Umusore n’umukobwa bagombaga gushyingirwa kuri uyu wa Gatandatu barafunzwe
Umusore nâumukobwa bagombaga gusezeranira imbere yâImana kuri uyu wa 11 Gashyantare 2023 bari mu baherutse gutabwa muri yombi nâurwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) mu mpera zâicyumweru gishize. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko aba bose hamwe batawe muri yombi bakurikiranweho icyaha cyâubujura no gutera inkunga ibikorwa byâiterabwoba, bifitanye isano nâamafaranga banki ikorera […]
Bujumbura: Perezida Museveni na Samia bananiwe kumvikana na Tshisekedi, basohoka mu nama
Tariki ya 4 Gashyantare 2023, abakuru bâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), havuyemo Salva Kiir wa Sudani yâEpfo, bahuriye mu nama idasanzwe i Bujumbura mu Burundi, baganira ku buryo uburasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo bwabona umutekano. Gusa amakuru ava mu bitabiriye iyi nama yayobowe nâUmuyobozi Mukuru wa EAC akaba na Perezida wâu […]
Impaka zavutse ubwo ba Colonels bashinjwa gutuma M23 ifata Bunagana basabirwaga kwicwa
Impaka zavutse mu rukiko, ubwo ubushinjacyaha bwasabiraga ba Colonel babiri mu ngabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo igihano cyo kwicwa, bubashinja gutuma umutwe witwaje intwaro wa M23 ufata umujyi wa Bunagana muri Kamena 2022. Aba ni Colonel DesirĂ© Lobo wayoboraga Rejima yâ3412 na Colonel Jean Marie Diadia wa Diadia wayoboraga Rejima yâ3307, zombi zibarizwa […]
Mali: Abasirikare bakuru 6 bagize uruhare muri âcoup d’Ă©tatâ bambuwe inshingano
Ubutegetsi bwâinzibacyuho bwa Mali bwambuye inshingano abasirikare bakuru batandatu (6) bagize uruhare rukomeye mu ihirikwa ryâubutegetsi ryabaye mu mwaka wâ2020. Ikinyamakuru Africa News gisobanura abambuwe inshingano ari Umugaba wâingabo zirwanira ku butaka, Umugaba wâingabo zirinda abayobozi bakuru, Umuyobozi Mukuru wâurwego rushinzwe umutekano, Umuyobozi wâurwego rushinzwe âengeeringâ mu gisirikare nâUmuyobozi wâurwego rushinzwe ubuzima mu gisirikare. Guverinoma […]
Uhuru Kenyatta yasabye ko ingabo za EAC zoherezwa byihuse mu bice bitandukanye bya Kivu yâAmajyaruguru
Umuhuza wâAbanyekongo mu bibazo byâumutekano muke, Uhuru Kenyatta, yasabye ko ingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) zoherezwa byihuse mu bice bitandukanye byâintara ya Kivu yâAmajyaruguru. Ni ubusabe yatangiye mu itangazo rishimira ibyemezo byafashwe nâabakuru bâibihugu bya EAC ubwo bari bateraniye i Bujumbura mu Burundi tariki ya 4 Gashyantare 2023. Uhuru yavuze ko ibyemezo byafatiwe i […]
Kinshasa: Umukuru w’abadepite yasabye Tshisekedi gufatira ingamba ingabo za EAC
Umukuru wâumutwe wâabadepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Mboso Nkodia arifuza ko Perezida akaba nâUmugaba wâIkirenga, FĂ©lix Tshisekedi yazafatira ingamba ingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) ziri mu gihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru ubwo yari kumwe nâabandi bayobozi barimo Minisitiri wâingabo, Kabanda Gilbert, Mboso yatangaje ko ingabo za […]
Perezida wa Angola yaba yarasabye RDC kuva muri EAC

Biravugwa ko Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço aherutse gusaba mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ko igihugu cye cyava mu muryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), niba gishaka kugarura amahoro mu burasirazuba bwacyo. Tariki ya 7 Gashyantare 2023, Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa RDC yagiriye uruzinduko muri Angola, yakirwa na Lourenço, bagirana ikiganiro cyari […]
Kenya: Igikuba cyacitse ubwo ‘abapolisi bataramenyekana’ bagotaga urugo rw’uwabaye Minisitiri w’umutekano
Urugo rwa Dr Fred Matiangâi wabaye Minisitiri wâumutekano wâimbere muri Kenya rwaraye rugoswe nâabapolisi bataramenyekana, bica igikuba mu nzego zitandukanye zâigihugu. Ikinyamakuru Citizen cyatangaje ko umubare utazwi wâabapolisi kabuhariwe ba Kenya ari bo baraye bagose urugo rwa Matiangâi ruherereye mu gace ka Karen mu murwa mukuru, Nairobi, mu ijoro. Abanyamategeko ba Dr Matiang’i batangaje ko […]
Perezida Kagame abona Tshisekedi atazigera yubahiriza amasezerano yâamahoro
Perezida Paul Kagame yatangaje ko abona mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, atazigera yubahiriza amasezerano yâamahoro agamije gukemura aikibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba bwâigihugu cye. Ubwo yagiranaga ikiganiro nâabadipolomate bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023, yibanze ku mubano wâibi bihugu utameze neza, avuga ko Tshisekedi […]
Umuhanzi Edouce na Miss Delice bibarutse imfura
Umuhanzi nyarwanda Edouce Softman nâumugore we Miss Nyinawumuntu Rwiririza Delice bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka umwana wâimfura. Mu kiganiro yagiranye na BWIZA, Miss Delice yatangaje ko yibarukiye umwaka wâumukobwa mu bitaro bya bya kaminuza yâu Rwanda bya Butare ku wa Mbere tariki ya 6 Gashyantare 2023. Umugore wa Edouce kandi asobanura ko nyuma yo […]
Perezida Zelensky yagereranyije abapilote bari ku rugamba nâUmwami wâu Bwongereza
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yagiriye uruzinduko rutunguranye mu bwami bwâu Bwongereza kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023. Uru ruzinduko rugamije gushimira ubwami bwâu Bwongereza ubufasha bukomeje guha Ukraine mu gihe ihanganye nâu Burusiya, ndetse no gusaba izindi zigezweho. Zelensky akigera i Londres, yakiriwe na Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, bagirana ikiganiro, banasobanurira itangazamakuru […]
U Rwanda mu bihugu mbarwa bikoreramo ikigo kigenzura ubwirinzi buhambaye bwa misile

U Rwanda ruri mu bihugu 8 ku Isi bikoreramo ikigo mpuzamahanga cyâAbisirayeli gikora kikanagenzura ubwirinzi buhambaye bwâibitero byo mu kirere, byâumwihariko za misile. Iki kigo cya RAFAEL Advanced Defense Systems Ltd ubusanzwe cyakoreraga muri Leta zunze ubumwe za Amerika, u Bwongereza, Australia, Koreya yâEpfo, Brazil, u Buhinde na Thailand. Muri Gicurasi 2022, iki kigo cyafunguye […]
Kabale: Umunyarwandakazi yicishijwe isuka n’umuhungu we wamushinjaga uburozi
Umunyarwandakazi wâimyaka 50 yâamavuko wari utuye mu karere ka Kabale muri Uganda, Provia Busingye yishwe nâumuhungu we Benon Tumwesigye wamushinjaga kuba umurozi. Umuvugizi wa Polisi muri Rejiyo ya Kigezi, Elly Maate yasobanuye ko Tumwesigye yishe umubyeyi we amukubise isuka mu mutwe, nyuma yâaho uruhinja rwâuyu muhungu ruvutse rugahita rupfa. Maate ati: âByavuzwe ko Benon Tumwesigye […]
General Takirwa yasabye abaganga kutavura abarwayi basambana bahuje ibitsina
Umugaba wungirije wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Maj. Gen. Francis Takirwa yasabye abaganga nâabaforomo kutongera kuvurira mu mavuriro ya Leta abasambana bahuje ibitsina. Ubwo yashyikirizaga ubuyobozi bwâakarere ka Mbarara ibikorwaremezo bishya tariki ya 5 Gashyantare 2023, Maj. Gen. Takirwa yavuze ko bikabije kubona abaryamana bahuje ibitsina, byâumwihariko abagabo, bajya kwivuza uburwayi bwo kwiyitumaho bufitanye […]
Ngabo Karegeya yashyikirijwe ibyangombwa byâubutaka Leta yahaye ikigo yashinze
Minisitiri wâibidukikije, Mujawamariya Jeanne dâArc yashyikirije umushumba witwa Ngabo Karegeya ibyangombwa byâubutaka Leta iherutse guha ikigo cyâubukerarugendo yashinze, Ibere rya Bigogwe Tourism Company Ltd. Mu nama yâabaminisitiri yateranye tariki ya 30 Mutarama 2023 ni bwo hafashwe icyemezo cyo kwegurira iyi kampani ubutaka bwo mu Bigogwe kugira ngo ibwifashishe mu guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku bworozi. […]
Abanyarwanda baba mu bice byibasiwe cyane n’umutingito muri Turukiya barokotse
Ambasade yâu Rwanda muri Turukiya yatangaje ko Abanyarwanda barindwi baba mu ntara zibasiwe cyane nâumutingito wo kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023 bose barokotse. Umwe mu bakozi bo muri iyi Ambasade yatangarije The New Times ati: âAbanyarwanda bose baratekanye. Dufite Abanyarwanda 7 mu ntara zakozweho. Navuganye nâAbanyarwanda batatu bari muri Gonziantep, imwe mu ntara zakozweho […]
Minisitiri Shingiro yanyuzwe n’urugwiro Perezida Ndayishimiye yagaragarije Paul Kagame

Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Burundi, Ambasaderi Albert Shingiro, yanyuzwe nâurugwiro Perezida Evariste Ndayishimiye yagaragarije mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame. Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rwâakazi i Bujumbura tariki ya 4 Gashyantare 2023, nyuma yâimyaka igera kuri 10 atagera muri iki gihugu. Umukuru wâu Rwanda yakiriwe na Ndayishimiye, barahoberana nâurugwiro rwinshi, ndetse bigaragara ko mu maso […]
Cape Town: Tshisekedi na Ramaphosa barateganya kuganira kuri M23 nâu Rwanda
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yageze Cape Town muri Afurika yâEpfo, aho yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we Cyril Ramaphosa. Ibiro bya Tshisekedi bisobanura ko yitabiriye inama mpuzamahanga yâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro, Mining Indaba 2023 yatumiwemo na Ramaphosa. Ibi biro byatangaje ko nyuma yâiyi nama, aba bakuru bâibihugu byombi barafata umwanya wo […]
Nta mishyikirano tuzagirana na M23, nidasubira muri Sabyinyo: Muyaya
Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ko nta mishyikirano izabaho hagati yabo nâumutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe utakubahiriza icyemezo wafatiwe cyo gusubira mu birindiro biri hafi yâikirunga cya Sabyinyo. Muyaya yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023, nyuma yâiminsi ibiri abakuru bâibihugu bigize […]
M23 iravuga ko yabohoje Abanyekongo 300 bari mu maboko âyâumwanziâ

Umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 uravuga ko wabohoje Abanyekongo barenga 300 bari mu maboko âyâumwanziâ ari we ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FDLR, Mai Mai nâabacancuro. Perezida wa ARC/M23, Bertrand Bisimwa, yemeza ko operasiyo kabuhariwe yo kuhoboza aba Banyekongo bari barafatiwe bunyago mu kigo cyâabihaye Imana cya Mokoto yabaye ahagana saa tatu zâigitondo […]
Kinshasa: Abarinzi ba Minisitiri wâIntebe bagaragaye bahondagurana nâabadepite
Abarinzi ba Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Michel Sama Lukonde, bagaragaye bahondagurana nâabadepite bo ku rwego rwâintara ya Kinshasa. Umunyamakuru wâUmunyekongo Stanys Bujakela yatangaje ko uru rugomo rwabaye kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023 ubwo aba badepite bari bagiye kwigaragambiriza ku biro bya Minisitiri wâIntebe. Uyu munyamakuru yashyize ku mbuga nkoranyambaga […]
Rubavu: Baravuga ko REG yabangiririje imitungo, ibima ingurane

Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Muhira, umurenge wa Rugerero mu karere ka Rubavu, baravuga ko ikigo cyâigihugu gishinzwe ingufu, REG, cyabangiririje imitungo mu gihe cyubakaga umuyoboro wâamashanyarazi, kibima ingurane. Bavuga ko abangiririjwe ibirimo imyaka, amashyamba nâibiti byâimbuto nka avoka. Bamwe muri bo bahawe ingurane, ariko ngo imyaka ine ishize abandi batarayihabwa. Umukecuru uri […]
Indege ya MONUSCO yarashweho, umupilote ahasiga ubuzima
Indege yo mu bwoko bwa kajugujugu ya misiyo yâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, MONUSCO, yarashweho nâabantu bataramenyekana, umupilote wayo ahasiga ubuzima, undi musirikare arakomereka. MONUSCO, mu butumwa yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 5 Gashyantare 2023 yasobanuye ko iyi ndege yavaga mu mujyi wa Beni yerekeza i Goma, yarashwe mu masaha ya […]
Bujumbura: Tshisekedi âyakanzeâ Komanda wâingabo za EAC
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yakanze komanda wâingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) zikorera mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru nâiyâAmajyepfo. Ubwo abakuru bâibihugu bya EAC bari bavuye mu cyumba cy’inama yabo yabereye mu muhezo, i Bujumbura kuri uyu wa 4 Gashyantare 2023, Tshisekedi yasohotse, ahurira mu cyumba rusange nâabarimo Komanda […]
Rubavu: Umujura yarashwe mu cyico
Umwe mu bapolisi bakorera mu karere ka Rubavu yarasiye mu mudugudu wa Nyaburanga, akagari ka Nengo mu murenge wa Gisenyi umujura wari wibye telefone. Umusore wâimyaka 23 yâamavuko witwa Byiringiro Dany yatangaje ko abajura babiri bamuteze atashye kuri uyu wa 4 Gashyantare mu masaha yâikigoroba, bamwambura telefone yari afite ya Tecno Spark 8, umwe arayirukankana. […]
Bruce Melodie yahaye umugore we imodoka ya V8

Umuhanzi Bruce Melodie yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ibihe byiza yagiranye nâumuryango we ubwo umugore we yizihizaga umunsi wâamavuko amuha impano y’imodoka yo mu bwoko bwa V8 Ni umunsi umugore we yizihije kuri uyu wa 4 Gashyantare 2023, ari kumwe nâabana be babiri ndetse nâuyu muhanzi. Avuga ku byâuyu munsi, Bruce Melodie yagize ati: “Ejo […]
Ingabo za USA zarashe igipurizo cyari cyarazibujije amahwemo, birakaza u Bushinwa
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyifashishije indege yâintambara ya F-22 gihanura igipurizo kinini (balloon) cyari kimaze hafi icyumweru kizenguruka mu kirere cyâigihugu, nyuma yâimpungenge zâuko cyari mu gikorwa cyâubutasi. Iki gipurizo cyinjiye muri USA mu ntangiriro zâiki cyumweru. Ubutegetsi bwâiki gihugu bwemeje ko ari icyâu Bushinwa kandi ko cyari mu butasi. Icyo gihe, […]
Ingabo zâu Burundi zungutse abakomando bashya

Igisirikare cyâu Burundi, FDNB, cyatangaje ko cyungutse abakomando bashya 230 kuri uyu wa 4 Gashyantare 2023. Aba bakomando bagaragaje ubumenyi bakuye mu myitozo yâamezi atatu, byâumwihariko ubwâibikorwa byihariye bya gisirikare, banahabwa impamyabushobozi. Umuhango wo gusoza amasomo wabereye mu kigo cya gisirikare cya Gitega kuri uyu wa 4 nkâuko FDNB yabyemeje iti: âAbakomando bashya 230 bâicyiciro […]
EAC iremeza ko nta ruhande rwâAbanyekongo rukwiye guhezwa mu mishyikirano
Umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) uremeza ko nta ruhande na rumwe rwâAbanyekongo rukwiye guhezwa mu mishyikirano yâamahoro igamije gukemuraibibazo byâumutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Uyu muryango wabigaragarije mu myanzuro yafashwe nâabakuru bâibihugu bigize EAC ubwo bari bahuriye mu nama yabereye i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa 4 Gashyantare 2023. […]
Uhuru Kenyatta yambuwe abamurindaga 71
Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yambuwe abashinzwe umutekano (abasirikare nâabapolisi) bamurindaga bagera kuri 71, asigarana 25. Ikinyamakuru Nation cyatangaje ko abofisiye bakuru bayoboraga itsinda ririnda Uhuru basimbuwe nâabafite amapeti make. Uwagihaye amakuru yagize ati: âMu bofisiye kabuhariwe 96 bamurindaga, yasigaranye 25, umufasha we afite 5.â Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Kenya, Japhet Koome, yemeje […]
Igipurizo cyabujije amahwemo ingabo za USA, zicyoherereza indege yâintambara
Igipurizo (balloon) kinini kimaze iminsi kibujije amahwemo ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zikorera muri Leta ya Montana, ndetse byatumye zicyoherereza indege yâintambara yo kugikurikirana. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, bisobanura ko abofisiye bakuru mu ngabo za USA ubwo babonaga iki gipurizo kizenguruka mu gihugu cyabo, batazi aho giturutse, bahise babaza Perezida Joe Biden niba […]
Perezida Ndayishimiye yatumije inama yihutirwa yâabakuru bâibihugu bya EAC
Perezida wâu Burundi akaba nâUmukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, yatumije inama yihutirwa ya ba Perezida bayobora ibihugu biwugize. Iyi nama yateganyijwe kuri uyu wa 4 Gashyantare 2023, i Bujumbura mu Burundi. Byateganyijwe ko aba bakuru bâibihugu baganira ku kibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo gikomeje gufata intera. […]
Gasabo: Ubwanikiro bwâibigori bwishe abagera ku 10
Ubwanikiro bwâibigori buherere mu kagari ka Gasagara, umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo bwishe abantu bagera ku 10, bashobora no kurenga. Amakuru BWIZA yakiriye avuga ko ubwo igisenge cy’ubu bwanikiro cyari kimaze kugwira abantu bari baburimo, hari ababuze uko bavamo, abaturage, abayobozi nâabo mu nzego zâumutekano bajya gutabara. Imbangukiragutabara (ambulances) na zo yahageze kugira […]
Ba Colonel babiri ba FARDC biyunze kuri M23
Ba Colonel babiri mu ngabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, biyunze nâumutwe witwaje intwaro wa M23 umaze umwaka urenga wubuye imirwano mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Aba basirikare ni Colonel Bahati Gahizi na Lieutenant Colonel Frank Kavujobwa. Amakuru yaturutse muri RDC kuri uyu wa 2 Gashyantare 2023 avuga ko biyunze na M23 baturutse […]
Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
Abenshi mu bashakanye bumva ko ikosa ryo gucana inyuma ari rimwe mu yakomeye cyane, ashobora gutuma ako kanya umwe muri bo atekereza kujya gusaba gatanya. Mbese, kwa kundi ufatira mu cyuho umugore cyangwa umugabo wawe asambana nâundi. Uretse no gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana, hari ugendera ku mabwire, ya magambo yâabantu asenya ingo nyinshi, […]
Ingabo z’u Rwanda zaguye ibirindiro muri Mozambique

Ingabo zâu Rwanda ziri mu bikorwa byo kurwanya ibikorwa byâiterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado iri mu majyaruguru ya Mozambique, zaguye ibirindiro byazo muri iki gihugu. Ikigo gikora ubushakashatsi ku mutekano, ISS (Institute for Security Studies) gisobanura ko ubwa mbere mu mwaka wâ2021 u Rwanda rwohereje abasirikare nâabapolisi bose hamwe 1000, ariko mu mpera yâ2022 […]
Ubushinjacyaha bwagaragaje ‘ishingiro’ ryo gusabira umwana gufungwa imyaka 10
Urwego rwâigihugu rwâubushinjacyaha rwagaragaje ishingiro ryabwo ryo gusabira igifungo cyâimyaka 10 umwana witwa Nzamwita Ramadhan, rushinja icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Nzamwita yagejejwe mu rukiko rwisumbuye tariki ya 31 Mutarama 2023, nyuma yâamakuru yashyizwe hanze nâumunyamakuru Jean Paul Nkundineza wari umaze iminsi afungiwe muri kasho ya Polisi ya Rwezamenyo muri Nyarugenge, akurikiranweho gutwara imodoka yasinze. Nkundineza […]
Burundi: Nta muyobozi wa komini ucyemerewe kuyisohokamo uko yishakiye
Minisitiri ushinzwe umutekano, ubutegetsi nâiterambere mu Burundi, Martin Ninteretse, yategetse abayobozi bâabakomini (ba Musitanteri) kutongera gusohokamo batabanje kubisabira uruhushya umuyobozi wâintara. Ni icyemezo yafashe tariki ya 31 Mutarama 2023 nyuma yâinzinduko amaze iminsi akora mu bice bitandukanye byâigihugu, nkâuko ikinyamakuru Nyaburunga Post cyabitangaje. Ikigamijwe ngo ni ukugira ngo bajye bamara umwanya uhagije mu kazi kabo, […]
M23 ikwiye gusubira inyuma, ariko ntize mu Rwanda: Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ashyigikiye imyanzuro ya Nairobi nâiya Luanda isaba umutwe witwaje intwaro wa M23 guhagarika imirwano no gusubira inyuma, ariko ngo abarwanyi bayo ntibagomba kuza mu Rwanda. Mu kiganiro aherutse kugirana nâumwanditsi mukuru François Soudan wa Jeune Afrique, Perezida Kagame yagize ati: âM23 ikwiye guhagarika imirwano, igasubira inyuma nkâuko yabisabwe nâakarere. Ntabwo […]
Urugo rwa Dr Kamanzi rwasatswe, akekwaho gucumbikira abarwanyi ba M23
Dr Kamanzi Runigi Emmanuel uyobora ishyirahamwe ryâaborozi mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo rizwi nka ACOGENOKI yatangaje ko urugo rwe ruherereye mu mujyi wa Goma rwasatswe nâabasirikare bo mu rwego rushinzwe iperereza, bakekaga ko yaba acumbikiye abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23. Ni amakuru yatangaje anyomoza ayakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga […]
Umukobwa yemerewe gukoresha impano ya Frw miliyoni 909 yari yarahawe agafatirwa
Umukobwa ukiri muto wo muri Kenya witwa Tebby Wambuku Kago yahawe uburenganzira bwo gukoresha impano yâamadolari angana n’amafaranga y’u Rwanda (Frw) miliyoni 909.9 yahawe nâumushoramari mu byâifaranga ryâikoranabuhanga wâUmubiligi, ikamara imyaka ibiri ifatiriwe. Wambuku yasobanuye muri Mata 2021 yahawe aya mafaranga nâuyu mushoramari witwa Marc De Mesel wabaye muri Kenya mu 2017, nkâimpano kuko ngo […]
Gen. Kabarebe, Gen. Kazura na Maj. Gen. Murasira bahaye umugisha umukino wa nyuma w’ingabo

Abarimo General James Kabarebe, Jean Bosco Kazura na Minisitiri w’ingabo, Albert Murasira, bahaye umugisha umukino wa nyuma w’umupira w’amaguru w’ingabo z’u Rwanda. Uyu mukino wabereye ku kibuga cy’umupira w’amaguru cy’akarere ka Bugesera kuri uyu wa 31 Mutarama 2023, uhuza abasirikare bo mu mutwe urinda abayobozi bakuru b’igihugu, RG (Republican Guard) n’izo mu mutwe ushinzwe ibikorwa […]
Uhuru Kenyatta yongeye kwingingira FARDC na M23 guhagarika imirwano
Umuhuza wâAbanyekongo wagenwe nâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Uhuru Kenyatta, yongeye kwingingira ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo nâumutwe witwaje intwaro wa M23 guhagarika imirwano. Uhuru yatangaje ko mu gihe imirwano yakajije umurego, kuri uyu wa 31 Mutarama 2023 yagiranye ikiganiro cyihutirwa na komite ngishwanama ya EAC. Iki kiganiro kandi cyanarebaga imirwano ndetse nâibitero […]
Umunyamerika wambitswe imidali ibiri na Perezida Kagame aherutse gupfa
Umunyamerika wari usanzwe ari umwanditsi akaba nâumugiraneza, Roger Winter wambitswe imidali ibiri yâishimwe na Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, aherutse gupfa. Inkuru yâurupfu rwa Winter yemejwe nâabarimo Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo wabaye Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, agira ati: âRuhukira mu mahoro Roger Winter, umugabo wâubumuntu bwinshi! Nahuye nawe mbere muri za 90 hanze ya kaminuza […]
Ambasaderi Muyumba yibasiye Leta ya RDC nyuma yo kwirukana abasirikare bâu Rwanda
Umusenateri Francine Muyumba uhagarariye ihuriro FCC rigizwe nâimitwe ya politiki itavuga rumwe nâubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), yabwibasiye nyuma yâaho bwirukanye abasirikare bâu Rwanda bari mu buyobozi bwâumutwe wâingabo za Afurika yâiburasirazuba, EACRF. Ambasaderi Muyumba yatangaje ko ubutegetsi bwa RDC bwari bwarabeshye Abanyekongo ko abofisiye bâu Rwanda batabarizwa mu ngabo zigize EACRF, […]
U Burusiya buremeza ko hari intwaro USA yavanye muri Ukraine, izimurira ahandi
Umuyobozi wâishami ryâingabo zâu Burusiya rishinzwe gukumira ibitero by’intwaro zangiza ibinyabuzima n’iz’ingufu zikomoka ku mirasire y’izuba, Igor Kirillov, yatangaje ko afite amakuru yâuko Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ziri kuvana ubwoko bwâizi ntwaro muri Ukraine, zikoherezwa mu bindi bihugu birimo Poland. Nkâuko ibiro ntaramakuru byâAbarusiya, TASS, bibivuga, kuri uyu wa 30 Mutarama Kirillov yatangaje […]
Tshisekedi yibasiye AU nâindi miryango yo muri Afurika
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yibasiye umuryango wâubumwe bwa Afurika (AU) nâindi miryango yâuturere yo kuri uyu mugabane, ayishinja kunanirwa gukemura ibibazo biriho. Mu kiganiro yagiranye nâabadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri RDC kuri uyu wa 30 Mutarama 2023, Tshisekedi yasobanuye ko uyu mugabane wugarijwe nâibibazo birimo ihirika ryâubutegetsi (coup dâĂ©tats) nâiterabwoba. […]
Kinshasa: Tshisekedi yasabiye abayobozi bo mu Rwanda nâaba M23 ibihano

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yasabye Umuryango wâAbibumbye gufatira abayobozi bo mu Rwanda, Leta muri rusange nâabâumutwe witwaje intwaro wa M23 ibihano bya ânyabyoâ. Kuri uyu wa 30 Mutarama 2023 ubwo yaganiraga nâabadipolomate bahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa, Tshisekedi yongeye gushimangira ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 […]
Umugabo yajyanye umukobwa mu rukiko nyuma yo kumurihirira amashuri, akanga ko bashakana

Umugabo wâimyaka 40 yâamavuko witwa Richard Tumwine, uyuye mu gace ka Kanungu muri Uganda, yajyanye umukobwa bakundanaga mu rukiko nyuma yâaho amurihiye amashuri, yayarangiza akanga ko bashaka kandi yari yarabimusezeranyije. Tumwine yasobanuye ko yarihiriye uyu mukobwa witwa Fortunate Kyarikunda mu ishuri ryâamategeko rya LDC, amutangaho igiteranyo cyâamashilingi ya Uganda miliyoni 9. Akirangiza amashuri, ngo yamubwiye […]
Ambasaderi Busingye yasubije umudepite wasabye u Bwongereza kwemeza ko u Rwanda rufasha M23

Intumwa nkuru yâu Rwanda mu bwami bw’u Bwongereza, Ambasaderi Busingye Johnston, yasubije umudepite witwa Lyn Brown wasabye iki gihugu cyo ku mugabane wâUburayi kwifatanya nâibindi bikomeye kwemeza ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Uyu mudepite uhagarariye akarere ka West Ham, ashingiye kuri raporo yashyizwe hanze nâimpuguke zâUmuryango wâAbibumbye, tariki ya 19 Mutarama […]
Museveni yagereranyije abayobozi basaba ruswa y’igitsina n’ingurube zikwiye icyokezo
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yibasiye abayobozi basaba ruswa yâigitsina kugira ngo batange akazi, abagereranya nâingurube zikwiye kujya ku cyokezo. Tariki ya 27 Mutarama 2023, ubwo yizihizaga imyaka 37 amaze ku butegetsi, Museveni yamenyesheje abo bireba ko aya makuru ayafite, kandi ngo abayobozi basaba iyi ruswa bagomba gukurikiranwa bagafungwa. Yagize ati: âNumvise abakobwa bakoreshwa […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza avuga ko yafunzwe na Polisi arengana
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza umenyerewe mu nkuru zâubutabera, avuga ko yatawe muri yombi nâabapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bakorera mu karere ka Nyarugenge arengana. Nkundineza wari umaze iminsi atagaragara mu kazi, kuri uyu wa 29 Mutarama 2023 yatangarije Jalas Official ko yatawe muri yombi tariki ya 19 Mutarama 2023 ubwo yari yagiye gusura umuryango […]
RDC yihakanye ijwi ryumvikanamo Gen. Omega wa FDLR
Umuvugizi wâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Gen. Maj. Sylvain Ekenge Bomusa, yamaganye ijwi rimaze iminsi rikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ryumvikanamo izina rya General Pacifique Ntawunguka (Omega) uyobora umutwe witwaje intwaro wa FDLR. Iri jwi ryâiminota 13 ryumvikanamo uwiswe âGeneral Mugaboâ aganira nâuwo yita âExcellenceâ bivugwa ko ashobora kuba ari Perezida wa RDC, FĂ©lix […]
Umunyamerika yahishuye uko yagerageje kuburizamo ibitero bya USA kuri Saddam Hussein

Scott Ritter, umusesenguzi mu by’umutekano wabaye mu ngabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zirwanira mu mazi, ashinzwe ubutasi, akaba nâumwe mu bari bayoboye Komisiyo yihariye yâUmuryango wâAbibumbye yari ishinzwe kugenzura ikoreshwa n’ikorwa ry’intwaro kirimbuzi muri Iraq, yahishuye uko yagerageje kuburizamo ibitero kuri Saddam Hussein ariko bikaba iby’ubusa. Uyu Munyamerika wâimyaka 61 yâamavuko, mu nyandiko […]
Nyuma yâaho Kitshanga ifashwe, abatuye Goma basabwe kudahumbya
Meya wâumujyi wa Goma, Komiseri Kabeya Makossa François yasabye abahatuye kuba maso cyane, bagatanga amakuru ku bantu bose bakeka ko babahungabanyiriza umutekano. Mu itangazo yashyizwe yashyizeho umukono tariki ya 27 Mutarama 2023, Komiseri Makossa yasobanuye ko ahakwiye kugenzurwa cyane ari ahahurira abantu benshi nko mu nsengero, mu mashuri, mu masoko, mu tubari no mu tubyiniro. […]
Intambara ya gatatu yâIsi niba, byose bizahinduka umuyonga: Medvedev
Visi Perezida wâakanama kâu Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, yaburiye abifuza intambara ya gatatu yâIsi kuko ngo ivumbutse ibintu byose biri ku Isi byahinduka umuyonga. Medvedev yavuze aya magambo asubiza Minisitiri wâingabo wâu Butaliyani, Guido Crosetto wavuze ko u Burusiya bwinjije ibifaru muri Ukraine no ku mbibi buhana nâibihugu byâUburayi, iyi ntambara yahita iba. Minisitiri […]
Abasirikare ba FARDC barimo ba Colonel baguye mu mutego, hapfamo 15
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu ntara ya Ituri, bateze imodoka zari zitwaye abasirikare bâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (FARDC) barimo babiri bafite ipeti rya Colonel, hapfiramo 15. Radio Okapi isobanura ko iki gitero cyabereye muri teritwari ya Djugu ku wa 27 Mutarama 2023, ku muhanda Nimero 7 uri hafi ya […]
Papa Francis yamaganye imyumvire ya gikoloni yiganje mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yamaganye imyumvire ya gikoloni ibihugu byo mu burengerazuba bwâIsi bifite ku mugabane wa Afurika. Uku kwamagana gukubiye mu butumwa yatangiye mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Associated Press i Vatican, cyari cyerekeye ku ruzinduko ateganya kugirira ku mugabane wa Afurika ku mpera yâuku kwezi. Yagize ati: âMu Gitaliyani turavuga […]
Trump avuga ko iyo aba akiri Perezida, yari gukemura ikibazo cyo muri Ukraine mu masaha 24
Donald Trump wayoboye Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), avuga ko iyo aba akiyobora iki gihugu yari gukemura ikibazo cyâintambara imaze amezi 11 hagati ya Ukraine nâu Burusiya. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe âTruth Socialâ kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, Trump yagize ati: âNâubu mbaye ndi Perezida, nashobora kujya mu mishyikirano, nkarangiza iyi […]
Umudepite aribaza niba nta kuntu u Rwanda rwasubirana ubutaka rwambuwe nâabakoloni
Umudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Nizeyimana Pie, aribaza niba nta kuntu iki gihugu cyasubirana ubutaka cyambuwe buri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) no mu bindi byâabaturanyi. Kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagejeje ku Nteko Rusange yâUmutwe wâAbadepite uko umubano wâu Rwanda nâibihugu byo […]