuga wâitangazamakuru, bakaba barimo guhugurwa ku guteza imbere uburenganzira bwo kuvuga icyo utekereza, umutekano wâabaturage nâumutekano wâabanyamakuru. Aya mahugurwa akaba anafite intego yo kureba uko abapolisi nâabanyamakuru barushaho […]
Perezida wa Zambiya yahumurije Abanyarwanda basahuwe
Perezida Edgar Lungu wa Zambiya yavuze ko ubusahuzi bwakorewe Abanyamanga i Lusaka ari igisebo kuri Zambiya aboneraho no kubahumuriza. Muri ubwo busahuzi burimo imvururu bwamaze iminsi 2, hasenywe amaduka y’abimukira b’Abanyarwanda arenga 60. Perezida Lungu yasuye abo bantu bakuwe mu byabo ubu bahungiye mu rusengero. Umunyarwanda waganiriye na BBC dukesha iyi nkuru, wari uri mu […]
Col Buzobona Emmanuel ngo yishwe akekwaho gukorana na Gen Niyombare Godefroid
Nyuma yâurupfu rwa Col Buzobona Emmanuel hagiye habaho guterana amagambo hagati yâuruhande rushyigikiye Leta ndetse nâurundi ruyirwanya, bamwe bashinja abandi kumwirenza, Hussein Radjab wahoze ari umuyobozi wa CNDD FDD we ashinja Leta ya Nkurunziza kumwirenza ndetse ko bikekwa ko yazize kuba yakoranaga na Gen Niyombare. Radjab avuga ko Col Buzobona Emmanuel yari umusirikare ushyira mu […]
Polisi yâu Rwanda yashubije imodoka ebyiri bene zo bari barabuze
Ku italiki ya 21 Mata, ku cyicaro gikuru cya Polisi yâ u Rwanda habereye igikorwa cyo gushyikiriza imodoka ebyiri bene zo zikaba zari zaribwe maze zifatirwa ku mipaka yâu Rwanda mu bihe bitandukanye. Muri icyo gikorwa , Assistant Commissioner of Police (ACP) Anthony Kulamba, Umuyobozi wa Polisi Mpuzamahanga nâubutwererane muri Polisi yâu Rwanda, ari nawe […]
Ku myaka 47, Jennifer Aniston yambitswe ikamba ryâumugore mwiza ku isi
Mu birori byabereye mu mujyi wa Hollywood ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Mata 2016, Jennifer Aniston wâimyaka 47 yâamavuko, niwe wegukanye ikamba ryâumugore uhiga abandi mu buranga. Nyuma yo gutorwa nkâumugore uhiga abandi mu bwiza muri uyu mwaka wa 2016, Jennifer Aniston yavuze ko ibyo bidaterwa no kwisiga cyane. Yagize […]
FIFA yashatse guha akazi perezida Nkurunziza ngo ntaziyamamaze ariko aranga
Umuvugizi wa perezidansi yâu Burundi, Willy Nyamitwe, yatangaje ko uwahoze ari perezida wa FIFA, Sepp Blatter yagerageje guha akazi perezida Pierre Nkurunziza ngo ntazahatanire gukomeza kuyobora u Burundi ariko akanga. Willy Nyamitwe yavuze ko benshi bagerageje guca mu nzira zitandukanye ngo babuze Nkurunziza kwiyamamaza harimo nâababigerageje banyuze mu Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi, FIFA, ariko […]
Tanzania igiye guha ubwenegihugu impunzi zâ Abarundi
Impunzi z’ Abarundi bahungiye muri Tanzaniya muri Gicuransi 2015, bagiye guhabwa ubwenegihugu nyuma yâuko bahunze ubwicanyi bwakorerwaga iwabo. Leta ya Tanzaniya ngo yaba yamaze kugenzura neza impunzi zikwiye guhabwa ibyangombwa biranga umwenegihugu. Iki gikorwa kikaba kizatangira mu mpera zâuyu mwaka wa 2016 aho buri mpunzi izajya ibona serivisi zihabwa umuturage wa Tanzaniya. Hamad Yusufu Masauni, […]
Ntabwo nanga abantu nâuwanyanga we yaba yihemukira â Minisitiri wâIntebe
Minisitiri wâIntebe, Anastase Murekezi, aherutse gutangaza ko ari umuntu wizera Imana ndetse nâabantu ndetse ko nuwamwanga yaba yihemukira kuko adashobora kumwanga. Ibi Minisitiri wâIntebe yabitangarije mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wabereye kuri Minisiteri yâIntebe , aho yatangiye ijambo rye avuga ko yabaye Minisitiri wâIntebe mu buryo butunguranye […]
Abanyeshuri bigaragambije bambaye ubusa- REBA AMAFOTO
Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Mata 2016, Abanyeshuri bo muri Kaminuza yitwa Rodes University bigaragambije bambaye ubusa bashaka kugaragaza imbaraga nke z’abashinzwe umutekano bakagombye kubarinda ifatwa ku ngufu. Imyigaragambyo yatangiye ku cyumweru iza guhindura isura kuri uyu wa Gatatu ubwo abanyeshuri bigabije imihanda nâibyapa byanditseho amagambo agaragaza imbaraga nke […]
Nyagatare: Undi mukobwa wari wanyweye imiti yo gukuramo inda nawe yitabye Imana
Umukobwa wa kabiri wari warokotse mu gikorwa cyo gukurirwamo inda mu buryo bunyuranije nâamategeko nawe yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri ushize nyuma yâundi nawe wari wahitanywe nâiki gikorwa muri iri vuriro. KTpress dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru ayigeraho avuga ko uyu mukobwa yari afite inda yâamezi atatu gusa akaba yari atwite umwana wâumuhungu. […]
Kunyura mu makuba nâizindi ngorane mu buzima bituruka hehe?
Hahirwa ababa mu nzu yawe, Babasha kugushima ubudasiba. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni. Iyo banyuze mu gikombe cyitwa Baka bagihindura ahantu hâamasĹko, Imvura yâumuhindo icyambika imigisha. Bagenda bagwiza imbaraga, Umuntu wese wo muri bo aboneka mu maso yâImana i Siyoni. Zaburi 84:5-8. Zaburi 23:4 4Naho nanyura mu gikombe […]
RDC: Abasirikare batatu ba FARDC bivuganwe nâinyeshyamba za FDLR
Abasirikare batatu ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bahitanywe nâibikomere bakuye mu mirwano yabahuje nâinyeshyamba za FDLR ubwo zabagabagaho igitero mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu mu burasirazuba bwa Congo nkâuko umuvugizi wâingabo yabitangarije AFP. Nkâuko Capt. Guillaume Djike yabitangaje ngo iki gitero gitunguranye cyagabwe na FDLR cyabereye ahitwa Buvunga muri Teritwari ya […]
Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
Indwara yo kwikinisha iterwa nâibintu byinshi, harimo kurangazwa nâikimero cyâabakobwa kureba amafirime yâubusambanyi kuganira cyane amagambo arimo ubushotozi bwo kuryamana hagati yâabahungu nâabakobwa ,kwisiritanaho ,abahungu bakunda gukorakora amabere yâabakobwa ,abakobwa bakunda gusomana bya cyane ,abakobwa bakunda gukorakora abahungu. Muri make ibyo mvuze haruguru ntibyakagombye gutera ikibazo, ingorane zivuka iyo umuntu ari wenyine cyagihe aba aruhuka […]
Rugby: Ubuyobozi bushya bugiye kubaka ikibuga mpuzamahanga mu Rwanda
Nyuma yâitariki ya 09 Nzeri 2014, ubwo habaga ivugururwa ryâ ubuyobozi bwâumukino wa Rugby mu Rwanda bugasiga Alex Araire ari we Perezida mushya ku matora yari yabereye kuri sitade Amahoro, iyi manda nshya yiyemeje guhindura byinshi ikaba igiye no kubaka ikibuga mpuzamahanga kihariye cya Rugby dore ko bakiniraga mu bya football. Aya matora yari yakozwe […]
Muhanga: Inshike ziremeza ko Perezida Kagame yazibereye umuryango
Abakecuru bâInshike bo mu Mirenge ya Mushishiro na Nyarusange mu Karere ka Muhanga baremeza ko Perezida Kagame yazibereye imiryango babuze. Abakecuru biganjemo abari hejuru yâimyaka 70 yâamavuko bâinshike za Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bari barihebye kubera gupfusha bagasigara bonyine ntawe barora, bazi ko bazapfa, ariko Perezida Kagame akaba yarabahaye amatungo yo korora, abubakira amazu […]
Uganda: Amama Mbabazi yambuwe imodoka yari yarahawe na leta
Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Uganda akaba aherutse no gutsindwa mu matora yâumukuru wâigihugu aheruka, yambuwe imodoka yari yaragenewe na leta. Iyi modoka yo mu bwoko bwa Pajero yirabura ngo ikaba yarafatiwe i Kampala kuri uyu wa Gatatu ijyanwa ku rubuga rwitiriwe ubwigenge ruri ahitwa Kololo. Mbabazi nkâuwahoze ari minisitiri wâIntebe, akaba hari […]
Umukobwa yabaze nyirasenge wapfuye amukuramo impinja zâimpanga
Kaumate Monique yari umugore ukomoka muri Cameroun yari atwite impanga, ariko kubera kubura ubwishyu yatewe utwatsi nâabaganga apfira ku marembo yâibitaro. Umunsi yari agiye kubyarira kwa Muganga, bitewe no kutagira amafaranga ahagije, yangiwe kubyazwa ahita apfira ku marembo yâibitaro âHospital la Quintanieâ. Ubwo nyina yapfaga, abo bana bari bakimurimo batarashiramo umwuka, Umwishywa wa nyakwigendera yabajije […]
London: Inzu yaguzwe asaga miliyoni 400 bikekwa ko ari iya Kayumba Nyamwasa igiye kwigwaho
Inyubako yâagaciro iri mu mujyi wa London mu Bwongereza yari yashyizwe ku isoko igiye kubanza gukorwaho iperereza nyuma yo gusanga hari aho ihuriye nâUmunyarwanda wahunze igihugu, Kayumba Nyamwasa. Biravugwa ko Kayumba yaguze iyi nzu iri mu mujyi wa London mu 2002 ubwo yari umusirikare ari nâumunyeshuri I London mu Bwongereza. Bivugwa kandi ko nyuma yo […]
Col.Buzobona Emmanuel wari mu gisirikare cyâu Burundi yishwe
Mu gihe hakomeje kugaragara umwuka mubi mu gisirikare cyâu Burundi, uyu munsi hicwa umwe ejo hakicwa undi rimwe na rimwe bikitwa kwihorera, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Mata 2016, Col Buzobona Emmanuel yishwe nâabantu bataramenyekana. Uyu mukoroneli ngo yahoze mu ngabo PMPA zahoze mu ishyamba nyuma baza kwinjizwa muri FDN, […]
Burkina Faso irigira ku ngamba u Rwanda rukoresha mu kurwanya ruswa
ââŹâšItsinda rigizwe nâabantu 6 bagize komisiyo yo kurwanya ruswa mu gihugu cya Burkina Faso basuye Polisi yâu Rwanda kuri uyu wa gatatu taliki ya 20 Mata ku cyicaro gikuru cyayo kiri ku Kacyiru, mu ruzinduko barimo kugirira mu Rwanda guhera ku wa mbere wâiki cyumweru. Intego nyamukuru yâuruzinduko rwâiri tsinda muri Polisi yâu Rwanda, akaba […]
Mexico: Umupolisikazi yakuyemo ishati yifotora amabere ari ku kazi-AMAFOTO
Nidia Garcia usanzwe ari umu Polisi muri Mexico, yabaye ahagaritswe nyuma yo gukuramo ishati akifotora igice cyo hejuru ubwo yari ku kazi, maze iyo foto ayishyira ku rukuta rwe rwa Facebook. Uyu mupolisikazi, ibyo yabikoze ubwo yarimo azenguruka mu gace ka Escobedo nâimodoka yâakazi acunga umutekano, gusa nyuma yaje gutungurana ubwo yakuragamo ishati akifotora ifoto […]
Nyamasheke: Kolera yatangiye kwica abantu
Imirenge ya Kagano na Bushekeri ho mu Karere ka Nyamasheke yugarijwe nâicyorezo cya Kolera kimaze guhitana umuntu umwe mu gihe abandi 22 bajyanywe kwa muganga ngo bakurikiranwe nkâuko byemejwe nâUmuyobozi wungirije wâakarere ushinzwe imibereho myiza, Claudette Mukamana. Uyu muyobozi yavuze ko uwitwa Nkuyamubiri Jean wari uri mu kigero cyâimyaka 50 wo mu Mudugudu wa Nyabageni, […]
Yafashwe asambanya indogobe ngo azakire Sida
Umugabo wo mu gihugu cya Zimbabwe yatawe muri yombi ashinjwa ibikorwa byâurukozasoni byo gusambanya inyamanswa nyuma yo gufatwa asambanya indogobe ngo arebe ko yamuvura agakoko gatera sida nkâuko byatangajwe nâigipolisi cya Zimbabwe. Igipolisi cyâahitwa Zvishavane cyavuze ko cyataye muri yombi Dennis Muteyo wâimyaka 44 nyuma yo gufatwa asambanya indogobe yari irimo irarisha mu murima. Mu […]
Ese ni iyihe myaka fatizo umuntu agomba gukoreraho imibonano mpuzabitsina bwa mbere?
Nâubwo iyobokamana ryemeza ko umuntu wese yemerewe gukora imibonano mpuzabitsina ari uko yashyingiranwe na mugenzi we bemeranyijwe kubana akaramata, byemewe nâamategeko nâidini. Abahanga muri Science nabo bafite uko batangaza imyaka fatizo umuntu yemerewe gukoramo imibonano mpuzabitsina. Abashakashatsi muri Kaminuza ya Cambridge mu Bwongereza, bavuga ko abakuru nâurubyiruko ruri munsi yâimyaka 18, bahora nâikibazo cyo kutamenya […]
RDF nâIngabo zâAmerika barahererekanya ubunararibonye ku kubungabunga amahoro
Ingabo zâu Rwanda hamwe nâIshami rya Minisiteri yâIngabo zâAmerika (ACOTA) bakoze amahugurwa yâiminsi 2 ku bikorwa byo kubungabunga amahoro. Iyi nama nyunguranabitekerezo irabera ku cyicaro cya RDF kuva tariki 19 kugera tariki 20 Mata 2015. Iyi nama igamije gusangira ubumenyi ku bikorwa byo kubungabunga amahoro. Buri mwaka iyi nama nsuzumabikorwa ihuza RDF nâIngabo za Amerika […]
Jose Mourinho ashobora gutoza PSG akereka munsi yâibirenge Man Utd
Mu gihe hashize iminsi itari mike hanugwanugwa ko Mourinho yaba agiye gutoza ikipe ya Manchester United, ntibivugwaho rumwe kuko kugeza ubu yamaze kwegerwa nâikipe ya Paris Saint Germain ngo abe yayibera umutoza. Umuyobozi wa PSG, Nasser Al-Khelaifi nyuma yo kubabazwa nâuko ikipe ye isezerewe mu irushanwa rya UEFA champions League,yafashe icyemezo cyo gusaba umufatanyabikorwa wa […]
Burundi: Umusirikare mukuru wari ushinzwe iperereza yaburiwe irengero
Umusirikare mukuru mu ngabo zâu Burundi wakoraga mu bijyanye nâiperereza amaze iminsi atagera ku kazi kuva muri weekend ishize, bagenzi be bakavuga ko yaba yaragiye mu bwihisho. Uyu akaba yiyongereye ku bandi basirikare bakuru bahunze igihugu bamwe bakajya mu mitwe irwanya ubutegetsi. Lt Col. Alexandre Mbazumutima, ngo ukomoka mu bwoko bwâAbatutsi, akaba yari ashinzwe iperereza […]
RDC: Abantu 12 baguye mu mirwano hagati ya FARDC na MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Simba
Abantu 12 baguye mu mirwano yahuje ingabo za Congo, FARDC, nâinyeshyamba zo mu mutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Simba . iyo mirwano ikaba yabereye kuri uyu wa Kabiri nyuma ya saa sita ahitwa Biakato-Centre, agace gaherereye mu birometero nka 250 mu majyepfo yâuburengerazuba bwâumujyi wa Bunia muri Teritwari ya Mambasa. Mu bishwe biravugwa ko 11 ari inyeshyamba […]
Intara yâ Iburasirazuba niyo irimo abantu benshi bishwe nâ abafite ingengabitekerezo ya Jenoside – CNLG
Kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mata 2016, Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG, yashyize ahagaragara ibikubiye mu bushakashatsi bubiri iheruka gukora kuri jenoside, aho bumwe bwibanze ku itegurwa nâishyirwa mu bikorwa rya jenoside mu cyahoze ari perefegitura ya Gisenyi, ndetse nâuko ingengabitekerezo ya jenoside mu Rwanda iteye kuva mu 1995-2015 nâingaruka zayo ku Muryango […]
Uganda: Amazina ya bamwe mu Banyarwanda bakatiwe amezi 8 yâigifungo
Umucamanza wo mu rukiko rwâibanze rwa Kisoro yakatiye Abanyarwanda nâAbakongomani bagera kuri 25 igihano cyo gufungwa amezi 8 bazira kwinjira muri Uganda mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Bamwe mu baciriwe urubanza ni abitwa: Oliver Manilanume, Shyirambere Iniciabil, Mubanza Mutokambali, Dieu Isasilika, Kibibi Paul, Bamperekereze Festo, Nsengiyumva Albert, Ndayambaje Bernard, Keshine Bakurukira, Arakiza Sebagenzi, Nathan Achekema, Sadic […]
Urutonde rwâabasirikare bishwe nâabagezwe amajanja mu gisirikare cyâu Burundi
Nyuma yâaho perezida Nkurunziza atangarije ko agiye kongera kwiyamamaza kuri manda ya 3 nibwo imvururu zatangiye mu Burundi, abantu bicwa abandi bagahunga ari nabyo byabaye intandaro yo gucikamo ibice no mu gisirikare. Ibi kandi bikaba byaranabaye imbarutso yâiyicwa rya bamwe abandi bagerwa amajanja. Ku ikubitiro Gen Adolphe Nshimiyimana warwanye urugamba rukomeye mu nyeshyamba zari iza […]
RDC: Umuvugizi wâingabo aravuga ko ingabo zâu Rwanda zari zikurikiranye FDLR zasubiye inyuma
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ingabo zâu Rwanda zinjiye ku butaka bwa Congo nkâuko byemejwe kuri uyu wa Kabiri tariki 19 nâumuvugizi wa region ya 34 yâingabo za FARDC, Capt. Guillaume Ndjike Kaiko. Uyu muvugizi wâingabo yagezaga ku itangazamakuru ibyavuye mu iperereza ryâitsinda ryâingabo ryakozwe mu gitondo cyo kuri uyu […]
Polisi yâu Rwanda yashyikirije moto yibwe muri Uganda ba nyirayo
Polisi yâu Rwanda yashyikirije Ikigo cyo mu gihugu cya Uganda gikora ubushakashatsi mu bijyanye nâubuhinzi cyitwa (International Institute of Tropical Agriculture-Uganda-IITA) moto yacyo yibwe muri iki gihugu iza gufatirwa mu Rwanda. Iyo moto yo mu bwoko bwa Yamaha ifite nomero ziyiranga UDX339Z yafashwe ku itariki 27 Werurwe na sitasiyo ya Polisi yâu Rwanda ya Ngarama, […]
Ntituzigera turekera Gambia mu maboko yâimbwa â Yahya Jammeh
Perezida Yahya jammeh wa Gambia yagiriye inama abaturage be yo kutazashukwa nâabatifuriza Afurika iterambere, ashimangira ko Gambia izakomeza kuba igihugu cyâamahoro. Ibi perezida Jammeh akaba yabibwiye abanyamakuru ubwo yari yururutse indege akubutse mu gihugu cya Turkiya, aho yari yitabiriye inama ya 13 ya OIC (Organisation of Islamic Cooperation). Yahya Jammeh utorohewe kuva mu cyumweru gishize […]
Nyagatare: Batatu bafatanywe inka enye bikekwa ko bari bazibye
Abagabo batatu bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi yâu Rwanda ya Karangazi, mu karere ka Nyagatare, bakaba bakurikiranyweho kwiba inka enye mu nzuri ebyiri ziri mu kagari ka Karama, mu murenge wa Karangazi. Abakekwa gukora iki cyaha ni Muhinda William ufite imyaka 23 yâamavuko, Rudasingwa Theogene ufite imyaka 21 yâamavuko, na Gakwerere Sam ufite imyaka 20 […]
Zambia: Ambasade yâu Rwanda irashima uko ubuyobozi bugerageza gukemura ikibazo cyâabanyamahanga bibasiwe
Ambasade yâu Rwanda i Lusaka muri Zambia irashimira igipolisi cyâiki gihugu ku bikorwa iri gukora byo guhashya abaturage bibasiye abanyamahanga biganjemo Abanyarwanda babasahura utwabo. Ushinzwe ibikorwa muri iyi ambasade, Abel Buhungu, yavuze ko ambasade yâu Rwanda inyuzwe nâibikorwa byâigipolisi cya Zambia. Buhungu yagize ati: âTunejejwe no gutabara byihuse kwa polisi ku bitero bigaragara ko byibasiye […]
Abana bo mu kagari ka Remera basobanuriwe birambuye kuri Jenoside yakorewe abatutsi
Nyuma yâuko abana bo mu Kagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kabgayi bagasobanurirwa amateka ya Jenoside kandi abana bakagaragaza ko hari ibyo basobanukiwe, Abuyobozi bwâAkarere ka Muhanga buratangaza ko gutoza abana gusura inzibutso no kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi bizagabanya ingengabitekerezo yayo. Umukozi wâAkarere ka Muhanga ushinzwe Urubyiruko, umuco […]
Bugesera: Barashimira Perezida Kagame wabagejejeho Girinka Munyarwanda
Ibirori byo gutanginza gahunda ya Girinka Munyarwanda mu ntara yâIburasirazuba byabereye mu karere ka Bugesera, umurenge wa Rweru kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Mata 2016, abaturage bakaba bashimira cyane Perezida Kagame wabagejejeho iyi gahunda. Iyi gahunda yari iyo guha inka abaturage batari bazifite nâabazihawe bakitura ku mugaragaro, mu magambo yavugiwe aho bagiye bagaruka […]
Nyagatare: Nyiri Lukai Health Center akurikiranweho gukuriramo umukobwa inda agapfa
Umugabo ufite ivuriro ryitwa Lukai Health Center mu Karere ka Nyagatera ari mu maboko ya polisi nyuma yo gukekwaho gukuriramo umukobwa inda ariko akahasiga ubuzima. Uyu mugabo witwa Ngarambe Deogratias bakunda kwita Rukanika ndetse nâumuzamu wâiri vuriro batawe muri yombi na polisi yo mu Karere ka Nyagatare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki […]
Umugeni yishwe ku munsi wâubukwe nyuma yo gusanga atakiri isugi
Igipolisi cyo muri Pakistan kiri guhiga bukware umugeni nâabavandimwe be bane nyuma yo gushinjwa kwica umukobwa wari warongowe kubera ko ngo basanze atari isugi. Igipolisi cyâahitwa Jacobabad cyavuze ko ibi byabaye kuwa Gatanu ninjoro, nyuma yâubukwe bwa Khanzadi Lashari na Qalandar Bux Khokhar. Abashinzwe iperereza bakaba bakeka ko umusore yanize umukobwa nyuma yo gusanga ngo […]
Justin Bieber yahembye abana bamenyekanye mu ndirimbo Sitya Loss ya Eddy Kenzo
Bieber amaze gukora indirimbo ye yise âSorryâ igasakara hose ariko bagenda bayisubiramo , Abazwi nka âGhetto Kidsâ bahawe igihembo ku bwâiyi ndirimbo ye aba bana basubiyemo bayibyina. Bitewe nâisubirwamo ryâiyi ndirimbo, Bieber byamukoze ku mutima hanyuma umwe wagaragayemo agenerwa ipantaro nâikoti [costume] impano yoherejwe na Bieber. Ibi byatangajwe na manager wâaba bana,Dauda Kavuma ko bishimira […]
DGPR yagejeje kuri Minisitiri wâIntebe ubusabe bwo kuvugurura amategeko agenga amatora
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mata 2016 ryagejeje kuri Minisitiri wâIntebe ubusabe bwaryo bwâuko habaho amavugurura mu mategeko agenga amatora nâagenga amashyaka ya politiki mu Rwanda. Ubu busabe buje bukurikira ubundi nkâubu ubwagejejwe ku Nteko Ishinga Amategeko kuwa 10 Gashyantare 2016. Green party ikaba ivuga ko yanagiriwe […]
Nyuma yo gutabwa muri yombi, Pasiteri Mboro ari mu myiteguro yo kujya mu ijuru ku nshuro ya 2
Mu gihe hashize iminsi mike Pasteri Paseka Motsoenenga uzwi ku izina rya Mboro atawe muri yombi azira kurya imitsi yâabayoboke be, ubu ikivugwa nâuko ari mu myiteguro yo kujya mu ijuru ku nshuro ya 2. Uyu mushumba uvuga ko arimo kwitegura uruzinduko rukomeye agiye kugirira mu ijuru, ngo si ubwa mbere yaba agiye kujyayo kuko […]
Kigali: Urubanza rwâabakekwaho ibikorwa byâiterabwoba rwabereye mu muhezo
Urubanza rwâabantu 16 bakekwaho gukorana nâimitwe yâiterabwoba kuri uyu wa Kabiri rwabereye mu muhezo nyuma yâaho ubwo baheruka kugezwa imbere yâUrukiko rwa Gasabo ubushinjacyaha bwari bwasabye ko ubutaha rwazajya mu muhezo. Ubushinjacyaha bukaba bwaragaragaje ko kubera impamvu zikomeye zâumutekano urubanza rwajya mu muhezo ndetse aba banakatirwa igifungo cyâagateganyo cyâiminsi 30 abaregwa bamwe batishimiye bakakijuririra mu […]
Dore impamvu 5 umugabo agomba kuvanamo imyenda umugore, mu gihe cyo gutera akabariro
Nkâuko hari byinshi abashakanye bagomba gukora ngo imibonano mpuzabitsina igende neza ari nako banoza umubano, ni byiza ko umugabo atakwibagirwa kuvaniramo umukunzi we imyambaro, kuko ari kimwe mu bishobora gutuma akabariro kagenda neza. 1.Byongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku mpande zombi Mu gihe abashakanye bitegura gukora igikorwa cyo kubaka urugo (gutera akabariro) ni byiza […]
Abanyarwanda batangiye kumva akamaro ko kuba muri EAC
Abaturage bâAkarere ka Ruhango nâAbanyarwanda muri rusange barahamagarirwa gukangukira kumenya amahirwe yose ahari yo kuba u Rwanda ruri mu muryango wâAfurika yâIburasirazuba (East African Community) no kuyabyaza umusaruro. Babikanguriwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Mata 2016 mu nama abahagariye inzego zinyuranye muri kano Karere bagiranye nâItsinda ryâabasenateri bagize Komisiyo yâububanyi nâamahanga nâumutekano muri […]
Zambia: Amaduka yâAbanyarwanda bakorera i Lusaka ari gusahurwa bashinjwa amarozi
Amaduka yâabanyamahanga ari mu murwa mukuru wâigihugu cya Zambia, Lusaka, yigabijwe nâabaturage bariye karungu aho bayakekaho isano nâubwicanyi bumaze iminsi buba muri uyu mujyi bakeka ko bufitanye isano nâimihango ya gipfumu nkâuko bitangazwa nâigipolisi. Byibuze abantu batandatu basanzwe bapfuye kuva mu kwezi gushize ariko bimwe mu bice byâumubiri nkâimitima, amabya nâamatwi byarakuweho. Igipolisi cyataye muri […]
Bujumbura: Abantu batazwi bagabye ibitero
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Mata 2016, Amasasu menshi yumvikanye mu gisagara cya Bujumbura, muri karitiye ya Kinama, Kamenge, Jabe hamwe no mu Ngagara muri karitiye ya 5, icyo gitero cyahitanye umuntu umwe abandi 5 barakomereka. Abantu batazwi bagabye igitero ku kabari kâahazwi nko kwa Ndizeye kari hafi yâinkambi ya […]
Umugandekazi Bad Black yahamije ko yikinishirizaga muri gereza
Umuririmbyi wâindirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, Shanitah Namuyimba uzwi nka Bad Black yatangaje ko ubwo yari muri gereza yikinishaga (Masturbution). Uyu muhanzikazi yavuze ko ubwo yari inyuma yâinkuta za Gereza atigeze ahwema kumva afite ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, ariko ngo ntibyamukundira ko ahaza ibyifuzo bye. Uyu muhanzikazi yavuze ko yitabazaga uburyo bwari bumworoheye […]
Sheebah Karungi yakuriye inzira ku murima Pallaso ko atari mu basore yaha urukundo
Muri Uganda nta kindi kirimo kuvugwa, usibye intambara yâamagambo hagati ya Pallaso na Sheebah nyuma yâuko uyu muhanzikazi yivugiye ko atajya mu rukundo nâuyu musore . Mu gihe abafana bari batesheje umutwe Sheebah bamusaba ko yahishura ibirimo kunugwanugwa ko yaba ari mu rukundo na Pallaso, yabisobanuye ashize amanga avuga ko bitashoboka. Mu magambo asesereza yavuze […]
Olivier Mulindahabi aramenya niba akomeza gukurikiranwa afunzwe cyangwa ari hanze
Urukiko rwa Nyarugenge, kuri uyu wa kabiri rurafata umwanzuro ku gukomeza gufunga cyangwa gukurikirana adafunze, umunyamabanga mukuru wa Ferwafa, Olivier Mulindahabi, ukurikiranweho ibyaha bya ruswa no kunyuranya nâamahame agenga itangwa ryâamasoko. Kuwa Gatatu ushize, Mulindahabi yari yasabye urukiko kuba rumurekuye mu gihe iperereza rikomeje, nyuma yâaho yari yananiwe kumvisha urukiko rwâibanze rwa Nyarugunga ko rwamurekura […]
Kuri ambasade ya Amerika haturikirijwe igisasu
Kuri uyu wa Mbere ahagana ku isaha ya 09h45 nibwo muri Afghanistan ikihebe (Taliban) cyiturikirijeho igisasu abagera ku 8 barakomereka bikomeye abandi bahasiga ubuzima. Josh Smith umwe mu batangabuhamya, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yavuze ko yumvishe iturika ridasanzwe ahagana mu gace ka Kabul gaherereyemo inyubako ya Perezida nâabandi bayobozi bakomeye. Yagize ati: “aba […]
Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Mu gihe cyâiminsi itatu, Polisi yâu Rwanda mu karere ka Burera yagiranye ibiganiro nâababyeyi bafite abana bataye ishuri, abayobozi bâinzego zâibanze, abarezi mu bigo byâamashuri yo muri aka karere, bose ibakangurira gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose rikorerwa abana. Inama babisabiwemo zabereye mu mirenge yose 17 igize aka karere kuva ku […]
Bukavu: Haribazwa niba atari igitero cyâiterabwoba giherutse guhitana abantu batatu
Nyuma yâiminsi 3 imodoka iturikiye mu mujyi wa Bukavu abantu batatu bakahasiga ubuzima, kugeza ubu ntiharamenyekana icyaturikije iyo modoka mu byâukuri kuri ariko abayobozi bo muri Bukavu mu byo bakeka ngo nta terabwoba ririmo nubwo benshi ari ryo baketse. Kuri uyu wa Gatanu ushize tariki 15 Mata mu masaha ya ninjoro, i Bukavu muri Repubulika […]
Obama yahuye nâibyamamare muri muzika byo muri Amerika- AMAFOTO
Perezida Obama yabonaniye nâibyo byamamare muri Whitehouse, mu muhango wo kuvugurura amategeko hagamijwe cyane gushimangira amategeko ahana ibyaha byâubugizi bwa nabi. Obama yahuriye muri uwo muhango nâabahanzi nka Alicia Keys, Nick Minaj, Buster Ryhmes, C.Janelle Monae ,J.Cole, Ludacris, Timberland, Khaled nâabandi batandukanye. Nkâuko bitangazwa na Billboard dukesha iyi nkuru, ngo impamvu yo gutoranya abo bahanzi […]
Burundi: Abahoze muri Ex-FAB bafunze barakorerwa iyicarubozo rikabije – Loni
Mu gihugu cyâu Burundi iyicarubozo no gufata nabi abanyururu biragenda bifata indi ntera. Nkâuko byemezwa nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Burenganzira bwa Muntu, ngo ibyo bikorwa biragenda byiyongera ku buryo kuva uyu mwaka watangira hamaze kugaragara dosiye 345 zâiyicarubozo ziyongera ku zindi 600 zari zabaruwe kuva muri Mata 2015. Umubare nawo ngo ukaba ushobora kuba […]