Umuyobozi Mukuru wa Vodacom Tanzania yatawe muri yombi
Umuyobozi mushya wâikigo cyâitumanaho cya Vodacom Tanzania, Hisham Hendi, ndetse nâabandi bakozi batavuzwe umubare kuri uyu wa Kabiri batawe muri yombi i Dar es Salaam bashinjwa imikorere idahwitse. Vodacom Tanzania kuri uyu wa gatatu yavuze ko Bwana Hendi nâabandi bakozi bari guhatwa ibibazo kuri iyo mikorere yabo. Itangazo yashyize ahagaragara rikaba rigira riti: â Turi […]
Ngoma: Ubushinjacyaha bwasabiye gufungwa burundu abishe umuntu bakamutwika
Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije urubanza ruregwamo Rukundo Juliette bita Mama Witonze, Nzabagerageza Jean D’amour bita Toto na Twagirayezu Julien bita Mafene  ku cyaha cyâUbwicanyi buturutse ku bushake bwakorewe uwitwa Sibomana Jean de Dieu barangije baramubaga, kuri buri wese Ubushinjacyaha bukaba bwaramusabiye igihano cyâigifungo cya burundu. Uru rubanza rwaburanishirijwe imbere yâimbaga yâabaturage aho icyaha cyabereye […]
Abanyeshuri babiri ba Kaminuza yâu Rwanda batorokeye muri Suwede
Abanyeshuri babiri bo muri Kaminuza yâu Rwanda (UR) ishami ryâItangazamakuru nâItumanaho (SJC) bimenyerezaga mu gihugu cya Suwede baratorotse. Aba banyeshuri ni Emmanuel Munyaneza na Emmanuel Tuyishime bari baremerewe kujya muri Suwede kwimenyereza umwuga mu gihe cyâukwezi kuva kuwa 18 kugeza 19 Nyakanga 2018. Ku munsi wo kugaruka aba bombi bahisemo kuhafata baburirwa irengero. Bagenzi babo […]
Tanzania: Mu karere ka Kibondo Abarundi batagira ibyangombwa barahigwa bukware
Kuva ku cyumweru tariki ya 31 Werurwe 2019, ubuyobozi bwâakarere ka Kibondo muri Tanzania bwashyizeho amabwiriza yo guhiga bukware Abarundi bahaba batagira ibyangombwa. Aya mabwiriza yashyizweho nyuma yâigitero cyagabwa mu gasantere kâubucuruzi gaherereye muri Kibondo, ngo abantu batandatu barimo abarundi batatu bahaburira ubuzima mu gihe abopolisi bâabofisiye babiri ngo nabo barahakomerekera. Mu nama yabaye kuri […]
Brunei: Hatangijwe itegeko ryo kwicisha amabuye abaryamana bahuje igitsina
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 03 Mata, mu gihugu cya Brunei hatangijwe amategeko mashya ya Shariya akakaye arimo igihano cyo kwicisha amabuye indaya nâabaryamana bahuje igitsina binengwa nâabanyapolitiki, ibyamamare nâabaharanira uburenganzira bwa muntu batandukanye. Aya mategeko ahana akakaye yo muri iki gihugu gito giherereye mu Kirwa cya Borneo, kiyobowe na Sultan Hassanal Bolkiah, yatangiye kubahirizwa […]
Umugore wa Bahati avuga ko ubukwe bwabo bwagezwe amashoka keshi
Diana Marua washakanye nâumuhanzi wo muri Kenya, uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Kevin Bahati, avuga ko bitari byoroshye kugira ngo ubukwe bwabo butahe. Mbere yâuko ubukwe bwabo buba, ngo hari byinshi byavuzwe byagombaga kubaca intege, ndetse uyu mugore Diana we atanamenyereye ibyâitangazamakuru. Yagize ati âKu bwanjye byambereye impinduka kuko Bahati yari umuntu uzwi, […]
Amafoto: Reba imyitozo ikakaye banyuramo kugira ngo bitwe Ingabo zâu Rwanda
Mu mpera zâicyumweru gishize Igisirikare cyâu Rwanda, RDF, cyinjije abasirikare bashya mu Ngabo zâu Rwanda nyuma yo gusoza kumara umwaka mu myitozo yo kubakarishya yabereye mu Kigo cyâimyitozo yâibanze ya Gisirikare cya Nasho giherereye mu Karere ka Kirehe. Reba amafoto: Â Â Â Â
Nyanza: Ikoranabuhanga ryabaye imwe mu mbogamizi yo kutesa umuhigo wa Mituweli
Mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturage gutanga ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de santĂ©)bwatangijwe na Minisiteri yâubutegetsi bwâIgihugu (Minaloc ) mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Mukingo , bamwe mu bahatuye bagaragarije inzego zitandukanye ko zimwe mu mbogamizi zo kutarangiza kwishyura ubu bwisungane byatewe nâikibazo cyâikoranabuhanga ritakoze neza bikababera inkomyi yo kutagera ku ijana kuko ubu […]
Abasirikare ba Congo bagabye igitero ku nyeshyama zâAbarundi ziyobowe na Gen. Nzabampema Aloys
Kuva kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mata 2019, igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba zikomoka mu Burundi. Ni inyeshyamba za FNL ziyobowe na Gen Nzabampema Aloys, imirwano ikaba yarabereye mu gace ka Magunda na Kakuku, muri Segiteri ya Itombwe, teritwari Mwenga, mu ntara ya Kivu yâAmjyepfo. […]
Umusore dukundana namuhishuriye ko nkiri isugi none byamubujije amahoro- NKORE IKI?
Nitwa Uwera, nkaba ndi umukunzi wâikinyamakuru cyanyu, mu byâukuri iwacu ni mu Burasirazuba akarere ni Gatsibo. Ndi umukobwa wâimyaka 27, nkaba mfite umusore tumaranye imyaka igera kuri itatu dukundana. Nabyirutse ndi umukobwa ukunda gusenga cyane, si ukwigira mwiza cyane wenda kurusha abandi bakobwa, ariko uko niko kuri kwanjye, gusa ntabwo nigeze ngira igihe cyo kumva […]
Umunyarwanda wayoboraga ADEPR muri Uganda nâabandi batatu bafashwe
Umunyarwanda wayoboraga ADEPR mu gihugu cya Uganda, Ntakirutimana Theoneste,yafashwe nâinzego zâumutekano mu Mujyi wa Kampala kuwa 29 Werurwe 2019. Si we gusa kuko kuwa 22 undi wo muri iri torero, Cyusa Jean Paul na we yafashwe. Kuri aba hiyongeraho, Peace Lydia Mahoro wafashwe kuwa 18 na Habimana Issa wafashwe kuwa 19 Werurwe 2019. Aba bombi […]
RDC: Inyeshyamba za Mai-Mai zigera kuri 200 zarambitse intwaro hasi zishyikiriza FARDC
Byibuze inyeshyamba zigera kuri 200 zo mu mutwe wa Mai-Mai kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 01 Mata bashyize ibirwanisho hasi ahitwa Lowa muri Teritwari  ya Tshopo imbere yâumusirikare mukuru wa FARDC. Izi nyeshyamba ngo zikaba zari zisanzwe zihanganye nâingabo za leta. Umutuzo waragarutse kuva mu cyumweru gishize, abaturage nabo basubira mu byabo gahoro gahoro […]
Abashaka kwangiza umutekano wâu Rwanda baracyahari- Guv. Munyantwari abwira abaturiye Nyungwe
Ubuyobozi bwâIntara yâUburengerazuba, burasaba abaturage bo mu Murenge wa Butare, mu Karere ka Rusizi, Intara yâUburengerazuba, kuba maso kugira ngo hatagira ababinjirana bakaba bahungabanya umutekano wâigihugu. Ibi ni ibyatangajwe nâabayobozi bâIntara ubwo bagiriraga uruzinduko muri uyu Murenge, uruzinduko rwabo rugahurirana nâinteko yâabaturage yo ku wa Kabiri tariki ya 2 Mata 2019. Abayobozi bakaba basaba abaturage […]
Arabia Saoudite yahaye impozamarira itubutse abana bâumunyamakuru Jamal Khashoggi
Abana bâumunyamakuru Jamal Khashoggi wiciwe Instanbul muri Turkiya kuwa 02 Ukwakira 2018, bahawe nâabategetsi ba Arabia Saoudite akomokamo impozamarira yâamazu nâamamiliyoni menshi yâamadolari nkâuko byahishuwe nâikinyamakuru The Washington Post. Nkâuko The Washington Post, umunyamakuru Khashoggi yanandikiraga ivuga, ngo inzu abana be bahawe ziherereye Djeddah, ahantu hameze nkâumudugudu kandi buri imwe ifite agaciro ka miliyoni 4 […]
Rubavu: Abaturage batabaye uruhinja rwajugunywe mu musarani
Abaturage bo Mudugudu wa Kinyandaro, Akagali ka Gasiza, Umurenge wa Busasamana, ho mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kabiri batabaye ubuzima bwâuruhinja rwari rwajugunywe mu musarani. Uru ruhinja rwari rwavugunywe mu musarani na nyina akimara kurubyara nkâuko byatangajwe nâUmuvugizi wa Polisi mu Burengerazuba, CIP Innocent Gasasira. Yagize ati: â Kuwa Kabiri ahagana saa munani, […]
Imirambo ibiri yakuwe mu kiyaga cya Kivu
Ku wa Mbere tariki ya 1 Mata 2019, imirambo ibiri yarerembaga mu Kiyaga cya Kivu, hafi yâUmujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo, yakuwemo. Sosiyeti Sivile mu muri uyu mujyi wa Bukavu, itangaza ko iyo mirambo ibiri bicyekwa ko ari iyâabantu bishwe nâamabandi mbere yâuko abajugunya mu mazi. Perezida wa Sosiyeti Sivile i Bukavu, […]
Gambia yujuje umubare fatizo kugira ngo isoko rusange ryâAfrika ritangire
Gambia yujuje umubabare fatizo wâibihugu byari bikenewe kugira ngo isoko rusange ryâAfrika ribe ryatangira. Ni amakuru yashyizwe hanze nâ umuyobozi ushinzwe ubucuruzi nâinganda mu muryango wâAfrika yunze ubumwe, Albert Muchanga, kuwa 02 Mata 2019 abinjujije ku rubuga rwa Twitter. Muri ubutumwa bwe yavuze ko ari amakuru meza kuba inteko ishinga amategeko ya Gambia yemeje ko […]
Algeria: Perezida Bouteflika yeguye
Perezida wa Algeria Abdelaziz Bouteflika yamaze kwegura ku mirimo yo kuyobora iki gihugu nyuma yâimyigaragambyo ikaze     yâabaturage bamusabaga kuva             kubutegetsi,nkâuko byatangajwe nâikigo      cyâitangazamakuru cya leta (ACP). Uyu mukambwe wâimyaka 82 yâamavuko, yeguye nyuma yuko kuva muri […]
Justin Bieber yasabye imbabazi nyuma yo kwibasirwa abeshya ko umugore we atwite.
Ku munsi wo kubeshya, tariki ya 1 Mata, 2019, icyamamare mu muziki kuri iyi si, Justin Bieber yabeshye abamukurikira ku rubuga rwa Instagram ko umugore we, Hailey Baldwin atwite. Nyuma yâaho byagaragariye ko abeshya, abantu ntibamworoheye. Justin Bieber yashyize amafoto atatu ku rukuta rwe, harimo iyâumwana uri mu nda, abantu batangira kubyizera, ndetse banamwandikira ubutumwa […]
UN: Abaturage barenga miliyoni 113 bugarijwe nâikibazo cyâinzara ku Isi
 Abaturage barenga miliyoni 113 mu bihugu bigera kuri 53 ku isi bugarijwe nâikibazo cyâinzara mu buryo bukomeye bitewe nâibibazo byâintambara, imihindagurikire yâikirere nâibindi. Muri raporo yasohowe nâ ishami ryâumuryango wâAbibumbye ryâita ku biribwa nâ ubuhinzi FAO( Food and Agriculture Organisation) , igaragaza ko ibihugu nka Yemen, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Afghanistan na Syria […]
Generali Kayumba Nyamwasa: Twiteguye kugaruka mu Rwanda mu mahoro.
Umwe mu bahoze mu gisirikare cyâu Rwanda nyuma akaza guhunga, Generali Kayumba Nyamwasa yatangarije eNews/Zambia ko biteguye kugaruka mu Rwanda mu mahoro ngo âKubera ko ibiciro byâintambara biri hejuruâ. Mu kiganiro yagiranye nâiki kinyamakuru, Gen. Kayumba Nyamwasa yavuze ko amakimbirane adashobora kugeza abantu kuri demukarasi cyangwa iterambere. âInzira yâamahoro izadutwara imbaraga nyinshi. Iyo tuvuze amahoro, […]
RIB yataye muri yombi abakozi babiri bâInama yâIgihugu yâAbabyaza nâAbaforomo
Urwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha, RIB ruratangaza ko rwataye muri yombi abakozi babiri bâInama yâIgihugu yâAbabyaza nâAbaforomo, NCNM, nkâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa RIB. Abatawe muri yombi ni Munyandinda Jean Bosco wari umuyobozi ushinzwe ubutegetsi nâimari, na mugenzi we Gashabizi Egide, wari ushinzwe kubika amakuru. Itangazo rya RIB riravuga ko batawe muri yombi bakekwaho ibyaha […]
Uburengerazuba: Guverineri Munyantwali arizeza imikoranire inoze n'itangazamakuru
Guverineri wâintara yâuburengerazuba, Munyantwali Alphonse avuga ko mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha ibibera mu Ntara ayoboye,we nâabandi bakorana barimo na ba Meya bâuturere twose tugize iyi ntara bihaye gahunda yo gukorana neza nâitangazamakuru. Ni bimwe mu byo uyu muyobozi yabwiye abanyamakuru bâibitangazamaukuru bitandukanye bikorera muri iyi Ntara mu kiganiro  bagiranye, aho bamwe mu banyamakuru bagaragazaga […]
Ese ntiwava kuri Uncle ukaba Papa Austin?- Meddy asaba Uncle Austin
Umuhanzi Meddy yasabye mugenzi we,Uncle Austin kureka gukomeza kwitwa gutyo ko ahubwo yaba Papa Austin bitewe nâigihe amaranye iri zina. Ubu ni ubutumwa bwa Meddy ku munsi mukuru wâamavuko wâumuhanzi Uncle Austin mu minsi ishize. Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Meddy yamwifurije umunsi mwiza wâamavuko ariko anamukebura amusaba kureba uko yashaka akaba umupapa. Meddy […]
Ambasaderi wâu Bufaransa yagize icyo avuga ku mubano wa Uganda nâu Rwanda
Ambasaderi wâu Bufaransa muri Uganda aravuga ko atemera ko Perezida Museveni na mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame baba bashaka guhungabanyana. Ni mu kiganiro nâUmunyamakuru wa The Independent, Ronald Musoke amubaza kubyo amaze kubona mu myaka ibiri nâigice amaze mu kazi kâubudipolomate. Ambasaderi Stephanie Rivoal yatangiye asobanura ko dipolomasi yâiki gihe ikora ku bintu bitatu […]
RDC: Monusco yiyemeje guhashya burundu inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda
Ingabo za Loni zishinzwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Monusco) nyuma yo kongererwa igihe cyo kuba ziri kuri ubu butaka, zitangaza ko zigiye guhangana nâumutwe wa ADF, ukomoka muri Uganda. Umuyobozi wâizi ngabo za Monusco, Gen. Patrick Dube, yemeje kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Mata 2019, ubwo yagiranaga inama nâumuyobozi […]
Urakoze ku bwâigitekerezo cyawe ariko Kenzo na Bobi Wine bakurenzeho- Fresh Kid
Fresh Kid, umwana wâimyaka irindwi yâamavuko, wo muri Uganda, ukomeje kuvugwa cyane mu itangazamakuru kubera ubuhanga akomeje kugaragaza mu muziki, yatangaje ko Bebe Cool arushwa ubuhanga na Bobi Wine ndetse na Eddy Kenzo. Nkâuko bitangazwa na Galaxyfm, ngo uyu mwana wâimyaka irindwi yasabwe na Minisitiri wâurubyiruko guhagarika ibitaramo akora mu tubari akagana ishuri. Iyi nama […]
Abayoboke ba Agathon Rwasa bakubiswe nâImbonerakure zabahatiraga kujya muri siporo
Abayoboke batandatu bâishyaka CNL (Congres National Pour la Liberation) rya Agathon Rwasa, bakubiswe nâImbonerakure, ngo rwabahatiraga kujya muri siporo ya mu gitondo. Aba bayoboke bakubitiwe mu gace ka Minago, muri Komini Rumonge, Intara ya Rumonge, ngo bakaba barasabwaga kujyana nâImbonerakure muri siporo, bagenda baririmba indirimbo zâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi kandi bataribarizwamo. Amakuru aturuka […]
Kizito wahawe imbabazi na Perezida Kagame yasohoye indirimbo âKubabarira ntibivuga kwibagirwaâ
Umuhanzi Kizito Mihigo umaze amezi agera kuri atandatu ahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, agafungurwa, yasohoye indirimbo ivuga ku kubabarira. Kizito ni umuhanzi wamenyekanye ku ndirimbo zo kwibuka ndetse nâiza Kiliziya. Mu mwaka wa 2015 nibwo urukiko rwamukatiye igifungo cyâimyaka 10 nyuma yo guhamwa nâibyaha birimo nâicyâubugambanyi bwo kugirira nabi Ubutegetsi buriho cyangwa […]
Gatsibo: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwiba ihene 30
Polisi mu Karere ka gatsibo yataye muri yombi umugabo wâimyaka 31 ukurikiranweho kwiba ihene 30. Uyu witwa Emmanuel Ntirenganya watawe muri yombi kuwa 31 Werurwe, kuri ubu afungiye kuri station ya polisi ya Rwimbogo. Umuvugizi wa polisi mu burasirazuba, CIP Hamdun Twizeyimana yemeje aya makuru, avuga ko ukekwa yafashwe nyuma yo guhabwa amakuru nâabaturage. Yasobanuye […]
Perezida Tshisekedi mu bitaro byo muri Maroc mu ibanga rikomeye nyuma yo kuva i Kigali
Perezida mushya wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aherutse mu bitaro bya gisirikare bya Rabat muri Maroc mu ibanga rikomeye aho yamaze iminsi igera kuri itatu nyuma yâuko yari akubutse I Kigali. Ikinyamakuru Jeune Afrique dukesha iyi nkuru kiravuga ko nyuma yo gusubira muri Congo aturutse I Kigali,aho yari yitabiriye inama ya Africa CEO Forum, […]
Abanyarwanda 13 bashimutiwe muri Uganda bajyanwa ahatazwi
Abavugwa ko ari abakozi bâUrwego rwâUbutasi mu Gisirikare cya Uganda (CMI) bashimuse Abanyarwanda 13 kuwa 29 Werurwe 2019 ku mupaka wa Kagitumba ku ruhande rwa Uganda (Mirama Hills). Ikinyamakuru Virunga Post kizwiho kwandika ahanini inkuru ku bibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda, gitangaza ko umwe mu bashimuswe ariko akabasha gutoroka avuga ko uwabashimuse koko […]
Perezida Kagame yibukije ko i Kisangani UPDF yatsinzwe na RDF inshuro eshatu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame asanga ikibazo cyâumwuka mubi uri mu mibanire yâu Rwanda na Uganda kitakemuka binyuze ku muhuza ahubwo cyakemuka Museveni abishatse kuko ari we giturukaho, naho ku kijyanye nâimirwano yigeze guhuza ingabo za Uganda nâizâu Rwanda I Kisangani, yavuze ko ingabo za Uganda zatsinzwe inshuro eshatu zose. Ibi Perezida Paul Kagame yabitangaje […]
Birababaje kubona cyamunara nkiriya iba ibintu bikanyagwa ku manywa yâihangu- Rwigara Anne
Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, yanzuye ko ubujurire bwâUruganda rwâItabi rwa Rwigara Assinapol ruregamo ikigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro (RRA) nâumuhesha wâinkiko wâumwuga, Me Habimana Vedaste  kurutereza imitungo mu cyamunara mu buryo ruvuga ko butubahirije amategeko, nta shingiro bufite. Umuyobozi warwo Rwigara Anne avuga ko atanyuzwe nâuyu mwanzuro. Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, mu […]
CHUK: Abaganga bavuga ko hari ababura ubuzima kubera ubuke bwâababaga indwara zo mu mutwe
Umuganga mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), Dr Munyaneza Severien, avuga ko baha gahunda umurwayi wa kanseri yo mu mutwe cyangwa ufite ubundi burwayi bwo mu mutwe nâimyakura, igihe cyo kumuvura cyagera bamuhamagara bagasanga yarapfuye. Dr MUnyaneza avuga ko ibi bitaro nta bushobozi bifite bwo kubaga indwara zo mu mutwe ngo babarangize ndetse ko […]
Imashini zatwaye leta akayabo ka miliyari 3,7 zimaze imyaka isaga 3 zitarakoreshwa icyo zaguriwe
Imashini zaguzwe akayabo ka miliyari 3,7 yâAmanyarwanda zigomba gukoreshwa mu gutunganya umusasruro wâimyumbati zimaze imyaka isaga 3 zidakoreshwa icyo zaguriwe none abagize inteko ishinga amategeko barabibonamo guteza leta igihombo bagasaba ababigizemo uruhare gukurikiranwa. Kuwa Gatatu ushize, nibwo minisitiri wâubucuruzi nâinganda, Soraya Hakuziyaremye, yageze imbere yâInteko Ishinga Amategeko agiye gusubiza ibibazo 23 byanditse byazamuwe muri Gashyantare […]
ALGERIA : Perezida Bouteflika azegura bitarenze 28 Mata 2019
Perezida wa Algeria Abdelaziz Bouteflika azegura ku mwanya wâumukuru wâigihugu mbere yuko manda ye irangira tariki ya 28 Mata 2019 nkâuko bitangazwa nâikigo cyâitangazamakuru cya leta( APS). Mu itangazo ryavuye mu biro byâumukuru wâiki gihugu rigira ritiââPerezida azakomeza kugenzura ko ibigo bya leta bikomeza gukora muri iki gihe cyo guhindura ubuyobozi . Iyegura rye rizaba […]
Papa Francis arasaba abafana ba Lionel Messi kutamugereranya nâImana
 Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku isi Papa Francis, arasaba abafana ba rutahizamu wa FC Barcelona Lionel Messi kureka kumugereranya nâImana . Ubwo Papa Francis yaganiraga na televiziyo ya âSpanish TVâ , mu kiganiro cyitwa âSalvados â yabajijwe nâumunyamakuru niba ashobora kwita Lionel Messi Imana nkâuko bamwe mu bafana bamwita Imana yâumupira wâamaguru. Papa Francis […]
Ibintu 6 abaherwe ba mbere ku Isi nka Bill Gates na Jeff Bezos bakora kugira ngo babyaze umusaruro iminsi yâakazi.
Hari ibintu byinshi ushobora kugira akamenyero kugira ngo ubashe gutanga umusaruro. Ariko, ni gute uhitamo ibyo kwibandaho? Benjamin Spall, umunyamakuru wa CNBC akaba nâumwanditsi wâibitabo, yize anaganira nâabantu barenga 300 bageze ku bintu bihambaye kuri iyi isi. Muri abo, harimo umuherwe wa mbere ku Isi, Jeff Bezos nâuwa kabiri, Bill Gates. Agendeye ku buzima bwabo […]
Col. Haziyo wagaragaye ku rutonde rwâabashinjwe kwica Perezida Ndadaye yatawe muri yombi
Col. Haziyo wahoze mu gisirikare cyâu Burundi (EX-FAB) mbere yâuko havangwa ingabo, wanagaragaye ku rutonde rwâabashinjwa kwica Perezida Melchior Ndadaye, yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano zâu Burundi. Ahagana saa saba zo kuri uyu wa mbere tariki ya Mata 2019, nibwo uyu musirikare yafatiwe iwe mu rugo mu gace ka Ngagara, Komini Ntahangwa, mu mujyi wa […]
Uganda: Urubanza rwâUmunyarwanda Moses Ishimwe rwasubitswe
Urubanza rwâUmunyarwanda, Moses Ishimwe, rwagombaga gutangira kuburanishwa kuri uyu wa Mbere rwasubitswe nyuma yâaho umucamanza wagombaga kuruburanisha agiriye mu kiruhuko bikaba biteganyijwe ko ruzasubukurwa kuwa Gatanu, itariki 05 Mata. Ku itariki 10 Werurwe nibwo Moses Ishimwe Rutare, wari uherutse gushinjwa mu Rukiko rwa Nakawa muri Kampala icyaha cyo kwinjira no kuba muri Uganda mu buryo […]
Rusizi/ Bweyeye: Bwa mbere mu mateka hageze imodoka nini itwara abagenzi
Abaturage bâumurenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi bashimira cyane Perezida Kagame uburyo akomeje kubateza imbere no kubakura mu bwigunge, kuko nyuma yâaho baherewe umuriro wâamashanyarazi, bagakorerwa umuhanda neza Pindura-Bweyeye ubasha kubahuza nâabatuye utundi turere,ubu noneho bashyikirijwe imodoka nini itwara abagenzi. Bavuga ko muri iyi myaka Itanu ishize iterambere ryabo ryihuse cyane kuko bahawe amashanyarazi […]
Venezuela: Juan GuaidĂ Âł ushyigikiwe na Trump akarwanywa na Putin arasaba igisirikare kumujya inyuma
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’igihugu cya Venezuela, Juan GuaidĂ Âł, ushyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aremeza ko ubutegetsi bushobora guhinduka mu gihe gusa igisirikare cyâigihugu cyamujya inyuma. Juan GuaidĂ Âł arashaka izindi mbaraga zâigisirikare mu gihe kikiri kuri Perezida wâiki gihugu, NicolĂ ÂĄs Maduro ushyigikiwe na Leta yâu Burusiya. Muri Mutarama uyu mwaka, Â GuaidĂ Âł yatangaje ko […]
Isoko rya Gisenyi rimaze imyaka 9 ritaruzura, inzitizi ku iterambere ryâabacuruzi
Abacuruzi bo mu Mujyi wa Rubavu , mu Karere ka Rubavu bavuga ko ubucuruzi bwabo rimwe na rimwe bukomwa mu nkokora no kutagira isoko rya kijyambere rijyanye nâigihe. Iryo babona ryabafasha kwagura ubucuruzi bwabo, rimaze imyaka icyenda ryubakwa ariko ritarangira. Abacuruza bavuga ko ari ikibazo kuba umujyi wa Rubavu, ugendererwa na benshi bagiye kuruhukira ku […]
U RWANDA: Abagore batunze ubutaka bwinshi kurusha abagabo-GMO
Ubushakashatsi bwashizwe hanze nâ umuryango wita ku buringanire mu Rwanda, Gender monitoring office GMO, kuwa 29 Werurwe 2019, bwagaragaje ko mu Rwanda abagore ari bo bafite ubutaka bwinshi kurusha abagabo. Kugeza ubu, abagore ku giti cyabo bihariye 24% byâubutaka ugereranije nâabagabo bafite 14%. Abashyingiranwe bafite ubutaka nkâumutungo ni 58.3%, nkâuko ubu bushakashatsi bubigaragaza. Ubutaka mu […]
Umutwe wa P5 ukomeje gukusanya ibikoresho byâintambara mu baturanyi – Loni
Inyeshyamba zâAbanyarwanda ngo zishobora kongera gushora Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara ikomeye nkâuko Ambasaderi wa Congo mu Muryango w’Abibumbye yabitangarije Akanama kâAmahoro nâUmutekano ka Loni. Ambasaderi Ignace Gata Mavita wa Lufuta yabwiye aka kanama kigaga ku mutekano mu Biyaga Bigari, ko umutwe wa P5, uhuriyemo amashyaka atandukanye arwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ayobowe na […]
Amwe mu mateka yaranze uyu munsi: Abanazi batangiye kwica Abayahudi.
Mbahaye ikaze na none mu cyegeranyo gishungiye ku mateka âKU MUNSI NKâUYUâ, kibagezaho amateka yaranze isi kuri buri tariki. Uyu ni umunsi wa 91 mu 2019. Ni umunsi mpuzamahanga wâubujiji cyangwa se ubucucu(Foolâs Day), umunsi wâimkino, aho umuntu ashobora kukubeshya ngo mu rugo bagusuye kandi bitigeze biba. Umuntu babeshye cyangwa uwabeshye bamwita âInjiji ya Mataâ. […]
Se wa Diamond agiye kugeza abanyamakuru mu nkiko
Se wâumuhanzi Diamond Platnumz ari we, Abdul Juma atangaza ko agiye kwitabaza inkiko areaga abanyamakuru batangaje ko yapfuye. Byinshi mu bitangazamakuru muri Tanzania mu minsi micye ishize byatangaje ko uyu mugabo yapfuye ariko we avuga ko ari muzima. Abinyujije ku mbuga nkoranyamabaga yagize ati â Ndabwira abanyamakuru nâabandi bose banditse ko napfuye ko ngiye kubageza […]
Iyo Imana iba iha agaciro gacye umugore, Yezu ntiyari kubyarwa nâumugore- Ingabire ImmaculĂ©eĂąâŹÂ
Impirimbanyi mu kurwanya ruswa nâakarengane akaba nâUmuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire  Marie ImmaculĂ©e, avuga ko abumva nabi ijambo ryâImana bakemeza ko umugore asuzuguritse kubera ko yavutse mu rubavu rwâumugabo, ataribyo. Ingabire yabitangaje abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, mu bitekerezo yagiye ahanahana na bamwe mu basaga ibihumbi bibiri bamukurikiraho, aho bamwe bagaragazaga akamaro kâubwuzuzanye […]
Umukecuru wâUmunyarwanda ari mu basizwe iheruheru nâumwuzure muri Zimbabwe
Umunyarwandakazi Magdalena Niragire ari mu mpunzi zikomoka mu bihugu bitandukanye ziba mu gihugu cya Zimbabwe zasizwe iheruheru nâumwuzure wibasiye aka gace karimo nâigihugu cya Mozambique cyane umwe mu mijyi yo muri iki gihugu witwa Beira. Umukecuru uri mu kigero cyâimyaka 70 yâamavuko, imvi ni uruyenzi, asanzwe aba mu nkambi ya Tongogara muri Zimbabwe avuga ko […]
Tanzania: Icyumweru gishize Umurundi wâimpunzi aburiwe irengero
Mu gihe bivugwa ko mu nkambi yâimpunzi muri Tanzania hari aboherezwa na Leta yâu Burundi kujya gushimutayo impunzi zitavuga rumwe nayo, rimwe na rimwe ngo yifashishije urubyiruko rwâImbonerakure, kuri ubu haravugwa ibura rya Ndayisenga Francois, wari impunzi umaze icyumweru yaraburiwe irengero. Bitangazwa ko Ndayisenga yatwe nâabantu bari mu modoka ifite ibirahuri byijimye bambaye imyenda ya […]
RDC: Muri Beni-Butembo na Yumbi nabo batoye nyuma yo kudatora kuwa 30 Ukuboza 2018
Abaturage basaga miliyoni bo muri Beni-Butembo na Yumbi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, nabo noneho bahawe amahirwe yo gutora kuri iki cyumweru, nyuma yâaho batabashije gutora mu matora yo kuwa 30 Ukuboza. Muri iki gice cya Beni-Butembo, mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, mu burasirazuba bwâigihugu, ntibari bashoboye gutora ku italiki ya 30 Ukuboza kubera […]
Rwamagana: Polisi yatabaye umugore wa guye mu cyobo cya metero 18 ahetse umwana
Polisi yâu Rwanda ishami rishinzwe kurwanya inkongi no gutabara abari mu kaga kuri uyu Gatandatu itariki 30 Werurwe, yatabaye umugore uhetse umwana waguye mu cyobo gifite m18 zâubujyakuzimu. Uwajeneza Josiane wâimyaka 26 yâamavuko nâumwana we Niyonkuru Omar wâamezi 10 batuye mu murenge wa Muyumbu, akagari ka Nyarukomo mu mudugudu wa Gatuza nibo batabawe nyuma yo […]
Salax Awards 2019: Bruce Melody yikubiye ibihembo
Ku wa 31 Werurwe, ni wo munsi wari uteganyijwemo gutangaza umuntu wegukanye irushwana ry’abahanzi mu ngeri zitandukanye, Salax Awards 2019, ariko biza kugera kuri uyu wa 1, Mata ku mpamvu z’ubukererwe. Gahunda y’ibirori yatangiye mu masaa yine, ubwo abakunzi b’aba bahanzi bakomeje gutegereza ngo barebe ikivamo muri Serena Hotel. Hari n’abarambiwe bataha batabonye umutsinzi. Kwihangana […]
Rayon Sports inganyije na AS Kigali byongerera APR FC amahirwe yo kwegukana shampiyona
 Ikipe ya Rayon Sports inaniwe gutsinda AS Kigali aho amakipe yombi anganyije igitego kimwe kuri kimwe bituma Rayon Sport irushwa amanota atandatu ku rutonde rwa Shampiyona. Uyu mukino wahuje Rayon Sport na As Kigali wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Wari umukino wâikirarane cyo ku munsi wa 22 wa shampiyona utarabereye igihe kubera […]
Diamond Platinumz aragaruka mu Rwanda muri Kanama.
Icyamamare mu muziki hano muri Afurika, cyane muri Afurika yâiburasirazuba na Tanzania, agiye kugaruka kuririmbira abanyarwanda tariki ya 17 Kanama. Umujyanama wa Diamond mu bijyanye nâumuziki, Sallam Ahmed yashyize ku rubuga rwe rwa instagram ingengabihe yâibitaramo uyu muhanzi arakora mu minsi iri imbere, harimo iki cyo mu Rwanda kiri ku mwanya wa 6. Ni ibitaramo […]
Ndi umwungeri mwiza!
Muraje rero mutangire kwibaza uko njye umuntu ukomeye nkanjye nubahwa nâabantu bose naba umwungeri, umushumba! Reka reka, sinabishobora pe kandi kwihara ni bibi kuko ngiye kwivugira undi mwungeri ntabasha gufungura nâimishumi yâinkweto ze! Niwe wivugira ati: “Ndi umwungeri mwiza.” Ngaho re, nsanzwe numva iyo bashatse kuvuga umuntu utagira uburere, urangwa nâingeso mbi, umushizi wâisoni, bamugereranya […]
Imbwa zakwifashishwa mu gutahura umurwayi wâIgicuri, Diyabete, Malariya na Kanseri.
Ku wa 28 Werurwe, itsinda ryâabashakashatsi muri Kaminuza ya Rennes mu Bufaransa ryabonye ko imbwa zishobora gutahura umurwayi wâigicuri, bikaba byamufasha kumenya igihe kizamufatira, agasaba ubufasha mbere yâigihe cyangwa akajya ahantu hatekanye. Burya ngo hari impumuro umurwayi wâigicuri agira mu gihe cyâigicuri! Ibi byashobora gupimwa nâimbwa ndetse nâamazuru akoreshwa nâamashanyarazi. Si ibi gusa kandi, ngo […]
Junior Multisystem, icyamamare mu gutunganya umuziki,yakoze impanuka.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Werurwe, Icyamamare mu gutunganya umuziki(producer), Junior Multisystem yagonzwe nâimodoka i Remera, mu mugi wa Kigali. Iyi modoka yamugonze na yo yagonzwe nâimodoka ya gisirikare, Junior wagendaga nâamaguru abigenderamo nkâuko Inyarwanda ibitangaza. Junior yagize ikibazo mu mugongo, ku mutwe, cyane avunika nâukuboko ku buryo byari biteye inkeke ko bari […]
Ihuriro ryâimitwe ya politiki rirateganya gutana nâubukode bumaze kuritwara miliyoni 300
Ihuriro Nyunguranabitekerezo yâImitwe ya Politiki ikorera mu Rwanda (NFPO) irimo gushakisha inkunga yâamafaranga yo kubaka ibiro byayo biteganyijwe ko bizatwara miliyari 1,7 yâAmanyarwanda. Iri huriro rihuriyemo amashyaka ya politiki agera kuri 11 akorera mu Rwanda, aho ahurira akaganira ku bibazo byihutirwa bibangamiye igihugu igatanga inama ku cyakorwa. Iyi nkuru dukesha The New Times iravuga ko […]