Ruhango: Hafi y’urugo rw’umuturage habonetse ibisasu bibiri

Mu Murenge wa Mwendo, mu Karere ka Ruhango, hafi y’urugo rw’umuturage hagaragaye grenade ebyiri, ubwo nyiri urugo yacukuraga umusingi ashaka gutega urugo rwe ngo rutazasenywa n’amazi . Muhire Floribert uyobora Umurenge wa Mwendo, yatangaje ko grenade zahise zirindwa amanywa n’ijoro kugira ngo hatagira uwazikinisha zikaba zaturika, mu gihe hari hagitegerejwe inzego zibishinzwe ngo zizihakure. Muhire […]

Amason Kingi wahoze ari Guverineri wa Kilifi yatorewe kuyobora Sena ya Kenya

Uwahoze ari Guverineri wa Kilifi, Amason Kingi, yatorewe kuba Perezida wa Sena ya Kenya . Kuri uyu wa Kane, itariki 8 Nzeri 2022, Kingi yatowe nyuma yo kubona amajwi 46 kuri 67, bituma agira ubwiganze busesuye. Amatora ye aje nyuma gato y’aho Kalonzo Musyoka yikuye mu ihiganwa ryo kuyobora Sena ya Kenya. Uyu nk’uko tubikesha […]

Beni: Inyeshyamba za ADF ziciye abaturage batanu hafi y’umupaka na Uganda

Abasivili batanu bishwe n’inyeshyamba za ADF (Allied Democratic Force) mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki ya 08 Nzeri 2022 muri komini ya Bulongo, Umurenge wa Ruwenzori, muri Teritwari ya Beni yo muri Kivu y’Amajyaruguru hafi y’umupaka na Uganda . Nk’uko byatangajwe na sosiyete sivile yo muri ako gace ivugana na […]

U Rwanda mu bihugu 9 muri Afurika bizageragerezwamo umuti wa Covid-19 unyobwa

U Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu icyenda byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bizageragerezwamo ikoreshwa ry’umuti ugabanya ubukana bwa virusi ya Covid-19 unyobwa . Ibihugu bireba ni Ghana, Kenya, Malawi, Nigeria, u Rwanda, Afurika y’Epfo, Uganda, Zambia, na Zimbabwe, ndetse n’igihugu kimwe cyo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Aziya, Laos. Uyu muti mushya wiswe, Paxlovid, […]

Mozambike: Abaterabwoba bishe umubikira w’Umutaliyanikazi banaca imitwe abaturage batandatu

Umutwe w’iterabwoba wa Daesh wigambye ibitero by’iterabwoba byabereye mu ntara ya Nampula muri Mozambike, aho byibuze abaturage batandatu biciwe baciwe imutwe ndetse n’umubikira w’umutaliyanikazi w’imyaka 83 akicwa arashwe . Kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Nzeri, mu mujyi w’ibiruhuko wa Xai Xai uri mu majyaruguru y’umurwa mukuru, Maputo, Perezida Filipe Nyusi yavuze ko abaterabwoba bakoze […]

Paris: Ubutabera ntibuzakurikirana Ingabo z’u Bufaransa zivugwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubutabera bw’u Bufaransa bukomeje gukemura ibibazo bikomeye bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, aho bwafashe icyemezo cyo kutazakurikirana Igisirikare cy’u Bufaransa mu iperereza ku bijyanye n’uko ingabo z’Abafaransa ntacyo zakoze mu gihe cy’ubwicanyi bwo mu Bisesero mu mpera za Kamena 1994 . Nyuma y’imyaka 17 hafunguwe iperereza ry’ubucamanza, n’imyaka ine nyuma y’isozwa ryaryo, abacamanza […]

Imyaka 25 irihiritse Marechal Mobutu Sese Seko asezeye ku Isi y’abazima

Kuva ku itariki ya 7 septembre 1997 kugeza ku ya 7 septembre 2022, hashize imyaka 25 umunyagitugu Marechal Mobutu Sese Seko wa Zabanga asezeye ku Isi y’abazima azize cancer yo mu dusabo tw’intanga nyuma yo kwirukanwa ku butegetsi n’inyeshyamba za AFDL . Uyu mutegetsi washinze ishyaka Mouvement populaire de la rĂ©volution (MPR) ryabaye ishyaka rukumbi […]

Le dossier des responsables de la Cogebanque déposé au parquet

Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) a dĂ©posĂ© le dossier des deux cadres supĂ©rieurs de la Cogebanque arrĂŞtĂ©s le 1er septembre pour suspicion d’abus de biens dans l’intĂ©rĂŞt public . Les deux hauts responsables du prĂŞteur sont Joel Kayonga, directeur commercial de la banque, et George Ndizihiwe, directeur du crĂ©dit. Selon le porte-parole du RIB, Thierry […]

Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye z’abayobozi 2 bakuru muri Cogebanque

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyikirije ubushinjacyaha dosiye z’abayobozi bakuru bo muri Cogebanque batawe muri yombi ku ya 1 Nzeri bakekwaho gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda akamaro . Abayobozi babiri bakuru ni Joel Kayonga, umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri banki, na George Ndinzihiwe ushinzwe inguzanyo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa RIB, Thierry Murangira, kuri uyu wa Kabiri, itariki […]

Elon Musk yaba yarasanze kugura twitter ntacyo bimaze mu gihe Isi igana ku irimbuka

Kuri uyu wa Kabiri ushize, urukiko rwabwiwe ko umuherwe Elon Musk yiherereye muri Gicurasi yavuze ko bitakumvikana kugura Twitter mu gihe Isi irimo iragana ku irimbuka . Ikinyamakuru Business Insider cyatangaje ko uru rubanza rugamije guhatira Musk kubahiriza amasezerano ye yo muri Mata yo kugura urubuga nkoranambaga rwa Twitter kuri miliyari 44 z’amadolari. Ubutumwa bugufi […]

Hemejwe bidasubirwaho ko Tunisia izakira inama ya OIF ya 18 imaze gusubikwa kabiri

Bidasubirwaho, hemejwe ko igihugu cya Tunisia kizakira inama itaha y’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, La Francophonie (OIF) izabera mu Gushyingo ku Kirwa cya Djerba nubwo ibihugu bimwe bidashaka ko iki gihugu kiyakira nka Canada, kuva Perezida wa KaĂŻs SaĂŻed yakwikubira ubutegetsi bwose . Nyuma yo gusubikwa kabiri, inama ya 18 ya Francophonie izabera ku kirwa cya […]

Minisitiri w’ingabo w’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Azaribayijan

16624633344833325060_1000x669.jpg

Iruhande rw’imurikagurisha mpuzamahanga rya gisirikare 4 rya Azaribayijan (ADEX-2022) n’imurikagurisha rya 13 ry’umutekano w’imbere mu gihugu, ry’ibikoresho by’umutekano n’ubutabazi (SECUREX CASPIAN-2022) i Baku, Minisitiri w’ingabo w’u Rwanda Maj Gen Albert Mcery yahuye na mugenzi we wa Azaribayijan, Colonel Jenerali Zakir Asker oglu Hasanov . Maj Gen Albert Murasira kandi kuri uyu wa Kabiri yabonanye na […]

HCR yagaragaje impamvu idashyigikiye kohereza mu Rwanda abashaka ubuhungiro mu Bwongereza

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Nzeri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, ryabwiye urukiko mu Bwongereza ko u Rwanda “rudafite uburyo bujyanye n’ibyo gutanga ubuhungiro bworoshye, bwizewe, buboneye kandi bunoze ”. Laura Dubinsky, wo muri UNHCR, yagize ati: “Hariho inenge zikomeye muri gahunda yo kugena status y’impunzi mu Rwanda.” Yongeyeho ati: “Nta cyizere […]

Liz Truss yahembye imyanya myiza inshuti ze abari bashyigikiye Rishi Sunak bashyirwa ku gatebe

james_cleverly.jpg

Liz Truss yahembye abafatanyabikorwa be bakomeye imirimo ikomeye mu mpinduka yakoze muri guverinoma nyuma y’amasaha macye asimbuye Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe . Kwasi Kwarteng yagizwe umujyanama, James Cleverly aba umunyamabanga w’ububanyi n’amahanga naho Suella Braverman asimbura Priti Patel ku mwanya w’umunyamabanga ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu. James Cleverly Umwe mu nshuti magara […]

Ingabo za Monusco zishe zirashe umusore w’Umunyekongo mu bari bitambitse imodoka zayo

Umusore umwe yapfuye azize amasasu yarashwe n’Ingabo za Monusco ahagana mu ma saa yine zo kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Nzeri 2022 muri Teritwri yaa Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Byose byatangiranye n’imyigaragambyo y’abamotari bitambika imodoka za Loni (UN), ubwo zavaga mu Mujyi wa Butembo berekeza Beni. Nk’uko iyi nkuru dukesha Actu7.cd, hirya no […]

Mahama: Impunzi z’Abarundi ziravugwaho kwanga gushinga komisiyo ya “Go and See”

Impunzi z’Abarundi zo mu Nkambi ya Mahama, mu burasirazuba bw’u Rwanda zanze gushyiraho komisiyo yagombaga kujya mu Burundi kureba uko ibintu byifashe bakagaruka gukangurira bagenzi babo gutaha ku bushake, zivuga ko ibibera mu Burundi babizi nta cyo bakeneye kujya kwiga . Biravugwa ko mu minsi ishize itsinda rigizwe n’abayobozi muri minisiteri ishinzwe ibibazo by’impunzi, MINEMA, […]

Commission Permanente Mixte Rwanda-Ouganda relancée après dix ans

fbjqqedwyaa_xvi.jpg

Le Rwanda et l’Ouganda ont convenu de relancer la Commission permanente mixte (CPM) qui s’est rĂ©unie pour la dernière fois en 2012. La dĂ©cision a Ă©tĂ© prise lors d’une rĂ©union entre le ministre ougandais des Affaires Ă©trangères, Jeje Odongo, et son homologue rwandais, Vincent Biruta, le 1er septembre . Odongo est dans le pays pour […]

Meghan yahishuye ko uruhu rwe hari amahirwe rwamuhaga ariko ibwami yahabonye ukundi kuri

Mu gice giheruka cya Meghan Markle kuri podcast ye, Archetypes, ” The Duality of the Diva,” umuhanzikazi Mariah Carey na Duchess of sussex baganiriye ku miterere yo kugira uruhu ruvanze aho bitavugishije abantu kuri internet gusa ahubwo byanasize ikintu cyifuzwa. Markle yabwiye Carey ati: “Ntekereza ko kuri twe, biratandukanye cyane kuko dufite uruhu rujya kwera“. […]

Angola: Ishyaka rya UNITA ryatanze ikirego cyamagana ibyavuye mu matora

Kuri uyu wa Kane ushize, ishyaka nyamukuru ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Angola ryatangaje ko ryajuririye urukiko ryamagana ibyavuye mu matora y’abadepite yahaye intsinzi ishyaka riri ku butegetsi ndetse na manda ya kabiri kuri perezida ucyuye igihe, Joao Lourenço . Faustino Mumbika, Umunyamabanga w’ishyaka UNITA ku rwego w’igihugu, yatangarije AFP ati: “Ubujurire bwo guhangana n’ibisubizo bya […]

Myanmar: Urukiko rwakatiye indi myaka 3 uwahoze ari perezida ushobora kuzakatirwa 200 y’igifungo

Urukiko bivugwa ko rukorera mu kwaha kw’abasirikare muri Myanmar rwakatiye Aung San Suu Kyi wahoze ari perezida indi myaka itatu y’igifungo kubera ibirego by’uburiganya mu matora, nk’uko abamwunganira babitangarije BBC. Madamu Suu Kyi wahoze ayobora igihugu, ubu amazegukatirwa igifungo cy’imyaka 20 ku byaha 11, mu gihe hasigaye ibirego byinshi. Yahakanye ibyo aregwa byose, kandi imanza […]

Bwa mbere mu myaka 26 ishize Amerika yohereje Ambasaderi muri Sudani

thumbnail_news-020922-sudan.jpg

Kuri uyu wa Kane, itariki 01 Nzeri, John Godfrey, Ambasaderi wa mbere wa Amerika muri Sudani mu myaka 26 ishize, yashyikirije umuyobozi w’inama y’ikirenga iyobowe n’abasirikare Gen Abdel Fattah al-Burhan, ibyangombwa bimwemerera guhagararira igihugu cye i Khartoum . Godfrey yanditse ku rubuga rwa tweet nyuma y’imihango ati: “Ntegereje gushimangira umubano wa Amerika n’abaturage ba Sudani, […]

U Rwanda rwashimiwe ibikorwa byarwo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye

edd7a598-3e0e-4034-aa89-038d92437ab4.jpg

Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ishami ry’ibikorwa byo kugarura amahoro, Jean Pierre Lacroix, yashimye imikorere y’abapolisi n’ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura amahoro hirya no hino ku Isi . Lacroix yashimye by’umwihariko uruhare rw’abanyarwandakazi bari mu butumwa bw’Umuryango w’abibumbye cyane cyane mu bijyanye no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ibi umunyamabanga Mukuru […]

Mushikiwabo yamaze kwizera kuzayobora OIF muri manda ya kabiri bitamugoye

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, kuri ubu yizeye gukomeza kuyobora uyu muryango muri manda ya kabiri nyuma y’aho nta wundi mukandida wabashije kwitaba umuhamagaro wo guhatana nawe kugeza igihe ntarengwa cyo gutanga ibisabwa kigeze kuwa 23 Kanama. Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda kuri ubu uyoboye OIF kuva mu 2018, […]

Visi Perezida wa Argentine yarusimbutse nyuma y’aho imbunda itengushye uwari ugiye kumurasa

Visi-Perezida wa Argentine yarusimbutse ha Mana nyuma y’uko umuntu witwaje imbunda wari ugiye kumurasa imbunda imutengushye . Cristina Fernandez de Kirchner, w’imyaka 69, yari arimo gusuhuza abamushyigikiye hanze y’urugo rwe, ubwo umugabo yavaga mu bari aho akamutunga imbunda mu maso. Perezida Alberto Fernandez yavuze ko imbunda yari irimo amasasu atanu ariko igakwama ubwo yakururaga imbarutso. […]

Umukobwa w’imyaka 15 arashinjwa kwica umwana w’umuhungu w’imyaka itatu

Polisi mu Karere ka Luweero muri Uganda, yataye muri yombi umwana w’umukobwa w’imyaka 15 kubera gukekwaho kwica undi mwana w’umuhungu w’imyaka itatu . Innocent Adriko wari wasigiwe nyirasenge ngo abe amwitaho, yaburiwe irengero ku wa Kabiri ahagana mu ma saa tanu z’ijoro. Umuvugizi w’aateganyo wa Polisi mu karere ka Savannah, Patrick Lule, yavuze ko umurambo […]

Ingabo za Eritrea zaba zongeye kwinjira mu ntambara ihuje Leta ya Ethiopia na TPLF

Kuri uyu wa Kane biravugwa ko Ingabo za Guverinoma ya Ethiopia zifatanyije n’iza Eritrea zagabye igitero ku nyeshyamba za TPLF mu ntara ya Tigray iherereye mu majyaruguru ya Ethiopia, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’izi nyeshyamba nubwo Reuters ivuga ko itashoboye kugenzura aya makuru. Getachew Reda, Umuvugizi wa TPLF, abinyujije kuri Twitter yavuze ko “izo ngabo z’ibihugu […]

La République démocratique du Congo libère neuf Rwandais

La RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo a libĂ©rĂ© neuf Rwandais, dont trois enfants, qui avaient Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©s le 22 aoĂ»t par l’armĂ©e congolaise, les FARDC, pour avoir franchi illĂ©galement la frontière. Ils ont Ă©tĂ© reçus au poste frontière de La Corniche par des responsables du district de Rubavu le mardi 30 aoĂ»t. Le dĂ©veloppement fait suite […]

Umunyemari ukomeye mu Burusiya yapfuye nyuma yo guhanuka mu idirishya ry’ibitaro

Umuyobozi w’ikigo gikomeye gicukura kikanacuruza peteroli cyo mu Burusiya, Lukoil, ari we Ravil Maganov, yapfuye nyuma yo kugwa ahanutse mu idirishya ry’ibitaro i Moscou . Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo mu Burusiya avuga ko Maganov w’imyaka 67 yari ari kuvurirwa mu bitaro bikuru byo muri uyu mujyi kandi yapfuye azize ibikomere. Niwe uheruka muri benshi […]

Ubucucike muri gereza burakiyongera hari uburyo bwo kubikemura bukomeje kwirengagizwa

Amagereza yo mu Rwanda arimo kwiyongera kugeza ku rwego ruteye ikibazo kandi kwiyongera kw’abagororwa bikurura amaso y’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Ibi ni ibyatangajwe kuwa 30 Kanama ubwo hashyirwaga ahagaragara ubushakashatsi bwakozwena Transparency International ku bufatanye na Legal Aid Forum bugaragaza ko imibare iteye ubwoba. Bagaragaje ko ubucucike mu magereza yo mu Rwanda bwiyongereye kugera […]

DIGP Namuhoranye yitabiriye inama y’Umuryango w’abibumbye ihuje abayobozi ba Polisi i New York

Umuyobozi mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa DCG Felix Namuhoranye ari i New York aho yitabiriye inama ya 3 y’umuryango w’Abibumbye ihuriza hamwe abayobozi ba Polisi (UNCOPS). Inama y’abayobozi ba Polisi mu muryango w’abibumbye (UNCOPS 2022) yahurije hamwe Abaminisitiri, Abayobozi ba Polisi n’abahagarariye imiryango ishinzwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ku cyicaro cy’umuryango w’abibumbye guhera tariki […]

Umuherwe wo muri Taiwan yiyemeje gushora miliyari mu gutoza miliyoni 3 z’indwanyi z’abasivili

robert-tsao.jpg

Umuherwe wo muri Taiwan kuri uyu wa Kane yashyize ahagaragara gahunda izatwara miliyari y’amafaranga akoreshwa muri Taiwan (Miliyoni 33 z’Amadolari) yo gutoza “abarwanyi b’abasivili” barenga miliyoni eshatu kugira ngo bazafashe kurengera ikirwa kiyobowe mu nzira ya demokarasi mu gihe Abashinwa baba bagiteye . Robert Tsao, ufite imyaka 75, ni umwe mu bacuruzi bateye imbere muri […]

RDC yasabye AU kuyifasha gusaba Loni gusuzuma raporo ishinja u Rwanda gufasha M23

Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yatangaje ko ikeneye inkunga y’Akanama k’Amahoro n’Umutekano ka Afurika Yunze Ubumwe mu gusaba Akanama nk’aka kUmuryango w’Abibumbye gusuzuma, mu gihe gito gishoboka, ibikubiye muri raporo y’impuguke zawo ku nkunga ivuga ko u Rwanda ruha umutwe wa M23 . Iki nicyo cyifuzo cyatanzwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 31 Kanama […]

Taiwan iravuga ko itazakomeza kwifata mapfubyi u Bushinwa nibukomeza kuyishotora

Kuri uyu wa Gatatu, Taiwan yavuze ko izakoresha uburenganzira bwayo bwo kwirwanaho no kurwanya ibitero by’Ingabo z’u Bushinwa mu gihe zakwinjira ku butaka bwayo, nyuma y’aho bukomeje kongera ibikorwa bya gisirikare hafi y’iki kirwa. Muri uku kwezi, u Bushinwa buvuga ko Taiwan ari intara yabwo, bwakoresheje imyitozo ya gisirikare hirya no hino mu nkengero z’iki […]

Dr Agnes Binagwaho yinjijwe mu nama y’ubuyobozi y’ikigo mpuzamahanga cy’ubushakashatsi cyo muri Amerika

122446745_3550972564993683_3177484312997424971_n.jpg

Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubushakashatsi ku Bagore (ICRW) gifite icyicaro i Washington muri Amerika, cyagize Umunyarwandakazi Dr Agnes Binagwaho ndetse n’Umugandekazi, Agnes Igoye, bamwe mu bagize Inama y’Ubuyobozi yacyo, aho bitezweho kuzazana muri iyi nama ubumenyi bwabo n’ubunararibonye mu bijyanye n’Uburinganire mu by’ubuzima ku Isi, mu kurinda abana no gukumira icuruzwa ry’abantu. Nk’uko bigaragara mu itangazo rigenewe […]

Sudani yahamagaje Ambasaderi wa Ethiopia i Khartoum kubera indege bivugwa ko yahanuwe

Sudani yahamagaje Ambasaderi wa Ethiopia i Khartoum mu rwego rwo kwamagana ibintu yatangaje mu binyamakuru ku ndege bivugwa ko yarashwe n’Igisirikare cya Ethiopia yikoreye intwaro zari zigenewe inyeshyamba za TPLF iturutse muri Sudani. Ku ya 29 Kanama, Ambasaderi wa Ethiopia muri Sudani yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kugira ngo yongere agaragaze ukuri ku magambo yatangajwe n’Igisirikare kirwanira […]

Mikhail Gorbachev ufatwa nk’uwarangije Intambara y’Ubutita yatabarutse ku myaka 91

Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko Mikhail Gorbachev warangije Intambara y’Ubutita kandi akaba n’umuyobozi wa nyuma w’Abasoviyeti, yapfuye afite imyaka 91. Ibitaro bikuru by’ubuvuzi i Moscou kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Kanama byagize biti: “Gorbachev yapfuye kuri uyu mugoroba nyuma y’uburwayi bukomeye kandi yari amaranye igihe.” Gorbachev yayoboye Repubulika Zunze Ubumwe z’abasoviyeti kuva mu […]

Huye: Umukobwa w’imyaka 20 akurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu

Ku wa 29 Kanama 2022 Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bwakiriye dosiye bukurikiranyemo umukobwa w’imyaka 20 ukekwaho kuba ku itariki ya 18/08/2022 yarasambanije umwana w’umuhungu w’imyaka 10 mu Mudugudu wa Rurenge, Akagari ka Kibu, Umurenge wa Mugombwa , Akarere ka Gisagara. Mu ibazwa rye nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru, ukekwa wari uturanye n’aho uwo mwana […]

Centrafrica yirukanye ku butaka bwayo abanyamahanga 7 bashinjwa ubutasi

Nibura abanyamahanga barindwi birukanywe ku butaka bwa Repubulika ya Centrafrica. Barashinjwa na guverinoma ibyaha by’ubutasi no gukoresha inyandiko mpimbano. Abirukanwe ni umuturage w’Umugereki Jorgatselos Rectios Djiordios, n’aba Vietnam, Youti Tioutra, Dan-Ngok Pao, Tang-ti Ta-wan, La-King-Wan, Lo-ti Tana na LaĂŻ-Tang Kouang nk’uko tubikesha Journal de Bangui. Bose baregwa icyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano n’ubutasi […]

Umukobwa wa Dennis Rodman yabaye umukinyi wa mbere uhembwa akayabo muri ruhago y’abagore

rodman_trinity_cc-scaled.jpg

Trinity Rodman, umukobwa w’imyaka 19, w’icyamamare mu mukino wa Basketball, Dennis Rodman, yabaye umukinnyi wa mbere uhembwa menshi mu mateka ya shampiyona y’umupira w’amaguru w’abagore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu wabaye umukinnyi mushya w’umwaka mu 2021 yongereye amasezerano na Washington Spirit. Mu iyongerwa rye rishya harimo amasezerano y’imyaka ine kuri miliyoni 1.1 y’amadolari […]

Plus de 99% dénombrés alors que le recensement tire à sa fin

Plus de 99% des mĂ©nages rĂ©pertoriĂ©s ont Ă©tĂ© Ă©numĂ©rĂ© lors du cinquième recensement national de la population et du logement, a dĂ©clarĂ© Venant Habarugira, directeur du dĂ©partement du recensement Ă  l’Institut national de la statistique du Rwanda (NISR), au New Times. La phase de collecte des donnĂ©es, qui conclut tout le processus du recensement, devrait […]

Huye: Abagabo bane barashinjwa kwica umusaza w’imyaka 68

Kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Kanama 2022, Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bwakiriye dosiye bukurikiranyemo abagabo 4 bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68. Bivugwa ko mu ijoro ryo ku wa 23/08/2022 abaregwa bishe uyu bamukubise isuka, amabuye n’inkoni bamusanze iwe mu rugo, mu Mudugudu wa Mbagabaga, Akagari ka Ruhashya, Umurenge wa Ruhashya, Akarere ka […]

Kenya: Urukiko rw’Ikirenga rwasabye ko amajwi yongera kubarwa ku biro by’itora 15

Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rwasohoye icyemezo gitegeka kongera kubara amajwi mu biro 15 by’itora mu gihe cy’amasaha 48. Muri iki cyemezo, Urukiko rw’Ikirenga rwavuze ko udusanduku tw’itora ku biro 15 by’itora dufungurwa kugira ngo tugenzurwe kandi amajwi akongera kubarwa, mu masaha 48 nk’uko iyi nkuru dukesha kenyans.co.ke ivuga. Komisiyo Yigenga y’Amatora (IEBC) yahawe guhera saa […]

RDC: Fayulu ntiyumva ukuntu umushahara w’umudepite ugeze kuri miliyoni 21 Frw ku kwezi

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatunguwe no kumenya ko umushahara w’umdepite muri iki gihugu guhera muri Mutarama 2022 wazamuwe ukagera kuri Miliyoni zisaga 21 z’Amanyarwanda (21,000$) ku kwezi, maze asaba ko inteko yose yakwegura kubera icyo yise kumungwa na ruswa. Ubwo yatangaga ibitekerezo ku […]

Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu kindi gihugu cyo muri Amerika

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Belize muri uku kwezi gutaha, aho azaba yitabye ubutumire bwa Minisitiri w’Intebe, John ?r???ñ?. Iyi nkuru dukesha urubuga, breakingbelizenews.com, iravuga ko uruzinduko rwa Perezida Kagame muri iki gihugu ruteganyijwe ku itariki ya 14 kugeza ku ya 15 Nzeri 2022. Minisitiri w’Intebe wa Belize, […]

Byarangiye Perezida Kagame atsinze bagenzi be mu kumenya uwaba perezida mwiza wa EAC

capture-25.jpg

Mu matora yo kumenya uwaba Perezida mwiza wa EAC hagati y’abaperezida bane bo muri uyu muryango bakiri mu kazi yateguwe n’ikinyamakuru Kenyans.co.ke, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yanikiye bagenzi be, Uhuru Kenyatta wa Kenya, Samia Suluhu wa Tanzania na Yoweri Museveni wa Uganda aho abatoye kuri internet basaga ibihumbi 31 abenshi bahisemo Perezida Kagame. Ku […]

Madagascar: Abantu 18 bishwe na polisi nyuma yo kugerageza kwinjira ku ngufu muri sitasiyo yayo

Kuri uyu wa Mbere ushize, abantu 18 bapfuye nyuma y’uko abapolisi ba Madagascar bararashe ku baturage bari bariye karungu kubera ishimutwa ry’umwana ufite ubumuga bw’uruhu, nk’uko umuganga mukuru yabitangarije AFP. Abantu benshi barakomeretse, bamwe muri bo bakaba baakomeretse bikomeye. Dr. Tango Oscar Toky, umuganga mukuru mu bitaro byo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Madagascar yagize ati: […]

Kenya: Inama ngishwanama y’umutekano y’igihugu yatunzwe urutoki mu kugerageza guhindura ibyavuye mu matora

Inama ngishwanama y’umutekano y’igihugu (NSAC) muri Kenya yahakanye ibivugwa ko yagerageje kugira uruhare mu byavuye mu matora y’umukuru w’igihugu mu nyungu za Raila Odinga. Bwa mbere mu mateka y’igihugu cya Kenya, NSAC yatanze icyemezo mu rukiko rw’ikirenga mu gusubiza ibirego byatanzwe na ba komiseri ba Komisiyo Yigenga w’Amatora (IEBC), Boya Molu na Abdi Guliye. NSAC […]

Abapilote ba Air France birukanwe ku mirimo yabo nyuma yo kurwanira mu ndege iri mu rugendo

Abapilote babiri ba Air France bahagaritswe ku mrimo yabo nyuma yo kurwanira mu ndege yavaga i Geneve yerekeza i Paris muri Kamena, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi muri Air France ku Cyumweru. Uyu muyobozi yavuze ko indege yakomeje kandi ikagwa mu mutekano, kandi iyo mirwano itagize ingaruka ku zindi ndege, nk’uko uyu muyobozi yabishimangiye yizeza ubushake bw’iyi […]

Umusirikare mukuru wa FARDC yishwe n’abantu bitwaje intwaro i Kalehe

Umusirikare mukuru mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yishwe n’abantu bitwaje intwaro ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 26 Kanama, ahitwa Bunyakiri, muri Teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uyu musirikare wishwe yari afite ipeti rya major mu ngabo za FARDC, nk’uko byatangajwe kuwa Gatandatu ushize, itariki […]

Gutuka mama ntabwo nabyihanganira – Fille Mutoni abwira Mc Kats

Umuhanzikazi Fille Mutoni wo mu gihugu cya Uganda ariko ufite inkomoko mu Rwanda, yikomye uwahoze ari mugabo we nawe uzwi cyane kuri televiziyo, Mc Kats, amubuza kubahuka nyina. Mu minsi ishize nibwo Mc Kats yafashwe amashusho asa nk’urimo gutongana na nyirabukwe ashinja kwanga ko yegera umukobwa we yabyaranye na Fille. Nubwo Fille yemera ko Mc […]

Abacamanza 5 b’Abanyamahanga bagiye gukurikirana imikirize y’urubanza ku matora yo muri Kenya

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 28 Kanama, Inteko yo ku rwego rwo hejuru y’abacamanza batanu b’abanyamahanga bageze muri Kenya mu rwego rwo gukurikirana imikirize y’urubanza ku kirego cyatanzwe na Raila Odinga cyamagana ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yo kuwa 09 Kanama mu Rukiko rw’Ikirenga. Abahanga mu mategeko ni Abagize ihuriro ry’abacamanza b’Abanyafurika (AJJF). Itangazo rigenewe […]

Hazanwe ikoranabuhanga rizafasha kumenya abafite ubumuga bose no kubakurikirana

Inama y’igihugu y’abantu bafite ubumuga mu Rwanda NCDP iravuga ko uburyo bwo gushyira abantu bafite ubumuga muri sisiteme y’ikoranabuhanga izabafasha kumenya umubare wabo nyawo ari nako bizafasha kugena igenamigambi rikwiriye ku ngengo y’imari ibagenerwa. Disability Management Information System (DMIS) ni uburyo bwo gukusanya amakuru y’abantu bafite ubumuga mu gihugu hose, urugo k’urundi maze akabikwa mu […]

Kenya: Uzaba visi perezida yabwiye Kenyatta ko Ruto azamusimbura yabishaka atabishaka

Visi Perezida watowe muri Kenya, Rigathi Gachagua, yabwiye Perezida Uhuru Kenyatta ko visi perezida we, William Rutio, azamusimbura mu gihe gikwiye yabishaka cyangwa atabishaka. Kuri iki Cyumweru, ubwo Gachagua yari muri Katederali Kristu Umwami mu Mujyi wa Bungoma, yavuze ko urugendo rwa Ruto mu ngoro y’umukuru w’igihugu ari isezerano ryagezweho. Ati: “Uhuru yatekereje ko naramuka […]

Perezida Kagame yanikiye bagenzi be mu kumenya uwaba Perezida mwiza wa EAC

ad-4.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yanikiye bagenzi be bo muri EAC mu kijyanye no kumenya uwaba Perezida w’ibihugu bigize umuryango igihe byaba bibaye igihugu kimwe, aho muri ‘sondage’ y’urubuga Kenyans.co.ke aza imbere agakurikirwa na Uhuru Kenyatta. Kuri iki Cyumweru, itariki 28 Kanama 2022 nibwo uru rubuga kuri twitter yarwo rwabajije abarukurikirana ikibazo kigira kiti “East […]

RIB irashakisha abantu 2 bakekwaho ubwicanyi no gusambanya umwana

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurashakisha abantu babiri bakekwaho ibyaha bitandukanye, icy’ubwicanyi n’icyo gusambanya umwana, bakekwaho gukora bagahita bacika. Abo ni uwitwa Ngabo Felix (Alias Bagabo), ukekwaho ubwinjiracyaha ku cyaha cy’ubwicanyi, ndetse n’uwitwa Gahamanyi Frederic ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko Ngabo Felix akekwaho icyaha cy’ubusubiracyaha mu bwianyi cyakozwe ku itariki […]

Qatar: Amb. Marara yakiriwe n’Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga

qigd.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki 28 Kanama 2022, Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar, Igor Marara Kayinamura, yakiriwe n’Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Qatar, Dr Ahmed bin Hassan Al Hammadi, nyuma y’igihe gito atangiye inshingano ze. Aba bombi nk’uko bigaragara kuri twitter ya minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar, mu biganiro bagiranye hongeye kurebwa ibijyanye n’imibanire […]

Pakistan: Imvura ikabije imaze guhitana abantu basaga 1000

Guverinoma ya Pakistn iravuga ko abantu barenga miliyoni 33 bakozweho n’imvura ikabije bihe kandi amazu agera kuri miliyoni yasenyutse cyangwa yangiritse cyane, mu gihe abantu basaga 1000 bahasize ubuzima. Umwuzure watewe n’imvura nyinshi wahitanye abantu barenga 1.000 muri Pakistan kandi abantu ibihumbi basigaye badafite aho kuba. Abayobozi bategereje umwuzure mushya kuri iki Cyumweru uterwa no […]