Rubavu: Abanyerondo bataye muri yombi abasirikare ba FARDC bahawe ishimwe
Abanyerondo babiri bo mu karere ka Rubavu bahawe ishimwe n’ubuyobozi, kubera ubutwari bagaragaje ubwo bagiraga uruhare mu guta muri yombi abasirikare babiri ba Congo binjiye mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko mu kwezi gushize. Mu gicuku cyo ku wa 16 Mutarama ni bwo abasirikare batatu ba FARDC bambutse umupaka binjira mu karere ka Rubavu, umwe […]
Musanze: Umugabo yatamajwe n’inka akekwaho kwiba akayihisha mu buriri
Umugabo witwa Nsengiyumva Alphonse wo mu murenge wa Gashaki w’akarere ka Musanze, aracyekwaho kwiba inka akayihisha mu buriri bwe. Ku wa Gatanu tariki ya 2 Mutarama ni bwo mu rugo rw’uyu mugabo w’imyaka 29 y’amavuko hasanzwe inka yari yibwe mu murenge wa Kivuruga w’akarere ka Gakenke. Nshimiyimana Samuel wari wayibwe, yageze ku rugo rw’uwo ukekwaho […]
Ibikomeje kuvugwa ku mirwano ihuza M23 na FARDC n’Abambali bayo
Amakuru ahari ni ko AFC / M23 irimo igenzura agace ka Shasha n’umuhanda munini uhuza Goma na Minova . Kivu News 24, itangaza ko inzira imwe isigaye kuri FARDC n’ihuriro ryayo ari iyo mu kiyaga cya Kivu nu Rwanda, naho ahandi hose ngo aba barwanyi bamaze kuhagota. Uyu muhanda ufunzwe nyuma y’uko ku munsi w’ejo […]
CAN: RDC na Nigeria zageze muri ½
Ikiipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘Les Léopards’, yageze muri ½ cy’irangiza cy’Igikombe cya Afurika nyuma yo gukuramo Sylli National ya Guinée-Conakry. Ni umukino wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 02/02/2024, aho yageze ku mukino wa kimwe cya kabiri.Ni umukino byoroheye iyi kipe gutsinda n’ubwo ariyo yabanjwe igitego. Iyi […]
MONUSCO irashinja M23 kurasa kajugujugu yayo
Ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwashinje umutwe wa M23 kurasa kajugujugu yabwo. MONUSCO mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatanu, yavuze ko iyo kajuguju yarasiwe mu gace ka Karuba muri Teritwari ya Masisi, ndetse ko icyo gitero cyasize babiri mu basirikare bayo bakomeretse. Yagize iti: “Kajugujugu ya […]
Burundi: Nyina wa Pierre Nkurunziza yapfuye
Domitillie Minani ubyara Pierre Nkurunziza wahoze ari Perezida w’u Burundi, yapfuye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukecuru yemejwe n’abarimo Perezida Evariste Ndayishimiye wavuze ko yababajwe n’urupfu rwe. Ndayishimiye yanditse ku rubuga rwe rwa X ko “Twakiranye umubabaro urupfu rw’Umubyeyi w’Imboneza yacu Nyericyubahiro Petero Nkurunziza. Turashimira Imana ko yabaye […]
Abantu 30 batawe muri yombi bakurikiranyweho kugurisha impinja zikivuka
Muri Marroc ibintu bikomeje gufata indi ntera ku bucuruzi bw’abantu kuko kuri iyi nshuro amakuru avugwa n’uko abantu bagera kuri 30 bamaze gutabwa muri yombi muri iki cyumweru bazira gucuruza impinja zikivuka n’ibindi byaha bitandukanye. Abo bantu bafashwe abenshi bari biganje mu mujyi wa Fes bakurikiranyweho ibyaha byinshi birimo gucuruza impinja , gusebanya, iterabwoba, n’ubugambanyi. […]
I Goma harashwe igisasu
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu mu nkengero z’umujyi wa Goma harashwe igisasu. Abanyamakuru b’abanye-Congo ku mbuga nkoranyambaga baravuga ko icyo gisasu cyaguye mu gace ka Mugunga gaherereye muri Komine Karisimbi; mu gice cy’uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma. Amakuru atangwa na sosiyete sivile […]
Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw’intwali mu Rwanda
Muganga Rutangwarwamaboko yasabiye Nyakwigendera pasiteri Ezira Mpyinsi gushyirwa ku rutonde rw’Intwali u Rwanda rufite nyuma y’ibikorwa by’indashyikirwa yakoze ataratabaruka. Ibi Rutangwarwamaboko yabigarutseho kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Muzehe Mpyisi, aho yavuze ko bijyanye n’ibikorwa uyu mubyeyi yakoze bifitiye igihugu akamaro bityo ko asanga u Rwanda rumushyize […]
Kazungu ushinjwa ubwicanyi yongeye gusubikirwa
Urukiko rwongeye gusubika ku nshuro ya gatatu urubanza rwa Kazungu Denis ushinjwa ibyaha birimo ubwicanyi. Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Kazungu , byari byitezwe ko ruburanishwa kuri uyu wa Gatanu taliki 2 Gashyantare 2024. Perezida w’uru Rukiko yatangarije Abanyamakuru ko nta rubanza ruteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Gashyantare 2024 kubera iyi […]
Kera kabaye KNC yisubiriye
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, yisubiriye ku cyemezo cyo gusesa ikipe ye ya Gasogi United yaherukaga gufata. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo uyu mugabo yari yatangaje ko asheshe iriya kipe, nyuma yo kunanirwa kwihanganira “umwanda uri mu mupira w’amaguru w’u Rwanda”. KNC wari wanandikiye inzego zirimo Rwanda Premier league na FERWAFA asezera […]
Kamonyi:Yamaze mu nda y’Isi amasaha 29 atabarwa akiri muzima
Mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Rugalika , haravugwa amakuru y’umugabo wamaze amasaha 29 mu nda y’isi nyuma yo kugwirwa n’ikirombe maze avamo Ari muzima gusa undi bari kumwe yakuwemo mbere yapfuye. Aba bagabo bagwiriwe n’iki kirombe Kuwa Gatatu w’iki cyumweru , hanyuma hakorwa ubutabazi birangira kuri uyu wa Kane umwe atabawe ari muzima […]
M23 Vs FARDC: Ku rugamba haramutse makuru ki?
Imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, yaramukiye muri Teritwari ya Masisi. FARDC n’abafatanyabikorwa bayo (FDLR, Abacancuro, imitwe ya Wazalendo, Ingabo z’u Burundi ndetse n’iz’umuryango wa SADC) bamaze igihe bagaba ibitero karahabutaka ku nyeshyamba za M23 bagamije kureba uko bazirukana mu bice bya […]
Ruto akomeje kwitunira ku Rukiko rukuru nyuma y’umwanzuro ubuza Abapolisi kujyanwa muri Haiti
Mu mpera za Mutarama uyu mwaka , nibwo urukiko rwongeye gushinga agati ku mwanzuro w’uko nta bapolisi ba Kenya bagomba kujyanwa muri Haiti. Ni nyuma Tariki 26 uko kwezi aribwo aribwo umwe mu batavuga rumwe na Leta ya Kenya, Ekuru Aukot, yatsinze urubanza rwo kubuza iyoherezwa ry’Abapolisi muri Haiti. Urukiko rukuru rwari rwavuze ko n’ubundi […]
Nyaruguru: Twaganiriye na Gitifu uherutse kwirukanwa usaba indishyi za miliyoni 900

Uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nyange, mu murenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, Mbonizana Martin, avuga ko komite nyobozi y’akarere ka Nyaruguru yamwirukanye mu kazi mu buryo budakurikije amategeko. Bityo akaba asaba indishyi z’akababaro zihwanye n’amafaranga miliyoni magana acyenda (900,000,000 Frw). Mu ibaruwa yandikiye umuyobozi w’intara y’Amajyepfo kuwa 29 Mutarama 2024 iriho kashi y’akagari ka […]
Major Sindayihebura wa FDNB yivuganwe na M23
Umutwe wa M23 ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama wivuganye Major Sindayihebura Adrien, umwe mu basirikare bakuru u Burundi bwari bwarohereje guha ubufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC). Amakuru avuga ko uyu musirikare yiciwe muri Teritwari ya Masisi, ahaniciwe n’abandi basirikare benshi bari kumwe na we. Major Sindayihebura yiyongereye ku bandi basirikare benshi b’Abarundi […]
Gatsibo:Operasiyo yo gufata abajura yasize batanu bafatanywe ibitoki 40
Abajura batandukanye biganje mu Karere ka Gatsibo umurenge wa Muhura, batawe muri yombi kuri uyu wa Kane taliki 1 Gashyantare 2024, nyuma yo kwiba ibitoki 40 mu Kagali ka Bibare. Aba bajura bafashwe bamaze kwiba ibyo bitoki mu mirima itandukanye y’Abaturage, bahise bajyanwa kuri Station ya RIB ya Muhura. Umwe mu baturage bibwe ibitoki yabwiye […]
Musanze: Uwari wafungishijwe n’uwashakaga ko abyarira muri gereza yarekuwe

Manishimwe Aline wari wafungishijwe na muramukazi we nyuma y’iminsi mike amuteguje ko azabyarira muri gereza yarekuwe, umugabo we ashima RIB na BWIZA ku bwo gutuma arenganurwa. Ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama ni bwo Manishimwe yari yahamagajwe kuri sitasiyo ya RIB ya Muhoza mu karere ka Musanze, akihagera umugenzacyaha witwa Niwemugeni Jacqueline ahita amufunga. […]
Masisi: M23 irigamba kwambura FARDC uduce dushya
Umutwe wa M23 biciye mu ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) usanzwe ubarizwamo, watangaje ko wambuye ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya RDC uduce dushya two muri Teritwari ya Masisi. Ni nyuma y’imirwano iri gusakiranya impande zombi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Gashyantare 2024. AFC ku rubuga rwayo rwa X yavuze […]
Umwarimu wa Kaminuza yakatiwe urwo gupfa nyuma yo kwica mugenzi we amuteye ibyuma
Kuri uyu wa Mbere taliki 1 Gashyantare 2024, Jiang Wenhua, umwarimu muri kaminuza ya Fudan, yakatiwe igihano cyo kwicwa n’igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kwica mugenzi we amujombaguye ibyuma. Urukiko rw’agateganyo rwa Shanghai rwaburanishije uru rubanza muri Gicurasi umwaka ushize, rwatanze imyanzuro ko uyu mugabo wo mu gihugu cy’Ubushinwa ko yahamwe n’icyaha cy’ubwicanyi. Urukiko rwasanze […]
Musanze: Urukiko ‘rwarumye ruhuha’ umukire wari warariganyije umuturage isambu ye
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama rwemeje ko umukire Habyarimana Pierre yaguze mu buryo bw’uburiganya isambu y’umuturage witwa Bazimaziki Aimable, rutegeka ko uyu muturage asubizwa ubutaka bwe. Mu ntangiriro z’ukwezi gushize ni bwo uru rukiko rwari rwaburanishije urubanza Habyarimana yari yarajuririyemo umwanzuro w’urubanza rwaciwe n’inteko y’abunzi bo mu murenge wa […]
Nord Kivu:Haje undi mujenerali uje gutsinsura umutwe wa M23
Général-major Bruno Mpezo MbeleBruno wabaye komanda w’Ingabo za Kivu y’Amajyaruguru mu bikorwa byo kurwanya umutwe wa |M23 mu minsi ishize, yasimbujwe mugenzi we witwa Shora Mabondani nawe ufite ipeti rya Gen.Major. General Mabondani yageze i Goma kuri uyu wa gatatu, tariki ya 31 Mutarama 2024, aho yaje nk’umuyobozi mushya w’akarere ka 34 ka gisirikare mu […]
Ngororero: Ababyaza babiri barafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze ababyaza babiri bo ku bitaro bya Kabaya mu Karere ka Ngororero, rukaba rubakurikiranyeho gukomeretsa uruhinja bikaruviramo urupfu. Ku wa 20 Mutarama ni bwo Hagenimana Jean Pierre w’imyaka 28 na mugenzi we Nyiranjemubandi Vestine wa 36 bakoze icyaha bakekwaho bahita batoroka, mbere yo gutabwa muri yombi ku wa 29 Mutarama. Bakurikiranweho […]
Kubona umugabo birahenze cyane muri Rutsiro
Mu karere ka Rutsiro by’umwihariko mu murenge wa Mushubati, hari ababyeyi bahatuye bavuga ko bafite impungenge z’abakobwa babo bagumirwa bitewe n’amikoro macye. Aba babyeyi bavuga ko bafite ikibazo cy’uko iyo umukobwa ageze ku myaka 25 cyangwa akayirenza, aba atakibonye umugabo mu buryo bworoshye uretse uwifite utunze ikimasa kuko aricyo ahonga umusore ngo amurongore. Ababyeyi baganiriye […]
RDC:Drone n’ibitwaro biremeye biramutse bimisha amakompola ku baturage b’ikaruba
Imirwano ikaze ihuza M23 & FARDC n’abambari bayo kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, yabyukiye mu gace ka Karuba, aho Drone n’imbunda za rutura zaramutse zimisha amasasu mu baturage batuye mu gace ka karuba. Ni amakuru yatangajwe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, aho yemeje ko aba baturage barashweho bikozwe […]
Musanze: Umuturage aratabariza umugore we wafungishijwe n’uwari waramuteguje ko ‘azabyarira muri gereza’
Masengesho Fred Rugira wo mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, aratabariza umugore we wafungishijwe na muramukazi we nyuma y’iminsi arahiriye ko “azabyarira muri gereza”. Ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama ni bwo Manishimwe Aline, umugore wa Masengesho yahamagajwe kuri sitasiyo ya RIB ya Muhoza, akihagera umugenzacyaha witwa Niwemugeni Jacqueline ahita amufunga. Masengesho avuga […]
Perezida Paul Kagame ari i Washington DC
Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho we na madamu Jeannette Kagame Rwanda Day n’amasengesho ya National Prayer Breakfast ahuriza hamwe abanyapolitiki ba Amerika n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byanditse ku rubuga rwabyo rwa X ko Perezida Kagame na Madamu we bageze muri Amerika […]
Antà³nio Guterres yasabwe kuva ku nshingano zo kuyobora Loni
Israel yasabye Umunyamabanga Mukuru wa Loni Guterres Antà³nio kwegura ku nshingano kuko ngo yananiwe inshingano. Byasabwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Katz Israel avuga ko akwiriye kuva muri izi nshingano, kubera uruhare umuryango ayoboye ukekwaho mu gitero Hamas yagabye kuri iki gihugu. Ni nyuma y’uko umwaka ushize mu Kuboza,Israel ishinje Loni kugira uruhare mu […]
Museveni yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 395 barimo abayobora ISO
Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda, yazamuye mu ntera abasirikare bo ku rwego rwa Ofisiye 395 barimo n’abayobora Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu (ISO). Abazamuwe mu ntera barimo Colonel Charles Oluka uyobora ISO yagize Brigadier General na Lt Col Emmanuel Katabazo umwungirije wagizwe Colonel. Abandi bagizwe ba Colonel harimo Lt […]
Colonel Kazarama wahoze avugira M23 yavuguruje abamubitse ari muzima
Colonel Kazarama Kanyamuhanda Vianney wahoze ari umuvugizi wa M23 yavuguruje ibihuha byavugaga ko yaba yarishwe mu mirwano iherutse kubera muri Mushaki ho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni igihuha cyakwirakwijwe binyuze ku mbuga nkoranyambaga,aho cyavugaga ko yaguye mu mirwano yari ishyamiranyije Abarwanyi ba M23 na FARDC n’abambari bayo. Muri Video ngufi yagaragaye hirya no […]
P. Kagame ahagaze he ku ngingo yo guha abangavu ibinini byo kuboneza urubyaro ikomeje kurikoroza?
Perezida Paul Kagame ntari mu bashyigikiye ingingo y’uko abangavu b’imyaka 15 y’amavuko bajya bahabwa ibinini byo kuboneza urubyaro, nk’imwe mu ngamba zigamije gushyira iherezo ku kibazo cy’inda ziterwa abangavu gihangayikishije umuryango nyarwanda. Kuva mu cyumweru gishize impaka zongeye kuba zose mu banyarwanda by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga, kubera kutumvikana kuri iriya ngingo. Uko gucikamo ibice kwazamuwe […]
Hari abatazi ko umugore utwite atemerewe gukorera ‘Perimi’
Polisi y’u Rwanda yamaze amatsiko abatari bazi ko umugore utwite atemerewe gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwa burundu(Permis de Conduire).Ubusanzwe umugore utwite ntabwo yemerewe gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku mpamvu zo gusigasira umutekano w’umwana atwite. Ibi ni ibyagarutsweho n’umuvugizi wa Polisi y’igihugu ACP Rutikanga Boniface, mu kiganiro yatambukije kuri televiziyo y’Igihugu, aho yavuze ko […]
Ubufaransa:Abadepite bemeje itegeko ryo gukuramo inda
Abadepite mu nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa,bemeje umushinga w’itegeko ryemerera abagore gukuramo inda ku bushake. Mu gihe Sena yaba iteye icyuhagiro uyu mushinga w’itegeko, ryahita rishyirwa mu itegeko Nshinga mu rwego rwo kubahiriza uburenganzira bw’abagore. Mu mwaka ushize nibwo nibwo Perezida Macron yasezeranyije abaturage ko uyu mushinga ugomba kugezwa mu nteko nyuma yo kuwigira kuri […]
Afurika y’Epfo yahoreye Cristiano Ronaldo?
Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo ‘Bafana Bafana’ yaraye igeze muri ¼ cy’irangiza cy’Igikombe cya Afurika kiri kubera muri Côte d’Ivoire, nyuma yo gusezerera Les lions de l’Atlas ya Maroc yatsinze ibitego 2-0. Ibitego byo mu gice cya kabiri cy’umukino bya Evidence Magkopa na Aaron Mokoena byari bihagije ngo Afurika y’Epfo isezerere Maroc iri mu makipe […]
Uganda:Umunyarwanda yasanzwe yapfiriye iruhande rwa bus zitwara abagenzi
Umunyarwanda wagaragajwe umwirondoro we ku mazina ya James Tuyizere w’imyaka 20 bigaragara ko indangamuntu ye yatangiwe mu Karere ka Nyabihu, yasanzwe iruhande rwa Kompanyi ya Horizon Bus Company yapfuye. Urubuga rwa Phoenix dukesha iyi nkuru, rutangaza ko uyu musore yavaga i Kampala yerekeza Kisoro -Kabare kuri uyu wa mbere taliki 29 Mutarama 2024, ari nabwo […]
RDC: Guverinoma yahurujwe ku bw’ ‘abasirikare benshi ba UPDF’ bari kwinjira muri Rutshuru’
Inama y’urubyiruko rwo muri Teritwari ya Rutshuru, yatanze impuruza kuri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’abo ivuga ko ari abasirikare bo mu ngabo za Uganda (UPDF) bakomeje kwinjira muri RDC ku bwinshi. Twizere Sebashitsi Patien ukuriye iriya nama, mu mpuruza yatanze yavuze ko kuva mu Cyumweru gishize “abasirikare ba UPDF bafite intwaro […]
Imran Khan wabaye Minisitiri wa Pakistan yakatiwe gufungwa imyaka 14
Kuri uyu wa gatatu taliki 31 Mutarama 2024, ishyaka rya politiki “Pakistan Tehreek-e-Insaf” (PTI) ryatangaje ko Imran Khan wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Pakisitani yakatiwe igifungo cy’imyaka 14 kubera kumena amabanga ya Leta na Ruswa. Ni mu gihe iburanisha ryabaye kuri uyu wa kabiri taliki 30 Mutarama 2024 ryari ryakatiye Khan imyaka 10 y’igifungo yiyongera […]
Kugurisha umutungo wa Nelson Mandela byajemo kidobya
Ibintu byashyizwe ahagaragara byo Nyakwigendera Nelson Mandela yasize, byari kugurishwa muri cyamunara iteganijwe na Guernsey harimo indorerwamo z’izuba rya Ray-Ban n’impano zatanzwe n’abahoze ari ba perezida ba Amerika barimo Barack Obama na Bill Clinton byahagaritswe. Ni cyamunara y’ibintu 70 byari ibya Nelson Mandela yagombaga kubera i New York muri Gashyantare yasubitswe nk’uko byatangajwe n’inzu igurisha […]
Lt. Gen (Rtd) Martin Nikusubula yapfuye
Lt. Gen (Rtd) Martin Nikusubula Mwakalindile wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania ndetse na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, yapfuye. Lt Gen (Rtd) Nikusubula yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania kuva mu 1983 kugeza mu 1988. Nyuma yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru yabaye Ambasaderi wa kiriya gihugu mu bihugu birimo u Rwanda, aho yagihagarariye […]
Diamond yasize Zari aramunogereza
Umuhanzi Diamond Platnumz yongeye kugaragaza ko agifitiye Zari amarangamutima nyuma yo kumuvugaho amagambo asingiza ubwiza bwe. Diamond yavuze ayo magambo nyuma y’uko Zari ashyize amashusho ye ku rubuga rwa Instagram agaragariza abafana be icyizere yifatiye, ayiherekeresha amagambo y’indirimbo ‘Mapoz’ ya Diamond. Hatarashira akanya , uyu muhanzi yahise ashyira ku rukuta rwe iyo Video ya Zari […]
Tshisekedi yakomoje ku makuru avuga ko yaba ateganya imishyikirano na M23
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko nta biganiro ibyo ari byo byose ateganya kugirana n’inyeshyamba za M23 ashinja u Rwanda guha ubufasha, mu gihe cyose hari ibice by’igihugu cye zikigenzura. Tshisekedi yabitangaje mu gihe hari amakuru yakwirakwiye muri iki cyumweru avuga ko yemeye kugirana ibiganiro na ziriya nyeshyamba zimaze […]
Dore amakosa 7 abagabo benshi bakora bakoresha agakingirizo
Abahanga basobanura ko gukoresha agakingirizo ari ingenzi mu gihe umuntu yirinda kwandura indwara zandurira mu bibonano mpuzabitsina n’inda zitateguwe, gusa hari ubwo kugakoresha nabi bishobora gutuma umumaro wako utagerwaho uko bikwiye. Ibyo bijyana no kuba hari abenshi mu bagabo batazi uko agakingirizo gakoreshwa, aho bihutira kukambara ubundi bakihutira kujya mu gikorwa, batitaye ku ngaruka zikomeye […]
Sud Kivu:Abantu 50 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato abandi 37 baburirwa irengero
Abantu bagera kuri 50 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,baguye mu mpanuka y’ubwato bwari bwikoreye abagera ku ijana bunapakiye imifuka 20 ya Sima. Amakuru avuga ko iyi mpanuka y’ubu bwato bwarohamye yabaye kuri iki Cyumweru ubwo bwerekezaga muri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (Uvira) .Bivugwa ko ubutabazi bwabonetse imburagihe kuko bwasanze abagera ku icumi aribo […]
Nyaruguru: Gitifu w’Akagari arasaba akarere indishyi ya Frw miliyoni 900

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagali ka Nyange Mbonizana Martin kabarizwa mu murenge wa Kibeho arishyuza akarere ka Nyaruguru aka kagali kabarizwamo, amfaranga angana na miliyoni 900 y’u Rwanda nyuma y’uko ngo yirukanwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa ikomeje kugaragara hirya no hino, Mbonizana avuga ko yareze akarere ka Nyaruguru, kuba karamwirukanye ku nshingano hadakurikijwe […]
Bunyoni uheruka kwandikira Ndayishimiye ‘ka message’ yasanganywe telefoni 2
Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko inzego z’umutekano n’iz’iperereza ziheruka gusaka kasho ifungiyemo Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, zisangamo telefoni ebyiri. Ku wa Mbere tariki ya 29 Mutarama ni bwo abapolisi benshi n’abakozi b’iperereza bari bayobowe na Colonel à‰variste Habogorimana ukuriye Polisi mu mujyi wa Gitega basatse aho Bunyoni afungiye. Ikinyamakuru […]
Sukhoi ya FARDC yibeshye ibipimo yica abarwanyi bayo biganjemo Abarundi
Umubare utamenyekanye w’ingabo za FARDC n’abambari bayo barimo Wazalendo , FDLR , Ingabo z’Abarundi zirasheho nyuma y’uko indege y’intambara ya Sukhoi-25 yibasiye ibirindiro byazo mu gace ka Kiluku, munsi y’umusozi wa Muremure muri Bweramana. Kivu News24 , itangaza ko iyi ndege yarashe kuri ibi birindiro yibeshye ko irashe ku barwanyi ba M23 hapfa abasirikare benshi […]
Mutesi Jolly ashaka ko abangavu baboneza urubyaro
Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly, ashyigikiye igitekerezo cy’uko abana b’abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure (18) bakwiye kwemererwa serivisi zo kuboneza urubyaro. Yabigaragaje mu gitekerezo cye yanyujije ku rukuta rwe rwa twitter(X), aho avuga ko abangavu bahura n’ibibazo bitandukanye bishingira ku ihindagurika ry’imibiri yabo bityo inzira nziza yo kwirinda ingaruka zabyo akaba ari ukubemerera kuboneza […]
U Rwanda ntirwatera u Burundi kuko ntirwabishobora: Minisitiri w’Ingabo z’u Burundi
Minisitiri w’Ingabo z’u Burundi, Alain-Tribert Mutabazi, yatangaje ko u Rwanda nta bushobozi rufite rwo kuba rwagaba igitero ku gihugu cye, ndetse ko ruramutse rubigerageje ingabo z’u Burundi “zaruvugutira nta ngorane”. Mutabazi yabitangarije mu kiganiro Minisiteri ayoboye iheruka kugirana n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyanitabiriwe n’abasirikare barimo ba Jenerali mu gisirikare cy’u Burundi. Iki kiganiro cyabaye mu gihe […]
RDC:Loni yanze kugira uwo ishinja ubwicanyi buherutse guhitana abasivili 20 i Mweso
Umuryango w’Abibumbye (UN) wanze kugira uwo ishinja ubwicanyi buherutse gutwara ubuzima bw’abasivili 20 baguye i Mweso muri Repubulika Iharanira Demokongo mu rugamba rukomeje guhuza Ihuriro rya FARDC n’abarwanyi ba M23. Kuri uyu wa Mbere taliki 29 Mutarama 2024,Loni ibinyujije mu itangazo rigenewe Abanyamakuru, yamaganyi ubwo bwicanyi buherutse gukorerwa i Mweso, ariko yirinda kugira uwo itunga […]
Ingabire Victoire ufite ubusembwa arashaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza, yatangaje ko yifuza kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu gihe ubusembwa afite yaba abuhanaguweho n’ubutabera. Yabitangarije mu butumwa yanyujije kuri chaà®ne ya YouTube y’ishyaka rye rya Dalfa-Umurinzi riri mu mitwe ya Politiki itaremererwa gukorera mu Rwanda. Muri Nyakanga uyu mwaka ni bwo Abanyarwanda bazitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu azaba akomatanyije n’ay’abadepite. Mu batemerewe […]
Umuhanda Gakenke-Musanze wafunzwe
Polisi y’Igihugu iratangaza ko umuhanda Gakenke- Musanze, wafunzwe by’agateganyo kubera imvura nyinshi yateye inkangu mu murenge wa Nemba, ahazwi nka Buranga. Ibinyujije kuri Twitter (X), Polisi yatangaje ko imirimo yo gutunganya uyu muhanda irimo gukorwa, nirangira abawukoresha barabimenyeshwa. Iyi nkangu yibasiye uwo muhanda mu gihe Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe Meteo Rwanda , giherutse gutangaza ko mu […]
CAN: Côte d’Ivoire yisasiye Sénégal
Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire ‘Les éléphants’ yageze muri ¼ cy’irangiza cy’Igikombe cya Afurika, nyuma yo gutungura Les lions de la Téranga ya Sénégal ikayisezerera kuri penaliti 5-4. Hari mu mukino wa â…› cy’irangiza waraye ubereye kuri Stade yitiriwe Charles Konan Banny. Sénégal ifite Igikombe cya Afurika giheruka ni yo yahabwaga amahirwe yo gutambuka ikagera […]
Misiri yarakariye ibihugu byanze gutanga inkunga yo kugoboka Gaza
Igihugu cya Misiri kifatiye ku gahanga ibihugu byanze gutanga inkunga mu muryango w’abibumbye yo kugoboka abaturage bo muri Gaza. Ibi byagarutsweho na minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Igihugu cya Misiri, Sameh Shoukry,aho yanenze icyemezo cya bimwe mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi byimye inkunga Umuryango w’Abibumbye (Loni) yo kugoboka abaturage bayikeneye mu Ntara ya Gaza muri Palestine. […]
Tanzania igiye gusinyana amasezerano y’ubufatanye na Chelsea
Abayobozi b’ikipe ya Chelsea FC yo mu Bwongereza bategerejwe muri Tanzania, mu ruzinduko ruzasiga iki gihugu n’iriya kipe basinyanye amasezerano y’ubufatanye. Umuhuzabikorwa wa Chelsea muri Tanzania, Mohamed Reza Saboor, yatangaje ko abayobozi b’iyi kipe bategerejwe muri kiriya gihugu barimo Carly Telford usanzwe ari umuyobozi wayo ushinzwe ubucuruzi na Barnes Hempel uyishinzwemo ubucuruzi mpuzamahanga. Byitezwe ko […]
U Rwanda rwasinyanye amasezerano na kompanyi yo mu Bwongereza mu bucukuzi bw’amabuye ya Lithium
Guverinoma y’u Rwanda na Kompanyi mpuzamahanga ya Rio Tinto Minerals Developement Limited , byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Lithium akunze kuboneka mu ntara y’Uburengerazuba bw’u rwanda. Ni amabuye y’agaciro yifashishwa mu gukora ibintu bitandukanye birimo bateri za telefone, iza mudasobwa, iza cameras n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Kuri uyu wa Mbere rero taliki 29 […]
Minisitiri Kabarebe yakiriye Ambasaderi wa Zimbabwe na Algeria mu Rwanda
Mu gitondo cyo kuwa Mbere taliki 29 Mutarama 2024, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,yakiriye Mohamed Mellah, Ambasaderi wa Algeria mu Rwanda. Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye no kurushaho kunoza umubano w’ibihugu byombi. Ni nyuma y’imishinga ibihugu byombi byatangiye gufatanyamo, kandi ko hari n’indi iteganyijwe mu gihe cya vuba irimo amasezerano […]
Goma: Itegeko ribuza abamotari kugeza saa 18h:00 bakiri mu mihanda ryateje impagara
Ibikorwa by’ubukungu n’ubucuruzi byacyendereye kuri uyu wa mbere muri Goma, nyuma y’uko abamotari bategetswe kutazajya barenza isaha ya saa 18h:00 bari mu muhanda. Ibi byatumye habaho imyigaragambyo izwi nka ville morte muri uyu mujyi, aho abaturage batari bacye babyukiye mu muhanda bamagana icyo cyemezo bavuga ko kigayitse.Ibi byatumye Abapolisi bakoresha ibyuka biryana mu maso mu […]
KNC yasubije abibwira ko ibyo gusesa Gasogi United ari ‘blague’
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yatangaje ko akomeje ku cyemezo yafashe cyo gusesa iyi kipe y’umupira w’amaguru. Ku wa Gatandatu atriki ya 27 Mutarama ni bwo KNC yatangaje ko asheshe Gasogi United, nyuma yo kurambirwa “umwanda uri mu mupira w’amaguru w’u Rwanda”. Ni icyemezo uyu mugabo yatangaje nyuma yo kutishimira ibyemezo byerekeye […]
Umuhungu wa Kayibanda yasimbuye Twagiramungu ku buyobozi bwa RDI
Hildebrand Kayibanda usanzwe ari umuhungu wa Kayibanda Grégoire wigeze kuba Perezida w’u Rwanda, yasimbuye Twagiramungu Faustin ku buyobozi bw’ishyaka rye rya RDI-Rwanda Rwiza. Kayibanda yagizwe umuyobozi w’iri shyaka ku Cyumweru tariki ya 28 Mutarama, nyuma y’urupfu rw’uriya wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda wapfuye bitunguranye ku itariki ya 2 Ukuboza 2023. Itangazo ishyaka RDI-Rwanda Rwiza […]
Burundi:Nyuma y’ifungwa ry’imipaka ubujura buravuza ubuhuha
Abatuye mu mujyi wa Kayanza mu majyaruguru y’igihugu cy’u Burundi bavuga ko bahangayikishijwe n’ubujura bwa nijoro mu ngo, aho bagaragaza ko batagisinzira kubera gutinya gutakaza imitungo yabo.Basaba inzego zibishinzwe gukaza umutekano umutekano w’abaturage. Amakuru SOSMedia Burundi yakusanyije, ngo ni uko aba bajura baza bitwaje ibiboko n’intwaro ku buryo uvuze bamukubita abandi bakaba banahasiga ubuzima.Ni ikibazo […]