Karongi: Umugore akurikiranweho kwica uwari umukunzi we amuteye icyuma kubera gufuha
Kuri uyu wa Kane, itariki 03 Kamena, Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Karongi bwaregeye Urukiko mu mizi Umugore ukekwaho kwica umugabo wahoze ari umukunzi we akoresheje icyuma. Icyaha cyakozwe ku itariki ya 24 Gicurasi 2021 ahagana saa mbiri zâijoro mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Mubuga, Akagari ka Ryaruhanga, Umudugudu wa Ryaruhanga, ubwo uregwa yagiye […]
L’armĂ©e de la RD Congo a capturĂ© un autre haut gradĂ© des FDLR
Des rapports indiquent que l’armĂ©e de la RD Congo a capturĂ© le week-end dernier le ‘Col’ Augustin Nshimiyimana, alias Johari Bora ManassĂ©, un autre haut commandant des FDLR. Les Forces dĂ©mocratiques pour la libĂ©ration du Rwanda (FDLR) comprennent les restes des cerveaux du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi au Rwanda. Ils ont fui vers […]
Uganda: Babiri bahaswe ibibazo kubera inkuru yakozwe ku bwicanyi bwa polisi
Umwanditsi wa kimwe mu binyamakuru bikomeye muri Uganda yahamagajwe na polisi ngo ahatwe ibibazo nyuma yo gutangaza amakuru yavuye mu iperereza ryakozwe na BBC ku bwicanyi bwakozwe nâabapolisi mu mwaka ushize i Kampala. Tabu Butagira ni umwanditsi wa Daily Monitor wakoze inkuru yaje ku rupapuro rwâimbere rwâiki kinyamakuru kuwa 31 Gicurasi. Tony Glencross, umuyobozi mukuru […]
Ngoma: Abarimo umugabo wa nyakwigendera barashinjwa kumwica bakamucagaguramo ibice
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma mu mpera zâukwezi gushize bwaregeye Urukiko mu mizi abagabo bane barimo n’umugabo wa nyakwigendera bose bakekwaho kwica umugore bamuciyemo ibice barangiza bakabijugunya ahantu hatandukanye. Ni icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Nyagatare, Akagali ka Kabatasi,Umurenge wa Rubona, Akarere ka Rwamagana, mu ijoro ryo ku wa 22 Werurwe 2021, aho abaregwa […]
Intambara 6 zikaze zimaze kubera mu nteko nshinga amategeko zâibihugu bitandukanye

Mu myaka yashize, ubushyamirane mu nteko nshinga amategeko zâibihugu bitandukanye bwagiye bwiyongera ndetse hakavukamo intambara yeruye, abadepite bagaterana intebe, ibipfunsi nâimigeri bikavuza ubuhuha. Dore intambara zikaze 6 mu nteko ishinga amategeko zimaze kubaho : Imirwano mu nteko ishinga amategeko ya Turkiya Muri 2016 ubwo mu Nteko ishinga amategeko ya Turkiya hasuzumwaga umwanzuro wo kwambura abadepite […]
Gen Katumba yihishe munsi yâimodoka ye – Umumotari wamutabaye

Hakim Kasibante umumotari wamamaye nyuma yo gutwara kwa muganga Gen. Katumba Wamala nyuma yo kurwaswaho kuwa Kabiri ushize, yahishuye ko uyu musirikare yihishe munsi yâimodoka yavamo nyuma yo kurasa agasanga umukobwa we yapfuye. Uyu mumotari uvuga ko nta gihembo ategereje kuri Gen Wamala, avuga ko igikorwa yakoze yagikoze kubwâineza nkâuko yagikora atabara umuvandimwe we nta […]
Abanyamakuru bamaze imyaka hafi 3 bafunze bataraburanishwa basubiye mu rukiko
Abanyamakuru batatu bakoreraga televiziyo yo kuri youtube izwi nka Iwacu TV, baregwa guteza imvururu muri rubanda, basabye urukiko rwâubujurire rwa Kigali kubafungura byâagateganyo bavuga ko bagiye kumara imyaka 3 bafunze mu buryo bunyuranyije nâamategeko kuko bataraburanishwa. Abaregwa uko ari batatu, Jean Damascene Mutuyimana, Schadrack Niyonsenga na mugenzi wabo Nshimiyimana Jean Baptiste, kuri uyu wa gatatu […]
Abanyarwanda bari gufatanya nâAbanyekongo gusesengura imyifatire yâIkiyaga cya Kivu
Abahanga mu bijyanye nâiruka ryâibirunga bâAbanyarwanda bari gufatanya na bagenzi babo gusesengura uko ikiyaga cya Kivu cyifashe ku ruhande rwa Congo, harebwa niba hadashobora kongera kubaho gutungurwa nyuma yâimitingito ariko yoroheje ikomeje kumvikana. Raporo yâIkigo gishinzwe gukurikirana imyifatire yâibirunga cya RDC (OVG) yo kuwa Kabiri ushize, itariki 01 Kamena, igaragaza ko habayeho kugabanyuka kwâimitingito ndetse […]
Ubwato bw’igisirikare cya Iran bwarimo 400 bwarohamye mu Kigobe cya Hormuz

Bumwe mu bwato bwa rutura bwa Irani bwarohamye nyuma yo gufatwa nâinkongi yâumuriro mu buryo budasobanutse hafi yâikigobe cya Hormuz mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, nyuma yâamasaha agera kuri 20 yâibikorwa byo kugerageza kubutabara byananiranye. Igisirikare cya Iran cyavuze ko ubu bwato, bwiswe Kharg bwitirirwa ikirwa kiri hafi ya Hormuz, bwakoreshwaga mu myitozo […]
Afurika Yunze Ubumwe na yo yahagaritse Mali mu muryango nyuma ya Cedeao
Nyuma yâumuryango wa Cedeao, Afurika Yunze Ubumwe nawo wahagaritse Mali mu nzego zayo nyobozi ariko nta bindi bihano yigeze ifatira abayobozi bashya bâiki gihugu baherutse guhirika ubutegetsi bwâinzibacyuho bwari buriho mu gihe hategerejwe ishyirwaho rya minisitiri wâintebe mushya. Afurika Yunze Ubumwe ivuga ko abasirikare bahiritse ubutegetsi bagomba gusubira mu bigo byabo nkâuko yabivuze nyuma yâihirika […]
Mugabe arifuza ko inteko yazamutumira akayisobanurira impamvu abaturage bakwiye kwamburwa ubutaka
Umunyamakuru Robert Mugabe asanga abagize inteko ishinga amategeko bakwiye kumufasha kumvikanisha igitekerezo cye amaze iminsi ashyira ahagaragara ndetse avuga ko yagikoreye inyigo inanditse cyâuko abaturage bakwamburwa ubutaka bukajya mu maboko ya leta kugirango buzabashe kubyazwa umusaruro mu nyungu rusange nkâuko byakozwe mu bihugu bitandukanye birimo nka Israel. Robert Mugabe avuga ko nâinteko ibishatse yazamutumira akayisobanurira […]
Nyabugogo: Yishwe? Yiyahuye? urujijo ku muntu bivugwa ko yahanutse ku igorofa
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 02 Kamena, abatuye mu Murenge wa Nyabugogo, Akagari ka Kimisagara, mu Karere ka Nyarugenge, mu mazu yâubucuruzi ahazwi nko ku Nkundamahoro, umugabo yahanutse mu igorofa yitura hasi ahita apfa, aho bikekwa ko yiyahuye nyuma yo gufata umugore we arimo gusambana nâundi mugabo mu rukerera nka saa kumi nâimwe, mu gihe […]
RDC: Minembwe yahawe komanda mushya wâingabo usimbura Gen. Muhima
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 1 Kamena 2021, Komanda mushya wa brigade ya 12 ishinzwe gutabara byihuse muri Minembwe muri Teritwari ya Fizi, ho muri Kivu yâAmajyepfo, Brig. Gen. Patrick Opya yatangiye imirimo ye ku mugaragaro. Ni mu muhango wo guhererekanya ububasha wayobowe na Gen. de Brigade Gaby Boswane, Komanda wâibikorwa bya Sokola 2 […]
Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye abashumba bakubise abarinzi bâikigo cya NIRDA
Ubushinjacyaha bukurikiranye abashumba 19 bakekwaho kuba barakubise abarinzi bâikigo cyâUbushakashatsi NIRDA (cyahoze ari IRST) giherereye mu Murenge wa Ngoma, Akagari ka Butare, bakangiza nâ inyubako zikorerwamo ubushakashatsi muri icyo kigo. Ibi byaha bikaba byarabaye ku wa 09/05/2021 mu ishyamba ryâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Ubushakashatsi (NIRDA), aho abarinzi bafashe abashumba bari baje kwahiramo ubwatsi, maze bagenzi babo […]
Le Rwanda a reçu un lot de 100,600 doses de vaccin Pfizer

Le ministĂšre de la SantĂ© a annoncĂ© qu’il avait obtenu 100,600 nouvelles doses du vaccin Pfizer par le biais du programme COVAX, un mĂ©canisme soutenu par l’OMS pour un accĂšs Ă©quitable aux vaccins Ă travers le monde. Les doses sont dĂ©jĂ arrivĂ©es dans le pays et les mĂ©decins se prĂ©parent Ă commencer Ă vacciner davantage […]
Huye: Umufungwa arashinjwa guhohotera mugenzi we warokotse jenoside
Umufungwa wo muri Gereza ya Huye wafunzwe azira icyaha cyâingengabitekerezo ya Jenoside akurikiranweho nâubushinjacyaha ikindi cyaha cyo guhohotera imfungwa mugenzi we wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Icyaha uyu akurikiranweho cyabereye muri Gereza ya Huye iherereye mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Huye ku itariki ya 08 Werurwe 2021. Ubushinjacyaha Bukuru […]
Abaperezida bo muri Afurika baba bari gutegurira abahungu babo kuzabasimbura

Abakuru bâibihugu bamwe bo muri bo muri Afurika bamaze nâigihe kirekire ku butegetsi baravugwaho kuba baba barimo no gutegurira abahungu babo kuzabakorera mu ngata igihe bazaba babuvuyeho ubutegetsi bukamera nkâubwami buhererekanwa mu muryango nkâaba tugiye kugarukaho banuganuzwe mu nkuru ya BBC yo kuri uyu wa Mbere. Perezida Denis Sassou-Nguesso wa Repubulika ya Congo, aherutse kugira […]
Abarenga 650 mu 1,146 bakekwaho uruhare muri jenoside bari mu mahanga bihishe mu bihugu 2 duhana imbibi
Nyuma yâimyaka 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda irangiye, mu bantu 1,146 bakekwaho kuba baragize uruhare muri jenoside bavuzwe mu mahanga, 23 ni bo baburanishijwe, naho 23 boherezwa mu gihugu. Kubera uko kubakurikirana kwatinze, ubushinjacyaha bwâu Rwanda burahamagarira amahanga kongera ingufu mu gukurikirana abo bakekwaho icyaha imbere yâuko abatangabuhamya, abahohotewe, ndetse nâabo bakekwaho kuba abajenosideri […]
Amafoto: Uburanga bwâUmunyamideri Didi Stone, umukobwa wa Koffi Olomide

Ku myaka 20, Didi-Stone Olomide, umukobwa wâicyamamare Koffi Olomide nawe akomeje kubaka izina mu buryo bwe nkâumunyamideri, aho kuri ubu akurikirwa nâabantu bagera kuri miliyoni kuri Instagram akaba akunze kumurika imyenda yâabadozi bâabahanga mu Bufaransa nka Olivier Rousteing cyangwa Jean-Paul Gaultier. Uyu mukobwa wâuburanga wiga ibijyanye nâubucuruzi mu byâimyambarire (business de la mode) i Paris, […]
Burundi: Ibiro byâIntumwa idasanzwe ya Loni byafunzwe ku mugaragaro
Kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Gicurasi 2021, nyuma ya saa sita, Loni yafunze ku mugaragaro ibiro byâintumwa idasanzwe yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye mu Burundi, ivuga ko iki gihugu cyo muri Afurika yâiburasirazuba cyateye intambwe nini mu bwiyunge. Uyu muhango witabiriwe nâabayobozi bâu Burundi, abayobozi ba Loni nâabadipolomate bemewe mu Burundi wabereye ku biro byâUmuryango […]
Ku nshuro ya mbere drone yihaye amabwiriza yo gukurikirana umuntu ishaka kumwica
Raporo yâUmuryango wâAbibumbye yabonwe na New Scientist iravuga ko drone “yica” yari iriho intwaro “yahize umuntu” itabibwiwe bwa mbere. Ikinyamakuru Daily Star cyatangaje ko ibi byabaye muri Werurwe 2020 ubwo iyi drone yitwa KARGU-2 yateraga umuntu ku giti cyayo mu gihe cy’amakimbirane hagati yâingabo za leta ya Libya nâinyeshyamba za Gen. Khalifa Haftar. Ikinyamakuru kivuga […]
Centrafrica-Tchad: Bangui iravuga ko habayeho gukozanyaho no gupfusha ku mpande zombi
Kuri uyu wa Mbere, Repubulika ya Centrafrica yahakanye ibirego yashinjwe na Tchad ko ingabo zayo zabiciye abasirikare batandatu harimo batanu bashimutiwe ku butaka bwa Tchad mbere yo kwicwa, ishimangira ko habayeho kurasana no gupfusha ku mpande zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverinoma ya Centrafrica isubiza ibirego yashinjwe na Tchad, yavuze ko “ibabajwe nâubuzima […]
Les victimes de l’Ă©ruption du Nyiragongo reçoivent des secours

Les communautĂ©s qui ont Ă©tĂ© touchĂ©es par l’Ă©ruption du volcan Nyiragongo Ă Rubavu, dans la province occidentale du Rwanda, se sont rĂ©veillĂ©es avec de bonnes nouvelles aujourd’hui; le gouvernement et ses partenaires leur ont assurĂ© les besoins de base en attendant la rĂ©habilitation de leurs maisons. Le volcan Nyiragongo, dans la province orientale de la […]
Viet Nam: Umukinnyi ukomoka muri Nigeria yakatiwe igihano cyâurupfu
Umukinnyi wâumupira wâamaguru wâUmunyanijeriya, Theophilus Ugwu yakatiwe igihano cyâurupfu nâurukiko rwo muri Viet Nam azira kwinjiza muri iki gihugu ibiro 5,92 byâikiyobyabwenge cya Methamphetamine agikuye muri Cambodge. Bivugwa ko uyu yishyuwe 1000$ kugirango atware iki kiyobyabwenge. Ugwu wâimyaka 23 yâamavuko, wagiye muri Viet Nam ajyanwe no gukina umupira wâamaguru, yakatiwe igihano cyâurupfu kuwa Kabiri ushize, […]
Tchad yasezeranyije guhorera abasirikare ba yo 6 ivuga ko bishwe nâingabo za Centrafrica
Guverinoma ya Tchad kuri uyu wa Mbere yashinje ingabo za Centrafrica kwica abasirikare bayo 6 mu gitero cyagabwe ku birindiro byo mu majyepfo yâigihugu, bavuga ko ari “icyaha cyâintambara” kitagenda gutyo kidahanwe. Minisitiri wâububanyi n;âamahanga wa Tchad, Cherif Mahamat Zene mu itangazo ryashyizwe ahagaragara yagize ati âKu Cyumweru mu gitondo, Ingabo za Centrafrica zagabye igitero […]
Aba visi perezida 15 ba USA babaye ba perezida

Ba Visi perezida icyenda babaye ba perezida igihe perezida wari usanzwe yabaga apfuye cyangwa avuye ku mirimo ye manda ye itarangiye. Abandi batandatu batsindiye manda zabo nka perezida ubuyobozi bwari buriho burangije manda yabwo. John Adams: Uyu niwe visi Perezida wa Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika watsindiye manda ye mu matora yo mu […]
Nigeria: Abanyeshuri babarirwa mu 150 na 200 bongeye gushimutwa
Abayobozi muri Nigeria baravuga ko abantu bitwaje intwaro bashimuse abanyeshuri benshi bo mu ishuri rya kisilamu, muri kimwe mu bitero biheruka nkâibi bikomeje kwibasira amashuri. Kuri iki Cyumweru, abategetsi bo muri Leta ya Niger batangarije BBC ko abantu bitwaje imbunda bafashe umubare utazwi wâabanyeshuri bo muri iryo shuri mu mujyi wa Tegina. Umwarimu yabwiye BBC […]
Danemark yashinjwe uruhare mu kumviriza telephone zâabanyapolitiki barimo Angela Markel
Ibitangazamakuru byo muri Danemark byatangaje ko inzego zâubutasi za Danemark zafashije Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuneka abanyapolitiki bâi Burayi barimo Umuyobozi wâu Budage, Angela Merkel kuva mu 2012 kugeza 2014. Raporo yakozwe na Radio Danemark yo muri Danemark ivuga ko Serivisi ishinzwe ubutasi (FE) yafatanyije nâIkigo cyâigihugu gishinzwe Umutekano muri Amerika (NSA) gukusanya amakuru. […]
Abanyamigabane ba KCB Group batanze uruhushya rwo kugura imigabane 100% muri BPR
Abanyamigabane ba Kenya Commercial Bank (KCB Group) yo muri Kenya batanze uburenganzira bwemerera iyi banki kugura amabanki abiri mu Rwanda na Tanzaniya, ari yo BPR na BancABC. Ubu burenganzira bwatanzwe kuwa Kane ushize mu nama rusange ngarukamwaka ari nabwo abanyamigabane basinyiye 3.2 miliyari Ksh y’inyungu. Biteganijwe ko KCB izafata imigabane ijana ku ijana muri Banki […]
Umuhanzi Akon yibiwe Range Rover ye kuri sitasiyo arimo kongeramo lisansi
Umuhanzi Akon uheruka mu gihugu cya Uganda mu irahira rya Perezida Museveni, aherutse kwibwa imodoka ye yo mu bwoko bwa Range Rover ubwo yari kuri station ya linsansi arimo arongeramo lisansi mu ijoro ryo ku itariki 24 Gicurasi mu Mujyi wa Atlanta. Nubwo ibi byumvikana nkâibidashoboka, ngo muri Amerika hari abajura bakunze kwiba imodoka muri […]
Mbarara: AIP Fred Sserwanga yasanzwe yapfuye
Abapolisi muri Mbarara kuri uyu wa Gatandatu babyukiye ku makuru ateye agahinda yâurupfu rwa mugenzi wabo, AIP Fred Sserwanga, wasanzwe ku buriri bwe yashizemwo umwuka. Sserwanga yari umupolisi kuva mu 1989, akaba yarakoze mu ishami rishinzwe kurwanya inkongi no serivisi zo gutabara muri Polisi ya Rwizi. Komanda wa polisi ya Rwizi, Ecega Richard, wemeje urupfu […]
Ntimwemera abivanga mu bibazo byanyu ariko ntibibabangamira kwivanga mu byâabandi â Perezida Kagame kuri TV5

âTuzakora ibyiza kuri twe ntabwo tuzakora ibyo abandi batekereza ko ari byiza kuri twe,â iki ni igisubizo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yahaye abanyamakuru ba TV5Monde, Denise EpotĂ© na Françoise Joly mu kiganiro cyihariye yagiranye nâiyi televiziyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Gicurasi 2021. Muri iki kiganiro, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabajijwe uko […]
Muravuga eeh Abanyarwanda ni abantu babi, none reba twebwe ibyo turimo gukorerana â Umunyekongo ushima u Rwanda

Uko u Rwanda rwitwaye muri iki kibazo cyâihunga ryâAbanyekongo byashimwe nâabantu batandukanye cyane cyane Abanyekongo usanga ahubwo banenga uko inzego zâumutekano zabo zakitwayemo nk’umwe mu batambukije ubutumwa buzinenga ku rubuga rwa WhatsApp Bwiza.com yabashije kubona. Umwe mu Bakongomani mu butumwa yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp yashyize mu majwi uwitwa Col Panga Panzi ashinja gufunga […]
Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha

Abanyekongo bari bavanwe mu byabo nâimitingito no gutinya ko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka batangiye gutaha ku bushake mu gihugu cyabo, mu gihe abakiri mu bakomeza kwitabwaho uko bikwiye. Abatashye Igisirikare cyâu Rwanda kikaba cyabatije imodoka zacyo ngo zibafashe kugera ku mupaka. Ni nyuma yâaho mu ijoro ryo kuwa Kane, Impunzi z’abanyekongo 600 ziganjemo abagore […]
RDC: FARDC yataye muri yombi abayobozi 2 bakuru bâinyeshyamba za MaĂŻ-MaĂŻ
Umuvugizi wâigisirikare cya FARDC ushinzwe ibikorwa bya Sokola 2, Capt. Dieudonne Kasereka, aratangaza ko igisirikare kimaze guta muri yombi abayobozi babiri bakuru ba MaĂŻ-MaĂŻ mu gihe cyâiminsi ibiri, ijoro ryo ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane, itariki 27 Gicurasi no kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 28 Gicurasi 2021. Capt. Kasereka ati âAbo ni bwana […]
RDC: Abadepite 32 bamaze kwicwa na Covid-19
Abadepite 32 mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bamaze kwicwa na Covid-19 kuva yagaragara muri iki gihugu muri Werurwe 2020 nkâuko byatangajwe na Visi Perezida wâiyi nteko, Jean-Marc Kabund kuri uyu wa Kane. Aya makuru yashyizwe ahagaragara mu gihe abayobozi bikanga iyindi nkubiri yâubwiyongere bwâubwandu bwa Coranavirus mu gihugu, aho kuri […]
Rubavu: Hari icyizere ko Ikirunga cya Nyiragongo kitakongera kuruka
Abatuye mu Karere ka Rubavu barahumurizwa babwirwa ko badakwiye kugira impungenge zâuko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka nkâuko byatangajwe na Guverineri wâIntara yâIburengerazuba, Habitegeko Francois, usaba abari basubitse ibikorwa kubisubukura mu gihe hategerejwe amakuru mashya. Ubu butumwa yabutanze mu gihe imitingito yari imaze iminsi yibasiye Akarere ka Rubavu n’Intara y’Iburengerazuba, yatumye ibikorwa bimwe na bimwe […]
De nouveaux liens Franco-Rwandais fondés sur la vérité, disent Kagame et Macron
Les liens rĂ©cemment rĂ©tablis entre le Rwanda et la France sont construits sur la vĂ©ritĂ©, ont dĂ©clarĂ© les prĂ©sidents Emmanuel Macron et Paul Kagame. Les chefs d’Ătat s’exprimaient lors d’une confĂ©rence de presse conjointe au village Urugwiro jeudi lors de la visite de deux jours du dirigeant français. Les dirigeants ont dĂ©clarĂ© que le dĂ©but […]
Muhanga: Ukekwaho guhohotera uwarokotse jenoside yafunzwe iminsi 30 yâagateganyo
Kuri uyu Kane, itariki 27 Gicurasi 2021, mu rukiko rwâibanze rwa Ruhango, hasomwe urubanza ku ifungwa ryâagateganyo ruregwamo umugabo ukekwaho icyaha cyo guhohotera uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, urukiko rwemeza ko agomba gufungwa byâagateganyo igihe cyâiminsi 30 mu gihe dosiye igitegurwa ngo iregerwe urukiko mu mizi. Iki cyaha cyakorewe mu […]
Harakekwa ko ibiro bya Tshisekedi byaba bifite uruhare mu rupfu rwa Gen. Kahimbi

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi mu rubanza ku rupfu rwa Gen. Delphin Kahimbi, wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare, mu Rukiko Rwisumbuye rwa Kinshasa, ubushinjacyaha bwasabiye ibihano biremereye umupfakazi wa nyakwigendera ndetse na nyina bushinja kuba ari bo bamwivuganye bamunigishije umugozi mu gihe hari andi makuru ariko atunga intoki ibiro bya Perezida Felix Tshisekedi […]
Binyuze mu myambarire, Umunyamideri wâUmunyarwanda muri Afurika yâEpfo akomeje guharanira Ubumwe bwa Afurika

Umunyamideli wavukiye mu Rwanda akaba n’umuhanzi, Eli Gold yavuye mu Rwanda afite imyaka 13 ubwo igihugu cyari cyugarijwe n’intambara y’abenegihugu na Jenoside yakorewe Abatutsi, urugendo rwamunyujije mu bihugu byinshi bya Afurika, aho yagiye yigira impamvu Abanyafurika bagakwiye kuba bamwe. Gold yabaye muri Tanzaniya, mu Burundi, Malawi n’ahandi nyuma yo kuva mu Rwanda, mbere yo kugera […]
Nyagatare: Ibibazo byâingurane, ibyâubutaka, bimwe mu byo Umuvunyi Mukuru yijeje gukurikirana

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi, Urwego rw’Umuvunyi rwakomeje ubukangurambaga mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa mu Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare, aho Umuvunyi Mukuru n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije n’abandi bayobozi bakiriye ibibazo by’akarengane, aho hari ibyabonewe ibisubizo, ibyo yasabye inzego z’ibanze gukurikirana n’ibyo azaganira n’izindi nzego . Kuva ku itariki ya […]
Goma: Ntibahangayikishijwe no kongera kuruka kwâikirunga gusa bafite nâimpungenge za gaze
Abatuye mu Mujyi wa Goma biravugwa ko badahangayikishijwe no kongera kuruka kwâIkirunga cya Nyiragongo gusa, ahubwo banahangayikishijwe nâuko imitingito ya hato na hato iri kumvikana mu bice bikegereye nka Goma ndetse tutirengagije na Rubavu, ishobora gutera isaduka ryâubutaka hakaba hazamukiramo gaze ishobora koreka imbaga. Umwe mu baturage bari i Goma witwa Kambale Richard, wavuganye na […]
Abanyamakuru bâAbafaransa bashinjwa gutera ubwoba Umwami wa Maroc mu mazi abira
Abanyamakuru babiri bâAbafaransa, Eric Laurent na Catherine Graciet bakurikiranweho kuba mu 2015 barateye ubwoba umuryango wâibwami muri Maroc bawusaba amamiliyoni yâAmayero ngo badasohora inkuru yari kuwukoza isoni. Aba bafashwe bamaze kwakira ibihumbi 40 byâAmayero ngo batazasohora iyo nkuru yâurukozasoni ku muryango wâUbwami bwa Maroc. Ikinyamakuru AFP cyatangaje ko mu minsi ya vuba Eric Laurent na […]
Amafoto: Ibihumbi byâAbanyekongo biri guhunga byashingiwe inkambi

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi, ku mipaka ihuza imijyi ya Goma (RDC) na Rubavu (Rwanda) hinjiriye Abanyekongo barimo guhunga batinya ko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka kikabwatara ubuzima nkâuko babisabwe nâubuyobozi bwâIntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Aba Banyekongo bababarirwa mu bihumbi bari kugera ku butaka bwâu Rwanda berekezwa mu nkambi yabateguriwe iherereye mu Murenge […]
Uko Mike Tyson yigeze gutunga hafi miliyari bikarangira yisanze mu myenda iremereye

Mike Tyson nta gushidikaya ko ari umwe mu bateramakofe bâibihangange babayeho mu mateka. Uyu mugabo ugeze mu zabukuru wahimbwe Iron Man (Cyangwa Umugabo wâIcyuma) yamaze imyaka myinshi ayoboye icyiciro cyâabateramakofe bâibiro byinshi mbere yo gusezera muri uyu mukino. Yakoreye akayabo kâamafaranga mu gihe cye mbere yâuko ayatakaza yose. Tyson yakunze kutavugwaho rumwe mu gihe cye […]
Mohammed Hajeb, le terroriste qui a trompé les services allemands
Mohammed Hajeb est le seul extrĂ©miste qui ait pu se faire passer pour un activiste des Droits de l’Homme et un acteur politique, malgrĂ© son histoire djihadiste au Pakistan et en Afghanistan. L’histoire dĂ©signera Hajeb comme le seul terroriste Ă avoir voyagĂ© en Afghanistan via le Pakistan pour le « djihad » contre l’Occident, avant […]
Perezida Macron yemeye uruhare rwâu Bufaransa mu byabaye mu Rwanda abisabira imbabazi
Mu ijambo avugiye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi 2021, Perezida wâu Bufaransa uri mu ruzinduko mu Rwanda amaze gusaba imbabazi Abanyarwanda kubwâuruhare rwâu Bufaransa mu mahano yagwiririye u Rwanda, aho yemeje ko iyi jenoside itari impanuka, yateguwe kandi idashobora gusibangana abantu bazabana nayo. Perezida Emmanuel […]
Uganda: Umugore wâimyaka 19 yapfuye nyuma yo kwitura hasi ari mu rukiko
Umugore wâimyaka 19 wo mu gihugu cya Uganda washinjwaga ubutekamutwe ashaka amafaranga abeshya ko atwite kuri uyu wa Gatatu yapfuye nyuma yo kwitura hasi ari mu rukiko. Nyakwigendera witwa Olivia Nassanga, yituye hasi ubwo yari mu rukiko rwa Mityana, aho yari yagiye guhabwa amabwiriza ajyanye nâifungurwa ryâagateganyo nyuma yo gufungurwa byâagateganyo muri Gereza ya Mityana. […]
Burundi: Habonetse imirambo bikekwa ko ari abarwanyi ba FLN baherutse gutera mu Bweyeye
Mu ishyamba rya Kibira, mu gihugu cyâu Burundi biravugwa ko habonetse imirambo itatu yâabantu bari bambaye impuzankano zâigisirikare cyâu Burundi kandi nta mirwano ingabo zâu Burundi ziheruka kuharwanira bikaba bikekwa ko ari bamwe mu nyeshyamba za FLN zagabye igitero mu Rwanda mu ijoro ryo ku itariki ya 23 rishyira kuwa 24 Gicurasi, zishwe nâibikomere zakuye […]
Hahishuwe ko abateguye Raporo Duclert hari inyandiko bangiwe kugeraho zâingenzi
Mu gihe Emmanuel Macron yitegura gusura u Rwanda ku wa kane, inyandiko ishaje yatekerejweho nâumusosiyaliste Michel Rocard ku ruhare rwâu Bufaransa muri iki gihugu yongeye kugaragara kandi igaragaza isesengura rishimishije, ariko ryamaganwe nkana. Ni inyandiko itarasohotse , cyangwa yasibwe, ariko ikinyamakuru LibĂ©ration cyabashije kubona mbere yâuruzinduko rwasobanuwe nk “amateka” rwa Perezida, Emmanuel Macron kuri uyu […]
Mali: Bah NâDaw uherutse kuvanwa ku butegetsi yatanze ubwegure bwe
Uwari Perezida wâinzibacyuho wa Mali, Bah NâDaw, yamaze gushyikiriza ubwegure bwe visi perezida we, Assimi GoĂŻta, wahise uba Perezida wâinzibacyuho. Mu masaha atageze kuri 48 akuye ku kimirimo yabo, perezida wâinzibacyuho, Bah NâDaw na Minisitiri wâIntebe we, Moctar Ouane, Col. Assimi GoĂŻta niwe wahise aba Perezida wâinzibacyuho. Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Gicurasi, nibwo […]
Gakenke: Uwashatse kwica umugore we amuziza 50,000 Frw yahawe igihano cyâintangarugero
Umugabo wo mu Karere ka Gakenke wari ukurikiranweho gushaka kwica ku bushake umugore we amujijije amafaranga 50,000 Frw yakoresheje amusura ubwo yari afunze yakatiwe imyaka 25 yâigifungo. Ni icyaha cyakozwe mu rukerera rwo ku itariki 11 Mata 2021, ahagana saa kumi nâimwe mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Gisozi, Umurenge wa Nemba, ho mu Karere […]
WhatsApp yajyanye mu nkiko Guverinoma y’u Buhinde
WhatsApp yareze leta y’u Buhinde kubera amategeko mashya agenga ikoreshwa rya internet iyi sosiyete ivuga ko âazahungabanya cyaneâ ubuzima bwite bw’abayikoresha. Amategeko mashya agenga ikoreshwa rya internet mu Buhinde, yiswe ayo gukandamiza no gukomeretsa, aha guverinoma y’u Buhinde imbaraga nyinshi zo gukurikirana ibikorwa byo kuri interineti, harimo no gukurikirana porogaramu ubundi ziba zifunze ku muntu […]
John Cena yasabye imbabazi u Bushinwa nyuma yo kwita Taiwan igihugu

âNkunda kandi nubaha u Bushinwa nâAbashinwa. Mumbabarire, Mumbabarire kubwâisoko ryanjye. Nsabye imbabazi, nsambye imbabazi Mumbarire cyane,â aya ni amgambo yavuzwe nâUmukinnyi wa filimi ndetse nâumukino wo gukirana uzwi nka âwrestlingâ mu cyongereza, nyuma yo kwita Taiwan igihugu mu kiganiro yahaga itangazamakuru avuga kuri filimi ya Fast & Furious igice cya 9 yamaze kujya ahagaragara. John […]
Minisitiri wâubucuruzi yihanangirije abacuruzi biha kuzamura ibiciro uko bishakiye

Minisitiri wâubucuruzi nâinganda, Beata Habyarimana, yihanangirije abacuruzi biha kuzamura ibiciro uko bishakiye bitwaje ko ibiciro byazamutse ku rwego mpuzamahanga. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gicurasi, Bwiza.com ifitiye kopi, Minisitiri Habyarimana avuga ko ashingiye kuri raporo yâigenzura ryakozwe ku masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali no mu turere; aho byagaragaye […]
L’ancienne cour d’appel de Ruhengeri devient un mĂ©morial du gĂ©nocide
Les restes de plus de 800 victimes du gĂ©nocide contre les Tutsi qui ont Ă©tĂ© tuĂ©s dans et autour de la ville de Musanze, anciennement Ruhengeri, doivent ĂȘtre enterrĂ©s au mĂ©morial du gĂ©nocide nouvellement créé Ă l’ancienne cour d’appel de Ruhengeri. S’adressant au New Times, Axelle Kamanzi, vice-maire en charge des affaires sociales dans le […]
Ambasade yâu Bubiligi yaburiye Ababiligi batuye i Bujumbura
Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga ikoresha nka facebook na twitter, Ambasade yâu Bubiligi mu Burundi ifite icyicaro I Bujumbura yaburiye Ababiligi batuye muri iki gihugu nâabakozi bayo ibasaba kuguma aho batuye kubera kutizera umutekano nyuma yâibitero bya grenade byibasiye ahantu hatandukanye muri Bujumbura kuri uyu wa Kabiri. Itangazo yashyize ahagaragara rigira riti â Kubwâamakuru yo kwemeza, […]
Gicumbi: Umuganga wafashe ku ngufu umugore wari utwite yangiwe kurekurwa byâagateganyo
Umuganga ukorera mu Bitaro bya Byumba, Akarere ka Gicumbi yategetswe gufungwa iminsi mirongo itatu byâagateganyo nâUrukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi nk’uko Ubushinjacyaha bwari bwabimusabiye. Uyu muganga Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho kuba yakoresheje imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore wari utwite ubwo yajyaga kwipimisha kuri Rendez-vous yari yamuhaye, yo ku itariki ya 1 Kanama 2020 aho yahagera akamukoresha imibonano mpuzabitsina […]
Biravugwa ko ingabo za Uganda zatangiye kwinjira muri RDC ku mugaragaro
Igisirikare cya Uganda kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gicurasi 2021 cyatangiye kohereza ingabo ku mugaragaro mu gihugu cyâabaturanyi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yâaho umuvugizi wacyo yari aherutse kubihakana avuga ko badateganya kohereza abasirikare muri iki gihugu. Ibikorwa byâingabo za Uganda zoherejwe ku burasirazuba bwa RDC mu gihe kitahishuwe bigamije kurwanya imitwe […]