U Rwanda nta na rimwe rwigeze ruteza izi ntambara zo muri RDC: Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yongeye kunyomoza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishinja u Rwanda kuba nyirabayazana y’intambara z’urudaca zayogoje uburasirazuba bwayo, agaragaza ko u Rwanda nta na rimwe rwigeze ruzitangiza. Perezida Paul Kagame yongeye gusaba Abanyarwanda n’abarugenderera kuryama bagasinzira, kuko nta wushobora kwambuka umupaka w’u Rwanda ngo ahungabanye umutekano. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri […]

Liberia:Perezida uherutse gutorwa yananiwe gusoza imbwirwaruhame ye ahagaze ahita aca akabogi

Perezida Joseph Boakai uherutse gutorwa muri Liberia yananiwe gukomeza ijambo yagezaga ku bitabiriye umuhango w’irahira rye ahagaze kubera uburwayi maze ahitamo kurikomeza yiyicariye. Joseph Boakai umaze kugera mu zabukuru dore ko afite imyaka 79, ubwo yari imbere y’imbaga ayigezaho ijambo yateguye, byabaye ngombwa ko afata akaruhuko aricara.Ni umuhango wabaye ku wa Mbere tariki 22 Mutarama […]

RDC:Umunyamabanga wa SADC yemeje ko nta misiyo n’imwe yigeze inanirwa aho yitabajwe hose

Nyuma y’igitero cya SADC ifatanyije n’ihuriro rya FARDC giherutse kugabwa kuri M23 kigahitana abasirikare babiri b’uyu mutwe, umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bya Africa yo mu majyepfo (SADC) H.E. Elias M. Magosi yavuze ko biteguye kugarura amahoro muri DR.Congo. Yashimangiye ko nta misiyo n’imwe SADC yigeze ijyamo ngo itsindwe ari nayo mpamvu biteguye gukora ibishoboka byose kugirango […]

Amerika yongeye gusaba iperereza ku matora yabaye muri DR Congo

Nyuma y’uko amatora abaye muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo ntavugweho rumwe na benshi ndetse Amerika ikaza gusaba ko hakorwa iperereza ariko ntirikorwe , kurubu yongeye gusaba ko haba igenzura ryimbitse.. Iri genzura Amerika isaba ko ryakorwa,ni mu rwego rwo gushaka kumenya niba intsinzi ya Tshisekedi yaranyuze mu mucyo no mu bwisanzure. Ni amakuru yatangajwe […]

Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko ‘kubwiza ukuri’ abarimo Ndayishimiye

Minisitiri w’Urubyiruko, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko rw’Abanyarwanda kubwiza ukuri abarimo abakuru b’ibihugu by’akarere bafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda bitwaje ko bashaka kurubohora. Ni ubutumwa Minisitiri Utumatwishima yatanze yifashishije urubuga rwe rwa X. Yasaga n’ukomoza kuri Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi uheruka gutangaza ko we na RDC bafite umugambi wo guhirika […]

Muyaya yasubiriye P. Kagame, yongera guca amarenga ko hari umugambi wo kumuhirika

Minisitiri w’Itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yongeye kwibasira no gutuka Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yise “indwara yugarije akarere” mbere yo guca amarenga y’uko RDC n’u Burundi bakomeje gushaka uko bamuhirika ku butegetsi. Hari mu kiganiro uyu mugabo unasanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Perelman wa […]

Murumuna wa Nangaa wagizwe Guverineri, yitandukanyije na mukuru we ushaka guhirika Tshisekedi

Murumuna wa Coroneille Nangaa ,Christophe Nangaa, wamaze gutangazwa nka guverineri w’intara ya Haut-Uélé, yitandukanije na mukuru we nyuma y’uko aherutse gushinga Ihuriro ry’Inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Leta ya Congo. Uyu mugabo watangajwe ku rutonde rw’abadepite batsinze amatora yo ku rwego rw’inteko zishinga amategeko z’intara muri DR Congo, yavuze ko abantu badakwiye kumurebera mu gatebo kamwe […]

Kurumwa n’inzoka ukirukira mu bagombozi bishobora kugukururira urupfu

Muri Afurika akenshi by’umwihariko abaturiye amashyamba n’ubutayu, iyo barumwe n’inzoka usanga birukira mu bavuzi gakondo b’abagombozi aho kugana kwa muganga nyamara ntibazi ko bishobora kubakururira urupfu. Ibi byagarutsweho n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC),aho cyashimangiye ko umuntu warumwe n’inzoka akwiye guhita agana muganga byihuse aho kugana mu bagombozi.RBC ivuga ko sosiyete nyarwanda abenshi bishyizemo ko uwarumwe n’inzoka […]

Amajyepfo:Umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza yafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kabera Vedaste usanzwe ari umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu ntara y’Amajyepfo. Ni amakuru yatangajwe n’uru rwego ruvuga ko uyu muyobozi yatawe muri yombi acyekwaho gutanga ruswa.Ashinjwa gushaka guha ruswa Umugenzacyaha ngo adakurikirana ibirego umugore we amushinja ku byaha byo kumuhoza ku nkeke no kumuhohotera. RIB ikomeza ivuga […]

Ikofi ya mwarimu isigaye ituma abari barasezeye basaba ku garuka kwigisha

Hari abarimu bari barasezeye akazi ko kwigisha basigaye bifuza ku garuka kwigisha nyuma y’uko imibereho yabo yongewemo imbaraga ubu bakaba hari urwego bagenda bageraho rutandukanye n’urwo bahozeho mu myaka yashize. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Urwego rw’Uburezi bw’Ibanza, REB, Dr. Nelson Mbarushimana , aho yagaragaje ko ubushobozi bwa mwarimu bwongerewe ku buryo impinduka zimugaragaraho zituma abandi bari […]

I Mweso rwabuze gica mu ntambara ihuje M23 n’Ihuriro rya FARDC

Mu Gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024, mu gace ka Mweso, hafi n’umujyi Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo , habyukiye imirwano hagati ya M23 n’Ihuriro y’Ingabo za FARDC ndetse na SADC. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rw’umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, yatangaje […]

Israel vs Hamas:Abakozi barenga 150 ba UN Bamaze gupfira mu ntambara-Guterres

Kuri iki Cyumweru, umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antà³nio Guterres, yamaganye Israel ku rupfu rw’abasivili b’Abanyapalestine bakomeje kwicirwa i Gaza, aho avuga ko uburenganzira bwabo bukomeje guhonyorwa. Ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama ya G77+China yabereye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, Guterres yasabye abayobozi b’ibihugu bitandukanye guhaguruka bagahagarara bakamagana ibikomeje kubera muri Israel. Ati: “Ntabwo nzacogora […]

Ibintu 6 Tshisekedi yasezeranyije abanye-Congo mu myaka 5 iri imbere

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahaye abaturage b’igihugu cye amasezerano atandatu y’ibyo agomba kubakorera mu myaka itanu iri imbere. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, […]

Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ya 2

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo ba Perezida b’ibihugu 18 bya Afurika. Imbere y’abanye-Congo barenga 60,000 bari buzuye […]

Umuhanda Prince House -Giporoso ugana Masaka ugiye kwagurwa

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yavuze ku ishusho ngari yo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange. Yashimangiye ko muri uyu mwaka nk’Umuhanda wa Giporoso [Prince House] ugana i Masaka ugiye gutangira kwagurwa ukagira ibisate bine mu kugabanya umuvundo w’imodoka ziwukoresha. Yabigarutseho ubwo yaganiraga na RBA , kuri uyu wa Gatandatu taliki 20 Mutarama 2024, agaragaza uko gahunda […]

Gakenke: Umunyeshuri yishwe n’inkongi y’umuriro yibasiye ishuri yigagaho

Umunyeshuri w’umuhugu yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama, nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ishuri rya EAV Rushashi ryo mu karere ka Gakenke yigagaho. Umuyobozi w’akarere ka Gakenke, Mukandayisenga Vestine, yavuze ko umunyeshuri wishwe n’iriya nkongi yabaye mu ma saa cyenda z’ijoro ari uwo yagezeho mbere. Yabwiye Kigali Today ko “Byabaye saa cyenda z’ijoro, […]

M23 yongeye gukorogana na SADC hitabazwa indege zivanwe i Kinshasa

Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati y’umutwe wa M23 na SADC ifatanyije na FARDC, aho imirwano ikomeje gufata indi ntera by’umwihariko mu duce twa Masisi. Amakuru abyutse ajya hanze muri iki gitondo, ni uko izi ngabo za SADC na FARDC zongeye kurashisha indege zintambara zitagira abapilote na Soukho௠mu duce M23 irimo. Ni imirwano yatangiye […]

Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha

Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, ruvuga ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze byibura ukwezi kumwe cyangwa abiri kari mu mubiri w’umuntu, abantu 40% kugeza kuri 90% bashobora […]

Umutoza mushya Rayon Sports yakiriye ayihishiye iki?

Rayon Sports mu ijoro ryacyeye yaraye yakiriye Umufaransa Julien Mette waje kuyibera umutoza mukuru. Uyu mugabo yaje asimbura umunya-Tunisia Yamen Zelfani watandukanye n’iyi kipe mu mwaka ushize. Julien Mette w’imyaka 42 y’amavuko, yari asanzwe ari umutoza wa AS Otohô yo muri Congo-Brazzaville. Nyuma yo kugera i Kigali yabwiye itangazamakuru ko yahisemo gutandukana na yo kubera […]

Pte muri UPDF afunzwe azira kwizamura mu ntera akigira Major

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gifunze umusirikare wacyo ufite ipeti rya Private, nyuma yo kwizamura mu ntera akiha irya Major. Private ni ryo peti rito kurusha andi muri UPDF, mu gihe Major riza ku mwanya wa karindwi mu yakomeye; inyuma y’irya Lieutenant Colonel, Colonel, Brigadier General, Major General, Lieutenant General na General. UPDF yemeje ko […]

Bombori bombori mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi

Ibintu ntibyifashe neza mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi nyuma y’uko batavuga rumwe ku byavuye mu matora. Uyu mwuka wo kutumvikana watangijwe n’umunyamabanga mukuru w’i Shyaka rya Udps Augustun Kabuya Tshilumba, aho avuga ko atemera ibyavuye mu matora aherutse kuba muri RDC. Ni nyuma yo gushyira itangazo hanze rimenyesha ko amatora aheruka kuba muri Repubulika ya […]

Rayon Sports yabonye umutoza ukomoka mu Bufaransa

Ikipe ya Rayon Sports yabonye umutoza mushya w’Umufaransa, aho yaje asimbura Mohamed Wade uherutse kwirukanwa . Uyu Mufaransa, Julien Mette, ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe yashimangiye ko agiye kusa ikivi abandi bari baratangiye.Yongeyeho ko kandi atewe ishema no gutoza ikipe y’ubukombe. Ni mu gihe nyuma y’uko imikino ibiri ishize Rayon Sports […]

Bruce Melodie wanze kumugarira mu mukino wa Basket yawushoyemo umutahe

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ku bufatanye na Coach Gael uyobora 1:55AM, bashoye imari mu ikipe ya Basket Ball ya United Generation Basketball (UGB). Bruce Melodie nk’umuhanzi yavuze ko mbere yo kwinjira mu buhanzi yabanje gukina uyu mukino ariko umuntu umwe aza kumukandagira ino, ahitamo kubireka ajya mu muziki. Kuri uyu wa Gatanu […]

Kwa Capitaine Ibrahim Traoré hapfubye indi Coup d’état

Guverinoma ya Burkina Faso yemeje ko ku wa Kane tariki ya 18 Mutarama muri icyo gihugu hageragejwe Coup d’état, ariko iza kuburizwamo. Byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma wamaganye icyo yise “kugerageza ubugira kenshi guhungabanya” kiriya gihugu giherereye mu karere ka Sahel. Rimtalba Jean Emmanuel Ouédraogo yavuze ko abagerageje uriya mugambi bamaze gutabwa muri yombi. Uyu yavuze […]

Kompanyi umunani nizo zasaranganyijwe Bus 100 zizajya zitwara abagenzi

Ibigo bigera ku munani nibyo byagabanijwe Bus 100 zamaze kugera i Kigali, aho zizajya zitwara abagenzi mu byerekezo bitandukanye. Izi Bus zije nyuma y’uko Leta ifashe icyemezo cyo kuzigura, ikigamijwe ari ukugabanya umurongo ukunze kugaragara ahategerwa imodoka. Ni gahunda kandi yari igamije korohereza abashoramari mu gutwara abantu n’ibintu mu mujyi wa Kigali.Kugeza ubu abatsindiye isoko […]

Bobi Wine ‘yeretse umujyi’ abasirikare n’abapolisi bari bamufungiye iwe

Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi muri Uganda nka Bobi Wine, yaciye mu rihumye abasirikare n’abapolisi bari bamufungiye iwe ajya kwifatanya mu myigaragambyo n’abamushyigikiye. Kuva ku wa Kane tariki ya 18 urugo rwa Bobi Wine ruherereye i Magere mu karere ka Wakiso ndetse n’urwa Dr Kizza Besigye na we utavuga rumwe n’ubutegetsi, zigoswe n’igisirikare ndetse na […]

Abanyekongo amagana bakorewe ‘Operasiyo’ yo kubirukana ku butaka bwa Angola

Guverinoma ya Angola yafashe icyemezo cyo kwirukana, Abanyekongo barenga 200 babarizwa ku butaka bwayo.Abirukanwe ni abatagira ibyangombwa n’abacukura amabuye y’agaciro ari mu bwoko bwa Diamond mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Abirukanwe bageze ku mupaka wa Kamoko uri mu birometre 150 by’Amjyepfo y’i Ntara ya Tshikapa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 17/01/2024. Sosiyete Sivile […]

Burundi:Perezida Ndayishimiye yasabwe kweguza Minisitiri w’umutekano

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yasabwe ko yakweguza mu maguru mashya Minisitiri w’umutekano ku mpamvu y’icyemezo yafashe cyo gufunga umupaka uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Ibi byasabwe n’Ishyaka ryo mu Burundi rizwi nka Nkundagihugu MAP Burundi Buhire,aho ryasabye ko uyu Minisitiri Martin Niteretse yeguzwa kuko yafunze imipaka kandi binyuranyije n’amategeko agenga umuryango wa Afrika […]

Joseph Kabila yanze kwitabira irahira rya Tshisekedi

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ntabwo azitabira umuhango w’irahira rya Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi azarahirira kuyobora RDC muri manda ya kabiri, mu muhango uzabera kuri Stade des Martyrs i Kinshasa. Abakuru b’ibihugu 18 ni bo byitezwe […]

Afurika:Ibi bihugu 18 bizabamo amatora ya Perezida muri uyu mwaka wa 2024

Urutonde rw'ibihugu by'Afurika bizabamo amatora muri 2024

Uyu mwaka wa 2024, ni umwaka witezwemo amatora y’abaperezida mu bihugu byinshi ku isi , ariko byagera muri Afurika bikaba akarusho kuko ku rutonde rw’ibihugu bizabamo amatora hagaragaramo ibigera kuri 18 hakiyongeraho n’ibirwa bya mauritius bizabamo amatora y’abadepite. Ibi bihugu uko ari 18 , harimo ibyagiye bikomatanya amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite ibindi bihitamo gutegura amatora […]

Minisitiri w’Intebe Ngirente ari muri Uganda

Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, ari i Kampala muri Uganda aho yitabiriye inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango w’ibihugu bidafite aho bibogamiye (Non-Aligned Movement). Ku wa Mbere tariki ya 15 Mutarama ni bwo imirimo y’iyi nama iri kuba Ku ncuro ya 19 yatangiye. Ababarirwa mu 4,000 baturutse mu bihugu 120 byo hirya […]

Burundi: Agathon Rwasa n’uwahoze akuriye Inteko Ishinga Amategeko mu mazi abira

Leta y’u Burundi irashinja Agathon Rwasa ukuriye Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi na Léonce Ngendakumana wahoze akuriye Inteko Ishinga Amategeko gukorana n’imitwe y’iterabwoba. Ni ibirego aba bagabo bombi bashinjwe biciye mu itangazo riheruka gusohorwa na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Martin Niteretse. Ni itangazo ribaburira rinabasaba “kwitegura ingaruka zo kwihuza n’iyo mitwe.” Rwasa na Ngendakumana […]

Ruhango:Ubuyobozi buvuga iki ku banyeshuri 72 barwariye rimwe?

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, buravuga buhangayikishijwe n’umubare w’abanyeshuri 72 baherutse kwibasirwa n’indwara y’ibicurane bakarwarira rimwe. Ni abanyeshuri bo mu Rwunge rw’Amashuri (GS) Indangaburezi mu Karere ka Ruhango, aho abo banyeshuri baherutse kwibasirwa n’ibicurane byabanje gutuma hacyekwa ko ari ubundi burwayi. Ubuyobozi bw’Akarere burahumuriza, abantu bukavuga ko ari indwara isanzwe atari icyorezo nk’uko hari abari babiketse. […]

Bikomeje kuba bibi hagati ya Amerika na Houthi

Ibintu bikomeje kuba bibi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’inyeshyamba za Houthi nyuma y’uko uyu mutwe urashe ibisasu ku mato y’ubucuruzi ya Amerika na Israel. Ibi byatumye habaho kumisha ibisasu kuri izi nyeshyamba Amerika ivuga ko zishyigikiwe na Iran , ariko by’umwihariko kuri uyu wa Kane nibwo hamenyekanye amakuru ko misiles 14 z’aba […]

RDC:Harimo gucurwa umugambi wo kuburizamo irahira rya Tshisekedi

Bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi barimo gucura umugambi wo kwishyira hamwe bagategura imyigaragambyo yo kwamagana no kuburizamo gahunda y’irahira rya Perezida Tshisekedi. Ni umugambi watangiye kumenyekana kuri uyu wa Kane tariki ya 18/01/2024, aho abarimo Martin Fayulu, Moà¯se Katumbi, Anzuluni Floribert n’abandi bahamagariye Abanyekongo bose kwigaragambya ngo bagaragaze ko batishimiye ibyavuye mu matora. […]

U Rwanda rwashyikirije RDC abasirikare 2 n’umurambo

U Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama, rwashyikirije Repubulika Iharanira Demokarasi abasirikare babiri bayo ruheruka baheruka gufatirwa i Rubavu n’umurambo wa mugenzi wabo waharasiwe. Igikorwa cyo gushyikiriza RDC aba basirikare cyabereye ku mupaka uhuza ibihugu byombi mu karere ka Rubavu. Bakiriwe na FARDC mbere y’uko umurambo w’uwishwe ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya […]

Musanze: Abarerera muri GS Kabaya barinubira gucibwa ‘Frw y’umurengera’ no kuba abana babo bavutswa amasomo

Bamwe mu babyeyi barerera mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kabaya ruherereye mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, barashinja ubuyobozi bw’iri shuri kubaca amafaranga y’umurengera; ku buryo abatayishyura birangira abana babo bavukijwe amasomo. Umwe mu babyeyi wasabwe ko amazina ye agirwa ibanga, yavuze ko ubuyobozi bw’ishuri bumaze igihe bwongera amafaranga bishyura mu buryo budasobanutse; kandi andi […]

Rusizi:Umugabo yarumye ugutwi k’umugore we agace akuyeho bivugwa ko yakamize

Mu ntara y’Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi, haravugwa umugabo warumye ugutwi k’umugore we, maze bivugwa ko agace yakuyeho ashobora kuba yakamize. Imvano y’uyu mujinya w’umuranduranzuzi uyu mugabo yagaragaje, wakomotse ku ifuhe yagiriye uyu mugore we nyuma yo kumushinja ko amuca inyuma.Ni amakuru yamenyekanye mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu muryango washyamiranye utuye mu Mudugudu wa Rugombo, […]

Diamond yatandukanye na Zuchu ‘yambuye ubusugi’

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki nka Diamond Platnumz, yemeje ko atakiri mu rukundo n’umuririmbyi mugenzi we Zuchu bari bamaze umwaka urenga bakundana. Uyu muhanzi uyoboye umuziki wa Tanzania yifashishije urubuga rwe rwa Instagram, yatangaje ko kuri ubu nta mukunzi agifite ndetse ko nta n’uwo agikeneye. Ati: “Guhera uyu munsi, nishimiye kubamenyesha ku mugaragaro […]

Zari yavuze uko yabaye umukozi wo mu rugo mbere yo kuba slayqueen

Zari Hassan uzwi nka Bosslady, yohereje ubutumwa butaziguye abagore n’abakobwa bazwi nka Slay Queen bose,aho yavuze ko mu gihe bimitse gahunda yo gusabiriza bazahora ari abakene ntibagire icyo bigezaho. Zari yatangaje ko nubwo abaho ubuzima buhenze , yabanje guca ahantu hakomeye kandi havunanye ku buryo yigeze no kwisanga akora akazi ko mu rugo, ariko kandi […]

Pakistan yishyuye Iran imaze amasaha make iyigabyeho ibitero

Pakistan kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama yagabye ibitero bya missile kuri Iran, nyuma y’amasaha make icyo gihugu na cyo kiyigabyeho ibitero. Pakistan ivuga ko ibitero byayo byashegeshe “ubwihisho bw’ibyihebe” [byo muri Iran] buherereye mu ntara ya Sistan-Baluchestan. Abantu barindwi barimo abagore batatu n’abana bane ni bo bivugwa ko biciwe muri biriya bitero, […]

Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo

Abanyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ na Dr Kizza Besigye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, baravuga ko inzego z’umutekano zabafungiye mu ngo zabo. Bombi babitangaje biciye mu butumwa banditse ku mbuga zabo za X yahoze yitwa Twitter. Bobi Wine yavuze ko “ibigwari by’abasirikare n’abapolisi byagose urugo rwacu hanyuma bidufungira iwacu, ariko imyigaragambyo irakomeje. Musane imihanda […]

Mu Bushinwa bahangayikishijwe n’igabanuka ry’impinja zivuka

Mu Bushinwa haravugwa ikibazo cy’igabanuka ry’abaturage gikomeje gufata indi ntera mu myaka ibiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatatu taliki 17 Mutarama 2024, nibwo hashyizwe ahagaragara ibarura ryerekanye ko mu mpera z’umwaka ushize wa 2023 abantu bangana na Miliyari 1.409 bagabanutse ugereranyije na 2022. Abahanga mu by’ibarurishamibare bavuga ko ibi byari byitezwe kuko abenshi mu Bashinwa […]

Abasirikare ba RDF barimo ba Ofisiye basoje imyitozo ihanitse yo kurwanira ku butaka (Amafoto)

20240117_221932.jpg

Abasirikare ba RDF barimo abo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse n’abato basoje imyitozo igenewe ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Training) bari bamaze amezi arindwi bakorera mu kigo cy’imyitozo cya Nasho. Umuhango wo gusoza iyi myitozo wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida Paul Kagame. Gen Muganga yashimiye abasoje […]

Indege ya UPDF yarashe Bombe kuri FARDC bamwe bacika amaguru

Abasirikare benshi bo muri DR Congo bakomerekejwe n’amakompora yarashwe n’indege(Sukhoi) y’igisirikare cya Uganda UPDF cyo muri Uganda nyuma yo kwibasira ibirindiro by’ingabo za Kongo ariko mu buryo kitari cyateguwe. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ahagana saa moya za mugitondo ku muhanda wa Eringeti-Komanda.Amakuru avuga ko UPDF yarashe aya makompora yibwira ko […]

U Bwongereza n’u Rwanda ntibikwiye kuba bikinira imikino ya politiki ku buzima bw’abantu: Depite Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yasabye Leta z’u Bwongereza n’u Rwanda kureka gukomeza gukinira imikino ya politiki ku buzima bw’abantu. Mu mwaka ushize ni bwo u Bwongereza n’u Rwanda byasinyanye amasezerano yerekeye gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira bo muri kiriya gihugu, gusa iza guhagarikwa nyuma yo kwitambikwa n’inkiko zirimo […]

Patrice Lumumba wibukwa n’Abanyekongo kuri uyu munsi yari muntu ki?

Patrice Lumumba, Yishwe azira kuba yarari kwaka ubufasha Repubulika zunze ubumwe z’abasoviete ngo zifashe Congo kubona ubwigenge busesuye, aho yakoronizwaga n’u Bubiligi kandi u Bubiligi bwari buri ku ruhande rwa Leta zunze ubumwe z’ Amerika hamwe n’ibindi bihugu byo mu burengerazuba bw’u Burayi ndetse n’igice kimwe cy’uburengerazuba bwa Uganda, kuri Lumumba (…) Patrice Lumumba, Yishwe […]

Karim Benzema yareze Minisitiri wamushyize mu gatebo k’abayisilamu b’abahezanguni

Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bufaransa, Karim Benzema, yatanze ikirega arega Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bufaransa amushinja kumusebya ko afitanye isano n’abayisilamu b’abahezanguni. Minisitiri Gérald Darmanin mu kwezi k’Ukwakira 2023, yavuze ko Bwana Benzema afitanye isano rizwi n’umutwe w’abayisilamu b’Abasuni avuga ko basanzwe bazwiho ubutagondwa.Umwunganizi wa Benzema yavuze ko aya magambo atesha agaciro icyubahiro […]

M23 yarahiriye kwihorera kuri FARDC yivuganye ba ‘Komanda’ bayo 2

Umutwe wa M23 warahiriye kwihorera ku ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma yo kwica abasirikare babiri bawo bakuru nk’uko wabyemeje. Ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama ni bwo Ingabo za Congo zifatanyije n’izirimo iz’u Burundi ndetse na SADC zagabye ibirindiro bikomeye ku birindiro bya M23. Amakuru avuga ko ibirindiro byatewe birimo […]

Inzu z’abimuwe ahazwi nko kwa Dubai zisigaye ziberamo abajura n’ibihunyira

Bamwe mu bimuwe mu nzu zubatswe mu murenge wa Kinyinya ahazwi nko kwa Dubai, baravuga ko inyubako babagamo zisigaye ziberwamo n’abajura ndetse n’ibihunyira nyuma y’uko Umujyi wa Kigali ubabwiye ko bazazibasanira ariko amaso akaba yaraheze mu kirere. Ikibazo cy’aya mazu cyazamutse mu ntangiro za Werurwe 2023 mu mvura itari yoroshye mu mujyi wa Kigali by’umwihariko […]

Perezida Kagame na Museveni mu batazitabira irahira rya Tshisekedi

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ntibari mu bakuru b’ibihugu bazitabira umuhango w’irahira rya Perezida Félix Antoine Tsahisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi azarahirira kuyobora RDC muri manda ya kabiri y’imyaka itanu, mu birori bizabera muri Stade […]

Umuhungu wa Perezida wa Somalia yakatiwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwicanyi

Kuri uyu wa kabiri, urukiko rwa Turkey rwahamije umuhungu wa perezida wa Somalia icyaha cyo kwica umumotari,maze rumukatira igifungo cy’imyaka ibiri ariko cyahise cyivunjwamo ihazabu. Ku ya 30 Ugushyingo, Mohammed Hassan Sheikh Mohamud umuhungu wa Perezida wa Somalia,yashinjwaga guteza urupfu rw’umumotari wagemuriraga abantu kuri moto nyuma yo kumugonga ubwo yari mu modoka y’Abadipolomate yari atwaye. […]

FARDC yababajwe n’iraswa ry’umusirikare wayo wishwe na RDF

20240117_071840.jpg

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyemeje ko umusirikare wacyo yarashwe mu cyico na RDF na ho bagenzi be babiri barafatwa, nyuma yo kwambuka bakisanga mu Rwanda. FARDC yemeje ayo makuru mu itangazo ryasohowe n’Umuvugizi wayo, Général-Major Sylvain Ekenge. Yavuze ko ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama mu ma saa yine z’ijoro bariya […]

Mbaoma yahigitse abarimo Luvumbu, ahembwa nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi

Rutahizamu Victor Mbaoma Chukwuemeka wa APR FC yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’ukwezi k’Ukuboza 2023, nyuma yo guhigika abarimo Héritier Nzinga Luvumbu wa Rayon Sports bari bagihataniye. Ni mu bihembo by’abitwaye neza muri shampiyona FERWAFA yatangiye gutanga mu ijoro ryacyeye, nyuma y’igihe kirekire yarahagaritse kubitanga. Mbaoma yarangije imikino ibanza ya shampiyona ari we uyoboye abatsinze ibitego […]

Kayonza:Izindi mbwa 11 zishwe zirozwe nyuma yo kurwana zikanduzanya virusi y’ibisazi

Mu karere ka Kayonza haravugwa amakuru y’imbwa zigera kuri 11 zishwe nyuma y’uko ziketsweho kwanduzanya virusi y’ibisazi. Izi mbwa zishwe , ni izo mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, aho ngo zimwe zari zaratangiye kwirara mu baturage zikabarya , izindi zigatangira kuzerera. Ubuyobozi bw’umurenge wa Mukarange bwabwiye itangazamakuru, ko izi mbwa zari ziherutse […]

Nyaruguru: Inkuba yakubise inka ebyiri z’umuturage zirapfa bahita bazirya

b3fceb78-b441-42b7-87cf-d53862e14456-2.jpg

Mu mvura nyinshi yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Mutarama 2024, inkuba, bise “umwami wo hejuru”, yakubse inka ebyiri z’umuturage witwa Gahamanyi Augustin, utuye mu mudugudu wa Gihango, akagari ka Mariba, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, zihita zipfa. Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa 16 Mutarama, abaturage bazindutse bazibaga bajya […]

Burundi:Imbonerakure zindobanure zasoje imyitozo izinjiza mu kazi k’ubucanshuro

Urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, rwo muri komine za Mugina na Rugombo mu Ntara ya Cibitoke kuri uyu wa Gatanu taliki 12 Mutarama 2023, umunyamabanga mukuru w’iri shyaka Révérien Ndikuryayo arwizeza kubashakira imirimo y’ubucanshuro mu mahanga. Imyitozo yabereye mu Ntara ya Cibitoke ihana imbibi na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo.Ni imyitozo yitabiriwe […]

FARDC yemeje ko yo na SADC batangiye kugaba ibitero kuri M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC. Byemejwe na Lt Gen Fall Sikabwe usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo kuri uyu wa Kabiri yari ayoboye inama yahuje FARDC n’ingabo za SADC. Yavuze ko Ingabo […]

Abashaka Trump ku butegetsi batangiye kumwegereza intebe Biden atarayivaho

Mu gihe habura amezi macye ngo muri Amerika habe amatora, abaturage muri Leta ya Lowa batangiye kugaragaza inyota bafitiye Donald Trump. Uyu mugabo wigeze kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, yatsinze amatora y’ibanze mu ishyaka rye ry’Aba-Republican muri Leta ya Iowa mu gushaka uzahagararira iri shyaka mu matora y’Umukuru w’Igihugu. Mu majwi 99% […]