Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) buratangazako kwiyandikisha bikomeje ku bifuza gutangira kwiga umwaka w’amashuri 2019 mu mashami yose y’iyi kaminuza.
Kwiyandikisha muri iyi kaminuza birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri 2019 mu mashami yayo arimo:
Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (Information and Technology) , Ubuhinzi n’iterambere ry’Icyaro ( Agriculture and Rural Development Business, Ubucuruzi n’Ishoramari (Trade and Investment), Uburezi (Education),Indimi n’Ubumenyamuntu (Arts and Social Sciences).
Ku bifuza kwiga ubumenyingiro, Iyi kaminuza ifite Ishuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) ryigisha amasomo ajyanye nabwo. Muri aya harimo:
– Civil Engineering ( Land Surveying)
– Electronic and Telecommunication engineering
– Electriclal engineering
– Design and Multimedia Engineering
– Computer Maintenance
– Software Engineering
– Networking Engineering
– Logistics and Procurement Management
– Project management
– Travel and Tourism Management
– Technical Accounting
Ubuyobozi buvuga ko kandi hari amasomo y’igihe gito mu bijyanye na Hospitality Culinary Arts na Beverage Services, Customer Care, Tourism and Tour guide, Multmedia, Custom Clearance and Taxes, Electrical Installation na Electronic & Hardware maintenance.
Aya masomo atangwa ku mugoroba ku munywa, nimugoroba na wikendi.
Kaminuza ya CHUR yatangiye gutanga amasomo mu 2016 mu Karere ka Karongi ifite abanyeshuri 100. Kuri ubu ifite abanyeshuri basaga 2,000 biga mu mashami yavuzwe haruguru.
Amasomo atangirwa ku kicaro gikuru mu Mujyi wa Karongi (hafi na Merez), Kicukiro mu Murenge wa Niboye no mu Mujyi wa Kigali (Saint Paul).
Wifuza ibindi bisobanuro, wahamagara kuri nimero zikurikira:
Bandikire kuri email cyangwa usure website yabo
Tanga igitekerezo