Kuki Trump yashyize imbaraga mu gutuma amakuru ku biremwa bitazwi mu kirere atangazwa?

Mu gihe isi ikomeje gutangarira inkuru z’ibintu biguruka bitazwi (Unidentified Aerial Phenomena – UAP), Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kugaragaza ubushake bwo gusohora amwe mu makuru yari yarabitswe mu ibanga rikomeye. Ibi byatangiye gukomera mu gihe cy’ubutegetsi bwa Donald Trump, aho bamwe babifata nk’intambwe igana ku “biremwa byo hanze y’isi”, abandi bakabibona nk’igikorwa cya […]
Amerika: Urutonde rw’abayobozi bakuru birukanwe rukomeje kwiyongera muri Pentagon

Mu gihe Isi ikomeje guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano, haba mu Ukraine, mu Burasirazuba bwo Hagati no mu karere ka Indo-Pacifique, muri Pentagon hakomeje kugaragara impinduka zikomeye aho abayobozi bakuru mu gisirikare n’abashinzwe ubwirinzi bakomeje gukurwa ku mirimo yabo umwe ku wundi. Aya makuru akomeje guteza impaka muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho […]
Abasirikare ba Israel bashinjwa gukorana n’ubutasi bwa Iran: Ikibazo gikomeje guhungabanya umutekano w’igihugu

Inzego z’umutekano za Israel zatangaje ko abasirikare bamwe bo mu ngabo z’icyo gihugu bamaze gushyikirizwa inkiko, bashinjwa gukorana n’ubutasi bwa Iran, mu gihe amakimbirane hagati y’ibihugu byombi akomeje gufata indi ntera. Amakuru aheruka gutangazwa agaragaza ko abasirikare babiri bo mu ngabo zirwanira mu kirere (Air Force) bashinjwa kuba barakoranye n’inzego z’ubutasi za Iran mu gihe […]
Peteroli: Umutima w’ubukungu n’intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Mu butayu bwagutse bwuzuyemo amariba y’umutungo kamere, mu burasirazuba bwo Hagati bukomeje kuba igicumbi cy’ubukungu bw’isi n’isoko y’amakimbirane akomeye. Amavuta ya pétrole si isoko y’amafaranga gusa ku bihugu byo muri aka karere, ahubwo yabaye intandaro y’ihangana rya politiki, ububanyi n’amahanga n’intambara zimaze imyaka myinshi. Peteroli: Umutima w’ubukungu bw’akarere Ibihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bifite […]
Amato mato ya Iran ari kwandika amateka mashya mu ntambara zo mu bunigo bwa Hormuz

Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Irani n’ibihugu by’ibihangange, hari intwaro idasanzwe iri kwerekana imbaraga mu buryo butunguranye: amato mato yihuta azwi nka “flotte moustique”. Aya mayeri ari gutuma uburyo bwo kurwana mu nyanja, cyane cyane mu bunigo bwa Hormuz, bukurikiranwa cyane. Amato mato, imbaraga nini Mu gihe ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe […]
Agahenge muri Congo: inzira y’amahoro cyangwa igihe cyo kwitegura indi mirwano?

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje hagati ya Leta ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, ikibazo cy’iyubahirizwa ry’agahenge gikomeje guteza impaka no kwitana ba mwana ku mpande zombi. Nubwo hari intambwe zigaragara mu ruhando mpuzamahanga, ku rugamba ho haracyagaragara ibimenyetso by’uko aka gahenge gashobora gusenyuka igihe icyo ari cyo cyose. Mu minsi ishize, ibiganiro byahuje ubuyobozi bwa […]
Abasirikare ba Amerika ku mato y’intambara: Ibiribwa bike n’imibereho mibi bikomeje guteza impaka

Mu gihe umwuka mubi hagati ya Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera, amakuru ari gukwirakwira hirya no hino ku isi aravuga ku buzima bw’abasirikare b’Amerika bari ku mato y’intambara. By’umwihariko, ubwato bwa USS Gerald R. Ford buri mu zivugwa cyane, aho bivugwa ko hari ibibazo by’ibiribwa bike n’imibereho igoye. Ibi byateje impaka zikomeye mu […]
U Burusiya bwinjiye mu kibazo cy’ingufu za kirimbuzi za Iran: Amayeri ya dipolomasi cyangwa inyungu z’igihe kirekire?

Mu gihe ibiganiro ku mushinga w’ingufu za kirimbuzi za Iran bikomeje kuba ingorabahizi hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, U Burusiya bwongeye kugaragaza uruhare bushaka kugira muri iki kibazo kimaze igihe kirekire kiganirwaho ku rwego mpuzamahanga. Umuyobozi wa Rosatom, Alexei Likhachev, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gufasha mu gukura uranium ikungahaye ya […]
Iran mu rugamba rutoroshye: Uko yahanganye na Amerika na Israel ikoresheje amayeri yihariye

Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi ubushyamirane bukomeye hagati ya Iran n’ibihugu bifite imbaraga za gisirikare ku isi, birimo Amerika na Israel, isesengura rigaragaza ko Tehran yahisemo inzira itari isanzwe mu guhangana n’abo bahanganye—inzira ishingiye ku mayeri kurusha gukoresha imbaraga za gisirikare zisanzwe. N’ubwo Amerika na Israel bifite ikoranabuhanga rihanitse n’ingabo zikomeye, Iran yo yahisemo […]
Kuki FDLR idasenywa burundu?

Mu gihe bikomeje kugaragara ko umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ari umwe mu nkomoko z’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikibazo gikomeje kwibazwa ni icy’impamvu uyu mutwe umaze imyaka irenga 25 utarandurwa burundu. N’ubwo ibitero bya gisirikare, imyanzuro ya Loni n’igitutu cya dipolomasi […]
Ibiganiro bya M23 na Kinshasa i Montreux: Amahirwe y’amasezerano ahagaze ate?

Mu gihe intambara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi ntera, amaso y’abakurikirana politiki yo mu karere ahanzwe i Montreux, aho ibiganiro hagati ya Leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23 byakomerezaga mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye. Ni ibiganiro byibandaga ku ngingo z’ingenzi zirimo guhagarika imirwano burundu (ceasefire), kugarura ubuyobozi […]
Akarere k’Ibiyaga Bigari hagati ya Iran na Amerika: Kudafata uruhande cyangwa kurengera inyungu?

Mu gihe ubushyamirane hagati ya Iran na Amerika bukomeje gufata indi ntera, isi iri kwisanga mu bihe by’ihangana rikomeye rishobora kugira ingaruka ku bice byinshi byayo, harimo n’Afurika. Muri urwo rwego, akarere k’Ibiyaga Bigari nako kari mu mwanya usaba gufata ibyemezo byitondewe: Ese gafata uruhande rumwe cyangwa gakomeza politiki yo kudafata uruhande hagamijwe kurengera inyungu […]
Kagame i Brazzaville: Impamvu n’icyo uruzinduko rusobanuye ku mutekano n’ubufatanye mu karere

Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Repubulika ya Congo, aho yakiriwe na mugenzi we Denis Sassou Nguesso. Uru ruzinduko rufatwa nk’igice cya dipolomasi y’u Rwanda igamije gushimangira umubano w’ibihugu no kuganira ku bibazo by’umutekano w’akarere. Umutekano w’akarere ku isonga Kimwe mu byaganiriweho cyane ni ikibazo cy’umutekano muke ukomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira […]
Ejo hazaza ha M23: Intambara cyangwa politiki?

Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ibitekerezo by’abakurikiranira hafi ibibera muri aka karere bikomeje kwibanda ku hazaza h’umutwe wa M23. Ese uyu mutwe uzahitamo gukomeza intambara, cyangwa uzinjira mu nzira ya politiki ishobora gutanga igisubizo kirambye? Intambara irakomeje, ariko ifite aho igarukira Mu mezi ashize, M23 […]
Amahoro arambye arashoboka muri Congo?

Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba isibaniro ry’intambara zimaze imyaka myinshi, ikibazo gikomeje kwibazwa ni ‘ese amahoro arambye arashoboka koko?’ Igisubizo gishingiye ku mpinduka zikomeye, haba iza politiki, iz’umutekano n’iz’ubukungu, zigomba kubaho icyarimwe. Amahoro arashoboka, ariko ashingiye ku mpinduka zikomeye Amateka agaragaza ko imirwano yo mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru […]
Gufunga Hormuz: Intwaro nshya ya Donald Trump mu biganiro byananiranye na Iran

Mu gihe ibiganiro bya dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran byari byitezweho kugabanya umwuka mubi, byarangiye nta masezerano agezweho. Nyuma y’amasaha arenga 20 y’ibiganiro byabereye i Islamabad muri Pakistan, Perezida Donald Trump yahise atangaza icyemezo gikomeye: Gufatira inzira ya Hormuz. Ibiganiro byananiranye, hakurikiraho igitutu cya gisirikare Amakuru agaragaza ko impamvu nyamukuru […]
Urubyiruko rwo mu Biyaga Bigari: Urukuta rwa nyuma rwo gukumira Jenoside

Mu karere kagifite ibikomere by’amateka y’ubwicanyi, urubyiruko ni rwo rushobora kuba ingabo y’amahoro cyangwa intwaro y’isenyuka. Niba rutabaye maso, Jenoside itaha ishobora kuzatangirira mu magambo, ku mbuga nkoranyambaga, no mu mutwe mbere y’uko igera ku mihanda. Mu Biyaga Bigari, Jenoside ntitangira ku munsi w’ubwicanyi, w’amasasu n’intwaro gakondo; ahubwo itangira mbere cyane: Mu magambo, mu gucamo […]
Intambwe 10 za Dr. Gregory Stanton, uburyo akarere k’Ibiyaga Bigari kakwirinda Jenoside itaraba

Mu 1994, Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yahinduye uburyo isi yose ibona ibyaha ndengakamere, yerekana ko Jenoside atari impanuka y’umunsi umwe, ahubwo ko ari inzira yubakwa buhoro buhoro: Mu magambo, mu mitegekere, mu kwambura abantu ubumuntu no mu gutegura ubwicanyi. Ni muri urwo rwego, Dr. Gregory H. Stanton, washinze Ikigo Genocide Watch, yateguye icyiswe “Intambwe […]
Iturika rya ‘Camp Base’ y’i Bujumbura: Impanuka, cyangwa ibanga ry’igitero kitaravugwa?

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi buvuga ko iturika ryabereye mu kigo cya gisirikare cya Camp Base kiri i Musaga mu mujyi wa Bujumbura ari impanuka y’amashanyarazi, urujijo, guceceka ndetse n’itumanaho risa n’irigenzurwa bikomeje gutuma abaturage bibaza niba ukuri kose kwarashyizwe ahagaragara. Ijoro ryo ku wa 31 Werurwe rishyira uwa 1 Mata 2026 ryabaye ijoro ry’akaga […]
Trump si impanuka! Uko Amerika yaremye umunyapolitiki uvuga icyo ashaka cyose

Ni kenshi Donald Trump atangaza isi yose kubera amagambo ye akakaye, asesereza cyangwa arenga ku byafatwaga nk’imipaka ya politiki isanzwe; ibitera abenshi kwibaza impamvu Amerika yemeye kubaka ndetse igashyigikira umunyapolitiki umeze atyo. Mu by’ukuri, Trump si ikibazo cy’umuntu umwe gusa, ahubwo ni umusaruro wa sisiteme ya politiki, itangazamakuru, uburakari bw’abaturage n’ihinduka ry’umuco wa demokarasi y’Amerika. […]
Washington na Doha: Impamvu mu burasirazuba bwa RDC agahenge gakomeza kuba amagambo gusa

Mu Burasirazuba bwa Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo, agahenge kabaho ku mpapuro kurusha uko kabaho ku kibuga cy’imirwano. Mu mezi ashize, ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo cyinjiye mu cyiciro gishya cya dipolomasi mpuzamahanga. I Washington, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakomeje guhuza Kinshasa na Kigali ku rwego rw’ibihugu byombi. I Doha, Qatar yakomeje kwakira […]
Inyuma y’igitero cya Iran ku ndege kabuhariwe AWACS y’Abanyamerika: Haba hari ubufasha bwa Moscou?

Iraswa ry’indege y’ubugenzuzi ya Amerika ku birindiro by’indege bya Prince Sultan muri Arabie Saoudite ni igikorwa gikomeye cya gisirikare gitangaje benshi. Ese Moscou yaba yarafashije Tehran mu ibanga gutera umwe mu mitungo ikomeye cyane mu ntwaro za Amerika? Intambara hagati ya Washington na Tehran ikomeje gufata indi ntera. Ku ya 27 Werurwe, igitero cya Irani […]
Doha, Genève na Washington: Ni nde uyoboye dosiye ya AFC/M23 ?

Dosiye ya M23 ntiyahinduriwe umujyi, ahubwo yahinduriwe imiterere yayo. Doha ikomeje kuba umuyoboro wa politiki hagati ya Kinshasa na M23. Inzira y’amahoro hagati ya AFC/M23, yagiye ica mu nzira zigoranye za Afurika aho yasangaga hari ibihugu bifitemo inyungu, bityo ibiganiro ntibigere ku ntego. Doha yagaragaye nk’umuyoboro mukuru w’ibiganiro bya politiki hagati ya Kinshasa na AFC/M23, […]
Kuva kwa AFC/M23 mu bice igenzura bivuze iki?

Inyuma y’ibikorwa bivugwa byo kuva mu bice igenzura, M23 ishobora kuba iri kongera imbaraga, ishyira abasirikare mu myanya yabo ndetse ikanongera ingufu mu rwego rwa politiki. Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva kwa M23 mu duce tumwe na tumwe yari yarigaruriye akenshi bifatwa na benshi nk’ibimenyetso byo gutsindwa. Icyakora, ibi bishobora kuba […]
WAri uziko amoko y’ikawa 3 ku isi ariyo anyobwa cyane?

Nubwo hari nibura ubwoko 120 bwa kawa ku isi yose, igice gito cyane cyazo ni cyo kinyobwa cyane : Robusta, Arabica na Liberica. Bivugwa ko hari ubundi bwoko bwa kawa bumwe cyangwa bubiri bushobora gukoreshwa ariko bukorwa gacye cyane ndetse budakunze kunyobwa nkuko urubuga le saviez vous rubitangaza. Arabica ni yo kawa ihingwa cyane ku […]
Sobanukirwa impamvu umujyi wa Paris bawita umujyi w’umucyo

Paris ni umujyi w’amateka ndetse ufite akabyiniriro ka Ville de lumière ( umujyi umurikira isi.Paris nk’umujyi ukundwa cyane ku isi ndetse ukaba wambaye ikamba ry’umujyi wa mbere ku isi usurwa cyane n’abamukerarugendo, muri iyi nkuru turagaruka ku mpamvu witwa umujyi w’umucyo. Paris yitwa “umujyi w’umucyo” kubera ko i Paris ariho hamenyekanye itara rya mbere rikoresha […]
Tanzania: Perezida Suluhu yashyizeho minisitiri w’intebe mushya

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yagize Mwigulu Nchemba wahoze ari minisitiri w’imari, minisitiri w’intebe mushya, nyuma y’amatora atavugwaho rumwe yo mu kwezi gushize. Biteganijwe ko inteko ishinga amategeko iza kwemeza ishyirwaho rye mu matora aba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane cyane ko Hassan yatangajwe ko yatsinze amatora yo […]
Mu bihugu Felix Tchisekedi yashimiye byamufashije ntiharimo Uburundi

Mu nama mpuzamahanga ya Global Gateway Forum, perezida Tchisekedi yarimo mu Bubiligi yashimye byimazeyo ibihugu byamufashije kurwanya umutwe wa AFC/M23. Perezida Felix Tchisekedi ubwo yari mu nama mpuzamahanga mu Bubiligi yashimiye ibihugu byamufashije mu ntambara ahanganyemo n’umutwe wa AFC/M23 aho yashimiye Afurika yepfo , Tanzaniya ndetse na Malawi. Ibi bikaba byababaje abarundi batishimiye uburyo Tchisekedi […]
Ibiganiro by’amahoro hagati ya Israel na Hamas byatangiriye mu Misiri

Amakuru yizewe aturuka hafi ya Hamas avuga ko ibiganiro bitaziguye hagati ya Isiraheli na Hamas byatangiye kuva ku wa mbere mu Misiri hagamijwe guhagarika intambara ya Gaza. Ku ya 7 Ukwakira 2023, umutwe witwaje intwaro wa Hamas wagabye igitero cy’iterabwoba cyiswe “Umwuzure wa Al-Aqsa” kuri Isiraheli. Abantu 1200 barishwe, abagore bafatwa ku ngufu, naho 251 […]
Burundi: Gen Bunyoni asigaye yumva abantu akajya munsi y’igitanda

Gen Bunyoni ubuzima bwe ngo bwaba bugeze mu kaga aho ubu afite ikibazo gikomeye cy’agahinda gakabije, ibi bitangazwa na Paciphic NININAHAZWE impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu mu Burundi. Amakuru aturuka i Burundi aratangaza ko uwahoze ari minisitiri w’intebe i Burundi, Gen Bunyoni ufungiye muri gereza ya Gitega ngo amagara ye yaba atifashe neza ku buryo ngo […]
Ihangana hagati ya Kinshasa na AFC/M23 ku kibazo cya viza riracura iki?

Umutwe wa AFC/M23 uyobora ibice by’intara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo, uherutse kwemeza ko visa zatanzwe na wo ku banyamahanga ari zo zizaba zifite agaciro gusa. Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umutwe wa AFC/M23 urashimangira ubuyobozi bubangikanye mu turere umaze kwigarurira. Dukurikije inyandiko iherutse gusohoka ku kibazo cya Visa, igaragaza ko ubu abanyamahanga […]
U Budage: Drone zitazwi zahangayikishije ikibuga cy’indege cya Munich

Ikibuga cy’indege cy’i Münich mu Budage cyamaze amasaha atari make cyafunzwe, nyuma y’uko hari za drone zagaragaye mu kirere cyo muri uriya mujyi. Iri hungabana rije mu gihe Munich yakiriye iserukiramuco ry’inzoga rizwi cyane rya Oktober fest, rizatangira ku Cyumweru. Mu cyumweru gishize Denmark na Norvège na byo byafunze ibibuga by’indege kubera drone zitazwi, gusa […]
Tanzaniya yihanije umuryango HRW

Guverinoma ya Repubulika yunze ubumwe ya Tanzaniya yahakanye ibivugwa na HRW ko igitutu cya politiki kubatavuga rumwe na leta cyiyongereye muri iki gihugu mu gihe kigana ku matora rusange ateganijwe ku ya 29 Ukwakira 2025. Mu gusubiza raporo yatanzwe na (HRW), umuvugizi wa Guverinoma Gerson Msigwa, yavuze ko iyi raporo atari yo kandi iyobya rubanda. […]
Perezida Trump ashaka igihembo Nobel hasi hejuru

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Kanama, perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika uri kunoza umushinga w’amahoro muri Gaza, yatangaje ko adahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel byaba ari “igitutsi” kuri Amerika. Trump yabwiye abajenerali Ubwo yari yabatumiye muri Virginia hafi ya Washington, ko kutabona igihembo cy’amahoro byaba ari igitutsi ku gihugu cyabo. Trump […]
Trump na Netanyahu barahamagarira Hamas kwakira umushinga wo guhagarika intambara muri Gaza

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko ibihugu byinshi by’Abarabu bishyigikiye umugambi we wo guhagarika intambara imaze imyaka ibiri i Gaza, We na Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu bahamagariye Hamas kwemera uwo mugambi. Perezida wa Amerika Donald Trump na Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu, baganiriye kuri gahunda y’ingingo 20 […]
Ubushinwa bwubatse ikiraro cya mbere ku isi mu burebure

Ubushinwa bwubatse ikiraro Huajiang Grand Canyon kinini ku isi gitangaje kandi cyubatse hagati yimisozi ibiri kuri metero 625 z’uburebure kuko gikubye kabiri ikiraro cya Viaduct de Millau. Ikiraro cyasabye hafi imyaka itatu yo kubaka, gipima toni 22.000 za beto n’ibyuma, Huajiang Grand Canyon, imodoka zagitashye kiba kimwe mu gikorwa remezo gihambaye cyatunguye isi. Iki kiraro […]
Uburayi: Igihe cyaba kigeze ngo bwigobotore Amerika?

Imyaka irashize Uburayi bwifuza kugira igisirikare gihuriweho kandi kigenga, gusa buri guhura n’ikibazo cyo kudahuza kuri iyi ngingo, mu isesengura ryimbitse rigaragaza imbogamizi zituma budahuriza hamwe mu bwirinzi nyamara bwarahurije hamwe mu bukungu. Uburayi bumaze igihe kinini buri mu maboko y’Amerika kuko intwaro zigera kuri 64% bukoresha zituruka muri leta z’ubumwe z’Amerika ndetse bugakoresha miliyari […]
Tchisekedi yaba yarekuye burundu Kamerhe?

Nyuma yo kwegura kwa Vital Kamerhe ku mwanya wa perezida w’Inteko ishinga amategeko, umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi yagize icyo atangaza ubwo yari i New York mu nama ya 80 y’u muryango w’abibumbye. Perezida wa Repubukika iharanira demokarasi ya Congo Félix yakuyeho impungenge ku bibaza niba we na Vital Kamarhe wari perezida w’inteko nshingamategeko […]
U Rwanda-DRC: Kuva muri PSG kugera muri FC Barcelone, uko ruhago yabaye intambara ya dipolomasi

Amasezerano aherutse gusinywa hagati ya Leta y’i Kinshasa n’amakipe menshi akomeye yo ku mugabane w’u Burayi, arerekana ko RDC ishaka gukuramo icyuho cya ‘soft power’ ishingiye kuri siporo u Rwanda rukatajemo. Nyuma yo guhangana n’u Rwanda ubwo Congo yazengurukaga mu makipe yo hirya no hino i Burayi ngo ahagarike imikoranire n’u Rwanda, Congo yahinduye umuvuno. […]
Ubushinwa bwatanze ubutumwa mu kumurika ibitwaro kabombo kurubuga rwa Tiananmen i Beijing

Ubwo hizihizwaga imyaka 80 Ubushinwa butsinze Ubuyapani,umuyobozi w’Ubushinwa Xi Jinping, Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’umuyobozi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un bahuriye hamwe ku nshuro yabo ya mbere ya’karasisi gakomeye ka gisirikare kabereye i Beijing rwagati. Ni akarasisi k’isabukuru yimyaka 80 Ubushinwa butsinze Ubuyapani mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose aho bwerekanye ibikoresho byinshi […]
Uvira: Hagati ya FARDC na Wazalendo,ninde utegeka uyu mujyi?

Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Nzeri 2025, umujyi wa Uvira mu majyepfo ya Kivu wari umunsi wa karindwi wikurikiranya uyu mujyi uri mu bihe bidasanzwe byo kuba wugarijwe n’umutekano mucye yatewe n’imitwe ya Wazalendo yashyizeho imyigaragambyo no guhagarika ubuzima busanzwe mu baturage ahubwo bakayoboka inzira y’imyigaragambyo. Iyi mitwe ntikozwa no gukorana n’umuyobozi wungirije […]
Balene y’ubururu, ifi itangaje

Ni Ifi nini bitangaje yo mu muryango abahanga mu binyabuzima bita (Balænoptera musculus),na none yitwa Rorqual y’ubururu, ni ubwoko bwa cetacean mu muryango wa balænopteridae.Igikankara cya balene y’ubururu kiri Long Marine Laboratory kuri Kaminuza ya Californie, à Santa Cruz. Bimwe mu biranga Balene y’ubururu bitangaje. Iyi ifi ipima uburebure bwa metero 25 kugeza kuri 27 […]
Poutine yiteguye guhagarika intambara na Ukraine igihe intara ya Dombas yose yakwegurirwa Uburusiya

Bivugwa ko Donald Trump ashyigikiye icyifuzo cy’Uburusiya cyo kwigarurira byimazeyo Donbass agace gakikije uturere twa Donetsk na Luhansk mu burasirazuba bwa Ukraine ndetse Poutine agahagarika ibitero mu turere twa Kherson na Zaporizhia aho Moscou igenzura igice cyatwo gusa. Nk’uko ibitangazamakuru byinshi nka AFP na AP bibitangaza, Donald Trump ashyigikiye icyifuzo cy’Uburusiya cyo kwigarurira Donbass mu […]
Operasiyo Manhattan igice cya Kabiri

Imyaka 80 irashize hatewe igisasu kirimbuzi cya mbere ku isi mu ntambara ya kabiri y’isi. Mu nkuru yubushize mu gice cya mbere twababwiye uburyo igisasu kirimbuzi cyahinduye ibintu mu mateka y’isi mu mijyi ya Hiroshima na Nakasaki. Uyu munsi rero turagaruka ku mujyi wa Nakasaki nyuma yaho umwami w’Abami w’Ubuyapani yanze kumanika amaboko. Kuwa 6 […]
Ibyo wamenya kuri Palesitine nk’igihugu gishaka kwigenga

Kuva mu bwami bwa Ottoman kugeza kuri Manda y’Ubwongereza,intambara y’iminsi itadatu ,amasezerano atandukanye byagiye bikorwa, ariko kugeza nubu Palesitine iracyarwana nuko yabona ubwigenge. Amakimbirane amaze igihe kinini hagati ya Pelestine na Israel ni amwe mu yaranze akarere k’uburasirazuba bwo hagati ndetse akaba yarateje intambara zidashira muri ako karere kugeza na nubu.Kugira ngo dusobamukirwe aya makimbirane […]
Operasiyo Kitona: Igitero kabuhariwe cyakozwe n’ingabo z’u Rwanda

Tariki ya 4 Kanama 1998, nibwo habaye Operation Kitona yaramamaye cyane kugeza nubwo yigishwa mu mashuri, mu mirwano yari imaze igihe irimo ingabo z’u Rwanda na Uganda zarwanaga n’ingabo za DRC zifatanyije n’ingabo z’bihugu bya SADEC, Operasion Kitona cyari igitero kidasanzwe cyayobowe na Jenerali Jemes Kabarebe w’u Rwanda, mu ntambara ya Congo ya kabiri ubwo […]
Menya umushinga Manhattan wavuyemo igisasu kirimbuzi cyahinduye amateka y’isi

Turi mu mwaka wi 1942, Abanazi ubwo bari bamaze gufata hafi Uburayi bwose. Mu gihe ku rundi ruhande rw’inyanja ya Atalantika abantu 1400 barimo abahanga muri Siyansi, ubwubatsi, ubugenge no mu butabire bwa Atomike, bari mu gikorwa cy’ibanga kabombo ku rwego rwo hejuru. Muri iki gikorwa nubwo harimo abantu benshi ariko abari bazi uyu mushinga […]
Ejo hazaza ha AFC M23 igihe federalizime izaba yemewe-Maître Réné Abandi

Byatangajwe na Maître Irené Abandi wa AFC/M23 umwe mubari bagize intumwa zitabiriye ibiganiro i Doha, ubwo tariki ya 26 Nyakanga 2025 hari ikiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Serena Hotel i Goma. N’ikiganiro kitabiriwe n’abanyamakuru baturutse impande zose, aho umutwe wa AFC/ M23 wamurikaga ibyavuye mu biganiro i Doha muri Qatar. Umunyamakuru wa Bwiza TV na Bwiza. […]
Perezida Alassane Outtara aziyamamaza manda ya kane ku myaka 83

Amatora ya Perezida wa Côte d’Ivoire: Alassane Ouattara yatangaje ko aziyamamaza nk’umukandida kumwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yo ku ya 25 Ukwakira uyu mwaka. Alassane Ouattara kuva mu 2011, nibwo yagiye ku butegetsi, ubu aka ashaka manda ya kane ku myaka 83. Yagize ati:” Nyuma yo kubitekerezaho neza no mu mutima nama wose, ndatangaza uyu […]
RDC: Ni uruhe ruhare MONUSCO izagira mu gushyira mu bikorwa Itangazo rya Doha?

Nyuma yo gushyira umukono ku itangazo ry’amahame hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu muhango wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga, ubu amaso yose arareba ishyirwa mu bikorwa ryayo. Muri iyi nzira kandi, impande zombi zayasinye ntizizaba ziri zonyine, kuko zizunganirwa n’inkunga mpuzamahanga, harimo na MONUSCO (Ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri RDC). […]
Indege ya Concorde yamamaye ku isi igiye kugaruka

Nyuma y’imyaka mirongo iri mu gacerere, indege ya Concorde iri mu nzira zo kugaruka mu ruhando rw’indege zifite umuvuduko urenze uwijwi zabayeho za gisivile. Concorde yamamaye cyane iri kwitegura gusubira mu kirere cy’ubucuruzi mu 2026 mu kwizihiza imyaka 50 kuva iyi indege ya mbere yasohoka. Fly-Concorde Limited igamije kongera serivisi zitwara abagenzi ziva muri Amerika […]
Hashyizweho amezi 3 yo gusenya FDLR

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, byashyize umukono ku masezerano y’amahoro i Washington ku ya 27 Kamena 2025, bayobowe na Amerika, mu gihe hagitegerejwe gusinywa amasezerano hagati ya Congo na AFC-M23, kuriyi nshuro i Doha, inyandiko ya Washington yashyize hanze ingenga bihe igomba kubahirizwa vuba,nkuko byagarutsweho na bimwe mu bitangazamakuru byo mu burengerazuba bw’isi. […]
Menya ubukana bwa Misile ya Oreshnik yo mu Burusiya

Perezida Putin avuga ko Uburusiya bwongereye umusaruro wa misile Oreshnik kabombo muri Missiles Hypersonic zifite ubushobozi bwo kugera i Paris mu minota 15. Mu gihe intambara ikomeje hagati y’Uburusiya na Ukraine.Uburusiya bukomeje gukora mu bubiko ku ntwaro zabo kabombo, ibihugu by’Uburengerazuba bicungira hafi. Muri iki cyumweru dusoje, Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Uburusiya bwongereye […]
Kubera iki Irani iteye ubwoba ibihugu by’uburengerazuba bw’isi?

Tumaze uminsi twumva ibitero bikomeye byakorewe kuri Irani bigizwemo uruhare n’Amerika ndetse na Israel. Impamvu y’ibi bitero benshi bagarutse kukuvuga ko byari bigamije gusenya porogaramu z’intwaro kirimbuzi Iran yari igeze kure. Uyu munsi ndagaruka mu byukuri ku mpamvu muzi z’ibitero bya Isiraheri n’Amerika kuri Irani. Ese koko ibi bitero byari bigamije gusenya gahunda ya Irani […]
Raporo y’ubutasi ivuga ko ibitero bya Amerika bitigeze bisenya gahunda y’intwaro kirimbuzi ya Iran

Nk’uko raporo y’ubutasi y’ibanga y’Amerika ibigaragaza, ibiyikubiyemo byasobanuwe n’ibitangazamakuru n’amasoko yakurikiranye iki kibazo, mu ijoro ryo ku wa gatandatu nijoro. Ibitero bya Amerika yagabye mu bigo bya Fordo, Natanz, na Isfahan, ntibyakuyeho ububiko bwa uranium ikungahaye ishobora kuvamo ibisasu kirimbuzi, bitandukanye n’ibyo Donald Trump yashimangiye avuga. Iyi dosiye n’ihwa mu ruhande rwa Donald Trump, ukomeje […]
‘Moses Bridge’ ikiraro kinini ku isi kizaba gihuza imigabane y’Aziya n’Afurika ku nyanja itukura

Misiri na Arabiya Sawudite bigiye kubaka ikiraro cyitiriwe Moses Bridge ( Ikiraro cya Mose). kizatwara miliyari 4 z’amadolari y’Amerika,’Moses Bridge’ kizaba gihuza imigabane y’Aziya n’Afurika ku nyanja itukura. Ibi bihugu bigiye gutangiza umushinga , mu rwego rwo kurushaho kunoza umubano w’ubukungu no kuzamura umubano w’akarere.Umushinga w’ibikorwa remezo ukomeye, wiswe “Ikiraro cya Mose,” uzagira ibirometero bigera […]
Menya ubwirinzi bw’ikirere bwa Iron Dome bwa Israel na S400 ya Russia

Muri iki igihe ku isi, ibihugu bya rutura mu bwirinzi, bikomeje isiganwa mu bijyanye n’intwaro zigezweho mu guhagarika ibisasu bishobora kurimbura umujyi nkibyo turi kubona mu ntambara ya Irani na Isiraheri. Uyu munsi, turibanda ku itandukaniro riri hagati ya Iron Dome ya Israel ndetse na S400 y’Uburusiya. Iron Dome na S-400 byombi ni sisitemu zo […]
Perezida Poutine ari guhana Ukraine yihanukiriye nyuma yo kumutwikira intwaro

Nyuma y’ibitero, Ukraine iherutse kugaba ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere mu mujyi wa Bryansk, bikangiza byinshi,Perezida Vladimir Poutine akomeje guhana Ukraine. Ubu Perezida Putin abona White House nk’amahirwe adasanzwe yiboneye yo gutsinda iyi ntambara. Kuri we, Trump ashobora gufata ingamba ebyiri, kandi we na Poutine bombi baratsinze.Urugero rwa mbere: Moscou igeze aho yumvisha Trump […]
Operasiyo Orchard: Mu zitangaje Mossad yaburijemo

Mu nkuru z’uruhererekane z’urwego rw’iperereza mpuzamahanga rwa Israel, tumaze iminsi tubagezaho, uyu munsi twabahitiyemo Operasiyo Orchard, imwe muzo Mossad yagizemo uruhare rwatumye Siriya idatunga intwaro kirimbuzi , Koreya ya ruguru yabafashagamo gukora. Jenerali Muhammad Sulaiman wa Siriya yangaga Israel ku rwego ruhanitse, ku buryo yifuzaga ko igihugu cye gikora intwaro kirimbuzi zo guha gasopo Israel. […]
Ni gute Mossad yabashije gutega umutego Hezbollah mu byombo by’itumanaho ibihumbi

Tugenekereje mu Kinyarwanda, ni Urwego rw’iperereza n’Ibikorwa Bidasanzwe, Uru rwego ruzwi cyane ku izina rya Mossad mu Giheburayo,ni ikigo cy’ubutasi cy’igihugu cya Isiraheli,kimwe mu nzego z’ubutasi zunganira Aman na Shin Bet. Mossad ni urwego rw’iperereza,ruzwiho gukora Operasiyo zitangaje, rushinzwe gukusanya amakuru, ibikorwa by’ubutasi by’ibanga, no kurwanya iterabwoba. Minisitiri w’intebe wa Israel gusa niwe ufata icyemezo […]