Yagizwe umupadiri hatitawe ku maderede ye na tatuwaje â Amafoto

Kiliziya Gaturika muri Canada, yakoze agashya ubwo yahaga ubupadiri umugabo witwa Leandre Syrieix, ufite amaderede (dreadlocks) na tatuwaje (Tattoos). Ikinyamakuru Paradise News, kiravuga ko ibi biherutse kubera ahitwa Limoilou, muri Quebec, muri Diyosezi ya Mutagatifu François-de-Laval. Padiri Leandre Syrieix akaba azwiho kugira urukundo no kubana neza nâabandi bantu. Ku bagerageje kunenga uko agaragara kubera amaderede […]
Urunturuntu ku mupaka wa Ethiopia nyuma yâiyicwa ryâingabo za Sudani zirimo umujenerali
Ku mupaka wa Ethiopia na Sudani haravugwa urunturuntu nyuma yâiyicwa ryâabasirikare ba Sudani barimo ufite ipeti rya Brig. General bishwe kuwa Kabiri ushize nâingabo za Ethiopia zifatanyije nâinyeshyamba. Umwe mu bayobozi bâintara ya Sudani yegereye umupaka wa Ethiopia, Al-Qadarif, yabwiye Ikinyamakuru Russian Today (RT) ko ingabo za Sudani zarwaniye mu rugamba rukomeye ku mupaka wa […]
Kivu yâAmajyepfo: Barifuza Kabila mu rukiko mu rubanza ku iyicwa ryâumuturage

Ihuriro ryâimiryango ya sosiyete sivile nâumushinjacyaha wagize uruhare mu rubanza ruregwamo Sergeant Bwira Malira wari ushinzwe kurinda umutungo wâubutaka wâumuryango wa Joseph Kabila, ukurikiranweho kwica umusivili ahitwa Mbobero, muri Kivu yâAmajyepfo, barasaba ko uyu wahoze ari perezida yitaba urukiko nawe agatanga ibisobanuro kuri ubwo bwicanyi. Imiryango itegamiye kuri leta yatanze ubusabe kuri uyu wa Gatanu, […]
Boeing yakoze amanyanga ngo indege zayo zamaze abantu zemererwe gusubira mu kazi
Abashakashatsi ba Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko abayobozi ba Boeing “bakoresheje mu buryo budakwiye” abapilote bashinzwe gusuzuma indege kugirango indege zayo za 737 Max zemererwe kongera gukora. Izi ndege za Boeing zo mu bwoko bwa 737 Max zahagaritswe muri Werurwe 2019 nyuma y’impanuka ebyiri zahitanye abantu batari bacye. Abashinzwe iperereza bashinje […]
Les députés adoptent un projet de loi visant à rendre les coopératives plus efficaces
Les coopĂ©ratives obtiendront un certificat de personnalitĂ© juridique leur donnant le pouvoir absolu de travailler en tant que telles entitĂ©s uniquement si elles ont rĂ©alisĂ© leurs plans d’action, prĂ©voit un nouveau projet de loi. La loi rĂ©gissant les organisations coopĂ©ratives au Rwanda que la Chambre des DĂ©putĂ©s a votĂ©e le jeudi 17 dĂ©cembre 2020 indique […]
Nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda, Schoof agiye gushinga andi maradiyo muri Uganda
Gregg Schoof, umuvugabutumwa wâUmunyamerika wari warashinze Radio Ubuntu Butangaje (Amazing Grace) yafunzwe imiryango nyuma yâikiganiro kitavuzweho rumwe cyafashwe nkâikibasira igitsinagore, aravuga ko agiye gushinga andi maradiyo nâinsengero muri Uganda aho yimukiye nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda. Mu ibaruwa we yatambukijwe kuri uyu wa Kane ku rubuga rwa âFundamental Baptist Missions Internationalâ yatangaje ko umuryango we […]
Ethiopia yiyemeje kuzahemba uzafasha gufata abayobozi bâumutwe wa TPLF
Leta ya Ethiopia yiyemeje guha miliyoni 10 zâamafaranga akoreshwa muri iki gihugu (260,000$), umuntu wese watanga amakuru yageza ku ifatwa ryâabayobozi bâumutwe wa TPLF, wari umaze igihe uhanganye nâingabo za guverinoma mu majyaruguru yâigihugu. Igihembo kigenewe uwafasha guta muri yombi abayobozi bâumutwe wa TPLF (Tigray Peopleâs Liberation Front) cyatangajwe kuri radio na televiziyo byâigihugu (EBC), […]
Goma: Impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Theoneste Gakuru, yarusimbutse
Impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Theoneste Gakuru Bahati, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 16 Ukuboza 2020 yarokotse urupfu ubwo abantu bitwaje imbunda bari kuri moto bamutegaga bakayimutunga agakizwa nâamafaranga menshi yari afite nâibindi bintu. Ibi byabereye i Goma mu murwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâumuryango ufasha imfubyi ahagarariye rivuga ko Bahati ameze […]
Ibihugu 10 bya mbere bifite abasirikare benshi kurusha ibindi ku Isi

Igihugu cy’u Bushinwa gikomeje kuza imbere ku Isi mu kugira umubare munini w’abasirikare kurusha ibindi bihugu, na cyane ko ari cyo gituwe kurusha ibindi, kigakurikirwa n’u Buhinde, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibindi bigakurikira nk’uko tubikesha urubuga statista.com. Dore ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku Isi: U Bushinwa: 2,035,000 U Buhinde: 1,445,000 USA: […]
Bamwe mu batwara abagenzi babanje guhabwa mazutu kugirango bemere gukora
Nyuma yâaho guhera kuri uyu wa Gatatu hari bamwe mu batwara abagenzi mu buryo bwa rusange bari bahisemo guparika imodoka zabo kubera ko ibiciro bitazamuwe nyuma yo gusabwa gutwara 50% y’abo bemerewe, byabaye ngombwa ko ibigo bitwara abagenzi bibanza guhabwa mazutu ku bwunganizi leta yabageneye, kugira ngo bemere gutwara abagenzi nk’uko byari bisanzwe. Ibi byaje […]
FARDC irashinjwa ubucuruzi butemewe bwâamabuye yâagaciro
Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zoherejwe mu bikorwa byo kurwanya inyeshyamba muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru zirahakana ibirego zishinjwa byo kwivanga mu bucuruzi butemewe bwâamabuye yâagaciro acukurwa mu birombe bya Matungu, FARDC ivuga ko nta gihe gishize ibyambuye inyeshyamba za NDC. Bamwe mu bavuga rikijyana nâimpirimbanyi batunga urutoki abasirikare boherejwe muri […]
Nari naraburiye Kayihura kuri Museveni ariko ntiyigeze anyumva â Bobi Wine
Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine, umukandida wâishyaka National Unity Platform (NUP) yasezeranyije kuzababarira uwahoze ari Umukuru wâIgipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura ufite ibirego akurikiranweho mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. Kuri uyu wa Gatatu ushize nkâuko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor ivuga, Bobi Wine yahaye amashimwe Gen. Kayihura, yigeze kujya avuga ko ari we […]
Umukobwa uvuga ko Maradona yaba ari se yatumye ishyingurwa rye rikomeza gutinzwa
Umurambo wâigihangange nyakwigendera Diego Maradona ntabwo ugishyinguwe vuba nyuma yâaho umukobwa wâimyaka 25 witwa MagalĂ Gil atangarije ko Maradona yaba ari se agasaba ko habanza gukorwa ibizamini bya AND urukiko rukabiha umugisha. Maradona yapfuye mu kwezi gushize ku itariki 25 Ugushyingo azize umutima ku myaka 60 yâamavuko. Nyuma yâikirego cyatanzwe nâuyu mukobwa Gil, urukiko rwanzuye […]
Tom Cruise yatonganyije abamufasha gutegura Mission: Impossible 7 kubera Covid-19

Umukinnyi wa filimi wâicyamamare, Tom Cruise yatonganyije bikomeye bamwe mu bantu barimo gukorana nawe mu ifatwa ryâamashusho yâigice cya 7 cya filimi ye yakunzwe, Mission Impossible, ndetse abakangisha kubirukana mu kazi mu gihe baba bakomeje kwitwara nkâabadahangayikishijwe nâicyorezo cya Covid-19. Ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza cyashyize ahagaragara amajwi yafashwe, aho Tom Cruise yumvikana agira […]
Umugore ari mu rukiko yishyuza umugabo we nâumuhungu we asaga miliyoni 500 ÂŁ

Tatiana Akhmedov, wahoze ari umugore wâumuherwe wâUmurusiya, Farkhad Akhmedov, arishyuza akayabo ka miliyoni 450ÂŁ (Amapound yo mu Bwongereza) nyuma yo gutana nâumugabo we, ndetse akaba anakurikiranye umuhungu we mu mategeko amwishyuza hafi miliyoni 70. Tatiana Akhmedova w’imyaka 48 avuga ko uwahoze ari umugabo we, umucuruzi Farkhad Akhmedov w’imyaka 65 y’amavuko, afite imitungo ihishe kandi agashinja […]
Tanzania nta kizere ifitiye inkingo za Covid-19
Igihugu cya Tanzania cyatangaje ko kidateganya gutumiza inkingo za Covid-19, ahubwo izakoresha ibyatsi byo mu gihugu ikomeje gukoraho ubushakashatsi. Gerald Chami, umuvugizi wa minisiteri y’ubuzima muri Tanzania, yabwiye The East African ko bafite impungenge ku nkingo zitumizwa mu mahanga bibaza niba nta bibazo ziteza ku buzima kandi niba ari ingirakamaro. Bwana Chami yatangaje ko izo […]
Igisirikare cya Uganda nâicyâu Bufaransa byasoje indi myitozo yo kurwanira mu misozi

Igisirikare cya Uganda, UPDF, gifatanyije nâigisirikare cyâu Bufaransa byasoje imyitozo yo kurwanira mu misozi byari bimazemo iminsi irindwi . Muri iyi myitozo abasirikare bagombaga kuzamuka Umusozi wa Rwenzori bakagera ku gasongero kawo. Bimwe mu bikorwa byibanzweho muri iyi myitozo harimo ijyanye nâubutabazi bwâibanze, kwita ku bikoresho biturika gitunguranye (Improvised Explosive Devises), imirwanire no gukora ibikorwa […]
Uwari Visi Meya washinjwe kwanga urumuri rwâikizere yagizwe umwere
Nyuma yâimyaka ibiri ari muri gereza, uwahoze ari visi meya wâAkarere ka Nyabihu, Mukansanga Clarisse kuri ubu ari kwidegembya nyuma yâicyemezo cyâurukiko rwâubujurire. Mukansanga yavuzwe cyane mu itangazamakuru ubwo yavugwagaho kwanga kwakira urumuri rwâicyizere mu muhango wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 2018. Urukiko rwemeje ko amagambo ahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bivugwa […]
Tchad: Amakimbirane hagati yâaborozi nâabahinzi yiciwemo abasaga 10
Abantu 11 biciwe mu makimbirane hagati yâaborozi nâabahinzi mu majyepfo yâigihugu cya Tchad nkâuko umushinjacyaha wa repubulika yabitangarije AFP ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Imirwano ikomeye hagati yâaborozi nâabahinzi yabereye mu giturage cyo mu Ntara ya TandjilĂ©-Est hagati yo ku cyumweru no kuwa mbere nyuma yâaho amatungo yâaborozi yononnye umurima wâimyaka bigatuma abahinzi […]
Ubuhamya bw’Umunyarwandakazi wâumudepite muri Centrafrica
Anne-Marie Goumba wavukiye mu Rwanda ku itariki 09 Ukwakira 1954, akaruhunga mu 1977, ni umunyapolitikikazi wo muri Centrafrica ukomoka mu Rwanda kuri ubu ubarizwa mu Nteko Ishinga Amategeko yâiki gihugu yagezemo ahunze agashakana n’umuturage wacyo. Ntaribagirwa ibihe yanyuzemo mu bwana bwe ubwo u Rwanda rwari rwugarijwe nâamacakubiri ashingiye ku moko yatumye bamwe mu muryango we […]
Kicukiro: Barashinja WASAC kubima amazi kubera amakosa yâabo mu mudugudu wâabademobe
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gako, Umurenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro, ho mu Mujyi wa Kigali, ntibavuga rumwe nâukuriye ishami rya WASAC muri Kanombe, aho bavuga ko bagiye kumara ukwezi barafungiwe amazi, biturutse ku mudugudu baturanye wâabahoze ku rugerero bafite ubumuga bwo kutabona bivugwa ko batishyuraga bigatuma umuyoboro […]
Uganda: Lt Gen. Tumukunde yasubije Museveni wabise abantu badafite icyo bamaze

Lt. Gen. Henry Tumukunde yasubije Perezida Yoweri Museveni nyuma yâamagambo aherutse kumutangazaho we na bagenzi be, Kiiza Besigye na Gen. Mugisha Muntu avuga ko ntacyo bamaze ndetse adashobora kubasigira igihugu. Ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Rukungiri kuri uyu wa Mbere, Museveni yavuze ko atiteguye guha ubutegetsi uwo ari we wese muri […]
Paris: Minisitiri wâumutekano ari guhatwa ibibazo ku birego byo gufata ku ngufu
Minisitiri wâumutekano wâu Bufaransa, Gerald Darmanin, yahaswe ibibazo nâabacamanza ku cyaha cyo gufata ku ngufu cyakozwe mu 2009. Ibi birego akaba ari bimwe mu byateje imyigaragambyo ikaze ubwo Perezida Macron yahitagamo uyu mugabo nka minisitiri wâumutekano muri Nyakanga. Ku bushake bwe, minisitiri Darmanin niwe ubwe wisabiye kuvugana nâabacamanza babiri bashinzwe iperereza ku byaha byo gufata […]
Havumbuwe uko u Bushinwa bucengera ibigo byâabanyamahanga ku mpamvu zâubutasi
Hafi miliyoni 2 zâamakuru arebana nâabagize ishyaka rya Gikomunisiti ryâAbashinwa (PCC) yibwe mu bubiko bwo muri Shangai yagaragaje ko bamwe mu bagize iri shyaka bakorera ibigo nâinzego zâamahanga ariko bashinzwe ubutasi, aho ibinyamakuru byo muri Australia no mu Bwongereza bivuga ko aba Bashinwa bacengeye muri ambasade zâibihugu byinshi byâamahanga zikorera Shanghai ariko hari ikindi kibagenza. […]
Umutoza GĂ©rard Houllier wamamaye mu ikipe ya Liverpool yapfuye ku myaka 73 yâamavuko
Umutoza wâUmufaransa, GĂ©rard Houllier, wamamaye mu ruhando mpuzamahanga rwa ruhago, akaba yaranyuze mu makipe nka Lyon, Liverpool na Aston Villa yahesheje ishema mu bihe byashize, yasezeye ku Isi yâabazima ku myaka 73 yâamavuko aguye iwabo mu Bufaransa. GĂ©rard Houllier wari uherutse kwitabwaho nâabaganga b’umutima mu byumweru bitatu bishize, yaje gupfa mu buryo butunguranye kuko hari […]
Le Rwanda va acquĂ©rir le vaccin Covid-19 au dĂ©but de l’annĂ©e prochaine
Le gouvernement rwandais devrait acquĂ©rir le vaccin contre le coronavirus au premier trimestre 2021, selon le ministre de la SantĂ© Dr Daniel Ngamije. Ngamije apparaissait sur le radiodiffuseur national, dimanche 13 dĂ©cembre, oĂč il a Ă©tĂ© rejoint par le ministre du gouvernement local, le professeur Anastase Shyaka, le ministre du commerce et de l’industrie, Soraya […]
RDC: Umugore wa Gen. Kahimbi afungiwe mu rugo kuva umugabo we yashyingurwa
Umugore wa nyakwigendera Gen. Delphin Kahimbi, wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo afungishijwe ijisho kuva umugabo we yashyingurwa nyuma yâamezi 10 apfuye. Uyu mupfakazi wa Gen Kahimbi aravuga ko ubutabera bwa gisirikare bwafashe iki cyemezo nyuma yâumunsi umwe umugabo we, wapfuye mu buryo bwâamayobera, ashyinguwe. Iyi nkuru dukesha Radio Mpuzamahanga […]
Inzego zâubutasi 10 za mbere kabuhariwe muri 2020

Inzego zâubutasi zagiye zirwanya ibibazo byâumutekano imbere mu gihugu no hanze. Zishinzwe gukusanya amakuru, gukora ibikorwa bitandukanye byo kugenzura, zigira uruhare runini mu gusaba guverinoma by’umwihariko ku bijyanye n’umutekano w’igihugu, gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma, ndetse mu nzego zimwe na zimwe, gukora ubwicanyi. Ariko, izo nzego zose zâubutasi ntabwo ari zimwe. Zimwe muri izi nzego zâubutasi zirazwi […]
Gen. Muntu asanga igihe cyo gukoresha ‘Umupangu B’ wa Besigye kuri Museveni kitaragera
Gen. Mugisha Muntu, umuyobozi nâumukandida wâishyaka ANT (Alliance for National Transformation) kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Ukuboza, yatangaje ko hatarakenerwa gushyira mu bikorwa âUmupangu B (Plan B) wa Col. Dr Kiiza Besigye, wo gukura Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, ku butegetsi hakoreshejwe ingufu. Ibi bije nyuma yâumunsi umwe umukandida Patrick Oboi Amuriat wâishyaka FDC […]
RDC: Moise Katumbi ntiyemeranya na Tshisekedi udashaka gusubira mu byahise
Umunyapolitiki Moise Katumbi, perezida wâishyaka, Ensemble pour la RĂ©publique, yatangaje ko atemeranya na Perezida Felix Tshisekedi iyo avuga ko atazasubira mu byashize. Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI. Kuri uyu munyapolitiki wahoze ari Guverineri wâIntara ya Katanga, ngo âkudahana niko kwishe igihugu uyu munsiâ. Moise Katumbi kandi yamaganye abanyapolitiki bazanye ubusa ariko […]
Afurika yâEpfo: Perezida wâUrukiko rwâIkirenga yagereranyije urukingo rwa Covid-19 nâumubare 666
Perezida wâUrukiko rwâIkirenga muri Afurika yâEpfo, kuri uyu wa Gatanu yahagaze ashikamye ku isengesho yasenze yamagana inkingo za Covid-19 avuga ko zifitanye isano nâumugambi wa Satani wo gutuma abantu bose baterwa umubare wa 666, aho kuri ubu akomeje kotswa igitutu nâabatavuga rumwe nâigitekerezo cye. Mogoeng Thomas Reetsang Mogoeng, akaba ari umukirisitu, yanenzwe bikomeye ku mbuga […]
Umunyamerikakazi agiye gushyingiranwa nâUmunyanijeriya akubye kabiri imyaka

Umunyamerikakazi wâimyaka 46, Janine Sanchez Reimann, yabonye urukundo rwâubuzima bwe muri Leta ya Kano, muri Nigeria, aho yafashe indege akerekeza agiye gushyingirana na Suleiman Isah akubye kabiri imyaka kuko uyu afite imyaka 23 yâamavuko. Nkâuko bigaragara ku butumire urubuga HowAfrica dukesha iyi nkuru rwabashije kubonaho, ubukwe buteganyijwe kuri iki Cyumweru, itariki 13 Ukuboza, bukabera mu […]
Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu yahawe umusaraba uzamuyobora ku ntsinzi

Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu, kuri uyu wa Gatandatu yagaragaye aturuka muri kiliziya yitiriwe Mutagatifu Yohani yâItorero rya Uganda (St. John church of Uganda), aho abamushyigikiye bamuhaye umusaraba âuzamuyobora ku ntsinziâ mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu ntangiriro zâumwaka utaha. Nkâuko bigaragara ku rubuga rwa twitter rwâikinyamakuru Daily Monitor, Gen Muntu perezida wâishyaka âAlliance for […]
Umuririmbyikazi Khadja Nin yasabye Leta yâu Burundi kurekura byihuse Germain Rukuki
Umuririmbyikazi wâicyamamare wâUmurundi, Khadja Nin, yasabye Guverinoma yâu Burundi kurekura byihuse nta yandi mananiza impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, mu rwego rwâubukangurambaga bwatangijwe na Amnesty International. Germain Rukuki ni impirimbanyi yâUmurundi wahariye ubuzima bwe guharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu, watawe muri yombi nta mpapuro zo kumuta muri yombi zatanzwe ku itariki 13 Nyakanga 2017. Khadja nin […]
Uganda: Umwana wâimyaka 16 yishe babyara be 2 abitewe na filimi amaze igihe areba
Igipolisi cya Kassanda mu gihugu cya Uganda, cyataye muri yombi umwana w’umuhungu wâimyaka 16 ashinjwa kwica babyara be babiri. Umuvugizi wâigipolisi mu karere ka Wamala, Rachel Kawala, aravuga ko abapfuye ari Julius Sebugenyi wâimyaka 15 na Moses Sebuuma wâimyaka 13, bose baba mu Mudugudu wa Kamuli. Biravugwa ko ukekwa, amazina ye yagizwe ibanga kubera ko […]
RDC: Umuyobozi wâUmujyi wa Buji-Mayi yitandukanyije nâishyaka rya Joseph Kabila
Umuyobozi wâUmujyi wa Mbuji-Mayi, Louis dâOr Ntumba Tshiapota, kuri uyu wa Gatanu, itariki 11 Ukuboza 2020, yatangaje ko asezeye mu ishyaka PPRD, rya Perezida Joseph Kabila, mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru iwe mu rugo. Yagize ati: âUrebye uko ibintu bimeze ubu, reka mbabwire uko ntekereza kuri uku kuri. Icyerekezo cyanjye no kwizirika kuri Kasai yâIburasirazuba, ubutaka […]
Dr Sezibera yahawe imirimo mishya muri Commonwealth
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Ururimi rwâIcyongereza (Commonwealth), Patricia Scotland, kuri uyu wa Gatanu yatangaje amazina yâintumwa zidasanzwe ze, zirimo Umunyarwanda Dr Richard Sezibera, zigomba guteza imbere indangagaciro nâamahame byâumuryango ku Isi hose. Aba bantu uko ari bane bazibanda ku bintu byâingenzi bigamije gushyigikira no gufasha ibihugu 54 bigize umuryango wa Commonwealth nâabaturage miliyari 2,5 […]
Nigeria iri kugurisha kuri internet indege 20 zâintambara za MiG-21

Igihugu cya Nigeria cyashyize ku isoko indege zâintambara zigera kuri 20 zo mu bwoko bwa MiG 21 zari zisigaye mu bubiko bwâIgisirikare kirwanira mu kirere, aho ziri kugurishwa kuri internet bigizwemo uruhare nâikigo cyo muri Amerika Inter Avia Group, ariko nta biciro byashyizwe ahagaragara nâabagurisha. Iyi nkuru dukesha urubuga rwa Africanmilitaryblog iravuga ko nubwo izi […]
Ubumwe bwâu Burayi bwongereye igihe cyâibihano byafatiwe Abanyekongo 11
Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi (EU) bwafashe icyemezo cyo kongera mu gihe cyâumwaka ibihano byafatiwe Abanyekongo bahoze bakomeye mu butegetsi bwa Kabila bikazageza ku itariki 12 Ukuboza 2021. Ni icyemezo Ubumwe bwâu Burayi bwafashe kubera ibyaha byo guhonyora uburenganzira bwa muntu byakozwe mbere yâamatora yo mu 2018 nkâuko iyi nkuru dukesha urubuga Mediacongo.net ikomeza ivuga. Urutonde […]
Abarundi babyukiye mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu – Amafoto

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 12 Ukuboza 2020, hirya no hino mu gihugu cyâu Burundi habaye imyigaragambyo ikomeye yo gushyigikira icyemezo cyâUmuryango wâAbibumbye cyo gukura iki gihugu mu bihugu birangwamo umutekano mucye. Uru rugendo rwateguwe na sosiyete sivile, rwo gushima ko u Burundi bwakuwe muri gahunda zâAkanama kâUmutekano ka Loni, rwatangijwe nâamasengesho yo gushimira Imana […]
Nyakwigendera Chadwick Boseman agiye kugaruka mu gice cya 2 cya Black Panther

Inzu kabuhariwe mu gutunganya filimi, Marvel Studios, yemeje ko nta muntu uzasimbura nyakwigendera Chadwick Boseman mu gice cya kabiri cya filimi ye yakunzwe cyane izwi nka Black Panther. Chadwick yagaragaye nkâumukinnyi wâimana mu gice cya mbere cya Black Panther cyasohotse mu 2018 yitwa Tâchalla, wari Umwami wa Wakanda. Yitabye Imana ku itariki 28 Kanama 2020 […]
Burundi: Imirambo itatu harimo uwâuruhinja yasanzwe mu kabari
Muri iki cyumweru mu gihugu cyâu Burundi mu kabari hasanzwe imirambo itatu, harimo uwâuruhunja rwâicyumweru yâabantu hataramenyekana neza uko bapfuye. Iyi mirambo yasanzwe mu gitondo cyo kuwa Gatatu mu kabari gaherereye mu mudugudu wa Masango, muri Komini nâIntara ya Muramvya (mu Burundi rwagati). Abaturage barakeka ko izi mfu zakomotse kubwumvikane bucye kuwaba yari se wâuyu […]
Umusirikare wa UPDF yakatiwe imyaka isaga 50 yâigifungo
Umusirikare mu Ngabo za Uganda (UPDF) yakatiwe imyaka 51 yâigifungo nyuma yâaho urukiko rwa gisirikare rumuhamije icyaha cyo kwica arashe abantu batatu ku itariki 10 Gashyantare mu Mujyi wa Gulu, nyuma yâamakimbirane ashingiye ku butaka. Lance Cpl Geoffrey Okello Onek wabarizwaga muri Division ya 4 ya UPDF muri Gulu, yishe Beatrice Ajok wâimyaka 52 nâabahungu […]
Malawi: Umunyarwandakazi arashinjwa ubwicanyi, musaza we arimo guhigwa
Igipolisi cya Malawi mu Mujyi wa Dowa cyataye muri yombi umunyarwandakazi wâimyaka 18 ashinjwa kwica umugabo nawe wâUmunyarwanda wâimyaka 58 yâamavuko. Uyu mukobwa bivugwa ko yitwa Joseline Nakizimana, aravugwaho kuba yarakoze iki cyaha hagati yâitariki 17 Ugushyingo 2020 nâitariki 08 Ukuboza 2020, muri Blantyre, hagati yâinkambi yâimpunzi ya Dzaleka nâIbitaro byâAkarere ka Dowa. Nkâuko bitangazwa […]
Plus de 4000 poursuites pour corruption en deux ans – RIB

Au total, 4155 personnes ont fait l’objet d’enquĂȘtes depuis 2018 pour des crimes liĂ©s Ă la corruption, a dĂ©clarĂ© le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral du Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB), le colonel Jeannot Ruhunga. Il a dĂ©clarĂ© cela en participant Ă une table ronde visant Ă discuter de ce qui peut ĂȘtre fait pour tirer parti des […]
Oswakim n’abanyamakuru bagenzi be barinubira itinzwa ry’urubanza baregamo City Radio
Rukomeje kubura gica hagati yâabahoze ari abakozi ba City Radio nâubuyobozi bwâiyi radio ikorera mu Mujyi wa Kigali, aho Abanyamakuru batanu bahoze bayikorera bayirega kuva mu 2018 kuba yarabirukanye mu buryo bunyuranyije nâamategeko, ibirarane byâimishahara yabo, amafaranga yâubwiteganyirize nâibindi, ariko kuva batanga ikirego urubanza rukaba rutaratangira mu mizi, bagashinja City Radio amananiza. Umwe muri aba […]
Misiri yamuritse ubwoko bushya bwâimodoka zâintambara zâimitamenwa yikorera – Amafoto

Mu rwego rwo gukomeza urugendo rwo guteza imbere ubushobozi bwâinganda zacyo zâibikoresho byâubwirinzi, igihugu cya Misiri cyahishuye ubwoko bushya bwâimodoka zâintambara zâimitamenwa bwa Temsah-4 4×4 ku itariki 06 Ukuboza. Izi modoka zikorwa nâuruganda Kader Factory igice cya Minisiteri yâingabo za Misiri gishinzwe inganda zâibikoresho byâubwirinzi bigenewe ibikorwa bidasanzwe nâizindi nzego zâumutekano. Ubu bwoko bwâimodoka zâintambara […]
Uganda: FDC ya Besigye yirukanye abayobozi bakuru bayo batatu

Ishyaka FDC (Forum for Democratic Change) rimwe mu yakomeye atavuga rumwe nâubutegetsi bwa Perezida Museveni, ryirukanye abayobozi bakuru baryo batatu, barimo Ingrid Turinawe, banyuranyije nâitegeko nshinga ryâishyaka bakajya kwiyamamaza nkâabakandida bigenga mu matora ateganyijwe mu mwaka utaha. Ibaruwa yo kuwa 07 Ukuboza 2020 yohererejwe Umuyobozi wa FDC mu Karere ka Rukungiri yashyizweho umukono nâUmunyamabanga Mukuru […]
Burera: Perezida Kagame yagabiye imiryango itishoboye mu Murenge wa Cyanika

Imiryango itishoboye yo mu Murenge wa Cyanika, mu Karere ka Burera, ho mu Ntara yâAmajyaruguru kuri uyu wa Gatatu yagabiwe inka zigera kuri 20 nâUmukuru wâigihugu, Paul Kagame. Uyu muhano wabereye mu Kagari ka Kabyiniro, mu Murenge wa Cyanika, uyobowe na Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, JMV Gatabazi aherekejwe na Maj. Gen. Eric Murokore, Umuyobozi wâInkeragutabara muri […]
Abasirikare 10 ba Nigeria biciwe mu gitero bagabye ku mutwe wâiterabwoba wa ISWAP
Abasirikare 10 ba Nigeria biciwe mu mirwano yabahuje nâintagondwa zâAbayisilamu mu Leta ya Borno, iherereye mu majyaruguru yâuburasirazuba, mu gihe umusirikare umwe yafashwe bugwate nkâuko byemezwa nâamakuru yavuye mu nzego zâumutekano. Iyi mirwano yabaye kuwa Mbere ubwo itsinda ryâabasirikare ryagabaga igitero ku nkambi yâabarwanyi bâumutwe wa Leta ya Kisilamu muri Afurika yâUburengerazuba (ISWAP) mu giturage […]
USA: Umucamanza yategetse CIA guhishura amajwi yafashwe mu iyicwa rya Khashoggi
Umucamanza wa New York kuri uyu wa Kabiri yategetse inzego zâubutasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika kwemera ko zibitse inyandiko na cassette iriho amajwi yafashwe ubwo umunyamakuru Jamal Khashoggi yicwaga mu 2018. Umucamanza yanategetse Ikigo cyâubutasi cya CIA nâIbiro byâUmuyobozi wâUbutasi bwâIgihugu (ODNI) gusobanura impamvu babitse iyi cassette ndetse CIA isabwa raporo kuri ubu […]
Umuturage ntagomba kwishyura serivisi itangirwa ubuntu – Umuvunyi Mukuru

Umuvunyi mukuru, Nirere Madeleine, arasanga Abanyarwanda bakwiye kongera mu muco wabo ihame ryo kwirinda kwishyura serivisi zitangirwa ubuntu, ndetse yibutsa ko gutanga serivisi mbi, no gusiragiza umuturage ari bimwe mu byuho bya ruswa. Ibi Umuvunyi Mukuru yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, ubwo hatangizwaga Icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Kurwanya Ruswa, uba buri […]
Smartphones zikorerwa mu Rwanda zigiye koherezwa ku isoko ryo mu Bwongereza
Telephone ngendanwa zo mu bwoko bwa Smartphone zikorerwa mu Rwanda nâuruganda rwa Mara Phones zigiye koherezwa ku nshuro ya mbere ku isoko ryo mu Bwongereza. Icyiciro cya mbere cyâizi telephone kigiye koherezwa nyuma yo kugena Livewire nkâikigo kizakwirakwiza izi telephone za Mara Phones mu Bwongereza. CEO wa Livewire, Richard Gallant ati: âMara Terefone iha abaguzi […]
Iran yafashe abakekwaho kwica umuhanga wayo mu bijyanye nâintwaro za kirimbuzi

Igihugu cya Iran kiratangaza ko cyamaze guta muri yombi abantu benshi bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ryâumuhanga wacyo mu gukora intwaro za kirimbuzi, Mohsen Fakhrizadeh wishwe mu kwezi gushize nkâuko byatangajwe nâIbiro Ntaramakuru, ISNA, kuri uyu wa Kabiri. âAbakoze ubwo bwicanyi, bamwe muri bo bakaba baramenyekanye ndetse bakanafatwa n’inzego z’umutekano, ntibazahunga ubutabera,â ibi byatangajwe nâumujyanama […]
Major (Rtd) Mudhatiru yasabye urukiko guca inkoni izamba
âNciye bugufi imbere yanyu mbasaba imbabazi kandi nsaba imbabazi Abanyarwanda bose muri rusange. Mu bushishozi bwanyu muzace inkoni izamba munyorohereze ibihano. Harakabaho ubutabera,â ibi ni ibyatangajwe na Major (Rtd) Habib Mudhatiru, ufatwa nkâukuriye itsinda ryâabarwanyi 32 bâumutwe wa P5 urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, ubwo yasaba urukiko kuzamugabanyiriza ibihano. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri ubwo hasozwaga […]
Uwari Perezida wâUrukiko rwâIkirenga rwa Uganda yahawe akazi mu Rukiko rwâIkirenga rwâu Bushinwa
Uwahoze ari Perezida wâUrukiko rwâIkirenga rwa Uganda, Hon. Bart Katureebe Magunda, yahawe akazi mu Rukiko rwâIkirenga rwâu Bushinwa nyuma yâamezi atandatu avuye mu kazi ke. Muri uru rukiko rwo mu Bushinwa, Hon. Katureebe azaba ari umwe mu bagize akanama kâinzobere mu gukemura amakimbirane mpuzamahanga ashingiye ku bucuruzi mu gihe cyâimyaka ine. âBart Katureebe yagizwe umwe […]
Le parquet militaire réclame la réclusion à perpétuité pour Mudathiru et ses co-accusés
Le parquet militaire a demandĂ© la rĂ©clusion Ă perpĂ©tuitĂ© pour un groupe de 32 personnes dirigĂ© par le major retraitĂ© Habib Mudathiru, accusĂ© d’avoir complotĂ© des actes de terrorisme contre le Rwanda. C’Ă©tait le lundi 7 dĂ©cembre Ă la Haute Cour militaire oĂč le parquet remettait ses conclusions finales au tribunal, avant le verdict. Le […]
Amwe mu mayeri akoreshwa nâabatekamutwe bibasira RSSB
Ikigo cyâigihugu cyâUbwiteganyirize, RSSB, kiravuga ko kimaze iminsi cyibasiwe nâabatekamutwe bagerageza kwishyuza amafaranga yâumurengera bakoresheje amayeri atandukanye arimo gutanga serivisi zâubuvuzi zitari ngombwa no gukoresha inyemezabwishyu zâimpimbano. Ibi biri gukorwa na farumasi nâamavuriro amwe akunze gushaka kwishyuza amafaranga yâinyongera, gutwara serivisi nyinshi ndetse no gukoresha âordonnancesâ nâinyemezabwishyu zâimpimbano. Ibikorwa by’uburiganya akenshi bikubiyemo guhuza ibikorwa, bimwe […]
Islamic State yakoresheje ikoranabuhanga ryâAbanazi mu gukora intwaro

Itsinda ryâabashakashatsi rifite icyicaro mu Bwongereza ryasanze umutwe wâiterabwoba wa Leta ya Kisilamu (Islamic State) warashyizeho umuyoboro urambuye wagenewe kugura ibikoresho byâingenzi bikenewe mu gukora intwaro zangiza, zimwe muri zo zishingiye ku ikoranabuhanga rya roketi ryatejwe imbere mu Budage bwâAbanazi. Umuryango utegamiye kuri leta ukora ubushakashatsi ku makimbirane akoreshwamo intwaro (Conflict Armament Research) wahishuye ko […]
Uganda: Gen. Muntu yatanze impamvu asanga Museveni akwiye kujya mu zabukuru
Gen. (Rtd) Mugisha Muntu, umukandida wa Alliance for National Transformation (ANT) ku mwanya wâumukuru wâigihugu mu matora ateganyijwe mu ntangiriro zâumwaka utaha muri Uganda, yatanze impamvu asanga Perezida Yoweri Museveni akwiye kujya mu zabukuru amushinja kwitwaza Covid-19 mu kubuza abakandida bazaba bahanganye kugera ku bazatora. Gen. Muntu aravuga ko abaturage nibatabasha kumenya neza abakandida 10 […]