Ni gute Mossad yabashije gutega umutego Hezbollah mu byombo by’itumanaho ibihumbi

81919394 78b1 11ee 9fd5 00163e02c055

Tugenekereje mu Kinyarwanda, ni Urwego rw’iperereza n’Ibikorwa Bidasanzwe,  Uru rwego ruzwi cyane ku izina rya Mossad mu Giheburayo,ni ikigo cy’ubutasi cy’igihugu cya Isiraheli,kimwe mu nzego z’ubutasi zunganira Aman na Shin Bet. Mossad ni urwego rw’iperereza,ruzwiho gukora Operasiyo zitangaje, rushinzwe gukusanya amakuru, ibikorwa by’ubutasi by’ibanga, no kurwanya iterabwoba. Minisitiri w’intebe wa Israel gusa niwe ufata icyemezo […]

Dusobanukirwe umuzi w’intambara ya Ukraine n’Uburusiya- Igice cya Kabiri

2025 02 18T070457Z 1724238479 RC2698AUI1PA RTRMADP 3 UKRAINE CRISIS GERMANY AGENTS 1

Mu gice cya mbere twabagejejeho imvano y’intambara ya Ukraine n’Uburusiya, ibihugu by’abavandimwe bihuje ibintu byinshi. Twagejeje mu 2014. Mu gice cya kabiri aricyo cya nyuma turagaruka uburyo perezida Poutine yabanje kwitegura iyi ntambara igihe kirekire ndetse naho yerekeza.Mu 2015, ubwo intambara yarikomeje mu ntara za Donetsk na Luhansk, OTAN n’Uburayi byarimo gukurura Kiev. Perezida w’Uburusiya […]

DRC: Ibiganiro bya Washington byaba bigeze he?

gpo 6bbxcaaty97

Ikinyamakuru Financial Times (FT) cyatangaje ko abayobozi bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, baba bafite icyizere ko bashobora kugirana amasezerano na Washington mu kwezi gutaha, kugira ngo bashake ishoramari ry’Amerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro hamwe n’inkunga yo guhagarika inyeshyamba za AFC/M23 Kinshasa ihora ishinja u Rwanda gutera inkunga. Mu cyumweru gishize, ibiro ntaramakuru by’Abongereza […]

  Nyuma y’ijambo rya Joseph Kabila Kabange, Kinshasa iri mu gacerere harakurikiraho iki?

20250419 004741 1

Joseph Kabila wayoboye Kongo n’umenyekongo utangaje, yari amaze imyaka 6 yaranze kugira icyo avuga kuri politike ya Kongo. Ni umuntu ucecetse cyane ku buryo agusha Kinshasa mu makosa y’ubuhubutsi, afite ubunararibonye bw’uko yayoboye DRC imyaka 18, igihugu cyirwanirwa n’ibihugu by’ibihangange kubera umutungo kamere. Yashoboye kwivana mu bibazo by’ingutu mu ntambara ya kabiri ya Kongo yahuje […]

Amafoto Perezida Trump yeretse Abanyamakuru avuga ku bwicanyi bw’Abazungu muri Afurika yepfo akomeje kurikoroza

21dc trump ramaphosa new1 ghvt videoSixteenByNine3000 scaled

Mu kubonana na perezida wa Afurika yepfo Cyril Ramaphosa, Trump yerekanye inkuru ifite ishusho yimifuka y’imibiri yarimo gushyingurwa. Trump yavuze ko iyo mibiri ari iy’abazungu bo muri Afurika y’Epfo biciwe muri iki gihugu kubera irondaruhu aho atatinye no kubyita Jenoside. Iyo nkuru iriho amashusho,yari amashusho ya videwo ya Reuters yafatiwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Umuyaga wa Politike muri Tanzaniya ukomeje kujegeza Mama Samia Suluhu

WhatsApp Image 2024 09 01 at 6.18.18 PM

Ibintu bikomeje gushyuha muri Tanzaniya , nyuma yaho abatavuga rumwe n’ishyaka riri kubutegetsi CCM bashimutwa, bagatabwa muri yombi no kwicwa bunyamaswa. Abakurikirana ibintu hafi muri Tanzaniya bisa naho batangiye kubona ko muri iki gihugu urumuri rw’icyizere cya politiki cyazanywe no kuzamuka kwa Perezida Samia Suluhu Hassan mu 2021 ruri kuzima. Habaye ihumure ryinshi igihe Samia […]

Donald Trump yasebeje Ramaphosa muri White House akoresheje amashusho ahamagarira Jenoside

682e45425ed0e

Perezida wa Amerika Donald Trump yatamaje mugenzi we Cyril Ramaphosa wari waje mu ruzinduko i Washington maze imbere y’abanyamakuru ati “abantu bahunga Afurika y’Epfo kubera umutekano wabo … ubutaka bwabo burafatwa kandi akenshi baricwa”. Ariko Cyril Ramaphosa ntiyemeranya niyi mvugo ya Donald Trump nubwo yeretswe Videwo igaragaza ibimenyetso simusiga. Donald Trump ntaguca kuruhande yashyize hanze […]

U Rwanda rwahawe amafaranga akubye inshuro zirenga 5 ay’Ububiligi bwatangaga

amasezerano

U Rwanda  rwasinye amasezerana n’Umuryango w’Abibumbye kuri gahunda igamije iterambere rirambye (UNSDCF) Izaba ikubye inshuro zirenga 5 iyo rwahabwaga n’ababiligi. Mu myaka ishize, u Rwanda rwagiranye ubufatanye n’Ububiligi binyuze mu mishinga itandukanye y’iterambere. Iyo mishinga yarifite agaciro ka miliyoni 180 z’amayero mu gihe cy’imyaka itanu (2024-2029). Mu minsi ishize nibwo u Rwanda rwanze inkunga iyo ari […]

Ibyo wamenya ku cyogajuru Parker cyabashije kugera ku izuba

WhatsApp Image 2025 05 21 at 17.42.17

Abahanga bavuga ko icyogajuru Parker, cyasomye Izuba,muri kilometero miliyoni 6.1 zinyenyeri. Nta kindi cyogajuru cyari cyarageze hafi y’Izuba mu buryo butangaje gutya. Ku ya 24 Ukuboza 2024,icyogajuru Parker yanyuze mu birometero miliyoni 6.1 uvuye ku zuba, ku muvuduko wa 700 000 km/h. Parker ifite ingabo ya karubone yashizweho kugirango ihangane n’ubushyuhe bwa 1400 ° C, […]

Urukiko rukuru rwa gisirikare muri Kongo rurasaba Sena gukuraho ubudahangarwa kuri Perezida Kabila

74575 1

Joseph Kabila wabaye perezida wa Kongo imyaka 18,ubutegetsi bwa Felix Tchisekedi bukomeje kumushinja ibyaha byatuma mu rwego rwa politike ya Kongo hazamo igihuhusi. Mu rwego rwa Politike abanyapolitike bo mu gice kivuga igiswayiri bari kwigizwayo. Joseph Kabila usanzwe ari Senateri w’ubuzima bwe bwose, arashijwa ibyaha byibasiye inyoko muntu ndetse n’ibyaha by’intambara binyuze mu byo aregwa […]

Imbunda zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko

54530028621 863eae3929 k

Mu nama mpuzamahanga y’umutekano, nibwo hamuritswe intwaro zikorerwa mu Rwanda maze zitungura abatari bacye.Intwaro zikorerwa mu Rwanda zikorwa n’ikigo cyitwa Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation (REMCO). Ni uruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda aho gisanzwe gikora ibikoresho by’ubuhinzi, by’ubwubatsi, ibyuma by’imodoka ndetse n’ibikoresho byo kwa muganga. Uruganda rwa REMCO rwinjiye mu gukora intwaro rufatanyije […]

Urugendo rwa Perezida Donald Trump mu Barabu, ni amateka mu isi y’ubucuruzi

trump sheikh mohamed

Perezida Trump yaramaze iminsi mu ruzinduko rw’akazi mu burasirazuba bwo hagati abashije gukurayo amasezerano y’ubucuruzi y’amamiliyari mu madorali. Politike y’ubucuruzi intwaro ikomeye, Perezida Trump ashyize imbere ngo akureho amakimbirane. Mu rugendo Trump akubutsemo Abou Dabi muri Leta z’unze Ubumwe z’Abarabu , Qatar na Arabie Saudite, yavuze kuri Iran ndetse n’intambara y’Uburusiya na Ukraine. Kuri Iran […]

Satan 2: Imwe mu ntwaro iteye ubwoba uburengerazuba bw’isi

rs 28 sarmat icbm

Uyu munsi turagaruka ku ntwaro Uburusiya butunze zishobora guteza akaga isi mu gihe haba habaye intamabara ya gatatu y’isi. RS-28 Sarmat.Abarusiya bayita RS- 28 Sarmat,NATO yayihimbye Satani 2. Ni imwe mu ntwaro ziteye ubwoba isi zibarirwa muri Misile mpuzamigabane. Super Heavy Inter continental Ballistic. Sarmat cyangwa Satan 2 n’imwe mu ntwaro zitanga gasopo ku banzi […]