Kiyovu Sports yafatiwe ibihano izira abafana bayo batutse Mukansanga Salima

Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze guhanishwa kuzakina umukino umwe wa shampiyona nta bafana, izira kuba abafana bayo baheruka gutuka umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima. Ni icyemezo cyafashwe na Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA). Ku wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Salima yiswe n’abafana ba Kiyovu Sports ‘maraya ndetse […]

FERWAFA yakuriye inzira ku murima Kiyovu Sports yayisabye gutera APR FC mpaga

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryakuriye inzira ku murima ikipe ya Kiyovu Sports, nyuma y’uko iriregeye APR FC iyishinja gukinisha Lague Byiringiro nyamara atakiri umukinnyi wayo. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize APR FC yatsinze Kiyovu Sports ibitego 3-2, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona wabereye kuri Stade Regional ya Muhanga. Ni umukino […]

Imikoreshereze y’ikarita y’umweru n’iy’icyatsi kibisi muri ruhago

66863641-0-image-a-3_1674466220670.jpg

Itangwa ry’ikarita y’umweru muri Portugal ryongeye kuzamura impaka ku makarita yaba atangwa ku mikino y’abakina ruhago (umupira w’amaguru) kinyamwuga ku Isi. Mu busanzwe abantu bamenyereye amakarita abiri gusa muri ruhago; ikarita y’umuhondo ihabwa umukinnyi ukoze ikosa rikomeye ariko ryakwihanganirwa ndetse n’ikarita itukura ihabwa umukinnyi ukoze ikosa rikabije rinatuma ahita asohorwa mu kibuga, byaba ngombwa agasiba […]

Rayon Sports yananiwe kurinda intsnzi yayo imbere ya Mukura, biyisubiza inyuma

Mukura na Rayon Sports bananiwe kwisobanura mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiyona wabereye kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Wari umukino Rayon sports yaje yakaniye cyane kuko yaje gukina uyu mukino inganya amanota 31 na APR FC na yo yarimo yesurana na Kiyovu Sports kuri Stade ya Muhanga. Rayon Sports yari yagaruye Raphael Osaluwe wari […]

APR FC yababaje Kiyovu Sports ku munota wa nyuma, ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya APR FC yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-2. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Kiyovu Sports, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona. Ni umukino waranzwe no gusatirana ku mpande zombi. Kiyovu Sports yawinjiyemo hakiri kare yafunguye amazamu ku munota wa […]

Amakosa 5 ukwiye kwitwararikaho mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina

Inzobere mu byerekeye imibonano mpuzabitsina zivuga ko hari amakosa amwe namwe abantu bakunze gukora mbere yo gutera akabariro, bikaba byabaviramo ukwicuza gukomeye. Abenshi mu bagwa mu mutego w’aya makosa ni abanayakora batabizi. Ni muri urwo rwego muri iyi nkuru twahisemo kubategurira ibintu bitanu bishobora kukugiraho ingaruka mu gihe utabyitwararitseho mbere yo kujya mu gikorwa cy’imibonano […]

Hahishuwe uruhande Papa Francis ahagaze mu bibazo by’u Rwanda na RDC

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, byatangajwe ko ashyigikiye gahunda y’ibiganiro bya Nairobi na Luanda bigamije kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse no kongera kuzahura umubano w’iki gihugu n’u Rwanda. Ku wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023 ni bwo byitezwe ko Papa Francis azagera i Kinshasa, mu ruzinduko rw’iminsi […]

Israel: 7 biciwe mu gitero cyagabwe mu rusengero

Ku wa Gatanu tariki ya 28 Mutarama 2023, abantu barindwi barasiwe mu rusengero i Yeruzaremu abandi barakomereka, mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe n’Abanya-Palestine. Polisi ya Israel ivuga ko byibuze abantu barindwi bishwe abandi batatu bagakomerekera, mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe hafi ya Kiliziya i Yeruzalemu. Ni igitero cyabaye ahagana saa 8h15 zo muri Israel. Polisi yatangaje ko […]

Abafana ba Arsenal basabye ko ikipe yabo ihambiriza umukinnyi bashinja kubatsindisha

Abafana ba Arsenal bumvikanye bikoma Sambi Lokonga kuba nyirabayaza wo gutsindwa na Manchester City igitego 1-0, bagahita banasezererwa muri FA Cup. Hari mu mukino wa mbere muri uyu mwaka Mikel Arteta yari ahuriyemo na Pep Guardiola bahoze bakorana. Abafana ba Arsenal bashinje Sambi Lokonga kuba yagize uruhare mu gitego rukumbi Nathan Aké yatsinze nk’uko tubikesha […]

Tshisekedi yumvikanye asaba numéro ya terefoni ya Gen. Omega wa FDLR ngo bavugane

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, mu majwi yagiye hanze yumvikanye yaka numéro ya terefoni ya Général Pacifique Ntawunguka alias Omega uyobora umutwe wa FDLR, kugira ngo amusabe umusada wo guhangana na M23. Amajwi yagiye hanze ni ay’ikiganiro Tshisekedi yagiranye na Général de Brigade Mugabo Hassan uyoboye Ingabo za Congo (FARDC) zimaze iminsi zirwanira […]

Somalia: Ingabo zidasanzwe za Amerika zivuganye icyihebe gikomeye

Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziciye mu majyaruguru ya Somalia umukuru w’umutwe wa Islamic State, Bilal al-Sudani wari kumwe n’abarwanyi be babarirwa mu icumi. Iki cyihebe cyishwe ubwo Ingabo zidasanzwe za Amerika zagabaga igitero mu buvumo buri mu misozi ya kure, kugira ngo zigifate mpiri. Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe […]

Igisubizo cya Perezida Kagame ku banye-Congo bamaze igihe bamwita ‘umuntu mubi’

Perezida Paul Kagame yavuze ko ntacyo afite yasubiza abiganjemo abanye-Congo bamaze igihe bamwita umuntu mubi, avuga ko bene ibyo bitutsi bizamurwa n’abayobozi ba RDC kugira ngo bahunge inshingano zabo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru François Soudan wa Jeune Afrique. Kuva umwuka mubi watangira hagati y’u Rwanda na Congo kubera imirwano ya […]

P. Kagame aribaza niba koko Tshisekedi afite ubushobozi bwo kumuhirika ku butegetsi nk’uko yabyigambye

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagize icyo avuga kuri mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko atangaje ko yiteguye gutanga umusada ku bashaka kumuhirika ku butegetsi. Tshisekedi yabyigambye mu kwezi gushize, ubwo yahuraga n’urubyiruko rw’abanye-Congo rusaga 200. Icyo gihe yavuze ko Abanyarwanda bakeneye ubufasha bwa Congo kugira ngo bigobotore […]

Kigali: Umusore wagaragaye atera ivi bakamubenga yahishuye icyari kibyihishe inyuma

Ku wa Gatanu tariki ya 27 Mutarama ku mbuga nkoranyambaga hiriwe hazenguruka amashusho y’umusore wagaragaye yapfukamiye umukobwa yasabaga ko yamwemerera akamwambika impeta, gusa undi abitera ishoti rubanda barora. Byabereye rwagati mu mujyi wa Kigali, ahazwi nka Car Free Zone. Ni amashusho kugeza ubu agikwirakwizwa cyane kuri Twitter no kuri Whatsapp, aho abenshi mu bakoresha izi […]

Ishusho rusange y’isoko ry’abakinnyi mu Rwanda

Igihe cyahariwe igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rirafunga kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Mutarama 2023 ku isaha y’isaa tanu n’iminota 59 za nijoro. Muri rusange amakipe 15 muri 16 yongeyemo nibura umukinnyi umwe. APR FC yonyine ni yo kipe itarongeyemo umukinnyi n’umwe mu gihe Rwamagana FC ari yo yongeyemo benshi (5). Dore uko […]

Amerika yafatiye ibihano Wagner iri gufasha FARDC kurwanya M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa M23. Amerika yafatiye ibihano Wagner Group biciye mu biro bishinzwe kugenzura imitungo mpuzamahanga muri Minisiteri yayo y’Ububanyi n’Amahanga. Ni ibihano uriya mutwe w’abacanshuro wafatiwe uzira […]

Abakinnyi bagize umusaruro mubi w’umukino mu mateka ya ruhago

7ae840d1-759a-41bf-88a7-494b446c1c7b-2.jpg

Hari abakinnyi bavugwa ko bagize umukino mubi mu mateka y’umupira wabo. Ni kwa kundi babyuka nabi, umukino umwe ukababera icyago kandi bari basanzwe ari abakinnyi beza. Abakinnyi bamwe bageze mu kibuga, umupira barawubura burundu, abandi bakora amakosa yagambaniye amakipe yabo akabura amanota. Bwiza yabateguriye urutonde rw’abakinnyi ba vuba aha baba baragize umukino mubi. 5. Romelu […]

Cristiano Ronaldo yongeye gutaba mu nama ikipe ye, irasezererwa

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yongeye kunanirwa gufasha Al-Nassr akinira kubona intsinzi, mu mukino we wa Kabiri yakiniraga iyi kipe. Uyu munya-Portugal na bagenzi be bakinana mu ijoro ryakeye bari bahuye na Al-Ittihad, mu mukino wa ½ cy’irangiza cya Super Coupe ya Arabie Saoudite warangiye batsinzwe ibitego 3-1. Ni umukino wa kabiri Ronaldo utarabasha gutsindira Al-Nassr igitego […]

Igisubizo cy’u Rwanda ku banye-Congo bivovotera kuzarutera bagafata Kigali

Guverinoma y’u Rwanda yasubije abanye-Congo bamaze igihe bikomanga ku gatuza bavuga ko bagomba kurutera bakagarukira i Kigali, ibabwira ko uko bazaza ari ko bazakirwa. Abanye-Congo kuva umwuka mubi watangira kuza hagati y’igihugu cyabo n’u Rwanda, bakunze kugaragaza ko bifuza ko Congo yatera u Rwanda; ibyo banamaze igihe bashishikariza Ingabo z’Igihugu cyabo. Ni umugambi warushijeho gufata […]

Musanze: Umuturage yateze mudugudu aramuhondagura, kugeza amukomerekeje

Inzego z’umutekano mu karere ka Musanze ziri gushakisha umugabo witwa Bahati Faustin, nyuma yo gutega ico Kayiranga Jean Damascène uyobora w’umudugudu atuyemo akamuhondagura kugeza amukomerekeje. Kayiranga w’imyaka 46 y’amavuko asanzwe ari Umukuru w’umudugudu wa Kabushanda, mu kagari ka Kabirizi ho mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze. Raporo y’ubuyobozi ivuga ko uriya muyobozi avuga ko […]

Eric Nshimiyimana yegukanye akazi yari ahataniye na Karekezi Olivier

Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko yamaze guha Eric Nshimiyimana inshingano z’umutoza wayo mukuru, asimbuye Umurundi Ndayiragije Etienne iheruka kwirukana. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yatangaje ko yasinyanye na Eric amasezerano y’umwaka umwe n’igice. Iti: “Turabamenyesha ko Bwana Eric Nshimiyimana ko ubu ari umutoza mukuru w’ikipe ya Bugesera FC mu gihe kingana […]

Ibihugu bikorerwamo uburaya cyane ku Isi

dominican-republic.jpg

Uburaya ni wo mwuga benshi bavuga ko umaze igihe kirekire ukorwa. Bwahinduye igitereko mu Isi ya none kuko ibihugu bimwe na bimwe byemeje ko bukorwa ku mugaragaro nk’indi myuga yose ndetse bugasorerwa nk’indi mirimo yose ibyara inyungu. Nubwo hari ibihugu byemeje uburaya bweruye birimo Senegal yo muri Afurika, abantu benshi biganjemo abemeramana n’abakomeye ku muco […]

Rayon Sports yishyuye umwenda wa Faria, ifungura amarembo yo kwisubiza Youssef Rharb

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura umunya-Portugal, Ferreira Faria Paulo Daniel wahoze ari umutoza mukuru wungirije; biyifungurira amarembo yo kwisubiza abarimo umunya-Maroc Youssef Rharb. Ferreira Faria Paulo Daniel yahoze yungirije Silva Paixão Santos na we kuri ubu ukiri mu manza na Rayon Sports, nyuma yo kutanyurwa n’urubanza yayitsinzemo. Aba batoza ubwo batandukanaga na Rayon Sports […]

FARDC iri guha abasivile intwaro ngo bayifashe guhangana na M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangiye guha intwaro abaturage bo muri Teritwari ya Masisi kugira ngo bagifashe guhangana n’inyeshyamba za M23 bari kurwana. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’impande mu bice bitandukanye bya Teritwari za Rutshuru na Masisi. Ni imirwano FARDC nk’ibisanzwe iri gufatanyamo n’imitwe itandukanye […]

Harmonize yagaragaye anyanyagiza amafaranga mu banya-Kigali

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali wamamaye mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yagaragaye anyanyagiza amafaranga menshi mu batuye Umujyi wa Kigali, ibyatumye bamwe mu Banyarwanda bacika ururondogoro. Uyu muririmbyi w’imyaka 33 y’amavuko ari i Kigali, aho yageze mu ijoro ryo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Uyu muhanzi ukomeje kugaragaza kuryoherwa n’ibihe ari kugirira muri Kigali, mu […]

M23 irashinja MONUSCO kuyiteza Sukhoi-25 n’ibifaru bya FARDC

Umutwe wa M23 washinje Ingabo ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Congo Kinshasa (MONUSCO), kugira uruhare mu bitero abarwanyi bawo bakomeje kugabwaho n’Ingabo za Congo, imitwe yitwaje intwaro bakorana ndetse n’abacanshuro b’Abanyaburayi. Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka mu itangazo yasohoye, yashinje Guverinoma ya Congo kuba ari yo ikomeje guteza imvururu muri icyo […]

Undi Jenerali wa FARDC yatawe muri yombi aryozwa u Rwanda

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Gen. Christian PayPay ukuriye Polisi mu ntara ya Mai-Ndombe yamaze gutabwa muri yombi, akurikiranweho “guhungabanya umutekano w’igihugu.” Amakuru avuga ko Gen. PayPay yatawe muri yombi ku wa Mbere tariki ya 23 Mutarama 2023. Mu byo ashinjwa nk’uko amakuru abivuga, harimo kugira uruhare mu bikorwa by’umutekano […]

M23 yambuye FARDC Kishishe nyuma y’igihe kitageze ku munsi iyisubije

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu wongeye kwambura Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) agace ka Kishishe ko muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’amasaha hafi 24 kagenzurwa na cyo. Ku wa Kabiri tariki ya 24 Mutarama ni bwo FARDC yari yambuye M23 kariya gace, nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije impande zombi. Ni imirwano […]

Byinshi ku ndege ziswe iz’umunsi w’imperuka

screenshot_20230125-115021_1.jpg

Kuva intwaro kirimbuzi zakora amabara mu ntambara ya kabiri y’Isi ku mijyi y’Abayapani mu mwaka 1945, isi yose yahise ihinda umushyitsi bitewe n’ubukana bw’ibyo bisasu. Magingo aya ni bwo gukangisha izi intwaro zasenya ibiriho byose biri ku kigero cyo hejuru. Bitewe n’intambara iri kubera muri Ukraine, u Burusiya bwakomeje kugenda buvuga ko igihe umutekano wabwo […]

EAC yatangiye gusuzuma ko Somalia yujuje ibisabwa ngo iyakire nk’umunyamuryango wa 8

Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC), watangiye ubugenzuzi bugamije kureba aho igihugu cya Somalia kigeze imyiteguro mbere yo kucyakira nk’umunyamuryango wa munani. Ni ubugenzuzi bugomba gukorwa n’itsinda ry’intumwa za EAC zigomba kuba ziri muri Somalia kuva kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama kugeza ku itariki ya 03 Gashyantare 2023. Iri tsinda ryoherejwe muri Somalia […]

Imbwa yarashe umugabo, iramwica

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’icyumweru gishize yarashwe n’imbwa bari kumwe mu modoka, birangira imwishe. Byabereye muri Leta ya Kansas iri mu burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Itangazo rya Polisi ya Amerika rivuga ko iyo mbwa yarashe nyakwigendera wari wicaye imbere mu modoka ku bw’impanuka, ubwo yakandandagiraga imbunda […]

Icyo RDC ivuga ku ndege yayo y’intambara yarashwe na RDF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda kugaba igitero ku ndege yayo y’intambara nkana, nyuma y’uko ivogereye ikirere cy’u Rwanda ikaraswa. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’Igisirikare cya Congo Kinshasa yavogereye ikirere cy’u mu karere ka Rubavu, ihita iraswa n’Ingabo z’u Rwanda. Guverinoma y’u Rwanda […]

Gikundiro yanyagiye Musanze FC abafana barongera baramwenyura

Rayon Sports yagarutse iha isomo rya ruhago ikipe ya Musanze FC ari na ko ifata umwanya wa kabiri by’agateganyo muri shampiyona y’u Rwanda. Wari umukino w’umunsi wa 16 shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Primus National League. Rayon Sports yanyagiye Musanze FC ibitego 4 kuri 1. Ibi ibitego byatsinzwe na Mitima Isaac ku munota wa […]

Indege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, iraraswa

Indege y’intambara y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, mbere yo kuraswa. Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri nk’uko amakuru agera kuri BWIZA abivuga. Uwahaye amakuru iki gitangazamakuru yakibwiye ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 Ingabo z’u Rwanda zishobora kuba zayihamije “kuko yagiye igurumana mbere […]

Impano icumi zazimiye mu mateka y’umupira w’amaguru

fnjkm4jxeaakr5q.jpg

Hari abakinnyi batangaga icyizere cy’ahazaza heza mu mupira w’amaguru ariko bidatinze baza kwisanga mu bihe bibi bitewe n’impamvu zitandukanye, ariko cyane cyane kwimukira mu yandi makipe, ntibabashe gufatisha. Bwiza yabateguriye impano icumi (10) zisa n’izazimiye kandi zari zitezwe nk’imfatiro z’umupira w’amaguru w’ahazaza. 10. Dele Alli Bamidele Jermaine Alli yafatwaga nka Beckham mushya w’u Bwongereza. Yatwaye […]

Hatangijwe iperereza ku bafana ba Kiyovu Sports bise Mukansanga Salima ‘indaya’

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryamaze gutangiza iperereza ku bafana ba Kiyovu Sports baheruka gutuka mu buryo bukomeye umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Salima yatutswe n’abasifuzi ba Kiyovu Sports, nyuma yo kutishimira imisifurire yaranze umukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona ikipe yabo yaguyemo miswi na Gasogi United 0-0. […]

Lt. Gen Ndima aravuga ko hari kajugujugu ya RDF imaze iminsi igwa muri RDC

Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima Kongba, yaguriye imbibi ibirego Congo Kinshasa imaze igihe ishyira ku Rwanda; avuga ko hari kajugujugu y’Igisirikare cyarwo (RDF) imaze igihe igwa ku butaka bwa RDC. Lt. Gen Ndima yabivugiye mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru cyitwa LES COULISSES. Muri iki kiganiro Ndima yashinje Ingabo z’u […]

Abarimo FARDC, FDLR n’abacancuro bakomeje kuviraho M23 inda imwe

Umutwe wa M23 uravuga ko ukomeje kugabwaho ibitero n’ihuriro rya Guverinoma ya Congo Kinshasa rigizwe n’Ingabo z’iki gihugu (FARDC), imitwe yitwaje intwaro bakorana ndetse n’abacanshuro b’Abanyaburayi. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Mutarama. Kanyuka yashinje Guverinoma y’i Kinshasa ku kuba ikomeje […]

Edouard Bamporiki yaraye i Mageragere

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yaraye agejejwe muri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere aho yagiye kurangiriza igifungo cy’imyaka itanu aheruka guhabwa. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry yaraye atangaje ko mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere ari bwo ruriya rwego rwashyikirije Bamporiki urw’imfungwa n’abagororwa mu […]

Colonel Serge Mavinga waherukaga gutabwa muri yombi na FARDC azira M23 yapfuye

Colonel Serge Mavinga wahoze ayoboye batayo y’Ingabo za FARDC izwi nka ‘Jungle’ mbere yo gutabwa muri yombi, yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Mutarama 2023. Mu Ukwakira umwaka ushize ni bwo Colonel Mabenga yatawe muri yombi na FARDC ashinjwa ubugambanyi. Mbere yo gutabwa muri yombi yari ayoboye ingabo zidasanzwe zatorejwe muri Gabon kurwana […]

U Rwanda rwanenze Samantha Power waruhaye umukoro kubera urupfu rwa Ntwali

Guverinoma y’u Rwanda yanenze munyamerikakazi Samantha Power, nyuma yo kuyisaba kwemera ko habaho iperereza ryimbitse ku rupfu rw’umunyamakuru Ntwali John Williams. Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko abakomeje ibihuha bikomeje gukwirakwizwa ku rupfu rwa Ntwali ntacyo byamara. Yagize ati: “Abanyarwanda umunani bamaze guhitanwa n’impanuka za moto […]

Portugal: Umusifuzi yanditse amateka yo kuba uwa mbere ku Isi utanze ikarita y’umweru

Umusifuzi wo mu gihugu cya Portugal ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize yanditse amateka yo kuba uwa mbere utanze ikarita y’umweru mu mateka y’umupira w’amaguru. Byabereye mu mukino ikipe ya Benfica y’abagore yahuriragamo na Sporting Lisbon. Mu busanzwe ikarita y’umuhondo ndetse n’itukura ni zo zari zimenyerewe mu mupira w’amaguru, zikerekwa umukinnyi bitewe n’uburemere bw’ikosa aba yakoze. […]

Amacumbi y’abanyeshuri b’ishuri rya IPRC Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro

Ahagana saa tanu z’igitondo cyo kuri uyu wa 23 Mutarama 2023, ni bwo inkongi y’umuriro yibasiye amacumbi y’abanyeshuri bo muri IPRC-Kigali ari mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Kicukiro mu kagari ka Kicukiro hahiramo ibikoresho bitandukanye birimo ibitanda, matera n’ibikoresho by’abanyeshuri. Iyi nyubako yahiye ubwo abanyeshuri bari mu ishuri bagiye kwiga maze bakabona mu macumbi […]

Ni iki cyajyanye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya muri Afurika y’Epfo?

Kuri uyu wa 23 Mutarama 2023, Sergey Lavrov, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya yageze muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko rw’akazi. Indege ya Lavrov yageze ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere z’Afurika y’Epfo mu masaha y’igitondo, bikaba byari biteganyijwe ko yagombaga guhura na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, Naledi Pandor, mu murwa mukuru, Pretoria. Nk’uko tubikesha […]

Samantha Power yahaye u Rwanda umukoro ku bw’urupfu rwa Ntwali John Williams

Umuyobozi w’Ikigo cya Leta zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID), Samantha Power, yasabye Guverinoma y’u Rwanda kwemera ko hakorwa iperereza ryimbitse ku rupfu rw’umunyamakuru Ntwali John Williams uheruka gupfa. Ni mu butumwa uyu muyobozi wa USAID yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, aho yatangarije ko yababajwe cyane n’urupfu rwa Ntwali. Ati: “Nababajwe cyane […]

Ingabo za USA zivuganye abarwanyi 30 ba Al-Shabab

Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) cyatangaje ko cyivuganye abarwanyi 30 b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab uheruka kugaba ibitero ku ngabo za Leta ya Somalia. Muri iyi minsi imirwano ikomeje gufata umurego hagati y’ingabo za Leta ya Somaliya n’umutwe w’iterabwoba ugendera ku mahame akaze ya Isilamu wa Al Shabab. Mu ntangiriro z’icyumweru cyashize, […]

Arsenal itsinze ikindi kizamini, biyishyira mu mujyo mwiza w’igikombe

Arsenal yateye intambwe ikomeye igana ku gikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, English Premier League, nyuma y’ibinyacumi bigera hafi kuri bibiri imbere y’ikipe rukumbi yabatsinze umukino ubanza muri uyu mwaka w’imikino. Wari umukino w’umunsi wa 21 wa English Premier League usifurwa na Antony Taylor kuri Emirates Stadium. Abatoza bombi bari bagerageje gukora ku […]

Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya

screenshot_20230122-153234_1.jpg

Umuturage witwa Nemeye Ezron wo mu kagari ka Marangara ho mu murenge wa Rugera w’akarere ka Nyabihu, arashinja ubuyobozi bw’akagari atuyemo gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya mu nyungu z’uwiyita umukazana we. Nemeye ni umubyeyi wa Semasaka Jean Damascène, umuhungu we uba mu karere ka Mubende muri Uganda. Muri 2013 Semasaka yashakanye n’uwitwa Uwamariya […]

Abakinnyi 10 bahushije penaliti nyinshi muri iki kinyejana

sergio-aguero-manchester-city-1592886387-42006.jpg

Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ni bo bayoboye abandi bakinnyi mu guhusha penaliti nyinshi mu kinyejana cya 21, aho Cristiano yahushije penaliti 29 naho Messi agahusha 32. Nubwo bimeze bityo ariko, Cristiano ni we mukinnyi mwiza muri iki kinyejana iyo bigeze kuri penaliti kuko mu bitego 819 yatsinze muri rusange harimo ibya penaliti 146 nk’uko […]

AS Kigali yahaye Marines FC isomo rya ruhago, ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya AS Kigali yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo kunyagira ikipe ya Marines FC ibitego 3-0. Iyi kipe y’Abanyamujyi yari yakiriye iy’Ingabo zirwanira mu mazi, mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona. Ibitego bya AS Kigali byatsinzwe na Felix Kone ku munota wa 27, Tuyisenge Jacques ku wa 85, […]

Abakobwa bakoresheje ikimero cyabo bakaba inshoreke z’abategetsi, bigahindura byinshi mu isi

screenshot_20230121-125948_1.jpg

Abakobwa b’ibizungerezi bakoresheje ubwiza bwabo bakaba inshoreke z’abategetsi bakomeye mu isi,ariko bakabikora bafite inyungu zihariye, bikanahindura byinshi mu mateka y’isi kugeza magingo aya. Kuva kera Umwami cyangwa abandi bayobozi, abaturage babaga bazi abagore babo akenshi ari nabo bajyana mu ruhame. Gusa bamwe mu bategetsi bagiye bagira abandi bagore cyangwa abakobwa bagiranaga umubona w’ibanga ndetse igihe […]

Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina

Mu busanzwe abantu bakunze kwibanda ku bintu umuntu agomba gukora mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bakirengagiza ko na nyuma yayo hari ibyo bagomba gukora kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza. Inzobere mu byerekeye icyo gikorwa zivuga ko hari uburyo bwinshi abantu bakwiye kwitwara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina. BWIZA yabateguriye burindwi muri bwo. Kujya mu […]

Abafana ba Kiyovu Sports batuye Mukansanga Salima ibitutsi, bamwita ‘indaya’

Abafana ba Kiyovu Sports bise umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima ‘umukecuru’ ndetse n’indaya’, nyuma yo kutishimira imisifurire yaranze umukino w’ikipe yabo na Gasogi United. Kuri uyu wa Gatanu ni bwo Kiyovu Sports yaguye miswi na Gasogi United 0-0, mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona. Ni umukino Abayovu bari baje bakaniye, nyuma y’uko Gasogi United yari […]

Kera kabaye Eritrea yakuye ibihumbi by’ingabo zayo muri Ethiopia

Leta ya Eritrea yamaze kuvana muri Ethiopia ingabo yari ihafite, nyuma y’igihe zifatanya n’iza kiriya gihugu mu mirwano zari zimaze imyaka ibiri zihanganyemo n’inyeshyamba za TPLF. Abaturage bo mu ntara ya Tigray batangarije BBC ko kuri ubu abasirikare ba Eritrea barimo bava mu duce bagenzuraga ku bwinshi. Uwabonye ziriya ngabo zitaha wo mu mujyi wa […]

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kujya gushakira ubwiyunge i Doha

Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko bashobora guhurira i Doha mu rwego rwo gucubya umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byabo, ku buhuza bwa Qatar. Africa Intelligence yatangaje ko abakuru b’ibihugu byombi nta gihindutse bazahurira i Doha ku wa Mbere tariki ya 23 Mutarama […]

U Butaliyani: Juventus yakuweho amanota 15, ihananuka ku mwanya wa 10 muri shampiyona

Ikipe ya Juventus yaraye ikuweho amanota 15 mu yo yari ifite muri shampiyona y’u Butaliyani, bituma ihita ijya ku mwanya wa 10 muri iyi shampiyona. Ni icyemezo cyategetswe n’urukiko rwo mu Butaliyani, nyuma y’iperereza mu by’ubukungu yari imaze igihe ikorwaho n’ubushinjacyaha bw’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru. Iryo perereza ryagaragaje ko Juventus yakoze nkana amakosa yerekeye kugura no […]

Amakipe y’umupira w’amaguru 20 ya mbere yinjije amafaranga menshi mu mwaka ushize

Urutonde rw’umwaka w’2022 rw’amakipe yinjije aamafaranga menshi ruyobowe na Manchester City, Real Madrid na Liverpool. Ni urutonde rusanzwe rutangazwa na ‘The Deloitte Football Money League’ hashingiwe ku kigero cy’uko amakipe yagiye yinjiza umutungo uvuye mu bikorwa by’umupira w’amaguru. Uru rutonde rusanzwe rutangazwa muri Gashyantare ariko muri uyu mwaka rwatangajwe ku ya 19 Mutarama. Agashya kabayemo […]

Imiryango y’ibanga iyoboye Isi

screenshot_20230119-180611_1-2.jpg

Kuva kera mu mateka y’abantu hakomeje kugenda hagarukwa ku matsinda y’ubwiru cyangwa imiryango y’ibanga ndeste abandi bajya kure bakavuga ko ari amatsinda y’ubugambanyi kuko imigambi icurirwa muri ayo matsinda, Isi yose iba igomba kuyubahiriza. Igitabo Encyclopedia Britannica kivuga ko amatsinda y’ibanga yabayeho kuva kera mu Bwami bwa Roma, Abagereki, Abanyamisiri n’abandi. Ayi miryango ikaba igizwe […]