PSF na Polisi y’u Rwanda ku isonga mu nzego zagaragayemo ruswa mu 2024

{{Umuryango Mpuzamahanga Urwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International; washyize Urwego rw’Abikorera (PSF) na Polisi y’u Rwanda mu nzego ziza ku isonga mu kurangwamo ruswa.}} Ishami rya Transparency ry’u Rwanda ryabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukuboza, ubwo ryamurikaga ubushakashatsi ngarukamwaka kuri ruswa nto mu Rwanda buzwi nka Rwanda Bribery Index (RBI). Ubu bushakashatsi bwerekana […]
Ambasaderi wise abadipolomate ba Afurika inkende yegujwe
Guverinoma ya Romania yeguje uwari Ambasaderi wayo muri Kenya, Dragos Viorel Tigau, wise inkende intumwa yâAbanyafurika. Mu nama yaberaga mu nyubako yâUmuryango wâAbibumbye i Nairobi tariki ya 26 Mata 2023, Ambasaderi Tigau yabonye inkende mu idirishya ryaho maze agira ati: âItsinda ryâAbanyafurika ritwiyunzeho.â Aya magambo yateje umwuka mubi mu cyumba cyâinama, Ambasaderi wa Sudani yâEpfo […]
Museveni yamaze gusinya ku itegeko riteganyiriza abatinganyi ibihano bikakaye
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yamaze gusinya ku itegeko rishya riteganyiriza umuryango wa LGBTQ wâabarimo abaryamana bahuje ibitsina ibihano bikakaye. Iri tegeko ryamaze igihe kirekire riganirwaho mu nteko ishinga amategeko ya Uganda riteganya ko umuntu uzahamwa nâicyaha cyo gukora ubutinganyi ku rwego rukabije, azaya ahanishwa igihano cyâurupfu. Tariki ya 20 Mata 2023, abadepite bahagarariye ishyaka […]
Polisi yâu Rwanda yatangaje ko itari bujenjekere âinkozi zâibibiâ zâabajura zizengereje abaturage
Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, CP John Bosco Kabera, yatangaje ko uru rwego rushinzwe umutekano rutari bujenjekere abo yise âinkozi zâibibiâ zâabajura zizengereje Abaturarwanda. CP Kabera yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 13 Mata 2023 mu gihe abantu bakomeje gutakamba, basaba Polisi kugira icyo ikora ku bujura bwafashe intera hirya no hino mu […]
General Makenga yahishuye ikimenyetso cyatumye abategetsi muri RDC bemera ko M23 atari inyamahanga

Umugaba Mukuru wâingabo za M23, General Sultani Makenga, abinyujije mu mujyanama we Bahati Erasto, yahishuye ikimenyetso cyatumye abategetsi bo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo barimo Perezida FĂ©lix Tshisekedi bacururuka, bakemera ko uyu mutwe witwaje intwaro atari uwâAbanyarwanda nâAbagande. Nkâuko byemejwe na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, Bahati yahishuye iki kimenyetso ubwo yaganirizaga abaturage bo […]
Abanzi 2 b’ingenzi u Rwanda rufite mu mboni za Gen. James Kabarebe

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bijyanye n’umutekano, General James Kabarebe yagaragaje abanzi babiri bakomeye kurusha abandi bose u Rwanda rufite bakaba ari na bo batuma rugikomeje kugorwa no kugera ku iterambere rirambye. Ibi yabigaragaje ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye muri gahunda yiswe ‘Meet The Elders’ ku nsanganyamatsiko igira […]
Gen. James Kabarebe yahishuye uko yigeze kurwana n’intare kugeza ayinesheje
Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko mu 1982 we na bagenzi be bigeze guhangana n’intare ijoro ryose kugeza bayinesheje. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka yaranze u Rwanda ndetse nâuruhare rufite mu guharanira kubaka ahazaza […]
Umunyamerika Michael Bechky yaheshejwe ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama, rwategetse ko Umunyamerika Michael Bechky asubizwa ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda Iradukunda Gilbert akabwandikwaho nka nyirabwo. Imiterere y’ikibazo Ku itariki ya 04 Mutarama ni bwo uru rukiko rwaburanishije mu mizi urubanza Michael Allen Bechky yaregagamo Iradukunda kumutwarira ubutaka buherereye mu mudugudu wa Butorwa, akagari ka […]
Icyo RDC ivuga ku ndege yayo y’intambara yarashwe na RDF
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda kugaba igitero ku ndege yayo y’intambara nkana, nyuma y’uko ivogereye ikirere cy’u Rwanda ikaraswa. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’Igisirikare cya Congo Kinshasa yavogereye ikirere cy’u mu karere ka Rubavu, ihita iraswa n’Ingabo z’u Rwanda. Guverinoma y’u Rwanda […]
Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya

Umuturage witwa Nemeye Ezron wo mu kagari ka Marangara ho mu murenge wa Rugera w’akarere ka Nyabihu, arashinja ubuyobozi bw’akagari atuyemo gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya mu nyungu z’uwiyita umukazana we. Nemeye ni umubyeyi wa Semasaka Jean DamascĂšne, umuhungu we uba mu karere ka Mubende muri Uganda. Muri 2013 Semasaka yashakanye n’uwitwa Uwamariya […]
Ibintu 3 byafasha RDC kwigobotora imitwe irimo M23 mu mboni za MoĂŻse Katumbi
Umunyapolitiki MoĂŻse Chapwe Katumbi, asanga hari ibintu bitatu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakora igakemura burundu ikibazo cy’umutekano muke wo mu burasirazuba bwayo uterwa n’imitwe yitwaje intwaro ihakorera. Katumbi wahoze ari Guverineri w’Intara ya Katanga, kuri ubu ni umwe mu bakandida bamaze kwemeza ko bazahatana na Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu […]
RDC yongeye kuririra amahanga, iyasaba gufatira ibihano u Rwanda yashinje kuyasuzugura
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda kwanga guhagarika ubufasha ivuga ko ruha umutwe wa M23, isaba amahanga kurufatira ingamba zirimo n’ibihano. Ni ibikubiye mu itangazo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama 2023. Ni itangazo rijyana n’amabwiriza umutwe wa M23 n’Ingabo za Congo Kinshasa […]
Tshisekedi yirukanye umujyanama we wihariye nyuma yo kuvuga ko hari amasezerano y’ibanga yari yaragiranye na P. Kagame
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, yirukanye Fortunat Bisesele wari umujyanama we wihariye nyuma yo gutangaza ko hari amasezerano y’ibanga yari yaragiranye na Perezida Paul Kagame mbere y’uko umwuka mubi waduka hagati yabo. Bisesele yirukanwe mu ijoro ryakeye asimbuzwa Kahumbu Mandungu Bula nk’uko itangazo ryatambutse kuri Radiyo na Televiziyo y’Igihugu muri Congo (RTNC ribivuga). […]
Ba Colonel 2 muri M23 bazamuwe mu ntera, bagirwa ba Général de Brigade

Bertrand Bisimwa uyoboye umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2023 yazamuye mu ntera ba Colonel babiri muri uriya mutwe, abaha ipeti rya GĂ©nĂ©ral de Brigade. Abazamuwe mu ntera nk’uko itangazo ryashyizweho umukono na Bisimwa ribigaragaza, ni Col. Mboneza Yusufu cyo kimwe na mugenzi we Byamungu Maheshe Bernard. Aba bombi bashyizwe […]
Uko ADF yapanze kugaba ibitero mu nama ya CHOGM i Kigali, umugambi ugapfuba
Raporo impuguke za Loni ziheruka gusohora igaragaza ko mu mwaka ushize umutwe wa ADF wapanze kugaba ibitero by’iterabwoba ahantu hatandukanye, harimo no mu mujyi wa Kigali. Ni ibikubiye muri raporo ivuga cyane ku kibazo cy’umutekano muke wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho na ADF ibarizwa ziriya mpuguke za Loni zasohoye ku […]
Iradukunda ushinjwa n’umunyamerika kumutwarira ubutaka yigaramye ibyo kuba umukozi we
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza mu karere ka Musanze, rwatangiye kuburanisha urubanza Umunyamerika Allen Michael Bechky aregamo Umunyarwanda Iradukunda Gilbert ku mutwarira ubutaka. Saa yine n’iminota 15 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Mutarama 2023, ni bwo urukiko rwatangiye kuburanisha aba bombi. Bechky utagaragaye mu rukiko yari ahagarariwe na Me Maurice Munyentwari usanzwe ari umwunganizi […]
Gen. Makenga yavuze impamvu RDC ishinja u Rwanda gufasha M23, ahishura ababaha inkunga
Umuyobozi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko ibirego bya RDC by’uko u Rwanda rwaba rubaha ubufasha ari ibinyoma Leta y’i Kinshasa yahisemo, mu rwego rwo kwirengera nyuma yo gutsindwa. Gen. Makenga yabitangarije mu kiganiro aheruka gukorera i Kishishe, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye. Makenga yakoze iki kiganiro, mu gihe inyeshyamba akuriye […]
U Rwanda rwongeye kwiyama RDC nyuma y’uko indi ndege yayo y’intambara ivogereye ikirere cyarwo
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwiyama iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bushotoranyi ikomeje gukora, nyuma y’uko indi ndege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda. Mu ma saa sita z’amanywa ni bwo indege yâintambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 iturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yavogereye ikirere cyâu Rwanda. Itangazo ryasohowe […]
RDC ikwiye gushyikirana na M23_Perezida Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yongeye gushimangira ko ari ngombwa ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igirana imishyikirano n’umutwe wa M23; kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Museveni yabishimangiye mu cyumweru gishize, ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanditsi bakuru ndetse n’abahagarariye ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda. Kuri ubu M23 imaze igihe kirekire […]
Fayulu, Mukwege na Matata Ponyo barifuza ko RDC yaca burundu umubano n’u Rwanda
Abanyapolitiki Martin Fayulu na Matata Ponyo cyo kimwe na muganga Dr Denis Mukwege, bahaye Leta ya Congo Kinshasa icyifuzo cyo guca burundu umubano n’u Rwanda; nk’imwe mu nzira yo gukemura uruhuri rw’ibibazo byugarije RDC. Ni ibikubiye mu tangazo rihuriweho aba bagabo uko ari batatu basohoye kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Ukuboza 2022. Muri […]
M23 yemeye kuva mu birindiro byose yari ifite i Kibumba, ibishyikiriza EACRF
Umutwe wa M23 watangaje ko wemeye kuva mu birindiro byose wari ufite mu gace ka Kibumba ho muri Teritwari ya Rutshuru, yemera kubishyikiriza Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zagiye kugarura amahoro muri RDC (EACRF). Umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko uyu mutwe wafashe kiriya cyemezo nyuma y’inama yawuhuje n’intumwa za EACRF […]
MoĂŻse Katumbi avuga ko amarira ya Tshisekedi atari yo azakemura ikibazo cya M23
Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi Chapwe, yanenze Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi ukomeje imiborogo y’uko M23 ibifashijwemo n’u Rwanda bateye igihugu cye; avuga ko amarira atari wo muti w’ikibazo. Katumbi washinze akaba anayoboye ishyaka âEnsemble pour la RĂ©publique’, yemeje aya makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) cyo kimwe na Televiziyo ya France 24. Muri […]
P. Kagame ku kuba yava ku butegetsi no gutera ikirenge mu cy’abarimo Lee Kuan Yew
Perezida Paul Kagame yongeye kubazwa niba yaba atekereza kuba yava ku butegetsi, asubiza ko ibyo nta kibazo na gito abibonamo. Umukuru w’Igihugu yabitangaje mu kiganiro cyateguwe nâIkinyamakuru Semafor cyabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Gatatu tariki 14 Ukuboza 2022. I Washington Perezida Kagame yahitabiriye inama y’iminsi itatu ihuza Amerika […]
Gen. Muhoozi yahishuye umusirikare rukumbi wa RDF umurusha ubuhangange
Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko umujyanama mukuru wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen. James Kabarebe, ari we musirikare wo ku rwego rwa Jenerali azi usanzwe ari igihangange kumurusha. Ni mu butumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akanaba umujyanama we mukuru mu bikorwa byihariye yanyujije ku rubuga […]
Igisubizo cya Tshisekedi kuri P. Kagame wemeye kumwibira akabanga ku bijyanye n’intambara
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, yasubije mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda uheruka kumubwira ko niba yifuza kumenya ibijyanye n’ububi bw’intambara yigambye ko ishobora kubaho hagati y’u Rwanda na RDC, yamugana akamwibira akabanga. Mu ntangiriro z’Ugushyingo uyu mwaka ni bwo Tshisekedi yatangaje ko intambara hagati ya RDC n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo ya […]
Icyo M23 ivuga ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe i Kishishe FARDC yegetse kuri RDF
Umutwe wahakanye ubwicanyi washinjwe gukora n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uvuga ko ari ibihuha byahimbwe na Leta ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR, Mai-Mai na Nyatura bamaze igihe bakorana. Ku wa Kane tariki ya 01 Ukuboza ni bwo Igisirikare cya Congo cyasohoye itangazo rishinja Ingabo zâu Rwanda kwifatanya nâinyeshyamba zâumutwe wa M23 […]
Maj. Willy Ngoma avuga ko RDF na UPDF binjiye mu ntambara na FARDC mu minsi 3 baba bari Kisangani
Umuvugizi wo ku rwego rwa gisirikare w’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yongeye kunyomoza amakuru y’uko hari ubufasha uyu mutwe waba uhabwa n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyangwa UPDF cya Uganda. Ni mu kiganiro Major Willy Ngoma aheruka kugirana n’ikinyamakuru ACTUALITĂ cyo muri Congo Kinshasa. Iki kitangazamakuru giheruka kwandika inkuru igaragaza ibimenyetso kivuga ko gifite by’uko […]
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube

Izere Ineza Willo Queen wari ufite imyaka 3 n’igice yâamavuko wabanaga nâababyeyi be mu mudugudu wa Maseka, akagari ka Kibogora,umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke,ingurube yabo yamusanze mu cyumba imurya amaboko yombi inamurya umutwe ibanje kuwujanjagura, arapfa. Nkâuko BWIZA yabitangarijwe nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wâakagari ka Kanjongo, Niyonsenga Jean Pierre, ngo ibi byago byabaye ku mugoroba […]
Ndayishimiye yavuze uko umubano w’u Burundi n’u Rwanda wifashe, akomoza ku kibazo cy’abarimo Gen. Niyombare
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko kuri ubu nta mwuka mubi wavuga ko ukirangwa hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, ashimangira ko u Burundi bufite icyizere cy’uko u Rwanda ruzabushyikiriza abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu 2015 bagashyikirizwa ubutabera. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabikomojeho ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye nâabanyamakuru: Marc PERELMAN na Laurent CORREAU […]
General Kainerugaba ashyigikiye icyemezo cya Perezida Kagame na Uhuru kuri M23
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ashyigikiye icyemezo cya Perezida Paul Kagame na Uhuru Kenyatta ku mutwe witwaje intwaro wa M23. Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba tariki ya 18 Ugushyingo watangaje ko Uhuru yaganiriye na Paul Kagame ku mirwano ya M23 nâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Perezida wâu […]
Perezida Kagame, Tshisekedi na Ndayishimiye batumiwe i Luanda
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi; batumiwe i Luanda muri Angola mu nama yiga ku bibazo by’u Rwanda na RDC. Ni ubutumire aba bakuru b’ibihugu uko ari batatu bahawe na JoĂŁo Manuel Gonçalves Lourenço wa Angola. Inama batumiwemo biteganyijwe ko igomba kubera […]
Dr Mbonimana weguye âkubera ubusinziâ yijeje Abanyarwanda ko yacitse ku nzoga

Dr Mbonimana Gamariel weguye ku mwanya wâubudepite kubera ubusinzi, yasezeranyije Perezida Paul Kagame nâAbanyarwanda muri rusange ko atazongera kunywa inzoga. Uyu munyapolitiki wari uhagarariye ishyaka PL mu nteko ishinga amategeko, yatanze ibaruwa yâubwegure tariki ya 11 Ugushyingo 2022, nyuma yâaho Perezida Kagame atangaje ko abapolisi bamufashe inshuro nyinshi yasinze bikabije. Perezida Kagame yatangarije aya makuru […]
Umudepite watumye Perezida Kagame yibasira abapolisi ku bw’ubusinzi yeguye
Gamariel Mbonimana wari umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yamaze kwegura nyuma yo kunengwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kubera ubusinzi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga 2022 ni bwo inkuru y’ubwegure mu nteko bwa Depite Mbonimana wari uhagarariye Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (PL) yamenyekanye. […]
Izamuka ryâibiciro byâibiribwa: U Rwanda ku mwanya wa 8, ruvuye ku wa 9

Banki yâIsi muri raporo yayo nshya, yagaragaje ko kugeza tariki ya 31 Ukwakira 2022 u Rwanda rwageze ku mwanya wa 8 mu bihugu 10 bya mbere bifite ibiciro byâibiribwa byazamutse kurusha ahandi. Iyi banki yagaragaje ko imbere mu Rwanda, ibiciro byâibiribwa byazamutse ku kigero cya 41%, rukaba rukurikirwa na Ghana iri ku kigero cya 38% […]
Perezida JoĂŁo Lourenço ategerejwe i Kigali kubera ibibazo by’u Rwanda na RDC
Perezida JoĂŁo Lourenço wa Angola ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, mu ruzinduko biteganyijwe ko rugomba gusiga abonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame. Amakuru y’uru ruzinduko yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Amb. Tete AntĂłnio; mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter ku mugoroba w’ejo ku […]
U Rwanda rwasabye RDC kurekura abaturage barwo bafunzwe na ANR ‘byihuse kandi nta mananiza’
Guverinoma y’u Rwanda iherutse kumenyesha iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko hari Abanyarwanda babiri bafungiwe muri iki gihugu, iyisaba ko barekurwa byihuse nta n’amananiza. Abafunzwe nk’uko Jeune Afrique dukesha iyi nkuru yabitangaje; barimo Dr Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe, bafungiwe muri Congo Kinshasa kuva ku wa 30 Kanama ubwo batabwaga muri yombi. Iki gitangazamakuru […]
Bamwe mu banyamigabane ba SDU barasaba inzego bireba kubarenganura

Bamwe mu banyamigabane ba kampani ya SDU (Special Drivers United) itanga serivisi zo gutwara abantu nâibintu barasaba inzego bireba kubarenganura kuko ngo bafatiwe imyanzuro itubahirije amategeko nâamategeko abagenga. Aba banyamigabane bavuga ko bamwe muri bo birukanwe, abandi bimwa uburenganzira bazira kubaza ku mikorere ya kampani babonaga itagenda neza. Mu mikorere bita âmibiâ ya kampani ngo […]
Ishimwe rya Madamu Jeannette Kagame ku muhungu we warahiriye kwinjira muri RDF
Madamu wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, yashimiye Ian Kagame usanzwe ari umuhungu wabo nyuma yo kurahirira kwinjira mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ugushyingo ni bwo Ian Kagame yarahiriye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda, mu muhango wabereye mu Ishuri rya Gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera. Ni […]
Uhuru Kenyatta yagiye kuganira na Ndayishimiye ku bibazo bireba u Rwanda

Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yageze i Bujumbura, aho yagiye kuganira na Perezida wâu Burundi akaba nâUmukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, ku bibazo byâumutekano muke mu karere, byâumwihariko mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu munyapolitiki usanzwe ari umuhuza wa Leta ya RDC nâimitwe yitwaje intwaro yemeye kujya […]
Umugabo wâi Ruhango avuga ko amaze amezi 9 mu buhungiro azira kugeza ikibazo cye mu nzego nkuru

Habimana Jean Baptiste ufite urugo mu mudugudu wa Gatengezi, akagari ka Nyamagana, umurenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango, avuga ko amaze amezi 9 ahungiye i Kigali azira kugeza ikibazo cye mu nzego nkuru zâubuyobozi. Ikibazo cye gikomoka ku nzu ye yashatse kuvugurura mu 2018, agakuraho amategura, agashyiraho amabati ndetse akayikorera amasuku nkâuko bigaragara mu […]
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya João Lourenço nyuma yo kubonana na Tshisekedi
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Hon. Tete AntĂłnio wamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we JoĂŁo Lourenço wa Angola. Umukuru w’Igihugu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola kuri iki gicamunsi, nk’uko ibiro bye byabitangaje mu butumwa byanyujije kuri Twitter. Ni ubutumwa buvuga ko “kuri iki […]
Amerika yasabye RDF ‘guhagarika guha ubufasha’ M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaragaza ko Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) giha ubufasha umutwe wa M23; zisaba ko ubwo bufasha bwahagarara. Amerika yatangaje ibi binyuze muri Amb. Robert Wood, intumwa yayo muri Loni ku bibazo byihariye bya politiki. Uyu ku wa Gatatu w’iki cyumweru ubwo yari mu nama y’akanama gashinzwe umutekano ka Loni i […]
Perezida Kagame, Biden na Putin mu batumiwe na Gen. Muhoozi muri Uganda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari mu banyacyubahiro batumiwe muri Uganda na Gen Muhoozi Kainerugaba, mu nama y’Urubyiruko igomba kubera muri iki gihugu. Gen. Muhoozi yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Yavuze ko iyi nama ya ‘Patriotic Youth Conference’ iteganyijwe kuba mu byumweru bike biri imbere; nyuma y’uko Perezida Yoweri […]
IPRC Kigali yafunzwe kubera iperereza iri gukorwaho

Minisiteri yâuburezi (MINEDUC) yafunze mu gihe cyâibyumweru bibiri ishuri rikuru ryâimyuga nâubumenyi ngiro, ishami rya Kigali, IPRC-Kigali kubera iperereza riri gukorwaho. MINEDUC mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, yasobanuye ko iri shuri riri gukorwa iperereza ku bujura nâimyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta. Ngo mu rwego rwo kugira ngo […]
Tshisekedi ngo Perezida Kagame iyo bari kumwe imbonankubone ntahakana gufasha M23
Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Congo Kinshasa yatangaje ko hari ibimenyetso byinshi bigaragaza ko u Rwanda ruha ubufasha M23, ibyo avuga ko na Perezida Paul Kagame atajya ahakana iyo bari kumwe imbonankubone. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro ‘Africa Daily’ aheruka kugirana n’umunyamakuru Victoria Uwonkunda wa BBC. Ni ikiganiro cyabaye mu gihe Congo Kinshasa imaze iminsi isa n’iyacanye […]
Tshisekedi yasabye Umwami Charles III gukoresha ububasha afite ku Rwanda ku bwa RDC
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye umwami Charles III w’u Bwongereza gukoresha ububasha afite mu muryango wa Commonwealth agasaba u Rwanda ‘kudahungabanya Uburasirazuba’ bw’igihugu cye. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Ukwakira ni bwo Tshisekedi yakiriwe i Londres nâumwami Charles III wâu Bwongereza. Bombi babonaniye mu ngoro ya Buckingham iherereye […]
Umubano wa Uganda n’u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda
Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kuri ubu umubano w’igihugu cye n’u Rwanda uri ku rwego rushimishije cyane nyuma yo kugira uruhare mu izahurwa ryayo. Uyu mujenerali w’inyenyeri enye yabitangaje nyuma yo gusoza uruzinduko rw’iminsi ine yagiriraga hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize we n’intumwa yari ayoboye baganiriye […]
Mozambique: RDF yavumbuye intwaro nyinshi zari zarahishwe nâibyihebe

Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zatahuye intwaro nyinshi nâamasasu byari byarahishwe nâabarwanyi bâumutwe wâiterabwoba ukorerayo witwa Ansar Al sunna. Ibiro bya RDF byatangaje ko izi ntwaro zirenga 100 zirimo imbunda ntoya, amasasu mato na za roketi. Ngo bi byihebe byazihishe mu mwaka ushize ubwo byirukankanwaga mu […]
Gen Muhoozi yagarutse i Kigali aherekejwe na Andrew Mwenda
Umujyanama mukuru wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba n’umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba; yamaze kugaruka i Kigali aho byitezwe ko agomba kubonanira na Perezida Paul Kagame. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Gen Muhoozi yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali n’indege ya Uganda Airlines. Mu bari bamuherekeje harimo umunyamakuru Andrew Mwenda […]
Rubavu: Umuryango wigeze kwandikira Perezida Kagame umutakira ngo awurenganure uri mu marira

Umuryango wa Kanyabutembo Virginie uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uravuga ko nyuma yâuko ukomeje kurenganira mu nkiko mu buryo bugaragara, wandikiye Perezida Kagame umusaba kuba yabarenganura kuko ahandi baburaniwe , aho kuri ubu inzu yawo igiye kongera kugurishwa bwa kabiri mu buryo uvuga ko ari ubwâamaherere. Kanyabutembo wigeze nubundi gushimira umukuru w’igihugu ku […]
Bamwe mu bakorera hafi ya Tshisekedi bari mu nzira yo gufatirwa ibihano na USA
Urwego rwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) rushinzwe umutungo ruri mu nzira yo gufatira ibihano bamwe mu bayobozi bakorera mu biro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ndetse nâabo muri guverinoma yâiki gihugu. Ikinyamakuru Africa Intelligence gikora inkuru zicukumbuye ku mugabane wa Afurika kuri uyu wa 6 Ukwakira 2022 cyatangaje ko […]
Centrafrique yiyamye Ambasaderi wa RDC uheruka kuvuga ibihuha ku ngabo za RDF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Centrafrique, Sylivie BaĂŻpo Temon, yakebuye Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Bangui nyuma y’ibihuha aheruka gutangaza ku ngabo z’u Rwanda. Mu kwezi gushize ni bwo Ambasaderi wa RDC muri Centrafrique, Esdras Kambale Bahekwa, yagaragaje ko ahangayikishijwe nâibice ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro zikoreramo. Mu ibaruwa […]
Musanze: Arasaba ubufasha nyuma yo gusigirwa impinja ebyiri n’umugore we wapfuye amaze kuzibyara

Umugabo witwa Ntawiheba Isaac w’imyaka 33 wo mu mudugudu wa Karinzi, akagari ka Kabeza mu murenge wa Cyuve w’akarere ka Musanze, arasaba gukorerwa ubuvugizi kugira ngo abone uko yarera abana be babiri b’ amahasa (umuhungu n’umukobwa) basizwe na nyina Nyirarukundo Florence w’imyaka 34 wapfuye akimara kubabyara kandi n’uyu mugabo akiri mu mbago kubera impanuka yakoze. […]
Kera kabaye u Burundi bwongeye gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda
Leta y’u Burundi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nzeri, yongeye gufungura imipaka ihuza iki gihugu n’u Rwanda nyuma y’imyaka itandatu ifunzwe. U Burundi bwari bwarafunze imipaka yabwo n’u Rwanda kuva muri 2016, nyuma y’uko Leta y’u Burundi ishinje iy’u Rwanda kugira uruhare muri Coup d’etat y’abashakaga guhirika ubutegetsi bw’uwari […]
Nyamasheke: Umusaza wâimyaka 80 nâuwa 54 bagiye kwiga mu mashuri abanza

Itangira ryâamashuri ritangiranye udushya mu karere ka Nyamasheke tutari tumenyerewe, aho muri GS Gitsimbwe, mu murenge wa Gihombo hagaragaye umusaza Gasigwa EzĂ©chias bahimba âRwamatamuâ wâimyaka 80 aje gutangira uwa mbere wâabanza, mu gihe no ku ishuri ribanza rya Nyakibingo mu murenge wa Shangi hagaragaye Rusengamihigo Jean Marie Vianney bahimba âVisionâ wâimyaka 54 waje aje mu […]
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Maj Gen Innocent Kabandana
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Maj Gen Innocent Kabandana amugira Lieutenant General. Maj Gen Kabandana yazamuwe mu ntera nyuma yo kurangiza ubutumwa yari amazemo umwaka muri Mozambique, aho yari afite inshingano zo guhuza ibikorwa byâInzego zâUmutekano zâu Rwanda ziri mu butumwa mu Ntara ya Cabo Delgado. […]
Perezida Kagame na Tshisekedi baganiriye i New York ku buhuza bwa Macron
Amakuru aturuka i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aravuga ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, bagiranye ibiganiro ku buhuza bwa Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa. Aba bakuru b’ibihugu uko ari batatu i New York bahitabiriye inteko rusange isanzwe ya 77 y’Umuryango w’Abibumbye. Perezida Paul Kagame […]
Perezida Kagame mu baherekeje bwa nyuma umwamikazi Elizabeth II
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari mu bitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza wabaye kuri uyu wa Mbere. Saa sita z’amanywa ni bwo imihango yo gusezera bwa nyuma ku mwamikazi w’u Bwongereza yatangiye. Ni imihango yabimburiwe n’igikorwa cyo kuvana umugogo we ahazwi nka Westminster Hall bawujyama ahitwa Westminster Abbey aho […]
Perezida Kagame yaganiriye n’umwami Charles III w’u Bwongereza
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yaganiriye kuri terefoni n’Umwami Charles III w’u Bwongereza, amwihanganisha ku bw’urupfu rw’umwamikazi Elizabeth II usanzwe ari umubyeyi we. Perezida Kagame yemeje aya makuru mu butumwa yasangije abarenga 2,800,000 bamukurikira ku rubuga rwa Twitter. Yagize ati: “Nagize amahirwe yo gutambutsa binyuze mu kiganiro cyo kuri terefoni, ubutumwa bufata mu […]
Rubavu: Umuryango w’umusore warashwe urasaba Polisi kuwufasha gushyingura no gukurikirana umupolisi wamwishe

Umuryango wâumusore wâimyaka 18 yâamavuko witwa Ishimwe Prince uherutse kuraswa nâumupolisi wamwise umujura, urasaba Leta kumukuraho iki cyasha no gukurikirana mu butabera uyu mupolisi , ndetse bagasaba police kubafasha kumushyingura . VIDEO Kuri uyu wa 7 Nzeri 2022, Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu ntara yâUburengerazuba, CIP Rukundo Mucyo, yatangarije BWIZA ko Polisi ikorera mu […]