Uwari Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof. Sam Rugege yasimbujwe uwitwa Dr Faustin Nteziryayo nk’uko itangazo rivuye mu biro bya Perezida wa Repubulika ribivuga.
Ashingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo muri 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo (iya 153, iya 86 n’iya 156, Perezida Paul Kagame kandi yashyizeho Umuyobozi wungirije w’urukiko rw’ikirenga, Marie Therese Mukamurisa.
Dr Nteziryayo yabaye Minisitiri w’Ubutabera, Visi Guverineri wa Banki (…)
Home > Keywords > Amakuru > Kagame
Kagame
Articles
-
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasimbujwe
4 December 2019, by Fred Rugira -
Ese Min. Mboweni yumviye inama ya Perezida Kagame yo kutareka gukoresha Twitter?
14 December 2019, by Fred RugiraMinisitiri w’Imari muri Afurika y’Epfo,Tito Mboweni yari aherutse gutangaza ko azareka gukoresha twitter, ingingo yagiriweho inama na Perezida Kagame amusaba kutayivaho.
Yavuze ko ku bw’inama za Perezida Kagame, akibisuzuma niba yakomeza kuyikoresha ariko avuga ko azatanga umwanzuro kuwa 13 Ukuboza 2019.
Mboweni usanzwe ari inzobere mu bukungu, akunze gushima iterambere ry’u Rwanda ndetse rimwe na rimwe akarutangaho urugero nk’igihugu Afurika y’Epfo akomokamo ikwiriye kwigiraho.
Mu (…) -
Perezida Kagame akomeje kugirira icyizere abo mu ishyaka PSD abaha imyanya ikomeye
5 November 2019, by Fred RugiraPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akomeje guha inshingano abayoboke b’ishya rya ‘ Parti Social Democrate’ (PSD) aho agenda abaha imyanya itandukanye mu buyobozi bw’igihugu. Ishyaka PSD kuri ubu rifite abarwanashyaka batanu bari mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu.
Muri aba harimo: Dr Vincent Biruta 1. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta wahawe uyu mwanya nk’uko itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 (…) -
Amahirwe make ku muryango wo kwa Rwigara mu kibuga cya Politiki
2 December 2019, by Theoneste ItangishatseAssinapol Rwigara yari umunyemari w’Umunyarwanda, yitabye Imana ku wa 04 Gashyantare 2015, azize impanuka y’ikamyo yabereye mu Mujyi wa Kigali, nyuma y’urupfu rwe ni byinshi byavuzwe ku muryango we wasigaye birimo ifungwa n’ibindi bitandukanye bigaruka cyane kuri politiki.
Rwigara yari umunyemari wari uzwi na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuko yazaga mu baherwe batanu ba mbere babanzirizwaga na Kabuga Felecien.
Rwigara ntiyigeze agaragara mu bikorwa bya politiki, (…) -
Umushyikirano2019: Gusenyera abaturage, ibiciro by’ibiribwa, imisoro ihanitse; bimwe mu byo Abanyarwanda bifuza ko byaganirwaho
19 December 2019, by Theoneste ItangishatseInama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 17, yatangiye kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2019, ikaba yitabiriwe n’abarenga 2000 i Kigali.
Ubusanzwe inama n’ iyi ihuza abaturage b’ingeri zinyuranye z’ igihugu n’abaturage bayitangamo ibitekerezo bakoresheje itumanaho aho bibereye mu giturage iwabo ndetse no mu migi. Iyi nama ikaba iterana buri mwaka nk’uko biteganywa n’itegekonshinga mu ngingo yayo y’140, ikayoborwa na Perezida wa Repubulika. Inama nkuru y’Umushyikirana ikaba iza (…) -
Kampala: Le gouvernement saute la question du Rwanda pendant l’enquête du Parlement
23 November 2019, by Denis NsengiyumvaLe gouvernement Ougandais a ignoré les questions du Parlement sur les retombées diplomatiques persistantes entre l’Ouganda et ses voisins du Sud.
La semaine dernière, le Parlement a menacé de boycotter les célébrations du 20e anniversaire de la Communauté de l’Afrique de l’Est, à moins que le gouvernement ne fournisse une explication satisfaisante des progrès accomplis dans la résolution des principaux conflits avec ses voisins.
La fermeture non résolue de la frontière entre l’Ouganda et (…) -
Rwanda 2019: Umwaka w’umutekano, usize igihato muri dipolomasi
31 December 2019, by Mecky Merchiore KayirangaUmwaka wa 2019 uvuze byinshi ku gihugu nk’u Rwanda, cyane cyane mu rwego rw’umutekano n’ububanyi n’amahanga! kuko usize benshi mu nyeshyamba n’abayobozi bayo barwanya leta y’u Rwanda bishwe, hari abagaruwe mu gihugu, abandi basubiranyemo. nubwo havugwa umutekano mwiza, mu bubanyi n’amahanga ho ibyiza byinshi bibangikanye n’ “igitotsi” mu mibanire n’abaturanyi. Urugamba rukomeye mu rwego rwa dipolomasi (diplomacy)!
U Rwanda ni igihugu kimaze kwiyubaka no kugera kuri byinshi. Nyuma ya (…) -
"Intambara ikomeye" mu Karere k’Ibiyaga Bigari
22 November 2019, by Munyakayanza SamuelMu bitabo by’ubuhanuzi by’Abadivantisite b’umunsi wa karindwi, bagiramo igitabo gikomeye, gisomwa cyane n’abizera b’iri torero, cyitwa " Intambara Ikomeye". Nta sano ibikubiye muri icyo gitabo bifitanye n’intambara ikomeye yo mu Karere k’Ibiyaga Bigari tugiye kuvugaho, kuko icyo gitabo cyo kigaruka ku ntambara umukristu ahoramo ahanganye n’umwanzi Satani.
Yemwe nibutse ko isano ihari kuko intambara ihera ku makimbirane avuka hagati y’abaturage cyangwa ibihugu. Iyo ntambara itari (…) -
Si ubwa mbere ibirego nk’ibi bidafite ishingiro babivuze - Nduhungirehe ku gitero giheruka mu Burundi
21 November 2019, by Denis NsengiyumvaNyuma y’aho Igisirikare cy’u Burundi cyemeje ko mu ijoro rishyira ku cyumweru habaye igitero ku birindiro byazo biri ahitwa Twinyoni mu Ntara ya Cibitoke muri Commune Mabayi, ndetse kikemeza ko abateye baturutse mu Rwanda, Olivier Nduhungirehe, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga we aravuga ko atari ubwa mbere u Rwanda ruvuzwehoibirego bidafite ishingiro.
Igitero cyo muri Mabayi cyabaye hashize iminsi 8 hakurya ku ruhande rw’u Rwanda , naho ku birindiro by’ingabo (…) -
Perezida Kagame yahaye amahitamo abasubiye mu byaha bari barafungiwe
14 November 2019, by TUYIZERE JDMu butumwa yatanze kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019 mu muhango wo kurahira kw’abaminisitiri, abanyamabanga ba leta n’abayobozi b’ingabo mu ngoro y’inteko ishinga amategeko, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yahaye amahitamo abiri abafunguwe bahawe imbabazi bagasubira mu byo bari barafungiwe.
Perezida Kagame yihanangirije abihisha inyuma ya politiki,ubwisanzure,... bafashwa n’abahungabanya umutekano bari hanze.
"Ndashaka kuburira bamwe mu bari hano bihisha inyuma y’ibintu nka (…)