Kenya: Umugore wa Perezida Kibaki yitabye Imana
Mu gihugu cya Kenya hatangijwe icyunamo bitewe nâurupfu rwa Lucy Kibaki umugore wa Mwai Kibaki wigeze kuba Umukuru wâigihugu cya Kenya. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Mata 2016, nibwo Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yemeje ko Lucy Kibaki yitabye Imana aguye mu bitaro byo mu Bwongereza â Cromwell Hospitalâ mu […]
Rubavu: Polisi yasabye urubyiruko kwicungira umutekano nk'inshingano zabo
Ku wa 24 Mata, umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâUburengerazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) Bertin Mutezintare yagiranye inama nâabahuzabikorwa bâihuriro ryâurubyiruko Nyarwanda rw’abakorerabushake mu kwicungira umutekano (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing Organization- RYVCPO) bo mu mirenge 12 igize akarere ka Rubavu, abasaba kwita ku nshingano zabo barushaho gukangurira abandi kwirinda ibyaha. […]
Uburyo 4 umugore yakoramo imibonano mpuzabitsina ntababare igihe atakaje ubusugi
Mu byâukuri iyo umunsi wo gushyingiranwa wegereje, abakobwa bakiri amasugi usanga batekereza cyane bakanaterwa ubwoba nâuburibwe buva mu mibonano mpuzabitsina ikozwe bwa mbere ,nyamara ntibamenye ko hari uburyo bushobora gukoreshwa mu gihe umugore ayikoze ntababare. 1.kubanza kwishyiramo ko ugiye gutakaza ubusugi Iyo umugore yamaze kubana nâumugabo we ariko akaba atarakoraho imibonano mpuzabitsina, nibyiza ko mu […]
Udushya 7 tugaragara mu bukwe bwo muri Nigeria
Ubukwe bugenda butandukana bitewe nâumuco wâabene gihugu, muri Nigeria ho biratangaje,Nkâuko bikubiye muri ibi bintu 7 nk’uko ikinyamakuru Africacurture: 1.Kurwanira ibiryo Bitewe nâuburyo abitabiriye ibirori baba bacuranwa batangurwana ibyo kurya ubaye utabizi wagirango bamaze iminsi myinshi batarya ibi bigakorwa ibirori bigeze hagati bagiye kwakira abateraniye aho, Maze si ukurya nkâabari mu marushanwa. 2.Gupakira ibiryo mu […]
Ese Brig Gen Muhoozi yaba arimo gutegurwa ngo azasimbure Museveni?
Ibi byagarutsweho ku italiki 24 Mata 2016 aho Brig Gen Muhoozi Kainerugaba yari yujuje imyaka 42 yâamavuko, hagarukwa ku bumunyi yagiye akura mu mashuri bivugwa ko bishobora kuzatuma asimbura Perezida Museveni ku butegetsi. Nyuma yo kujya mu gisirikare agakomeza nâamashuri ye mu bihugu bikomeye binafite amahugurwa akomeye ku birebana nâimyitozo ya gisirikare,byakomeje bivugwa ko ari […]
Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ni inshingano ya buri muntu wese
Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside mu buryo bwose, kwirinda guheranwa nâagahinda ku barokotse Jenoside no kwiyubakamo ikizere, ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe mu gikorwa cyo kwibuka abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi i Mayunzwe mu Kagali ka Mwendo mu Murenge wa Mbuye, igikorwa cyabaye ku cyumweru tariki ya 24 Mata 2016. Avuga ku cyerekezo (Insanganyamatsiko) cyo […]
Rutsiro: Abanyeshuri biyemeje kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge
Abiga mu rwunge rwâamashuri rwa Rusororo ruri mu murenge wa Musambira ho mu karere ka Rutsiro bagaragaje ko basobanukiwe ingaruka mbi zâibiyobyabwenge, hanyuma biyemeza kugira uruhare mu kubirwanya. Iki cyemezo bagifatiye mu kiganiro bahawe mu mpera zâicyumweru gishize na Inspector of Police (IP) JerĂÂme Nsabuwera, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi yâu Rwanda nâabaturage ndetse nâizindi […]
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal byeguriwe abikorera
Guverinoma y’u Rwanda nâIkigo Oshen Health Care Rwanda Ltd gishamikiye kuri Oshen Group yo muri Angola bashyize umukono ku masezerano y’igihe kirekire, aha ububasha icyo kigo gucunga ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH), ariko bikazaguma ari ibya leta y’u Rwanda. Nyuma yâamasezerano yashyizweho umukono ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Mata 2016, […]
Jay-z arashinjwa guca inyuma umugore we Beyoncé
Bitewe nâamafoto Rita Ora ari kugenda ashyira ku nkuta ze ku mbuga nkoranyambaga, Beyonce aremeza ko uyu muhanzikazi afitanye umubano wihariye nâumugabo we Jay-z. Ubwiza uyu muhanzikazi avugwaho ngo bwaba ari intandaro yo kwigarurira Jay-z, Abakunzi babo bakaba aribo bakomeje kugenda batsa umuriro bahamya ko urukundo hagati yabo rugurumana, ibyo bikaba aribyo bishengura Beyonce. Dailymail […]
Pasteur wâitorero âRĂ©veilâ ngo yategetswe nâUmwuka gutera abakobwa inda
Mu mujyi wa Douala uri mu gihugu cya Cemeroun umupasteur ukiri muto uyoboye itorero rizwi ku izina rya â RĂ©veilâ yateye inda abakobwa bagera ku icumi abereye umushumba bivugwako ngo yaba yarabitegetswe na mwuka wera. Ibi bibaye nyuma yaho bamwe mu banyagihugu bo muri Douala bagiriye amakenga menshi bivanye nâimibanire idasanzwe hagati yâabakobwa bo muri […]
Igisirikare cyâu Rwanda RDF kirashaka abasirikare (officers) bashya
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ i ngabo zâu Rwanda (RDF) buramenyesha Abanyarwanda bose bujuje ibisabwa bifuza kwiga mu ishuri rikuru rya gisirikare (Rwanda Military Academy-Gako) ko bakwihutira kwiyandikisha ku turere bakomokamo. Abujuje ibisabwa bazemererwa kwiga muri iryo shuri bazasohoka ari abofisiye kandi bafite impamyabumenyi yâicyiciro cya Kabiri cya Kaminuza. Kanda hano ujye ubona amakuru […]
Uwabyaranye na Danny Nanone yahakanye ko atamufungishije bapfa indezo
Umukobwa wabyaranye na Danny nanone yikomye itangazamakuru rivuga ko Danny afunzwe kubera kudatanga indezo kandi yarinjiye muri Primus Guma Guma Super star (PGGSS6) ku nshuro ya 6. Ibi yabitangaje nyuma yaho bivuzwe ko Danny Nanone afunzwe azira kudatanga indezo ubu uri mu kigero cyâimyaka 3, kandi yarinjiye mu irushanwa rya PGGS aho bivugwa ko avanamo […]
Perezida Nkurunziza yatanze icyumweru cyo kumenya uwishe Gén.Athanase Kararuza
Nyuma yâurupfu rwa Brig.Gen.Athanase Kararuza, Perezida Nkurunziza wâu Burundi yatangaje ko igihugu cyabuze intwari byâumwihariko akaba yatanze icyumweru kimwe cyâiperereza ngo hamenyekane abihishe inyuma yâuwo mugambi. Nkurunziza yaboneyeho kwihanganisha umuryango wa Athanase Kararuza, igisirikare nâigipolisi ndetse nâabandi bose bakoranye nâuyu mujenerali, abibutsa ko yari umuntu wari ufitiye igihugu akamaro. Ubwo abasirikare nâabapolisi bageragezaga guhirika ubutegetsi […]
Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta
Abantu 21 bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kavumu mu karere ka Ngororero, aho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye yâagaciro mu buryo butemewe nâamategeko bakanatema ibiti mu ishyamba rya Leta riri mu kagari ka Rugeshi, mu murenge wa Kavumu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, yavuze ko […]
Umurundi Marguerite Barankitse yahawe igihembo cya miliyoni Y'Amadorari muri Aurora for AwakeningHumanity
Ubwo yashyikirizwa icyo gihembo nâuhagarariye akanama gategura iryo rushanwa Goeoge Clooney ,Barankitse Marguerite yagize ati «agaciro kacu ni agaciro ka muntu , niba ufite imbabazi, agaciro nâurukundo muri wowe ntacyagutera ubwoba , ntacyaguhagarika kuko ntacyaruta urukundoyaba intwaro, ishyari cyangwa inzara » ku Cy’umweru tariki ya 24 Mata 2016 i Erevan muri nibwo hatanzwe ibihembo bya […]
Abasirikare 121 ba Riek Machar nâibikoresho byabo bamaze gusesekara i Juba
Umugaba wâingabo zâumutwe wa SPLM-IO wa Riek Machar, Lt. Gen. Simon Gatwech Dual yamaze gusesekara I Juba kuri uyu wa Mbere tariki 25 Mata 2016 nâabasirikare bagera ku 121 nâibikoresho byabo, aho bagiye gutegereza umukuru wabo bazaba bashinzwe gucungira umutekano. Ibi bikaba bigezweho nyuma yâumunsi umwe guverinoma ya Sudani yâEpfo yemereye indege itwaye aba barwanyi […]
Ibiganiro bihuza Abarundi bizasubukurwa kuwa 02 Gicurasi 2016
Amakuru aturuka mu butegetsi bwâu Burundi ndetse no ku muhuza Benjamin Mkapa aravuga ko ibiganiro bihuza leta yâu Burundi nâabatavuga rumwe nayo bizatangira mu cyumweru gitaha kuwa 02 Gicurasi 2016 bikabera Arusha muri Tanzania. Ibi biganiro bikazaba biyobowe na Benjamin Mkapa wigeze kuba perezida wa Tanzania uherutse kugenwa kuri uyu mwanya nâabakuru bâibihugu bigize Umuryango […]
IGP Gasana yijeje gukurikirana abanyereje ibyagombaga kubaka inzu ya koperative COMURU
Umuyobozi mukuru wa Polisi yâu Rwanda (IGP) Emmanuel K. Gasana yasoje uruzinduko rwâiminsi 3 yagiriraga mu turere twa Rusizi na Nyamasheke mu ntara yâIburengerezuba, aho yasuye akanareba imikorere ya Sitasiyo za Polisi zikorera muri utwo turere, mu rwego rwo kuzikangurira gukomeza gukora akazi kazo neza no guha serivisi nziza kandi vuba abaturage bazigana. Muri urwo […]
Gen. de Brigade Athanase Kararuza yishwe muri iki gitondo
Amacakubiri nâubwicanyi bukomeje kuranga igisirikare cyâuburundi aho muri iki gitondo ahagana saa moya na mirongwinenitanu GĂ©nĂ©ral de Brigade Athanase Kararuza yagabweho igitero gikomeye ageze imbere ya lycĂ©e du Saint esprit muri commune Ntahangwa aho we, umufasha we nâumwana we bahasize ubuzima nâaho abarinzi be (gardes du corps) bakomeretse bikabije. GĂ©nĂ©ral de Brigade Athanase Kararuza yerekezaga […]
Minisitiri wâIntebe yasabye gushakira umuti ikibazo cyâubushomeri mu rubyiruko nâabagore
Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Mata 2016 i Kigali hateraniye Inama ya 2 yâAkarere ku Murimo yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri wâIntebe, Anastase Murekezi. Iyi nama yitabiriwe nâibihugu bitandukanye birimo Namibia, Botswana, Ghana, Kenya, Malawi, Tanzania, Uganda nâibindi. Iyi nama ikaba yarateguwe ku bufatanye bwa minisiteri yâumurimo, GIZ, ILO (International Labour Organisation), na PSF […]
EPEMR:Uwari Bishop wa Kigali yagarutse muri ADEPR,icyamugaruye kigirwa ibanga
Bishop Hagenimana Anastase wayoboraga Diyoseze yâUmujyi wa Kigali yamaze gusezera mu itorero rya EPEMR agaruka mu itorero rya ADEPR yahozemo ariko icyamugaruye yakigize ibanga. Anastase Hagenimana mbere yuko ajya muri EPEMR yahoze mu itorero rya ADEPR aho yari umuntu usanzwe udafite inshingano mu Itorero ariko akaba yarakundaga gukora imirimo yo gusenga nâivugabutumwa mu buryo butandukanye […]
Impanuka yahitanye abaririmbyi barenga 16 hamwe na padiri wabo
Kuri uyu wa 24 mu ntara ya Rutana habereye impanuka ikomeye, abaririmbyi 16, umupadiri nâumubikira bahasiga ubuzima. Amakuru aturuka mu ntara ya Rutana avugako iyi mpanuka yabereye ahazwi ku izina rya ku âwibyumaâ muri comine Musongati, mu ntara ya Rutana aho i kamiyo yo mu bwoko bwa fuso yaritwaye abo baririmbyi ibakuye mu ntara ya […]
Uburyo 17 abakobwa bakoresha ngo bagire amabere meza
Hari ubwo usanga abantu benshi binubira imiterere yâamabere yabo, ugasanga bakabya kwambara imyenda ibafatiriye cyangwa ubundi buryo bubangamye ku mubiri wâumuntu. Abahanga bavuga ko ibintu bya mbere bikwiriye kwirindwa ari ukurya bidafite gahunda, imyitozo ngororangingo ikabije no koga amazi ashyushye kenshi. Ariko byâumwihariko batanze inama zigera kuri 17 zagufasha. Inama ya mbere batanga ni uko […]
Burundi: Col. Donatien Ndabigeze yagabweho igitero gihitana umugore we
Nyuma yâiminsi 3 gusa Col Buzobona Emmanuel yishwe nâabantu bataramenyekana, kuri iki cyumweru tariki ya 24 Mata 2016, Col Donatien Ndabigeze yagabweho igitero nâabantu bashakaga kumwica ararusimbuka ariko umugore we ahasiga ubuzima. Amakuru ava mu Burundi, ni uko abateye mu rugo kwa Col Donatien Ndabigeze bari bambaye imyenda ya gisirikare, bakaba bageze aho yari atuye […]
Impuguke zo muri Singapore mu iterambere ryâimijyi itandatu yo mu Rwanda
Leta yâu Rwanda muri gahunda yo kwifashisha impuguke nâiraribonye zo muri Singapore mu gikorwa cyo kwihutisha iterambere ryâimijyi itandatu yunganira umujyi wa Kigali. RGB nkâikigo cyâIgihugu gishinzwe imiyoborere kimaze iminsi itari mike gikorana nâikigo gitanga ubujyanama mu bihugu biharanira kwihutisha iterambere, Future Move Group (FMG) mu bijyanye no kuzamura iterambere rirambye. Muri iyo mijyi itandatu […]
Kenya ntirumva iby'amasezerano yâubwirinzi hagati yayo, u Rwanda na Uganda
Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba urakora ibishoboka mu kurwanya iterabwoba no kongera ubushobozi bwâigisirikare cyawo mu rwego rwo gukumira amakimbirane no guhangana nâibibazo byawuvukamo, ariko igihugu cya Kenya muri iyi weekend cyagaragaje ubushake bucye cyanga gushyira umukono ku masezerano yâubufatanye mu bwirinzi hagati yayo nâu Rwanda na Uganda. Mu nama ya ba minisitiri yateraniye muri Munyonyo […]
Burundi: Minisitiri yarokotse ubwicanyi umugore we arakomereka
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko igitero cya grenade cyagabwe kuri iki Cyumweru tariki 24 Mata saa sita na cumi nâitanu nyuma ya misa, cyari kigamije guhitana minisitiri ushinzwe uburenganzira bwa muntu, ibibazo byâimibanire nâuburinganire, Martin Nivyabandi. Iki gitero kikaba cyaragabwe muri parikingi yâItorero ââGuĂ©rison des Ă Âąmesââ minisitiri nâumuryango we bakunze gusengeramo. Nkâuko […]
Kirehe: Abantu babiri barimo umumotari bafatanwe ibiro 80 byâurumogi
Imikwabu Polisi yâu Rwanda mu karere ka Kirehe yakoze mu mpera zâicyumweru gishize yayifatiyemo abagabo babiri bari bafite ibiro 80 byâurumogi. Ababifatanwe ni Bizimungu Jean Pierre ufite imyaka 30 yâamavuko na Mukunzi Valens ufite imyaka 28 yâamavuko, aba bombi bakaba barafatiwe mu kagari ka Mushongi, mu murenge wa Mpanga. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu […]
Zuma tuzamukuzaho umunwa wâimbunda â Julius Malema
Umunyapolitiki wo muri Afurika yâEpfo, Julius Malema, aravuga ko abatavuga rumwe nâubutegetsi kwihangana kwabo kuzarangira vuba bagakuraho guverinoma bakoresheje umunwa wâimbunda mu gihe ishyaka ANC riri ku butegetsi rikomeje gukoresha imbaraga zâumurengera mu guhosha imyigaragambyo yo mu mahoro. Malema asanzwe ari umugaba mukuru wa Economic Freedom Fighters, ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi yashinze mu 2013 nyuma […]
Burundi: Mbere yâuko Col Buzubona Emmanuel yicwa yabanje gushinjwa gukorana na Gen Niyombare
Nyuma yâurupfu rwa Colonel Buzubona Emmanuel wishwe arasiwe imbere yâiwe ubwo yari atashye muri Zone Kinama, abari ku butegetsi mu Burundi nâabatavuga rumwe nabwo bakomeje gushinjanya kwica uyu musirikare wari mukuru mu ngabo zâu Burundi, aho Hussein Radjabu nawe ashinja ubutegetsi kuba inyuma yâurupfu rwe. Nubwo abasanzwe mu ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD bakomeza gushinja […]
Kibeho:Min.wâIntebe yasabye ubucamaza kwihutisha urubanza rwa Ladislas Ntaganzwa
Ubwo hibukwaga Abatutsi bazize Jenoside yo muri Mata 1994 Ministiri wâIntebe Anastase Murekezi yasabye ubucamanza kwihutisha iburanishwa rya Ladislas Ntaganzwa ndetse wayobora Komine Nyakizu. Kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 23 Mata 2016 nibwo i Kibeho ho mu Karere ka Nyaruguru hibutswe abazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994,uyu muhango ukaba wabanjirijwe nâigitambo cya Misa […]
Umuhanzi Papa Wemba yitabye Imana ku myaka 66
Umuririmbyi Papa Wemba ukomoka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, akaba yafatwaga nkâumwami wâinjyana ya Lumba, yitabye Imana kuri iki Cyumweru ku myaka ye 66 aguye I Abidjan muri Cote dâIvoire nkâuko byatangajwe na Radio Okapi. Papa Wemba ubusanzwe amazina ye yâukuri akaba ari Jules Hungu Wembadio Pene Kikumba, yandikaga indirimbo, akazitunganya, ndetse akaba yari […]
Rubavu: Abaturage basabwe kuba maso bakirinda guha umwanzi icyuho
Mu gihe ubusanzwe umuganda ngarukakwezi mu gihugu hose uba kuwa Gatandatu wanyuma wâukwezi, kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Mata 2016 abatuye mu mujyi wa Gisenyi bo nibwo bawukoze nyuma yo gusanga kuwa 30 Mata ubwo hazaba umuganda rusange bo bazaba bari mu gikorwa cyo kwibuka abiciwe kuri Komine Rouge muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]
Abahanga muri siyansi bemeje ko perezida Mugabe azabaho ubuziraherezo
Abahanga muri siyansi bubashywe bo mu ishuri rikuru ryâubumenyi rifite icyicaro mu Bwongereza bamaze igihe bakora ubushakashatsi mu ibanga bashaka kumenya impamvu perezida Robert Mugabe adapfa. Ibi ngo bikaba byaraje nyuma yâaho hatangarijwe ku mugaragaro mu 1999 ko Mugabe atajya yogosha umusatsi we kandi akaba nta mvi zingana nkâimyaka ye afite. Robert Mugabe ngo wazanywe […]
RDC: Abarwanyi 19 ba RaĂ ÂŻa Mutomboki bishyize mu maboko ya FARDC
Abarwanyi bagera kuri 19 ba RaĂ ÂŻa Mutomboki yâuwitwa Kaleba bavuye mu ishyamba ku bushake bwabo bishyikiriza ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu Murenge wa bakano ho muri Teritwari ya Walikale. Aba bakaba biyongereye ku bandi batatu baturutse Ntoto nkâuko amakuru yavaga mu gisirikare kuri uyu wa gatandatu yavugaga. Uku kurambika intwaro hasi ngo […]
Kwinjira muri RESTAURANT ugomba kuba wambaye uko wavutse
Mu murwa mukuru wâigihugu cyâUbwongereza i Londre hafunguwe inzu igurishirizwamo ibiryo bihiye (restaurant) bivugwa ko ari ikintu kidasanzwe muri icyo gihugu cyo gufungura wambaye uko wavutse. Iyi restaurant izwi ku izina rwa âThe Bunyadiâ ikaba ikorera mu murwa rwagati, ngo ishishikajwe no gutanga amafungura ahingwa mu gihugu cyâUbwongereza gusa. Abakunzi bâiyi restaurant ndetse nâincuti ngo […]
Abakuru bâibihugu bihuriye ku Muhora wa Ruguru basabye kwihutisha imishinga hitawe ku bikeneye gukorwa vuba
Mu nama ya 13 yâUmuhora wa Ruguru yitabiriwe nâabakuru bâibihugu byâu Rwanda, Kenya, Uganda nâuwa Sudani yâAmajyepfo wari uhagarariwe muri iyi nama bishimiye uruhare rwâibi bihugu mu migendekere myiza yo kwihutisha imishinga migari yâUmuhora wa Ruguru hagamijwe kuzamura imibereho myiza yâabatuye muri ibi bihugu bihuriye kuri uyu muhora. Abakuru bâibihugu bavuze ko inama yishimiye ibigenda […]
Umuhanzi Alikiba ngo yaba yatangiye gutinyuka abakobwa
Alikiba ni umwe mu bahanzi bazwi muri Tanzania, bikaba bivugwa ko adakunze kuvuga amagambo menshi bityo abakunzi be bakaba bibaza niba koko mu buzima bwe bwa buri munsi ariko bimeze. Mu mafoto yakunze kugaragaza kenshi kuri za murandasi ni izimugaragaza ari muri studio, aririmba kuri stage, rimwe na rimwe ari muri salon yicaye, nkâuko bamwe […]
Kayonza: Ngo abahakoze Jenoside baridegembya muri Tanzania
Bamwe mu bacitse ku icumu bo mu murenge wa Murama mu cyahoze ari Secteur Bisenga ho mu karere ka Kayonza babwiye Umuseke ko kuba hari umubare munini wâAbatutsi bishwe batarabonerwa irengero, ngo ni uko hari abavugwa ko bakoze Jenoside bagahungira muri Tanzania. Theoneste Bicamumpaka umwe mu barokotse Jenoside wo muri aka gace, avuga ko muri […]
Niyibizi afungiwe kugerageza guha ruswa umupolisi
Kimwe mu bigo bya Polisi byashyizeho ingamba zo gukumira no kurwanya ruswa, ni ikigo cya Polisi gipima ubuziranenge bwâibinyabiziga, imikorere yâiki kigo ikaba idaha agahenge uwagerageza gutanga ruswa ngo akorerwe ibitemewe nâamategeko. Mu Rwanda ruswa ifatwa nkâumuziro, Polisi yâu Rwanda nayo ikaba itihanganira ruswa yaba uyitanga nâuyihabwa. Nubwo hashyizweho ingamba zitandukanye ariko ngo hirinde ruswa, […]
Polisi n'abanyamakuru baharanira inyungu zâabaturarwanda
Ubufatanye n’ubuvandimwe hagati y’abapolisi n’abanyamakuru bwahawe isura nshya hagamijwe inyungu z’abaturarwanda. Uyu ni umwanzuro nyamukuru w’inama yari imaze iminsi itatu yiga ku mutekano w’abanyamakuru ndetse n’abaturage yaberaga ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru. Asoza iyi nama , Umuyobozi w’Ishami ry’Ubugenzacyaha (CID) muri Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege yibukije akamaro […]
Kwibuka abazize Jenoside ni ukugirana ubumwe nabo
Kwibuka abazize jenoside ni ukugirana urunana nâubumwe nâabazize jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho na Senateri Prof Laurent NKUSI ubwo I Tumba ku rwibutso rwa Cyarwa hibukwaga ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe abatutsi. Ni igikorwa cyabaye kuwa kane tariki ya 21 Mata 2016, ku rwibutso rwa Cyarwa. Bimwe mu […]
ADEPR Nyarugenge bibutse abazize Jenoside- REBA AMAFOTO
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wâ1994, Itorero ryâabapantecote mu Rwanda (ADEPR) muri Paruwasi ya Nyarugenge ururembo rwâumujyi wa Kigali, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Mata 2016, bibutse abazize Jenoside, umuhango watangijwe nâijoro ryo kwibuka ryabaye kuri uyu wa gatanu. Mbere ya saa sita abayobozi […]
Onesime Nduwimana arashinja abatagetsi bâu Burundi gukorana nâabakoze jenoside mu Rwanda
Onesime Nduwimana wahoze ari umuvugizi wâishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, kuri ubu akaba abarizwa mu ihuriro ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi, CNARED, yemeje ko mu Burundi habarizwa bamwe mu Banyarwanda bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda. Uyu mugabo yashinjije ubutegetsi bwa perezida Nkurunziza gukora ibishoboka byose ngo haduke intambara hagati yâu […]
Hagiye gushyirwaho ingamba zâubushakashatsi mu kurwanya Malaria
Ibitaro byâIngabo zâu Rwanda byatangaje ko byiteguye gushyiraho ishami ryâubushakashatsi hagamijwe gukumira no kurwanya uburwayi bwa Malaria. Ibi byatangajwe nâUmuyobozi wâibi bitaro, Brig Gen Dr Emmanuel Ndahiro ubwo hafungurwaga kuri uyu 22 Mata 2016 inama mpuzamahanga kuri Malaria. Yagize ati â Ibitaro bya gisirikare byâu Rwanda byiyemeje kwinjira muri uru rugendo rwo kurwanya Malaria, dufite […]
Mu mafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama ya 13 yâUmuhora wa Ruguru
Kuri uyu wa Gatanu perezida Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Uganda aho yitabiriye inama ya 13 ihuza ibihugu bihuriye ku Muhora wa Ruguru iteranira I kampala kuri uyu wa 23 Mata 2016. Dore uko perezida Kagame yakiriwe I Kampala   Amafoto: Village Urugwiro  Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri […]
Umugore yahambwe ari muzima azira kubangamira isenywa ryâurusengero
Umugore wâumuyobozi wâitorero ryitwa Beitou Church mu gihugu cyâUbushinwa yahambwe ari muzima nyuma yo kugaragara nkâutambamira isenywa ryâurusengero rwabo. Ibi byabereye rwagati mu ntara ya Henan aho umuyobozi wâitorero rya Gikristo yafashwe nâumugore we bazira kutubahiriza amabwiriza ya Leta yâUbushinwa yo gusenya insengero zose za gikristo . The Christian Post yatangaje iyi nkuru kuwa kabiri […]
Ihuriro G7 rirasaba Monusco kurinda umutekano wa Moise Katumbi
Ihuriro G7 rihuriyemo amashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila, rirasaba MONUSCO gucungira umutekano umukandida waryo mu matora yâumukuru wâigihugu ataha, MoĂ ÂŻse Katumbi Chapwe. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuri uyu wa gatanu tariki 22 mata I Kinshasa, Visi perezida wâiri huriro ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi, Olivier kamitatu Etsu, yavuze ko bafite impungenge zâuko Moise katumbi ashobora […]
Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw'abakorerabushake mu gukumira ibyaha
Polisi yâu Rwanda mu karere ka Rubavu irashimira abagize ihuriro ryâurubyiruko Nyarwanda rw’abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP) bo muri aka karere kubera uruhare rwabo mu kubumbatira umutekano. Yabasabye kandi kurushaho gukangurira abantu kwirinda ibyaha aho biva bikagera kandi bakagira uruhare mu kubumbatira umutekano. Ibi byavugiwe mu nama yabereye […]
Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside biradusaba kutaba ba Rukurikirizindi – Guverineri Munyentwari
Ibyo ni ibyagarutsweho kuri uyu wa 21/4/2016 na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo ubwo yitabiraga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 I Murambi ho mu karere ka Nyamagabe. Icyo gikorwa cyo kwibuka Abatutsi biciwe aho I Murambi ho mu karere ka Nyamagabe cyabimburiwe n’urugendo ndetse n’ijoro ryo kwibuka ku wa 20/4/2016. […]
Uganda: Umusirikare yivuganye abantu barindwi barimo na bagenzi be
Igipolisi mu Karere ka Kanungu mu gihugu cya Uganda cyataye muri yombi umusirikare wa UPDF waraye urashe akica abantu bagera kuri barindwi mu gasantere ka Kihiihi. Uyu musirikare ufite ipeti rya Lance Corporal witwa Katungwensi Katooko Moses wakoreraga ku birindiro bya Mburamaizi muri Kihiihi, yishe abasivili ndetse nâundi musirikare nyuma yo kurwana nâumugore we. Abandi […]
Impamvu Abanyarwanda baba muri Zambia bibasiwe kurusha abandi
I Lusaka muri Zambia hari hamaze iminsi abanyamahanga biganjemo Abanyarwanda bibasiwe nâabaturage bâiki gihugu. Bivugwa ko hari abantu batwitswe ari bazima bakekwaho ibikorwa bya gipfumu nkâuko byatangajwe nâigipolisi cya Zambia kuwa Gatatu tariki 20 Mata. Nubwo bashinjwa ibi ariko, abakurikiranira hafi ibintu bavuga ko aba banyamahanga nta kindi bazira usibye ishyari bagirirwa nâabanyagihugu kubera ukuntu […]
Batatu batawe muri yombi bakekwaho kujugunya ibendera mu musarane
Mu kagari ka Mwezi, umurenge wa Karengera akarere ka Nyamasheke, abantu batatu bakurikiranyweho icyaha cyo kujugunya idendera ryâigihugu ryo ku ishuli ribanza rya Nyantunda mu byiherero. Nkâuko bivugwa nâumunyamabanga wâuyu murenge ngo aba bafunzwe barigukorwaho iperereza kuko mu minsi ishize hari amagamba bafuze atari meza abwirwa umuzamu wâiryo shuli ndetse nâushinzwe umutekana muri uwo mudugudu […]
Gen Cyrille Ndayirukiye na bagenzi be bongeye gusabirwa igifungo cya burundu
Mu gihe urubanza rwabo rwaberaga mu mwiherero kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mata 2016, Gen Cyrille Ndayirukiye na bagenzi 27 bose basabiwe igifungo cya burundu. Umushinjacyaha wa Leta yâu Burundi, yakomeje gusobanurira abacamanza ko uko ari 28 bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi, bari bahuriye ku mugambi ndetse ko bakwiye igihano kimwe cyo gufungwa burundu […]
Polisi yâu Rwanda ikomeje kwihanangiriza abinjiza amasashe mu gihugu
Polisi yâu Rwanda ikomeje kwihanangiriza bamwe mu bantu bakigerageza kwinjiza amasashe mu gihugu kandi bitemewe ndetse bihanirwa. Ibi bije nyuma yâuko Polisi, ku italiki ya 21 Mata, ifatiye abantu bagerageza kwinjiza amapaki 80 yâamasashe baciye mu misozi yâumurenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze. Polisi yabonye amakuru ko hari abantu batatu bikekwa ko bashaka […]
Mbere yo gusubira mu ijuru, Paster Mboro Paseka yabanje gusiga amavuta amakariso yâabagore
Mu gihe hashize iminsi mike Pasteri Paseka Motsoenenga uzwi ku izina rya Mboro , avuze ko ari mu myiteguro yo kujya mu ijuru ku nshuro ya 2, ubu yatangiye imishinga yo gusengera imyenda yâimbere yâabagore abanje kuyasukaho amavuta ngo abarinde abadayimoni . Ibi yabitangaje ubwo yumvikanaga kuri radio âJacaranda Fmâ aho yavugaga ko bitewe nâuko […]
Man Martin yahumurije umwana biganye amubwira ko nta tuze riva mu biyobyabwenge â Video
Man Martin umwe mu bagize inkingi ya mwamba muri muzika Nyarwanda, yamaze gushyira hanze amashusho yâindirimbo yise âDonâcryâ aho avuga ko yayihimbye ashingiye ku makuru yâumwana biganye wakoreshaga ibiyobyabwenge akaza kumuhumuriza. Nkâuko Mani Martin abitangaza, ngo indirimbo Donât cry, yayihimbye agendeye ku buhamya bwâumwana biganye wakundaga guhura nâikibazo cyâihungabana, no kwigunga kubera kubura ababyeyi be, […]
Gen David Sejusa yararozwe ararusimbuka
Kuri uyu wa Kane taliki 21 Mata 2016, nibwo uwahoze ari maneko ukomeye muri Uganda, Gen David Sejusa yateguye ibirori yishimira ko yavuye muri gereza akanarokoka uburozi. Nyuma yo kurekurwa nâurukiko rukuru rwa Kampala, aho yashinjwanga kwikura ku nshingano, kuri uyu wa kane nibwo yahurije hamwe umuryango nâinshuti ze mu rugo iwe iNkoma bishimira ko […]
Kayumba na Dr Hafashimana Emmanuel, abayobozi muri UNATEK bafunzwe nâigisirikare cyâu Rwanda
Kayumba Patrick, ushinzwe ubutegetsi nâImari (DAF) na Dr Hafashimana Emmanuel, Umuyobozi wungirije ushinzwe imari muri kaminuza ya UNATEK bafunzwe nâigisirikare cyâu Rwanda bashinjwa kunyereza umutungo. Nkâuko byatangajwe na Lt Col Rene Ngendahimana, umuvugizi wâingabo zâu Rwanda, ngo aba bombi bakurikiranwe nâurukiko rukuru rwa gisirikare ku cyaha bashinjwa cyo kunyereza umutungo wa Kaminuza. Yakomeje avuga ko […]
Amafoto 10 yâumukobwa wâimyaka 19 uvugwaho kuryamana na Diamond
Mu gihe byavugwaga ko umutima wâumuhanzi Diamond wigaruriwe wâUmugore Zari Hassan, Kuri ubu amakuru akomeje gucicikana avuga ko hari umukobwa wâ imyaka 19 bacuditse ndetse ko bashobora kuba bararyamanye. Diamond avugwaho kuryamana nâumukobwa Lynn, nyuma yo kugenda agaragara mu mashusho yâindirimbo z’abahanzi, ibi bikaba byanakuruye guterana amagambo hagati yâabafana bâuyu musore Diamond. Izi nkuru zacicikanye […]