Pakistan: Imvura ikabije imaze guhitana abantu basaga 1000
Guverinoma ya Pakistn iravuga ko abantu barenga miliyoni 33 bakozweho n’imvura ikabije bihe kandi amazu agera kuri miliyoni yasenyutse cyangwa yangiritse cyane, mu gihe abantu basaga 1000 bahasize ubuzima. Umwuzure watewe n’imvura nyinshi wahitanye abantu barenga 1.000 muri Pakistan kandi abantu ibihumbi basigaye badafite aho kuba. Abayobozi bategereje umwuzure mushya kuri iki Cyumweru uterwa no […]
Amasosiyete y’indege y’ibihugu bitatu muri EAC aravugwamo ibihombo
Amasosiyete atatu y’indege yo mu karere ka EAC, Kenya Airways, Uganda Airlines na Air Tanzania, arimo kugurukira gihombo kandi ashobora kuguma mu bibazo mu myaka iri imbere nk’uko byemezwa n’impuguke. Urugero, sosiyete ya Uganda Airlines, yagarutsweho mu makuru y’ibyumweru bibiri bishize kubera ko komite ishinzwe ubugenzuzi y’inteko ishinga amategeko yagenzuraga imikorere yayo, ishobora kuguma mu […]
Inyandiko za leta z’ibanga zakuwe kwa Trump zasanzwe zivanze n’ibinyamakuru n’inyandiko ze bwite – FBI
Amasanduku cumi n’ane muri 15 aheruka gukurwa mu rugo rw’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, muri Florida, ngo yari arimo inyandiko ziganjemo iz’ibanga rikomeye (top secret) zivanze n’ibinyamakuru ndetse n’inyandiko bwite, nk’uko byemezwa na FBI. Bivugwa ko nta mwanya wihariye mu rugo rwa Donald Trump ruherereye Mar-a-Lago wari ugenewe izo […]
U Buyapani bwiyemeje guha Afurika inkunga ya miliyari 30 z’Amadolari

U Buyapani bwiyemeje gutanga inkunga ingana na miliyari 30 z’amadolari, agenewe ibihugu bya Afurika. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 27 Kanama 2022, mu rwego rw’Inama Mpuzamahanga ya Tokyo ku Iterambere rya Afurika (TICAD), ibera muri Tunisia kugeza kuri iki Cyumweru. Iyi nama ya TICAD yari umwanya mwiza kuri Guverinoma y’u Buyapani kugira […]
Abasirikare batatu b’Abaholandi barasiwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Abasirikare batatu b’Abaholandi barasiwe mu kurasa kwabereye hanze ya hotel bacumbitsemo yo mu Mujyi wa Indianapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Irasa ryabaye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu mu karere k’imyidagaduro ka Indianapolis. Polisi ya Indianapolis yavuze ko abapolisi basanze abagabo batatu bafite ibikomere by’amasasu bajyanwa mu bitaro by’akarere nk’uko iyi nkuru dukesha […]
Abanyekongo benshi barashaka guha Tshisekedi indi manda – Ubushakashatsi
Ibyavuye mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, itariki ya 24 Kanama 2022, ku matora yo mu 2023 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri raporo y’ikigo cy’ubushakashatsi ku mibereho cy’Abanyamerika, Geopoll, bivuga ko Abanyekongo benshi bakomeje guhuriza ku guha manda ya kabiri Perezida FĂ©lix Tshisekedi. Muri ubu bushakashatsi bwakorewe mu gihugu cyose mu baturage […]
Batatu barimo umukozi wa RRA barakekwaho uburiganya mu ihererekanyamutungo
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ryafashe abantu batatu, bakurikiranyweho kugerageza gukora ihererekanya mutungo (mutation) w’imodoka mu buryo bw’uburiganya. Harimo umukozi w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) wakoreraga mu ishami ryo mu Karere ka Ngoma, wateguye mu buryo bw’uburiganya inyandiko zerekana ihererekanya mutungo nyuma yo guhindura ibirarane by’imisoro kandi adakoze isuzuma […]
Loni irashinja TPLF gusahura amakamyo 12 ya lisansi mu bubiko bwayo
Umuryango w’abibumbye wavuze ko inyeshyamba za Tigray People Liberation Front (TPLF) ku wa Gatatu zibye amakamyo 12 y’ibikomoka kuri peteroli mu bubiko bw’ishami ry’Umuryago w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) muri Mekelle, mu murwa mukuru wa Tigray. StĂ©phane Dujarric, Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, AntĂłnio Guterres, yabwiye abanyamakuru i New York ko mu gitondo cyo ku […]
Igitero cy’indege cya Ethiopia i Mekelle biravugwa ko cyahitanye abantu bane
Kuri uyu wa Gatanu, nibura abantu bane, barimo abana babiri, bapfuye abandi icyenda barakomereka mu gitero cy’indege cya Ethiopia cyagabwe kuri Mekele, umurwa mukuru wa Tigray, nk’uko umuyobozi w’ibitaro bikuru by’umujyi yabitangarije AFP. Ibitaro bya Ayder i Mekele “byakiriye abarwayi 13, bane muri bo bakaba bapfuye bahageze. Babiri mu bapfuye ni abana”, uyu ni Dr […]
Uganda iravugwaho kwima uruhushya rwo gutura umukuru w’inyeshyamba wo muri Sudani
Guverinoma ya Uganda yaba iherutse kwanga icyifuzo cy’umukuru w’inyeshyamba wo muri Sudani wasabaga gutura muri iki gihugu, kubera ko ngo badafite impamvu zifatika barwanira kandi badashaka inzira y’imishyikirano. Amakuru atandukanye avuga ko Umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba wa Sudan Liberation Movement, wo muri Sudani, witwa Abdel Wahid Mohamed Al-Nur, yasabye uruhushya rwo gutura muri Uganda ariko akarwimwa […]
Ituri: Umusirikare wa FARDC yiyahuye nyuma yo kwica mugenzi we
Umusirikare wa FARDC kuri uyu wa Kane, itariki 25 Kanama 2022, yafashe icyemezo cyo kwiyahura nyuma yo kwica mugenzi, ahitwa Komanda mu gasantere k’ubucuruzi ko muri Sheferi ya Basili, muri Teritwari ya Ituri. “Amakuru nuko umusirikare yiyahuye nyuma yo kwica undi musirikare akanarasa abasivili btatu barimo umwana. Hari ahagana saa yine. Ababibonye bavuga ko umwicanyi […]
Le prĂ©sident Kagame a entamĂ© une tournĂ©e dans la province du sud et de l’ouest

C’est une belle fin de semaine dans les provinces du Sud et de l’Ouest alors que le prĂ©sident Paul Kagame a consacrĂ© quatre jours de sensibilisation citoyenne dans cette partie du pays, le premier depuis deux ans. Le prĂ©sident Kagame a commencĂ© ce jeudi une tournĂ©e dans le district de Ruhango, dans la province du […]
NIDA yibukije ko kugendana indangamuntu ari itegeko isaba ibigo kutazajya bisigarana iz’ababigana
Ikigo cy’Igihugu GishinzweIrangamuntu (NIDA) cyasabye ibitaro, inzego za leta n’ibigo bitandukanye kutazongera gusigarana indangamuntu z’abantu babigana bashaka serivisi zitandukanye, rimwe na rimwe, bikarangira banazibuze bagatangira urugendo rwo gushaka izindi nshya kubera impamvu yasobanuye zirimo n’itegeko rivuga ko umuntu wese aba agomba kugendana indangamuntu kandi kutayigendana bihanwa n’amategeko. Mu itangazo NIDA iheruka gushyira ahagaragara, isobanura ko […]
João Lourenço mu nzira zo kuyobora Angola mu yindi manda nyuma y’amajwi 51.07% y’agateganyo
Umusimbura wa JosĂ© Eduardo dos Santos yiteguye kuyobora indi manda nyuma y’uko ishyaka rye, MPLA, ritsinze ku bwiganze mu matora rusange. Ariko, mu buryo butigeze bubaho, abatavuga rumwe na leta batsinze mu ntara eshatu, harimo n’umurwa mukuru Luanda, nk’uko ibyavuye mu matora by’agateganyo bibigaragaza. JoĂŁo Lourenço, uri ku butegetsi kuva mu 2017 akaba n’umuyobozi w’ishyaka […]
Lubumbashi: Umugabo yashatse gushyingira umugore we undi mugabo yiyita nyirarume ku 4000$
Mu Mujyi wa Lubumbashi mu Ntara ya Haut-Katanga, mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haravugwa agashya k’umugabo wafashe icyemezo cyo guha umugore we undi mugabo ngo bashyingiranwe ku madolari 4000. Amakuru agera ku rubuga Actu7.cd dukesha iyi nkuru, aravuga ko uwo mugabo yigize nyirarume w’umugore we akamushyingira undi mugabo wari uturutse mur […]
Kenya: Odinga na Karua babwiye urukiko ko hari abanyamahanga bagize uruhare mu byavuye mu matora
Amatora y’umukuru w’igihugu ya 2022 muri Kenya yakozwemo uburiganya mbere y’itariki ya 9 Kanama binyuze mu bantu 21 barimo abanyamahanga 19 n’Abanyakenya babiri, bari bafite ikoranabuhanga ry’ikigo cy’amatora, nk’uko byatangajwe n’umukandida wa Azimio, Raila Odinga, na mugenzi we biyamamazanye, Martha Karua, mu rukiko. Raila Odinga na Martha Karua bongeraho ko ubu buriganya bwatangiye muri Werurwe […]
Komanda wa Polisi mu Mujyi wa Butembo yishwe n’ibikomere yakuye mu gico cy’inyeshyamba
Komiseri muri Polisi ya Repubulika ya Demokarsi ya Congo, Nzenze Bavon, wari wungirije umukuru w’igipolisi mu Mujyi wa Butembo, yahitanwe n’ibikomere kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Kanama 2022, apfiriye i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Biravugwa ko yapfuye nyuma y’aho kuwa 12 Kanama 2022 we n’abo bari kumwe bari baguye mu gico cy’inyeshyamba […]
La capacité Internet du Rwanda a triplé en deux ans – RURA
L’AutoritĂ© de rĂ©gulation des services publics du Rwanda (RURA) a rĂ©vĂ©lĂ© que la capacitĂ© Internet du pays avait triplĂ© en seulement deux ans, ce qui implique que la connectivitĂ© Internet a Ă©galement considĂ©rablement augmentĂ©. S’exprimant lors de la 11e Ă©dition en cours du Forum Africain sur l’appairage et de l’Interconnexion (AfPIF) qui a rĂ©uni des […]
TotalEnergies y’Abafaransa yaba ari yo itanga lisansi indege z’intambara z’u Burusiya zikoresha muri Ukraine
Minisitiri w’ubwikorezi w’u Bufaransa yasabye ko hakorwa iperereza ku kumenya niba igihangange mu bucuruzi bwa peteroli cy’Abafaransa, TotalEnergies, cyaba ari cyo giha indege z’intambara z’u Burusiya lisansi zikoresha binyuze mu mushinga uhuriweho. Kuri uyu wa Kane, Clement Beaune yagize icyo atangaza kuri raporo y’itangazamakuru ivuga ko TotalEnergies igira uruhare mu gutanga gaz itunganwa igakurwamo lisansi […]
Ukraine irashinja Burusiya kugaba igitero cyahitanye abasaga 20 ahategerwa gari ya moshi
Ukraine iravuga ko igitero cya roketi cy’u Burusiya ahategerwa gari ya moshi cyahitanye abantu 25, ku munsi wuzuza amezi atandatu ashize ibitero by’u Burisiya bitangijwe kuri Ukraine. Abayobozi bavuga ko batanu mu bahitanywe n’igitero cyabereye mu mujyi wa Chaplyne mu burasirazuba bahiriye mu modoka kugeza bapfuye. Abahungu babiri bafite imyaka itandatu na 11 nabo bishwe. […]
Igisirikare cya Ethiopia kiravuga ko cyahanuye indege yari ishyiriye TPLF intwaro
Kuri uyu wa Gatatu ushize, Ingabo za Ethiopia zavuze ko zarashe indege y’ubwikorezi yari yikoreye intwaro zari zishyiriwe inyeshyamba za TPLF, nyuma y’imirwano yongeye kubura hagati ya leta n’izi nyeshyamba mu majyaruguru y’iki gihugu. Umuyobozi w’ishami rishinzwe ibikorwa by’ingabo z’igihugu cya Ethiopia, Maj. Gen. Tesfaye Ayalew yagize ati: “Indege yarasiwe hejuru ya Humera y’Amajyaruguru ubwo […]
Gatsibo: Yafashwe nyuma y’iminota 30 gusa yibye moto abanje kubeshya ko ashaka kuyigura

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Gatsibo, kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Kanama, yafashe umugabo witwa Hakizimana Gilbert w’imyaka 43, wari wibye moto yo mu bwoko bwa TVS Victor RD 763 M, yari yibwe umumotari ukorera mu Mudugudu wa Cyoga I, Akagali ka Taba, Umurenge wa Muhura. Hakizimana yafashwe saa kumi n’ebyiri z’umugoroba […]
Vital Kamerhe yongeye kugaragara muri perezidansi Tshisekedi yakira Obasanjo

Umunyapolitiki Vital Kamerhe wari umaze igihe abarizwa muri gereza, yongeye kugaragara mu itangazamakuru kuva kuwa Mbere, itariki 22 Kanama ubwo nka Perezida w’ishyaka Union pour la Nation Congolaise, yayoboye inama ya biro politiki yaryo agatangaza imigambi myinshi afite mu rwego rwo kwerekana ko yagarutse mu kibuga cya politiki. Kuva icyo gihe, kuri ubu ngo Kamerhe […]
Umugore wa Kobe Bryant yahawe indishyi ya miliyoni 16$ kubera amafoto y’imirambo y’abe yakwirakwijwe
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Kanama 2022, umupfakazi w’umukinnyi w’icyamamare wa basketball, Kobe Bryant, yahawe miliyoni 16 z’amadolari n’abacamanza kubera usangiza amafoto y’imirambo y’abantu bahitanwe n’impanuka ya kajugujugu umugabo we yaguyemo, n’umukobwa wabo, Gianna w’imyaka 13 mu 2020. Vanessa Bryant yari yareze Intara ya Los Angeles, avuga ko yinjiye mu buzima bwite, nyuma yo […]
Ambasaderi wa Ukraine i Vatican yanenze ibyatangajwe na Papa ku rupfu rwa Darya Dugina
Ambasaderi wa Ukraine i Vatican yanenze Papa Fransisiko kubera kugereranya Darya Dugina, umukobwa w’umwe mu bagabo bavuga rikijyana mu Burusiya bivugwa ko ari inshuti ya Perezida Putin, nk’inzirakarengane y’intambara. “Inzirakarengane zishyura intambara,” ibi byatangajwe n’Umushumba wa Kiliziya Gaturika mu iteraniro rusange ryo kuri uyu wa Gatatu, avuga ko “uriya mukowa ubabaje wajugunywe mu kirere na […]
Le général major Nkubito prend les rênes au Mozambique en tant que commandant de la force conjointe
Le gĂ©nĂ©ral major Eugene Nkubito, qui a Ă©tĂ© promu au rang la semaine dernière, devrait prendre la relève en tant que force opĂ©rationnelle conjointe de la sĂ©curitĂ© rwandaise au Mozambique, en remplacement du gĂ©nĂ©ral major Innocent Kabandana, qui achève sa pĂ©riode de service. Le gĂ©nĂ©ral major Nkubito, le nouveau commandant de la Force opĂ©rationnelle interarmĂ©es […]
Gicumbi: Umugabo w’imyaka 65 arashinjwa gusambanya no gutera inda umwana w’imyaka 16
Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba kuri uyu wa Kabiri, itariki 23 Kanama, rwafunze iminsi mirongo 30 y’agateganyo umugabo w’imyaka 65 y’amavuko, uturuka mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Nyamiyaga, Akagari ka Kabuga, Ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko akanamutera inda. Ubshinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buravuga ko iki cyaha yagikoze mu mpera […]
Thailand: Urukiko rwahagaritse minisitiri w’intebe bisabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Kuri uyu wa Gatatu, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwa Thailand rwahagaritse Minisitiri w’intebe, Prayuth Chan-ocha, ku mirimo ye nyuma yo gufata icyemezo cyo kumva icyifuzo cyo gusuzuma manda ye y’imyaka umunani yemerewe n’amategeko. Urukiko rwatangaje icyemezo cyarwo mu itangazo ryohererejwe itangazamakuru. Ntibyamenyekanye igihe ruzatangira icyemezo cya nyuma ku cyifuzo cyazanywe n’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe […]
Kivu y’Amajyepfo: Ibirindiro bya MONUSCO byatewe n’abantu bataramenyekana
Ibirindiro by’ingabo za MONUSCO mu Mujyi wa Balaka, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo byagabweho igitero n’umutwe w’inyeshyamba utaramenyekana zai zitwaje intwaro zirimo n’iza gakondo. Igitero cyagabwe ahagana saa saba z’ijoro kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 24 Kanama 2022. Amakuru aturuka mu nzego za leta agera kuri ACTU7.CD, ntabwo avuga umubare w’abantu bahasize ubuzima cyangwa […]
Kenya yatangaje iyoherezwa ry’abasirikare bayo basaga 200 muri RDC
Umuyobozi wungirije w’ingabo z’igihugu cya Kenya, Lt. Gen. Francis Ogolla yatangaje kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 22 Kanama, iyoherezwa ry’Ingabo za Kenya muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mutwe udasanzwe ushinzwe gutabara byihuse wa Monusco. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru cya leta muri Kenya (KBC), abasirikare barenga 200 ba KDF bazaba bagize itsinda ryo […]
Brussels Airlines yatangaje ko itagishoboye gukora ingendo i Kinshasa
Isosiyete y’indege ya Brussels Airlines yatangaje ko itagishoboye guhuza Kinshasa na Bruxelles nk’uko tubikesha urubuga interview.cd rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko iyi kompanyi y’indege ibitangaza, iki cyemezo kizatangira gukurikizwa kugeza hagati muri Nzeri, cyafashwe kubera impamvu z’ibura ry’amavuta yo gukoresha ku kibuga cy’indege cy’umurwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iyi […]
Amerika igiye guha Ukraine indi nkunga ya gisirikare ya miliyari 3$
Leta Zunze Ubumwe za merika zirateganya gutangaza inkunga ya gisirikare ya miliyari 3 z’Amadolari kuri Ukraine kuri uyu munsi igihugu cyizihiza Umunsi w’Ubwigenge ndetse n’amezi atandatu ashize gitewe n’u Burusiya. Itangazo rya White House riteganyijwe kuri uyu wa Gatatu mu masaha akuze nk’uko byemejwe n’umuyobozi muri Amerika, nyuma yaho Washington itanze umuburo ivuga ko u […]
Mozambique: Intagondwa zongeye kubura ibitero noneho zisatira n’amajyepfo
Intagondwa z’Abayislamu muri Mozambike zongeye kubura ibitero mu majyaruguru y’igihugu mu Ntara ya Cabo Delgado, aho byongereye ku mubare w’abaturage bavanwe mu byabo abagera ku 80,000. Ibi bitero bikaba bije gukoma mu nkokora ibyatangazwaga na leta ko yaciye intege intagondwa z’abayisilamu zigeze kwigarurira iyi ntara hafi ya yose muri za 2017. Ibitero bishyashya muri iyi […]
Umuyobozi wa Charity Bids yakiriwe na Perezida Paul Kagame
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, itariki 23 Kanama, Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Charity Bids cyifashishwa mu gushaka inkunga n’ubushobozi ku miryango idaharanira inyungu mu bikorwa byayo by’ubugiraneza. Nk’uko bigaragara ku rubuga rw’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro, Israel Schachter, yakiriwe na Perezida Kagame aherekejwe na Niyonkuru Zephanie, Umuyobozi Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu […]
Itsinda ry’Abanyakenya ryareze Guverinoma y’u Bwongereza mu Rukiko rw’i Burayi
Kuri uyu wa Kabiri, itsinda ry’Abanyakenya ryatanze ikirego mu Rukiko rw’u Burayi rw’Uburenganzira bwa Muntu rirega Guverinoma y’u Bwongereza ibyo ryavuze ko ari ubujura bw’ubutaka, iyicarubozo no gufatwa nabi byakozwe mu gihe cy’ubukoloni. Abanyakenya barashaka ko hakorwa iperereza no kurenganurwa ku byaha bavuga ko byakorewe mu burengerazuba bwa Kenya mu karere ka Kericho, aka kakaba […]
Gasabo: Ubuyobozi bwahakanye amakuru avuga ko umukarani w’ibarura yatererejwe imbwa ikamurya
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo, Innocent Mpariyimana, yaakanye amakuru avuga ko kuri uyu wa Mbere, itariki ya 22 Kanama 2022 mu ma saa cyenda, umukarani w’ibarura witwa Uwimpuhwe Josiane yatererejwe imbwa ubwo yari ageze mu rugo rw’umuturage agiye kubarura ikamurya. Ni mu rugo rw’uwitwa Kanani Jean Robert, […]
IGP Munyuza à Singapour pour la coopération bilatérale
L’inspecteur gĂ©nĂ©ral de la police (IGP) Dan Munyuza est Ă la tĂŞte d’une dĂ©lĂ©gation qui comprend le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral du Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB), le colonel (Ă la retraite) Jeannot Ruhunga, pour une visite de quatre jours Ă Singapour afin d’Ă©tablir une coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les forces de l’ordre dans les deux pays. IGP Munyuza […]
Abanyamerika bakiri muri Ukraine basabwe kuhava byihuse
Abanyamerika bakiri muri Ukraine basabwe na Ambasade ya Amerika i Kyiv kuva muri iki gihugu byihuse. Kuri uyu wa Mbere, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yatanze integuza y’umutekano iburira ko u Burusiya bugiye kongera ingufu mu kugaba ibitero ku bikorwa bya gisivili n’ibya guverinoma muri Ukraine mu minsi iri imbere. Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe […]
Abapolisi bafatiye umugeni mu bukwe bwe bari mu mazi abira
Abapolisi ba Uganda baherutse gusanga umugeni mu mihango yo kwiyakira nyuma yo gusezerana kuwa Gatandatu ushize muri Mbarara batangiye gukurikiranwa n’uwego rushinzwe disipuline mu gipolisi, bakekwaho gukorana n’uwari wareze uyu mugeni. Umwe muri abo bapolisi kuri ubu biravugwa ko yatawe muri yombi mu gihe bagenzi be bacitse batarafatwa nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga. […]
Dukeneye abagabo benshi nka Perezida Kagame – Ijambo umugore wa Prince Harry yigeze kuvugira muri Loni

“Kugira abayobozi nka Perezida Kagame w’u Rwanda bakomeje kuba intangarugero mu gihugu gifite gahunda y’inteko ishinga amategeko igizwe n’abayobozi b’abagore 64%”. “Ndashaka kuvuga ko ari mubare wo hejuru muri guverinoma iyo ari yo yose ku Isi kandi ntiwabyumva. Dukeneye abagabo benshi nka we…,” aya ni amagambo ya Meghan Markle umugore w’Igikomangoma Harry wari mu Rwanda […]
Ukraine yahisemo kutazizihiza ubwigenge kubera gutinya icyo u Burusiya bwakora
Umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, wahagaritse ibirori byo kwizihiza Umunsi w’ubwigenge, igihugu kibuka kwitandukanya n’ubutegetsi bw’Abasoviyeti, kubera gutinya ko u Burusiya bushobora gukora akantu. Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama, umunyamakuru wa Al Jazeera i Kyiv, Teresa Bo, yavuze ko ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Ukraine “bwabujije ubwoko ubwo ari bwo bwose bwo guteranira hamwe, […]
RDC: Guverinoma iremeza ko hari umupangu B wo kwisubiza Bunagana
Minisitiri w’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama mu kiganiro n’itangazamakuru ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu, yemeje ko hari umupangu B wo kongera kwisubiza Bunagana, imaze amezi asaga abiri mu maboko ya M23. Minisitiri Muyaya yavuze ko hari umupangu B (Plan […]
U Burusiya bwashinje Ukraine kuba inyuma y’igitero cyahitanye umukobwa w’inshuti ya Perezida Putin
Ukraine yahakanye kugira uruhare mu gutega mu modoka bombe yahitanye umukobwa wa Alexander Dugin, umugabo bivugwa ko ari umwe mu nshuti magara za Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin. U Burusiya bwashinje “serivisi zidasanzwe” zo muri Ukraine kuba zarateze igisasu mu modoka cyahitanye Darya Dugina, umukobwa w’umugabo uvuga rikijyana mu Burusiya washyigikiye igitero cya Moscou muri […]
Dennis Rodman arateganya kujya mu Burusiya kureba uko Brittney Griner yafungurwa
Dennis Rodman wahoze ari igihangange muri NBA arateganya kujya mu Burusiya kugira ngo afashe mu biganiro byo kurekura Umukinnyi wa Basketball w’Umunyamerikakazi, Brittney Griner, umaze amezi afungiwe muri iki gihugu. Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuga ko Griner akomeje gufungwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, akaba yarakatiwe mu ntangiriro z’uku kwezi igifungo cy’imyaka icyenda […]
Umugandekazi wari waburiye i Kibeho yaje kugaragara agendagenda mu mihanda y’i Kigali
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko Umugandekazi Justine Owor, wari waraburiwe irengero nyuma yo kwitabira amasengesho I Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ku munsi wo kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya, yabonetse ari muzima. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama, yavuze ko Owor byari byatangajwe […]
Le prince Harry reçu par le président Kagame
Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu le 22 aoĂ»t le prince Harry, duc de Sussex, qui se trouve dans le pays pour une visite de travail en sa qualitĂ© de prĂ©sident d’African Parks. African Parks est une organisation de conservation Ă but non lucratif qui gère les parcs nationaux et les aires protĂ©gĂ©es au nom […]
Polisi yasanze umugeni mu muhango wo kwiyakira imuta muri yombi
Mu muhango wo kwakira abatumiwe mu bukwe wabereye mu ishuri rya tekinike rya Kakiika mu mujyi wa Mbarara, muri Uganda, mu mpera z’icyumweru, habye agashya ubwo abari aho babonaga abapolisi bambaye imyenda isanzwe bahagabye igitero bagata muri yombi umugeni kubera urubanza rw’inshinjabyaha yarezwemo ariko rwari rwarateshejwe agaciro. Christine Natuhera yatawe muri yombi akekwaho kuba yaribye […]
Kenya: Raila Odinga mu Rukiko rw’Ikirenga nyuma yo kutemera ibyavuye mu matora
Kuri uyu wa Mbere, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, aratangira kurwanya ibyavuye mu matora y’umukuru w’umukuru yabaye muri uku kwezi mu Rukiko rw’Ikirenga, nk’uko byatangajwe itsinda rye ry’abanyamategeko. Umwunganizi we, Paul Mwangi, yasubije ikibazo cya Reuters mu nyandiko ati: “Yego turabikora.” Mu cyumweru gishize, Umuyobozi wa Komisiyo Yigenga y’Igihgu y’Amatora muri Kenya […]
Impungenge ni zose nyuma y’ibura ry’Umugandekazi waburiye i Kibeho aho yari yitabiriye amasengesho
Abayobozi mu Rwanda barimo gushakisha umugore w’Umugandekazi witwa Justine Owor w’imyaka 59, waburiye mu gihugu aho yari yaje mu masengesho aherutse kubera i Kibeho. Bubinyujije muri Ambasade y’u Rwanda i Kampala ubuyobozi bw’u Rwanda bwasobanuye ko Owor yinjiye mu Rwanda anyuze ku mupaka wa Gatuna ku itariki 14 Kanama aho yari yaje kwizihiriza ijyanwa mu […]
RDC: Vital Kamerhe agarutse mu kibuga cya politiki nyuma y’imyaka 2 afunzwe
Uwahoze ari umuyobozi mukuru w’ibiro bya Perezida FĂ©lix Tshisekedi arasubukura ibikorwa bya politiki kuri uyu wa Mbere nyuma y’imyaka ibiri atari mu rubuga cya politiki kubera gufungwa. Uyu munsi arayobora inama ya biro politiki y’ishyaka rye, Union pour la Nation congolaise (UNC). Nyuma yo kubonana imbonankubone na Perezida FĂ©lix Tshisekedi ku itariki ya 28 Kamena […]
Uwahoze ari Perezida wa Comores yatangiye umwaka wa gatanu afungiwe mu rugo umuryango we utazi ibye
Ni ifungwa ryagombaga kumara amezi atarenga umunani ariko, kuri iki Cyumweru gishize, itariki ya 21 Kanama, uwahoze ari Perezida wa Comores, Ahmed Abdallah Sambi, yatangiye umwaka wa gatanu afungiye mu rugo. Muri 2018, nibwo uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Comores yashinjwe “ruswa n’ubufatanyacyaha mu gukoresha inyandiko mpimbano” mu rubanza rw’uburiganya bwa pasiporo. Nk’uko byatangajwe na […]
Nyuma yo gusubikwa kenshi urubanza rw’abaganga ba Baho International Hospital ruzatangira mu Kwakira
Nyuma yo gusubikwa inshuro nyinshi, urubanza rw’abaganga babiri bo mu bitaro Baho International Hospital, baregwa icyaha cyo kwica umuntu batabishaka ruteganijwe mu Kwakira. Abaganga: Dr. Alfred Mugemanshuro, inzobere mu gutera ikinya (anesthesiologue), na Dr. Gaspard Ntahonkiriye, umuganga w’abagore (gynecologist), bakurikiranyweho urupfu rwa Chantal Ngwinondebe, umurwayi w’umugore wasuzumye mu bitaro hagati y’umwaka ushize asaba ko akurwa […]
Umugore uba muri Australia arashinja abarimo Perezida Mnangagwa kumufata ku ngufu

Muri uku kwezi gushize, hari umugore washinje Perezida Emmerson Mnangagwa n’abandi banyapolitiki bo muri Zimbabwe kuba baramufashe ku ngufu muri za 2000 ataraba perezida. Ni umugore uba muri Australia witwa Susan Mutami, wemeje kuri twiter ko yafashwe ku ngufu n’abanyapolitiki benshi mu gihugu cye cya Zimbabwe mu myaka ya za 2000. Mu bo yashinje, harimo […]
Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo ushinjwa gushaka kugirira nabi Tshisekedi arabarizwa i Paris
Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo ku wa Kabiri, itariki 16 Kanama, François Beya wahoze ari “umujyanama mu by’umutekano” wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ushinjwa ibyaha birimo “umugambi mubisha” wo kugirira nabi Perezida FĂ©lix Tshisekedi, yerekeje mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris , aho agomba kwivuriza mbere yo gukomeza urubanza rwe i Kinshasa imbere […]
Minisitiri w’ubuzima wa Cameroun arimo guterwa ubwoba nyuma y’icyemezo cyo guca mukorogo
Minisitiri w’ubuzima muri Cameroun, mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo muri iki gihugu muri iki cyumweru, yavuze ko yatewe ubwoba nyuma yo kubuza amavuta akesha uruhu, azwi nka mukorogo mu Rwanda, bivugwa ko agira ingaruka ku buzima bw’abayakoresha. Ku ya 10 Kanama, nibwo Minisitiri Manaouda Malachie yabujije ibigo bigera kuri bitanu gucuruza aya mavuta akesha […]
Albania iravuga ko yafashe intasi z’Abarusiya n’Umunya-Ukraine zitata uruganda rwa gisirikare
Minisiteri y’ingabo ya Albania yatangaje kuri uyu wa Gatandatu ushize, ko Abarusiya babiri n’Umunya-Ukraine batawe muri yombi bakekwaho kuneka mu ruganda rwa gisirikare ruherereye mu majyepfo y’iki gihugu. Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, yanditse ku rubuga rwa Twitter ati: “Mbega ishema ku barinzi b’ingabo bafashe abantu batatu bakekwaho ubutasi”, yongeraho ati: “Ubu reka dutegereze ibisobanuro byuzuye […]
Moscow: Umukobwa w’inshuti magara ya Perezida Putin yishwe n’igisasu cyari giteze mu modoka
Umukobwa w’inshuti magara ya Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yiciwe mu muhanda munini hafi ya Moscou nyuma y’aho igisasu cyari giteze mu modoka ye gituriiye. Komite ishinzwe ubugenzacyaha mu Burusiya yavuze ko Darya Dugina yapfuye nyuma y’iturika ry’imodoka ye ubwo yari atwaye ari gutaha. Bikekwa ko se, umuhanga mu bya filozofiya w’Umurusiya, Alexander Dugin, uzwi […]
Luanda: Umurambo wa Dos Santos wagejejwe muri Angola bamwe mu bana be batabizi
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Kanama, umurambo wa Jose Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize, wagejejwe i Luanda, nyuma y’amakimbirane yari amaze icyumweru cyose ku icyurwa ry’umurambo we hagati ya bamwe mu bana be n’umugore yasize. Abanyamakuru ba AFP bari I Luanda bavuga ko indege yari […]
Perezida Zelensky afite impungenge z’icyo u Burusiya bushobora gukora mu gihe cyo kwizihiza ubwigenge
Perezida Volodymyr Zelenskyy yasabye abanya Ukraine kuba maso mbere y’ibirori byo ku wa Gatatu, itariki 24 Kanama, aho bazaba bizihiza imyaka 31 y’ubwigenge nyumayo kwitandukanya n’ubutegetsi bw’Abasoviyeti, nyuma ya misile yakomerekeje abasivili 12 hafi y’uruganda rutunganya ingufu za kirimbuzi. Ku wa Gatandatu, itariki ya 20 Kanama, Zelenskiy yavuze ko Abanya Ukraine batagomba kwemerera Moscou “gukwirakwiza […]
Ingabo za Somalia zabashije kwirukana ibyihebe byari byigaruriye Hotel Hayat
Kuri iki Cyumweru, Ingabo za Somalia zabashije kwirukana ibyihebe byari byigaruriye hotel yo mu murwa mukuru, Mogadishu, nk’uko umuyobozi w’ingabo yabitangarije Reuters, akomeza avuga ko bagitegura ibisasu biteze hirya no hino mu nyubako. Nibura abantu 12, cyane cyane abasivili, bishwe ubwo ingabo za Somalia zarwanaga n’abarwanyi bafitanye isano na Al Qaeda mu gihe cy’amasaha 30 […]